NARONGOWE N’IKINYOMA😭NISANZE MFITE ABAKEBA BATANU😭|YANTANYE INDA Y’UKWEZI KUMWE😭JOSE YARABABAYE
Vložit
- čas přidán 14. 12. 2022
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
0782092077 UShaka kuvugisha Joselyne
Ooooooh NKunda ukuntu wumva abatumirwa bawe Rose ukuntu ubatega amatwi birandyohera Cyane lmana ikomeze kugushyigikira 🥰
Murakoze Cyane😍
Niba nawe ibyambere byabaye byiza uzagendere kuribyo hari ababayeho nabi kandi nibyo batarabibonye,urere umugisha wawe kandi bazakura baguhoze.humura
Ndamuzi disi! Gusa ngukundiye ko uzi gushimira abakugiriye neza. Imana izaguhoza humura.
Yaraguhemukiye ariko pole sana gusa ikosa wakoze nuko wamenye ukuri kwe ugakomeza kubyara
Rose ryose Imana iguhe umugisha kubiganiro byiza utegura Kandi biratwigisha.
Wahuye n'umugabo utagira ubunyangamugayo mugore mwiza! Abagore bagorwa rwose!! Ubuhamya nkubu bujye bubakangura birakabije muriyibagirwa! Nkunze ko ubona aho wibeshye kandi ugahumura abandi, wize byinshi! Nibyo abakobwa bige gukurikira intego zabo nicyo kibanza, kikazabarinda imihangayiko!
Disi pole nubwo wanyuze mubikomeye sinjya mpaga kureba nokumva ubuhamya bwawe
Winsetsa ngo warumeze nkumuzungu ufite abakozi munzu 😆😂abazungu bikorera akazi kose murugo gusa komera yaragushegeshe yo gahura na Yesu
Abantu bata bana hano mubihugubyiburayi barabashoboye babakatamafaranga bakohereza kuwurerabana. Reta y’urwanda izabyigeho babafatiribihano abantu batabana.
Ako kantu nikeza pe kuko abana ninzirakarengane
Nibyo wivugira mama kumwemera wamwemera umugabo mubi nurwana uwo nimfura di
Nangwanawe yaragukoye anaguha agaciro mumuryango harabo twazengerejwe ntaninzoga muheha abasaza basomye😂😂 yari umugabo muzima nuko yazize umuzimu woguceza kamucerenge. Anyway kunda Loza uburyo yumviriza abatumirwa bawe ❤
Ariko rose bwiza ni murumuna wawe?
Oya
Rose we ngukunda kubi .uri zolie nkunda nukuntu uba uteze ugutwi umutumirwa
Merci Ange😍
Ngo iyuriye uturyo dushyushye umaze iminsi ushonje ubira ibyuya no mubirenge ugatutubikana😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣
Rekana niyo mbwa yumugabo wirerere abana bawe mama Imana izagufasha komera cyane
I love your positive mind. Keep it up
Uzi gutera inkuru uko biri kose
Abagore benshi barasetsa ukajya kubyarana abana benshi numuntu wamenye amateka ye Koko ndumugore najye ariko ibi sinabikora
Kura uburofa ngaho!
Umva wowe ndakwemeye najye nakumenye niyajyamo nayikuramo
Bindya ahantu nanjye ,sinazongera kubyarana nawe babaye benshi baba 1 gusa.
Urubyaro rutagwa n'Uwiteka
Ndasetse koko 😂❤
uganira neza urasesta
Sorry mama ukuntu se mbona urumwana mwiza bambe! Imana izahane abagabo nkabo babatera uburushyi .nikundiye positivité yawe .