Umukobwa w’Inshuti yanjye Yarangambaniye😭| Abagabo ba 3Banyica nabi😭 Narazinutswe
Vložit
- čas přidán 23. 08. 2024
- #0785357447 Mama tonny#Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Mwiriwe Neza Ushaka Kuvugisha Mama Tonny wamuhamahagara kuri iyi Numero: 0785357447
Yooo azi kubara inkuru ye neza pe azi kuganira cyane. Gusa disi akunda umurimo. Igitekerezo njye mbonye inkuru hariiho views hafi 2000, buriya buri umwe muri twe dutanze igiceri 100, murabona tutamufasha kwishyura ityo deni rye ryahagaze disi. Mureke ushoboye wese tumufashe mu bushobozi bwacu. Gusa mama humura imbere ni hea abana bazakura.
Rose utega abantu amatwi nezaaaa, uzatumire Angelique Sabin ntiyamuteze amatwi neza,please bring her here
Sha Rose 🌹 ukuntu abaza nukuntu atega umuntu amatwi ndabikunda
Wahuye nibibazo disi, ihangane, that’s why it’s not good to judge all single mothers becouse most of them met with the wrong men who are not ready to build
Rose nakubwiye ko ngukunda! You re so cute! Kandi abantu Bose baragukunda
Rose nkunda ukuntu utega Abantu amatwi pe,ndabigushimiye kuko nibyo baba bakeneye maama, ndagukunda cyaneee 😘💕
Nkunda ukuntu rose utega amatwi umuntu akavuga ukajya umwikiriza nibyiza peee
Uyo mu mabuja yubahwe peee...yeweee...abantu beza baracahari!!!😍😍😍🤗🤗🤗
Barahari gusa kubabona ni chance
Yooo!uyu mu mama ndamuzi disi gusa nanjye ndabiziko yahuye nibyo bibazo
Mbega inkuru iryoshe kwumva uyu mumenyesha makuru nuwambere mu Rwanda pe azi guha akanya umuntu akavuga inkuru neza nukuri ndakwemeyeeee love you so much ❤ ♥ 👌
Ukuntu utega amatwi 👍, bigukundiye wazanatumira Angelique wanyuze ku isimbi tv . Ntabwo yavuze ngo nkuko yibyifuzaga ,agahe kari gato.
Yego Rose uzatumire Angelique
Yegodisip
Mubyeyi ihangane,ariko uwomwana wumugande uramuhemukira cyane ugomba kumusubiza mwishuri kuko nuburenganzirabwe,kuko abobana umureresha ntaruhare yagize mukubabyara
Mukatabaro Jeannette. Sha najye ndumva abahemukira .dore ntabwo yize none numwana we amutesheje ishuri mana nyagasani rwana ishyaka ryo kugirango Abana bajye bige .najye naratawe mfite Abana nkabe ubuzima buranshanga narimfite akazi ariko ka mafuti kdi Abana bajye bigaga privé musengesho ryajye nabwiye IMANA nti papa Jéhovah ngusabye wenda kutampa ibyo nkeneye byose nkufite umugabo Ariko uzampe kutabura menerval ya bana bajye ,kdi uzandinde gu cupirira imbere ya ba keba bajye kuko bankinaga kumubyimba birurwa bamvuga bansebya Ari frecheur IMANA irayinsigawe bakansebya nyagasani akampisha ubu yesu yarantabaye umugabo yarangarukiye Areka indaya yari yaratwaye .ubu turanyuzwe tumeze beau .mubyeyi mwiza rero pfakigabo subiza umwana mwishuri niwe uza kugoboka yarakuze wowe urabyina uvamo. JYEWE NA BANA BAJYE TWARI TWARACIWE IWABO WAMUGABO NTAKINTU NAKIMWE TWARI TWEMEREWE GUFATAYO MA BUKWE YO KAJYA MW' IJURU ADAPFUYE YATURWANIYE ISHYAKA AKAJYA ATWIBIRA NKIBIRAYI NGO NSHIRE ABANA ARIKO ABANA BE BARABIRWANYAGA BAMPIGIYE Abana cyane nkibaza niba Abana bajye barahavutse bikanshanga. Nubu iyobyibutse mana numva ntazigera mbababarira .gusa icyo nkora nugukora cyane kugirango ngere kure hashoboka .none rero mubyeyi mwiza subiza uwo mwana kwishuri niwe uzakurengera ugeze habi
ayiga Mana weeee mbega umuruho,mubyeyi ihangane pe, Imana izagushumbushe pe,uri mwiza ntabwo wasaza utyo
Rose we nukuri ndagushimana kandi ndagukunda, ukora ibiganiro byiza. Gusa nkuko mbere mwatangizaga isengesho nubu muzongere kuko muba mugiye kuvuga ibintu bikomeye.
murakoze
Mpore mubyeyi komera humura Maman, abana bawe bazabaho kandi komeza wihangane ube intwari nkuko wabayeyo kuva kera. Komera 💓💓💓
Uwomumabuja wakwitayeho musabiye umugisha utagabanyije
rose nkunda ukuntu ushyushya ukanashyuhira inkuru. kandi ko utihisha inyuma ya camera. tu es belle
Okkjjjjo
She’s so sweet
Mama birababaje ubuzima urimo biragoye gusa wihangane gusanawe ntagowatekereje neza kubawaravuyemwishuri iwanyu batarikuvanyemo ariwowe ufashe uwomwanzuro hariyawatekereje nabi rwose gusa ihangane bibaho harigihe ukora ikosa rikabyara byishi gusa urintwari nukuri abagabo ntago turabana beza sinzi icyo Imana izadukorera kumunsi wimperuka kuko wakora ikosa ariko kwanga umwanawawe ngirango nikosa utababarirwa abobagabo ndabagaye gusa nongeye kugushimira uwomumama wagufashije Imana izamuhe umugisha nukuri .
Uwo mwana ureresha abandi ntazakubabarira icyo kintu cyo kutamureka Ngo yige.bashakire umukozi uwo mwana atazaruha nk,uko byakugendekeye
Rose nawe ararize disi😭😭😥😥😢
Mubyeyi pole disi knd koko ukeneye ubufasha. Ujyunasenga birafasha
Rose ndagukunda,ukuntu wumva abantu ubitayeho,ni byiza cyane,komeza umuhamagaro wawe wo kuruhura abarushye!
Iyi niyo mpamvu ntashobora kwizera abagabo Bo muri Africa nukuri nta mutima bagira 😢 I’m so sorry you suffered a lot! Abagabo bagire bahinduke pe!
Aka kanyamakuru kavamo akamama keza !!! Wagirango ni agakecuru!! Icyanyereka dis kaganira nu umugabo we.
Pore mukobga wa Yesu uri hard working mother kandi Rose tu es unique wunva abantu ubaha attention bakisanzura yooo Imana ikomeze iguhe umugisha.
Mbega Rose impuhwe zamwiiishe nuwo Mumabuja ninfura disi abantu beza babaho disi
Komera Mama mwiza! Inzira y'ubuzima wanyuzemo ni ndende ariko humura Imana iracyakora imirimo! Abagabo benshi bakora ibyo,ariko uri intwari,urashoboye,uzabaho kandi n'abana bazabaho!
Rose ufite impano yo gutega amatwi na emition. Courage
Uyu mudamu azi kubara inkuru rwose !
Gusa uri intwari komeza ube intwari ku bana bawe ,bagufashe nukuri abana bige ,Imana niyo nkuru
Gusa uzi kubara inkuru pe. Inama na kugira nubwo wa mukobwa wa gushese udatekene kumugira inshuti ariko reka kwikunda urebe inyungu zu mwana. Uzagerageze umushake umubaze Kuko wasanga we azi aho ari Cg azi uwo baziranye. Please bikorere uwo mwana Kuko she deserves to know where she come from. Thank you
I love Rose. God bless you
Uwo mumabuja wawe ntuza mwibagirwe ibyo yakoze biboneka hake Imana imuhe umugisha pe
Kandi disi usibye kutagira amakenga gusa ubundi uyu mudamu ntiyigeze aba ikirara nkuko bamwita. Ikindi azihangane ashakishe wamukobwa wamushyiriye umugande azamufasha kubona se wumwana we wambere. Nuko yabaye intamenya yari yamusigiye number yamushakiraho.
Yooo Imana ikorere mu paapa babo bana wenda umwe muribo yite kumwana wee yubahirize inshingano ze .pole mama iracyakora Imana
Nibwo njyitanjyira inkuru arko Sha wizerega abantu cyane pe😢
I'm so sad
Sinzi impamvu utizeraga famille yae ngo ubabwire byose
Yarazereraga kubii mukase yamuroze uruzerero sha
Yewe noneho wamugani menya amarozi Abaho ,
Kuko ukuntu yumviraga mukase no mumafuti pe ,amubeshya 🥲 ,niho ibintu byose byatanjyiriye,birabaje
Gusa pole kubyagukomerekeje byose
@@clarissemanzi9733 yiii
Ubujiji disi ariko na mukase yashyizemo akantu si gusa pee
@@mamakensane8388 yamuroze umwuka wuruzerero
ndabasuhuje! ark nyamuneka abantu bafite amafaranga bashaka gukorera umugisha ndumva bamufasha nibura akabona igishoro akegera abana agakorera hafi yabo
Uyu mubyeyi ndamukunze izo nshe avukamo numvishe nzizi,Imana imugilire neza pe
Mabuja wawe Imana izamuhe umugisha mwinshi. Yabaye intwari.
Humura rwose mubyeyi imana nise wabose
Impole mma tonny Allah azagukorera ku vyifuzo 🙏
😭😭😭😭 ndabuze amagamboooo
Nkunda umugore uzi gushaka .amafranga pe ndagukunze cyane pe
Godence humura Imana niyo nkuru Kandi urintwari komeza ukomeze ubutwari .Kandi ntiwihebe .gusa ufite icyo agufasha yagufasha kugirango abana bige
Abo bana rero mubyeyi warabapfiriye pe. Ariko kubasiga ni ikindi kibazo kizabatera kuba batana. Rwose shakisha uko wabana nabo.
Komera mubyeyi uri intwari! Imana yo mwijuru ihoza abahoze iguhoze muvandimwe. So sad
AZASHAKE WA MUSHUTI WE UZIRANYE NA SE WUMWANA WAMBERE YABA AZI NUMBER YUMUGABO. UMUGABO YASIZE NUMBER NAMAFARANGA HARICYO YACYESTEKO YAMUTEYE INDA.
UMUGABO ARI INNOCENT AMENYEKO YAMUTEYE INDA YAZA KUREBA UMWANA WE...PLEASE MUMUFASHE GUSHAKA UWO MUSHUTI WE...ABAGANDE BAKUNDA ABANA....BABO
Ababyeyi babyara ntibarere nizo ngaruka ziboneka mubana.
Mukobwa Pole sana abagabo urabarenganya.... umukobwa ntajyana numugabo umuvugusha neza cyangwa umuha cash, urasabwa ugakobwa nubwo yazaguhemukira nibura biba bizwi. Gusa uri intwari uzabaho neza amaherezo
Ayiweeeee nsabiye umugisha uyumumabuja wawe pe yarumuntu yamuntu pe
Ihangane cyane peeeee. Imana Irakuzi
Imana ifashe abagore pe
Ihangane shenge urumubyeyi mwiza kandi ushoboye
Woe jyuberekurukundo kandi ntugatume bagira igihentakimwe batekereza kubyabase, woe ifashirize abanabawe ukubishoboye
Nkunda Rose atega abantu amatwi abantu neza
Jewe mazeimyaka ibiri ntareba umukobwa wanje ndimuri Saudi Arabia ndihafigutaha🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇸🇦🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Julie Ls123.niwowe yita nyirabuja ?tebuka uze umurwaneho wa mubereye umusamariya mwiza. Jéhovah azaguhe ibyo wifuza byose.
Abagabo se wumva iyo nama ubagiriye bayumva? Ahubwo abagirwaho ingaruka nibo bagomba kumenya uko bitwara kuri abo bagabo.
Ihangane mubyeyi, abagabo bo ni shuli nkirindi , gusa ibyo byo mucyaro bakunda kuroga amatungo
Humura Imana izakurerera niyo se W'impfubyi Kandi nukuri ufite icyo agufasha yagufasha abana bakiga
Ariko disi, Rose is beautiful 🥰🧡
Rose Imana izamuhe umwana disi nawe ubu aba yicecekeye kandi yiburiye akana
Yoooo biteyagahinda pore humura imana nibyose
Mama Tony, burya bwose n'imyaka tumaze tuziranye . Ugira ibanga pe 🤔🙈
Mubyeyi ikiganiro cyubuhamya bwawe nibwiza ariko bibere abakobwa icyigisho cyo kutarangara kandi bajye bemera ibyabasore bavuga aruko barugezemo ndavuga urugo umusore wagukoye ntiyaguhara kandi bona nubwo yaguta nundi uje bibabyiza iyomubanye musezeranye bakobwa mujye mwizera urukundo ruherekejwe nimirimo urwamagambo ntimukarwizerepe
Rose utega amatwi umutumirwa wawe kandukamwubahape uzatumire Angelique Sabe ntabwo yamutezamatwi
Mwarangize mukirirwa mubwira abantu ngo kuki batabyara !😳😳😳 kids are just a victim.😏 pole mami . Abandi twigireh.
Rose ni umuhanga cyane nkunda ukunntu abaza nukuntu atihisha camera
Easter africa we share🤣😂
Sorry ntabwo nkusetse ariko niko bateye wowe senga Imana ikwereke inzira wakirerers abana ntanumwe utezeho ubufasha kuko uzabuguha aza akwitezeho inyishyu kandi reba warumaze kwigerera aheza,uracyeye 👏❤️
Yesu we mama ihangane mbega ubuzima
Nishimiye ko wowe utaharabitse .abantu nigacye numva .abashimira banyirabuja
Cyakora iyisi ni dage pe😭😭😭
Impole mama 😭😭isi nta mpuwe igira
Kubyara umwana ukamwihakana nubusambo numuvumo abamama bubahwe buriya lmana yaduhaye icyizere gikomeye bazajye Banga tubarere imigisha myinshi iba idutegereje
Ati"nahuye na nyirahuku yahukanye"
Ubuzima buragoye gusa komera Kandi uyumubyeyi imana yakoresheje ndamukunze imana izamugirire neza ndamukunze yakoze ibyubutwari
Rose nkund' umusatsi wawe uzabwir'amavuta ukoresha please 🙏
Disi natubwire🙏
Ni plant ntabwo ari imisatsi
@@uwerajuliet780 Sha urakoze nabyitegereje nyuma .
Nkunda introduction yawe rose 🌹🌹🌹🌹
Jye ko ingurube zimbabaje koko kd nd umu Muslim koko 😢😢
Arik mana kuki aba damu beshi duhura nibibazo nkib koko mama wihangan iman irskubon
Yewe maman abagore weeeeee
Kugira abana 4 kubagabo batandukanye
Nabatanu barababyara chr
Abagabo baragoye wamumawe ihangane ariko tujetwibuka kuboneza bidufasha kutabyara abana tutiteguye
ati koko niko byagenze nakunze iyi mvugo.ikindi nakunze ukuntu atacitse intege nyuma yuko abyaye abana ba east africa😂yaranarumbukaga pe uko ahuye numugabo agasama😂numugisha kdi ninamwiza.ahubwo iyo atwereka abana
Wamubyeyiwe komera shikama imana irikumwe nawe imana numubyeyi iruta abandi babyeyi bose
Amena
Bwambere yahuye n'ibibazo ariko nyuma yaje guhubuka nago yagombaga kuyita afata umwanzuro wokongera kubyara n'abandi batarakura
Ariko kuki abantu turi abagome koko?? Mana tubabarire imitima yacu irijimye pe kandi udufashe guhinduka
Aha muri Kenya ndabona utarabaze neza pe!
Pe
Mpise nkora subcribe kubera ukuntu ngukunda cyan Rose
Nukuri sindabona umuntu wakiriye kwivuko iwabo pee
Uyumubyeyi afitibibazo ariko byababyizawiyejyereje abana niyohene wabaha nisosibakabaho kubasiga nakugaye nokukubonahafiyabo byabashimisha niweyejyereze abana
KwizerA abagabo bigira ingarukambi
Buri gihe ntihabura facts ko ibi biganiro biba ari ibinyoma : nyumvira ngo umuganga wamubyaje aravuga ngo ariko indaya zibyara abana beza koko ! ndakurahiye iki ntikigezeho pe ! ibi biganiro byerekeye ingo bizagenda gute ngo biveho ko biri kwandagaza birarabika bamwe koko , bari gupanga uburyo bwo gukorera amafaranga bagaharabikiramo abantu kuko bacikwa biterwa no kuba ari inkuru mpimbano !
ngo afite abana bane?uwa kane yamuvuze ryari ko yavuze batatu uwumugande uwumunyakenya nuwumunyarwanda
Ariko abagore turi bimara mana weeee ntago naguseka nukuri
Rose uvugishije ukuri nkuyu Mumama umufashije iki uretse kumufasha kwishyirahanze bikazagaruka nokubana biwe nabuzukuru urabona umufashije iki Koko haramateka yumuntu kabone Nubwo yaba arimabi abarayawe ufashyirahanze ahubwo ukiga kubana nayo.
Wihangane
Gukomeza kubyara abo undashoboye nibibi cyaneee
Izo nda zose bite?
AZIGE KUBABARIRA KUBERA ABANA
ASHAKE BA SE..BABANA BE ABAHE NUMBER BAJYE BAVUGISHA ABANA
BIRAGOYE ARIKO KUBERA INYUNGU
ZABANA YABIKORA BOSE BARISHOBOYE NTA MUSHOMERI URIMO..🙏🙏🙏
😀😀😀😀ngo nyirahuku yahukanye hhhh
Ndababaye peee wahuye nabagabo batagira ubununtu peee
Ukuntu abagore baruha,iyaba barekaga imiteto.umugabo n,iyo yabyara n,abana batanu arirukanka aho ageze akiyita umusore! Hhhhhhhhh
Nikobimeze p
Uvuze ukuri caaane! Ariko kubera urukundo aba mamans tugira ntitwibaza ko abagabo bashobora kuba abagome bigeze kure.
@@ryizairiba9362 hahah arikose mwagizengo ntabakobwa biyita inkumi barasize abana iwabo? Yewe bashobora no kuba abagome kurenza abagabo Kandi ingero zirahari mubagabo nabagore hose habamo ababi nabeza erega hari nabapapa baruhana abana bonyine Niko bo Kenshi badakunda kuvuga mwitangazamakuru!
Mpole muvyeyi imana niyo izokurerera ico womenya aba gandais s abantu beza nanj barangize akantu ariko imana yarambay hafi naw izogutabara je yasize umwana twavyarany afis amezi 9 ariko atangura kugenda non Ubu umwana afis imyaka cumi kandi nanj naragize mariage Imana ni nziza senga izogutabara aba gandais Bata amagi aho bagez nk inzoka
Yewe abagore we murinzabya zoroshye koko.abana 3 badahuje base? rero gukunda sicyo kibazo ariko mujye mugira ubwenjye,guhura numugabo ntibivuze gutwita abo mutateganyije mugire ubwenjye.