NARI NANZE KUBIVUGA ARIKO NDAGARUTSE|wa muzungukazi yandikiye umurenge ibaruwa|KAYAGA avuze BYOSE

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 5. 12. 2021
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Komentáře • 217

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  Před 2 lety +25

    Kanda hano urebe video ye nshya: czcams.com/video/67Vt1oeYeWY/video.html

    • @lxllxl7783
      @lxllxl7783 Před 2 lety

      Nibakuveko sha,wavuz'ukuri gukwiye !!!Jewe niyo mba,nijewe nitekera,nikoroper'inzu,niyogerez'ivyombo,nisasira nkigororer'impunzu,kand'i Burundi nari mfis'abakozi bakora vyose !!!Ntabwo wababesheye nivyo tubamwo !!!Gusa biravuna mu minsi ya mbere,ariko urabimenyera bigateba bikab'ubuzima bwiza !!!

    • @highttvtec2585
      @highttvtec2585 Před rokem

      Turii kkumwe

  • @madonauwase4766
    @madonauwase4766 Před 2 lety +11

    Uyu mugabo ibyo avuga kuva ku ijambo rya mbere kugera ku ryanyuma ni ukuri ntacyo yabeshye.

  • @TheDreamFamily0
    @TheDreamFamily0 Před 2 lety +9

    Nyamara kayaga Niki ko twese tuziranye,abantu baba mubazungu,avuga kitaricyo nikihe? Muriyemera mujye muvugisha ukuri !!! That is Really a story 👆 kayaga courage uzubake,rugume urwa kabiri!!

  • @jeannegakinahe3596
    @jeannegakinahe3596 Před 2 lety +18

    Rwose njye ndahaba ntacyo yabeshye :niwe wenyine uvugishije ukuri abandi barabeshya !! Gusa har ikiruta byose iwacu tutagira :liberté et la vraie démocratie !!!! Ibikarito byo turabyikorera gusa liberté d expression 👍🙏👌

  • @bigyouthmajorchord4244
    @bigyouthmajorchord4244 Před 2 lety +12

    100% ukuri being a Rasta man is speaking the truth, ma bro You a real Rasta man.gusa ahali nuko atabisibanuye neza hano ntabakozi Bo murugo bahaba sinahahandi ujya gusiga umwana wawe hamwe nueumuturanyi kdi ukihagera nkuko yabivuze ubanza kwiruka mubyangombwa cg ukiga nururimi none ko muba mugomba kwishyura ikode ryinzu kdi hano sihanwe wishyura ukererewe biba biri automatic na Compte yawe so mufite umwana umugire yagiye kukazi : bagabo bavandimwe ubwo umwana niyituma 8h umugore ataha 16h uzategereza atahe abikore? …. Nibyinshi gusa ndakeka Rasta atarasobanuye akoresheje ingero ziri clear nahubundi ibyo yavuze ntaho yabeshye .Any way bajye bavugisha ukuri uza ufite UNI bakagusubiza mubyo nakwita secondaire……. Nibyinshi kdi nimvune nkazimwe za Tom Close

  • @mukasafarisolange4961
    @mukasafarisolange4961 Před 2 lety +4

    Sabin Imana Ishimwe ko utugaruriye Kayaga njye naramukunze cyane ndaje murebe nitonze

  • @jeannekalisa5221
    @jeannekalisa5221 Před 2 lety +16

    Very wise words from this man. I enjoyed listening to this! God bless you🙏

  • @thethe5255
    @thethe5255 Před 2 lety +19

    nyamara ibyo avuga ni ukuri! abagabo bashaka kuza hanze! take a note. thanks for your advice

  • @lhavugimana9157
    @lhavugimana9157 Před 2 lety +5

    Iburayi haba discipline ya cyane..
    Itegeko ni itegeko..
    Iyo utiteguye kurikurikiza
    Ubuzima bwawe burangirika rwose....

  • @emuw2916
    @emuw2916 Před 2 lety +20

    Ariko simbona icyo ubeshya. Ahubwo ngirango uba wabavugiye ibintu !

    • @antoinettempaimana2724
      @antoinettempaimana2724 Před 2 lety

      Banka nti bavuge ubuzima babayenwo sabin nanje unyitege ndaje ndaguhe amateka yino peeeeee🇸🇦🤔🤔🤔🤔

    • @emuw2916
      @emuw2916 Před 2 lety +2

      @@antoinettempaimana2724 abantu banga ukuri pe! Occident ntabwo ari paradizo. Tuza gushaka imibereho ariko mbere yo kubigeraho ( na nyuma d’ailleurs) ni ibikomeye. Ahubwo twanditse ibitabo bibliothèques ntizaboneka 😃

  • @nikuzegrace9825
    @nikuzegrace9825 Před 2 lety +19

    Gushaka umunyamahanga no kwinjira muri system nyamahanga c'est deux choses differentes!!
    Kayaga afite raison!! Ibyo tubamo ntitubivuga ariko birakomeye(as woman)

    • @run584
      @run584 Před 2 lety +1

      Yewe na couple y abanyarwanda ntibiba byiroshye kubaho kinyarwanda muri système y amahanga

    • @ibambe6565
      @ibambe6565 Před 2 lety

      @@run584 yego Sha ntabwo biba byoroshye kuko Hari igihe usanga umugabo ashaka kubaho nkuri muri Africa kdi bidashoboka

    • @run584
      @run584 Před 2 lety

      @@ibambe6565 ntibikunda pe!

  • @violettemugisha2713
    @violettemugisha2713 Před 2 lety +10

    Dufite ikibazo gikomeye cyne abagabo b' abanyarwanda bitondere kujya hanze Kuko mu muco no mu mutwe wabo bakuze babona nta mugabo ukora imirimo yo mu rugo (kandi rwose ntitwabarenganya ni wo muco wa kinyarda) .
    Ikibazo gikomeye rero kirimo n'uko bishimira kujya iburayi ariko ntibabaze neza imibereho yaho ngo babwirwe neza ko nta bakozi bo mu rugo bahaba.Ibyo bituma ahagera umugore yamubwira ko byose babifatanya ngaho koza ibyombo ,gukoropa ,guteka no guhindura pempers y'umwana(Kuko ari papa wamusigaranye nyina yagiye ku kazi), n'uko umuhungu w'umunyarda akagwa mu Kantu ati ingare y'umugore iransuzuguye🤣🤣🤣🤣🤣kandi rwose ntimurenganye uyu mugabo aguye aho atari yiteguye.
    Inama natanga:mwokabyara mwe ,basaza bacu nimureke kujya i burayi munyuze mu nzira ya mariage niba mutiteguye kuzafatanya n'abagore imirimo yo murugo. Kuko hari ingo nyinshi zabishoboye rwose kandi nta kibazo na kimwe bagira bitewe n'uko babyumva neza ko umugore atakora akazi k'umushara k'iburayi ngo ahindukire akore n'ako mu rugo wenyine byaba ari n'ubugome bikabije yazaturika umugongo.
    N'ukuri ntabwo ndwanyije uyu mugabo utanze ubuhamya bwe sinzi n'ikibazo cye neza natangaga inama muri rusange ku bashaka kujyayo basanzeyo abagore.
    Murakoze

    • @run584
      @run584 Před 2 lety

      Tout a tout résumé ! Iyo aza kugera ino Atari kuri mariage expérience yari kuba indi. Uvuga ko abeshya zinzi aho aba

    • @kaginathimothe4077
      @kaginathimothe4077 Před 2 lety

      Ntago kuba umugabo yakora imirimo yo murugo mugihe yahasigaye ntakazi afite ntakibazo kirimo abantu nugufatanya

    • @chrischris7302
      @chrischris7302 Před 2 lety

      well said

    • @SunShine-rq9yy
      @SunShine-rq9yy Před 2 lety +3

      Erega abantu bakagombye kwivanamo ibyo bakuriyemo mu gihe bageze mu mahanga bakiga kuba muri système bagiyemo. N'abagore hari ibyo batakoraga bakora. Tugomba kuva mu miteto rwose ntawe koza isahane cg guteka byishe ngo kuko ari umugabo kandi tuzi neza ko aba chef cuisinier benshi bakomeye ari abagabo. Ubu se nta mugore ufatanya n'umugabo gusiga irangi cg ku monta akabati?

    • @run584
      @run584 Před 2 lety +1

      @@SunShine-rq9yy njye Mr niwe uteka kandi ateka neza cyane. No kwita ku umwana usanga afite patience iyo birirwanye. Nanjye nkora byose niba imodoka yanjye ifite ikibazo sintegereza ko ariwe ugikemura...

  • @bambeirene182
    @bambeirene182 Před 2 lety +13

    Uyu mugabo ntacyo abeshya pe
    Nanjye mfite icyo nabivugaho(par mon expérience) Ndagushimiye Ras Kayaga kw'ubwubuhamya bwawe. Imana ikomeze ikwagure

    • @run584
      @run584 Před 2 lety +2

      Kandi aho byamugoreye ni uko atahakuriye. Yaje akuze

  • @mugishad9669
    @mugishad9669 Před 2 lety +7

    Ubundi mubamurimubiki mujye mushaka benewanyu turaha twaragumiwe twabuze abagabo none murajya gushaka abanyamahanga. eee🤪

    • @F20ization
      @F20ization Před 2 lety

      None ko muri gufata abagabo nabi ngo uburinganire urabona bizagenda bite ??Ok si bose ariko se ?ngo marriage ni birthday ??!!

  • @coucou1052
    @coucou1052 Před 2 lety +5

    Uri umunyakuri rata nta bucakura ufite, abagusebya ni abafite ibyo bahishe cyangwa bigaragaza uko batari. Nabyo ni ubundi buryo bwibikomere. Ibto avuga byose ni ukuri kuzuye niko ibyaho biri !!

  • @rushayigiperpetue9821
    @rushayigiperpetue9821 Před 2 lety +11

    Rasta kayaga ndabona ASA nkumunyamahoro cg uri innocent naramwikundiye wena wamugore ngo ni odette

  • @ericdavid8396
    @ericdavid8396 Před 2 lety +3

    Ibyo avuga nukuri , hano i burayi, buri muntu wese yikorera imirimo. Abagira abakozi ni abaherwe babandi bafite inganda cyangwa company zikomeye. Iyo ushaka ugufasha ,ushobora gufata umukozi for 2 hours or 3 hours

  • @munazinelson4405
    @munazinelson4405 Před 2 lety +3

    🤣🤣🤣 rasta aransekeje pe…. Ngo umugabo niwe basohora hanze……. Kuko niwe afite imbaraga zoguhangana nimbeho.!!

  • @ooBsto
    @ooBsto Před 2 lety +5

    Salut Maguru ukuri nuko.
    Kuambiliwakunauongo uje ukajionee.
    Urumugabo.🤗🌻

  • @bigirimanabonaventure6602

    Uyumugabo avyo avuga nukuri nibwobuzima bwacu kuko ntabwo umugore yaja kukazi ugasigarana nabana ngo utegereze umugore ngo niwe iributeke agarutse ck asukure abana uruko atashe kandi abarushe.

  • @alice-vo8ys
    @alice-vo8ys Před 2 lety +3

    Abasungukazi nabanebwe ntibakunda gukori mirimoyo munzu bagirumwanda cyane

  • @djlevyofficial8103
    @djlevyofficial8103 Před 2 lety +19

    Maguru naranwikundiye his so humble 👍

  • @mindcleaner9290
    @mindcleaner9290 Před 2 lety +4

    Kayaga kuri iyi nshuro urasa neza cyaneeee.....Home is the best kweli 👍👍👍👍👍💖💖💖💖💖Jah bless

  • @monikamonia8266
    @monikamonia8266 Před 2 lety +8

    Sha ibyuvuga nukuri ariko abagore babirabura nimubarenganye abagabo babirabura nibokibazo 70/100 batamenya kubuzima bubabuhindutse atarimurafrika mubamwahariye abayaya nababoyi kandi iburayi batabayo il faut komufashanya

  • @nezerwatv2117
    @nezerwatv2117 Před 2 lety +7

    Muzi kuzamura amatiku.abafite ibibazo nibenshi ninaha birahari cyane.mungo 10 ebyeri zimeze gutyo ndetse barara mubikoni

  • @maychannel6828
    @maychannel6828 Před 2 lety +38

    Every one here should know that there is always two sides to every story

    • @niwenshutialine8307
      @niwenshutialine8307 Před 2 lety

      Exactly

    • @CM-gh3jy
      @CM-gh3jy Před 2 lety

      Absolutely yes kuko uyu ariwe uhora hano undi nawe aje niho wakumva ko film yasobanuwe na younger

  • @tekanezaviocheftv1949
    @tekanezaviocheftv1949 Před 2 lety +24

    🤣🤣🤣ntiyabeshe abagabo barateka bagakoropa bakozabana vyose nabirabure kubirabure barafashanya ntabirenze IBURAYA gukoropa noguteka urumugabo sabe nibisazwe ahiburaya

    • @vm-qo1jr
      @vm-qo1jr Před 2 lety +22

      Ariko rero haribintu tujya tuvuga nkibaza niba turi mukinyeja cya 21 cyangwa turi mucya 19 bikanyobera ubu hari umuntu ukibaza Ngo umugabo yoza amasahane yoza umwana arakoropa ngo iyo nimirimo yabagore reka mbabwire ndumugabo Kandi ibyobyose ndabikora Kandi ntibimbuza kuba umugabo! Ubu umugore azatwita amezi ikenda narangiza age no kugoka arara amajoro ahoza umwana amukorera amata cyangwa kumuhindurira imyenda nsinziriye ngo ndi zamagabo ubwo se ubwo ni ubugabo uwo mwana ABA yaramuvanye iwabo se si uwanjye? Ni ko ngo gukoropa nikibazo iyonzu se njye sinyanduza harubwo ariwe wenyine Uba uyigendamo abana batera Ibintu hejuru bàkamuteshà umutwe biyanduza ngo sinabamesera ese twafatanyije ko twafatanyije byose ko tuba twarasezeranye byose? Oya bagabo twos gukora murugo ntacyo bitwara ahubwo jye bimfasha nogusabana nabana numugore buri wagatanu umukozi tumuha ikiruhuko tukaboneza igikoni nimugoroba twese nabana umukozi akaba boss Kandi niba hari umunsi dukunda ni kuwagatanu!

    • @marcellinehakiza8441
      @marcellinehakiza8441 Před 2 lety

      Abagabo being Rwanda muhindure imyumvire.Gukora imilimo mu rugo rwawe ntibigutesha agaciro.

    • @antoinettempaimana2724
      @antoinettempaimana2724 Před 2 lety

      @@vm-qo1jr wewe urazi agaciro kumugore nu mwana uzoze wigisha abandi bagabo uba bwire ko murugo ari gufasha nya kandi lmana iguhezagire

    • @rodneyslambert2815
      @rodneyslambert2815 Před 2 lety

      @@vm-qo1jr uzaze kw'isimbi utwigishirize abagabo😘

    • @niyonsengajoselyne3109
      @niyonsengajoselyne3109 Před 2 lety

      @@vm-qo1jr mbega byiza mama shenge uwiteka aguhe umugisha nukuri urumu gabo mwiza cyane

  • @agatakoofficial2644
    @agatakoofficial2644 Před 2 lety +3

    Ariko uRda ni rwiza koko Kayaga ndabona yabaye mwiza cyane

  • @marie-aimeendangwituze7771

    Ibyo avuga byose nibyo ntago abeshya iburayi imirimo yose murayifatanya

  • @claudinebigirimana5408
    @claudinebigirimana5408 Před 2 lety +1

    Erega akazi karagoye kukabona haba iburayi cyangwa mu Rwanda, murwanda se ntabashomeri benshi bahari ? Reka reka. Abadiaspora bavuga ko badateka, ko badakoropa, ko badahaha, badafura nubwo bafurisha machine ariko barafura, barahaha, bajyana abana kuri crèche cyangwa kwishure cyangwa kuri garderie, abo bantu babadiaspora barabeshya pe. Kayaga avugisha ukuri.

  • @Paradise-bk4fl
    @Paradise-bk4fl Před 2 lety +9

    😅inaha abagore ni ingorwa,iburayi ni inverse.ariko rero buriya gufatanya inshingano zose ni byiza,ariko imirimo yo mu rugo abagore dukwiye gushyiraho akarusho.ndibaza umugabo arimo yoza abana,anatetse ndi kureba movie😆

    • @janir9348
      @janir9348 Před 2 lety +1

      ino turafashanya sinon ntiwabivamo twese tuba dukora iyo utetse undi yoza abana waba urigukoropa undi agatera ipasi undi akajyana abana kwishuli nundi akajya guhaha…umuntu umwe ntiyabishobora

    • @violettemugisha2713
      @violettemugisha2713 Před 2 lety

      @@janir9348 ariko se ukumva atari byo byiza koko?
      Gufatanya ni byiza cyne.

  • @user-fx7vr7kx7i
    @user-fx7vr7kx7i Před 16 dny

    Yewe nihangane cyane
    Uwo muzungukazi ndamuzi ni akaga sumuntu mwiza nagato turaturanye arakabura inka gusa

  • @linkonbientot6048
    @linkonbientot6048 Před 2 lety +1

    I love the guy...the humble mn

  • @blackm4468
    @blackm4468 Před rokem

    Nibareke kwiyemera niko bimeze KAYAGA ntaho wabeshye.

  • @joe48564
    @joe48564 Před 2 lety +8

    Diaspora’s life totally different namafoto mubona 🤗💁‍♂️ aravuga ukuri

    • @Queen-ze1tm
      @Queen-ze1tm Před 2 lety +2

      Uzabaze Ev Aliane uko aryohewe nubuzima kandi yarahatukaga .
      Bajye bababeshya mwemere ubundi mugume mubukene n'inzara bya Africa 🙄

    • @joe48564
      @joe48564 Před 2 lety +2

      @@Queen-ze1tm nta wambwiye nkubwira ibyo nyuramo njye ubwanjye !!! HOME SWEET HOME , ubukene buba hose ninzara iba hose

    • @SunShine-rq9yy
      @SunShine-rq9yy Před 2 lety +1

      No mu Rwanda hari abirirwa bemeza kuri za status nyamara ahibwo wavuga ko hari abantu bakunda kwiyerekana uko batari kandi ibyo uzabisanga ku isi yose si ibya diaspora. Ikindi buri wese agira experience ye. Njye ndi umu diaspora ukunda ubuzima abayemo nkanabwishimira cyane kuko butuma hari nabo mfasha mu gihugu cyanjye. Iyo uzi icyakuzanye mu mahanga ubundi ntibikugora. Abahora baganya ni uko b1je bataraba mature mu mitwe yabo cg badashaka kuba intégré muri société babamo. Nzi benshi birirwa biriza ngo nta kazi babona kandi ari abanebwe ubona bashaka kwitungirwa na aides sociales gusa barangiza ngo i Burayi ni habi batarigeze bakora effort.

    • @joe48564
      @joe48564 Před 2 lety

      @@SunShine-rq9yy buriya ugize success ahantu ntago nabandi biboroherera , ntamuntu wumunebwe wananirwa gukorera amafrw ntibibaho , nabakora 12hrs everyday usanga wap kbsa , i burayi rwose sahantu ho gutega amakiriro

  • @mahwane
    @mahwane Před 2 lety +1

    Yavuze ukuri Ijana kwijana Kayaga ndamushigikiye. Ababihakana bashaka kwiha ishusho atari iyabo

  • @graceimperialgraceimperial5014

    NDAKEKA KO IYO BIGUMIRA MURI AFRICA NUKURI UMUGORE WIWE VYARI KUMWOROHERA MBESE AKUBAHA NUMUGABOWE KUKO INO NIWACU BIRATANDUKANYE. GRACE EN BELGIQUE

  • @linem6641
    @linem6641 Před 2 lety +4

    Ibyo avuga Nibyo abantu barafashanya ariko ntabwo umugabo wavuga ko uba ubaye esclave we. Uretse ko hari n'abagore muva mu gihugu kimwe yagera iburayi akagukandagira ukumirwa

  • @NtagungiraARemy
    @NtagungiraARemy Před 2 lety +3

    none se niba ino ubona umukozi wa 15K-30k/ku kwezi mu gihe i buraya bakorera 20$-40$/1hrs urumva byahura ngo ubone uwo mukozi.

  • @owlbig
    @owlbig Před 2 lety +3

    Man nivyo ino nanjye naje ntaziyuko atamibu ibaho cangwa ibiheri ariko birahari vyose 🤣🤣🤣avugishije ukuri 🇬🇧

  • @kayitarechristian1136
    @kayitarechristian1136 Před 2 lety +1

    Urkoze cyn Mr kayaga turagukunda kbx ufite inyigisho nzima .

  • @mariechantalfuraha9489
    @mariechantalfuraha9489 Před 2 lety +1

    Umugabo ibyo avuga nukuri niko bimeze

  • @niyigenanadia4589
    @niyigenanadia4589 Před 2 lety

    Uyumuntu arajijutse kbs numwana mwiza Imana imukomeze akomeze atere imbere

  • @alicebenimana6579
    @alicebenimana6579 Před 2 lety +2

    Mpise nseka ntarareba… mumbabarire niba inkuru idasekeje… nsekejwe na intro 😂… Uyu mugabo agiye kuzajya arumwa nkweshoninga abagabo bafite inda… nibaza niba arumubyibuho cg amarira yuzuyemo 😂

    • @amandamua
      @amandamua Před 2 lety +1

      Iyi comment iransekeje 😂😂😂

  • @jamilamanariyojamila1487
    @jamilamanariyojamila1487 Před 2 lety +3

    Kabs dukunda kumvirizwa🙌

  • @indebakuresetu5203
    @indebakuresetu5203 Před 2 lety +2

    Yewe imahanga nihabi uziko ubu aribwo umeze neza kiriya gihe warumeze nkuwarerwaga namukase

  • @lxllxl7783
    @lxllxl7783 Před 2 lety +1

    Kabisa umugabo niwe asohoka iyo vyanse ko mwubakana !!!! N'abanyarwanda twese,ino vyanse ko mwuka n'uko umugabo niw'agenda !!!N'abarundi n'uko umugabo niw'agenda !!!

  • @mutezinkajoyeuse6163
    @mutezinkajoyeuse6163 Před 2 lety +2

    Waouuu umurasta komera

  • @hilairengayaberura4942

    Iwacu mu Rwanda ni ahambere, ikibazo kubona akazi ni ingorabahizi birazi ,courage.

  • @jdmw8060
    @jdmw8060 Před 2 lety +1

    Ibyuvuga ni byo 💯 bro , I got almost the same story and I m from 🇺🇸

  • @Dative109
    @Dative109 Před 2 lety +1

    None koyabaga yagiye mukazise ashaka I bibatunga none icyuburana Niki ntakazi warufite none yarikuvamukazi agakora nakomurugo

  • @itNeza
    @itNeza Před 2 lety +4

    Abanyaburayi Benshi 99.9 Baratubeshya Haribyinshi Baba Badashaka Kuvuga Kugirango Abantu bo Muri afrika Bahore babona ko Barenze, Rero iyo Haje Umuntu Nkuyu Uvuga Ukuri nyako Kuberayo Babifata nabi. 😏

    • @jessica-py5sf
      @jessica-py5sf Před 2 lety +5

      Ese ninde ukorera kubantu ngo bamwere nawe uvuze nabi ngo barenze se iyo atabafashije imiryango yanyu ko munungunika??????

    • @tvshows6389
      @tvshows6389 Před 2 lety

      Bararenze kuko nudakora Leta imuha agera kuri million Irenga buri kwezi adakora!! Aho hari uyabona?? Ikindi akazi kabi kaho uba uhembwa nka nka 1million 500 , ikindi abantu bose ntibakoropa cya ngo bakore mu nganda kereka abananiwe kwiga kuko hari n'aba docteur babirabura?? Gusa nta mikino Ihaba umuntu ahora ananiwe kubera ukuntu ukora ukavunika , wanataha ugasanga ibyo mu rugo biragutegereje! Mbese usanga abenshi buri gihe abyuka 5h , akaryama buri gihe 20h , nta miteto turuhuka twaje 🌍

  • @ceinlehabineza5016
    @ceinlehabineza5016 Před 2 lety

    Aba generalisa ntimukabahe umwanya kabsa!!!Ku isi hose harabariho NEZA cyaneeeeeeee na buhoro!!!hakaba n'abarimo nabi cyaneee na gahoro

  • @soson1075
    @soson1075 Před 2 lety +2

    Uvugukuri nuko banyarwanda bakunda kwihagararaho, bakemera gupfanirana

  • @asheyyykaali6091
    @asheyyykaali6091 Před 2 lety

    Uganira neza byo 👌, uranafungutse mu mutwe ati akaryana mwibutura karyana no mwijipo

  • @nalomi1653
    @nalomi1653 Před 2 lety +1

    Ikijany nuwusohoka munzu sigih cose hasohoka umugor nzi umuntu wumugabo yasigay munzu umugor arasohoka knd umugabo numurundi umugor numuzungukazi nabamtu nzi neza rero aho uvymej waba wibesh

  • @titi5461
    @titi5461 Před 2 lety

    Ndabizi cyane uyo mu type arabesha kandi yuzuyemwo amafuti menshi muzabamubaze igituma ari kigali atara subira inyuma. Nuko hari igituma

  • @isimbidianeadele6437
    @isimbidianeadele6437 Před 2 lety +1

    Sha tuza ni 1% urukundo rwabagabo ndetse cyane

  • @gygygyslaine5016
    @gygygyslaine5016 Před 2 lety +6

    Abanya Afrique biwacu biragoye arik mubazungu umugabo gukora nikibazo gisanzwe icakoze iwacu babonyubikora benshi bavugako baguhayimiti ariko nibisanzwe gufasha Madame❤

    • @denisensenga5422
      @denisensenga5422 Před 2 lety

      Erega gufashanya ni normal cyane ko ino nta bakozi bo mungo tugira kandi tuba dufite inshingano nyishi ziba zidutegereje. (Akazi, amashuli, abana, izindi tâches menagères etc..). Urumva hatabayeho gufatanya umuntu yapfa pe.

  • @realandhonest5143
    @realandhonest5143 Před 2 lety +6

    Uyu muntu naramukunze, ni umunyabwenge, nta bunebwe agira kandi avugisha ukuri!

    • @rwandamum8323
      @rwandamum8323 Před 2 lety

      Numugabo da ntawamuseka,benshi birabacanga bakaba imbwa burundu.bakaba nabi cyane.kuba yarashoboye kubisohokamo tubimushimire.

  • @LadyAndanaZerva
    @LadyAndanaZerva Před 2 lety

    This man is Handsome and intelligent

  • @chantalofficial8980
    @chantalofficial8980 Před 2 lety

    Ndakumva cyane mama!

  • @jopraize1436
    @jopraize1436 Před 2 lety +6

    Hhh amarira niyo yuzuye muri bya bidigi se....

  • @robert___o8879
    @robert___o8879 Před 2 lety +8

    Love from Burundi

  • @millionsofreasons9806
    @millionsofreasons9806 Před 2 lety +1

    Uyu musore afite ikibazo cy'agahinda gatuma ayishyira abantu bose mugatebo kamwe! Hari abanyarwanda beshi bashakanya n'abazungu ,bari iburayi n'ahandi kandi babanye neza!
    Ikindi atubwira amakosa cg ibikorwa bibi yakorewe n'umugore we gusa ntatubwira ibye! Ibyemezo uwo muzungukazi yafashe wasanga yarabitewe n'imyitwarire yuyu musore! Azatubwire amakosa ye nawe atekereza yatumye umugore we amukorera ibyo byose!

  • @kindmanjustin8837
    @kindmanjustin8837 Před 2 lety +6

    Mpe nigendere izo likes

  • @AlbertEinstein-gx6xp
    @AlbertEinstein-gx6xp Před 2 lety

    Bavandimwe Hano muri Europe haragoye. Ndebere nkanjye navuye Aho nkorera Ikigo gikomeye none nsigaye nkora muri poubele ( Garbage) nshinzwe gutandukanya imyanda Aho irunze. Namwe mubonye nkama photo yacu mukazi wakwiruka.

  • @itubeinfo
    @itubeinfo Před 2 lety +1

    Abavuze ko abeshya ubwo nukwanga kuseba. Twe twabinyuzemo turabizi Sha. Umuzungukazi twakundanaga tubana yanyise umucakara ahantu muri supermarket ndumirwa

  • @d.r.5350
    @d.r.5350 Před 2 lety +3

    @Maguru, ndaza kumva uko uwo muzungukazi yihinduye insibika. Komera brother. Komera kandi komeza.

  • @jeannegakinahe3596
    @jeannegakinahe3596 Před 2 lety

    N ukuri pe ntacyo wabeshye ntanicyo wakabije :ibyo niko kuri !!

  • @emery9165
    @emery9165 Před 2 lety

    Amahoro kuri mwese.sabin ndi gushaka numero za Ras kayaga hari amakuru ngira mubaze ndumva we abifitemo ubumenyi.

  • @kalifanny
    @kalifanny Před 2 lety +5

    Sabin rwose ngo ino aha bazikubitira gusutama😂

  • @hakimsashamusic
    @hakimsashamusic Před 2 lety

    Play don't worry by hakim Sasha pleasel

  • @lhavugimana9157
    @lhavugimana9157 Před 2 lety +1

    Iburayi hacisha bugufi, kandi umuhungu cgw umugabo w umunyarwanda ntitatojwe guca bugufi...

  • @zainabunahimananahimana9527

    Indagara z'i Burundi zaramamaye save uranshimisha pe

  • @lilianemasika7883
    @lilianemasika7883 Před 2 lety

    Sha ntabeshya,niko iburayi hameze

  • @odetteniyomusaba4789
    @odetteniyomusaba4789 Před 2 lety +2

    Rasta aravugukuri nokwica inzoka ujya murukiko si muburayi gusa no mur USA nikobimeze Ntibakajye bihagararaho I’m sure

  • @ndahimanaabdu3562
    @ndahimanaabdu3562 Před 2 lety +4

    Ibyo uvuga ni ukuri iburayi iyo umugore ahamagaye police numugabo usohoka umugore agasigara munzu nabana keretse iyo adafite ibyangombwa ari umunyamahanga cg adafite ibyangombwa nanjye byambayeho rwose

  • @barananiyedavid1718
    @barananiyedavid1718 Před 2 lety

    Maguru avugishije ukuri 100/100 ibyo avuze bya hano I Burayi niko bimeze uretse abigiza nkana

  • @getrudemurekeyisoni2758
    @getrudemurekeyisoni2758 Před 2 lety +2

    Kayaga ntabeshya beshi ntibavuga I bibabaho.

  • @cedriquejoshuas6961
    @cedriquejoshuas6961 Před 2 lety

    Ikiganiro ni cyiza. Ras Kayaga arirekera akavuga ukuri. Ni mwiza

  • @ninsiimajosiane3820
    @ninsiimajosiane3820 Před 2 lety +2

    Ibyo uvuga nibyo rwose ni ko bimez pee

  • @sifategeka6670
    @sifategeka6670 Před 2 lety

    💯 trusted

  • @ceinlehabineza5016
    @ceinlehabineza5016 Před 2 lety

    Ikindi kibazo Hari level y'ubuzima atazi we akumva ko itabaho!!!!abakozi bo mu rugo hanze babaho biterwa n'ubushobozi ufite

  • @ceinlehabineza5016
    @ceinlehabineza5016 Před 2 lety

    Kuko ntabwo duhuje imivumo n'imigisha bitewe n'ibyo twanyuzemo cg.amahitamo twafashe

  • @mariemwiza6155
    @mariemwiza6155 Před 2 lety +1

    Ibyavuga n’ukuri.🤙

  • @bikoricinoeltv1829
    @bikoricinoeltv1829 Před 2 lety

    Muraho!mungirinama y'ukuntu nokurikiranwa nabeshi nkuko mubikora

  • @lhavugimana9157
    @lhavugimana9157 Před 2 lety +5

    his life may be true however, some of the stories are more likely linked to culture differences..

    • @publicrecord578
      @publicrecord578 Před 2 lety

      I do agree with the cultural differences. It's something that I think the people interviewing these people from the diaspora don't put into perspective. And you can't blame them because all they have known in their life is Rwanda

  • @bella-esthermukunzi7905
    @bella-esthermukunzi7905 Před 2 lety +1

    Kayaga ndagukunda cn sh

  • @ursuleuyisabe4836
    @ursuleuyisabe4836 Před 2 lety +1

    Ibyo uvuga nukuri

  • @uzamushakagerutrude1041
    @uzamushakagerutrude1041 Před 2 lety +1

    Ati nukuzana ifaranga rihagije kugirango ubashe gukundwa

  • @edisonbakunzi5101
    @edisonbakunzi5101 Před 2 lety

    Wavuze ukuri

  • @ichris822
    @ichris822 Před 2 lety +4

    Home sweet home 🏡 💕 👏👏👏👏

  • @roseb8052
    @roseb8052 Před 2 lety

    Nonese uziko harugishaka akicara ahubwo gukora byose nkuko yabigusaba mwamenyere ku abasingarere

  • @nailaniyonkuru5718
    @nailaniyonkuru5718 Před 2 lety

    Ntanahanwe yabeshye ahubwo byose nukuri pee.

  • @Infocedric
    @Infocedric Před 2 lety

    Abantu bateye uyu mutype amabuye ibyo avuga ni Ukuri kwuzuye 150% abavuga ko atari ukuri nibabandi bagera iwacu murwagasabo ugasanga bariyemera kuri bene wabo basize. Ndi Canada 🇨🇦

  • @bizimunguadolphe1973
    @bizimunguadolphe1973 Před 2 lety +1

    Ariko c bro ubona
    Warigutu nga umuzungu
    Iburayi?

  • @josianemukeshimana6647

    Nonese abirabure iyo bashakanye bose babana neza? Ariko mwagiye muvugisha ukuri 🙄🤔

  • @valensmicta6113
    @valensmicta6113 Před 2 lety

    Erg nta heza hisi .abo babihakana nabadashaka kwica Profile yabo ,kuko kuba mwabiriya bihugu ababirimo tubafata nkabami cyane knd tukabubaha cyaneee kubera ko ari Diaspola

  • @emelynenyirandindayino1657

    Yee bareke Umunsi umwee bazaza bivugire