Mbega Inkuru Y’Urukundo Nziza😍😍Twamenyaniye kuri Whatup| Namukunze Mbizi ko Afite Abana|
Vložit
- čas přidán 23. 08. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
czcams.com/users/results?search_query=family+pillars kanda kuri iyi link ukurikire ibindi biganirio by"iyi couple nziza
Gusa ibyo mwibaza byose Uyu mudamu nawe yagize umugisha wo kubona umugabo mwiza cyane kumubiri no kumutima. Ni responsable, head working supportive, akunda abantu yujuje qualités zose zumugabo mwiza arazuzuje
Iyi couple ndayikunze pe! Bari open cyane bafite byinshi banyigishije!!! Uyu mugore bigaragara ko ari umwana mwiza p , uyu mugabo nawe uyu niwe mugore Imana yariyaramugeneye niyo mpamvu habayeho divorce!!! Courage couple nziza Imana ikomeze ibashyigikire!
Rose nkunda ko ugira ikinyabupfura tu es tellement sage lv u
A woman with open mind
Ni ukuri urahiriwe ndabona waragize umugisha ubona umugore uzi ubwenge. Imana ibakomereze urukundo.
Uyu mudamu afite ibitekerezo byagutse cyane cyane cyane. Kandi nuyu mugabo yarenze intekerezo zigarukira Ku mazuru z'abagabo benshi
Merci Rose n'abaturwa bawe ndabashimiye cyane barasa koko Kandi baraberanye mbega ikiganiro kiza kirimo inyigisho nziza guhoberana n'abawe ukanababwirako ubakunda n'ibyambere Imana ibahe umugisha🙏
Couple nziza pe ! Biragaragara ko munezerewe , mujye muhora muwuragiza Imana kugirango sekibi shitani ntazabibe uwo munezero
Kanyana disi nishimiye kongera kumubona. Muzi i muhanga. She is sooo smart. God bless your family@Kanyana🙏
Vraiment muri urugero rwiza umuntu yakwigireho. Courage! Njye ndubatse kndi maze igihe kinini pe. Gusa biratangaje uburyo mufite inyigisho nziza. Uwiteka a ahire mu rugendo rwanyu.
Waaauuuuu Kanyana rwose courage disi umutware wawe muraberanye pe imana ikomeze ibashyigikire n'ukuri
Imana Ikomeze ibubakire urugo twishimye ndabakuze murabarimu beza nubwo muvuga ibyo murimo.
Tuzakomeza kujya tuganira ibyafasha buri wese kugira umuryango mwiza. uyu munsi byari ukwivuga abo turibo. Ariko ubutaha tuzajya tuganira ibireba buri wese. Murakoze
Mutanze inyigisho nziza pe! Imana ibahe umugisha muri byose
Uyu mudamu no kuri university yari akana keza.ubu uyu niwe mugore wawe uwambere nti yari uwawe Harubwo mubuzima tuyoba ariko Imana ishimwe ko yakuyoboye ku mugore wawe Imana yari yarakugeneye.
Ikiganiro cyiza,couple nziza..@rose uzongere ubatumire!
Rose nawe couple yawe muzatuganirize rwose kuko uriga cyane p
Manaweeee mbega couple nziza nabakunze murabanyabgenge kandi mwe mbi mufite ingeso nziza nubgenge mwese muravugisha ukuri kdi mufitanye urukundo na igiye ho byinchi , mukomeze mugire urugo rwiza😁🙏
Harya ngo urandukanye ntagashake ?? Ubu koko byarikuba byiza uyu mugabo abaye wenyine ababaye ? Urabona ukuntu anezerewe?
Mon Dieu, ndabakunze
Dieudonné ndakwibuka wari ukijijwe cyane muri secondly I Kabgayi, Imana ihezagire urugo rwanyu.
Umugore abazwabyinshi cyaneeeeee. Abazwa gukora byinshi cyane nkaho ari imashini. Ubu abana bacu basigaye batinya no gushaka kubera uwo muruho uhoraho batinya
Rose rwose merci beaucoup kanyana Gisele nakundaga ibiganiro cyane nkajya nibaza niba akiriho WIBARE KUBATUMIRA
Nishimura Rose wakoze kutuzanira aba bantu.Bazagaruke
It's amazing and blessing familly. Be blessed Rose tv show✓✓✓✓✓
Ikigaragara nuko urugo rwanyu mwaruteguye bien avant, communication niyambere 🙏🏾Imana ikomeze ibagende imbere, haribenshi muzafasha👌
Imana ijya Itanga amahirwe yakabiri mugubwe neza
Ikiganiro cyiza harimo amasomo menshi. Uyu mupapa ajye aha akanya uyumumama atange ibitekerezo koko afite byinshi yakwigisha muri uyu mutuzo afite.
Nanjyee Niko mbibonye
Mbuze umwanya wo kukireba cyose ariko uyu mugabo avuze ingingo yo gupimirwa kubana nsanga nibyo
Ahubwo njye ndabon uyu mugabo ajya gusa numugabo wa Rose 🌹❤️👍👍❤️👍❤️
Nyagasani ajye ahora mu ruhande rwanyu mufashe benshi bashoboka nk'uko mubikora. Ndabakunda trop, ndabasuhuje Kanyana and Dieudonné.
Rose IMANA iguhe umugisha ndagukunda cyane kd uzatugarurire ababantu umugabo aduhe ubuhamya bwe
Disi Dieudonné Imana yarakomoye kanyana ni imfura
Ndakwinginze wa mugabowe ntuzahemukire uyumugore p numwana mwiza
Rose ndakwemera ❤s❤a❤n❤a❤!
Iyi couple ni nziza pe ndabashimiye Imana ibakomeze ibahire
Couple nziza Imana ikomeze ibubakire
Mon ami uwuhawe n'imana yiyita umuhanga. Wagize amahirwe uronka umugore afise ubumuntu. Shimira Uhoraho gusa nayo Ayo ma setting rules uvuga hari abatayubahiriza. Ndiko mvuga ivyo nzi canke nabonye
Iyi couple izahure na Isimbiryayesu
Muri family nziza Nyagasani na bakomereze ubumwe nukuri muzahirwe muri byose kdii urubyaro rwanyu ruzahirwe
Waaooww Gisele ndamuzi nubundi nabonaga ari tres sage
Mbega Giselle we imana iguhe umugisha urumwana wiwacu ndakwibuka wanyicishije kwihangira umurimo ,nkunze icyemezo wafashe gusa Imana izaguhe umugisha mwinshiiiiiiiiiiiiiiiii, ndagukunda .
Kanya urarenze gukunda umuntu wasenye imana iguhe umugisha
Ako kantu ko guhoberana yoooh murarenze disi muri na beza. Imana ibarinde
Guhoberana ni byiza cyaneee
Waouh kanyana chry ndakwishimiye vrmt.gusa niwowe Koko nta buryarya.uracyari umwana mwiza.courage
Imana ibakomereze urwo urukundo. You're a nice couple.
Kanya nitwari ndamuzi ntakintu atashobora pe
Ikiganiro cyiza. Inama : Muzakoreshe test ADN kuko murasa cyane.
Sha iyo nama ni inyamibwa nanjye ndayishyigikiye.
Nibyo pe
Ikindi gihe uyu mugabo anjye asekera kuri volume yo hasi abantu twambaye headphones amatwi yahiye 😢
Byiza cyane ariko muzambarize iki kibazo umufiye mere ko arongorwa n umusore ntibibe ikibazo ariko umugabo u
Rose Tv show, aba batumirwa bawe barasa wagirango bafitanye isano y'amaraso.
Rosa we uziko koko basa di! Sinari nitegereje
Rwaburindi na Kanyana ndabemera sana!
Murasa cyane pe
Ibyuvuze nibyo Papa rwose gushaka gupimira urukundo ku bana just nibyo p
Barasa cyane
Iyi couple ndayikunzeeee
Yoo! murasa cyane wagirango muri abavandimwe
Iyi couple ni intangarugero!!
Imana ibakomeze maze muzakomeze mu mahoro
Yooo rose wakoze kutuzanira abo bantu twabakunze cyane bashyireho number zabo ndifuza kumenyana nabo
Imana ibahe imigisha myinshi cyane
Trop chou 💕😍Guhoberana
Rwose murasa, nabibonaga ariko mubivuze mpise confirma mubarikiwe
Gusa murasa pe Rose love you
Tumenyane❤
Ibyo muvuga ni ukuri kose nanjye nabera umugabo.
Mbega umugore mwiza
umva gusa nabikundiye pee Rose niringire ko wafashe ikayi ukandika ibiza kugirire akamaro murugo rwawe nawe ,gusengera urugo rwawe ,kutwo duhage ,kuganira, numukunzi wawe ahhahaha umva nanditse abandi ntago babona aho bandika... gusa mukomereza aho kuko iyumuntu yashatse azi icyamujyanye murugo ntago ata umwanya kubamutera ubwoba nabamuca intege ahubwo ubereka ko ibyabandi bananiye hamwe ni imana yawe uzabishobora good luck....
Murakoze cyane rwose.
Ngo kubikubwira no kubyumva byari igishakwe?bisobanuye iki?plz munsubize
Nashakaga kuvuga ko byari ibintu bigoye kubyakira kuko nabyo byari binkomerekeje mu bundi buryo....
you are lovely and beautiful😍
Courrage Rwaburindi urukundo ni rwongere
Channel yabo yitwa ngwiki?
Pamela, channel ni Family Pillars.
Murakoze
Wawoo 🙏
Muvuze ibyabana baza nyuma yo kubana murankomeretsa pe byambayeho nsanga umugabo yarafite abana 3 😢😢😢
Arko murasa peeee💯
Murasa🥰
Imana ibahe umugisha
Disi mwese muraseka neza
Rose ATI whatup
Mbega ibintu byiza... Bagarure vuba na vuba
Nabibonye ntangira kunvikiganirope
Ahubwo murasa jew narinziko muvukana
Nugusa murasa ncuti nziza
Arikomana 🥰🌹
Wawoooooooooooooo
banza aba bantu bavukana barasa cyane bazakoresh examen ya adn
Yampayinka, ko bivuzwe na benshi ntiwasanga ari byo badi🤔
Hahahah 😂 nimushire impungenge isano dufitanye ubu ni iyuko turi umugore n'umugabo. Iyo rero nayo yatuma dusa cyaneeee 😄😄
Muri beza disi
Murakoze cyane
Kanyana😘
Barasaa
Ndabona munasa cyane!
Sha nanje unsubijemwo inguvu zosubira ndarunshinge nari nari narabifuse mumutwe gusa bisaba gusenga reka mvuge nti waratomboye wa muhungu we😀😀
Muratuje pe!kd murasa pe ndabakunze
Ni beza trop.
Kandi barasa nibyo bitangaje.
Biragaragara ko bose ar’abanyamahoro nicyo kiza.
Guhoberana kuri aha rwose.
Ewana murasape
Murakoze cyane
Umva murasa pe
Hahah 😄 murakoze
Waaw shandakunzenukuri
Muraho Dieudonne nukuri Imana iguhire
Murakoze cyane @JSR
Gisele nukuri Imana izadufashe utubere ministre w'umuryango wakubaka umuryango neza nukuri Ndabakunda cyane rwose Dieudonne aracyakunda gusenga disi nubundi yari pasta wacu
Ndabakunze cyane
👌👌👌👌🙏🇧🇮
wa mugabo we ndakubwiza ukuri abana nabanyu ariko nawe ntabwo ugomba kubajya kure kandi ibyo uri kuvuga harcyari kare pe
Oya wimutega iminsi
Iu
Gaho c ni muhoberane