DIVORCE YANJYE NAYIKOREYE IBIRORI|TWARARAGA DUTERANYE IMIGONGO😭INTIMBA N’ISHAVU BYA SHAYO NI ISOMO
Vložit
- čas přidán 6. 09. 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
chat.whatsapp.com/DlInFVlv45L98HwfQZDdbO ushaka kwinjira muri la vie est belle wanyura kuri iyi link👌🏻
Ese njye ko byananiye bajyamo bate bahu😮
Courage Shayo. Nyoherereza number yawe. Nifuza kuzaganira nawe
Rwose, mbabarira Rosa umpe numéro ya Shayo. Ndumva twariganye ndamukunda kandi ndifuza kuganira na Shayo
Muraho neza Rose wariguchira ninamba ze
@@aimeenikuze8592yavuzeko afite CZcams channel, I am sure wamwandikira kuri channel ye.
T'es courageuse ❤.
Gloire à Dieu .
Ubwiza bw'inzu ya nyuma buzaruta ubw'inzu ya mbere.
😭😭😭oooh iyi story irandijije,inyibukije kahise kanje kurugo rubi. Ariko ndize vyinshi🙏🏼
Nanjye iyo ngeze kwitariki naboneyeho divorce, nigurira aga fanta nkazamura ishimwe ku Mana yatumye ntandukana na giti mu jisho. Cyari cyaranyishe urubozo neza neza.nari narapfuye mpagaze. Ubu meze neza ndatuje.
Ongera wigrire akandi, harigihe ushaka neza ukaba mu kuzimu abantu bakakubona ugenda kd warapfuye kera😢😢😢😢😢
Hhhh ndagushaka
😂😂😂😂 umva nshuti baho wongere ubeho nshuti nziza, ntuzemerere umuntu kukwica uhagaze apuuuuu bagiti mujisho ndabasuhuje nukuri😂😂😂😂
Oohh! Sweetheart ❤❤
@@ishimwec3886😂II.🎉ún by aye😂 ㄴ
Kirazira gusubira inyuma mubyeyi gusubira iwanyu nirindi Shuli ribi cyane kuruta aho waruri Impore ndakumva cyane
Ihangane mubyeyi,Imana ibyumve izongere iguhe urugo noneho Rwiza cyane.haraho nageze ndarira😢 ariko nibyiza ko noneho wowe nabana bawe mumeze neza ,Imana ikomeze ibane namwe muri byose.!🙏🙌
Humura ma belle Charlotte we love you too nukuri Imana murikumwe 😢 ndagukunda cyaneee urumugore wumunyabwenge cyaneee
Ndafashijwe disi, Imana ni umubyeyi.keep shining chch. ❤❤
Peter warakoze…kubwumutimA wawe mwiza Ngusabiye Umugisha Najye ❤
Yooo Sha chayo komera Nukuri Ndakumva cyane Kandi ibikomere ufite Imana izabigukiza komera mukundwa 💞
ROSE wambaye neza cyane, sha uyu muntu duhuje byinshi ariko kurota ko😇😶🌫 nkunda kurota ibintu bikaba ibigomba kumbaho byo cg ibyerekeye kurijye sha inzozi zubahwe
Mwarabihiwe kweli.pole mama.hanyuma yumubabaro uzishima birenze.amarira warize uzayahozwa.
Gushaka bwa kabiri ntacyo nkwijeje niba wumva ukunda abana bawe ,Saba Imana iguhe imibereho ituma ubaho n' abana bawe kdi neza
Niba ugitekereza gushaka ,ntuzi kuzi nukwa pe!!!! Niyo ndebye umugabo ngirango mbonye ingwe cg intare yinkazi nkiruka nanga nuwansuhuza ,isesemi iranyica ,umugabo yari data
Sha uko Niko kuri
Ndafashijwe peee ndumva mbuze icyo mvuga❤ burya abagore dufite ubuhamya bukomeye, Uwiteka adushoboze tubashe kwiga amashuri neza .
Imana ibahe umugisha. Komera Charlotte,Imana igufitiye ibyiza byinshi.iragukunda nibyo yibwira kukugirira ni ibyiza.
Ndagukunze caaane Shayo kubona wahavuye wigirira confidence. Ngiriyeko nshimira Bébé yaguteyintege ugasohoka muri uwo mwobo utubwiye. Imana ibandanye kuguhezagira sha.
Uri mwiza uri imfura. Utanze impanuro nziza caneeee ku bandi bintu bari mu bibazo nkivyo vyawe.
Merci madame pour votre témoignage 🙏🏼😊
Sha nibyo pe,iyo umubabaro ubaye mwinshi umuntu arahinduka cyane
Komera cyane mubyeyi gusa ikigeragezo cyambere nukukivamo ukereka uwo wakujyize undi ko ugomba kwereka ko harimana icecekesha
Ntibizahora uko! Yesu azaguhoza Chayo, uri umukobwa mwiza komera!
Komera mugore mwiza Imana irakuzi... unyigishije ubumuntu Imana izampe umutima w'imbabazi nk'uwo wawe🙏
Yoo Shayo komera mama!!! twakoranye umurimo w’Imana muri tumaini choir, waritondaga kuva cyera, Yesu akomeze kukomora ibikomere
Pole chr imanaizakomora ibikomere mumutima Kandi turahari kubwawe tukuririhande NatWe ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Rose wigirira umutima mwiza!Nkwifurije urubyaro muri 2024!
Yego nukuri Imana ibyumve
Divorce ningombwa cyane surtout iyo uhohoterwa nabana bakabahohotera,unaba mubintu utanavuga kubera umutekano wawe,rwose divorce ningombwa pe pe pe ,nijye ubizi uburyo ari ngombwa.
Mpore mpore Chayo wanjye, komera Uwiteka niwe Mana, ntakabuza uzabona ineza y’Imana mu isi y’abakiriho , I love you always my sister
Sha! Ihangane wamvugiye byinshi! Njyewe narazengerejwe nteshwa agaciro gusa warakoze gufata umwanzuro! Gusa ibyanjye birenze kubyawe pe!
Gusa lmana izaduhe urukundo tutahawe n,abarutubeshye!sinzi niba nziyakira!
Murakoze cyane Rose guha urubuga Chayo. Mbega umugisha muhaye abantu.
Chayo ibintu uvuze bikijije benshi cyane byomoye ibikomere bya benshi cyane, wuzuye Umwuka w’Imana kandi uyobowe n’Umwuka w’Imana kandi usize amavuta aturutse ku Mana. Urakoze gusa kandi umugambi mwiza w’Imana kuri wowe n’abawe ukomeze usohore uko umunsi ushyira undi
Oooooh mukobwa mwiza ndagushimye warihanganye ariko Imana ifite pieces umugani wa Pastor Claude
Mureke mbabwire narinziko ntamugore cyagwase umukobwa ubyibushye unjyuruha ntinyakubaka kuberako nanutse cyane mpimwa 50kg ariko mbabumva abagabo bose bakunda abakobwa bafite amabuno cyagwa c bafite umubiri munini nyine ubonako yavamwo ikimama cyiza none tsanze naribeshye ubwose koko uyumumama kwarimwiza buriya yazizikikoko😭😭😭😭 yesu azakomore mubyeyi mwiza
Pole shayo ugeze kuri familles no kugeragezea na ADN yawe biraryana no kubivana mu mutima bikananirana gusa Imana niyo byose humura
Mucyeba wawe Imana Imuhe UMUGISHA kubwo guca bugufi kwe pe.
Umutima wawe Charlotte,Imana izawukwibukire,wakoze igikwiye,wabaniye neza,warakoze nubwo wari ubabaye
Courage Chayo tuvuze twasarara imiryango ibyo idukorera birahambaye
Ni hatari
Tujye twituriza ahubwo tubyereke Yezu wenyine
Rose thank you too ko waretse umubyeyi yibohora hari abo mbona babakira bakabaca mwijambo cg bakabihutisha ugasanga batabohotse neza.
Urumutesi wararushye Yesu aragukunda cyane
Chayo, urakoze cyane kuri iki kiganiro kandi n'Imana yarakoze, inashimwe ku bwa byinshi igikora. Mu by'ukuri, ibikomere bikomeye kandi bikomeza byahitanye benshi mais malgré tout la vie est belle.
Humura Kristu yagukunze mu cyimbo cy'abavandimwe kdi buriya abo bavandimwe bari ba mwarimu
Yoooo mbega humura mwijuru hari Imana ikiza ibikomere kdi impore shenge Imana izaguhe abagukunda bakwibagize ibikomere waciyemo gusa ni Imana yomora ntakiyinanira❤❤
Imana wayishize imbere izakugirira neza ndabyizeye🙏 abamama barababara ukagirango nibo babigizemo uruhare ark sibyo .
Komera maman Yesu aragukunda cane nta Kure habi Imana itakura umuntu ntakure heza itogushikana
Komera mubyeyi mwiza Imana iri muruhande rwawe .aho gupfira murugo ukarimbuka kuko ntajuru ryagahinda ribaho cyangwa ijuru ryumuvurungano wa divorce gusa ukamenya kwiyubaha.murakoze
Komera shenjye, mbegaa kandi wumveko ibyiza biri imbere💕
Chayo ubuhamya bwawe Ni bwiza cyane ariko wihangana ntukavuga abantu mu mazina
Komera mubyeyi mwiza,uwiteka azaguhoza amarira 🙏🙏
Urugo rubi burya birunvikana naba nyamqhqnga 2 baba bahuye ariko sha ibikomere families zidutera nyuma yokunanirwa urugo Imana izajye ibakubira inshuro zitabarika😊
Urumubyeyi mwiza Imana igukomeze❤
Humura nshuti yanjye Imana izakuba hafi nanjye niko byangendekeye ariko nihaye amahoro
May the lord strength you mum
CHARLOTTE WE KOMERA CYANE NTA KINDI NAKUBWIRA 🙏🏽❤🙏🏽❤🙏🏽❤KUBAKA NTIBYOROSHYE. NI ISHULI NKUKO WABIVUZE. BISABA KWIHANGANA ARIKO NTA MPAMVU ZO KUBAHO UBABAYE. IMANA IRAGUKUNDA HAMWE N'ABANA BAWE❤❤❤❤
Yooo,yamubwiye ko igit...b cye ko kitaryoshye,cyangwa gitafite a......ziii,pole shaa.
Imana ijya ifasha ingo ikindi nukutavuga amazina yabagufashije. Abakubabaje ubavuga ntuvuge amazina nahubundi wahuye nibara pe. Aliko siko bizahora kubamwizeye. Yesu Yesu aracyari kungoma Kandi uko yarari niko akiri humura ibyiza birimbereeeeee
Quelle témoignage❤! Mbuze icyo mvuga uretse kurira😢. Lien mwatanze ntifunguka, umuntu yakwinjira muri la vie est belle gute?
Uretse abaciye mubuzima nkubwawe nibo bakunva .abagutuka bihorere
Abamutuka ni injiji twe turamwumva tubana nabyo tukibirimo
@@user-ym8sd3kk6fNanjye nifatanije nawe mu niba aro w’ubukwe yaciye mo
Umva mu buriri nanjye narakubititse kuko hari igihe nasenze Imana ngo mbe impuissante ( mbese nasenze Imana ngo sinzongere gushaka umugabo kuryamana nawe ) !!! Rero ntabwo ari ubujajwa hari abantu twahuye kandi tugihura n’ibikomeye ndetse no mu buriri 😭😭😭
Ihangane pe tukumva100%
Nyabusa baragushavuje kdi rwose urakunditse gusa ubuhamya bwawe byanyubatse kdi rwose yesu nakomeze akunezeze
Komera Charlotte warabajwe ariko Imana isumba byose ntabiba itabizi Kandi iragukunda. Bwabwenge wabonye haranira kubukoresha urere abana bawe
Humura mama Imana izagushumbusha undi uri umubyeyi mwiza cyane❤
komera bazina !erega ubanza ari izina !gusa tuzi kwihangana gusa uzangire inama wenda nange nava ibuzimu nkajya ibuntu!
Komera cherie! Ndakumva, Iman iguhoze amarira
Komera weho urabohoste wanvugiye ibintu wunveukomeye Imana niyo mugabo muzima.
Humura nshuti yanjye Imana izaguhoza kandi uru mu maman mwiza cyane
Wooooow imana rero ukora ukwishyaka komeza ube umubyeyi ❤❤❤wintwari
Bibaho bakakwanga iyo wahuye n,ibibazo bakagufatanya n,isi kimwe nk,abandi bose,aliko byose bihuriza ko Kristo iyo yagukunze akakubaka urongera ukubakika.Komera nshuti nziza.
Ooooh impore mubyeyi.mbega umubabaro.Imana iguhe umunezero iguteteshe
Ndagukunze so much ❤
Komeza nanjye Nuko byangendeye,icanshimishije nugutandukana numugabo
Wakoze cyane Charlotte kubuhamya bwawe ariko haricyo nashakaga kugukeburaho nkebura nabandi bakiri kurugamba bwibyurugo cyane cyane kubasenga bafite impano yokugendererwa Imana kirazira kwirwanirira warirwaniriye niyo mpamvu warushye cyane jyenda garuka sikintu
Iyo link ndayikeneye nkeka nouikiriramwo, narafashe umu psychologue Ariko ntampinduka nini naronse😊
Uko nukuri namaranya numugabo imyaka myishi ampemukira nagaho ntekereza prani b ibyuvuze byumvise cyane
Wagize Imana ku decouvra ko wabanaga na pervers narcissique iyo utabimenye birangira akwishe directement ou indirectement! Hari umuvandimwe wanjye yabiguyemo.
yes ibyo uvuga ni byo rwose aba bantu biragora ko bubaka nanjye narabibonye
Impore Mama, ndakwikundiye rata, nubwo isi yatubabaje Yesu azatwomora
Uyu mubyeyi arafite ibikomere😢 ihangane ukomere
Ahubwo agomba kwivuza pe, uziko atandukira ukabyumvako ari uguhungabana. Nyagasani agukomeze mubyeyi mwiza uzakire iyo ntimba pe❤
Mbonye ko abagabo ari ibidongo peee ariko sibose ndebera uyumudam ukuntu arimwiza kwel 🤔
Nimwiza cyanee❤
Ooh Humura ma grandeur soeur shayo Imana izagushyigikira kd turagukunda❤❤❤❤
Manaweeee, Ihangane Mama, kandi ntakibaho Imana itakizi imbere ni heza
Impore Mm urimwiza uzongera ubone undi kd uzagukunda
Arashaje ntabyo Yaba ashakamo
Nibwo nkibona iki kiganiro ariko komera kdi humura Hari n'ubwo Imana iba ibonye ko ariyo nzira yo kugutabara.nturi wenyine kdi nasanze nyuma y'ibyo haza umunezero.ndakumva cyane
Yooo pore mama,umutima wanjye urashavuye kubera wowe,humura uzishima ,ntakitagira iherezo.
Mazina wanjye humura Imana yomwijuru iragukunda kandi cyane❤
Humura btfl ❤ wirira ihangane
Charlotte ukomeze kwihangana. Uri intwari pe🌸♥️
Wagirango twaciye mubuzima bumwe disi.Batubereye abarimu beza.Nibubahwe🙏🙏🙏
Komera❤
Jewe mbona abakobwa bakijijwe ikibishe n uko iyo mubonye abahungu mwibagire gusenga ngo Imana ibarongore.
Benshe baza kubaza abapfumu bitwa abavugishwa bakabashuka bagapfa kurungorwa.
Uko nukuri peee… benshi mu bakobwa ba kijijwe bagira urushako nkurw’uwu mu mama😔
Wizere Imana izaguhoza amarira ❤😘
Wirira mubyeyi mwiza.Imana irahari🤲
Charlotte my classmate courage mama.
Chao komera komera umvugiye ibintu nanjye izantabara
Uwushaka gukira indwara neza
Ayivuga uko yatanguye nibimenyetso vyose
Kugira ngo aronke umuti mwiza
Uri uwabo maama.utumye nange ndira😢.Ariko se Mana iyisi tuzayicikira he koko
Ntaho,urupfu rwabajije buzima ngo,ese kuki abantu banyanga ariko wowe bakagukunda?maze buzima ararusubiza Ati:njyewe ndi umubeshyi mwiza ariko wowe uri ububabare bwukuri!
Icyo twisabiye Imana Ijye yotsa igitutu abatangira ubuhemu muri mariage aho kwangiza ubuzima bw,uwo bashakanye bajye bo basaba divorce bajyende aribo bareke kuzenjyereza abana nabo bashakanye
Wamubyeyiwe ko numva arinjye urikuvuga gusa koko
Rose wampaye number yuyu mubyeyi, nkaganiranawe, ko mbana n umugabo ugoye kwihanganira kandi ufite amagambo mabicyane nkaba ngitegeteje Imana. Numva namuha ubuhamya agakomera kuko umubabaro nahuye nawo sindijyera nywumva ahandi kandi numva Imana izantabara
Ndagukunda rose wanjye
Ihangane mubyeyi mwiza ntacyintu cyibabaza nkogutereranwa numuryango uri mu bibazo noneho abavandimwe bo biba ibindi bindi pole kbs
Shayoo komera shuti yanjye
Peter Imana imuhe umugisha
Pole sana ihangane
Urugo Imana yaguhaye niryo shuri yaguhitiyemo buriya
Ihangane mumama mwiza 🙏🏻🙏🏻💕💕
Ihangane rata Maman keza ibyiza biri imbere ❤️❤️❤️❤️❤️💋💋💋💋💋💕💕💕❤️❤️❤️❤️💋❤️💕💕
Rose urakoze nukuri kwimana pe biranshimishize