Uwahoze ari padiri avuze intandaro yateye amwe mu madini kuvuka.//Islam yo ni umwimerere.
Vložit
- čas přidán 30. 01. 2022
- #Rubangisa_Sulaiman #Dawa_Rwanda_Tv #Padiri_Twagirayezu_Emmanuel_Yusuf #0788682703 #0738278248
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Airte Money +250 738 278 248
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Yallah njyushoboza iteka gushimire inema yubuslamu wampaye ukankura kurwobo rwumuriro ngusaba ngo uzanyisubize nkiri mubakwicishaho bugufi Amiina yaarabi 🤲🙏
Allahumma A'amiin
allahuma amiin
ishimwe ni ikuzo ni iby
'Imana yo yangize umuislam
Padiri ndamushuhuje cyane yaranyigishije ,yarumuntu mwiza kabisa
Allah abishimire murakoze cyane
Padiri njyanumva nza' Musura gusa Allah komeza Amuyobore Amwongerere Imbaraga.🙏
Masha Allah uyumuntu yahevyubupatiri yatomboye neza weeee nawayobeza uwo Imana yarongoye pe
Allah aguhe ilimu irihejuru Kandi turashima inyigishozawe Kandi ndagusabiy akurih mwisi nomwijuru
Aaww.Imana igutere inkunga azayuhe Al Janah urigukora akazi keza.wafashe ikemezo gikwiye
Asalam Alaykum Warahmatullullah Wa Barakatu. Turashimira Patiri kuko atwereka amadini iyo yavuye. Turashimira idini yubu Isilamu kk ariyo yukuri kandi yabicisha bugufi.
Allah abarinde imitego ya shaytwan kandi abahe kwihangana gukomey
JAZAKALLAAH KHAIR
Numwana munda yanyina harageraho yuvama na ashakashatsi babahanga harabacababaabisiramu Imana ikavugako yaremyubwisiramu ibintu vyinshi bikababimeze nkubwiramu quoranikaba yuzuyubuhanga budasanzwe bwatechnologia akabariwabusobanura neza kirabuhangiwusobanura neza ni Rasuli MUTUME MUHAMMAD S.A.W ABAZUNGU BUBWENGE BAREKAKUMWEMERA MUGABAKAMUHICUBAHIROCE KUKURI YEREKANA UBUHANGA MURI WUOR AN
Azabanze ampe 10k yantuburiye uyu ntimumuzi mwebwe ni umujuraa Sana yavuye St Andre Gitarama adukosoye nagende
Hhhh. Nari nabuze umuntu uzi ibye. Mureke abe ahungiye muri ibi. Na byo azabivamo
Uyu numutubuzi wangu
Ndabashimilra kubwibiganiro mutanga Allah azabibahembere kumunsi w'imperuka
Uwiteka akwishimire
Aaww.turabemera cyane
Iyo muvuze ngo abakristu barimo iibice , mukeka ko tutazi ibice biri mu basilamu. Na byo mubivugeho
Nyagasani akwishimire ufite amahirwe yokuba ureba kure .Mana numva unshimishije
Padiri Yusuf Ndagushimira k'inama ukunda kutugira nyuma y'ikiganiro.
Kurijye mbanumva arı ibintu binejeje Cyn. Nyagasani akomeze aguhe gusobanukirwa byinshi kurushaho
Reka kubesha abo banyamahanga baragenywa kuri Roho , Kandi ni bo Mungu yagutumyeho , none se ko ubesha mubyukuri , Roma yahanganye na pagani koko , wavuze se ko abanyamahanga bichaga aba Kristu bichaga uwemera Kristu wese yewe Padiri IMANA izaguhembera ibyo wigisha nukuri nakaziyakawe , komeze urindagire .
Reka gutukana wowe sobanuza icyo utunva bagusobanurire ureke gufana gusa
@@Mariot130 sintukana ndavugisha Kuko ibyo avuga ataribyo , uravuze ngo nsobonuze neza , nsobanuze iki ? Mumbwire iki ! Uzampe nimero yawe tuzaganire maze unsobanurire nunve icyo wambwira nunve .
Islam ni idini y''Imana pe.ninjiye idini ntabyumva neza.ariko ubu maze gusobanukirwa kubera ibiganiro byiza mukora
Assalam alaikum bavandimwe ndabasuhuje cyane gusa nishimiye iki kiganiro kuko gishibora kugirira akamaro aba Islam nabatari aba Islam kuko abenshi muri twe ntabumenyi dufite kubyabaye ariko nkumuntu wize akagira ubumenyi nibyiza kubusangiza abandi, ndashimira EX Padiri Yussuf kubyo atugezaho kuko amateka nkayo arakenewe bibaye byiza yazakwandika igitabo kubyo azi kugirango bizagirire abandi akamaro mugihe atazaba agihari kuko abanyarwanda ntabanditsi bibitabo bafite aramutse abikoze byaba byiza kuko ubumenyi afite yabusangiza abanyarwanda abubu nabejo mugihe azaba ari kwa Allah SW.
Urabeshye ntabwo usobanukiwe
Uyu se yari padiri wahe ?
ko mba mbona muvuga ibyo mutumva
Abarabu bakora ivyiza ninaco gituma aburahamu yabasabiye vrt kubona kiranzu yumwarabu ifite quoroan bakanayirinda kuburyoatawayihindura nivyiza kabisa
Nyagasani abishimire Cyn twungutsemo byinshi. Izi nyigisho ni ingirakamaro Cyn.
Padiri Iyo niyo Vanjili urigutanga , umurimo Yezu nyaguhaye , dore akomanga ku muryango arimo ara gushaka nagusa uriyo esenuzavuga ngwiki yewe Padiri we , reka ibyanditswe bere yoo birababaje , nubwo watera urubwa , urabesha cyane ntabwo ariko ubivuze ahubwo nu buhakanyi bwamugezemo .
Niwe unadusobanurira neza.
Yallabi Alihamudulila labilalamin kubá a babyeyi banyje baratabarutse arabemera
Ariko hari umugabo wiyita sheikh Yusufu usenya ubusilamu mumuvugaho iki
Tumaze kumusubiza inshuro nyinshi ahubwo ubanza utarabibonye
Fungura iyo Link👇👇👇 czcams.com/video/lmlk8Oc9Ers/video.html
Yarihenze yavuye mumugezi adimbukira munyanja, yarabaye padiri avayo aba umusilamu satani yaramushoboye, none hoho yinjiye mubwislamu yabanje kumenya ivyigishwa muri islamu? ,
Padiri we na nubu Kiliziya iracyayobora Isi yose nukuri , yaratsinze ,rero abantu bararushwa nu busa pe , ahubwo reka ibyahanuwe na Yezu Kristu ni ntumwa , ni ngombwa begere nkuko Yezu yabivuze .
Angelina Gikundiro ndumva usa nkaho watandukiriye arimo arasobanura ibyo yize kandi byanditswe niba haraho abeshya wowe waduha ibitabo byanditse bibivuguruza naho kuza uvuga ngo arabeshya ntabimenyetso ugaragaza twabyita gusebanya. Niba ufite ibyo umuvuguruza wahamagara iyi Dawa Rwanda TV ukerekana ibyo uvuga.
@@Dawah-Brisbane14 Ntabyo nakora Kuko mu bikorwa by umubili , harimo kuvuga ngo kuja impaka sibyiza Kuko uja impaka wese atazabona umurage w’ijuru. , rero nuko avuga agashearamwo kunenga , arega Iyo shitani yamuvanye muri Kiliziya ntiyatuma ayivuga neza ijana kwijana, Kuko nigeze kumwunva no Kuki ndi kiganiro cyahise , yemwe tubireke , dore umucamanza ahagaze ku muryajngo .
None se reka nkubaze ubwo kubera yarahinduye idini nicyo kizatuzatuma ajanwa Mwijuru ? Igisubizo cya Bibiliya kiravuga ngo hoya kabisa kuko Yezu Kristu yaravuze ngo uzarokoka nuzahagarara hamwe .
Alhamdulillah
Koko ibikorwa bizivugira
Allah abishimire murakoze cyane