BARANYANZE NGO NDONGOWE N’UMUKECURU W’UMUDIVORCE😉YARI MABUJA ATUYE MURI ETAGE👌|FILM YARADUHUJE😍
Vložit
- čas přidán 8. 09. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
czcams.com/video/cy5AJ-SYmAs/video.htmlsi=noiR5xcrIzpvq4CI ushobora gukurikira film yabo hano
Caline kuba mukuru kwawe
Ntibindeba igikuru nuko mwikundanira ikiruta byose mukaba mwaranibarutse🙌🙌🙌🙌
Njyewe ndabemera cyane, noneho njye mbona Musa ,murasa pe, muri couple nziza❤❤❤❤❤❤❤
Wow, Ibi bitanga icyizere ko abantu bazima bakiriho
Uyu mugabo Yubahwe
Rose sissy we love you
Rero ndashaka kugusaba nsabira nabandi bagenzi banjye utubabarire nkuko usazwe utwereka utuntu twudusirimu maze uzadukorere ikiganiro kubyo umuntu ugiye gushaka yagura cg uko yakwitegura mbese utubere Marraine nkuko usazwe udufasha
Turagukundaa Kandi courage tukurinyuma ❤️❤️❤️
Ako kantu
Uyu mudamu rwose ni beautiful afiite charme ubona abereye urugo rwose ahubwo se uyu musore ntatomboye umugore mwiza kdi serieuse ??
Nukuri pe azadufashe
Cari ntiwakunda Bruno ngo urubone ariko uyu mugabo ndamukunze Imana izamuhe ijuru uri mwiza ❤ ukurikije igikomere nfite nongeye kubonako hariho uwakunda uwatanye🫢🫢🙈
Oooh uzamubona rwose !!
rose mwiza wagiye buri gihe utwereeka aut ft kok👌👌👌🙏 ababyumva nkange mubimusabe 🫀🫀
Nibyo
Nange ndabishaka
Nkunda Carine kuburyo utabyumva Rose we icyo mbifuriza nuko Bruno &Carine Imana izabubakire mugere mubuvivi nubuvivure shenge kd ikiruta ibyo mbifurije kuzaragwa ubwami bwImana mwizina Rya Yesu Christ ❤ ndabakunda mumabara yose🎉
@@Abatonitv oya abantu bagendera ku mabwire nta kizere bafitiye umubano wabo
Umugore ni uwubyara none yarabyaye. Hari igihe yari gushaka umukobwa bangana kandi yaranyereye umura kubera gukuramo inda nyinshyi😂😅
Kabisa aho gushaka Umukobwa wakuyemo inda washaka uwabyaye kuko uwo mukobwa wakuyemo amada nawe ntiyatinya kukwica😢
My cousin Buddy pro kuva nacyera twebwe twakubonaga nkumuntu udasanzwe ufata ibyemezo Kandi bihamye none final wabaye umuntu wumugabo nkuko twabibonaga koko wowe na caline Allah azabahe kurambana kuko ahari urukundo urwango nubukene birahunga
Courage cyane Bruno,bareke wikundire cherie wawe,muli abana beza,mbega urukundoooo,sinaherukaga kumva mwene uru rukundo❤❤❤
Bruno na Caline muzakomeze kuyoborwa nimana kdi mugire amahirwe masa
Naho ibyimyaka ntibizabakange kuko hari abashaka ngo nikumyaka yanyayobariko bikanga peuh
Ikingenzi nurukundo kuganira kwizerana nokudahishanya
Ubundi ibindi biza nyuma rwose amahirwe masa nukuri turabukunda❤️❤️❤️❤️
Ark Carine ninamwiza vraiment ubonako rwose we na Bruno baberanye kbs ibyobyokumuruta jyentanibyombona
Nanjye simbibona pe😂😂
Ahubwo baranasa❤❤
Ntamugabo uba muto Guys gusa couple yanyu ndayikunda cyane
Ariko rero nkunda ka Rose ukuntu gakurikira inkuru disi wagirango nakana noneho ukuntu kaba kareba💃
Nanjye rose nkunda ukuntu atega amatwi mama. She is cute
😂😂😂😂 Namwe mugafatira murwara, ngo ka Rose! Ariko kagira nurukundo disi
Oya muvandi twebwe ahodutuye iyo ukora ibintu byiza kenshi bakugereraya nu mwana kubera ariwe muziranege suburyo bwagusuzugura naho kumufatira murwa uvuga simbizi nibyawe ntimugakunde byacitse Rose nakana keza ntawabwo namuvuga nabi kdi Imana imwagurire imbago💯.
Nubwo nta kibi wari ugamije ariko kwita umugore nkuyu wubatse ngo ka Rose ndumva bidakwiriye
@@dusingizimanaremy4826 vanaho itiku. Hoshi. None wakabimenye se ko ari ntakibi agamije. Mwigora ba nzi twose.
Wooow ark uzigusanga comment zingana gutya ntanumwe ubavuganabi wooow amazing jah Ari kuruhande rwanyu💪
Ni uko abanyarwanda turi indyarya.Ukuri kuba mumutima
Ubuse ko Bruno yakuze bazongera kwivugisha twa tugambo rata ngewe ndabafana❤
Nanjye💃💃💃💃
Kbs
Yooooo mana ya yange we ababantu ndabakunze cyane nukuri buryakoko urukundo nyarwo ruracyariho kuba yaragukunze irwaye ubwabyo ntibisanzwe nukuri muzarambane nibyo mbifurije Rose wakoze kubatuzanira ndagukunda cyane❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Rata nimwikundanire, abantu baba barakoze ibikosa bikabagaruka bakagira imijinya nishyari rirenze, mujye mubima amatwi tu. Imana yabaye numwana,wow. Mukomeze mugire urugo rwiza❤❤❤
Bantu bimana mujye mwirinda guca imanza urukundo rujya ahorushaka ino muburayi nayibonye abantu bakuza bakunda gushakana nabana batoya urukundo ntirureba imyaka
cyane rwose imyaka ni imibare ariko hano muri Africa turacyafite imyumvire iciriritse
@@nyirambarushimanaclementin9723sha urukundo rujya aho rushaka pe ariko kumugore ububona bisanabi cyane ,nkubu urabona uyumugabo yicaranye na nyina rwose wagirango uyumugore yazanye nimfuraye mukiganiro.,sinzi impamvu kubago bigatagara nabi sana ,ariko uzabona umugabo rwose ukuze iyo.ashatse unukobwa muto ububona ntacyo bitwaye rwose,ariko rwose uyu karine na.mugabowe atabivuze ushobora kugirango.yicaranye nyumuhunguwe maxerero yambara ibibikanzu byabagore bakuze yakagombye kujya yamnara imyenda itamugira umukecu.
@@amatameza nonese ushaka ko yambara ubusa we hahahha . wowe nyine ubwo bucyecuru ubona umugabo ntabyo abona . niyo mpamvu yambara ibyashaka
None uragirango yambare mini
Arko abantu kucyi bavunwa nimitwaro batikoreye ,njye Carine ndamwikundira pe kdi impamvu muba muvuga ngo aramuruta Cyn nuko Ari munini , ubundi se muzi imyaka afite?? Ntabwo mujya mubona abana ba 18ans banini ukaba wabashyira muri makumyabiri na.... .mureke abantu bikundanire hari gihe yashaka nuwo muto muvuga urugo rwabo ntirumare kabiri 😮rero buri wese agira aye mahitamo.
Simbazi ariko ndabakunze. Mbasabiye imigisha yose ituruka k’UWITEKA. ❤❤❤❤❤❤❤
Nukuri caline na Bruno Imana izabubakire pe ndabakunda ntimukite kumagambo yabantu muge mwita kukintu Imana yavuze kuri mwebwe nubuzima bwanyu
Sha uyumutipe yagukunze urukundo rwukuripe kuko umuntu wemeye kugukunda urembye umeze nabi yagukunze urukundo rwiza rwukuri❤❤❤❤
Umva wamu mama we sinkuzi nubwambere nkubonye ariko ikiganiro cyawe kiramfashije cyane cyane kuki duhuje ikibazo dutandukaniye kukantu gato gusa urankomeje urakoze
Abantu baravuze,nubu baravuga knd bazokwama bavuga.murabe imbere hanyu nintumbero mwihaye ibisigay lmana ibaj'imbere❤
Mbega ukuntu mbakunze❤❤🎉 Mubiganza by'Imana niho mbashyize nukuri urukundo ruganze cyane utabishimira yaba afite satani nukuri 💞💕💓💝❤️♥️
Muracyari muri romantic love Mama! Ibiri imbere nabyo muzabirwanye,mubitsinde!
Ibiri imbere se ubibinyehehe Kandi? Noneho nawe wihaye guhanura? Hehhh, murashoboye
Iyi couple Imana izayikomeze ariko Rose umenye ko tugukunda caaaaane thanks
Yoooh bruno na carine ndabakunda bruno kabisa numugabo ndamwubaha rero rwose urukundo nirwogere kuli bruno na carine ❤❤❤❤❤ ndishimye cyane
., lyikupre., ndayikundawee., abayikunda'najye., nimumperayke
Carine et Bruno. Ndiko ndumviriza iyi interview yanyu. Numvise mbakunze kurusha. Vous êtes un couple idéal. Muzogume muri urumuri rw'ama couples. Muvyerekeye urukundo no kwubaka urugo rwiza. Imana yarabahezagiye. ❤❤❤
Rose nkunda ukuntu uhora unezerewe usa neza ,umwenyura❤
Ese mama niwe mutware wawe nimwikundanire shenge kuko ntagisinbura urukundo❤❤
Mwiriwe nanjye mfite umuhungu dukundana ndamuruta cyane ariko ndamukunda pe nawe arankunda ariko ahorana ipfunwe ryuko ntanubushobozi afite ngo tubane ntacyo bintwaye kuko i love him so much.natwe mutugire inama.thx
Inama nabagira nuko mwakomeza gukundana mukima amatwi ababaca intejye.
Mukunnde kd cyane urukundo ntabwo Ari imyaka cherie
Nange nakujyira inama Yuko mwakundana kd cyane ubundi umumare impungenge iryo pfunwe rishire ubushobozi buzaboneka mwese mufatanyije ahubwo yesu Abe mubyanyu buzagende neza,imyaka nimibare,mwime amatwi ababaca intege
Niba mukundana byukuri mubane ubushobozi muzabushakane
Ariko pe ngewe iyi couple sukocyera mbakunda byindani ariko pe ndashima Imana ko ibubakiye kuko harigihe nabonaga ibyanditse nkagira ubwoba none natukuye bataranavuga❤
Iyi couple Imana iyirinde ibitero bya sekibi iyigwirize urukundo ibahe gutunga no gutunganirwa. Maze ababavuga babatega iminsi bazakorwe n’isoni.
Yoooo njye iyi couple ndayikunda cyane kdi Imana niyo ikomeza urugo ikarwubaka❤🙌niba namwe Ari uko nkandir ku ifoto❤
Mukosore uko mwibeshye
Ndongoye umukecuru
Ndongowe ni umugire wabivuga avuga ngo ndongowe n'umusaza
I ❤ you
Rara urakuze knd imyaka nimibare kubaka nimugisha utangwa n Imana nyagasani akomeze abateze imbere knd arinde urukundo rwanyu ❤❤
Reka ryameee ariko mwubahweeee❤❤ urumuntu wumugabo rwose Imana izaguhe ibi dorari byinshi muzibere abakire
Imana izabubakire
Rose rwose ubundi niwowe wakabaye uganiriza abantu kdi Bruno na Carine ndabakunda cyane courage njye ndabashyigikiye
Noneho bruno yabaye umugabo akuze🤭mwongere muvuge utugambo disi ❤❤❤❤❤❤❤
Eseko umugabo Ashaku umukobwa muto ntibavuge nimwirambire
Rose reka nkwisabire akanu Gato mbona wakosora kd kakagenda neza kirushaho
Pls izajye wicaza couple watumiye mukiganiro example ntago umugore yicara iburyo bwumugabo ahubwo yicara ibumoso bw'umugabo ( or) ntabwo umugabo yicara ibumoso bw'umumugore ahubwo yicara iburyo bw'umugore.
Murakoze kwakira inyunganizi yanjye mbafite ku❤
Bimaziki
😅😅😅😅😅 justement!@@user-mm9xu2ub1j
Ibaze😂😂😂@@user-mm9xu2ub1j
Uzabikore uzamenya icyo bimaze@@user-mm9xu2ub1j
❤❤❤❤❤❤ iyi couple ninziza rwose ikintu maze kubona nuko utanezeza abantu , rero ujye ukora igishimisha umutima wawe , kuko urugo ni abantu 2 barwubaka si abobose bavuga ubugambo ❤❤❤ muzarambane nicyo mbifurije.
Urukundo nirwiza aba cher iyo ukunze ugakundwa. Nimukomeze muryoherwe nurukundo.
Imana izahe urugo rwanyu umugisha muzereke ko Rukundo rudashigira kubyo twe tubona
Je t'aime chérie Nishimwe R.
Utuzaniye couple yubaka imitima.
Njyewe mbabonye kunshuro yambere ariko ndabakunze cyaneeeeeee oya muzasazane nukuri not one year.long live my couple.
Nge ndabona muri beza pe ntanubwo bigaragara ko akuruta cyane pe ahubwo amatiku aba ari mu kazi kose
Yewe Imana itegura neza pe, mbega umugabo mwiza, abo bavuga ngo ntimuberanye what and what nabahakanamana Sha, nimwirambire🥰🥰🥰🥰
Umva njye nkunda iyi couple ntiwabyumva rose bambwirire uti assalam alaykum warahmatullullah wabarakatuh mbakunda byasaze sinzi uko twahura ngo mbibabwire baranezeza cyn
Ese ninde wababwiyeko urugo rwubakwa nimyaka naho ibintu byapfiriye ese ntangero mufite urugo nurukundo mwarakoze kwifatira icyemezo kandi muzarinde isezerano ryanyu ibisigaye nibicare babigireho ndabakunze cyaneeee❤
Courage couple,icyangombwa ni urukundo.ibyo babavugaho ahubwo bijye bibatera imbaraga gufatana urunana cyane
Karine urimwiza cyane nagukunze uzakore agaspor gake nahubundi imyakanimibare
Ariko uwomumama ntabwo aribmukuru cyane biraboneka karumuvyibuho ukabije umwerekana kari mukuru
Ubundise baba bavuga ubusa abobakobwa ntiyababonaga birwa barata nyashi ntabwenjye😂😂😂
Ariko pe tuvuze ukuri iyi couple ntijyanye koko❤ gewe ndabakunda💯
Hhhhhh😂twereke iyawe munjyanye😂
@@nyiramahirwejacpueline3218 ubuse koko wamvuse ibyo navuze? navuze abavugako itajyanye mushuti? Kdi njyewe mbona bijyanye nange ndayifite ndanabyaye rero sinamuvuga nabi nimugenzi wage nubusanzwe sijya nsebanya rwose byumwihariko nkunda iyi couple.may be it's understandable " ahubwo bazarenze mirongo irindwi barikumwe♥️
Ndabakunze gusa Bruno wafashe decision nziza.Mwikundanire naho abavuga bazageraho baruhe kuko isi niyo na ba contre success nuko bakora. Nishyari ribamo kuko usanga batishimye bagashaka namwe babace intege. Courage
Nongeye kubakunda disi narinziko ari filme none nsanze arimpamu Urukundo rwanyu rwogere Imana ibajimbere kandi Ikomeze Urukundo rwa nyu ROSE nawe Umba❤❤❤❤❤
Imana ibashyigikire kandi mukomereze aho muraberewe kandi muraberanye.
Utuzanira abatumirwa bezakyane badushimisha❤❤
Carine w brino brino wakarind ndabikundir sha rose wakoz kubatuzanir sha niyompamv ww ndakwemer cane ham Carin yavuz ngoduhav tutakimar ash j ndakimaz kand cashimishij uzubandamukiriz niwajay ndabakund mwese❤❤❤❤❤❤
Ntago urumwana rata, babavehoo, mubeho mubuzima bwanyu mwimereye neza, Carine ndagukunda ❤️❤️❤️❤️🙏 gusabiye byinshi byiza kumana
Sepatice ❤❤❤❤
Imana irahari kandi mutumye nongera gutekereza gusubira murukundo.
Mfite abana 2 babakobwa uwa 13 ni 5 .
Ndabakunda carine wacu na Bruno
Tumenyane njye nawe.
Njyewe ndabakunda cyane
Nubavuga nabi Aba umwanzi wanjye
Bruno komeza Uber intwari rata
Urekane ninzererezi❤❤❤❤❤❤
Nahubundi imyaka nimibare kd ntamuntu numwe ukwiriye kwivanga murukundo rwabandi nkunze ukuntu ubukene butatumye mutandukana rwose murambane imyaka myinshi ndabishimiye cyane❤❤❤❤❤❤❤
Iki kiganiro kiraryoshye pe!
Gusa Rose ukora ikiganiro kiryoheye amatwi!
Muraberanye nukuri!! Ark mwicaye nabi kuko umugabo yicara iburyo bw'umugore❤
Bimaziki?
Suko
Nibumoso mujye mureba neza
mukundane nimpamo muranaberanye shenge❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mbega byiza, Rose wakoze cyane kutuzanira abatumirwa beza, Imana ikomeze ibashigikire mu rukundo rwabo. nanjye nkunda ijwi rya Carine
Urakoze cyane Rose kdi couple Carine na Bruno Imana ibakomereze urugendo,urukundo nirwogere❤🥳🥳
what ablessing OMG carine is blessed kbs this handsome oooooh
Wawoo umva muri couple yintangarugero abantu nkamwe mubahoko? Sha ndabishimiye kabisa nirwogere❤❤❤
Disi urukundo rwanyu,ruzarambe ibihe byose,muzabyare hungu na kobwa bambe,ndushijeho kubakunda cyane,Uwiteka abagurire imbago.
Carine ati ,abantu icyi cyiganiro barakireba bakirangize? Nacyirebye cyoseeee. Umva nubwambere mbabonye ariko nabakunze cyanepe 🥰🥰🥰 story yanyu ninziza cyane kd imana ikomeze ibubakire 🙏 nukuri murashimishije cyane ,muzakomeze mukundane
Rose we ndagukunda.
Iyi couple ifite ubuhamya bwiza,
Ariko Mugire inama abantu bari mu rukundo nk'urwanyu ariko n'ababyeyi bakaba batabashyigikiye.
Carine na Bruno bampa morale kuko nanjye mfite umusore dukundana ndamuruta pe mbere akintereta naramubwiraga ngo woe uracyarumwana numva ntakundana nawe none urukundo twembi ruragurumana pe kdi urugera narukuye kuri Bruno na Carine
Yooooo nbegumugobo ufiturukundo kugukundurwaye unbabarire uzamwubahe weee ❤❤mukwiyibyiza Imana izabahe byinshi mwifuza nbaye kure narikuzabaha Fanta
Imana ibihere umugisha Wenda uwamwanze yimanike courage pe byiza cyane
Rose, u're sooooo beautiful
I can't wait 2 C God blessing u with a beautiful baby
Ndabakunda cyaneeeee❤❤❤❤ Carine na aluphonsine ndabishimira nkabavandimwe
Rose we ukunda inkuru koko!!!!!
Icyambere nurugendo mwibereho disi igishimishije Nuko mufitanye numwana
Muri urugero rwiza rwa true love❤ndabakunda ❤
Inkuru yanyu irakomeye!mukomeze mwikundanire.Nyagasani abashyigikire
Carine nanjye ndagukunda cyaneee!!!❤️❤️❤️
Jesus ndabakunze pee brino ikundire umugore wawe nukuri 🥰
Erega mujye mumenyako hari ibisasa birutwa n'abasore akaba afite imyaka ariko imico aritwa n'umwana uri under 18 mwibereho life is short.
Carine na Bruno hejuru cyane Sha ndabakunda pe muranyubaka
Niba nawe ukunda Carine muri film umwari wampa like
Rata ntabwo urumwana unafite ibitekerezo byiza ndetse n'urukundo kdi Carine nawe ntabwo abarizwa mubantu bakuze afite baby face Nikibaju
Njyewe ndabakunda kdi mbona muberanye pe mpora mbibabwira umunsi nanjye nateye imbere nzabasura❤❤❤
Iy couple n danger 🎉❤❤❤ ndabakunze peee och sedan killen han är seriös kbsa Madame yaragushumbushije kbsa umufate nose❤🎉 🎉
🥰🥰🥰🥰🥰 ndabakunda cyane
Rata uwanze kuvugwa yaheze munda yanyina mubareke bavuge bazaruha baceceke
Urukundo iteka ruratsinda nimukomere kurugamba mwikundanire iteka rwose Imana niyo nkuru
Carine ndagukunda. Cyane duhuye amasokumaso byashimisha😊
Nimurambe rata❤ Ni ishyari babaveho mwikundanire! Uwiteka abashyigikire 🙏
Ariko ubundi abantu bazageza ryari kwivanga mubitabareba urukundo rujya aho rushaka nimwubahwe bantu bajye❤❤❤👍👍👍👍
Carine ndagukunda cyane nange harabara umwakumwe ngo nuzuze iyo warumaze ariko nge yaritahire bimera gute gufata umwanzuro nkuwo wafashe bimera bite nge gufata umwazuro biri kunamira imana ibarinde
Aba mubareke nje murabizi mbakunda byuzuye ❤❤❤❤❤
Uziko ubu buhamya bunteye amarira y'umunezero. Muri urugero rwiza rw'urukundo❤
Bruno ni umugabo uhamye! Maze ukomerezeho, ntuzahinduke, uzakomeze udukundire Carine. Ni ubwa mbere mbabonye ariko ndabakunze p
Mugumemo imbara nokubigumamo ❤❤❤❤❤ mwubake imana izabakomereza muribyose
True love iracyabaho peee ntimuzacike intege. Kubera amagambo Bruno wahisemo neza