MUKURU WANJYE YANTWAYE UMUGABO😭🤭TWARI TUMARANYE IMYAKA 17|NAVUYE MU BITARO NSANGA BARABANA🥲Ange
Vložit
- čas přidán 19. 06. 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
0788559578 Ushaka kuvugana na Ange
Abagabo bamenye ko Ari Bo Imana ikoresha ngo bagene kubyara hungu cyanga kibwa. Abagabo babaswa nibo bibasira abagore babo iyo babyara abakobwa Gusa. Ariko kandi: ABAKOBWA ni Abana nk’abandi.
Courage mama❤❤❤, uri mwiza rwose kandi komera. Uwo mukuru wawe n'umugabo bareke rwose isi izabitura ibyo bakoze, naho ikijyanye n'imbabazi ba ubyihoreye wowe iturize ubane nabana bawe amahoro abandi bareke rwose
Humura Ange wabyaye babazubagira ,abakobwa bawe nabumugisha bazaguhoza kandi muzabaho neza ,harigiye mukuru wawe azagukerera kandi bibaza
Ariko hariho abantu binjiji koko ubwoc umugore niwe utera inda cg numugabo kuburyo wazirako ubyara abakobwa cyakoze abantu ntibashima hari nuwabuze nabobakobwa komera cyane ndumva warahuritse
Ariko kuki abantu bakinisha Imana ngo icyumba cyamasengesho yaratwaye umugabo w’abandi koko
Uyumubyeyi nintwari cyane sista wawe umuvumo uzamuhame cyane kuburyo azicuza akabibona nakumiro peee
Iy isi we !!! Umwana wareze niwe ugufatiraho umupanga ! ntibyoroshye ariko ihanganeee uwo wafashije niwe uhindukira akakugambanira ! isi iraruhije wowe be strong byose bizarangira 😌
Yooooo humura shenjye nukuri urimwiza cyane kwisi hose urumugore mwiza ntamugore waguhiga p urasa neza uritonda urimwiza nukuri ndumugore mugenzi wawe ariko mbaye ndigitsina Gabo rwose wowe wambera uwinzozi zanjye p ❤❤
Ntiwumva dukeneye abantu nkamwe mutubwira amagambo meza
Ariko disi Rose urumuntu mwiza❤ Imana ige uguha umugisha peee!!!
Yooooo ihangane maman Yesu yarakumenye rwose🎉❤❤❤❤
Uzabona imigisha lmana ihumugisha urubyarorwawe❤❤
Njye ndabona uri mwiza ndetse ufite igikundiro❤❤❤ kandi ikirusha byose uratuje!!
Imana ihora ihoze. ivyobagukoreye bose bazovyishura
Komera Maman ntabwo umuntu ntiyahemuka ngo bimuhire pe ikomereze kuMana gusa
Twese twakuze bavuga ngo turi abakobwa ntacyo tuzamarira iwacu. Batwishyuriye amashuri babaseka, ariko ubu turifashije kandi dufasha n'ababyeyi bacu. Ndetse bishimira ko babyaye abakobwa! Ubundi iyo ushaje, ni bwo umenya akamaro ko kubyara umukobwa.
Imana izagufashe abakobwa bawe bazazirikane ko wabavunikiye 🙏🙏
Ibi nibyo kbs,mbizi neza cyane
Yoooooh humura Imana ikunda abana kd bazakura baguhoze ibyo bikomere❤️❤️😂
Rose cherie courage ndumva byakurenze gusa mwumveko abantu barahinduka ukumirwa koko😂😂😂
Abantu nkabo bohava bakabwira abana.iyungunganye urere abana nico gikuru. Senga cana imana igufashe urere abana bawe.
Ariko Rose wishimira umuntu nkabugykundira ngaho uwo mubyeyi musuhuze❤
Humura mukobwa mwiza Yesu ni umwami
Ihangane mubyeyi lmana y'Amahoro ibane namwe igucire inzira izagushoboza kubinyuramo
Ubaye nkumugore witwa mama Adeline murumuna we yamutwaye umugabo izi story zibaho pe
Mpore muvyeyi mwiza.imana irahari izokurengera.nizeye ko izoguhozamarira.
Iyi nkuru irambabaje irandijije pe ihangane
Je t aime ma sœur Rose ' je suis une Burundaises
Sorry dear you're so beautiful just forgive them God will wipe every tears that you have greet your beautiful daughters a child is a gift that comes from God komera dear
Uzi niba yumva iCyongereza?
Ro wazadushakira Dominic nick wumu Gospel plz
😢ndahanuye p nukuri abobakobwa beza nabumuvisha p
Mbega bakuru babantu ko badukomerekeje yoooo jeho nubu mpereka kugira mariage asha nunomusi ngo yamye abwira umugabo wanje ngo bahurire ahantu baganire isi yaheze mwami turengere utwomore ibikomere twatewe nabo waremye pole maman uri.mwiza
Uyu mu Mama muzamuhuze na Claire wavuze ubuhamya kuri HFM neza neza ubuhamya bwabo burasa
❤❤
uwo mugore ntabwo arimwiza ndakwinginze ntukamwegere ahubwo abonye uburyo yakwicya uziyakire please nkuko umuntu ugutwara umugabo ndazi kubabitoroshye ihangane abana bawe numuryango ukomeye ntawundi muryango ushyaka
Ihangane
Nonese uwo mugabo wabonaga afite ubwenge n'umutwe muzima. Ariko warahemukiwe guhemukirwa numugabo numuvandimwe
Pole kbs nanjye ndumuhanzi ntimwampa interview mbi rubavu
😭😭😭😭
N'uko ubuvandimwe busigaye bumeze ihangane aliko imbere hawe niheza kandi Imana usenga Izabigenza neza. Uwo mukuru wawe ni satani aliko bibaho ihangane n'umunyeshyali ,n'umurozi n'umurindi!! None se wowe urumva waba udakosheje uzanye umusore mubana b'abakobwa!! Nabo bazakubera mucyeba pe!! Ihangane rwose udatatira igihango nka mukuru wawe
Ndibutse disi utanga itangazo ko wabuze se wabana kwa mutesi niba ntibenshye komera .
Nimubyemera murambyira tsige numer
Erega umugabo niwe utanga sexe. Umugore ni xx, umugabo xy. Rero umugabo niba atari ukwigira nkana, yaraguhemukiye
Ariko ntugasetse ngo arasenga Imana isengerwa mukuri no mumwuka
Reka ye gute se? Ntabwo asenga se urabizi? Iyo utaragonga igikuta ugirango uzi gusenga kurusha abandi.
@@gabykarame5648 sha byaterwa n'Imana asenga ariko iyo mu ijuru yo sinzi ko ariyo asenga siyo rwose,kuko Imana ntabwo ikorana n'indaya cg abagome n'abagambanyi en plus umuvandimwe!
Ni mwiza pee
gusa pole, none nawe yaramubuze umuntu ushyingiye ndumiwe
Harikintu kimwe kingora kumva gushaka umugore cg umugabo mwarekana ukaba wowe nabana mudashobora kwibeshaho nukwezi byibuze 1,imyumvire nkiyi nukuvuna uwo mushakanye byibuze abakobwa bigishywe kwirwanaho rwose .
Zìba arera ate kandi agifite uwo babyaranye
Wampaye number ze
Abakobwa nibeza kuko nukuri nibanyina babantu abobana bazakugeza kure Kandi heza umva nukuri abobana nabumuvisha p nukuri Kandi isiyose irabashaka
Iyimubabarira ntiburi gusubira munkuru ntitukishushanye sinkugaya kko warakomeretse ariko nanone iki kintu kirakomeye kubabarira biragoye
Ngo kugutereta sibyo ukeneye, none se uwo mugabo wihorera udakeneye we hari inshingano afite zo kugufasha kurera abo bana mutabyaranye.
Ushaka inka aryama nkazo, iyo carte ukina, mu bana 5 wibaza ko izaguhira? Sorry ariko niko kuri
Igihe wabivugiye nturaruha mada?
Aramaze. Hari umwuka wawe yagutiye
Aho usanga arinyoko yamuhemukiye, azabivuga uwabikoze amaramare
Biba
@@user-ur2rj5bd7y ziba
Weho nuruha kubyumva uzarekere.
Yooooo humura shenjye nukuri urimwiza cyane kwisi hose urumugore mwiza ntamugore waguhiga p urasa neza uritonda urimwiza nukuri ndumugore mugenzi wawe ariko mbaye ndigitsina Gabo rwose wowe wambera uwinzozi zanjye p ❤❤
ooooh urakoze cyn nukuri.ubu butumwa bwawe burimo ubumuntu
Komera Maman ntabwo umuntu ntiyahemuka ngo bimuhire pe ikomereze kuMana gusa
Ingo z'ubuse ni hatari nta muvandimwe!