Ibintu 3 bibura hagati y'umugabo n'umugore urugo Rugasenyuka burundu - Maman Queen

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 13. 07. 2020
  • #ZABURI_NSHYA
    / @zaburinshya
    Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
    Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
    -ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
    -Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
    Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
  • Zábava

Komentáře • 68

  • @ubutakatvofficial4726
    @ubutakatvofficial4726 Před 5 měsíci +2

    Nibyiza pe gukda umugore wawe.Ariko niba abagore bazaganduka kubera ko abagabo babigizemo uruhare uko ni ukubagandura si ukuganduka kwabo.Abagabo bamwe babayeho mukwihonga ngo zidasenyuka.N'abagabo si shyashya,ahubwo buri wese akwiye guhagarara mu ijambo ry'Imana.

  • @valensmunyemana617
    @valensmunyemana617 Před 4 lety +6

    Mwiriwe uyumumama ibyo avuga nukuri pe ariko harikintu yirengagije abadamu bikigihe ntabwo bagendera kumategeko y,Imana ahubwo basigaye bagendera kuya Reta yo yabahaye uburinganire ntanubwo bakemerako umugabo arumutware wurugo ahubwo abagore nibo basigaye bashaka kuba abatware yewe ibyikigihe ntibyoroshye

  • @justinemutamba7846
    @justinemutamba7846 Před 4 lety +3

    mama queen ntekerezako hari nushobora kuyimugurira kugirango ayobye uburari akwereke cyagwa aguhume amaso cyagwa anereke rubanda ko mubanye neza cyagwa agukunda cyane cyagwa ahisha ububi bwe, amabi ye mbese kwigira mwiza murugo nohanze byose ariko mubyuri ntarundi rukundo rurimo

  • @arianeprinciairakoze4979
    @arianeprinciairakoze4979 Před 2 lety +1

    Umunezero uva kw'isoko Kristo n'ikintu gikomeye pe

  • @vianneynsengiyumva7592
    @vianneynsengiyumva7592 Před 3 lety +1

    Ariko mama iyo nseko yawe disi igaragara ko ucyifitemo agahinda indani disi! Yesu azaguhe umwuka wera akubohore burundu (Ndakwemera Mama)

  • @edouardntegeyimihigo9537
    @edouardntegeyimihigo9537 Před 3 lety +1

    Gusa murakora byiza mikiubaka umuryango nyarwanda kdi cyane!
    Congs M Queen!!

  • @lisempanogihozo9359
    @lisempanogihozo9359 Před 4 lety +6

    Inzitizi zose zikurweho mw'izina ry'umwami wacu Yesu Amen

  • @Edenmedia1
    @Edenmedia1 Před 4 lety +2

    Ijambo ry'Imana riratubwira ngo Bagabo mukunde abagore banyu kugirango babone uko babubaha
    Ngo mutabasharirira kuko Ari
    Inzabya zoroshye👍👍

  • @kanyangereya5465
    @kanyangereya5465 Před 4 lety +1

    Murakoze cyane kumanuro mutanze imana ibahumugisha

  • @carolinenakirutimana1559

    Ishingiro ry, umuryango n, urukundo ntubeshye. Kuko hari n, igihe umugore abyara akuzuza urugo ariko ntikibuze umugabo kumufata nabi ari nyina w, abana

  • @mariefidelakanjori6124
    @mariefidelakanjori6124 Před 4 lety +6

    Urukundo n'amarangalutima agutulbereza ku muntu mudasangiye igitsina ukumva ivyiyumviro vyawe mbese n'ubwenge bimuhereyeho mbese ni nk'umuriro wo mu mutima urubeya rukakujana ah'uwo muntu ari. Ukumva ikintu kigukweng kikakubuza amahoro gushika ubonye uwo muntu, urwo ni rwo rukundo.

    • @irizapeace6462
      @irizapeace6462 Před 4 lety +1

      Nlbyo nabuze ampa byose aliko ntakiganiro nakimw maze Imyaka 18 atarabwira cheri naramubajije ambwira ko ntamwanya yabibonera bishirana nagahararo bigahora bimbabaza iteka kuko nkunda keya mbifata ko byose ntacyo bimubwiye

  • @frankruhinda9519
    @frankruhinda9519 Před 4 lety

    Uwiteka arusheho kugukomeza muri Yesu Kristo benshi bazakugirireho umugisha. Shalom.

  • @carolinenakirutimana1559

    Oyaaaaa ashobora kukugirira n, imodoka, akakwambika neza ukaba utaha munzu nziza ariko yataha utararya umutima ugakuka. Ubundi umugore n, inkumwana abeshwa n, akantu gatoyi. Ariko wamwirengagiza ukamufata nk, uwudahari mukabana avuga ngo arishimye.

  • @carolinenakirutimana1559

    Yewe mama we. Uvuze ukuri burya iyo ikintu kitavuzweho ntigihera yongeye kugukoreza na byabindi biragaruka.

  • @fulgenciemukamukiza2461
    @fulgenciemukamukiza2461 Před 4 lety +1

    Ndagukunze cyane M.Queen

  • @fotabipamba9712
    @fotabipamba9712 Před 4 lety +1

    Imana iguhe umugisha kunyigisho nziza

  • @bahatiemmy1865
    @bahatiemmy1865 Před 4 lety

    Iki kiganiro ni cyiza cyane kbs

  • @rvedaste2009
    @rvedaste2009 Před 4 lety +1

    Mama Queen nkurikije ubuhamya bwawe kuri isana mitima TV, ntabwo nshidikanya ko ariyo nzira nyayo Imana yaguhamariyemo gusana no kugira Inama nyinshi mungo zitubakiye kuri Yesu Christ

  • @williamntagungira964
    @williamntagungira964 Před 2 lety

    Ngyewe maze igihe ngukurikira ariko ntago wigeze udusobanurira impamvu nyamukuru yatumye utandukanye numugabo wawe, So dusobanurire kuki watandukanye numugabo mubyukuri.

  • @kamarizaclementine9786

    Imana ibahe imigisha itagabanije

  • @hopepierrette7040
    @hopepierrette7040 Před 4 lety +1

    Nkunda Uburyo uvuga utuje

  • @jeanclaudengirishya7189
    @jeanclaudengirishya7189 Před 4 lety +2

    Oya hari abagore barezwe kabisa bafite umutima karemano hari n'abandi bi byohe niyo wakora iki ugasanga wapi tujye tuvugisha ukuri mbona gushaka neza ni nk'amahirwe uhabwa n'Imana PE

    • @muyacidina4986
      @muyacidina4986 Před 3 lety +1

      Gushaka neza ni tombora rwose kuko iyo ushatse nabi uba utoye oya

  • @alicenandorimana8512
    @alicenandorimana8512 Před 4 lety +1

    Njyewe ndabaza Ayomafoto nayabona gute ndabyifiza murakoze

  • @hitamungujeandamascene5710

    barababeshye ! Ndagukunda itarimo cash ni zero! umugore n'iyo wamuha iki n'iyo wamutomora bingana iki ariko mu ikofi harwaye aguca amazi kabisa kandi n'umugabo ni uko

  • @carolinenakirutimana1559

    Yewe jewe numva atari byo umuhungu niwe atereta umuhungu. Hari n, igihe umubwira ko umukunda akemera bivanye n, ibyo ufite

  • @carolinenakirutimana1559

    Aho mama wee ashobora kuguha byose ariko agusibiza hasi akakwima ijambo mu rugo alakurutusha rubanda ukamukunda gute . Byose aba abikora ari kukwikuraho ataco umubwiye

  • @carolinenakirutimana1559

    Mamma we ivyo uvuga nivyo, mugabo umunyeko umugore ataremewe gukandagirwa, sorry kuyivuga wakosheje nta kosa ririmwo, ariko utakosheje nta mpamvu ya sorry, nawe n, umuntu akwiriye kuyivuga azi ko uakosheje atari uko ni dictateur. Ikindi hari uwo ubwira sorry akakubonamwo ubugoryi ntiyisubireho ukazarinda usaza uri muri sorry..ubundi n,abagabo bari bakwiriye kumenya ko aho kumutinya wamubaha, kandi burya nta nimpera y,umurozi, uko wamubaha kose atabishatse ntabura impamvu yo kugufata nabi

  • @carolinenakirutimana1559

    Ariko rero umugabo nawe hari igihe arenganya umugore mu migambi afata

  • @carolinenakirutimana1559
    @carolinenakirutimana1559 Před 2 lety +3

    Oya urukundo sibikorwa. Nukukwitaho mukukwereka ko ufite icyo umaze akakumviriza mu bibazo ufite. Byanashoboka akabikemura. Ariko hari n, Uwo ubwira akagusuzugura akagucisha musi av y,ibirenge. Mbega ingorane zigahora zurira kuzindi. Ubigumana mumutima mpaka upfuye. Umugore ntiyibahirwa n, ubwo wamuha ibya mirenge birutwa nuko izo mpano yoziteka ariko akampa agaciro. Ibibazo iyo bitavuzweho ntibiba birangiye. Abagabo ntimukibeshye. Umugore arabibika kuva kubyo wamukoreye kuva mukibana..Agahorana iyo ntimba igihe cose mukuru kumwe

  • @carolinenakirutimana1559
    @carolinenakirutimana1559 Před 3 lety +1

    Ziriya ndahiro barazivuga ariko benshi ntibazikurikiza mama we. Ku divorca nta kosa ririmo kuko hari igihe uhaguma ukahakura indwara zidakira(umutima) umwe muri mwebwe akica mugenzi we. None inyungu iba irihe? ubwo wumva ari ubwenge

  • @jordan-mq4jy
    @jordan-mq4jy Před 4 lety +2

    Ufata umwanya munini muri introductions

  • @kanyamagaraabdallah8300

    bien entendre.

    • @kayumbasamuel292
      @kayumbasamuel292 Před 2 lety

      Arikose.ubwo.ibyo.wirirwa.wigisha.abandi.byuburyo.ingo.zubakwa.wowe.warabishoboye.baravugango.kora.mdebe.iruta.vuga.numve

  • @tuvugeukuritv3815
    @tuvugeukuritv3815 Před 4 lety +1

    Komereza aho M. Queen, namwe Zaburi Nshya muhabwe umugisha

  • @marygahongayire4042
    @marygahongayire4042 Před 4 lety

    ni gute nkumukobwa ugiteretwa nabazore benshi wamenya gute ugukunda byukuri

    • @AURIN.OFFICIAL
      @AURIN.OFFICIAL Před 4 lety +1

      Wamenya ,ugiye kumavi ugasenga Imana, ikaguha uwo mukwiranye.

  • @johnnkunda5195
    @johnnkunda5195 Před 4 lety +3

    Nukuri uyu mumama nkunda kumukurikirana munyigisho yigisha zerekeremanye na relationships between husband and wife. Mubyukuri uzi kwigisha peeeeeeeeee njye nitwa Johnson NKUNDA ntuye muri Australia uzampe number yawe ya Mtn ukoresha kuri WhatApp. Thanks

  • @bamenyaterimbere5846
    @bamenyaterimbere5846 Před 4 lety +1

    🤣🤣🤣🤣🤗🤗😋😋blesile rongora ureke gutinya kuvuga ikintu nyamukuru kishingano nyamukuru

    • @bernissebernisse6657
      @bernissebernisse6657 Před 4 lety

      Hhhhhh nanj nasetse lata bikwiyeko aterintambuko imana nibigomba imuhe umufasha yoye gutinya kuvuga ......

  • @nyandwielias32
    @nyandwielias32 Před 2 lety

    courage

  • @tuyisengejeandedie8852

    Ahubwo urukundo ni communication in between 2

  • @carolinenakirutimana1559

    Kukazi aba depite cg minisitiri cg afite umwanya ukomeye muri leta ariko y agera yagera imbere y, umuryango w, inzu akamenya ko ageze muyindi territoire y, agaciro bita urugo kandi hari undi mu president. Ariko umugabo nawe akwiye kumenya ko iyo utwaye nabo abo agomba gutwara bamugabanyaho icyizere

  • @africathemotherlandtv2277

    Nakomeje kwumva ubuhamwa bwe ariko ntamunsi ndumva avuga icyasenye urugo rwe, ntanubwo ndumva avuga ko hari ibyo atakoze byatumye umugabo amuzinukwa. Ntabwo nibaza ko umugabo yamwanze atacyo amuhoye, none se yaragwaye mumutwe? Imyaka 20 yose?

  • @emmanuelmutaganda5482
    @emmanuelmutaganda5482 Před 4 lety +2

    Ese uwomubyeyi yasubiranye numugabo?

  • @JackSon-sl3ct
    @JackSon-sl3ct Před 4 lety +1

    Muzatuzanire Olive Umurerwa umuhanzi kazi. Yaba yarabyaye ?

  • @dushimiyimanaanastasie6368

    Ako kantu

  • @user-zq7nl1oo2z
    @user-zq7nl1oo2z Před 3 lety

    Mudufashe caaane muduhe numero ya téléphone yuyumuvywyi .
    MUrakoze caaane

  • @kanyamagaraabdallah8300

    s est simple quels difinition des amour partout de au monde entier= Est respect et obeir et d´amour avec d´eviter de tous peux cause different entre vous pendant en partculier l´temps concenant a fair des amours. Les amours, il y a bcp type d´amour comme mari par des hommes par femmes , Mais d´ici on n´toucher bien natur Quels reellement d´amour ca veut dire que l´interieurs un couples oui voila les bien amour est respect , obeir , amour , sexualite , ejuclation penetration les femme par les hommes et repect dans bien respecteuse au 24 a 48 h00 jusqu´ ou de bout monde ni l´temps de morts.

  • @williamntagungira964
    @williamntagungira964 Před 2 lety

    Ngo umugore wakunzwe nawe aganduka eheheheeee urwo nurwitwazo rwose kuberiki se utaganduka kugirango ukundwe ra? Icyo cyanditswe kuberiki utavuze ahocyanditse mbese buriwese Imana yamuhaye amabwiriza ko umugore aganduka umugabo nawe ko akunda kdi uretse mubyukuri kumpande zose twese twakabikoze tukubahana kdi tugakundana... Kuberiki wowe wasenye tubwize ukuri??

  • @ahimanaaloys7857
    @ahimanaaloys7857 Před 4 lety

    Mma Queen ikibazo n 'iki ?kuki ngomba kubabara mbabazwa n'umufasha wange ?kuki ngomba kubabaza umugore wange ?Ese Imana yaturemeye kubabazwa cy kubabara ?

  • @justinemirembe5164
    @justinemirembe5164 Před 4 lety

    Wamubyeyiwe nkusabiye umugisha nunvise ibyakubayeho mbona nukuntu wikomeje mbona uritwari nsabye nomero yawe pe

  • @ahimanaaloys7857
    @ahimanaaloys7857 Před 4 lety +1

    Mama Queen nfite umuvandimwe amaze imyaka isaga 25 ashatse ariko amaze indi myaka 6 ataryamana n'umugore we,babana munzu imwe,yakora iki ?umugore afite inshuti umugabo,umugabo arabizi yaramwihoreye,akore iki ?

  • @nsabiyumvawilson6868
    @nsabiyumvawilson6868 Před 2 lety

    Inkubiri ya Feminism irimo gutuma ingo zibaho nabi, kuko abagore muri iyi minsi barashaka kigenga no kuba abatware which is not Biblical!

  • @habimanakaneke5530
    @habimanakaneke5530 Před 4 lety

    0 i 532aa

  • @carolinenakirutimana1559

    Aha sorry kandi ariwe ari mumakosa. Iyo ukomeje uko akomeza kukurenganya. None se ko azi ko aba ari mu makosa nukubera atavuga ati mugore wanje mbabarira Burya ijambo, "Mbabarira" ni ijambo ry, ubwenge rigabanya uburakari kandi icy, ingenzi n, uko urugo rukomeza.

  • @bahatiemmy1865
    @bahatiemmy1865 Před 4 lety

    Iki kiganiro ni cyiza cyane kbs