Habuze gato ngo bamwirukane mu idini!!! gufata ibyemezo udafitiye ububasha byo byaba bihatse iki?
Vložit
- čas přidán 11. 09. 2023
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubAuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Code *182*8*1*909582# Dawah Tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Ngo igihe kimwe Firiawuna baramubajije bati: Yewe Firiawuna we! Ninde waguteye kwitwara uko witwara? Icyo gihe ngo Firiawuna yarabasubije ati: Icyanteye kwitwara uko nitwara n’uko nta muntu ujya atinyuka kungaya cyangwa kunyamagana, ahubwo abantu bose baba bambwira ko ndi igitangaza n’umuntu udasanzwe
Icyatumye Rubangisa ahagarikwa nugushyira hanze amanyanga ya bariya bagabo iyaza kuba ubashimagiza ntibari kuguhagarika bivuzeko wabangamiye inyungu zabo! Icyo bagomba kumenya cyo ntabwo mufti Ari we boss wawe ngo araguharika kuko ibiganiro utabifatiye mumisigiti ntiwabura nahandi wabifatira icyo bagomba kumenya Nuko ikintu cya mbere Ari amakuru kndi turi mw'Isi ya Digital bave mubintu bya analogue system
Nimba Harumuntu Nemera MuRwanda ukora Dawa kurusha abandi ni RUBANGISA kuva Cyera muri za Muhadhara , Radio VOA, ubusobanurobwaQoran , #DawaRwandatv , NIBINDI, Allah Ajye akomeza aguterinkunga ndagukunda kabisa🙏
Abakoze VISA FEKE kuko atafashwe Kandi nzi neza Hari nabandi bamurega bakamunga
Nyagasani atworohereze😢Birababaje kuba abayislam batangiye kurwananya🙏🏼tugeze mubihe byanyuma kweli mwubahane kuko muri gusebya idini yacuuuu😭
Subhanallah birababaje kuba tuyoborwa nabantu bameze gutyo aho gutekereza icyateza imbere aba Islam bo murwanda bari guhangana nabadufasha kongera ubumenyi bwacu
Allah aduhe gusengera umugozi umwe 🤲
Amina
Ndabona umuzi wa fitna nu rwango bikomeje,ariko iyo hajemo igisa no kubahuka ndetse nogushaka gusuzuguran ibyo nibyokwitondera
@@77r34 rwose aho turi kumwe sinshigikiye ibintu nkibi naho wasobanukiwe nabi icyo nashatse kukubwira bijyanye nurugero warutanze
Ese idini y'Islam ni yande kuburyo wabuze umuntu gukora Dawa
Njyewe uko mbyumva nuko RMC itazi ubwayo icyo iricyo naho igomba kugarukira. Kuko itangazo basohoye bigaragare ko ntabushishozi burimo. Kuko ibaruwa ubwayo yasohotse nkaho ari leta runaka iyisohoye. Harimo rwose gutandukira.
Reka ngaruke kuri uyu musesenguzi witwa Sudi, nawe namunenga kuburyo atangamo ubusesenguzi bwe. Kuko bigaragara ko aho gusesengura arahangana cyane ko nta fact nimwe atanga nkumusesenguzi ahubwo bisa naho akoreshwa numujinya namagambo aremereye cyane. Kandi ibintu ubwabyo bigaragara
Aaww wallah bariya sabayobozi kuko nakintu nakimwe bakora kumtu kuko na polic cg igisirikare bagira kd imisigitiyose siyabo nibaba bazi nuko yubakwa jyembona barasaze kubera ubufaranga babibonamo ubundi mbabaze bajya kwiga kugira baze bayobore cg nukugirango baze bigishe
Dusabe Allah aduhe ubuyobozi bwiza budufitiye akamaro.
Amina
cyeretse havuyeho agatsiko kaba sheikh kari muri RMC kagize RMC nkakarima kabo, hanyuma tukitorera abayobozi bacu
Ntabwo byumvikana ko umuntu aguma mu mwanya we, urugero, imyaka itanu, icumi, makumyabiri cyangwa mirongo itatu. Iki nigihe kirekire cyane mubuzima bwabantu nimpinduka y’ibisekuruza. Iki ni igihe kirekire cyane mu buzima bw’abantu hashingiwe ku kuntu imyaka tubaho kw’isi ari mike hanashingiye n’impinduka ziba zitezwe kuba zitewe n’uko abantu bemera gusimbura ku buyobzo mu gihe cyagenwe.
Icyakora ndumiwe! Kugira uburenganzira ariko ntibikuraho kumenyekanisha no gusaba umwanya wo gukora ibyo wemerewe! Bitabaye ibyo kaba akajagari! Mwabuze ahandi mwatangira ubujyanama koko! Namwe murarwihaye! Umutimanama mwarawutaye! Mwe mwashingiye ku kihe gitabo muza hano koko?!
Ibi ntibintunguye ,kuko uburyo rmc iyoboye ni uburyo budashimishije habe na mba,ibyo bigaragarira mu musaruro tubona ,Ese njya nibaza nibura urwego rumwe twaviga ko RMC yateje imbere.
Ese bazamura uburezi?
Bazamura se Ivugabutumwa?
Imiyoborere myiza se?
,,.....
Nibatuze mubavuge ,bizajya bibafasha kwirebera mu ndorerwamo ,bity wenda hari ibyakosoka.
Allah akibar mugeze kurwego nkurukoko nonese ko intumwa yavuziti nihagira icyomutumvikanaho muzagaruke kuri Qur ane nasuna kucyimwe mutaganira cyaneko mwese murabayisiramu kd mwese mugamije icyateza abaisiramu imbere. Mwakabaye muganira ntampamvu yokuyoborabantu buhumyi
بارك الله فيكم و جزاكم الله خير 🙏
Leta nidufashe ikureho agatsiko kaba Sheikh kari muri RMC hageho ubuyobozi twitoreye Leta ibidufashijemo
ستُبْدي لك الأيَّامُ ما كنتَ جاهِلًا ** ويأتيكَ بالأخبارِ مَن لم تُزوِّدِ.
والمعنى: ستُظهِرُ لك الأيَّامُ وتُطْلِعُك على ما كُنتَ تَغفُلُ عنه، ويأتيك بالأخبارِ مَن لم تَسأَلْه.
نعم
سيذكرك إذا جد جدهم، وفى الليلة الظلماء تفتقد البر 😢
Swadakta
Rubangisa hadj ngushimiye kukiganiro muduhaye. Gusa wibuke umusi nakunwiraga ubugambanyi bwa Mussa sindayigaya ndetse nubugome bwe kuko uriya nikigeragezo kuba islamu bo murwanda kandi dore nuwabimufashije ariwe saleh yamaze gusa ubu ntimubona ko ari mubi muba islamu murwanda .
Hanyuma ikindi nicyo gihe cyo kugirango agatsiko kaveho tubari inyuma imana idutere inkunga in sha Allah
Murashaka guca abasilam nkuko abakristo baca abayoboke?
Mushobora kuba namwe mudashobotse allah abyoroshye
Tanga urugero ryuburyo DAWA RWanda ifite akajagali nuburyo yigisha nuburyo itabariza abantu bagafashwa arabarwaye Ari nabandi cyangwa RMC yisanze ntacyo ikora usibye gukurikirana Inka ziribwa kuri Raidi kubwa nibareke abashaka gukora no kwigisha bakore ikiza leta ntacyo itabona kuko DAWA Rwanda ntamacakuri yigisha yigisha idini ubumwe mwidini no mu banyarwa Mufti njyewe ndamuzi bihagije numugabo mwiza gusa yagiye mubantu baashobotse none agiye kwandura kuko she SUlaiman na Sindayigaya djamiru utanga VISA za FEKE ariko ngaruke ntakinda DAWA RWanda izira usibye ibya VIZA FEKE ya vuzeho ikagaragaza Nuko abasilam babayehi igihe cyumutambagiri rero nimuhishira ibi muzabana neza RMC
Namwe mushobora kuba mugoye
Kuki mwebwe mudashaka kuvira ubuyobozi bwayu.nonese mushakako.
Abaslamu babaho batagira ubuyobozi.
Kd namwe byuvikanako.haribindi muharanira.mumenyeko umuslaramu wese kubaha ubuyobozi.bwose.aritejyeko.twumve kd
Twumvire.
Mwabagabo mwe!!!!
Ikintu cy'ubu Khawaaridji cyari cyaracitse mu Rwanda, none mugiye kukigarura koko! Ntimureba uko abakhawaaridji basenye bakinasenya idini ya Allah ! bakanakumira abantu kwinjira idini ya islamu!
Mwakumviye ubuyobozi bwanyu nkuko idini ribibategeka, mukareka ihangana, gusebya no kwigomeka kubayobozi banyu, mukemera guca inzira mwasabwe kunyuramo?
Narinangaye ukunu baguhagarika ugatuza nubwenge ufite pee
asaram arayikum ww murakoze bavandimwe kutubwira amakosa yabo bashekhe bakorera amururu ara emusi aho gukorera abayisiramu nubuyisiramu dawa nishigano yaburiwese ufite shahada 2 llaaillaha illa alahu muhamada lasululahi mukomeze kutwigisha inshallah
I hope His Excellence the President of Rwanda and institutions intervine before its too late! We need change in the Rwanda Muslim Community
Haj, urazira ko wasohohe ukuri kose ku idini ya Isalam bityo bituma aba islam benshi baramenye ukuri kuburyo ubu shei ntakitwaza icyo azi ngo ahemukire umuntu .....nzi umu shei washatse gusambanya umubyeyi wacu yitwaje ko ngo aba shei bemerewe abagore bose ....DAWA RWANDA TV mukomeze mukore kuko tumenya ukuri kwari kwihishe muba shei
Imisigiti yo mu Rwanda ikora ibarura ry'abayisilamu babyibarizwaho, ari nayo Leta ishingiraho mu kumenya imibare y'abayoboke b'idini ya Islam nk'uko bikorwa mu madini ya gikristu
ARIKO RERO NTIHAGIRE UVUGA NGO BUBAHUTSE ABAYOBOZI BA RMC, ABA BAYOBOZI NI BO BISUZUGUZA RWOSE
Allah ajye abyoroshya
Rasulu (saw) yaravuze : umuntu naharanira ubuyobozi ntimuzabumuhe, bene ngango hano barengeje manda nubwo batatowe no kuriyo manda ubwo c mukaba mubita abayobozi babasilam mushingiye kuki it’s just a group of greedy people
Hahahaha Bannu Umayya Tobe continue
Ari abari muri RMC ari abarwanya RMC mukuri mwese murarwanira Umugati Ubundi Abantu badashakiye Imibereho mw’Idini Ntahandi bayishakira ? Ubundi ubwo Mwese ko Idini ya ALLAH muri kuyikoza Isoni erega twese muba muri kudukoza Isoni
Ahhh.konumva muminsi irimbere hazaza nabatubuza imibereho yacu bwite mubuzima busanzwe da😮😮😮
Bavandimwe baislam, mpora nsaba Uhoraho ko iki kintu RMC na banyiracyo baranduranwa n'imizi, bakava mu gukinira mu mibereho y'abaislam b'abanyarwanda, n'ukuri aka gatsiko kacurirwa imigambi na sindaigaya, ibyo bakoreye abaslam kugeza aka kanya ntitubyibagirwa!
Buriya umuntu ubuza gutambutsa khutuba ntago yifiriza abantu ikiza kubwo inzangano gusa zizanwa Niko havuzwe ibitagenda Allah abyoroshye
aba sheikh bananiwe gusaba Allah ngo abahe kuyoborwa nabeza ubu qunut namaduwa musabira mubyacu arakirwa ra......ko arimwe muzi ibisabwa ng dua zakirwe buahenz ute ......
yewe AMUR weeeeeee uratangaje kdi urasekeje ikirenze urababajepe gusa shukurani mwebwe mubahaye ibitekerezope
Tuyoborwa n'abayobye ngo RMC bigize Imana y'abasiramu mu rwanda!
Kandi birashoboka cyane ko iyo abaturage bahisemo kubaho bicecekeye batagira icyo batavuga ku ibyo abayobozi babo baba barimo gukora, ibyo bituma abo bayobozi babo barushaho kuba abanyagitugu ndetse no kurushaho
Mbanumiwe pee
Nibyo
Isi, aho, igeze kubuza, gutanganza ,ibikorwa cg, ibivurwa nukubura, ubumenyi kuko, ibyavuzwe cg, ibikorwa, utari, aho biri nabandi bagomba kubibona nokubyumva
Asalamu alaikum warahmatullah wabarakatuh nukuri dawa rwanda ifasha abantu benshi peee ese ntimubina ibiganiro bya dawa rwanda ko bimaze gutuma abantu batagifata ubuslamu nkintagondwa kuko basonanurira abanyarwanda gusobanuka no gusobanukirwa ubuslam koko ahubwo abaslam nimuze dushyigikere ikiza durwanye ikibi uko bidatinze bizaba ikibazo gikomeye bavandimwe rwose ntago bikwiye peee?
😷
Ibyo muba mukora ni amakosa kuza gukosorera umuyobozi mu ruhame.
Umuyobozi wawe ark
@@DjihadiTV umuyobozi waba isilam iyo ni Hadith si amagambo yanjye.utaza kubizanamo impaka nyinshi.
czcams.com/video/8hP5yEmXzsI/video.html@@Joaongonga
Hari umu Imam umwe nzi watanze 200K ayaha Imam w'akarere ntashatse kuvuga maze amugira Imam w'umusigiti runaka... Kuko uwo musigiti wari uherutse kwirukana Imam wari uhari, nyuma dukora inama kugirango harebwe undi undi wasimbura uwari uhari ariko rwose hakozwe robbing nyuma twakoze indi nama bamushyiraho kandi inama yo kumushyiraho yaranogejwe kera.. N'ukuri Allah atuyobore kandi anatubabarire ibicumuro byacu.
Mwabagabo mwe!!!
Iyi sunnat mutangije murayikomora he mu beza batubanjirije?
Ariko icyo nizeye nuko ubuyobozi bukuru bw'abayisilamu mu Rwanda bufatanije n'inzego zibishinzwe za leta bazabikemura nkuko bakemuye ikibazo cy'abiyitaga abavugabutumwa bakajya baza bakiroha imbere y'abayisilamu muri za Mihiraabi na za Mimbari bagatangira kubigisha iby'ubutagondwa n'ubuhezanguni bwabo. Ibi rero ntaho bitandukaniye nabyo. Niba muri abavugabutumwa nimwumve munumvire ubuyobozi bwanyu byaba mubihe byanyu biboroheye (bibashimishije) cg se bibagoye (bitabashimishije).
Keretse niba mwebwe mufite ubundi buyobozi butari ubu ngubu tuzi. Bikabananira rero, ingaruka zo kutumva no kutumvira ubuyobozi bwanyu zirabategereje.
Ati umunsi umwe bazandika Yellow paper 😅😅😅😂😂😂😂😂😂
Asalam alaikum wa Rahmatullah wa barakat
Narumiwe gusa
Assalaamu Alaikum warahmatullahi wabarakatuh!!!
Muzatubarize nikigo kinyamata uko byarangiye?
Kuko abagishinze cyari kirimo nibikoresho duheruka naho bahakodesheje avamo yubaka ikiwe, none icyacu kirafungwa rero mutubarize ikibazo gihari nikihe.murakoze
Idini y'Ubuislam nayo itangiye kuba nkiza Abarokore CZcams izarikora ikindi izo pfashanyo cg iyo mishinga yabaringa ibyo mupfa byose biraterwa namafaranga ava mubarabu ibi bintu bya Amadini cg izi Hit zogushaka kumenyekana ndababwiza ukuri ko nagihe bifite. Ubuislam nibwiza ariko muri kubwanduza.
Ariko abo bakubitiwe ku Marimbi nibande ese ababakubise bo ni bande?
Ndabona tugiye kuba nkayamatorero yirirwa arwana agakizwa na Leta!
Mufti uzirura ibyo Allah Yaziririje uramukinisha ntiyaziruye umuziki se ???Rubangisa bakureke ahubwo wowe uraduhumura Allah Akomeze Akurinde
Mu by’ukuri iyo abaturage baba babayeho batinya abayobozi babo, icyo gihe ingaruka y’ibyo iba ko muri ibyo bigo, imiryango cyangwa igihugu himakazwa umuco wo gutegekesha igitugu, ariko ku rundi ruhande iyo abayobozi babayeho batinya abo bayobora, icyo gihe ingaruka y’ibyo iba ari uko abo abayoborwa bahabwa n’abo bayobozi babo amahirwe yo kubaho bafite umudendezo no kwishyira bakizana mu gihugu cyabo.
Subhanallah, baislam mwaretse tugashyira hamwe ko bizatuma dutera imbere kurushaho???
Tugire inama se y’ukuntu twashyira hamwe?
Ntago bannu Umayya yashira hamwe kugeza yaumul qiyama
Gukundana by'ukuri nk'uko twabitojwe na Islam kandi tukifuriza bagenzi bacu ibyo natwe twiyifuriza @@zzai007
Subhanallah@@irtshisekedikhamis5648
Mubagize udutsiko basenya Unuyislam harimo SINDAYIGAYA, KADJURA na IYAKARWMYE nibo Virus isanya ubuyislam bazabanze begerw kuruhande n'ubwo n'abandi atari shyashya ariko kubwanjye bateje ibibazo bitagira ingano ubuyislam
Aslam allykum ww wabarakat ibintu biroroshye itangaza makuru nicyo ribereyeho kuko murahatubera nimba ibyo mubanenga babibona ko murigusebya ubuyobozi cg muri kuvuga ibidahari nibaze nkabo nkabayobozi babizi neza baze babisobanure haribintu bitumvikana Ni gute umwaka ushira nta muntu numwe uboneka ngo asobanure ibyubuzima musazwe bijyanye nu mujya ngo WA Islam Uziko bihije neza neza nka mufuti ya kangobye kugira igihe ahura na basilam bakamuhata ibibazo bijyanye nibirikuba
Abandi baheze mumabohero bashinjwa ibinyoma
Subhanallah nonese wamugabowe urateganya gukora iki?kitari ukwihangana?
Arakomeza akore Dawa kuko ariyo ntego yiyi TV! Cyane ko ntawe abangamiye keretse Indyadya!
Ikindi Amategeko agenda Itangazamakuru arabimwemerera.
Ubundi Umuntu ahagarika uwo akoresha.
Amakuru ni ngombwa...uzajya ufata ayo hanze y'umusigiti....
Ibyimbere na tel yabifata tukabimenya abataje mu musigiti....baranga ko ukomeza kubashyira hanze.....ariko rero lenye mwqnzo lina mwisho
Mihiraabi na Za Mimbari murashaka kuzimurira kuri za Social media, mu kabumura abayisilamu mu binjizamo imyumvire yanyu yo kubahuka ubuyobozi? ubuyobozi burabashinzwe igihe cyose television Yanyu icy'ubakiye kw'ibwirizautumwa. Keretse nimuzahindura izina ryayo n'ibiganiro mucishaho by'ibwirizabutumwa.
hhhhhh ubu rero muhimbiye kuri RMC kubera ari insina ngufi?
Iki kiganiro ntago cyubaka ahubwo kirasenya
Kirubaka 😂😂
Gisenya iki? Ibitubatse wabisenya ute?
Abo bagabo nge nabagerera hafi nka bakono nyuma yo kumva ibyabo
Ntabwo ubuyislamu ari idini ry'abantu ngo birukane abandi uko bishakiye
barashaka kwigira nkaba ADPR 😂
Ahubwo se ubumenyi bafite ko batajya babutugezaho ubundi batumariye iki 🤔jye ntahantu nahamwe nzi nabona inyigisho zabo ark nazo zikaba ari ayaaa na hadithi 😂😂😂
Nonec isooko y'idini ryacu itabaye Aayat na Hadith ushaka ko iba iyihe?
Bwana mussa sindayigaya niba Koko uri umugabo uri umunyakuri fata icyemezo wegure ku kijyanye n,ubuyobozi kuko uri ikibazo kuri Islam yo murwanda kuva za 2006 ukubitirwa kwirimbi ry,inyamirambo hanyuma mufti na we wikoreshwa amafuti bigeze aha😢😢
Uvuze ukuri sindayiga na surayimani djamiru nabandi bacye nibo bamaze gusenya ubusilamu
ndabona aba sheikh bacu bashaka kuzagira Idini ya islamu nka ADPR, gusa Allah yorohereze ubuyobozi bwacu bareke umwiryanye bafitanye hagati yabo n'agatsiko kagize RMC nka karima kabo bafata imyanzuro uko bishakiye .
ADPR ntitwayigeza sheikh Ifite ibikorwa byinshi twe abaislam tutapfa kwigezaho aka kanya, dukeneye ko abayobozi bacu bahindura imyumvire
@@coolfixrwanda ndavuga kwirukan abayoboke mwi’idini
Muri RMC ho wenda byashoboka ariko islamu yo kereka nyirubwite niwe watura nururimi rwe, ko aretse ubu Islam.
@@coolfixrwanda yego
Bwana Rubangisa byababyiza wikomereje umurongo wa Dawat ukava muri fitina
Ese muvandi ukoshehe bakakwereka inzira kowakosheje.yaba arifitina bakugiriye.ariko ubukoko dufite abantu nka hadji natwe ntitwaterimbere tukazamura fondasiyo basogokuru bubatse tukazamura inzu yubakitse
@@kukushadia8415 Shadia ibyo uvuga ni ukuri Hadji ni udawati natangira ubuhanya kuri Allah gusa urabonako ibibyo atari dawat kuko akunda guha uyumugabo umwanya cyane kd atazanye n,abari mubuyobozi ibyorero binyuranye n,umwuga w,itangazamakuru
@kwizerahashimu nsi ubwa 1 hadji atumye kuri abo bayobozi bakanga kwitabira ubutumwa bwe kand ikind ku bijyanye n'itangazamakuru nuko we atangaz ibyo afite mu gihe banze gusubiza hanyuma bo bakazabinyomoza iryo niryo tegeko rigenga itangazamakuru
@@kwizerahashim6667baratumirwa ntibitabe muvandimwe urikuvuga nkumwemuribo arko uyumugabo imvamvumwese mumwanga nuko ababwizukuri adacakuruhande kd akabazi ibyanyubyose muhagarare mwumvukuri turambiwe ibibisambo niterabwoba badushyiraho kuko umuntu yababwijukuri abandi barafunzwe barengana kubera ibibisambo kubashinja ibinyoma nibindi buryasibumo bavandimwe
Ndikumwe nawe
abasangiye ubusa bitana ibisambo. mwese ibi murimo ninda nzanyu. uyu mugabo agikora muri RMC ntaho yigeze agaragara yerekana amakosa ya RMC kugeza igihe bamwirukaniye. uyu Rubangisa nawe ibi abizanye kubera umujinya wo kuba imbehe bayubitse. RMC ibyayo mbuze aho nabihera. ariko niyo hazaza yesu akaba mufti igihe cyose islam mu Rwanda izaba itagira imishinga ibyara cash muzahora mwitana ibisambo.
Ese sudi watinyuka gutuka musenyeri cg kuvuga amagambo nkayo padiri uri muri gatorika?murebe kure plz
None ko arizongeri sudi uriho utanga ndetse ukanakoresha imvugo zisa nizisuzugura abayobozi?ese ubundi wowe uri kuruhe rwego?gabanya amagambo akakaye ukoresha
@@77r34yego uravuga ayahese?
Kwa musenyeri nta kajagari bagira nko mu muryango w’aba isiramu!!!
Nonese babikemurira kuri social media?mujye mutekerez kabiri suko bo bakemura ibyo batumvikanye kd ntanujya gusuzuguza abayobozi be
Umuyobozi yubahwa kubera we yabanje kwiyubaha, numva aho kugira ngo bamuhagarike bari kuza hano kuri chanel, bagasobanurira abaturaRwanda ibyo bavugwa ndetse bakanabinyomoza! dore igituma ubusilamu budatera imbere nukugendera muri Anologue!
Assalam alaikum w w , ariko namwe nimujya munenga mujye mutekereza 2 , nonese murashaka ahubwo ko abantu bakora ibyo bishakiye mumusigiti , niba umuntu afite umugambi mwiza kuki byamugora gusaba uburenganzira bwo gufata amashusho cg amajwi , Ubu Islam ni idini iri kumurongo ntabwo twagakwiye kumvako umuntu yakwinjira mumusigiti ngo atangire afate amashusho n'amajwi atabanje kubisaba , ikintu dukwiye kwibuka nuko dukwiye kubaha ubuyobozi kunenga si bibi munyungu zo kubaka arikose buriya tuvugishije ukuri ni uwuhe musanzu murimo gutanga mukubaka Islam
Kbs ni ikibazo kd abantu banjye bitondera itangazamakuru kuko rishobora kubaka cg rikoreka
Hama imam amaze iki ? Ibyo nibintu usaba imam simpaka kujya muri rmc
Ariko nawe nkusubize idin siyabantu bayiyobora uko bishakiye
Fitina bafite
Ndagubiza mumagambo macye icyo nifuza kukubwira Niko DAWA Rwanda ikora akazi ko gufasha abayisilamu munyigisho zikomeye mu basilam
Ngewe icyonavugaho ababantu ntibashoboye subwambere mbivuga sinubwakabiri nimba arabanyakuri barishinjiki baretse ibyabo video zikabishyirahanze ngenshaka gushakababyeyi barerera murikiriyakigo kumunsi abanyeshuri bazatangiriraho tukamagana maranatha kuko uyumutungo nuwaba islam suwasindayigaya nabandi bibisambonkawe
Ntabwo muribeza kbs mushaka gusenya idini mwitwaje imvugo zitarinziza zisenya ubuyobozi niba mushaka ubuyobozi ni mubusabe babubahe ariko mwisebya cg mushake gusenya ibyo mutazi ukobyubatswe
😂😂😂😂😂 ndagusetse nawe ndabona ahubwo uri RMC
Nawe mubigaragara urumwemuribo urabona bagiye kugufatakunda kuramaboko mumuguka ukore urekekurya imitsi yaba Islam
Bamwe Tugiye kuva mubuyislamu kuko tubona abigisha bacu aribo bari kuryana, ari
Nabo bayozi.
none se wabugiyemo ukurikiye abigisha?cg wakurikiye inyigisho za islam, apana za abayislam?niba utekereza ko aba sheikh ari abamarayika, waba wibeshya! ni abantu nkabandi
Ese ko baguharitse waretse kuvuza induru ahubwo ugakurikiza ibyo wandikiwee mu baruwa byanze bikubze wabigenza ute ntuzasubiza camera zawee mu musigit keretse ubanje kubiherwa uburenganzira
Bande bamwirukanye? Hehe? Uziko muri injiji? Nta ufite uburenganzira bwo kwirukana umuntu mu busiamu, buri muntu afite liberté d’expression!!!
Imisigiti yo mu Rwanda ikora ibarura ry'abayisilamu babyibarizwaho, ari nayo Leta ishingiraho mu kumenya imibare y'abayoboke b'idini ya Islam nk'uko bikorwa mu madini ya gikristu
Mubabwire muti mufite uburenganzira bwo kwirukana umuntu muri ong yanyu ariko ntago mufite uburenganzira bwo guhagarika cg kwirukana umusiramu mubusiramu .
Allah uwo yayoboye ntawamuyobya, Rubangisa komerezaho ukora dawa nanakwibutsako ucecetse arokoka!