Umugore wampaye inzaratsi|Yaryamanye n'umugabo wanjye|Yaransenyeye ndanakubitwa|Sauda nisomo ku ngo
Vložit
- čas přidán 1. 11. 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Icirwa ndahakuye nuko irugo rwubakwa na 2 umugabo n'umugore.kandi kugira urugo rugende neza murugo haba hakwiye kuba communication hagati y'umugabo n'umugore!! Madame keshi uba ukwiye kumenya ko abagenzi bose atari beza!!
Good is good all the time!! ibihe bibi mubuzima bw'umuntu nibihe vyiza bibaho!!
Love from Burundi 🇧🇮!!
Sabin thank u so much!!
Iki kiganiro meze nkuwicaye mu ishuri!uyu mugore imana imuhe umugisha aratwigishije adufunguye amaso
Sabin ni umunyamwuga pe. Birambabaza iyo mbonye umunyamakuru wakoresheje umuntu interview akamurusha amagambo kandi agenda amuca mw'ijambo, ariko wowe uha umuntu umwanya agasobanura ibintu neza utanamuca mw'ijambo. I really appreciate it.
Kabisa iyowatumiy umuntu murek avuge ahex ivyowamubajij thanks to Isimbi
@@World_Of_Fashion257 pplppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpppppppppppppppppplppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpppppppppppppplppppppppppppppppplppppppplpppppllpppppppppppplplppppppppplpppppppppppppppppppppppppppppppppppppplppppppppppppppplpppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpplpppppplppppppppppppppppllpplpplppppppppplppppppppppppppppppppppppppplpplppppppppppppppppppplppppppppppppppppppppplpllpppppplpllpppppppppppppplppppppllpppppppppppplppplpplplppppppppppppppppppppplppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplppppppppppppppppplppppplppppppppppppppppppppppppppppplpppppppppppppppplppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpppplpplpppplpppppppppppppppppppllplplpllppppppppplplpppplppppllplppppplpppppplpppppplpppppppppplpppplppppppplpplplppplpppppppplpppplppplppppppppppplppplpppppppppppplpllppppplppppplppppppppppppplppplpppplplpllppplpppppplpppplplpplppppppppllpppplppppplppppplpplpplppllpppppplppllppppppplpppppplpplplppplppppppppppppppppppplpppllpppplpppppppppppppppppplppppppllppppppppppppppppppllppplpplpppppplplppppppppplppppppppplplplpppppppppplpplpplppppplppppl
@@World_Of_Fashion257 lppllpppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllll
@@World_Of_Fashion257 ppllpllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplppppppppppppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllppplllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllplpllllllllplpppppppppppppppppp ppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllplllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllllllllllllpllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllplllllllllllpllllllllllllllpllllllllllllllllllpplllllllllllllllllllppppllllllllllllllllllllppppppp ppppppppppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllpllllpllplpllplllpllplllllllllllpppppppppppppplllplpppplllppppppp pppppppppppppppppppppppppppplllllllllll ppppppppppppppppppllllllpllpllllllllppppppppppppppppppppppppllllpllppllllllllllllllllllllllllllplpllllllllllllllpllllpllllplppppllllllplppppppppppllllllllllppppppppppppppppppppppplpllllppllpllplllpppp p ppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllplllllllllllllllllllllpllllllllllllllll pp lppllpppppppppppppppppppppllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllllll ppppppppppppppppppllllllpllpllllllllppppppppppppppppppppppppllllpl pppppppppppppppppppppppppppplllllllllll ppl ppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppplpllpppppppppppllpllllllllllllllpllllllllllllllllpppplpppppppppppppppppppppppppppppppppppllllllpllllllllllllllplllplpplllllllllllllllllllllllllllll ppplllllllpppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppppllllllppppppppppppppppppppppppppppplpllllllllllllll
Well done Sabin
Iyi story ninziza ahubwo abahanga nibayikoremo filime Nyarwanda izafashe urubyiruko uko rwakwitwara murushako
Ndakuze ikiganiro canyu imana iguhezagi Canée
URUMUBYEYI MWIZA RWOSE 👏🏻👏🏻👏🏻KUGIRA INAMA ABARI KWITEGURA KURUSHINGA cg NABARWUBATSE 🙌🏼🙏
Nyihera akanumero mukobwa mwiza
Nukuri muratwubatse, Imana ihe umugisha uyumubyeyi numutware we muribyose, muminsi basigaje kuriyisi. Amen
Uri umusiramu mwiza imana iguhe umugisha.
Uyu Mubyeyi ni Impfura pe ! Sabin Nawel uri Umuhanga. Amin
Ibyo umudamu yavuze nibyo hano hanze arabantu bashuka abandi badamu kandi ukabizera kandi bashaka ko usenya.. Nikuba amaso no gusenga.. Story nziza cyane. Merci madame. Imana iguhe umugisha for being open
Such innocent girl 👧 . Harabagore bamajini koko eh! Niyompamvuntanshuti z akadasohoka z abagore njyira wapi. Inshuti yanjye ni Yesu niwe tuganira nkamubwira byose
Rwose inshyuti ni Yesu 🙏
Shaaa uneze nkajye kbs
Wew ndakumva ningoga urabizi cane; nukuri ntacuti yukuri ibaho uretse umwami Yesu.
Si ndi umugabo ariko abagore baragoye nanje nabagize incuti barampemukira.
@@genestekwi.nibizi8631 Sha nanje mbikuyeho isomo
Uyu mudamu ararenze! Ubwiza, ubwenge, ubwitonzi, umutima, kwihangana,etc... Umugabo wawe yahisemo neza n’ubwo atitwaye neza.
Mama Nasiri(Sauda),ubuhamya bwawe ni isomo ryiza kuri benshi,kwihangana bitera kunesha.Muri inshuti ndetse abaturanyi beza bacu ,ubuzima mubayemo none turi abahamya ko mugeze kure mwiyubaka,mukundana kdi mwakirana umurava ababagana bose.Wowe na Hakim wawe mufite umuryango mwiza kandi muri abana beza Turabakunda,Mukomereze aho Imana nayo ikomeze kubaha imigisha yose .
Ntanshuti yumugore ndiwe ariko ndabatinya ntanubwo mbakunda
Icyo nkuyemo ni uko ari umugore ari umugabo bagomba kwirinda inshuti mbi. Kdi abagore si bo baba inshuti mbi Gusa kuko hari na benshi bahemukirwa n'abagabo. Icyo tutemeranywa ni uko kumva ko ibyo umugabo yakoraga we yari afite raison. Kuguca inyuma ni icyaha noneho kugukubita bikaba amahano. Ni byiza kwihangana ku mugore ark ntibikwiye ko abahungu bacu tubarera tubereka ko bo bakwiye guhubuka ngo ikibaye cyose bakubite. Ntibikabe rwose. Niba umugore ari ituze ry'umugabo ntibivuze ko umugabo agomba kuba stress y umugore. Oya rwose
Abadamu bajye birinda gushyira amabanga y’ibibera mu ngo zabo hanze cyane cyane babibwira bagenzi babo b’abagore. Abenshi batanga inama zisenya. Mwige kuvuga make
Bayahisha bayasohora uwashatse kugenda aragenda. Abagira iyo bajya baragenda ahubwo akenshi iyo abagore babivumbuye barekarira bagenzi babo kurenza kurakarira abo bashakanye
@@nikkiiliza5988 uko byagenda kose mushakana muri babiri gusa. Iyo byanze ni mwebwe bireba uwa gatatu aza ari indorerezi, umushinyaguzi cg akaza kogeza ngo mushwane burundu. Hisha munda nicyo cyagufasha
Njye nta nshuti ngira ariko nanga abagore cyane Ni abanyamashyari gusa.nuwiyita inshuti yawe nuko haribyo aba agukeneyeho
Si bose
Ayiwee wahuye numugore wishitani disi 🙈Ihangane Imana izakugira neza kuva utarapfuye icyo gihe. Kandi ayo marira urira uwomubi azayishyura
Kobwa hhhh warakuze sha jya ugira ubwenge ariko mbere nambere AWW komeza ujye usali Imana issubiriza igihe
Ntekereza ko abagore benshi ibi bibabaho kubera ubujiji please abakobwa mugire ubwenge mwibukeko ntamuntu ubakunda kurenza uwo mwaganiriye mukemeranya kubana! Mugihe uzabura ubwenge ukita kumabwire y'abantu uzamenye ko wirahuriraho imiruho yose🔥
Mbega ikigore ciza cumutima wera. Ndakunze iki kiganiro, kandi avugisha ukuri sha. Izimpanuro zifashije benshi.
Byiza cyane bibe icyigisho kubana bacyubaka batazi abantu hanze aha, ariko ntitubabwiye ngo ntimukagire inshuti kuko inshuti ningirakamaro . Sawuda urakoze pe hari benshi ukuye mubujiji
Harimo isomo rikomeye kubazi kumva. Pore Mama.
Njya mvuga ko kugendana nabatipe(ntamabi mukora) birinda byinshi kandi bikigisha byinshi byumumaro..ariko iyo umaze gushaka ntibikunda kuko abagabo baba barubatse!! Abagore babo bakuvunira umuheto kuko baba bakeka amabi atanariho!!! Ariko abadamu sinzi pe!!!!!! Nibake cyaneee bumumaro!!!!
Nkuyu miwe tuba ducyeneye sabe ujyutuzanira nkaba,ihangane mbe mubyeyi
Urakoze cyane rwose hari intwererano utanze murubu buhamya bgawe. Abagirurwa ubuntu bgo kubgumva harimwo inyigisho nyinshi. Imana iguhe umugisha.
Byose byari byiza usibye kuvuga ko uwakubiswe agomba kumva ko aramakosa ye. Ntawufite uburenganzira bwo gukubita uwo bashakanye wa!!!
100%agree. Urebye neza uwo mugabo yigiraga marayika kdi ariwe mubi. Agaca inyuma akanarwana. Umugore nawe agafata agakomeza kuko yari amutunze. Ese ibi ntibyakatwigishije gutoza abana bacu kwitunga aho kwicara ngo batungwe n' abagabo ko ari ho hava gusuzugurwa no gukubitwa. Dukwiye gushakira ikibazo aho kiri. Umugabo cg umugore wawe hari abazamwifuza byanze bikunze ariko kugira ngo babagereho nibo bazabigiramo uruhare. So, the are the ones to blame not the outsiders.
Commentaires nziza cyane pe!
Muvuze neza cyaneee. Commentaires zanyu ndazikunze cyane. Rwose ntampamvu nimwe yemerera umugabo gukubita umugore we surtout ko yabaga yanamuciye inyuma. Kdi umugore ntiyagombye kumva ko ariwe wabiteraga umugabo we.
Ndemeranya nawe abantu benshi bahohotewe igihe kirekire bageraho bakumva aribo ba nyirabayazana.
Nta muntu n'umwe ukwiye gukubitwa uko byagenda kose.
Ikibazo:kera umugabo yakubitaga umugore bikarangira ubusabane bugakomeza
Ubu abagabo ntibakubita abagore ariko nibwo babanye nabi na zagatanya nyinshi
Ni iki cyiza?
None kuki utabwiraga umugabo ayo magambo yiyo nshuti yawe.amakosa tugira nukutaganira byose nabo tubana ntacyo duhishana cyane iyo mwabanye mukundana.mujye muvuga bagore.
Suko 😥nanjye ndumva byandiye cyane pe
Yamubwira gut Kandi yabonagako arincuti ye magara atamumeneribanga buriya ubivuga nubwobwenge ubufite wabonyeko agushuka nihatali nanje byambayeho bisanibyo abantu nibabi ndi iburundi
Urii intwari Mubyeyi Imana wizeye Izaduhe Amasaziro meza
@@pascalinenicimpayepascalin4273 yari yaramuroze sha ubwenge bwose yariyarabutwaye
Wow!!wambaye neza, ndetse wanajyanishije na makeup🤩🤩
Aliko abagore muli abanyampuhweeee mana gusa nubupfubyi nabwo sikintu weeeee kutagira iyo umuntu ajya yemera byose yooooo🙏🏾
Niyo si turimo nshuti ,imfubyi turihangana tukemera byose kuko Imana idushakira ibitambo kuko no gupfa biba bishoboka
Benshi bahishira ikinyoma bakigaragaza uko batari. Ibyabo bakabigira ibanga. Mbega ni babandi bashobora kugira icyiza bamenya ntibakubwire ngo utagira icyo wunguka cyangwa ukabacaho. Wowe Sauda, nkubonyemo ubutwari no kutikunda kuko inama zawe zagirira benshi mugukemura ibibazo byo mungo zabo. Imana iguhe umugisha.
Thanks Sabin ibiganiro by'isimbi sinjya nsimbuka none ngisubiyemo 2
Sauda urakoze guhugura urubyiruko
All Muslim where you're
Kugira amakenga ni ingenzi
Munshuti tugira tujye tugira aho tugarukira
Msman Merci bcp
Uranyigishije !! Ntamugore azongera kunziraho murugo. Yayaaaa urakoze maman.
😅😅😅😅
Uraberewe na make up kubiiiii🥰🥰🥰
Iyi niyo interview nziza yambere mbonye kuva natangira kureba isimbi TV
sabin keep up the good Work
Imana iguhe umugusha
Nd B AF kg JD gf
Sha nanje ndayikunze harimwo isomo rikomeye
nubwa 1 ntangiye inkuru nkayirangizaa.. ni mwizaa ni genuine
@@fehiciteand8784 8m
Urakoze ku mpanuro zawe, uli umudamu mwiza. Sauda nagukunze cyane uli umudamu ufungutse kandi uzi ubwenge. N'ubwo waciye mu bibi aliko waje gukura mo amasomo. Ali nabyo wiyemeje gusangiza àbandi. Merci.
Sauda wanje wavuye kure imana y'amahoro iguhe umugisha 🙏🙏utagabanije ma chérie . Grâce ncuti yawe en Belgique 😘😘❤❤
Grace urahoneza
Sauda Imana izaguhe ijuru ntuzacike intege ujyukomeza ugirire Imana icyizere kuko niyo ncuti nziza kdi ujyukunda kuganiriza abakobwa utange uwo musanzu wo kubaka umuryango nyarwanda komera MDI courage
Urakoze cyane kuvuga neza abarundi... Au moins toi tu es honetes et reconnaissantes ! Iyo bakureka ukavuga , abadusebya Massamba nabandi bakumva ko tutangwa nabose
Aliko wajyanishije na maquillage byose uraberewe cyane uli na mwiza rwose
Wabibonye nawe😄🥰
Wabibonye nawe😄🥰
Ntukuri uyumubyeyi ibyo amvunga byambayeho umukobwa tarinshuti yarasenyeye nayje
Nimwiza cyane shenge
@@asiaabdala737 pole sana
Gusa Mama ndagukunze cane! Yesu Akumpere umugisha mwishi kuko uranyuguruye amaso nanje. Kandi ndagushimiye ko ushima Abarundi
She really struggled. But Genius, God bless her marriage.
Urakoze sauda kuvugako twifata neza abarundi
Ukunukuri peee abarundi ni gake wamenya ubukene bwabo ahubwo udakenye niwe agomba kuba nkumu escro.
Imana ihabwe icubahiro kko yarwaniye Sauda akaba yaranesheje abanzi be. Abobagome babagore Imana izabahindure
Murakoze cyane!
Ngo "INSHUTI YAWE IKUBA HAFI NK'IKURWAJE KOKO"
kugeza nubu sinemeranya nawe ko gukubitwa kwawe ari wowe wabaga wabyiteye!ishwiii ishwiii nturi itungo bahanisha inkoni mama!yagombaga kukwicaza mukaganira mukagira ibyo mufataho imyanzuro ariko inkoni siwo muti rwose Sauda mwiza, umugabo wawe muri icyo gihe ntiyakubereye imfura.ikindi rwose yego kwihangana bitera kunesha ariko nanone haguma ubuzima mama🙏ntawe nagira inama yo kwihanganira inkoni rwose.nasoza nkwifuriza kubaka rukaguma rukazira izo nyagwa zinkoni burundu.gira amahoro
Njyewe ndagaya umugabo wawe, kubona akubangikanya agakina double jeux igezaho rwose yarakwexipoje uwomugore yarinokukwica, ikindi ndunva ugaya uwomugore gusa kandi akamaro kumugabo kambere ni protection ntayo yagukoreye washatse umugabo ufite ihabara baranakonezanya ujye ushima Imana uri umurame. Ikindi wakabije kwimariramo undimuntu nibyo byagukozeho,. Ikindi naho wakosa ntampanvu yogukubitwa bigezaho. Urabivuga kuko utahamugariye cg ngo akwice mugukubitwa burya ntiwamenya ahobigarukira. Ndagushimiye kunama.
Pole sana Madame. Ico abagore dukwiye kumenya ni uko umugore ashaka kugutwara umugabo abanza kukugira umugenzi. Abagore dukwiye kumenya ubwenge.
Imana yarakoze kukurinda ,kuko uwomugore atakwishe cg agusaze ,ukaba ukiri murwawe God is good all the time
Madam, biragaragara ko ukunda kandi wubaha umugabo wawe cyane. Ikintu kimwe nakugiraho inama, ni ukugabanya uko kwishyiraho ibyaha, ngo amakosa umugabo wawe yakoraga ni wowe wayateraga. Umugabo wawe ni umuntu mukuru, ni we responsable w'ibyo akora byose. Kubyigerekaho nicyo gituma udakira. Warababariye kandi komereza aho, ariko wirinde kwigerekaho ibyaha by'abandi. Nta muntu uzabwira Imana ngo "narakosheje ariko nabitewe na kanaka". Rero n'umugabo wawe yakosaga kubera icyari kimurimo, byarashobokaga ko yakwitwara n'ukundi. Iyo nta mpamvu irimo. Ibabarire rero Madame; ibyakubabaje birahagije. Komera kandi Yesu aragukunda
It true ndakwemeye Uzi kugirinama abantu nanjye Niko mbyumva
Yego rata, iyi nama niyo
Sab, mwagize Interview, nziza cyane Keep going, gusuyumu Dame, nuwagaciro abanya Rwanda kazi bakeneye kubak'ingo zabo ababer'umuri bamwigireho kuko harabasenyingo zabo bitewe nincuti zabo Sabe,
👍👍👍👍👍👍
bambi uyu mugore anyibukije undi mugore twahuye yataye umutwe kubera abashuti be bamubeshye bakamujyana mu nzaratsi bakagaruka akaba aribo barangira umugabo aho bamubwiye azishyira akamuhondagura, urwo wararucitse ujye ushimira Imana nubwo wari wahondaguwe ubwo icyo gihe uwo mugore yari yarangiye umugabo aho yazisize avuga ko ari wowe wazimuteze. mpise nibaza disi niba uwo mugore nduzi ko yari mushya murugo yarasubiranye numugabo we, abakobwa bacyubaka rwose mujye mugabanya ubutesi, burya nubona umuntu ntacyo agukurikiyeho ariko ukabona akwitayeho kurusha uko wakwiyitaho bijye bigutera kwibaza ikibazo. ubundi umuntu wese wakugira inama igutanya nundi cg ibateza ikibazo atakubwiye kwirebera ukuri ujye umushyiraho akabazo. Saudi warakoze gutanga ubu buhamya pe, nziko buzafasha abagore binjiji benshi basenyerwa nabo bita onshuti zabo cg abaturanyi ndetse nabakozi babo.
Pole mama najye naciye muli byinshi kubeshyerwa gusuzugurwa nanjye uwampuza na sabin ngo mvuge ikindi kumutima
Ihangane nukuri
Iyo umuntu akwereka ko agukunda,akwitayeho biragoye guhita umutahura.Ariko iyi nyigisho itwibukije kugira amakenga kuri buri kintu na buri muntu ugaragaje ubwiza budasanzwe
Sh urintwari wa mudamu we,kuko ngew ibibintu ubashije kuvuga nukuri ngew simpamya ko nabishobora p,ahubwo naturika umutima
Abemerako Sabin akwiye no kuzatuzanira umupapa ufite ubuhamya bwubaka nkubwuyumubyeyi mumpe likes👏
Azamuturebere
Ubuhamya bwawe ni bwiza ariko njye ndabona umugabo ariwe nyirabayazana kuko yagucaga inyuma niwe watumye icyo kigore kikuzengereza gutyo.
Warakoze kwihangana ariko les hommes nabo nabo kwisubiraho barakabije !!!
Merci. Nari nabuze umuntu uvuga kuri uwomugabo. Umugore amakosa yose yayashyize kunshuti ye nawe ubwe yishyiraho amakosa umugabo we yagizwe umwere kdi ni mubi pe. Akamuca inyuma yarangiza akanamukubuta bigeze hariya burimunsi koko. Uyumu maman yagombyr kumva ko ntakintu nakimwe kemerera umugabo we kumukubita jamais. Yanagukubise ntakumushakira impamvu zabimiteye. Gusa wabaye intwari mukwihangana.
Yooooooo!!!uziko yari yarakuroze.gusa nabaho mbonye ubuhamya bumfashije cyane
Abarundikazi turihano ma belle😘🇧🇮
Pole sana dada yangu usuhuze umugabo wawe hakimu
Reka reka bamwe twagize za trauma😭😭😭 kirazira njyew ntamugore wapfa angereye murugo, abagore turibabi mumpande zose, ishyari gusa niryo rituranga🤷♀️😭😭
Ntabwo ari bose Ma haracyariho abantu batarapfukamira bayari
@@alphonsinekarangwa6651 ego mama ndabyumva ariko ubu aho isi igeze nabasenga ntabwo umuntu akwiye kubizera, ibiri mumazi byose si amafi. Ikintu kimwe gusa nizera n’ Imana numwana wayo Yesu ariko abandi bose ntanumwe wambesha. Abantu turibabi🤷♀️🤷♀️
@ Nyakuri ndakumva ariko nanone ntibyakubuza kugira inshuti gusa ukamenya aho ushyiraho limit, abantu bose buzuye trauma niho havamo urwango mbese ni birebire gusa uko abantu bazajya babahoka bakavuga story Zabo niko nabandi bazahumuka
@@mukundanenyakuri9398 5ijiiikkkoikkkkkkkkkkkkkil
Sha nanjye narazinutswe, nigeze kujya kwereka abakobwa babiri bava inda imwe umu cher wanjye ,mukuru w uwo wundi atangira ataka murumuna we ngo ni mwiza afite mu akanwa hasa ni ahimbwa ,ni ubwambere numvise ko mu ikinyarwanda ngo kugira mu akanwa nk ah imbwa bisobanura kuba mwiza 😱😱🤮 koko nibyo pe uwo murumuna we afite umunwa muremure ni urwasaya nk urw imbwa
.....ingegero ni nyinshi, nkunda abantu ariko ubu ndi sure ko ,ntazongera kugira umugore nzana mu ubuzima bwanjye
Urakoze nshuti yanjye Sawuda,Imana iguhe Umugisha kubwubuhamya bwiza uduhaye,dukuyemo isomo rikomeye
Uraokoze mugore mwiza kubuhamya bwawe,abenshi dufite intambara nk,izawe kdi zivuye kunshuti mbi,ariko mu ijuru hari Imana izisoza
Mama komera ntukizere umwana wumuntu.ibibintu byambayeho donc njye ndakunva mama umuntu asazira murugo yaraciye muri byinshi. Murakoze cyane kuko nubu hariho benshi barimukigaragezo cyi cuti mbi courage mama.
Nakwikundiye aha mpakuye isomo rikomeye 'Imana iguhe umugisha!
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Ubuhamya bwawe ndacyeka ko ari isomo rikomeye kubadamu bubatse ingo
Mwiriwe,Sauda warakomeretse ariko Imana yarakurengeye ub"uri urugero rwa Benshi!!Gukubitwa mu rugo hari igihe Umuntu abyikururira.Ndabizi byambayeho.
Burundi oyeeee..Sauda mwiza
Munguwe uranyigishije p nange ndubatse maze10ans arko ntababyeyi narimfte ngo ngo barangira inama yo kwubaka,nanubu ngenda ndahura ibyiza so thanks nkwigiyeho.
Inama nkuye muriki kiganiro: please aba papa babanyarwanda nabanyafrika en general ndabinginze mujye mukora uko mushoboye abakobwa banyu mwabyaye mubashyire mwishuli, mub encourager bagere kure hashoboka mubarememo self confidence bakure bazi ko bashoboye kuba self sufficient etc nyuma mubashyingire ari abakobwa bajijutse bafatanya nabo bashatse kubaka urugo rwiza. Ubujiji ni source yibibi byinshi biba ku mwana wumukobwa.
Uvuze ukuri kose kabsa abagore benshi batunzwe nabagabo niyoho hava no kubasuzugura abakobwa mwige cyane Kandi mwishakemo ibisubizo mureke gutega amaboko kubagabo
Sheje Eddie ibi uvuze nukuri kandi ninama nziza cyane kuri buri mwari, nubwo utaba warabonye amahirwe yokwiga ariko ushobora kuba wakora akazi kuburyo udategera burikimwe kumugabo.
Nturabana n'injiji yize ngo ikwivangire ubwayoooooo! Iby'abagore ni birebire ariko nibo bubaka kdi ni nabo basenya.
@@ndamaze1984 uvuze neza kujijuka ntabwo biraba uwize canke uwutize
Injiji nizize hhhhhhhh
Imana idutabare pe....isi igeze habi....Mureke turebe IMANA Niyo itanga amahoro adashira
Uri Intwali kuba utaragiye mu Bapfumu kandi Imana Izabiturinde iteka ryose.
Umubyeyi mwizaaa cyanee utuje. Sauda Imana ikomeze ikurinde ikurindire nurugo.
Sauda urakoze kudusangiza iyi story yawe.
Ijambo ryi Mana riratubwira ngo uwizera umwana wu muntu avumwe.
Ikosa ribabaje ni ukubona umugabo agukubita nku kubita umujura,ibyo ni agasuzuguro.
Ushobora gukangara umuntu buke ariko gukubita cyane ni ubujyinga.
Umuntu wese wubatse ibyo bibazo ahura nabyo.
Ikindi mugomba kumenya abagore ba ba nyafrica batanu batatu baba ari abarozi babiri nibo bazima.
Madame Sawuda yarahuye n'ishetani y'umugore kandi nawe ari une Ange. Tres belle aussi, waouuuh. Sabin merci nawe
Iyi ntahe ndyikunze cane. Ndameza ntashidikanya KO abatari bake baza kuvanamwo icigwa kidasanzwe kibafasha kwubaka Ingo zabo. Murakoze
thanks for your advice dear
Uratuje Maman ndankwishimiye
Hahaa porepe
Sauda amvugiye ibitu pee. Ivyo bintu vyambayeko uko nyene. Ariko nanje Imana yaranesherereje, ubu ndacubatse
Uranfashije pee ubu ngiye kugira très attention. Merci 👏👏
Umva uvuze ukuri nanjye nizeraga umudamu byahatri ariko nyuma ibyo twaganiraga byose naje kubisanga hanze mana kwiyakira byarangoye namufataga nkamam wanjye ariko yanteye kutongera kumwizera .saud urakoze cyane nabandi bumvireho bajye bavuga baziga,umuntu nimwinshi
I ain't muslim but I respect a woman who looks decent...she looks elegant and respectful
Who wouldn't want to take her home really
Peace to everyone!
Sabe nkundayuko uha agaciro umutumirwa ukamuha umwanya akavuga utamuca mwijambo komerezaho byiza cyanee kbs
Yoooo komera Maman ishuti mbi ziragatsirwa apuuu
Disi nta nshuti yumugore yo kwizera ,
Barahemuka ,kuko tubizera cyane .bagore ,twigire hano plz .
Inyigisho z'ubuzima bw'abubatse
N'ubwambere numvise Umugore utavuga Umugabo we nabi ahubwo akemera amakosa ye gusa. Sha yehovah azaguhe amasaziro meza n'Urugo rwiza.
Uri very Innocent
Urakoze Sauda ikiganiro Kirimo inyingisho Sabin nkunda ibiganiro byawe
Abagore barashukana
Ngusabiye umugisha utagabanyije mubyeyi mwiza uranyigishije mubuzima nubwo undijije nu kuri ndagukunze
Shimir, Imana yakorey mumugabo wawe akamenya kwivyatuma agukubita vyose vyaterwa nuyu mugore yarumushuti wawe agahitamo komwimukaho hantu iyomuza kuhaguma uyo mugore abayarakwishe kugira abone ingene yigarurira umugabo wawe
Wakoze ikosa Sha Sauda we nange ibyo byambayeho incuti yumugore inkoraho ariko ibuye ryagaragaye ntiriba rikishe isuka nyuma yabyose umugabo wange yarabisesenguye aranabimbwira ambwira nuko namwirinda ubu ndatuje rwose Mfite Urugo Rwiza rwuzuye amahoro
Urakoze cyane uranyubatse
Lets first admire the beauty of this young woman
Mwakoze pee yesu abampere umugisha
Urakoze cane Maman!!! Natwe turagukundaaa
Niba rwose ibyo uwomubyeyi avuga bihuye nukuri kumutimawe, imana imuhe umugisha, akenshi hano kumbuga nkoranyambaga abantu tuyoborwa namarangamutima cyane ko utanga ubuhamya imana yamuhaye uburanga, rero rwose abakurikiye ikiganiro twumve isomo ririmo cyane cyaneee bashiki bacu mumwigireho kuko ingo mubona zimeze neza ubu zavuye kure bityo dushikame dukomere .
Kwihangana bitera kunesha nshuti yanjye ndagukunze cyane ikiganiro cyawe nikiza cyane rwose isuku murugo kumugore no kumubiri we ningombwa cyane harigihe umugabo yigira nabi ukihangana arko birangira utsinze ibyo nukuri wowe duhuye twaganira uwiteka aguhe umugisha warakoze kwihangana
A painful but educative story. However I wonder why she couldn't listen to advice from three very wise people in her life, including her own husband !
I wacu hano i Mbarara, Uganda, baca umugani ngo: "Amatwi arimwo urupfu ntiyumva" !
I like the way people call"Sabin".Hahaha
Ibi ni ukuri kabisa
Sabin uzashake umubyeyi witwa ZAMUDA azaguha ikiganiro cyafasha imiryango myinshi ku isi. Thank you for this one
Mbega ubuhamya Weee!! Warahuritse cyane gusa mwijuru hari Imana. Icyampa Number yawe rwose. @Sabin nkorera umuti rwose uyimpe. Nanga abagore numvaga ntazaba umugore 😭😭
Ibibazo ni byishi mungo muge mugerageza gushaka n abandi bameze nk uyu mudamu abantu beshi babonereho isomo. Iki kiganiro nagikunze cyane pe
Wakoze cyane kubwinama watanze ikiganiro kizingiyemo impanuro nyinshi ,gusa agakungu kabagore iteka ntigasiga ubusa
Waouh mam Wararway uratsinda Ivy Bigore Vyiyit Incut z Abantu kumb n Bisuma jw Nzaberek shaaa Urugo Umuntu Aruronk Rumugoye.Ikib N ugukoresh Imiti bifite Igih mw Bagore .
Ahubw Duseng Imam kk Abagab bub Baragoy
Umva abagore nibabi cyane nanjye nahuye nuwitwa mahoro ibyo yankore gusa ijuru rizamporere
Twirinde kwiringira umwana w’umuntu .😭😭😭
Na Bibiliya irabibuza ncuti...ivuga havumwe uwiringira umwana w'umuntu
Umuntu nimugari
@@nsubugamaxime3705 mugari gusa ko atagira ingano
Ihangane mama wahuye na shitani y'umugore,inshuti z'umuryango zose si nziza.
Abapadiri bagitangira Kiliziya mu Rwanda, biyigishirizaga Gatigisimu. Mu bigishwa ba Padiri harimo umutwa (bagikoresha ayo moko). Igihe cyo kubatizwa kigeze Padiri ahamagara abigishwa kubazwa. Atangira kubabaza inyigisho z'iyobokamana bamaze igihe bigishwa. Ageze kuri wa mutwa paradiri ati" umuntu ni iki?" Umutwa ariyumvira agezaho asubiza Padiri ati: padi..ugize ngo umuntu, umuntu ni iki? Ati Padi.. umuntu ni umuntu kandi niba utamuzi uzamubara umubonye!
Strong woman urakoze cyane kwigiye ho byinshi Allah aguhe umugisha