Imyaka Icumi(10) ku Musozi w'Ubugumba😭Natabawe nari ngiye kujya kuraguza😭|| Mbega Ubuhamya!
Vložit
- čas přidán 20. 08. 2021
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
Rose ubaza neza rwose, uba ukurikiye n’amarangamutima yawe yose! Keep it up we love you!
Mbona Rose afite umutima mwiza
Njye rwose ijwi rya Rose ringwa neza.
IMANA imukomereze amaboko rwose.
Uyu mubyeyi avuga Imana neza numva ndaryohewe. Uko wavuze umugabo wawe n'impfura, ariko uburyo nawe ushima bigaragara ko nawe ur'impfura y'umubyeyi kuko abadamu bazi gushima abagabo babo ni mbarwa. Abenshi tubona kuri social media n'abaza baca intege abakobwa bato ngo batazashaka. Uru rugo Uwiteka aruhe umugisha, ahaze kwifuza kwanyu.
Imana yumve gusenga kwa Rose&Aimé, maze ibahe umugisha w'urubyaro.
Ntumbwireko badafite umwana 😭😭
@@dorodonamaartdorothee7611 bicaye ku ntebe yitwa Tegereza
@@dorodonamaartdorothee7611 😭😭
Grace mwiza 😭😭😭😭 Imana yaremye isi nijuru nziko ushobora byose
Nibya Rose wabishobora ndabyize mwizina rya YESU Amen 🙏
Ukuntu disii Rose abayisekera ntiwanabimenya
Imana ikomeze iguhe imbaraga kd twizeyeko bizarangira ukava kuri uwo musozi 😭
Ndatangaye cyaneee, kuva mbayeho nibwo bwambere nunvise Umugore ushima Umugabo we kurugero rungana gutya mbega IMANA Ndayishimiye kubwibyo yakoreye uwo muryango, ubuhamya bwiza, butanzwe n'umuntu utuje kdi mwiza binteye kwigaya nari naratakaje icyizere cyibyo Imana yambwiye mbonyeko bishoboka reka ntegereze kdi Imbabalire.
Nange ntyo munvandimwe
Iyi msg niyanje!ndabona atakindi nobwira IMANA.
Amarira aranyishe nukuri yesu arakora
Ooohhh mbega umubyeyi mwizaaaa noneho ukuntu avuga Imana mu ijwi ryiza rituje nibyiza cyane 🥰🥰 God bless you Rose and Annet
Ooh!this husband is like Angel 😇💖Imana izamuhe ijuru pe he deserves it ♥
Annet uri umugore mwiza,ukunda Imana umugabo wawe yahera he aguhemukira,arakureba akareba atahemukira malaïka komeza wibere mu Mana,mu Mana ntagihombo kirimo habamo inyungu yiteka ryose
God bless you Rose and Annet❤️IMANA ni yo yonyine yibitseho ububasha ntakumirwa bwo kurema ibitariho bikabaho ako kanya nta bufasha isabye, nta n'uwo igishije inama...yo ubwayo gusa. Nishimwe iteka n'iteka🙏
Uvuze ukuri kwose 100%👌
Thank you so much my brother👌👌👌
Yezu natwe azadutabara.
Gusa abagitegereje umwandu uva ku Mana twihangane tuzasubizwa ndetse cyane. Gusa Imana itabare abenda kubivamo kubera kubura kwihangana.
Yezu akomeze arinde ingo zacu.
Rose waduhemukiye wagombaga kuba watuzaniye nuwo mugabo nibwo inyigisho yari kutwinjira mo neza turagusabye tuzanire uwo mugabo atuganirize abagabo tumwigiriho
Uyu mu maman ndamukunda sinjya mumenyera.uri mwiza cyane.urasa neza.
Uvuga Imana nkumva bikandyoheye weee.
Nanjye hariby'Imana yankoreye.❤️🤍💚💌
Abagabo bose bazigire kuruyu mugabo birashimisha kumva umugore atangira ubuhamya bwiza nkubu umugabo we
Imana yagirango ubanze urere abo barumuna bawe disi erega ntacyo ikora itakizi!!
Nkunda ukuntu uvuga Imana iyaba twese twakwigiraho kuko twese twabonye ineza y'Imana.
Ndafashijwe pe. Uyu mu mama ndamukunze cyane weeeee. Hallelujah birakora pe. Rose 🌹 Imana iguhe umugisha kdi ikugirire neza
Yesu nashimwe.mwamfasha mukampa numéro ye ko mukeneyeho ubufasha .nanje ndi mukigeragezo c'ubugumba kimaranye imyaka 10 n'amezi 3.rwose ndumva yangira inama.murakoze
Sorry mama nturi wenyine
Maman Anet ndagukundaa cyanyee uvuga imana n'imirimo yayo nkabikunda
Uzi ko ndize😭 uyu mu maman ndamukunda ♥️avuga Imana nkumv nanj nongey kubon ubukuru bwayo ukundi
Niyo mpamvu ntacika intege, imana iguhe umugisha uranyubatse ndakumva cyane Papa wabana imana imuhe umugisha
Wow!!! Imana niyo byiringiro bizima kdi ishobora byose hatavuyemo na kimwe ihabwe icyubahiro nukuri. Thanks Rose and Anet
Amen yesu yarakoze kugukura mubutayu bwubugumba ndayisaba nanje ukoyagukuye mubutayu nanje ibunkiremo nzasubire kwikebeza barbwire kontwite Amen yesu aguhe umugyusha ubuhamya bwawe burankomeza cyane
Ndagukunda cyanee rwose peee sweetheart ♥ ❤ 💖
Mubyeyi mwiza uratunejeje Cyane.Imana izaduhane Iherezo ryiza ry'Abakiranutsi.Aho tuzibera iteka ryose.Imana ihe Umugisha Umutware wawe kandi Imana izamuhe Iherezo ryiza
Yooo!! Mbega Imana Dusenge wee! Nukuri niyo kwizerwa itunguza ineza !! Bella, nawe humura Imana izakwibuka🙏🏾
Ubuhamya bwawe sinjya mbyhaga mubyeyi aho ubutanze hose ntibunchaho kuko buranyubakaa cyane bikampa imbaraga zo kubona Imana imvanye mukigeragezo ndimo kuko irashoboye🙏🙏🙏
Rose numutumirwa musa neza👌🏻👌🏻,nkunda ukuntu witabira utegugutwi umutumirwaaaa 🙏
Uwiteka nguhaye icyubahiro kubwuyu mubyeyi ! Urumukozi w’umuhanga ntakikunanira!
Oooh God Warakoze kdi nubu uracyakora kuko tugufite no turakomera no mubibazo duhura nabyo muri si🙌🙌🙌
Annet ndakumva cyane imana yarakoze ndakumva kuko njyeuwo musozi ndacyawuriho arko ikiruta byose mfite amakuru
Ubuhamya bwiza burimo kwicisha bugufi nokubaha Imana. Anet Uwiteka yunve amasengesho yawe, wowe numugabo wawe nabana banyu nabazabakomokaho bose muzabe abaragwa na Kristo.
Mana uri umukozi w'umuhanga ndi umugabo wo kubihamya🙌
Yoo Yesu amutwikirize amaraso ye kandi imurinde abakobwa b’ikigali🌹🌹
Nyuma y'ibintu Hari Imana isumba byose ibikora yitwa Uwiteka Nyiringabo Ashimwe🙌🙌
Sh ntabwo ngew nabona ukwo nshimira umugabo wange kuko arandenga,amagambo nabivugamo sinayabonap
Ohhh! Imana Imuhe Umugisha
Ayiweee. Imana ntiba nyuma yigihe cg mbere yigihe ahubwo ikorera kugihe.
IMANA iguhe umugisha warayirindiriye nubwo Satan yarakuriganyije ariko Imana itubera maso.
Kandi umutware wawe Imana imuhe umugisha mwinshi mwinshi cyane
Hoya irinda ijambo ryayo ibihe nibihe ikarisohoza nasara yararisohoje nubwo nawe yoheje umugabo we kubyarana numuja
ooour sweet God ,blessings Ann love you from Uganda
Ndagukunda wa mudamu wee sinjya mpaga kukumva ❤
Ndumva nongeye kugirira Imana ikizere weeeee🙏🙏🙏🙏
Uyu mu maman sinjya muhaga aho mubonye hose ndicara nkabanza nkamwumva.Ninde umeze nkange?
Nanjye
Nanjye ahomubonye nsubiramo hhh amvugira Imana neza cyane
Ohhhh thankful to the good Lord 🙏🙏
Nanjye tubyumva kimwe Rose uwo mu Maman avuga Imana muburyo buryoshye pe
Shimwa MANA ahotunaniriwe niho imbaraga zawe zikorera!
Rose uzatumire uwundi muman witwa Egidia nawee warumaze imyaka myishi mubungumba
Wibare sweetheart gukunda imana💕
Haleluya lmana nawe izaguhubugingo nuwomutware wawepe muzagende nka eriya ndagukunze uburyowihanganye
Uruwo kwizerwa Mana 🙏♥️
Mbega umu maman uvuga neza
Wibaha Imana
Rose uzadusabire num ze sto
Woooow! Imana nishimwe kubera ibyo yakoreye uyu mubyeyi.
mama anet nkukunda cyane yesu nawe azaguhe ubugingo buhoraho
Isubiriza igihe koko nanjye ni yanyibagiye Amen
Nkunda ukuntu avuga atuje ndagukunda muvyeyi mwiza 😘😘
Ndagukunda lmana ninziza
Kumbe Mana urahari?ubuzima bwuwo mumama bunkozeho busa nubwanj naho ntarubaka nukuri ndize isomo😭😭😭😭😭😭😭😭
Iki kiganiro nkireba burimunsi kuko harimo inkomezi zumutima, Rose wacu 🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾 ❤️
Ubuhamya bwanyu buradufasha rwose kndi tugushimira uko ukomeza kuvuga Imana
Wakoze Rose kutuzanira Kaman Annet God blees you all
Waaao! Nibyo nta kwiheba nyine twese imana ntiyaduhaye iyo mpano.Mais c’était bien. Gusa harimo urusaku niba ari urwa amasiniya !! Ubutaha mujye mwigira muri jardin comme d’habitude 😊
😅😅😅
Ni ubuhamya bwiza cyane. Imana ni nziza
Ohh.God😭menyeko ushobora byose mwami
Akokanu wee lmana irahambaye!!!narinwite
Mbega ubuhamya bwiza! Imyaka 10 mi myinshi wihanganye ariko uwihangana ni intwari akaba numunyamahirwe! Uyu mubyeyi numuryango we bafite umugisha
Imana iratangaje!!!!
Ese Rose ko mbona emotions zitanyiye kugufaka mutaratangira ikiganiro aho uraza kugisoza ra? 😂😂😂😂😂
Ameeen ndumva nuzuye izindi mbaraga 💃🏿💃🏿💃🏿💃🏿💃🏿💃🏿🙏🙏🙏
❤mubyeyi sinzamkumenyera uranyubaka
Mana weeeeeeee ndafashijwe mubye nanjye umusozi nkumazeho igihhe ariko ubuhamya bwawe bunyongereye ibyiringirope
Imana ninziza disi
Ubuhamya bw'uyu mu maman buranfashije.nukuri kwihangana bitera kunesha.abandi bafite icyokibazo namwe nimwihangane yesu arakora ntabyabapfumu
We love you so much
Nukuri Imana irasetsa
Yesu arakora !!!
Ariko Mana urahambaye ! Ubu buhamya burakomeye
😭😭😭Ubu buhamya bbwe nabubonye bwa mbere kuri "Sinai TV" ndarira ndongera ndarira ndihanagura😭😭 Ariko Mana ukora ibikomeye!!
Ntabwo bakubaza impamvu utavyara kubera kukwubaha
Imana iguhe umugisha uvuga neza Imana,ariko va igirigari winjire kanani uhundure ndimisozi,,Imana ikojyere impanga zabahungu🙏
Amen
Ndanyuzwe
Nonese nukuberiki wumvako ari wowe waruftikibazo cyokutabyara kndi uvugako mwivuje mwembi bagasanga ntakibazo mufte,harimyumvire yabanyafrica incumuza,iyo mushakanye mugatinda kubyara ikibazo kiba umugore,ngumugore wakanaka ningumba ntabyara,ibaze kweri?ukagirango yaramuvuje ibisubizo niwe babihaye byukwo atabyara.Guy's mugerageze gucunga izamu ryanyu,ntimukinjire mubuzima bwabandi nubwanyu bwarabacanze.
nukomeza gucumuzwa nabantu biragoye gutungana
Good
Iyaba abadamu bose borohaga nkuyu mubyeyi. Umva ukuntu atuje.
🌹
❤❤❤
My first comment
😍😍😍
Mama nawe uko biri
Kose nawe wamubereye
Umugore mwiza
Congratulations to u sweetheart Annet 💓, much love from Uganda
Uyu nimama arandyohera pe
Rien n'est impossible à Dieu.Alleuia
Amen
Imana ni nziza. Amen.!
Penda wewesana Mamu ubarikiwe
mwaganiriye neza mwese muratuje
Imana ishimwe cane 🙏🙏🙏 ni nteturuye iyo Mana
❤
Uwiteka aguhe umugisha kubwo gutanga ubu buhamya bwawe,ndabizi neza nanjye Imana izampa kubyara
Annet sinkumenyera rwose
Kandi imana yokabya igiguha umugisha
Nanje nuko ntabwo ndamumenyera pe
Hmmmmmm
Rose please ndifuza number zawe ni zuyu mudam Anet munkoze kumutima kbs.
Amen weeeee🙌🙌🙌🙌 ushimwe Mana uyu mumaman nkunda kumutega amatwiii ukuntu amvugira Imana Ameeen
Rose sky is the limit ndifuza ko warengeho sabin
Si byiza kugereranya abantu. Rose ni Rose na Sabin ni Sabin.
Peace!
Is it a competition ? Buriwese ashobora kuba mwiza ku rugero rwe kdi bose turabakunda kumwihariko imana yabahaye(uniqueness) bose ni beza kdi brashoboye tubifuriza ibyiza no kugera kure barabikwiye
Uyu mudamu ndamukurikiranaga kuriburi canal yose yomubonyeho
Ariko Annetiiiii
God bless you maman Imana ni nteturuye
😭😭😭😭😭😭😭🙏🙏🙏🙏🙏🙏