UMUGORE UMWE NTIYAHAZA UMUGABO🙂Undakarira araba anziza UBUSA|Bagira irari ryinshi kuturusha|SAUDA
Vložit
- čas přidán 21. 03. 2023
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
KANDA HANO UREBE : czcams.com/video/C4WF9liHruY/video.html
Ubwose umutwarewawe aramutse aguharitse abobadamu 4 ubwontiwarakara
Sabin, ibintu byo kudaharika ni système yazanywe n'abazungu mu rwego rwo kugabanya population. Ifuhe rikabije rero ni idéologie bashyize mu bantu kuva bakiri bato naho ubundi nta kibazo namba.
Ese ubundi ko usanga umugore yibyimbije ngo umugabo we ntiyamuharika, kandi igihe yari akiri umukobwa yarakundanaga n'abagabo bubatse ntibigire icyo bimutwara?
Nukuri uravuga ukuri nubwowamubuza yagucika kandi agakorabibikurusha
Muraho erega Biblia ntabwo irwanya guharika ahubwo abantu nibo bayisoma nabi ese Israel ntiyarafi abagore bane babyaye abana babuhungu 12 ese Daudi ntiyarafite abagore 500 kandi Imana ikamwita umukiranutsi? Yesu christu ntakomoka mwubwu buharike?
Nduwambere mundemere kutu like abakunda abakunda Isimbi TV hashe 🔥🔥🔥
Urabona ngo araseba Sabin amubajije impavu yababaye kubara umugabo yari yamuharitse,Agatanga ibisubizo bipfuye ngo nuko mukeba we yashakaga kumubabaza cyan,none se kuva isi yaremwa abakeba kwaruguhangana no kwangana ikindi cyiza cyabo nikihe,Sabin ubaye intwari iki kiganiro wagikuraho,nkumukristo pe
Ntamuntu wishimira ko umugore cg umugabo we ,amugerekaho undi namaburakindi,nabasiramukazi ntibabikunda kuko nibo bajya munzaratsi cyane
Ikindi abo badafuha n amaburakindi. Ntawishimira guharikwa.
Abasilamu mugira akajagari ngo abagabo baremnywe irari? Iyo myumvire ni iya shitan yo kwamamaza uburaya.
Yewe noneho ndumiwe🙄🙄🙄 nukuri kw'Imana .ubundi se niba ari ibyo kuki mwagarukiye ku mubare w'abagore bane uziko Abagabo mwabagize nk'ibisimba cg Ibigirwamana reka nkubwire no KURYAGAGURA SI BYIZA PE .Uwase Sifa uvuze neza cyane
Sauda Yambaye neza,ninamwiza ManshaAllah
ahubwo umugabo umwe ntuyahaza umugore, ni uko abagore bihangana cg bakijijisha
Ni nde wakubeshye???Abagore umugabo umwe arahagije rwose kereka ababa babashakaho amafr.
Niba hari uwo muziranye wakubwiye ko uwe atamuhaza iyo ni particularity ntabwo ari general.
Nubwa mbere kw, ISIMBI TV numva ikiganiro cyasenya ingo 😊😊😊, IMANA yaremeye Adam umufasha umwe ntabwo ari abafasha benshi !!@
Ubundi islam niryo dini nzapfa ntagiyemo ese abantu bahabanye nibyo leta igenderaho ubwo baba barimubiki? Uretse na bible na leta ubwayo yemera umugore umwe n'umugabo umwe ko aribo babana ibindi rero byose ni umwanda n'ubujiji
Ark basi mujye munareba inyungu z'abana
Adam nta choice yari afite nyine.
Nutajya muri Islam ntibizayibuza kubaho, uyu mumama ni umunyakuri ndanivuze nsengera ADEPR
Arikp abagore bikigihe mwabaye gute ninde WA babwiye ko abagabo badahazwa numugore umwe nonsense abagabo mwaragiye mubahindura ibisimba ibiraya ibintu homora which is nonsense hariho abagabo banyurwa dear bintera asyi mujye mumenya ko hari ibihumbi 7 bitarapfukamira bayali👌🤔😇🤭
Ubu nange mbanumiwe ko bivugwa nabagore, kucyi abagabo ataribo baza kubivuga?ese nimba gusambana ari cyaha ubwo tuvugeko abagabo batazajya mw' ijuru ,bahisemo kwirirwa muba gore?
Ngaho uyu mugore ntakoze ibara ba di.bajyiye kuduharika da.kabaye.
Ndagushigikiye pe. Ngo umugabo ntahazwa numugore umwe!!!ubwo ho vyoba arivyo Imana mugutanga ingabirano yokwihangana yarabibagiye??? Namba uwiwe adahazwa numwe ubwo rero kuvuga in general nibazako yihenze.
Uyu avuga ibijyanye nidini rye.Ariko abagore bamwe mu Rwanda kobabaye banyirandabizi? Musigaye muvuga amagambo adutera ubwoba twebwe abagabo. Nimureke Antoine Rutayisire ajye avuga ibijyanye ningo mwe ntacyo mufite cyo kuvuga. Umugabo ntahazwa nimugore umwe???? Uwo nuwabaswe nubusambanyi ubuse ko mbona ubuzima bwabaye ndanze umugabo azabura gushakishiriza urugo ajye kureba abandi bagore. Ibyo mutumva neza namwe ntimukabivuge.
Kwamamaza ibicuruzwa byanyu ntibigatume mushyanuka
@@rwandamum8323 😂😂😂😂😂😂 ubu se urabona atabaduteje 😂😂😂😂
Yewe Sauda we uwo nkunda ntakarebe Chaine yawe kuko iyo myumvire yasenya ingo ntiyazubaka se tu.
Numugabo umwe ntiyahaza umugore. Bivuzengo discipline ba self respect nibyo bituma umuryango ugira ituze
Vraiment discjpline rata
Niko kuri discipline niyo yambere kuko urugo ntabwo araho rwubakirwa gusa
Aba bagore Bara kenyeye
@@lolitaimena9782 Lori umeze ute ko ntari nguherutse kwiyi Mihanda?
@@naomeutamuriza9648 verite. Naho ibya egocentrism byabagabo, ibyo bigira natwe byatubera. Ariko umuntu wese Hari discipline aba akwiye kugira apana kumva ko hari abakwiye jwitwararika ngo abandi bigire za marine
Nabagore erega nabo ntibahazwa nimwe,uko nugukuza irari mu bagabo munabikuririza,ubwo nubugoryi mugira abagore cyane cyane baba Islam ntimuzi kwifatira icyemezo
Ntajambo bagira
Igoo raaa cg ntago bava amaraso nkayabagabo cg se bafite umutima munini kuruta uwabagabo ibyo biratangaje pee
Uyu mugore haricyintu avuze ngo umugabo iyo abonye umukobwa mwiza arahindukira ibyo ntacyo bivuze kuko umuntu mwiza ntawe utamureba najye iyombonye umukobwa mwiza ndamureba da
Sha Sabin ikindi iryo rari mushyigikira ryabagabo ntago mbyemera nonese kwirirwa areba abandi bagore mukabishigikira arebye umugore wubatse nawe aramwemerewe kdi ko babikunda nabyo oyaaa ntago ari ingeso nziza kdi rwose twe twubatse baradutereta bubatse cyane abamisulma rero natwe twishyizemo irari natwe byakunda kuko kurongorana nundi utari uwawe biraryoha pe rero ceceka mugore ntawakwifuza gusangira nundi biriya bintu ariko twese byaturyohera
Rata kubashyigikira nibyo biboshya
Nibura wowe urabyemera!
Ufite uburenganzira bw,idini ryawe, ariko abantu bazumva izii nama zawe barambabaje,!!
Thank you so much indeed for your conversation at Isimbi TV really we appreciate you and here I like so much your conversation. your followers from Bujumbura town
Wooow quel beauté...
Niba Nawe Ukunda ISIMBI TV Impa Like
Wowe umugabo yashatse umugore WA kabiri urasara urasizora ukajya wirirwa urira nibase ntacyo bitwaye kuki utatuje NGO murubanemo muzi kwirirwa mwigira beza kuri camera wowe ko wanze ko ashaka uwa 2 ubwo 4 wabihanganira?
mumbwirire rata niba umuzi koko se niba byaramunaniye arikuvuga iki hano
Aba ashaka imvugo ituma amenyekana gusa,
Yego ra , ko byamunaniye nareke gusebya chanel ya SABIN , bitazatuma UMWUKA WERA W,IMANA uyivaho kandi yikoreraga ibikorwa byiza bisana imiryango
Jyewesinakwemera gusangira umugabo sicyibazo cyogufuha nibindi icyambere ntinya nirwara niba undi mugore afite umwanda ama infections nibindi najye abinzanire sha jye ndikunda sinakwisuzugura ngo nsangire umugabo Imana ibafashe ababyihanganira
Iyi nteruro uyu mwana w’umukobwa avuze niyo mvanyemo: “Iyo umuntu ashonje ararya” bravo 👏🏾
Uravuga ukuri kuko abagabo barihanzaha Nyarugenge, birakaze wa Allah
Iyi histoire ndayibutsee sabin
Ikiganiro ntaco gifasha imiryango
Ntacyo kabisa
Iyo umuntu ashonje ararya!!! Ariko arya akagabuye,
Yewe narinzi kobarijye ubaye uwambere,egoko hari abaharaye. Cyakora Isimbi TV thank you kbsa. Dukunda ibiganiro byanyu! Kandi mukomeze mutere imbere ndetse mukomeze muduhe ibyiza!
Sha rero Sawuda njye imyaka maze ndakuruta, nabonye byinshi, nta mugore wishimira guharikwa weee 🙈🙈🙈 kuko imiryango myinshi nabanye nayo, usanga abagore bapfanye agahinda gakabije pe!! Nyamuneka irari ry'ubusambanyi riri mu bagabo Ahaaaa!! Imana irengere abagore, imitima yabo irarushye!!
Avuga uko kuko ataraharikwa!ariko ibaze wicaye numugabo wawe ukabona mukeba arahamagaye ngo aramushaka kandi afite uburenganzira bungana nubwawe kumugabo wanyu wakumva umeze ute?
Niba abagabo bararemanywe irari kuki Adam itamuremeye ba Eva benshiiiiiiii????
Sawuda avuzukuri imana imwishinire yogere nubumenyi umugore wampushije umugabowe amara amezi ane 4 / niminsi 10 samezi atandatu 6 nkuko yabivuze
Guhalikwa sibibi mulugo dufite abamama 3munzu imwe abana ntakizo na bamama bacu nakibazo pee.
Even one on of my sister nawe abana na mukebawe same house different rooms and shes happy
Birababaza ariko se byabaye uretse kubyakira ikindi wakora niki?????
Sabin ntugatume umuntu udafite experience mu bintu . abitangaho ibitekerezo jya umenyako ibiganiro byawe ni imfluence nini kuri rubanda. Ni gute umuntu utaraharikwa aza kubwira abantu ko abagabo badahazwa numugore umwe? None iki kiganiro kigamije gushishikariza abagabo kujya gusambana? No sense🙄!!!
Sauda nanje nje ndamuhaye congratulations
Sabin ivyo uyo madam avuze nikuri ahubwo twebwe abagabo tugira boundaries na discipline
Kuko je nfise umugore tumaranye imyaka 17 kandi twese turacari bato but sindamuca inyuma nagato kandi ama occasional abakobwa ndababona but like i said sinobikora kubera boundaries nashizeho kugira ntacumura ku Mana no kumugore wanje,nahubundi irari nibazako abagabo twese bishoboka ko turifise thanks
That's true
Umuntu wese yagakoze nkawe rwose wenda uwo mwanda bishyiramo warangira
That's true ntago abagabo Bose bajya mu bagore
Kabisa uri umugabo nyamugabo
Ikibazo cyamatsiko niba Allah yemerera abagabo abagore benshi kuki atahaye abagore umutima wo kubyakira?kuko iyo uharitswe birababaza pe!
Yegorata,urumugore nyawe,hahirwa ugufite
Abagore barenze umwe bahora mumakyimbirane adashira hamwe nokugirirana nabi
Ndabizi neza narabashaxte ndabazi neza
Imana iguhezagire uvuze ukuri
Urakoze kutwifuriza igisibo cyiza Sabin
Abagabo baheheta babonye ubavugira, this is rubbish 🤧😤😤😤😤
Ngampora nibaza impamvu Allah yaremye adamu ikamuha Eva itamuremeye abo bagore bane bikanshanga esekuki ubundi umugabo atabashakira rimwe ahubwo akabanza umwe yamuhaga agashyiraho undi ngambona duhohoterwa pe nuko ntabona aho mvugira ariko navuga ihohoterwa ba mama bakorewe
Yari kumuhe abagore 4 numwe atarazi icarico vyasavye satani kubimukangurirako abo 4 yari kubamaririki
Ark ukuntu urukundo ruryana warangiza ukanarusangira ahaaa!!!
None za infections ntizibamara imitezi sida itibagiwe kugira abagore benshi ni risque ndakanezerwa
Abagore baba islam mbambona bararushye nabo dah
sin barushye uwa kavuna ahubwo!
@@dorotheuwamaria5107 😇😇😇
Urahira runsansuma uzosanga abatari abislamu aribo izongwara zahonyeje kubera babikora mumwinyegezo bakanabikora nabi ariko abo bagore babislam bashakwa babizi kandi babikunda nta mpamvu yotuma bibatera ingwara,ibaze abagore basambana kubera kubura uburenganzira bwokurongorwa nuwo yishimiye kumpamvu yamategeko yareta canke amadini atandukanye na islam baça bagira iki Atari ukusambana ariko muri islam inkumu ntizishobora kubura abagabo kindi naco iyo umugore wumwislam avyanse kumugabo arongora undo yegukrwako icaha iyo umugabo asambanye nuwo yifuza kwiyongera icocaha kurya kuwambere yagambanye nitegeko ryemeza kumugabo arongera abandi bagore
Ariko nibazako bible kwabo bagabo batayisoma neza canke nibazako Imana yabahaye iyindi mirongo ibabwira kujongorora umugore Hama bakamuheba bakazan uyundi kko simvyumva ukuntu iryorar bagir twebwe tutagira rituruk kuki kandi natwe turi ibiremwa😢😢
Reka ch ni imirongo bashaka ibarengera
Umumama usa Neza we. Rwandakazi yacu
Kumpanuro yawe👍👍👍👍👍👍👍
Contenu yiki kiganiro ntacyo yafasha communauté kubijyanye n'ingo zikenewe.Nta somo rizima ririmo ku muryango munini nyarwanda.
Gusa uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera igihugu mbamo cyemera polygamy ariko iyo mbabwiye ko iwacu bitemewe birabatangaza ukabo ko arikintu kiza dufite ariko bo ntibyakunda ubona bararushye gusa igitangaje abantu interectuelle baba bafite umugore umwe
Mbega Umudamu Mwiza. 😍❤️
ni mwiza can
Uyu mugore numusazi ndumusolamu ariko aravuga ubusa
Abarabu barunze imitungo itagira ukwingana benshi bitungiye umugorumwe nayo muri Africa iwacu mugomba abagore benshi atanuburyo buhari ( inyungu niyahe ? )
Bambarize
Wirengagije ko abo barabu uvuga birirwa bagura abakobwa b'abirabura.
Yeah ibyavuze nukuri ko kwiyiriza byatuma utararikira arko iyo urigusenga byukuri kuko burya ntiwagira ubushake ushoje
Nonec abagabo ni lnyamaswa ko
Arizo zitagira ikigore kimwe????ibyo hari abagabo batabigendamo kbs benshi ndetse cyne Erega nubwo abagabo namwe nabamwe bananiye abagore babo siko Bose ari abasambanyi hariho abagabo banyurwa numugore umwe kd banubatse neza ibyo muba muvuga byangiza urubyiruko
Sauda afite ukuri.Abagabo bahora batekereza abagore. Hanyuma umwanya (Occasion)n uburyo (finance)bikabatiza umurindi.
Nikaremano !
Utazi Sabin uko yambaye arebe image yuko yambaye muri lunnette z'uyu mubyeyi
Ibyo avuga ni ukuri ahubwo nuko bihishwa ntibivugwe dore impamvu
1 . Kwisi hafi ya yose no mu Rwanda ntagacentre utasangaho abadandaza magara habaho abagore bigurishwa mubyukuri nibande bakiriya bizo ndaya ( ahubwo ndabasuhuje mutubikiye amabanga menshi)
2 . Abakobwa benshi usanga baryamana nabashakanye ubwo se abo bagabo nabandi
Gusa kubwanjye numugore umwe mbona ari mwinshi kuko ubonye amahane abagore basigaye bagira nukwitonda
Mwabyanka mwabyemera abagabo dufite irari kbs rikomeye canee uyumu maman ibyavuga nukuriiiiiiiiiii kbs
mu bivugwa hano nta kibazo kibirwara batekereza 😮😅😅 Life can't be only about sex
UYu musilamu aravuga ukuri ariko harimo abagabo bandistwe mugitabo cyubugingo batanjya basambana abatera Imana agahinda ntibabura ariko ntihazabura numwe wokuyikorera.
Ushonje ararya!
Mbega!
Igihe umugabo yumva yashaka undi mugore ningombwa ko ashaka umugore ubashije kwihanganira abandi bagore.
Hanyurwa umutima inda ni igisambo
Mbaye uwambere nabera
Mbega bishitse umugore agacinyuma umugabo ho vyogenda gt
Nawe si wowe
Ariko Sabin ujye utubariza abantu nkabo nkumugore ufite umugabo udashoboye gukora gahunda we yabigenza gute? Na kamwe kakamunanira burundu akongera kubishaka nka nyuma yukwezi🤭 kdi ntako umugore atagize! Ubwo umugore agize uko yigenza kuruhande yaba aciye ibintu ko nawe yambaye umubiri😅
Umugabo yoca inyuma umugore nk'uyu yoba arwaye ingwara iyihe kweli....
Gusenga byukuri, ni brain exercise bigabanya irari rigapfa burundu, ndi umuhamya wabyo.
Gukunda igitsina (sexuelle) cane ubufise dayimoni muri WW,umuti nukwirukira Muganga mukuru ni YESU KRISTO yabambwe
Ariko mwagiye mureka imitwe ubwo c afite irari kdi ntanubushobozi afite urumva uri uwambere wabyihanganira ikindi hari umuntu ukunda ko bamurongora akigendera akigenga kdi bigahoraho rero ibyo bireke kuko irari ryabo ntago igitsinagore twabemerera gushaka mukeba kdi natwe turi abantu ikindi hari nugira iryo rari ryababiri cg bane kdi nawe atakwemeza mureke ibyo Sha sabi uzampe ikiganiro ntibakaksubeshye gufuha gushaka umugabo umwe cg umugore umwe nikamere muntu kuko kurongorwa nigitsina gitandukanye nicyo waruzi biraryoha rero desoree.
Nanjye sonakurakarira, ariko uyo uziko aricyaha ukanakunsimana ntiwayihemukaho ntampanvu.
Kutanyurwa nicyo ufite bibuza amahoro,ugahorana irari !
Uyu mubyeyi ndamukunze kuko ntanyura iruhande rw'ukuri, icyakora indyarya zo ntizizemeranya nawe, kandi ibyo avuga abenshi tuziko ariko kuri, by'umwihariko abagabo
None se abagabo ubuzima bwabo n abagore? Ngo ntabwo umugore umwe yamuhaza none se ibiryo byaramusimbuye? Abagabo bose ntabwo ari bamwe hari n"abagore bagenda
100% sur. Ikizabikubwira nuko niyo washaka umugore umeze ute urarambirwa ukifuza/ukaronga abandi bagore kandi bishobora kuzana ibibazo mumuryango. Better ko igihe ubifitiye ubushobozi washaka undi mugore kandi ibyo ntibikuraho ko ukunda umugore/abagore wari usanganywe. Harakabaho Islam
Nuwo wundi uzanye ugeraho ukamurambirwa
@@uwanyirigirasolange6721 Sinumva ubyumva se, umurambirwa aruko ariwe wenyine ufite. Nayo iyo bose mubanye neza ntiwabarambirwa
I don't get umugabo akwiye kunyurwa n'mugore umwe imana yaremeye adamu umwe ntago yamuremeye 2 etc .... 👍🏿
Ko urimo kuzana ibyo mubyanditswe se ubwo urumva koko abatuye isi iyo ubanyujijemo amaso ukanabatecyerezaho ubona abagerageza kubahiriza ibiri muri Bible ari bangahe? Burya utubona tugenda abagabo hafi ya twese turi abahigi amanywa na nijoro umugore wese utunyuzeho agatima karakubita nuko tubayeho no comment na reta irabizi.
@@gersoncaetanodenis5529 idon't think ko wagirira irari abandi
bagore kandi ufite uwawe ngo nubona abandi agatima gakubise aho niho utangira kwifuza abandi bagore kandi ariwowe ubyiteye kuko umugore ni umwe wo kubahwe njye ntago nemeranya no gushaka abagore 4 idini ry'abarabu rirayobya cyane. Kandi buri wese akurikiza inzira ye iyo niyo yanjye. Nawe ufite iyawe itandukanye n'iyanjye👊
@@gersoncaetanodenis5529 ubwo rero bivuze ko n iyo yagira 4 bitamubuza kujya gushaka abandi niba atazi kwishyiriraho umupaka.
Abagore bane nitegeko rya Islam so mureke kubesheshya ntamuntu watunga abagore bane equal Kandi ibyuvuga nuko bitarakubaho ngo wumve ukobimera reka kubeshya abantu
Ibi bintu avuze by'uko umugabo atahazwa n'umugore umwe nubwo biriho sibyo !!! Umugere abashije kwita k'umugabo ntiyakararikiye abandi . Umugore amara gushaka bikaba nkintambara yarari kurwana yo gufata igihugu !! Akibagirwako urukundo rwuhagirwa rukavomerwa ! Kandi ibi avuze ntaho bihuriye n'imyemerere.
Guhazwa bimenyesha iki???😊
Ubwonko bubereyeho kukontrola ibice byose byumubiri,ariko Iyo wirunduriye mu Iraqi ryiminonano n,abagore barenze umwe Ako kanyo ubwonko busigara bukontrorwa Kandi bugategekwa n'irari ry'umubiri..
Sabin ndagusabye uzazane umugabo abe ariwe usobanura ibyo muburiri, kuko nibo bitwara imbaraga cyane, nubwo dufatanya apana abagore
Ariko rero ni umuco wa Isiramu,ariko umenye ko hari nabagore badajazwa n'umugabo umwe nabyo umenye.
Njye ndumva ikibazo hano kiri mu ijambo 'guhaza' 😄. Buriya se umugore ni igikoresho cyo guhaza gusa? Umugabo ni we uhaga wenyine? Niba ari ugushingira ku irari ry'igitsina, na babiri, na batanu, n'icumi ntibahaza umugabo. Irari ni ukwifuza. None se umubare w'abagore umugabo yakwifuza akavuga ngo birahagije ni bangahe?
Ariko niba ari marriage, kubana umunsi ku wundi, partnership mu kurera abana, kujya inama mu buzima, gufashanya, ahubwo n'umwe ni mwinshi cyane. Ingo nyinshi zisenyuka ntabwo ari uko umugabo aba atahaze, ahubwo haba habaye kutamenya 'guhaza relationship'. Ntabwo ari ikibazo cya quantité ni ikibazo cya qualité. Ntibishoboka ko wagirana umubano ufatika n'abagore barenze umwe icyarimwe, bombi mwarashakanye. Kereka umwe uri inshoreke ubonana nawe part time. Kwemera abagore benshi ni uburyo bwo ku legalisa guharika kuko kubivanaho burundu bitakunda.
Uburenganzira bwo gushaka abagore 4 ntabwo ari itegeko mwi idini ni bakuriweho inzitizi ariko ntibyagizwe itegeko kd yabahaye na conditions uzazaba azishoye kuzuza azabashake
Ibyuvuze Nibyo bigutuka kusa abagore batabizj ndabakomeje harabijisha ntubimenye 😂😂😂😂😂😂
Umugabo udahazwa numugore umwe nawe afite ikibazo. Nonese ko ijambo ry'Imana ritubwira ko umugabo n'umugore baba babaye umwe, nigute umugabo 1 azaba umwe nabagore barenze umwe?? Guharikwa birababaza mada!!!
Title yonyene Itumye Nibaza vyishi 😭🤔🤔🤔🤔🤔 Ark Ntikidashira
Gushaka abagore barenze umwe ntacyaha kirimo ahubwo nuko amadini yarindagije abantu kugirango abazirikire hamwe bajye bibonera amafaranga naho ibyo kuvugango ngo Gushaka abagore benshi ni icyaha ntago aribyo
Yewe abagabo nuko bateye kuva bakiremwa nta gihe irari ryabo ryashira kugera babaye barukukuri
Urinzereri wamugorewe ukuntu uvuga manza ufite abajama benshii😅
Yego rata umugore umwe ntiyahaza umugabo
32:58
Umusiramu nya musiramu ndetse n'umuntu nyamuntu
Impanvu wivugisha ubwo bugambo nuko uri umwe umunsi bakuzaniyeho Undi uzasara ESE ko bari baramugutwaye wasazwaga Niki Sha abagore baba Islam mwatagowe hubwp muragashoboye Gusa ntiwibeshye ntago abagabo Bose bajya mu bagore
Uyumugore kbx sinzi imitecyererezeye irihasi .cyane pe 😇
Divorce zirahari nahone kuk mbona banana nabana batoyi pe ukumirwa rer benshi mbona bavana pe
Umugore wa ciye inyuma umugabo we aba akoze icyaha ? Ubwo Sauda azanzubiza
Ariko
Nibyo
Sawuda wivuga ngo nta Divorse mu basilamu, aho waba utubeshye!! Impamvu bitagaragara n'uko nta Marriage Civil bakora, ngo gutandukana bigeze mu nkiko bibeho!! Basezerana mw'idini bisanzwe, kubana byakwanga umwe agaca iburyo, undi ibumoso.
Aba sheikh nibo banabatandukanya kandi yes divorce zirahari muba islam ikibihisha gusa nuko bo batandukanira mumwiherero nkuko warubuvuze kandi nabadamu bakuze nabo bamaze kuburambirwa nubwo yaravuzeko ababikora arabana batoya nabagore bakuze bageraho bakarambirwa kubera umugabo ageraho akarutanisha umugore uwundi bigatuma umwe wahararutswe abyiviramo
@@africanqueen7887 Njye nzi benshi basangiraga umugabo umwe, kubera idini, ariko iyo umwe muri abo bagore agize umugisha abana be bakagira ubutunzi, umugabo iyo amaze gukura niho ajya kwibera, undi akaba NYIRANTABWA!!!!
Ibyo sibyo , ni uburaya kuki umugabo atahazwa na umugore umwe? Yewe umugabo wawe waramurekuye😂 Cyane Nizereko ashoboye kwirinda woweho umuhaye rugari pe! Nibibi ibyo uvuze
Nibyigisilamu pe
Kabisa abagabo nukwihangana tu naho ubundi twakabay nkakwakundi kwinkoko!🏃🏃
😂😂
Witiranwa namushiki wange