Uwahoze ari padiri avuze intandaro yateye amwe mu madini kuvuka.//Islam yo ni umwimerere.

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 30. 01. 2022
  • #Rubangisa_Sulaiman #Dawa_Rwanda_Tv #Padiri_Twagirayezu_Emmanuel_Yusuf #0788682703 #0738278248
    Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
    Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
    Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
    Airte Money +250 738 278 248
    cyangwa muri
    GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
    Swift code GTBIRWRK.
    KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
    Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.

Komentáře • 46

  • @mukagihanaesperance5524
    @mukagihanaesperance5524 Před 2 lety +6

    Yallah njyushoboza iteka gushimire inema yubuslamu wampaye ukankura kurwobo rwumuriro ngusaba ngo uzanyisubize nkiri mubakwicishaho bugufi Amiina yaarabi 🤲🙏

  • @user-vy1hz1zd6m
    @user-vy1hz1zd6m Před 10 měsíci +1

    ishimwe ni ikuzo ni iby
    'Imana yo yangize umuislam

  • @cornerstone6184
    @cornerstone6184 Před rokem

    Padiri ndamushuhuje cyane yaranyigishije ,yarumuntu mwiza kabisa

  • @umugwanezadjamila1205
    @umugwanezadjamila1205 Před rokem +1

    Allah abishimire murakoze cyane

  • @umurimbotv304
    @umurimbotv304 Před 2 lety +1

    Padiri njyanumva nza' Musura gusa Allah komeza Amuyobore Amwongerere Imbaraga.🙏

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 Před 2 lety +1

    Masha Allah uyumuntu yahevyubupatiri yatomboye neza weeee nawayobeza uwo Imana yarongoye pe

  • @bukuruabubakar4437
    @bukuruabubakar4437 Před 2 lety +2

    Allah aguhe ilimu irihejuru Kandi turashima inyigishozawe Kandi ndagusabiy akurih mwisi nomwijuru

  • @dushimirimanaishaq4650
    @dushimirimanaishaq4650 Před 2 lety +1

    Aaww.Imana igutere inkunga azayuhe Al Janah urigukora akazi keza.wafashe ikemezo gikwiye

  • @peggyntakiyica3492
    @peggyntakiyica3492 Před 2 lety +1

    Asalam Alaykum Warahmatullullah Wa Barakatu. Turashimira Patiri kuko atwereka amadini iyo yavuye. Turashimira idini yubu Isilamu kk ariyo yukuri kandi yabicisha bugufi.

  • @niyojib
    @niyojib Před 7 měsíci

    Allah abarinde imitego ya shaytwan kandi abahe kwihangana gukomey

  • @omarnayituriki4869
    @omarnayituriki4869 Před 2 lety +1

    JAZAKALLAAH KHAIR

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 Před 2 lety

    Numwana munda yanyina harageraho yuvama na ashakashatsi babahanga harabacababaabisiramu Imana ikavugako yaremyubwisiramu ibintu vyinshi bikababimeze nkubwiramu quoranikaba yuzuyubuhanga budasanzwe bwatechnologia akabariwabusobanura neza kirabuhangiwusobanura neza ni Rasuli MUTUME MUHAMMAD S.A.W ABAZUNGU BUBWENGE BAREKAKUMWEMERA MUGABAKAMUHICUBAHIROCE KUKURI YEREKANA UBUHANGA MURI WUOR AN

  • @vuguzigaanaclet7927
    @vuguzigaanaclet7927 Před 2 lety +1

    Azabanze ampe 10k yantuburiye uyu ntimumuzi mwebwe ni umujuraa Sana yavuye St Andre Gitarama adukosoye nagende

    • @Padiripierrot
      @Padiripierrot Před rokem

      Hhhh. Nari nabuze umuntu uzi ibye. Mureke abe ahungiye muri ibi. Na byo azabivamo

  • @vuguzigaanaclet7927
    @vuguzigaanaclet7927 Před 2 lety

    Uyu numutubuzi wangu

  • @bikingialhudjadji9885
    @bikingialhudjadji9885 Před 2 lety +1

    Ndabashimilra kubwibiganiro mutanga Allah azabibahembere kumunsi w'imperuka

  • @ziadamuka848
    @ziadamuka848 Před rokem

    Uwiteka akwishimire

  • @dushimirimanaishaq4650

    Aaww.turabemera cyane

  • @Padiripierrot
    @Padiripierrot Před rokem

    Iyo muvuze ngo abakristu barimo iibice , mukeka ko tutazi ibice biri mu basilamu. Na byo mubivugeho

  • @ziadamuka848
    @ziadamuka848 Před rokem

    Nyagasani akwishimire ufite amahirwe yokuba ureba kure .Mana numva unshimishije

  • @abuymbarushimana726
    @abuymbarushimana726 Před 2 lety

    Padiri Yusuf Ndagushimira k'inama ukunda kutugira nyuma y'ikiganiro.
    Kurijye mbanumva arı ibintu binejeje Cyn. Nyagasani akomeze aguhe gusobanukirwa byinshi kurushaho

  • @angelinagikundiro8268
    @angelinagikundiro8268 Před 2 lety

    Reka kubesha abo banyamahanga baragenywa kuri Roho , Kandi ni bo Mungu yagutumyeho , none se ko ubesha mubyukuri , Roma yahanganye na pagani koko , wavuze se ko abanyamahanga bichaga aba Kristu bichaga uwemera Kristu wese yewe Padiri IMANA izaguhembera ibyo wigisha nukuri nakaziyakawe , komeze urindagire .

    • @Mariot130
      @Mariot130 Před 2 lety +1

      Reka gutukana wowe sobanuza icyo utunva bagusobanurire ureke gufana gusa

    • @angelinagikundiro8268
      @angelinagikundiro8268 Před 2 lety +1

      @@Mariot130 sintukana ndavugisha Kuko ibyo avuga ataribyo , uravuze ngo nsobonuze neza , nsobanuze iki ? Mumbwire iki ! Uzampe nimero yawe tuzaganire maze unsobanurire nunve icyo wambwira nunve .

  • @dushimirimanaishaq4650
    @dushimirimanaishaq4650 Před 2 lety +1

    Islam ni idini y''Imana pe.ninjiye idini ntabyumva neza.ariko ubu maze gusobanukirwa kubera ibiganiro byiza mukora

  • @Dawah-Brisbane14
    @Dawah-Brisbane14 Před 2 lety

    Assalam alaikum bavandimwe ndabasuhuje cyane gusa nishimiye iki kiganiro kuko gishibora kugirira akamaro aba Islam nabatari aba Islam kuko abenshi muri twe ntabumenyi dufite kubyabaye ariko nkumuntu wize akagira ubumenyi nibyiza kubusangiza abandi, ndashimira EX Padiri Yussuf kubyo atugezaho kuko amateka nkayo arakenewe bibaye byiza yazakwandika igitabo kubyo azi kugirango bizagirire abandi akamaro mugihe atazaba agihari kuko abanyarwanda ntabanditsi bibitabo bafite aramutse abikoze byaba byiza kuko ubumenyi afite yabusangiza abanyarwanda abubu nabejo mugihe azaba ari kwa Allah SW.

  • @nshimyumuremyieric8434
    @nshimyumuremyieric8434 Před 2 měsíci

    Urabeshye ntabwo usobanukiwe

  • @diomecharlesgahamanga4811
    @diomecharlesgahamanga4811 Před 2 měsíci

    Uyu se yari padiri wahe ?
    ko mba mbona muvuga ibyo mutumva

  • @sawdaasawdaa7903
    @sawdaasawdaa7903 Před rokem

    Abarabu bakora ivyiza ninaco gituma aburahamu yabasabiye vrt kubona kiranzu yumwarabu ifite quoroan bakanayirinda kuburyoatawayihindura nivyiza kabisa

  • @abuymbarushimana726
    @abuymbarushimana726 Před 2 lety

    Nyagasani abishimire Cyn twungutsemo byinshi. Izi nyigisho ni ingirakamaro Cyn.

  • @angelinagikundiro8268
    @angelinagikundiro8268 Před 2 lety

    Padiri Iyo niyo Vanjili urigutanga , umurimo Yezu nyaguhaye , dore akomanga ku muryango arimo ara gushaka nagusa uriyo esenuzavuga ngwiki yewe Padiri we , reka ibyanditswe bere yoo birababaje , nubwo watera urubwa , urabesha cyane ntabwo ariko ubivuze ahubwo nu buhakanyi bwamugezemo .

  • @peggyntakiyica3492
    @peggyntakiyica3492 Před 2 lety

    Niwe unadusobanurira neza.

  • @hogozaasia4013
    @hogozaasia4013 Před 2 lety

    Yallabi Alihamudulila labilalamin kubá a babyeyi banyje baratabarutse arabemera

  • @dushimirimanaishaq4650
    @dushimirimanaishaq4650 Před 2 lety +1

    Ariko hari umugabo wiyita sheikh Yusufu usenya ubusilamu mumuvugaho iki

    • @Dawarwanda
      @Dawarwanda  Před 2 lety

      Tumaze kumusubiza inshuro nyinshi ahubwo ubanza utarabibonye

    • @Dawarwanda
      @Dawarwanda  Před 2 lety

      Fungura iyo Link👇👇👇 czcams.com/video/lmlk8Oc9Ers/video.html

  • @marcbanyankirubusa135
    @marcbanyankirubusa135 Před 2 lety

    Yarihenze yavuye mumugezi adimbukira munyanja, yarabaye padiri avayo aba umusilamu satani yaramushoboye, none hoho yinjiye mubwislamu yabanje kumenya ivyigishwa muri islamu? ,

  • @angelinagikundiro8268
    @angelinagikundiro8268 Před 2 lety

    Padiri we na nubu Kiliziya iracyayobora Isi yose nukuri , yaratsinze ,rero abantu bararushwa nu busa pe , ahubwo reka ibyahanuwe na Yezu Kristu ni ntumwa , ni ngombwa begere nkuko Yezu yabivuze .

    • @Dawah-Brisbane14
      @Dawah-Brisbane14 Před 2 lety +2

      Angelina Gikundiro ndumva usa nkaho watandukiriye arimo arasobanura ibyo yize kandi byanditswe niba haraho abeshya wowe waduha ibitabo byanditse bibivuguruza naho kuza uvuga ngo arabeshya ntabimenyetso ugaragaza twabyita gusebanya. Niba ufite ibyo umuvuguruza wahamagara iyi Dawa Rwanda TV ukerekana ibyo uvuga.

    • @angelinagikundiro8268
      @angelinagikundiro8268 Před 2 lety

      @@Dawah-Brisbane14 Ntabyo nakora Kuko mu bikorwa by umubili , harimo kuvuga ngo kuja impaka sibyiza Kuko uja impaka wese atazabona umurage w’ijuru. , rero nuko avuga agashearamwo kunenga , arega Iyo shitani yamuvanye muri Kiliziya ntiyatuma ayivuga neza ijana kwijana, Kuko nigeze kumwunva no Kuki ndi kiganiro cyahise , yemwe tubireke , dore umucamanza ahagaze ku muryajngo .

    • @angelinagikundiro8268
      @angelinagikundiro8268 Před 2 lety +1

      None se reka nkubaze ubwo kubera yarahinduye idini nicyo kizatuzatuma ajanwa Mwijuru ? Igisubizo cya Bibiliya kiravuga ngo hoya kabisa kuko Yezu Kristu yaravuze ngo uzarokoka nuzahagarara hamwe .

    • @mugwanezajacqueline3063
      @mugwanezajacqueline3063 Před 2 lety

      Alhamdulillah

  • @peggyntakiyica3492
    @peggyntakiyica3492 Před 2 lety

    Koko ibikorwa bizivugira

  • @umugwanezadjamila1205

    Allah abishimire murakoze cyane