Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
Mwiriwe Neza, Harumuntu wabwiye ngo mubarize yashakanye Numugore Noneho Nyuma azakumenyako yariyashakanye nundi mugabo babyarana abana babiri Ikindi baribarasezeranye mumategeko Kdi ntibigeze batandukana nuwo mugore yanze kujya kwaka divorce ,none uwo musore wamushatse Bameze kubyarana kabiri,None aratecyereza azakomeza kubana numuntu batazasezerana? Ese ntabibazo byazamuzanira? Mwamugira iyihe nama?
Imana inahe Umugisha ikomeze kubungufa Ubwenge turabashimiye cyaneeee
Ese umugore wahukanye akamara iwabo igihe kirenze umwaka umugabo ntamucyure bifatwa nk'uwataye urugo
Murakoze cyane Imana yagure ubumenyi bwayu
Muduhe nibindi murakoze turabAKUNDA❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉
Murakoze wampa nimero nkazakubaza
Ese amategeko ateganya iki igihe umugore afite abandi bagabo abwira ko babyaranye kandi njyewe umugabo we narinziko abana ari abanjye kandi bananyanditseho? Noneho aho ikibazo gikomeye kiri, ese nanze ko apimisha abana ADN agamije guha abo bagabo abana banjye bigenda bite? Kuko njye mba numva ntawantwarira abana nirereye kabone nubwo yaba avuga ko atari abanjye, icyo gihe ni no kwanga ko ankomerekereza abana.
Murakoze cyane rwose
Murakoze cyane
Murakoze nange nari naratinye umugabo wange yaransebeje yateye umwana inda wimyaka13aratoroka hashize umwaka
Duhe ikiganiro wakoze hano kijyanye nokwihesha ikintu cyundi
Muzadusobanurire kabashakanye badasezeranye nyuma mugatandukana kandi mufitanye abana icyo amategeko abateganyiriza
Murakoze kudusobanurira njyewe ndashaka gutandukana nu mugabo byemewe na mategeko kuko yaramemukiye kd mfite ibimenyetso yanyanditseho umwana ntabyarayanye nawe kd nawe namusanganye
Urakoze Me!ese unwe mubashakanye yemerewe ubutane mugenzi adahari?ese babumuhaye kandi yarabihishe mugenzi nkana urwo rubanza rugenda gute?
Ibyo ntago bihajyije peuh,muzongeremo nibindi,Hari ubwo umuntu mubana ariko kubera imyitwarire ye itavuzwe hano ukumva utakimwiyumvamo
ese umuntu ashobora kuburanira ubutane aharihohose mugihugu cg ningombwa Aho wasezeraniye?
Nonese umugabo ufite akazi Kandi akagira akazi ntumenye umushahara Kandi mufite amazi mukodezha ariko umugore ntamenye aho ayomafaranga ajya haha ariko utazi uko ayakoresha mbese umugore adafite u urenganzira kuriyo mitungo byangenda gute?
Iyo mwanditse mushaka divorce kubushake bwanyu mugasinya hariho numukono wa noteri nyuma hakagira ibigararagara mutumvikanyeho munyandiko cg mwibagiwe gushyiramo byagenda gute
Murabiburana
Nonese usezeranye numuntu muteganya kubana ark ataragukwa nyuma akaza akwaka divorce ese ntacyo amategeko ateganyiriza uwo muhungu akorera uwo mukobwa nko kumukerereza cyangwa aramukwa akabona kumuha divorce murakoze
Murakoze kudusobanurira kubijyanye nubutane.ikibazo nashakaga kubaza Niki: 1,nonese iyowashyingiranwe numugorere wawe cg se umugabo wawe umwe muribo agata urugo mugihe cyingana numwaka hanyuma umwe muribo agatanga ikirego murukiko urukiko rukemera kubatandukanya imitungo igabanwa gute iyo umugore afite imitungo itababaruyeho bombi nkurugero nkimigabane bahawe nababyeyi babo? Ark ntacyemezako burumwe iyomitungo ariye! Bigenda bite iyomutandukanye?
Ese yarataye urugo akajya ajya aza muri karitsiye cq iwabo ntagere murugo byashoboka?
Urakoze kudusobanurira amategeko
Ese umugabo akubyariyeho umwana hanze .kd mubana ntamwana yarafite hanze? Ugashaka gatanya wayibona?
Ngo mudufashe
Nukuri mugerageze koroshya ibintu bya Divorce kuko uburyo bigoyemo kuyihabwa nibyo bituma abantu bagiye kwicana peee.
Umwicanyi se akangwa na divorce ? Umwicanyi ni umwicanyi
Erega imitungo izamara abantu hakwiyekwiga ukuntu abantubajyabajya gusezerana bakabanza bakandikisha imitungo basanzwebafite kuko bimazekugaragarako harabashaka imitungo yabandi bagahiyabatana umwe akajyana umutungo wundi murakoze
Ese birashoboka ko umuntu yashyingiranwa ataruzuza imyaka bitewe nimpamvu runaka?
Divorce by mutual consent ikorwa gute?Mubyumvikanaho mwebwe ubwanyu mwenyine bidasabye ko urukiko rubibafashamo?Mudufashe!
Numero yanyu twayikurahe ko tubakeneye
Mushyireho telephone numbers zanyu. Murakoze!
Abana bo nyuma yo kugabana 50. 50 a bana bo bahabwa umunani ryari
Nonese nkubu uwotwashakanyeyansabye ubutane kubera kubyotutumvikanaho ndabimwemerera none murukiko rwatanze igihe kingana nimyaka 3 none ndasaba komwampa ahonanyuransaba kudutandukanya vuba asigaye yirirwa nsebya
Muraho mwaduha Contact zanyu tukaba twabavugisha
Amategeko yacu
ufite uko wagenda nkúmugabo ukishimisha, ukanagaruka nta mpamvu ya divorce...
Najew ndafs ikibazo muvanye atamwaka mumaranye nah hagashira imyak umunani knd agac arongor undi mugore
None nimumfashe uwanjye yanaye hashije amez7 ariko naramureze nibarama itariki
Waduhaye number zawe
Mwiriweho! Mbese birashoboka ko umuntu yatanga ikirego cya Divorce akaburana ntamwunganizi?
Yego ariko biragoye ndetse bishobora kuguhombya aruta ayo wakwishyura umwunganizi
Murakoze,none ibimenyetso umuntu abigaragaza atanga ikirego cg abijyana agiye kuburana?
Ese iyo mutigeze mubana nk’umugore n’umugabo mu gihe k’imyaka itatu nta communication divorce iremewe
Divorce hano iremewe kuko babara amezi cumi akurikiranye mutabana kandi nta mpamvu izwi yumvikana itumye mutabana
Kucyi utavuga kubagore ukavuga kubagabo gusa
Wampa number yawe
Iyobatarabyaranase
Ese umwe muri abo babyeyi yemerewe kugulisha ahe atitaye kubana yabyaye bazabaho bate hehe
Jyewe ko umugabo yantaye munzu amaze amezi 7tutabana nagiye kureba irangamimerere nsanga turingaragu ubwo nzabigenza gute konshakako dutana
Ntabwo ukeneye divorce kuko mutasazeranye
Mwiriwe Neza, Harumuntu wabwiye ngo mubarize yashakanye Numugore Noneho Nyuma azakumenyako yariyashakanye nundi mugabo babyarana abana babiri Ikindi baribarasezeranye mumategeko Kdi ntibigeze batandukana nuwo mugore yanze kujya kwaka divorce ,none uwo musore wamushatse Bameze kubyarana kabiri,None aratecyereza azakomeza kubana numuntu batazasezerana? Ese ntabibazo byazamuzanira? Mwamugira iyihe nama?
Imana inahe Umugisha ikomeze kubungufa Ubwenge turabashimiye cyaneeee
Ese umugore wahukanye akamara iwabo igihe kirenze umwaka umugabo ntamucyure bifatwa nk'uwataye urugo
Murakoze cyane Imana yagure ubumenyi bwayu
Muduhe nibindi murakoze turabAKUNDA❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉
Murakoze wampa nimero nkazakubaza
Ese amategeko ateganya iki igihe umugore afite abandi bagabo abwira ko babyaranye kandi njyewe umugabo we narinziko abana ari abanjye kandi bananyanditseho? Noneho aho ikibazo gikomeye kiri, ese nanze ko apimisha abana ADN agamije guha abo bagabo abana banjye bigenda bite? Kuko njye mba numva ntawantwarira abana nirereye kabone nubwo yaba avuga ko atari abanjye, icyo gihe ni no kwanga ko ankomerekereza abana.
Murakoze cyane rwose
Murakoze cyane
Murakoze nange nari naratinye umugabo wange yaransebeje yateye umwana inda wimyaka13aratoroka hashize umwaka
Duhe ikiganiro wakoze hano kijyanye nokwihesha ikintu cyundi
Muzadusobanurire kabashakanye badasezeranye nyuma mugatandukana kandi mufitanye abana icyo amategeko abateganyiriza
Murakoze kudusobanurira njyewe ndashaka gutandukana nu mugabo byemewe na mategeko kuko yaramemukiye kd mfite ibimenyetso yanyanditseho umwana ntabyarayanye nawe kd nawe namusanganye
Urakoze Me!ese unwe mubashakanye yemerewe ubutane mugenzi adahari?ese babumuhaye kandi yarabihishe mugenzi nkana urwo rubanza rugenda gute?
Ibyo ntago bihajyije peuh,muzongeremo nibindi,Hari ubwo umuntu mubana ariko kubera imyitwarire ye itavuzwe hano ukumva utakimwiyumvamo
ese umuntu ashobora kuburanira ubutane aharihohose mugihugu cg ningombwa Aho wasezeraniye?
Nonese umugabo ufite akazi Kandi akagira akazi ntumenye umushahara Kandi mufite amazi mukodezha ariko umugore ntamenye aho ayomafaranga ajya haha ariko utazi uko ayakoresha mbese umugore adafite u urenganzira kuriyo mitungo byangenda gute?
Iyo mwanditse mushaka divorce kubushake bwanyu mugasinya hariho numukono wa noteri nyuma hakagira ibigararagara mutumvikanyeho munyandiko cg mwibagiwe gushyiramo byagenda gute
Murabiburana
Nonese usezeranye numuntu muteganya kubana ark ataragukwa nyuma akaza akwaka divorce ese ntacyo amategeko ateganyiriza uwo muhungu akorera uwo mukobwa nko kumukerereza cyangwa aramukwa akabona kumuha divorce murakoze
Murakoze kudusobanurira kubijyanye nubutane.ikibazo nashakaga kubaza Niki: 1,nonese iyowashyingiranwe numugorere wawe cg se umugabo wawe umwe muribo agata urugo mugihe cyingana numwaka hanyuma umwe muribo agatanga ikirego murukiko urukiko rukemera kubatandukanya imitungo igabanwa gute iyo umugore afite imitungo itababaruyeho bombi nkurugero nkimigabane bahawe nababyeyi babo? Ark ntacyemezako burumwe iyomitungo ariye! Bigenda bite iyomutandukanye?
Ese yarataye urugo akajya ajya aza muri karitsiye cq iwabo ntagere murugo byashoboka?
Urakoze kudusobanurira amategeko
Ese umugabo akubyariyeho umwana hanze .kd mubana ntamwana yarafite hanze? Ugashaka gatanya wayibona?
Ngo mudufashe
Nukuri mugerageze koroshya ibintu bya Divorce kuko uburyo bigoyemo kuyihabwa nibyo bituma abantu bagiye kwicana peee.
Umwicanyi se akangwa na divorce ? Umwicanyi ni umwicanyi
Erega imitungo izamara abantu hakwiyekwiga ukuntu abantubajyabajya gusezerana bakabanza bakandikisha imitungo basanzwebafite kuko bimazekugaragarako harabashaka imitungo yabandi bagahiyabatana umwe akajyana umutungo wundi murakoze
Ese birashoboka ko umuntu yashyingiranwa ataruzuza imyaka bitewe nimpamvu runaka?
Divorce by mutual consent ikorwa gute?
Mubyumvikanaho mwebwe ubwanyu mwenyine bidasabye ko urukiko rubibafashamo?
Mudufashe!
Numero yanyu twayikurahe ko tubakeneye
Mushyireho telephone numbers zanyu. Murakoze!
Abana bo nyuma yo kugabana 50. 50 a bana bo bahabwa umunani ryari
Nonese nkubu uwotwashakanyeyansabye ubutane kubera kubyotutumvikanaho ndabimwemerera none murukiko rwatanze igihe kingana nimyaka 3 none ndasaba komwampa ahonanyuransaba kudutandukanya vuba asigaye yirirwa nsebya
Muraho mwaduha Contact zanyu tukaba twabavugisha
Amategeko yacu
ufite uko wagenda nkúmugabo ukishimisha, ukanagaruka nta mpamvu ya divorce...
Najew ndafs ikibazo muvanye atamwaka mumaranye nah hagashira imyak umunani knd agac arongor undi mugore
None nimumfashe uwanjye yanaye hashije amez7 ariko naramureze nibarama itariki
Waduhaye number zawe
Mwiriweho! Mbese birashoboka ko umuntu yatanga ikirego cya Divorce akaburana ntamwunganizi?
Yego ariko biragoye ndetse bishobora kuguhombya aruta ayo wakwishyura umwunganizi
Murakoze,none ibimenyetso umuntu abigaragaza atanga ikirego cg abijyana agiye kuburana?
Ese iyo mutigeze mubana nk’umugore n’umugabo mu gihe k’imyaka itatu nta communication divorce iremewe
Divorce hano iremewe kuko babara amezi cumi akurikiranye mutabana kandi nta mpamvu izwi yumvikana itumye mutabana
Kucyi utavuga kubagore ukavuga kubagabo gusa
Wampa number yawe
Iyobatarabyaranase
Ese umwe muri abo babyeyi yemerewe kugulisha ahe atitaye kubana yabyaye bazabaho bate hehe
Jyewe ko umugabo yantaye munzu amaze amezi 7tutabana nagiye kureba irangamimerere nsanga turingaragu ubwo nzabigenza gute konshakako dutana
Ntabwo ukeneye divorce kuko mutasazeranye