UMUGABO UNCA INYUMA…SI UMUTWARO😔BISHOP Brigitte ARARIZE😭MVUYE I BURAYI MBAZANIYE INKURU👌
Vložit
- čas přidán 2. 06. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
Mwiriwe neza ba mama beza ntabwo umubyeyi ahabwa agaciro mu rugo kuko yagize icyo yakoze ahubwo abagabo twikubite agashyi dukore ariko twegere ni miryango yacu tuyiha umwana tugabanya umwanya duta mukabari twegere imiryango yacu murakoze
Iyabaga iyi sms abagabo bose bayisomaga Wenda bahinduka 🎉
Be blessed
Wamu papa we Imana Iguhe umugisha.
Urimfura wa mugabowe
Abagore barababuze,burya mubyubaka urugo no kuganira birimo.biraryoha cyane kandi mwese mukishima.urakoze cyane kuricyo gitecyerezo mwisubireho rwose
Urakoze Bishop twaritugukumbuye kandi uratwigishije pee umuntu nimugari❤❤
Uratekereza neza Bishop. Iyo unyuze ku Mubyeyi byose bicamo kdi rwose burya umwana muzima yumvira umubyeyi
Nice! Smart Bishop Brigitte! Wakoze kumutumira Rosa❤
Imana ibera ibikorwa byacu nimushaka mwabare uko mubwiyuvamo ikareba nomumutima wacu muryemutaga amahoro
Bishop ndagukunda pee
Ibyo ni ukuri nanjye nacaga inyuma,ariko kumyaka 43 nashyize agapira has ubu turwubatse neza.
Yego Sha, wakoze neza, ese it myaka yose wabonye Hari inyungu uretse umwaku wabonye? N'abandi Yesu abakore ku maso
You inspire me
Brigitte ndamukunda wamanawe❤
gusohoka murwawe ababishobora nirwari peeeee muzi abagore beshi bokorera igo zabo umugambo yigaramiye aho nibeshi cyaneeeeeee amade bafite nagahida
ndabikundira muvuganeza 💞💞
Rose❤❤❤
💕💕💕
❤❤
You look gorgeous dear pastor ❤
Bishop Brigitte uvuga amagambo yubwenge.
Rose 🌹❤❤
Uzajyeyo bishop kdi nugaruka ntuzaceceke kuko Bikira Mariya ni ngombwa ko abarokore bamumenya .
Akoshe mana murasa neza beza banjye🤌❤️❤️❤️
😍😍😍😍😍😍
🥰🥰🥰
Reba ko mu bukwe bw'i Kana, Yezu Yabanje kuvuga ati: igihe ntikiragera, ariko kubera gukunda no kumvira Nyina Yahise Yihutisha igihe akora ibyo amusabye. Yh 2, 1-11
Pasteur ko yabaye igikara yooooo😢😢😢😢😢
Maman. mukuru yasubije abamama bavugaga abandi babyeyi go abakobwa babo batwara inda ababyira umubyeyi. useka udi abayibangiwekuko niba abawe batatwaye inda ati niwibagire ko nabakomoka kubana bawe arabawe nigumugore useka udi abayibagiwe
uvuza ukuri nabavanimwe ibyo barabikora kuberiki umwana wamurumuna wanyjeashetse bere huwange
Brigitte nunvise mukunze kuko arampaye inama.
Nibyo rwose into bakubwiye: Umubyeyi Bikiramaria ARASUBIZA
Mugire ukwezi kwa 6 kwiza ncuti 🥰🥰🥰🥰🥰🥰🥰
Urapfa kwivugishwa ubusa😢 ntaraguca inyuma ngo akwice uhagaze, niho waza ukavuga noneho abagore barushye bakakumva😅😅😅
Nawe uzamuce inyuma😅😅😅maze yumve uko biryana😮😮
@@AnnikaNiyoyita ndi umukristo would mu mutima sinabikora😄😄😄😄😄😄😄😄
@@AnnikaNiyoyita ndi umukristo would mu mutima sinabikora😄😄😄😄😄😄😄😄
Nukuri nibyo bajye bareka guseka abasenye nabo ntibababanze uwomunezero wurugo
Wagize akayobe Ro nizereko utakoze mukorogo mwiza🥱🥱🥱, canke ni lumière ya camera🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️
Ehhh hari undi wabyanditse!!😊
Roze uracyabana numutware wawe?
Bravo Mme. Rose! Bishop arasetsa kandi ibyo avuga biba aribyo.
Nkunda uyu mubyeyi ko ubwenge n’ubushishozi bwe butagira umupaka
Najye akantu koguteka amazi ntekesha nahise ngafata
Brigitte wagabanyije umukorogo koko,uri mwiza
Nukuri koko pe yahiye kumatama
Nizuba
Ni lumière nta mukorogo bano babyeyi beza bashyizeho biragaragara
Abantu bafis inzobe nyinshi iyo bakiw nizuba hariho ukuntu ribaturira ukamengo nimukorogo
UKUNTU NGO abazungu bakoresha amafranga menshi NGO BIRABURE😅😅NATWE URUHU TUKARWANGIZA DUSHAKA GUSA NKABO😮😮
😮
NJYE NZAKOMEZA KWIBERA AFRO NKA LUPITA NYONG'O😊
Brigitte uri mwiza ntabwo ukeneye kwipyotora! Ni idea yanjye ntimumvebe hari ubwo ugira ishyaka ry’umuntu ukunda! Kubera mukunda kuri social media ni naho mbivugiye kuko nta handi tuziranye!
Yarahiye😄
Nange arambabaje ukuntu yisize ibivuta byangiza skin yiwe
Ahaaaa nzaba mbarirwa ibyizingo zubu daaa ese umuntu akore iki raaaa😮😮😮
Imana ibacire inzira!
Bishop, jya wiyambarira uko ubishaka sha ufite amaguru meza pe, nigeze kukubona kuri Sonatubes mini jupe ikubereye cyane.
Ariko Bishop asutse ibisuko koko, ndebera nawe ahagaze kuruhimbi abwiriza abakristo.
Ariko kuki umucira urubanza umurebeye inyuma mu mutima we urahazi?!! ! ubu wasanga wowe urimo kurumucira warabicikishije kandi ibyo bisuko ntabyo ufite nta na kanta😅tuza umucamanza arahari.
Buriya se Imana izatubaza ibisuko twasutse,cg ibyo twambara,twisiga,simbihamya.wowe tunganya umuntu wimbere ibindi niwowe nayo
Kusanganye inzobe koko ivyobibara kumaso vyayamikorogo yamake bite wabitetse kumeze neza.
Yavuze ko izuba ryamutwitse nibaza ko urumvise ikiganiro! Avuye muri Europe means climat ziratandukanye uruhu rugira changes!
Europe harakonjemo ntibyamutwika ..ahubwo iyo ahagura amavuta atamugira umutuku. Afite umubiri woroshye cyane mumaso ….azagure crème yizuba byamufasha. Akayisiga kuma wa ninjoro akisiga ibyo yisiga