Kuva maze kumenya idini y'ukuri ndumva nifuza kujya kwigisha abo nayobeje nabo nkabarokora.
Vložit
- čas přidán 28. 04. 2022
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Airte Money +250 738 278 248
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Imana niyo Nkuru, Imana niyo Nkuru, Imana ni Nkuru!!!!
Mashaa Allah Allah akomeze abashyigikire mugukora dawa
Mashallaaa 🤲🤲🤲
Takbil Allah Akbar .
Assalam alaikum warahmatullah wabarakatuh, ni ukuri akazi mukora karahambaye cyane ,imana natwe idufashe tubashe kubatera inkunga uko yaba ingana kose, ALLAH ADUTERE INKUNGA TWESE ,amiin
Ma Sha Allah .
Imana ibatere inkunga kandi ibabalile abo bavandimwe
Chekh uzatubarize abo bapasiteri kubijyanye nuguhanura ubuhanuzi ziriya ndimi bavuga Aho bazikura
Amahoro y'imana abane namwe.Nimubandanye mukura abantu mumuzimiza barimwo batabizi.
Nyagasani agukomeze kandi nikaribu mudi ni yamahoro
Nam uwo musaza muzamuhuze na sege amuhugura
Hhhh kbsa lmana yawe n'inda ubu wavuye mu idini ujya murindi kubera ibiryo
Yewe nubundi ntiwigeze uhamagarwa uracyarushye
Kujya muri islam bisobanuye gukomanga kumuryango w'irimbukiro, kutemera YESU KRISTO NK'UMWAMI N'UMUKIZA w'ABATUYE ISI, n'icyaha kizatuma abayisilamu barimbuka bazize kutamenya
Asalamu Alaikum walahumaturullah wabarakatuh ndifuzako mwazadusura kugisozi aho bita mubudurira kuko hari umusore uyobora icyumba cyamasengesho ariko bitewe nuko yabwiyeko abonye umumenyi wabibiriya akamwigisha yahiduka insha Allah nukuri ndabinginze nyagasani azabibahembera
Wewe aho kwegera abalimu bakakwigisha uguma uvuga Bibilia ataniyo utahura.
Muvandimwe igaragaze hano kuri dawa rwanda maze turebeko nawe udatora shahada
@@ismaelmohammed3290 jye nagize igihe kinini cyo kuganira nabayislam tujya impaka naho nkorera barahari turaganira singombwa kujya kuri TV, jyewe ndisabira telephone zabo bavuye muri Kristo bakajya mu irimbukiro, ngire icyo mbibariza.
Ubu rero ugiye kuyobagurika kuko Theoneste ibyo uvuga ntabyo uzi na Yesu ntawe wigeze umenya ahubwo ugize ibyago bikomeye!
Agizibyago bikomeye kuko nubundi Yesu ntiwigeze umwakira
Mbabazwa n'injiji zidasobanukirwa n'ibyanditswe muri BIBILIYA zihuzagurika ngo ni abapasiteri binjira islam.
Bibilia iyahe ga mugenzi ?
Mwihangane Idini Niy'Imana muremyi wanyu ayobora mwidini ye uwashatse akongera akayobya uwashatse réro ntampamvu zokuruhishwa nubusa!