Agahinda kubaislam basigaye bajya mubikorwa byo kubangikanya Allah ku mugaragaro ngaho nimwirebere.
Vložit
- čas přidán 1. 03. 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
MoMo pay *182*8*1*Inkunga# Dawah tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Inalillahi wainaillayhi rajiuuna Yaa Rabb mbabaye imyaka myinshi kubera uburwayi bwayoberanye Yaa Allah ndagusabye ukoze kurinda roho yanjye kuzayobera murubu buyobe bwindenga kamere
Allaah agukize niwe muganga wukuri yaa rabi
Allah akorohereze Kandi azakurinde kuyoba
Nsabye Allah ko yakugabanyiriza uburibwe, agakomeza kuguha ukwihanganira uburibwe ndetse akanagukiza uburwayi ufite.
Ese wagiye kwivuza ibindi ukabireka ko ari amatiku ,Barangi baravura si idini kandi mujye mureka kugenda mubigare, Iryo Dini se rihuriye hehe nubuvuzi
Allah akorohereze
😭😭😭😭 ya ALLAH hamwe nabemera ALLAH byukuri turagusaba iherezo ryiza ( nubona ubuzim bwacu bugiy kuzamo kukubangikany uzadutwar tutaratezuka kumurongo wae aaamina ya ALLAH 🤲🥺 )
Aslam alayikum warahima tullah wabarakatuh Sheikh Ally Allah azaguhe iherezo ryiza kandi azaguhe Djanati firidaus kuko ibyo uduhuguraho biradufasha komeza ukorere Allah kandi azakwishyura .
Ndagukunda kubera Allah
Nigute yabona iherezo ryiza arikuvuga amagambo arimo ubugome nigute avuga ibyo atazi niba idini ritabyemera nabace areke kuzana amatiku ariko ibi bintu mubamo nibiki idini ko ryigisha abantu kubana neza abayobye bakabigisha. Ibyo bindi murabona atari amashyari abarangi nubuvuzi gakondo naho bihuriye nidini ese ubundi bibaye idini hari uburenganzira umuntu afite bwo kuvuga asebanya ibyo atazi , muve mu matiku wana "Agahugu katagira umuco karacika" ibyiwacu turimo kubisenya tugafata ibitadufitiye umumaro biba biteye agahinda
La Illaha ila llahu Muhammad Rasulu llah
Inalillah wainailaih ladjiuna
Allahu Akbaru walillah lihamudu
Nyagasani Allah Tuyobore Inzira Igororotse 😢
Shukran sheikh wacu Allah Ajye Akongera ubumenyi 🤲
Yooooo mbega agahinda weee bariya ba sheikh rero barimo kureba ahari amahera ntibitaye kubarimo kuyoba Allah aduhe gushikama
Allah aturinde Kandi atuyobore sheikh ntuzigere uceceka rwose tubwire pe
Ko utavuga uko basigaye ari abanywi binzoga kumugaragaro ,baranarengeye hari na arya ingurube Sbahanaallah 😭😭😭😭😭 biteye ubwoba Allah adutabare
Kunkwa inzoga ntabwo ari shirik ni irari lyu umubiri hari kisa yu umusinzi wa pfuye abona ijuru uwiyitaga ko ariwe mu nya ibada ajya jahanama
Unyibukije umukufaru wambyiye ngo nkabya idini ngo izindi nshuti ze basangiraga akabenzi n'inzoga
Allah ajyaturinda iyo myukamibi,tugeze kwiherezo🤲🙏
Sheikh barak Allah fiikum Allah ajye akongerera kbs icyiza cyawe werekana ikibazo warangiza ukanereka ubundyo bwo kugicyemura abayobozi ba Islam akazi gasigaye nakanyu nabakatwigishije Tauhidi mwagiye mubahagarika kubwamatiku yangu adasobanutse abayobozi bacyu batinye Allah.
Allah abyoroshe kwer
Allah akwishimire kdi azanaguhe iherezo ryiza kubwinyigisho zawe nziza utugezaho
Walaikum Salam warhamaturllah wabarakatuh Allah akwishimire sheikh
Abaslamu baratereranwe ntacyo batazakora😢 Allah atuyobore buri wese ku giti cye!
Isi irabishye cyane Allah azaduhe iherezo ryiza
Abayislam nkaba bajya muri ibyo byabarangi basabe Allah abayobore kuko bari muri shiriki mbi cneee
Allah akbar Allah akbar Allah akbar cyakora uvuga ukuri wallah Allah anjye akwishimira kand agume kugutiza ubuzima
Amiin 🙏 🙏
Twajwemo ya Rabiiiiii
Mugire amahoro , bavandimwe utaranigwa agaramye agirango ijuru riri hafi. Abarangi mwumva baravura ntabwo Ari idini niyo mpamvu abo bavandimwe banyu babayisilamu nabo baravuwe
Abaislam byo mubarangi baruzuye nibo Gusa subhanallah rwose nibyo shekhe Allah aturinde kuko shaitwani yafashe intebe mubituza ni beshi pueh 😢
None se bagutwaye iki , ibyo byose biba ari amashyari
Abangi si dini n'ubuvuzi .
Abarangi bavura indwara za naniranye . Ntabwo dusenga Abarangi alibo Abamarayika beza b'Imana , twagiriwe ubuntu butangaje bwo kuvura indwara zananiye Abapfumu n'Abaganga ba kizungu .
Abarangi sidini shehe we nimbaraga z'Imana zikorera mubantu,iyaba waruzi imbaga zabantu bavuwe nabarangi ibihumbi nibihumbagiza ntiwagasebeje imbaraga utazi
Ngo abarangi n' imbaraga z'imana😂😂😂😂 ndumva bikomeje kugorana pe😢
Allah abaduhere Firidausi!Arko hakenewe na skills za Ruqiat kuko abarozi hanze aha bamaze abantu bikagabanya keihanga kwa bamwe my basilamu!
Allah akbar 🥺🥺🥺😱 Quel tristesse ! Ya Allah uzaduhe iherezo ryiza..bitababaje, ibintu nkibi nibwo nabibona.Allah akongererere Kaka angu Sheikh Ally ,kuva kera nturebera amafuti.
Asalam alaikum warhamaturulahi wabarakatu, abashehe barigisha Allah akaba ariwe uyobora, gusa Allah aturinde iryo bangikanya Mana,ndunva abamenyi baba bakoze umurimo wabo,ntako batagize
Allah atworohereze, atuyobore mubo yayoboye
Ubu hali indwara zitavurwa n'abaganga bakizunga ( Médecine moderne ) zikavurwa n'Abarangi gusa kuko bafite ubutumwa bw'Imana bwo kuvura .
Mashalaah ibyo ni ukuri
Shekh shurakurn
Allahuma bariik
Njyewe nibwo nakumva ibi bintu byabarangi peuh sinzi iyo bijya niyo bijya Allah akwishimire sheikh kandi Allah akomeze akuzamure mu ntera
Subhaballah😮😮😮
Allah aborohereze abayobore
Reka Abisiramu bajye mu Barangi kuko baratabawe
Sha nukuri mbabwire njye we narumwislamu ark kubera kubana nabislamu nkabona shiriki akora kunywa inzoga susambana kuroga sha natandukanye nabo mpita nkizwa mwizina ryayesu ❤❤
uribeshya ntago wariwe ahubwo wiyitaga umusilam kuberako iyo uzakumenyako winjiye idini kubera Allah ntiwarikurivamo kubera abantu
Ntago wari wakurikiye ubu Islam wari wakuriye ibindi umu Islam wukuri ashaka iterambere ryidinirye ntago ashaka ibimusubiza inyuma muri imaniye Allahu mustaan
Ntiwamenyeko ubuyislam ni umuyislam Ari ibintu bibiri bitandukanye Kandi ntago uvuka wakanye ni uwo wowe warebeyeho ni unapfa ntago muzajyana ni unabarurirwa ntago muzaba muri kumwe
Uzirikane ko igihe uzavamo umwuka ukiri aho witako wakirijwe ijuru Ari ikizira kuri wowe
Ubwo SE aho wagiye niho batabikora?!
Islamu iri ukwayo, ni idini yuzuye inatunganye kandi yukuri,hanyuma abaislamu nabo ni abantu nkabandi si abaziranenge kuri burikintu, bagira ibyaha namakosa bitewe nurwego ukwemera kwabo kuriho, naho kuyoba nyuma Yuko wari warayobotse, ukitwaza ibyaha wabonye kubandi ibi ni igice mubice byubujiji, Usobanukiwe ntakora atya,Kandi kumunsi w'imperuka nuticuza ngo ugarukire Allah uzisanga mubakubita intoki uti iyo menya, Muri Quran harimo imirongo itandukanye ivuga kuri situation nkiyi yawe.
Noneho ahubwo warayobye kuko wagiye gusenga Imana eshatu, ahubwo wowe uzagaruke ube umusilamu mwiza, gusambana, kuraguza ,kunywa inzoga ubireke, no mubakristu inzoga barazinywa, barasambana bamwe na bamwe
Allahumma Amiiina
Allah atuyobore🙏🙏😔😔😔
subhanAllah
Abasilam benshi basigaye bajya mubyumva or bakajya kumusosi naza cyibeho hose, sub'hanalaah Allah atworohereze
Mubyumba
Muvandimwe uri kuri micro kuriyi video shakisha umenye ukuri kubuvuzi bw, Abarangi sidini
Umuziki rubangusa abanjemo 🎉
Subhana Allah Allah atuhifadh kwa ukweli😢😢😢
Allah akibaru
😢😢😢😢 Allah akibal
Barakallahu fik sheikh, Aba basheikh bo muri RMC bicuze bakore tauba bagaruke kumurongo bitabaye ibyo azabakanira urubakwiye
Rasulullah swallallahu alaih wasallam yabwiye abaswahaba bati uwo Allah akunda amurinda shirki Allah komeza kuduha gushikam na imani yukuri ariyo tauhid
Asww allah arahambaye uwayobejwe nirari ryumutima we nawamugarura iyo nishetwani wamanutse mujuru wikiyoka kd njye mbihagazeho namaguru 2
Amatangazo sheikh uzabyire Hadji Ayareke dukurikirane inyigisho za sheikh
Amatangazo barayishyura muvandi
Asalam alaykum warahmatullah wabarakatuh, Ya Rabbi tuyobore munzira yawe
Inalilahi wa inna ilayhi raji'un
Inna Lillah wa inna ilayh raji'un
Inna lillahi wanna ilaihi radjiun ibi nibicyi koko Allah Akbar
Imana imbabarire ariko aba Sheikh namwe nukuri mubigiramo uruhare ese kk iyo umuntu abagannye ashakako mwa musomera iduwa mubyanga ngo paka amafaranga
Ruqiya nziza niyo umuntu yikoreye ubwo rero mukoze mutegereze abasheikh Kandi nawe wakwivura kubera Allah ugakira
Bambwirire, urazi ukuntu bakunda gushyira imbere cash!
Awudhubillah
Inalilah wainailaih radjiuna birababa kuba aba Islam tugezaha ariko jye sinabarenganya abiyambika umwambaro wabasheikh mubyabo Ninde wabwira abasheikh icumi bafite darisa ihoraho ni kumusigiti izo nizo ngaruka
Nizahoragaho barazihagaritse nubuyobozi bufitemo uruhare ijya kurisha ihera kurugo
Subhanallah Ese koko ababantu bazi ubuyislam icyaricyo?
Gusa uvuga aho ataragera ajye avuga make kuko nuhagera utazakorwa nisoni kubera ibyo watukanye!!!!uwaguha ububabare beneso bari bafite wabumva😢😢😢
Umurangi arakora bwana komeza utambutse ubutumwa bwiza bwa Malaika
Nukuri bebare abarangi
Innalilahi wa Inna ilaihi rajiuna
Nibyo sheikh Ally , ibyo byo kurwanya shirki , bid'ia bidakorwa baba bari mumatiku, ubujura, mugihe uma iri kurindagira
Ntawe uza mu Barangi yishimye rekada , aza ababaye akaruhurwa n'Abarangi mu humure rwose Barangi ntabwo Ali idini , none niba tubavurira abayoboke ahubwo mwagobye kudushima none se wagizengo umusonga wundi ukubuza gusinzira
Ntawanze kuba yashimira umuntu wa mufashije ariko munjye mufasha umuntu maze nawe abashimire ariko ntibyitwengo kugirango bagusomere iduwa ufite ikibazo bisaba aya kk aba kristu bagusengera kubuntu ubaha uko wifite rero namwe ni mutinye lmana nukuri mubikore basi kubera lmana aba Sheikh bari gutuma abantu banjya gusaba ubufasha mu tsengero kd dusaba ibyo mwakadukoreye namwe kk twizerako mubishoboye ariko hari bamwe muba Sheikh bagize ubumenyi bafite business nukuri mudufashe ibi ntibikwiye ngewe mbivuze kk byambayeho
Ndakumva nonese muvandimwe aho ujya ho bakuvuriraubuntu? Nonese ukekako upfiriye muri shiriki wasobanurira Allah ngo aba sheikh baguciye frw? Tinya Allah mubyuvuga
Ndumiwe
Abisiramu baje kwivuza ntabwo baretse idini , ntabwo uzabuza umuyoboke wawe kwivuza ntabwo uzaba umukunze . Abivuza mu Barangi nibenshi kandi banyuranye , ntabwo waba urwaye ngo ipfire m'urugo kandi hali ubuvuzi.
Ese niba uvugako abasiramu baje mubarangi batava mu idini kuberiki igitsina gore gikuramo ibitambaro?ese koko konumva ibintu byose muvangamo abamalaika nihehe umumalaika aza imbere y lmana?lmana ibanza imbere muribyose ibindi biremwa byose bikaza nyuma.ndababaye p😢
😭😭😭🙊
Sheikh uribasira imiryango abo ba islam bayobye baturukamo nkaho aribo babatumye. Ibuka ko inyuma za Allah zimwe zakomotse kubabyeyi babashirikina, babyaye abana bakanashaka abagore bakoraga amabi ariko sinibaza ko Nyagasani azababaza amakosa yabo. Abo barumuna babahadji bakomeye bavuge amazina kuko nabo ntibihishiriye hanyuma imiryango yabo uyisabire kwa Allah yoroherwe kuko nibo bambere bafite agahinda ko gupfusha umuvandimwe ugihagaze
Rero mureke kwitiranya ibyo mutazi ahubwo mujye kuri channel y, Ijwi rya, Abarangi tv mumenye imikorere yabo namwe nimuhura nuburwayi bwananiranye . Ntabwo basenga Abarangi bavuwe nabarangi
Noneho ikibi cyindi bakora ntibisitira ubwose Allah yagusitira ate imitima irarwaye si abasilamu gusa bajyayo kd birengagizako Allah yavuzeko yihagije abamalaika si abakozi b'Imana si abakobwa be cy abahungube ngo Malaika Imana irabakiza igihe kigeze bakabyitirira ibipfapfa ibibintu birahari kd turaziranye abajyayo 😢😢😢😢ntaho bataniye nabanyamiziki berura uwo bakorera ko ari satani Allah aturinde ingaruka zibikorwa turebera.
Laanatullah
Abobamenyi rero nibo banyirabayazana Bibi byose birimwidini ya Islam
Ibaze ko wamuryango witwa RMC uba wacecetse, shame on them!
Bari guhiga abasilamu biteje imbere ngo batware utwabo aho gushaka abagenda ngo babigishe ubuislam. Shame on them 😢
😂😅😅
Isi iri gushira
Kabisa ibyo nukuri ntibaramenya
😂😂😢😢
Khilafah is the answer
Ariko mbona hakwiye gushyirwaho ivuriro rya sharia rivuza abaislam inzara itarimo shiriki nkuko imana ivuga ko yashyize muri quran umuti wa buri ndwara, tukabona hari ivuriro rivuza quran, kubuza abantu ikintu nta n'umuti utanga mbona ari ukwirengagiza no kurenganya rimwe na rimwe rubanda batazi amategeko y'indini
Uzi ubuhambare bwa shirki ntiwatinyuka kuvuga ko barenganywa
Allah niwe uvura Kandi igihe ashakiye tugire kwihangana bayislam mu bigeragezo duhura nabyo niyo mpamvu Allah avugako Ari kumwe ni abihangana Kandi yadusezeranijeko azatugerageza kuri buri kimwe ngo arebe ukwihangana kwacu uzkurikirane kiswa ya nabi ayubu s.w
@@rwandainoman5425 ibyo uvuze nibyo gusa umenye ko nabii ayuub yari intumwa y'imana rero gufata intumwa y'imana ukayigereranya na rubanda rusanzwe mbona bidakwiye ahubwo kuki tudafata urugero ku muswahaba witwa amar bin yaasir ubwo yafatwaga agategekwa guhakana imana n'intumwa yayo akabikora yabaza intumwa y'imana s.a.w ikamubwira ko nta kibaz ibyo yakoze aribyo kuko ubuzima bwe bwari buri mu kaga ahubwo amubwira ko nibongera kumufata azakora nkibyo yakoze.
rero naba bavandimwe ibigeragezo bacyamo kand aba basheikh ntibagire icyo babafasha barangira bakirwa baza kubatesha agaciro babakura mu dini njye mbona ari ukwigiza nkana kuri rubanda rugufi rutize amategeko y'idini.
cyokoza kazi yupo rmc ikurikirana. ibirimo cash not kurokora aba Islam
Sheikh Allah agukubire kd akurinde Inda nini
Ntimugasebye ubuslam mwamihirimbiri mwe asiki Allah azabayobore kuko mwarindagiye peeeee
Abeshibakurikira agafaranga bariyabose ndabazi birirwa bashakisha abobajyanayo
Wibeshya reka ibinyoma
Abavuga ko basenga Abarangi bali kubeshya, nibamenye Abarangi nibande : Abarangi n'imbaraga z'Imana ziba mu bantu zigakorera mu bantu zikigaragaliza mu bantu zikavura indwara zananiranye
Sheikh Ibyo muri kuvanga ibintu ibyo niyamashyari yanyu aba mubanyarwanda none se bihuriya nidini ibi nurwango muba muzana mubantu abarangi sidini kandi ntaho bihuriye namadini mujye muvana urwango muba muvuga ibyo mutazi ,ibi bintu iyo mbibona biba biteye agahinda ariko aya madini mukangisha mwasenze Imana ibindi mugategereza ku munsi wanyuma.
Ibi nizereko ubivuze nkumuntu utari umu islamu.peee nakunva.ariko uramutse urumu islamu usabe imana imbabazi.kuko sheihk ntawe ya hamagariye urwango.
Shehe waratse gutuka ibyo utazi ahubwo nawe ukaza ugatabarwa.abatabawe na Barangi bari mumusigiti ko aribo benshi.abarangi nabavuzi ntabwo ari idini sobanukirwa kd ushime ko bavuwe batapfuye.
Bambwirire mama, hari igihe uzabona agukomangiye 😂😂😂
Batubwiraga ko hazabaho Idini rimwe none CZcams yarabikoze. Ubu Amadini yose yahurijwe ahantu hamwe: Kuri CZcams!
Utaranigwa agaramye ajyirango ijuru riri hafi. Mind your business,mbere yuko umwarabu ajyera murwanda harya ba sogokuru banyu bambazaga Imana gute? Ubwo noneho abakoze neza muri bo nta juru bazabona? Mubanze mutokore ibiri mumaso yanyu. Ikindi kandi gabanya imvugo ukoresha, mubanze mutunganye RMC
Wamu shehe we nta hikma ufite. Gute icyaha cyundi ukigereka kuri mwene se? Umjntu ko azibarizwa icyaha cye kuki ushaka kwagiza izina ryumuntu. Ubwo wowe uwazenguruka umuryango wawe nta nyabingi yasangamo?!
Umwiza imbere ya Allah ni wawundi mwiza ku muryango kuki duharanira kuzamura amazina yacu umwanya wo kuzamura no kurinda izini rya Allah umuremyi wacu mutinye IMANA ntacyo umuntu aricyo uretse ko Ari ikiremwa cyi IMANA ibintu bya amazina twihaye bizadukoraho😢😢😢
😭😭😭😭 ya ALLAH hamwe nabemera ALLAH byukuri turagusaba iherezo ryiza ( nubona ubuzim bwacu bugiy kuzamo kukubangikany uzadutwar tutaratezuka kumurongo wae aaamina ya ALLAH 🤲🥺 )
Asww allah arahambaye uwayobejwe nirari ryumutima we nawamugarura iyo nishetwani wamanutse mujuru wikiyoka kd njye mbihagazeho namaguru 2
Kabisa ibyo nukuri ntibaramenya