Umugabo aguca inyuma ntibivuze kwahukana|Nabikuyemo isomo|Sauda yahishuye ibanga ryo kurwubaka neza
Vložit
- čas přidán 15. 11. 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Kanda hano urebe ibiganiro byose bya SAUDA: czcams.com/channels/yKjNdgBTTK1jxGSI_qGdxA.html
Nyamara yafashije benshi uyu mudamu pee 🙏 imikururano nabagore wapi.
Nibyo kabisa ntampamvu yogukururana abanshi baba bafite ibibajyenza mungo zabandi
@@Bobajolie nibyo
Ariko ye mwabaretse bagakururana?
Uzongere utuzanire Diane Ishimwe twumve niba yarabonye umuryango we
Inama zawe ningira kamaro sauda ndamuzi mumugi kgl arumutayeri arko numudamu wumutima kabsa aratuje cyane ntawari kumenya ko afite ibibazo bingana gutya kabsa wabaye intwari
oohh Elle est tellement belle 😍😍😍 akora aka maquillage keezaaa kajany na peau ye nimyenda
Waratwigishije rwose urubyeyi mwiza cyane ntakosa wakoze ahubwo watubereye mwarimu mwiza rwose kuko ibyowavuze nisomo kuri benshi cyane
Ikiganiro cyawe cyambere cyaramfashije pe. Ntamugabo ngira ariko narafashijwe rwose.
Courage maman ndakeikundira nkunda ukuntu witurije
Yesu Kristu akongerere ubwenge uri umudamu w'umunyabwenge kdi warihanganye rwose
Yesu agufashe rwose
Umu maman mwiza rwose wagize neza no kwitanga ukatugezaho ubuzima bwawe kandi utari obligé,nge haricyo byamariye rwose hari no kubona ibintu ukuntu gutandukanye nyuma yikiganiro.nange ndi mubahisemo kubabarira kandi meze neza nasanze narahisemo neza.
Hahirwa ugufite urumugore mwiza cyaneee ufite ubwenge komeza ugire urugo rwiza nanjye waranyigishije
Warakoze cyane IMANA iguhe umujyisha
Sauda turagukundaaa, uzagaruke uduhe ubuhamya bwawe kuva mu bwana bwawe, uri umudamu w' intwari kandi n' umugabo wawe ni intwari wakwemereye kuza kubivuga
Ndabaramukije sabin ndumurundikazi,nagomba mvugeko arintwari uyu mubyeyi yakebuye benshi abagenzi bose dufise sibeza ivyamubayeho Nanje vyambayeko nugushishoza abagenzi tugendana yarakoze cyane
Oya Mama ntukiteho kubadashima.Ingayi ntizigaya ibyawe gusa bibwigwa benshi bikumva benebyo.Ntukite kubatashimye ikiganiro cyawe nibo bake.Uri umu maman mwiza👌
Ntakibazo yagira impamvu atagira ikibazo buriya yabivuyemo burundu kandyshaka gukirinkovu arayirata nyagasani akomezabahe iherezo ryiza
SABE urabizi ndagukunda cyane gusa tunyurwa nibiganiro byose utegezaho courage to
WOoow👌...Saouda ni exemplaire kuri benshi ndabakwirikirana from Ontario kino kiganiro vrmt Sabin uyu mu dame ibyavuga ni top iyaba twabyumva kbs keep up a good work☝️
Waooo.wa mu dame we uribmwiza imbere n'inyuma!!icyama ukamenya kristo kuko wera imbuto za kristo.kd.n'uwo mugabo nimfura nshimye ukuntu yakwemereye gukora ikiganiro!!!ariko nagaye cyaneeeeee ukuntu yagukubise.nakunze cyaneeeeee ka kana ka wa mugabo!!na wa mucyecuru wagutabarije Wenda yari no kukwica.!!police yamufashije kwihana hamwe n'imbabazi wamusabiye
Tu es très belle et sage Madame.
Aho kugira urware umutima wabivamo,ububabare butera uburwayi cyane cyane ubwigihe kirekire
Ntubeshye ntampamvu
Sau Uri Umugore Mwiza Sinshidikanya ko Uko Usa inyuma No Kumutima Uri zahabu Rwose! Jye Numva wubaka ababibona muri Negatif nakazi kabo! Komeza wubake Umuryango rata Mubyeyi
ndagishimiye cane sauda.urintwari.
ark ndabaza nkuki umugore abana numugabo arumukunzi we,ark akazakugira Ibanga yamuhisha agasanaho harindinshuti amurutishije.
Abagore baba bamushutse😥😢 ngo umugabo ni umwana w'undi, ngo ibintu byose ntago ubibwira umugabo....
Byaradufashije rwose God Bless you
Ntamahano yakoze Kandi byaradufashije warakoze rwose
Muvyeyi Warakoze cyane
Urumugore mwiza cyane nanjye ndagukunda!
Beautiful lady wallah
urakoze rwose God blees you
Totalement vraie ibyuvuze 👌maman 🙏🙏
Nibyo bisubizo byukiri cyane ibikubiyemo hano
Ndabakunda
Anti byiza cyane rwose kunama zawe nziza pe
Narinziko ntamugabo arabona Sha twari guhita twisungana PE Sha uzajyire urugo ruhire
Uyu mudamu ni mwiza basi
Njyewe uyumu mama. Naramwikundiye
Waradufashije cyane
Muzaduhe ikiganiro cya Theo bosebabireba na Israel mbonyi
Igowe uzadukorere umuti sabe
Uri umukozi w'IMANA kd.igiye kugukoresha cyaneeeeee witegure
Sabe nababa nkubonye ahantu bakuanditseho ibintu bidasazwe .....gusa wihangane jyewe nkunda ukuntu uvugana ikinyabupfura ikindi sindakubona ariko jyewe mbona urumuntu ukunda imana peeeee......akajambo nyagasani ndagakunda iyo ukagezeho uwiteka qguhe umugisha mubyukora Amen Amen
SABIN najewe ndi umugabo ntamubona ndamukunda kubera uko ayobora ikiganiro muri RUSANGI. Mu majambo make arazi gukora neza umwuga wiwe! ! Kuko nko kwi RADIYO urakunda umunyamakuru kubera ijwi rye nuko ayobora ikiganiro 👌
Sha nanjye ibyo bintu nabonye umutwe wi nkuru yabyo ngira ubwoba bwo kubireba pe kuko rwose nangaga ikibi nakumva kuri sabin, ndagukunda rwose ibiganiro byawe birandyohera pe nkunda umugabo ntacyo ampaye🤝
wigisha neza pee, kandi wifitiye nubwiza buhebuje.
Ntibiba byoroshye, ngewe abimazemo imyaka 9, icyambere nzira ko yanshate ndigikara kdi ngo yarashakaga inzobe, kugeza ubwo indaya yansimbuje ipfa abireba, yanga kuva ku ngeso, umwana wange arapfa, kubera ubusambanyi bwe, hakurikiraho ko arwara Diabete, kubera igihano cy'Imana. Ubu iyo ntekereje ibyo bikomere numva ntambabazi mufitiye na mba.
Imyaka 9 ngembimazemo imyaka 20 wamuntuwe birakaze erega nyirurugo niwe urusenya
Usa Neza caneee wisize nezaa
It’s the hijab for me😍😍😍😍😍
Ndumurundi ndakurikirana cane ibiganiro vyanyu iyaba abakenyezi bavyumviriza vyoba vyiza gusumba
Mama mwiza nfite akabazo nifuza ko wansubiza kurijye ni important ,ibyo bintu waciyemo ntagihe ujya ugira ukabyibuka ukunva nkagahinda mumutima wawe?cg wunva warakize burundu pe .murakoze
Narabikize cyane ariko noneho maze kubivuga nahise nduhuka neza ndatuje ntibikigaruka murakoze cyane.
Yego rata warakoze twakwigiyeho.
Hahaha kumulika fleucheur yarabyiyemeje
She is so beoutifully nubwo akuze, abasilamu ni beza cyane!!!!
Ntakuze pe. Yavuze ko amaze 12 ans mu rugo nimba ndavyibuka neza kandi yubatse afise 20 ans.
Ku myaka afise ubu ni benshi bataba barashaka.
Ur'so beautiful and humble
Umugabo iyo aguciye inyuma ukamuha amahirwe ya 2 mwubaka urukomeye kurusha mbere. Mfite ubuhamya bwo muri ubwo buryo
Silo bimera iteka. Nanjye mfite ubuhamya ko hari abatareka iyo ngeso
gusa nibishoboka uzatuganirize kw'IBANGA murugo icyaricyo knd uzadusobanurire neza imiryango ibiri ndavuga umuryango wumukobwa numuhungu . iyo abana babo bamaze kubaka hari inshingano baba bakibafiteho? ese niba zihari zaba ari izihe?
Kofi niyo itanga icyubahiro. Reka sha
Ati ntago yaje arumugabo 😂😂
Souda inshuti yanjye sha ndagukunda ahubwo uzongere umpe number yawe narayitakaje
Sabin
Muduhe link yicyo kiganiro cye cyahise
Oooh arasa neza rwose bien des choses à Elle
ntibivuze kwahukana ngo uzagaruke kuko uba wisuzuguje. Bivuze kwahukana ntuzagaruke. Ntimugashyigikire amakosa y'abagabo. umugabo agufashe umuca inyuma aragukubita agahamagara itangazamakuru ngo isi yose ikumenye ubwo divorce ni hafi aho. None abagore ngo bajye aribo bemera guteshwa agaciro. Njye aho sinemeranya nawe
Waoooh SAOUDA ndakeneye ko uzandonderere umugore yubaha umugabo nkawe pe! Jewe nashatse nabi ; ariko umugore umpa icubahiro nkawe namukunda pe 👍
Ukeneye uwundi🤣🤣🤣
Ntago ari nabi , uzisuzume niba atari wowe kibazo ruzaba rwiza, kandi niyo yaba ariwe kibazo igisubizo si ukumwanga ngo umute cg umuharike gerageza biracyashoboka ko wakubahwa mu rugo rwawe rukaba kandi nawe ukamwuba, kandi iga kugira ibanga.
Ego kugira numve ko nishimye nanje mbaye umugabo nkabandi👌
@@baiampy1617 iyo utanezerewe haragera igihe ivyamabanga bitaba bifite agaciro
@@medardndaruvukanye1275 warisuzumye se ngo urebe ko atari wowe ubitera ngo urebe aho wakwikosoraho.
Numéro za sauda, please!
Mama urikuvuga ibintu byiza pe
Urugo nukwihanganirana buri wese akamenya inshingano ze
Urasa neza peeeee
Komeza rata wivugire ufite ubwenge ntugasekwe
Kumunwa nibyinshi
99% abagabo iyo bafite abagore babacyiye inyuma nago bababira go babahe amahirwe 2.
nago arikubera bavuga go kubana mu byiza no mubibi bivuze ko wabyemera byose.
there is a limit that must not be exceeded muster.
Yego rata. Hari abashaka ngo abagore babyihanganire kdi abagabo bo batabyihanganira??? Twese turi abantu. Nta wushyigikiye gusenya ariko ibibwirwa abagore bijye bibwirwa n'abagabo🙄🙄 Sauda wakoze. Wakomye urusyo ukoma n'ingasire
Umugabo wumuyede cg udoda inkweto harya nawe aracyirwa?
Why not we si umugabo se?
Cyanee rwose su mugabo c buri muntu abafite urwego arimo kandi ntampamvu zo kumususugura agomba kubahwa kandi cyanee nu mutware rwose
Abaye abikora yuzuz inshingano z’urugo nabyihanganira ariko atazuza ntitwajya imbizi kbs
Inshingano ya mbere ni ugukunda umugore we no kumwubaha. Njye rero numva aricyo cy'ingenzi kuruta ibindi kuko iwanyu uba waravuye uba wararyaga neza ukanaryama
Rwose wujuje inshingano z'urugo ubundi ibyo gucana inyuma ntacyo biba bivuze.
Non kubagaburira wapi ari gusambana akanzanira ibigwara yaca inyuma ntabimenye ariko mbizi wapi
Yego rata n'iwanyu uba wararyaga🙄
Nje mubambere mumpe twatuntu 😂😩 na subscribe 😊😊
Sabee dufashe Muzaduhe ikiganiro cya Grace wiga UTB aziguteka cyane kandi turamukunda atwigisha neza kuri chanel ye wamwandikira,kurIwatsap 0781966062 Plz
0
Abagore nubundi sibezape jyewe nzabana nabana bajyegusa cg bakuru bajye ipuuuuu abagore ntacyiza cyabo nibinyeshari nibiraya uramwiringirango muri inshuti naho niyo kwirirwa isambana nuwowishakiye
Muduhe number akoresha
Uzabona abana ntamugore washatse?utazakora uburaya Sha!
Mwiriwe .uwomumama ibyavuganukuri ahubwo.yampanimero nkamubwira ukonanjye bimeze0788990819
Mwanamuke akitaka a sianze zogozogo yende salama salimana awulize wa imam wa musukiti washugulike kwatalaka yake. Yah
udi hawungi ndowa ya wa islam ama kutowa talaka never kamwe