SHEIKH AVUZE MARIYA NA YEZU CHITA ARIKANGA😳AHISHUYE IBINTU BIKOMEYE ABANTU BATAZI😢NTIMUCIKWEEE
Vložit
- čas přidán 3. 03. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250739200401 ushobora ndetse no kuduha inyunganizi
#chitamagicTV #juliuschita - Zábava
Numero ya SHEIKH ASHRAF: +250788224751
Asalamw warahmatullah wabarakatuh
Asante
Muzatumire padiri aganire na shehe
Allah abongerere Abayislam dukomere kukwemera kwacu ❤ uwupinga Islam ni uwutayisobanukiwe kdi ntiwanaburenganyiriza , Islam for life ❤❤❤
Takbir Allah u Akbar takbir Allah u Akbar
Love from Burundi sinababwir uburyo nkunda ibiganiro Chitta akorana na Ashraf sheikh nukuri Imana irye ibampera umugisha Chitta disi ntaryabaza kuruhande rwe gusa abariza n'aba Islam so,Sheikh Allah akwishimire kukuntu ugerageza kuduhako kurubwobumenyi yaguhaye azaguhe Jannatul Fildaus
Naho woba uri ikijuju kingana gute! Wotahura ko Imana itavyara,irarema gusa
Nuko wabihishwe nigute se itabyara kandi ishobora byose? ubwo kubyara niba itabishoboye ishibora byose se?
Islamu irasobanutse keretse Abantu nibo bakomeza kwifungirana ntibayisobanukirwe ku bwende ariko ushyize mu bwenge wese akabukoresha neza yakumva ko IMANA ARI IMWE RUKUMBI IKWIYE GUSENGWA KUBW'UHAMBARE BWA YO MU KUREMA!
IMANA NTIYABYAYE NTI YABYAWE NTIGIRA N'ICYO BASA NA CYO!
IKIRENZE KURI ICYO NUKO IMANA IDAPFA KUKO SI UMUNTU KANDI IRIHAGIJE NTA MU FASHA CYANGWA UMUJYANAMA IGIRA.
❤❤❤❤❤ ISLAMU
Reka ye!!!
Uwikuza wese azacishwa bugufi❤
@@GL.202 ntawundi wo gukuzwa usibye Allah
Allah atworoherereze Kübyo dukora tutazi gs turasobanukiwe kurushaho ibi biganiro ningenzi Allah abinshimire 🙏
Uwomu sheikh turitiranwa ,ndamwemera cyane
Muzazane Shehe na Pastor Antoine Rutayisire !
Ikiganiro nicyiza cyane gituma abantu benshi bakanguka bakamenya ibyo babamo
Uwo mushehe
Twifuza yuko wazamuhuza
Pastor antwane rutayisire
Cyangwa pastor habyarimana desire cyangwa pastor senga
Cyangwa wa mushehe wavuye muri isilmu akaba umukristo,
Ngewe ndakwinginze nubikora
Bizahindura ubugingo bwabenshi kuba bushya
Ngutumye mwizina rya benshi
Urakozecyane turakwemera
Ikindi uzambarize impamvu usanga abana babo batabemerera kuba bashakana
Na bakristo kuki batareka ngo urukundo rukore ugasanga idini niryo bagenderaho gushaka binyuru murukundo cyangwa nidini
Roma=Makka
Roma+Makka=Iyozabwonko, ubucakara
Umunyarwanda yahoranye Imana mbere y'uko abo bose baza...Kandi iyo Mana izahoraho
Ibi biganiro ni sawa cyane.mukomerezeho.amahoro Y Imana abane namwe.
Ndyohewe niki kiganiro Allah aduhe ubushobozi bwo kuzagera kubutaka butagatifu in shaa Allah
Allahum'ameen🤲
Asalam alaikum warhamaturullah ya sheikh,bahwiture,bahwiture Allah akwishimire ❤
Ma' sha'ALLAH urasobanutse cyane sheikh wacu
Assalam Alaykum Warahmatullah Wabarakatuh,
Wilson Chita na Sheikh mwese Imana ibazigame.
Allah barik jamia
Aaww.ndabakunda mwese.Allah abajye imbere
Sheikh Allah azabigushyirire kumunzani wibyiza amiina
Ntacyo bazitwaza abazava murububuzima bakiri mubuhakanyi Allah azabiturinde amiina
Shukran Sheikh komeza uhatubere👍
Sheikh courage knd Chita nawe Allah akorohereze uzabe umusilm
Asalam alaikum warhamaturllah wabarakatuh,urumuhanga sheikh, Allah akomeze akongerere ubumenyi
Uyumugabo ni umwarimu mwiza pe👏👏Allah bless him 🙏
Chita uzomugarukane kabisa❤🇧🇮🇧🇮
Manshallah, sheikh ashrafu murakoze
Assalam alaikum warah'matullah wabarakatuh yaa SHEIKH
❤❤❤❤ Sheikh brakallam fikumu
Nimba Yesu ubwe yarivugiyeko ari umwe nase ibyo mubihuzamute noguhakanako Yesu Kristo atari Imana
Shukran yaa sheikh❤🇧🇮
Mashaallah shehk Allah azaguhembe ibyiza
shukran
Shukran ya sheikh
Shukran
Gusa abayisilamu ntibakanabarenganye kuko mwebwe mwivugira Yesu wabyawe na Mariya na Yoseph abakristo twe tuvuga Yesu wabyawe nisugi Mariya kubwo imbaraga z'Imana zamumanukiyemo bigatuma ijambo ry'Imana ryambara umubiri uwavutae akitwa umwana w'Imana urumvako rwose bajye babumva Yesu muvuga nuwo mwihimbiye ntagitangaza kirimo
Naho kuvuga amahoro rwose uretse Imana yabaye umuntu ntahandi mwakura ayo mahoro
ManshaAllah
Manshallah ❤❤❤❤❤
Asaalam alaykum walahmatullah wabarakatu nukuri icyicyiganiro charity cyiryoshye numvaga cyakomeza
Imana irarema ntibyara
Habyarwa uwaremwe mvndi
Thanks
Turagusabye uzadutumirire sheikh umuhuze na RUTANGA RWAMABOKO tuzabikunda cyane please
Uzatumire Pr Peter Musisi
Shukuran yasheh ndagukund❤❤❤
Shukuran yaa sheikh
Amiina yarabilaamin
Manshaallah
Chehe urakoze
MashaAllah
Ese impaka zabanyamadini zimaririki abemerako Imana iriho mwidusubiza inyuma mushaka abayoboke musome matayo 23:15.....
Ubwo nawe ngobuvuze ukuri
Yesu Kristo yari umuntu kandi yari Imana ibyo nibyo bicanga abantu si aba abisilamu gusa nabakristo benshi biragora kubyumva
Ndasha kuzabaza umuyisilamu wazamfasha wenda muri Cora'n
Ninde muhanuzi wavuze utya
👉Yh 14:6
[6]Yesu aramubwira ati “Ni jye nzira n'ukuri n'ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye.
Jesus saith unto him, I am the way, the truth, and the life: no man cometh unto the Father, but by me.
Shukuran y'sheikh
Thanks chita
Byose ikinyoma gushoberwa gutinya gupfa kumva harigihe umuntu azazuka nyuma gupfa u
Muntu atinya ibibi ariko akabigirira abandi
"Ntawujya kwa Data ntamujyanye" Icyampa Yesu akabihishurira
Uzabaze neza usobanukirwe natwe twenera yesu cyane ariko si Imana ariko intumwa
Uzasenge Imana imwe rukumbi nkuko Yesu yasengaga,ukurikize ibyo yakwigishije ntukurikire iby'Abamubeshyera ibyo atavuze urebe ko utazajya mw'Ijuru!
Nicyo uwo murongo uvuze!
Imana ni imwe!!
Ese mujya mwiga ibitabo bivuge inamo yagakiza
Nyine nitwumva ubyo Imana yamuhaye NGO aduhe tukabyubahiriza niyo nzira izatugeza ku Imana ariko uzumva inyigisho ntazubahieize azajya mumuriro
Good
❤❤❤❤❤❤
❤❤❤
❤❤❤❤
Ibyo muvuga byose bavandimwe,byaba ibyo mwemera cg mutemera,idini ry'umuntu n'ubumuntu yifitemo bujyanye nicyo Imana idusaba
Wowe urakoze cyaneee nduhuke imyemerere , bariya barayobye barimo kwamamaza ibyo hanze. Abarabu bari muri business naho abandi barahobagiye
@@GasabocyaneeNiko ubyumva. Umenya ko warotaga iyo ukangutse. Iyo Utari wakanguka uba Uzi ko ibyo urimo Ari ukuri. Nawe rero umeze nkurota. Imana izagukangure urebe ukuri nyako😊😊😊.
Niko urwego ryubumenyi bwawe bungana. Jya usaba Imana ugira uti: Mana mpa kumenya ukuri no kugukurikira.
❤❤
@@GasabocyaneeHahobagiye wowe wakurikiye aba Islael batanakuzi.
Mariya n'agakino abagabo bakoze kugira NGO abagore nabo bayoboke...byaranakoze
Abagore nibo ntama nyinshi
👏
😢
Kuk'ibiciro bitandukanye hagati yahidja na umura kd arihamwe?
Nyagasani ajye ahora aborohereza kbx
Shekhe nemera uko usobanurira abantu
Uzamumbarize impamvu basabira imigisha umuntu wapfuye? Iyo migisha izamumarira iki ko ahubwo abantu bazima aribo bakeneye imigisha??!!
Kbx chita ,urimukazi
Ndifuza guhura nuwomugabo mwigishe ibitabo dusome ibitabo
Ibaze ayo mafranga yose NGO yokujya gusura Mekka😮😮😮anyibukije Gitwaza nawe avuga NGO abantu bazejye gusura i Yeluzamu(amafranga yavugaga) bagomba gutanga nayo ninkyayo😮😮😮😢😢😢
Umwirabura rwose aracyari mw'icuraburindi😢😢😢.
Ibyo byose ni business yinjiriza ibyo bihugu...naho umwirabura ngo ari kujya gushaka Imana kandi agasiga abaturanyi badashobora no kubona ayo kujya kwivuza...
Ba Gakara dukomeje kwiyanga
Mutagatifu NZABANDORA
Chita magic wazazanye dj marnaud
Chitra arashaka gusaba ipirawo in advance wallah ,humura bazagutumira bro Kandi nanjye uzanyitwaze .😂😂😂😂😂😂😂
Uzamutumire asobanure : tawuhidi
Chita azaba umu.lslam ndavyizeye niyamenyukuri.
Iyo migenzo no kwambara neza no kwigaragaza neza ntacyo bivuze utarizeye christo kuko niwe wenyine wo kwizerwa
Chita uzamugarure kuko Islam (Qoran) isobanura cg ikamuvuga kuri Mariya cyanee kuruta Bible
Sheikh yasoma kbs niyubahwe
Chita😂😂❤😂
Uzoze kudusura Riyadh
None se umuntu avuye nka Canada agezeyo yakwishura Kandi muzaba mwahuriyeyo.kuberako uba wishyuye ticket?
Mukomeze ibibiganiro
Uzamugarure avuge kuri yesu na Mariamu nagaciro bafite muri Islam
Saudi Arabia, bemereye umugore ko ashobora gutwara imodoka mu 2018😮😮😮😮😮ibaze iyo mico😮
Tandukanya umuco ni dini
@@uwasesifa7563
Erega dufite amakuru, mwe birabura, sinzi impamvu mukomeza gusinzira😮😮😮😢😢😢❤
@@AnnikaNiyoyita uzibereho namakuru yawe
@@uwasesifa7563
Ahubwo byaragutunguye Kuko ntabyo wari uzi.......
@@AnnikaNiyoyita ntabimenya se urabona ndi injiji nkawe utaziko buri gihugu kigira umuco wacyo
Nagaruke vuba atubwire ukuntu maria yarezwe nka mom wanjye
Kuvugako imana yigize umuntu nicyo kibazo
Chita ukuntu uprononc neza wagirango uzi icyarabu😅
😁 NI GAHUNDA
@@CHiTAMAGIC7
Komera Julius...iki kiganiro nkibonye...namaze kureba icyo mwakoze vuba wowe, na Gafaranga na Mubarak...
None menya nzakireba ejo... Umutwe wandiye...nandiste comments nyinshi kwa Gafaranga 🎉😂❤
Peace and love Chita... Nzakireba ejo🎉🎉🎉 nanyweye amazi😅😅😂
Niba Yesu yarivugiyeko ibyo avuga aribyo yumvanye se wo mwijuru wowe urinde wo kubihakana.Imana ntibyara nk'umuntu ndabyemera 100% ariko ibyarisha ijambo ryayo kandi ikaremesha ijambo ryayo.
Ibuye ry'umukara ryaturuste mw'ijuru 😂😂😂😂😂😂😂🎉😮😮...
Amadini n'Iyobokamana koko,... ijambo ubwaryo!
(Inshinga KUYOBOKA)
Dusome muri:
Yohana 8:32
Yohana 10:16
Abayisilamu bagira udukoryo ngo usengeye i Maka ISENGESHO RIGIRA IMIGISHA myinshi???? ninkibyacu mu gatorika biga indurgensiya
isengesho se Imana aho ariho hose ntiryumva?
Nicyo cyo nyine wumvise ukuri kuraryana
😅😅😅😅😅😅😅😅😂😂😂😂❤
Umukoloni ni umwe...nyine uje mugihugu cyabo ubinjirize inoti code yabo ivuga ko usengeye yo aho hose yaba mubarabu canke ivaticani iryo sengesho rizaba ridasanzwe....naho batubaniye natwe turemera...mbe muri afrika ko ntagace nakamwe kanditse murizo bible canke corowani kaba karagizwe gatakatifu.? Umukoloni yaraduhamije
Ubwo Adam yaramaze gukora icyaha akica itungo nkugitambo yerenswe yesu ukuntu azapfa kubera icyaha cye ahita atangira kubara imyaka asubira inyuma udafite yesu muri wowe nta mana ubufite muri wowe "Imana Imana mwana Imana mwuka wera" ubu butatu buruzuzanya"
Uzatubarize shehe uti kuki iyo iyo ushaka kwirukana imyuka mibi uvuga izina rya YESU? Kuki imyuka mibi itinya izina rya YESU apana irya MUHAMADI.
Vyose ni IBIYOVYABWENGE😂😂
😂😂😂 😂
Sheikh gumana muhamadi wawe na quran yawe, nanjye nsigarane Yesu na bible yanjye ubundi ifirimbi izaba iyanyuma .
😂
Uravuga neza muvandimwe.
Ark haribyo utarasobanukirwa ibyo kuba Yezu Ari umwana w'Imana si idini runaka ryabishyizeho ahubwo ni Imana ubwayo yabivuze kd aka Imana Yohani 1;1
Ibyerekeranye ni ikuzwa rya Yezu naryo nabyo Reba aba filipi 2;5_11 hari nahandi henshi byanditse muri Bibiliya so ntabwo Yezu Ari umuntu nka Mohammad cg indi indi ntumwa y'Imana
Bibilia ubwayo irivuguruza cyane, gabanya amarangamutima yawe, emera ko yesu ari intumwa, Imana nimwe isumba byose itagereranywa nicyaricyo cyose cg c uwariwewese. Icyaha gikomeye nukubangikanya Imana.
Yezu ni umwana w'Imana! hanyuma c ye umuntu abyara umuntu,itungo rikabyara itungo,inyamanswa ikabyara inyamanswa,hanyuma c byose si Imana yabigennye ityo?? Hanyuma niba Imana yarabigennye ityo Imana yo ntiyabyaye Imana?? Bibiliya ntabwo yivuguruza uretse kubayisobanukirwa nabi.
@@mutuyimanamsolange1751 gabanya amarangamutima, Uri mubuyobe bukomeye cyane kuvugako Imana ibyara nukuyibangikanya, icyaha gikomeye kurusha ibindi byose nukugereranya Imana nikindi Kintu cyaricyocyose. Ihane
Umwana wumwami ABA umwami iyo umwami yatanze kndi imana ntiramfa kndi remember bible iriviguruza cyne ikindi umwana ntago yabyara se
Imana namwana igira kuko Imana nibyara Irarema
Islam ifite abagabo babahanga naho muri za Adpr bafite ababwirazabutumwa babagore
Uyu m ujaama shehe afite sotories nyinshi ngo ba bishop bicaranye ukwezi na Mohamed
Yewe musilamu ukennye we ihangane ndumva ijuru rizakugora kubwo kubura ubushobozi bukora umugenzo uyu n'uyu. Shimwa Yesu utaradusabye ibya mirenge ngo twinjire ahera kdi ibyaha byacu ukabihanaguza amaraso yawe nta kiguzi uduciye.
Hhhhhh rizamugora x niwowe ugena abinjira mwijuru uri njiji pe😮😮😮
Allah est le Dieu des arabes qui ne comprent que arabe...
Ubundi banza umenyeko Allah bisobanuye Imana kandi Imana ntabwo yumva icyarabu gusa yumva indimi zose.
@@semuganzabicusulaiman2353
Hhhhhhhh Niko gakara yabaye, umwirabura akomeje kuba mw'icuraburindi koko
@@semuganzabicusulaiman2353
Kuki se bigomba kuki bigomba kuba mu cyarabu gusa!!!??bitandukaniye na Misa basomaga mu ikilatini gusa mbere y'19600!!! Abapadiri b'abadage batarasemura Bible mu kidage,... nyuma zikazaza kuzasemurwa mu zindi ndimi!!!
Imera ibyawe, nanjye ngumane ibyanjye...
UBUNDI NGUTUYE INDIRIMBO YITWA "SOGOKURU YA MASABO NYANGEZI"... AMAHORO 🕊️ PEACE 🙏🏾 AND LOVE
@@AnnikaNiyoyita komeza ube mwiryo cyuraburindi wenyine ariko abasilamu ntabwo ariko bimeze kuko aba christu murintumva cyane kandi muzira kutamenya nakikmwe kuko pastor yigisha mutabaza.
Umuntu washyizeho amahame ya Islam yayashize yitaye kubukungu bwa Arabia saudite urumva abantu bose bajyayo bakishyura,ngo gusengerayo biruta gusengera ahandi incuro 100 ubukoloni sha🤣
Ayo mafaranga Ni tickets nago kurya
Shekh wibagiwe kubasobanulira ko I Mekka Ariho hari ruriya rusengero (Masdjidi)rwubatswe nintumwa Abraham numuhungu we Ismail Allah abishimire ariho Allah yamanuriye ririya buye ryirabura rivuye mwijuru abategeka ko Ariho bubaka ruriya rusengero (Masdjidi) ruri Mekka kugeza ubu hakaba hari nikimenyetso cyibirenge bya Abraham aho yahagararaga arwubaka Ariho Bita Makama Ibrahim bisobanura urugo rwa Abraham baraha zengurushije akazitiro Ariko kitwa Makama Ibrahim.ibitangaza by'Allah nimumucanga ariko ntihasibangana Allahu Akbar!