MAZE GUKORA DIVORCE KANE😢Umwe yantekeye umutwe muri KENYA|ABAZUNGU BABIRI TWAPFUYE ikintu gikomeye
Vložit
- čas přidán 19. 09. 2023
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Mumpe like numve uko bimera dore nje mubambere
Greetings from Senegal, Kayaga twigeze kujyana Kampala muri bus agenda adutera story. Sinzi uko twagezeyo pe. This man is so nice !
Imana izaguhutiremo neza rata ntuzongere guhura nabatari abawe uzahure numugore wawe magara ntunsige ubuzima burakomeza nyuma yibikomere❤❤
Ikigaragara n'uko KAYAGA nta mutima mubi agira ❤ Ibereho mwana w'Imana 🙏
None abagore 4 bose bagiye bate kumugabo ufite umutima mwuza. Yooooh.
Ahubwo ntashibotse
@@rodriguerwaka987Naw ahubwo bamucungeee. Ikindi iyo mishatsi kwirenz😊
Ubundi aba raster bavamo abagabo nibake cyane, iyobahaze itabi bakubita abagore babo
Kayaga ni Rasta man
Ndagukunda Kayaga we, iyo uvuga mbanumva naguma nkakumva uzi kuganira kdi Uzi ubwenge❤
Ubundi iyo mbonye uyu mugabo mbazineza ko ngiye kumva isomo ryubuzima❤❤❤❤
Cyakoze SABIN , bavuga Divorce agaseka cyaneeee.... Wagira ngi Divorce si ijambo risanzwe ry'igifaransa !!!
Sabin nukuri wiseka ahubwo mwiyegereze😢 ubuzima bujya buruhanya nyamara.ariko haracyari ibyiringiro ko igiti cyatemwe cyongera gushibuka. Ariko byose ni Yesu.
njyewe ndemerenya nawe rwose nuhahandi abantu bapfiramo ngo ubuse nasenya 2 abantu bavugiki wapi rata ibyo uvuga nibyo rwose
Pôle sana , Imana izagufashe nikuri pe kuko wamaze kumenya amakosa naho bitagenze neza . Uzasenge Imana izaguhitiyemo kuko niyo izi umugasha ugukwiye.. courage kabisa. Ikiganiro kirimo isomo vrmt
Uziko ikiganiro cyubushize nakirebye ejo ndamukunda cyane kayaga
Uyumugabo ndamukunda cyane ujye umuganiriza keshi kuko aranyubaka
Maguru ibyo avuga nukuri rwose. Muri 2020 narwaye depression mara amezi abiri munzu ntakaraba mvano mwishuri. EUROPE BIRAKOMEYE BASORE RWOSE
Pole disi,nizerek umucyo waje kukurasira🙏🥰
Hellooo... Ras_Kayaga umujene wamahoro cyane nzi,,, ikitenze ibindi nzi nuko waganiriye nawe ukobyagenda kose mutandukana Hari ikigiye mumutwe gishya cyagufasha mubuzima.
Big time Brother Kayaga🔥 and thanks for teaching us🔥
Ni wowe mubi😢😢😢😢
I like your honesty
Thanks Kayaga utanze isomo ryiza kabisa 🙌
Abazungu nabo erega ni abantu nk'abandi. Kuki se mwumva ko bagomba kwemera ayo mafuti? Niba yarananiye na bene wabo ubwo niwe udashobotse
Wagiriye ibibazo i burayi ariko niheza peeeeeee ! Ntacyo nahashinja 👌
Hakubera heza nanga hakakubera habi. Nibencyi bagerayo bagahura ningorane
Cyakoze Sabin amaso namatwi yawe yumva byinci p 😂😂 nugushaka umuntu nawe ukajyumuganiriza nkumu therapist
Sabin waje muri summer uzaze muri winter. Wirebere rwose mpaze 15 years ntaragaruka ariko nuko nzahavira rimwe
Chn winter muba mukomere we nukur mwihagan pe
Sabin CPAS bayiha abafite ibyangombwa cg bafite demande d'asile bakiri leta ikiri kwigaho ,hayuma na chômage bayiha umuntu wakoze akazi kazwi na leta.
Ndahakuye isomo kuko harimwo amajambo yigisha Amen kayaga komeza
Pole sana ntibibavyoroshe 😢😢😢😢😢😢birababaje
Hhhh aranyishe❤
Njyemubambere Kwa sabeee🎉❤❤❤
Ihangane, Divorce ya docs zo ni nyinshi.
Ntabwo ari i Burayi hose banywa inzoga nyinshi nta mibare. Ahubwo ni ingeso yibasiye cyane cyane abanyafrika batuye mu Bubiligi. Niba ari uko ari benshi, bya bigare, urugomo, kwirirwa banywa ntibakore... uburara... birabokama, bityo ntibiteze imbere.
Umvugiye ikintu pe nanje ahontuye ntabwo mbona bamwa izoga ntanumwanya babona wakuzimwa barakora cyane pe
Ntibakavuge murirusange bajye bavuga bati uko nabayeho naho nabaye kuko simububuligi hose kuko nzi abantu baba mububiligi bateye imbere rwose ntago imijyi yose mububiligi ariko iteye baca umugani ngo ntamuryango ubura ikigoryi aya mahanga uko witaye niko agutwara
Ras Kayaga ❤
Ese ko muri gutanguranwa muri comment nanjye ndimubambere reka ntere agatebe
Ngiye naba mubambere pe!
Kayaga we, ikiganiro cyawe ndenda kukirangiza Ariko reka nze nture ikarito nguhe intsinzi
Sha KAYAGA rwose iyo mubonye Stress zirashira 👏👏👏👏
😂
Uti nzashaka abagore3 icyarimwe!!! Njyewe uransekeje cyane
Ras kayaga ndakwikundira ugira ukuri kwinshi. Cool❤❤
Nukur pe
Nice encouragement
Also like your intelligent
Ariko abo bagore utana nabo numara kwiyunga nkuko ubishaka ntibazagaruka?
Cyangwa ubibona gute?
ndabasuhuje Isimbi tv kukiganiro
Mwagiranye uwomuvandimwe
Nasanze tugiye guhuza amateka
Yogutana nabagore 4 byambayeho
Niyompamvu nakunze iki kiganiro
Murakose Kandi mukomerezaho
Bibaho ariko buriya ubufite ikibazo
Erega abadam iyo barajaye cg bababaye,ukabaha umwanya akavuugaa,akariraaa,ukemera ukamwerekabki umuteza amatwi,bihita birangira.upfa kuba ari wowe wigagaje,watangije intambara.emera akubwire rwose
Wakuricyije papawawe ndakwemeye nanjye ntagukunda umugorumwe
Kayaga twari tumukumbuye cyane
Namubwira ngo humura Imana irubaka.
Kayaga atanga interview nziza zubaka, ujye umuzana kenshi cyane atuganirize
Uburayi harikera
Yoooooooooo😮😢
Your 're Real African.
Birababaje nyanara !
Uraho Sabin
Cool guy!
Ndagagaye
Ufite ikibazo brother. Ukwiye kwibaza ikibazo cyawe ukakibonera igisubizo mbere yo kongera gushaka
Yavuzeko izo yempera ari 2. Izindi 2 zarizo gushaka ibyagobwa. Niba utarabaye hanze byakugora kubyumva uko umuntu akora divorce mugihe bari gushaka ibyagobwa.
Number 1
Uyu mu Rasta ukuntu abivuga yisekera divorce 4 urabivamwo pe vyaranse😂😂❤🇧🇮🇺🇲
Uzabivemo ubwo ibya mariage si iibyawe. Iyo ukoze divorce 2 iya gatatu igeraho gute. Courage .
Rata n'indi ntambwe wayitera ntarirarenga
Yigire i Roma mugipadiri
Uyu mutype muzi ecole primaire de Kacyiru
Nkugiriye inama wabanza gushaka ikibazo kiri kuruhande rwawe ukagikemura mbere yuko ushaka uwagatanu kuko abagore bane bose siko bakunaniye ikibazo kiri kiri wowe pe.
True
Uvuze ukuri rwose umugabo sukwigagaza
Uburayi wiburenganya ahubwo wabayeho muruzerero rw'abagore ntiwamenya gushaka ubuzima
Ubivuze ukuri rwose ,kuko uko ushaka abagore barenze umwe uba uri mwiteranyuma rwose
Gusa uphukame usenga kuko hari karande zikugendaho .
Nbr ya uno
Kibaye gito pe
Sabin ugizigitwenge wumvise koyarongoye abagore4😂😂 erega aravyemerewe arik nyibiba vyoroshe kuguma ushaka🫣🫣
Nubona ari ngombwa ,nzaba ndi mu Rwanda mukwa kwabiri le 15/02/2024 wambwira,nkitegura tukaganira ku bintu bitandukanye,yaba ari ibyi Imana, yaba ari ubuzima busanzwe,,icyonzi,bizafasha benshi mu banyarwanda,dukunda isimbi tv,kdi uwiteka agumye abagure
Pole kayaga abagore 4 nibenshi
Ukonukuri avuze ukuri
Sabin muri kuduca intege dufite degree nubuzima ariko nakazi dufite muri Kigali ku myaka 35 none nigute wabona opportunities zakazi ahandi ntugende uzi ibintu muvuze hajemo kwirengagiza urubwiruko rwabahungu turababaje turi mwicuraburindi nta vision pe depression iratumara ahubwo 🤓
Erega ikibaz nuko twe urubyiruk dutekerez hafi ukumva uzater imbere aruko ukoz ibyo wize kd ubu ntibigikunda p
Jyubareka ntabyobazi
Nubona opportunity uzaze ntibakubeshye imyaka ntacyo ivuze ariko uko babivuze ugomba kujya aho ugiye aho ariho hose ugomba kumenya uko hameze ningaruka zo kuhaba.Uragerageza byakwanga ugataha ntihagire uzaguca intege.Gusa kujya muri ibi bihugu uri muto birafasha kuruta iyo ukuze
@@blandineineza8449 No bavuze ko niba warananiwe kugira akantu gato ukora hano mu rwanda byibura ngo ugeyo ugiye kongera ,bavuze ko nubundi utabibasha.ntabwo bavuze ko bitakunda
Maguru weee uransekeje ndanagukumbuye pe
Ahwiiiiiii😂😂😂😂😂😂 akantukokuragirimbwa kanciyimbavupe ubuzima buraruhije umunyarwanda waragiyimbwa ihangane
Kuziragira s'ikibazo ireba kucyo akuramo, kuko haraba korera muma office yahemba kdi aragira imbwa, turenge akazituro k'imyumvire ituma Africa tudindira mw'iterambere.
Kayaga ndamuzi tuvuka hamwe mu nyakabanda.gusa avugisha ukuri.
Kuba umugabo !!!uvuze ukuri pee..
Hahahaha, Kayaga we! Urinfura nibakureke. Ntuzi nokubeshya pe
Mba mu Bwongereza ntabwo bemerera umuntu udafite ibyangombwa gukora
Mazina yanjye Urumuntu wumugabo nanje nitwa Kayaga.
No 1
Nitwa Gasongo Emmanuel,mba muri Zambia
Kanagawa disi umwana wiwacu mu Nyakabanda ,wakundaga inuma kera ngo na nubu iwanyu ziracyahari ? Unkumbuje abantu biwacu cyane ubantahirize muvandimwe kdi ihangane komera
Ni karende ya gukurikiranye
When it’s Kayaga , ikiganiro ngifungura vuba vuba 😊😊Twari tugukumbuye Kayaga
Sabin uzaze mu Budage ho ducumbikira abashyitsi😢
Am first😂
Reka nshake ka gasongabugari
Worora ingurubu urumusiramu
Nkunda ukuntu uyu mugabo avuga atuje
Yesu azagufashe ukizwe pe umukorere naho ubundi ntabwo wazumva impanda kd no mwisi ntiwishimye
Ukaba urarumuciriye Malaika we
Ukaba urarumuciriye Malaika we
@@lolitaimena9782Wasanga ari we mubi kumurusha!! Niba se abo bagore batari bashobotse, yabihambiraho ngo batamuseka ko atandukanye???
@@dorotheuwamaria5107 suko
@ Mugenzi inyuma yizo divorces, noguhanura ko mariage woba urayihoza! Urashobora kuronka umugore mubana mariage ikazoba après 10 ans de vie commune!
Azasaza nabi!!
Nabi cyane
😂😂😂gusaza neza Se nigute MWe bwe.di
Kontari kubona ino video
Iyo nikarande yigendera
Harumuzimu wakarande ukuriho
Shyira amavi hasi bro
Ras Kayaga ndagukunda cyane ❤
Nkunda uyu musore ibitekerezo bye ariko yarakakaye ibyo nibyo kabisa kuba umugore yavuga ukamusubiza uba ushaka intambara idashira pe guceceka ni umuti
divorce 4 ,wallah nange kanzane umugore, Ndumva kurongora bitari big deal, Urumva abagore bose uzi ubwambure bwabo
Uyu ni kayaga tuuu
Kumenya ubwenge butarimo akavuyo
Isomo uraritanze kubagabo 👌👌
kayaga we uraganira pe
Sabin rero kukantu kimbwa ntarelacha
Arabisaaaa
Isimbi ndabasuhuje ibiganiro byinshi mukora ku mibereho yi iburayi, mubikora murwego rwo kuryoshya Cg
gutwika ?hari igihe mbyumva bikantera kumva nazakora ikiganiro cyo kubanyomoza Cg cyo kuvuga ukuri kwibibera iburayi 💔💔uwo mu type afite byinshi arimanganya
Umworozi wingurube niwe mubi kuruta uzirya believe or not kuko utazoroye abazirya ntazo babona
Hhhhhhh Kayaga rwose😂😂😂😂😂
Sha nkunze uyu mugabo amagambo asorejeho nie wambere
Koza imirambo ni amahitamo y'umuntu ntawe bahatira kubijyamo ni umuntu ku giti cye ubyihitiramo !