Bibiliya Yesaya 9:5 ni umurongo abenshi bibazaho cyane ugatera urujijo ese koko ukuri kwawo nukuhe?
Vložit
- čas přidán 7. 09. 2022
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV
Yesu yaravuze ngo: HAHIRWA UWO IBYANJYE BITAZAGUSHA
Cheikhe Allah ajyabishimira kdi azabahe iherezo ryiza ntacyo mudakora ngo mujijure abakiri mubuyobe arko twetwemerako kuyobora arukwa Allah kuko ibyanyu mubamwabikoze nabonako harabumumaro barimo azabayobora in shaa Allah
Urakoze kumasomo mubigishe bamenye ko imana itabyaye
Muri macye
Atwereke ibyo yesaya yahanuye ku mwana
1. Azitwa Emanuel
2. Imana ikomeye
3. Umujyanama
4. Ubutware kuzaba kubitugu bye (aha yavuze ko ubutware ari ukujyana abantu mwijuru)
5. Imana ikomeye
Sege agende yerekana buri ngingo yasaya yavuze
Yerekana aho byabereye kuri Hezekia
Ndabaramukije amahoro y IMANA abane namwe kandi tubashimira kunyigisho muduha mubandanye muhezagigwa hama ndashaka kumenya inkomoko yu bwisilama aho buzana nasabako icokiganiro mwokitugezaho mwoba mukoze
Yesu haraho yivugiye ATI nahawe ubutware bwo mw'isi no mw'Ijuru
Urumva yahawe ntiyihaye👈 nibintu bibiri bidasa mwenewa bisobanura hariho uwamuhaye ???
Alhamdulillah ibisobanuro birumvikana
Yesu Afite ububasha bwokutujyana mwijuru
Duhe umurongo ubivunga kugira ngo dutahukigwe neza 👈
Egooo murangyohera cane barimu beza Allah abahibihembo kwisi nomwijuru na twese in sha Allah
Muri akumiro. Mujye mwivugira ibyanyu, ibya Bibiliya mubyihorere. Ntimushaka kubyumva. Ubwo ntimubishoboye
S w w ,shekhe kamana urigisha byukuri, umuntu bikamucengera mumutima, Allah azaguhe ijuru ,ukoresha imirongo yemeza ukuri kwanyako, izaguhe kuramba mwisi urigukorera Imana byukuri
Alhamdulillah! Allah abashigikire
Imana ibongerere ubumenyi bwokugira ibyo musonura kubw'Imana harabo byagirira akamaro
Ndakuramukije jewe ndi umurundi nagukurikiranye kenshi wewe nta vyimpwemu ushobora kuvuga kuko ntagakiza ufe muriwewe reka kwigira umunyabwenge kuko warazimiye nta niguro yivya Yesu ushoboye ahubwo nutakizwa uzobona ubukuru bwa Yesu kuko Yesu ntawe Uzi rekangufashe1kor2:14ntiwemera ivyimpwemu kuko wigira umunyabwenge w ivyanditswe ariko urumwansi wumusaraba1yoh5:5soma ayamajambo
Assallam alaikum warahmatullahi wabarakatuh jazakalahu khail
Asante papa🇧🇮
Ubi Imana yabihishe abanyabwenge bo mwisi ibuhishurira abaswa kugirango hatagira uwirata ubwenge bwabo,so nkunze ko ibyubuhanuzi,ibisobanura nk,iby,umwuka
Allah akomeze akubungabunge sseg Kandi azaguhe iherezo ryiza
Assalaamu alaykum, Hajj Seg Nyagasani azaguhe iherezo ryiza
Nimugire n'icyo mutubwira ku dutsiko twanyu dutandukanye: Karidjisme, Sunnisme, Chiisme, Ibadisme, .. .
Ikindi: mukunda kuvuga Bibiliya. Niba muyemera, nimuyiyoboke. Kuki muyiyegamiza, ntimuyiyoboke. Njye sinemera Coran, ni na yo mpamvu mu byo nemera cg nakwigisha, Coran ntabwo nayitangaho urugero. Nimwemere Bibiliya, njye sinemera Coran
Mashallah
Manshallah Allah abahe ibyiza na jannah firdous
Mujye mubeshyanya kuri korowani bibiliya muyiturecyere rwose bavandimwe bacu
Oya Allah azakugirire impuhwe nawe ube umuslam kandi Kuba ubukurikirana nibyiza kuko arashaka kumenya ukuri inshallah bizaza
allah wa korowani siyo Mana yo muri Bibiliya kandi YESU siwe issa wa korowani.
Ubwo rero ukaba utanze igitekerezo. Harya buriya umukristo wo muri Egypt, nawe yavuga nk'ibi wanditse?
Mujye musoma neza musobanukirwe ntimukagendere mu kigare.
As ww kbx Seguin unasema kweli
Aslam alaikum w w sheikh buriya ayamagambo yamatayo na ruka ...sitwavugako ari ( Rawahu)nkuko mumvugo yintumwa muhammad (Swa)abakiriye imvugoye Tubita Rawahu
Ariko ubwo mwaje gukubagana hano mubeshya ,muziko nsigaye mbakurikira nkatangazwa nabantu muyobya ngo murasobanura bibiliya !!!! Nkiryo jambo yesaya 9:5 mudhatse kuvuga ko uyu atari yesu waruri guhanurwa uzavuka ??? Plz musomere muri context mureka kiyobya Inyokomuntu
Assalaam alaykum warahmatullahi wabarakatuh
Nakomeze icyo gice muri Luka 1:30-38 areke ubuyobe
Muzi kubeshya kbsa ubuse usobanuye iki?Soma
Monsieur Segin professeur wacu wa francais kwa hadji twamukundaga kubi
Matayo. 14:1
Ark sheikh mwazaduhaye nimero ya segg
Dico kibazo bakubajije. Bakubajije Nina Yesaya 9:5 ivuga kuri Yesu wewe uri gusubiza Ku bu Mana bwa Yesu
allah wa islam ntabyara ariko twe aba Kristo Imana yacu irabyara, urumva ko Imana dusenga ziratandukanye.
Hhhhhhh reka ubujiji iyo mana yaba kristo ibyarana nande se?
@@gashugi3271 Imana y'abaKristo ishoborabyose mubumana bwayo, naho allah niba ari ingumba ntabwo mwabituziza!!
allah ni ikigirwamana cy'imaka niyo mpamvu islam basenga berekeye imaka naho Imana aba Kristo dusenga iba mu ijuru
Wimugora Imana yabo ntaho itaniye nabo namatungo yabo kuko bose barabyara kdi babaye ubwo rero ntushobora kubumvishako Imana yacu ntaho ihuriye niyo bita iyabo mwebwe iyanyu nibyare yororoke
None uwo mwana ninde wavugwaga muri Yesaya 9:5 uwo Data wa twese Imana ikomeye ko mutamutubwiye
Uwo mwana abagatorika nibo baje guhindura amajambo bongerayandi mukuyobeshabantu nomukubankisha yesu bemere ivyobo bigishije ku nguvu nububeshi barahindaguy amajambo y'Imana
Mwazadusabiye El hadji Kamana Soulaiman akaduha giterane yinjiriyemo idini cyangwa niba bitakunda akazaduha full story ye murugendo rwe rwokuba umuyislam?
Ibi Hajj yarabivuze. Ikiganiro kiri kuri Dawa TV
Ukuli kuraryana,nimwihangane. Segue courrage.babwire basobanikirwe
suzume neza uyo murongo mwasomye siko uvuga uvuga ibindi
Ubusobanura utanga burabogamye uragendera kubyo wemera ariko ibyo wemera byose si ukuri, natwe dufite version yacu ntago ibyo uvuga aribyo tugenderaho
Wowe uzarimbuka ujye gehinomu.
Azarimburwa ninyandiko arimo gusoma ubwose abasoma bibiriya bazarimbuka binganicyi?
@@salumkagame509 gusobanura Bibiliya uko wishakiye nacyo ni icyaha no kuvana abantu kuri Kristo ubajyana kuri allah ikigirwamana cy'imaka nacyo ni icyaha muzahanirwa ubwo Kristo azarobanura intama mu ihene.
LUKA 13-25-26-27-28:Nyir'inzu namara guhaguruka agakinga irugi namwe mugatangira kurukomangaho muhagaze hanze muvuga muti'Mwami ' dukingurire ;azabasubiza ati; Simbazi sinzi naho muturutse ,
Ese nibande yesu aba abwira ayo magambo?
Simwe muvuga ngo Yesu Mwami?
Erega ntahangana riba ririmo gusa reka tuge dutega amatwi twumve kd twirinde kuvuga nabi rwose kuko tuba twigisha ijambo ry'Imana
Imana ikorohereze muvandi kubwo guca urubanza kumugaragu wayo
Icyo kigirwa Mana c warakibonye muvandi?
Nyagasani akojyerere ibyiza
Wagirango urintumwa sheet ! Cor an na bibiriya mumutwe udasomye, njyendumva ijuru uririmo, uramenye ijuru ntuzariburemo
Ariko disi ibi erega ntimwabihawe birenze u wenge bwanyu
Yesaya 8:3 haraho ihuriye na yesaya 9:5
Azitwa ni present cyangwa ni future umuntu asobanura bikurikiranye namaranga mutima yee
Usobanura Bibiliya nkusobanura ikinyamakuru? Wagiye wicecekera ukamenya korowani ko ariyo wemera?
Nakubwirango imvugo ya Bibiliya ntayo uzi jya wicecekera sheh
We niwe atayizi wahinduriwe ubwenge bwidini nabagatorika bakakwitikijuju ukaguma ubakurikira mukwamamazububwshi nkubwabo yesu numwisiramu
Yoooo! Kamana rwose iyo nkwitegereje urambabaza ukuntu ugira umuhate w'ubusa, uvunikira idini itazakujyeza mu ijuru
Idini ijyana abantu mu Ijuru se ni iyihe boss?
@@inyurabwengetv4619 idini ijyana abantu mu ijuru ni ukwemera ko Kristo yadupfiriye kumusaraba kandi ukizera ko YESU KRISTO ari Umwana w'Imana kandi ko Uwo Mwana ninawe utanga ubugingo buhoraho, udafite uwo mwana ntabwo afite, iryo nibanga mutarasobanukirwa.
Imana ntibyara kd ntiyabyawe kd ntanicyo isa nacyo mbega wowe ushaka kumvisha abanyu bawe ko Imana yanyu ari umugabo??
Yesu ko yasiramuwe ubwo ushaka kimvisha abantu bawe ko basiramuraga Imana kirya gihe?
Allah azabstere inkunga kuko muraremerewe cyane
@@dusangedjarudi2820 icyo nakubwira nuko Imana yacu irabyara ariko allah ikigirwamana cy'imaka ntikibyara ntitumuzi ntidukeneye no kumumenya
@@dusangedjarudi2820 icyo nakubwira nuko Imana yacu irabyara ariko allah ikigirwamana cy'imaka ntikibyara ntitumuzi ntidukeneye no kumumenya
Asalamalaikum warahmatullah wabarakatuh nagirango Mbaze Kumurungo Muri Koaran Ntibuka neza Gusa Uvuga kubijyana Nokuba Muhammad sww Ko ashobora kuba Atazi aho ajya! Nabamukuricyiye, mwawudusobanurira Inshallah! Kubwubumenyi bucue! Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuh
Walikum salaam MUHAMMAD S.A.W NINTUMWA NKIZONDI IKONGERA IGASIZERA INTUMWA NTANTUMWA NIMWE IVUGA IBIJANYE NIJURU KUBWENGE BWAYO IRINDIRA IMANA ITANGE AMASEZERANO IKARINDIRINYISHU IVUTE KWA ALLAH KUKU MUHAMMAD S.A.W NA MUSA ABOBATANGA COKIMWE UBURUMWA BWABO BURASA IMANA INYUMA YIVYO YAVUZE YARAMWISHUYE KO ABEMERA BAKANAGUKURIKIRA UMUGORE NUMUGABO BABISIRAMU (WEMA) BAZAJAMWIJURU BANEREZWEMWO INTIMWA NCUTI NTIVUMBURA IBINTU MUMUTWE IRINDIRINYISHU NKAKURYA KWA MUSA NIKOYISHURWA S.A.W
Yesu ni ikimenyetso kigibwaho impaka niyo mpamvu islam ibya YESU KRISTO bibacanga bagasobanura Bibiliya nkabasobanura Ikinyamakuru, muzashake abayislam bahinduye bakajya kuri Kristo bazakubwira ko Yesu yabagendereye akabategeka kuva muri islam kuko batamwemera nk'umukiza w'isi yose
Ikibazo mugira Nuko ubwanyu bibiriya mutayisobanukiwe mukuri knd mwitwa ko muyisoma, mureke rero tuyibasobanurire mubashe gusobanukira.
Nigute wasobanura igitabo utemera?
Aba islam, ibintu vyabi biravuritse. I Manuel risugura ngo IMANA irikumwe natwe. Ivyo ngira birumvikana ko kugira IMANA yiyereke abantu IMANA yategerezwa kwigira umuntu hanyuma akaja mu bantu. Mwsbagabo mwe ntimusubire kubesha abantu. Nico gituma, IMANA kubera yera yashimye guca mumukobwa atigeze akora icaha, ariwe Mariam. Hanyuma emanuel( IMANA,) iratuvukira
None ko aba islam bemera ko yesaya ari umuhanuzi, ubu rero ko yabuze ivya YESU ntskubayebimuhanuzi ko bemera ivyo matayo yanditse atari umuhanuzi ,? Muragabe bana ba YESU ntimururwemwo ngo muhendwe
Faux snalyse shehk iyo analyse yawe niyuguhuvya abantu ncuti yumwami YESU
Shehk erega, ngira whmvise ko YESU ari IMANA yigize UMUNTU, ariko YESU mukuru ariwe se wiwe ari mwijuru. Nico gituma YESU atigeze yishira hejuru. Ariko YESU yavuga kohamwe na se mwo mwijuru ari bamwe . Atatsndukaniro hagati ya se nawe. Nicogituma IMANA yavuga ngo" nguyu umwana wanje nkunda cane mumwubahe utazomwubaha azoba atubashe se wiwe wo mwijuru. Mwabagabo mwe mutisubiyeko ntimuze mugire ngo sinababwiye. YESU sbshezagire. Numumukureko icocubahiro kandi ari se wiwe wo mwijuru yarimuhaye
Yeah justement igihe YESU yigisha ntamuntu yarazi kwandika. Abanditse bose barshimetswe n' IMANA
Nukuvuga Mathieu marc luc et jean, barabaye inspire par DIEU
Intambara yamadini numwanda kwerekana ko amadini yanyu ariyo ari mukuri urusengero numutima ibindi nubusa nukurushywa nubusa nkabasambanyi ba kapote.
Mfite ibibazo.
Sege avuze ko umwana ari Hezekiya.
1. Ko yavuze ko ubutware ari ugutwara mwijuru, yatwereka aho hezekia atwara abantu mwijuru.?
2. Yatwereka inyandiko ivuga ko hezekia ari Imana ikomeye nkuko yasaye yabivuze?
3. Yatwereka inyandiko ivuga ko hezekia ari umujyanama?
Akoreshe inyandiko apana kuvuga gusa.
Mugabo aba islamu kl sinzi nn kuki mutabandany ngo musome ivyanditswe vyose kuk nkaho mwagejej kur5 soma mugez no7
Islam muri indyarya mwigira intama nyamara imitima yanyu ari amasega aryana
Ubuse uyu arasobanura bible ibyumwuka ko bisobanuzwa umwuka koko ukaba nta mwuka wa Christo uravuga ibyutazi koko??
Hhhhhh reka ubujiji umwuka😅😅😅😅😅
Ahubwowo yesu numwisiramu nabiwabobose wewe niwe utazi ivyumwuka kuko nturasobanukirwa none burya ntimuzamwibaza munarabishe amaso yanyu ko yesu arumuntu yabayeho kandi arumwisiramu we na MUHAMMAD S.A.W NINCUTI ZAMARASO SEKURUWABO NI ABURAHAMU NTASONI KUBAMUGENDA MURABESHA ABANTU
Ahubwose arigusobanuza iki? Sumwuka arigukoresha atariwo ntiyabasha kivuga iyomyuka yindi muri Islam ntayibamo kko ntabidasobanutse twe tugira ukeneye gusobanukirwa Cor an irahari ngo imubere igisobanuro kimugeza ku Imana
@@uzamukundaamina3397 hhhh ati sumwuka ariko disi ntawakurenganya kuko ibyuvuga utabizi
Nange ndi umuchristu ariko sheh arazavuga true bro
Yabyaye Impanga zidahuje ba se ku itariki imwe😳😳🤦🤦
czcams.com/video/053t-4y66Kc/video.html
Umwami YASU umwami wabami tureke abo bamusuzugura, tubihoze bivugire ivyo bashaka,ariko umusi umwe, ko twama tuvuga ntibumve, ntihagire ngo yarabacitse,!
Ariko ngomba ico nibariza abo ba islam,kandi banyishure kuri commentaires kugira twese fusubire tubibone ivyo batwishuye. Nikuki aba islam, iyo hari umu islam abavuyemwo,bamuhiga ngo bamwica ?
Icakabiri, nikuki aba islam iyo bagiye kwica biyanbika ama bombes, iyo bishe bnuwufise iyo bombe bijana nabo yishe. Ica 3; nikuki aba islam bakunda gusengera ahantu hirabura ata mucu uburiho
Niwajaaa sanane Bwana Rubangisa!!
Islam yaracanganyukiwe iby'Umwuka ntibazi iyo biva niyo bijya niyo mpamvu Bibiliya ibacanga ntibasobanukirwe.
Hhhhhhh reka ubujiji
@@gashugi3271 noneho nimwebwe banyabwenge dufite muri iyisi basobanukiwe bibiliya kurusha twebwe tuyemera nk'ijambo ry'Imana? Ahubwo mwararindagiye.
Nutihana kujyana abantu muri Islam uzajya mumuriro w'iteka, kuko Islam nuyibarizwamo ntajuru bazabona kuko kujya mu ijuru password ni ukwemera ko KRISTO ARI MUCUNGUZI N'UMUKIZA W'ABARI MU ISI, UTIZERA YESU NK'UMWANA W'IMANA ISUMBABYOSE azarimbuka.
Uramushinja ibihe byaha azihana?
Yihane icyaha cyo kujyana abantu muri Islam(gehinomu=ikuzimu), Kristo utamwizera nk'umwami n'umukiza azarimbuka.
Yesu ni umu islam muvandi uzabanze umenye uko yesu yasengaga ibindi uzagenda ubyiga gake gake
Mubyo wiga ,ugerageze wige ikinyabupfura. muri comments zawe nkunda kwibaza uko warezwe naho warerewe.
Rutabingwa ihangane umenye imvo nimvano yubukirisitu nuwabutangije nimpamvuze umenye naho bibiria yaturutse naho gutanga umuriro bireke kuko siwowe ugena abazawujyamo nabazajya mwijuru ni by,lmana ahubwo itekerezeho cyane hamwe nukwemerakwawe utaza uca imanza utazi ejo ugasanga abucira umuriro nibo icaye mwijuru uriguhangayikira mumuriro keretse niba utarumukirisitu wakomotse kubagaturika waba uritwari mukwemera kwawe kuko imyemerere yose yitwa ubukirisitu yose irikwisi ikomoka kuri Romani catorike ibyiroma bibomotse niho ibyitwa abaporoso babonetse
Kandi wasanga usenga kucyumweru umunsi wikigirwamana zuba cyabaroma ukaba ucira bandi umuriro
Twese twavukiye mubukirisito tubukuriramo ariko ukuri iyo kuje ikinyoma kirahunga
Ese niba ibyomwemera arukuri kuki abaroma bateye yeruzaremu bakayitwika bagashahura nibitabo byisezerano ubwo arabanyakuri hanyuma tawuratiyamusa nivanjiri yayezu bikabuko barangiza bakazana bibiriya urumva uwibye yavugakuriki kubyo yibye
barangije niyoboka mana bazanye baza bihekeje imbunda mumugongo
Warangiza ugacira abantu umuriro Kandi nibyowemera abyuzuyemo amacenga menshi
Marayika urupfu ntazakugereho utaramenya inzira yintumwa nabahanuzi kuko byazakubyarira amazi nkibisusa.lmana ikuyobore mukumenya ukuri kuko iyobora uwishaka itayobora uwagize irari ryokuyoba
Ko wigize bamenya niwowe wanditse bibikiya? Cg uyisobanura nkande? Nonese uwo murongo twebwe abaKristo tuzi uko usobanurwa ntidukeneye ubusobanuro bwawe.
Niba utabucyeneye urabirebera icyi?
Ese Emmy waba uzi aho mwahereye mwitwa abakristo??
Numva byaba byiza ,mubyo wiga wizemo ni ikinyabupfura kko muri comments zawe,umuntu yibaza uko warezwe naho warerewe👀👀
Wewe uri zero kabisa, uza gusobanura,ivyo utazi.kuvuga ubuhanuzi utazi,umwari.ikibazo n izina?wewe wabaye umuhaka Uta idini y ukuri,none wagiye mu muriro 2 timoteyo3:9_12
Harikibazo gikomeye mu buryo Seguin asobanura kabisa - n'umu analyste utari religieux/usanzwe ntiya sesengura gutyo-aribyo abayoboke basanzwe ntibakenera umwarimu, bajya babifata ukobyanditse. Kuki asobanura ibintu mumvugo byanditswemo? Ngo Yesu yazanye inkota akumva inkota y'abantu, ngo yesu ntiyazanye amahoro akumva amahoro yab'Isi,....nibindi. muzatange umurongo twerekane Inkota n'amahoro bivugwa ahongaho. Ikibazo: ko atasobanuye cg ngo agaragaze uko uwo mwana utari Yesu yaje kuba Imana ikomeye??
Asobanure ate cyereka nagutigitira akajya no mumyuka nkuko bababesha buei munsi ubwose barimo gusoma muri zandi mutumva braaa crokin none barasoma icyinyarwanda wumva warangiza ngo arasobanura nabi
@@salumkagame509 ziriya nyuguti batumva nubumdi nabo ntibajya bazisobanukirwa pe kuko bafata alphabet bakajya bazisoma bahereye imbere ninyuma mbega nabahatari pe
ACFGKLMV nge narumiwe haruwo nabwiye kunsobanurira ambwira ko ari indimi zidasobanutse
Ushatse kuvuga ko ijambo ry'imana ari kode kuburyo ibyo ivuga binyuranye ni bisonuro. Buri wese yayisobanura uko abyumva kuko imyumvire y'abantu iratandukana umuntu ku wundi. Iyo myumvire yanyu abakristo niyo ituma mu vuga ibidahuye mu matorero yanyu atandukanye.
Mwe mwasobanuriki kandi mwaramaze kwandikirwa amakosa yabatoma barahindaguye igitabo c'uhoraho bakubita abantu biyemera ko bazi Imana Imana yarabahanye izana igitabo cukurikwose ushakuravyemera ushakurareka uzarindire urubanza twebwe abisiramu turazinezako bibilia itera irimwamakosa menshi kandiko aboyesu yasize kwisi yabagandaguye kugira abaroma bandike ivyobishakiye mukugaya ivyayesu bashiramwivo atavuze bashizemwamakosa kunguvu unavuze fyon bacabagukerera ninde arikwisi atazico abakristo na mwemuyera mufite mukoreshwa nasatani kuko babahubuhanuzibwiza butosoye mwe mukaguma mwumvira paulo paulo ntiyigezabintumwa ahubwo yarintumwa yasatani na yesu yaramuvuze ko azoza gutakaza benshi aho avuguti mimi nawaonya manabi wa uongo watadanganya wengi atawateule ukwo ibicu bizigururwa niko bizokwamaho kumwana wumuntu aho directement yesu yavuze azana mumigani ntiyavuze ikengeri ivyovyose vyerekanako yesu azi azana atamakengeri yabatumye
Uzakurikire ikiganiro cyubutaha aracyakomeza kdi ko namwe mutemera ibya bible ibyanyu nibiheko mudatanga imirongo ibisobanura
Sheh ndamukomeje .
Ibyo rero uvuze nibya Yesu Kristo uwo kuritwe n'Imana naho kurimwe nubupfu.Issa wa coro an na Yesu sibamwe.Ibuye ryumukara riri mumusigiti mutagatifu ryazura nisazi koko sheh we? Ko muripfukamira? Ko muritangaho ibitambo burimwaka?
Niko sheh we ibya Yesu Kristo igitabo wemera ko ntamakuru arimo wakwigumaniye ibyuzi ko nabyo byagutunga koko?
Yesu yaramamaye
Hhhhhh abakristo mu gira ubuswa mu kora kuvuga nta research mwakoze ku myemerere ya bo mu giye kuvugaho. Kandi ibyo bigaragaraza ubujiji ni dini rishingiye ku kinyoma, muhimbira abandi nta gihamya mu basebya. Ubikurahe ko abayislamu basenga ibuye? Negereje gihamya yawe. Niba koko utari umunyabinyoma. Allah aba mu ijuru ntabwo aba imaka. Soma qurani isura 16:49-50 mbere yo kuvuga ibyo utazi
@@imamjihadinstitute3494 kereka nahamagara umwuka ukamufasha kuyisoma Cor an soyinjiji
Uwayobejwe nirari ry'umtima we ntawamuyobora koko! Allah akugirire impuhwe, gus nyine ukuri nikwiza knd kuraryana ndabizi ko ukuri urimo kukumva nubwo ukomeze ukinangira.
Sha uyu ntabushobozi bwo gusobanura ububwiru
Wowe sobanura tukumve nawe ubwiru bishatse kuvugicyi Imana ntiyigisha mubwiru izo.mvugo nizo babajijshirizamo
Kandi iyo bavuga indimi bihimbiye ngo transiiim croookwine reste pek byo murabyeme kandi arimvugo biganye kubaphumu none icyinyarwanda barimo gusoma ntemwemere Imana iravugango bafite amaso ntibabona amatwi ntibumva nimwe ntabandi
@@salumkagame509 wabibwirwa niki se kutabihawe wagizengo nugupfa gusobanura ibyutazi ubwo rero uwo ngo yasobanuye murababaje gusa ntakindi mukeneye christo
@@rutahasteven2683 wabyanga wabyemera ukuri nuko kandi kuraryana pole sana
@@gashugi3271 hhhhh Sha gumana ukuri ikibazo ntawihuta cyane nkuwayobye icyo mwita ukuri sinzicyaricyo ibyanyu turabizi ntanaho muhuriye n'Imana
Wiyobya abantu, nyine Imana izatanga ikimenyetso,kdi ikimenyetso ishaka umwari azasama inda....yewe ntakujya impaka namwe