TWAKOZE DIVORCE NYUMA Y'IMYAKA 20 TUBANA/TWAKOMEJE KUBANA MUNZU HABURA UGENDA😥UMUGORE WE MUSHYA NAWE
Vložit
- čas přidán 23. 11. 2022
- #MAMA_QUEEN_0788417607 NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #gerard_mbabazi #rweme_mbabazi
- Krátké a kreslené filmy
WIFUZA INAMA YA #MAMA_QUEEN_0788417607 WAMUVUGISHA CG UKAMUSANGA KURI IYI LINK czcams.com/video/IsJTSlDCccE/video.html
Urumunyembaraga gusa ndagukunda cyaneeeee ♥️
Nabanye nicyo kigerageza imyaka yose
I'm
@@floramucyo2467 SHA NTIBAKAZE HANO KUTWIFATIRA ISHYAMBA RIBARA UWARIRAYE ,JYE NAHISEMO KWICECEKERA !
@@floramucyo2467 n'ukuri Imana ize iguhe iherezo ryiza n'ukuri intahe yawe iramfashij
Amahoro arayafite ariko NTA byishimo afite, kuko nagahinda kamugaragara kumaso. Gusa numugore wintwari.kdi turize dufashe amasomo kbsaa.Imana Iguhe umugisha. Post divorce ntampamvu yo kwimena inda,ntampamvu yo gusebya uwo mwabanye,ntampamvu yo kwangisha abana papa wabo, ntampamvu yo kwanga mukeba. Ikirenze ibyo byose kumenya kumvira Imana. Urakoze mugore mwiza wubatse famille kdi Imana idakiranirwa humura izakomora.
Yego rata urakoze cyane ndagushimiye
Beautiful lady ❤️ ntagihombo warabyaye. Count it all joy.
Ukomere kuri Christ akomeze akomore mubyeyi. Urugo rwagucitse ukirushaka. Story yawe irambabaje cyane. Turi mu isi ibabaje.
Ubuhamya bwa maman Qween buramfashije Imana imuhe unugisha nzamuhuza na sister wanjye nawe yabaye divorce arko yagize depression rero akeneye ubufasha,murakoze
Pole Imana imworohereze
Ibyo uyu mu mama avuga ndabizi rwose bibaho. You can live with a man/woman for years have children and if he is not your husband/wife you will still part ways.
Nibyo koko rwose amahoro urayiremera
100%true
Nanjye ngishakana numugabo wanjye yarangerageje birenze . Twe twibera muribi bihugu bikonja cyane, ubwo turabageni naramubwiye nti harashyushye nakonjeshe imodoka ahubwo arushaho gushyiramo ubushyuhe kd sha ubwo narintwite tutakiri mubukonje ahubwo twageze mubushyuhe bwinshi . Mbabwizukuri narimfiriye mumodoka . Mubyeyi ihangane harabagabo babi
Yoooo ihangane mukobwa senga Imana izamuhindura nawe wishime.
Ego mana yanjye
Donna Uwase,hari abagabo babi hari n'abagore babi.kandi Aho abagore bajya bagora abagabo ni uko haje ikintu cya feminism ,Kiri gutuma abagore ,iyo batakitwayemo neza batakimenya kubwira umugabo neza ,kandi abagabo Banga stress na pressure nk'uko n'abagore Banga abagabo batabatega amatwi ngo babumve.Ibihe turimo ntibihagije ngo mube mufite amafaranga cg akazi Ahubwo iyo muganiriye mugafata umwanya mugatura ubuzima bwanyu Imana.Naho ubundi muri iki gihe ntibyoroshye !
Komera mwiza wacu
@@F20ization uvuze neza cyane bitimo ukuri kwinci.
Ariko ikibazo kuganira byarangiza ikibazo ariko harabadakunda sasa kuganira
Mubyukuri uyumubyeyi numunyembaraga cyane nibaza abantu muri kumuvuganabi icyo mutekereza muziko muteze amatwi nkumva arumunyembaraga cyane!!!!
Sha wa mudamu we urakomeye, ufite indangagaciro zikomeye nabuze izina nkwita. Ariko si ukuvuga nabi Uwo mwashakanye ariko kandi natabona ingaruka muri iyi si azaba ari umurame. Yahakanye Imana yishe umuryango, arawusenya arawusesereza arawumunga, nabuze amagambo. Niba Imana ariyo yashinze umuryango, umva Maman Queen Imana izaguhorere, iguhe amahoro iguhe ubuzima iguhe iherezo ryiza n’abana bawe.
Urakoze kumvugira ibyo naringiye kuvuga,burya uriya mugabo azumirwa kuburyo niyo yasaba imbabazi umugore we ingaruka zigomba kumugeraho .
Aya ni amayobera akomeye y, U kwemera. Gusa warahungabanye ndetse bikomeye.
Tu es formidable.
Merci pour ton témoignage.
Imana iguhe umugisha.
Mukomere mama.Ariko Gerard wazashatse umu psychologist akazasobanura Pervers narcissique ko abo bantu bateza ikibazo mumuryango ?ugasanga umuntu ubana nawe arwaye depression kandi abaye amenyeko ari uko ameze Hari uko yitwara bikaba byakunda .
Umugabo w'uyu mudame ntabwo ari narcissiste ahubwo ntabwo yari uwe bambi, nature has its way to solve the issue. If you know spirituality u can understand that every woman/man has a chosen one created for him/her( some call them soul mates).
Ibyo bya Perver Narcissique Hari umumama wabisobanuye neza kuri Rose show Tv
Uwimpuhwe Dorothée yarabyigishije
Urumubyeyi mwza kbs gusa icyiza nuko wabyaye abana bawe bazaguhoza amarira warize mbore maman
Mama Akaliza, inkuru yanyu yarambabaje, ariko mbifurije amahoro no gukira ibikomere byabateye. Mukomere, you are both amazing people
mama queen nubitaha ntuzabyongere gucira bugufi umugabo igihe cyose iyo bitamezeneza usaba ibiganiro mumutuzo byakwanga ukihagararaho nawe yabisha ukabivamo aba ataruwawe.
Iyi nkuru subwambere nyunvise kuli CZcams! Komeza wigishe abantu maman queen 🙏
Ngize umugisha cyane uyu munsi gukurikira ibibiganiro Gerald yagiranye nuyu mubyeyi w'ipfura wumukiritu nyawe ubuyamya bwe nanjye burafashije kandi ndabona hari nabandi babihamya nasaba Gerald ko niba ubuhamwe bwe utarabunyunza kuri Radio na TV wamusaba akabutanga kuko sibose bafite Phones za U tube, ndabona ntakintu namubwira co yakora kereka kuguma muMana kandi akamona ko ubuzima bukomeza ikindi namubwira nuko we atanyuze mibazo biteye ubwoba hari abandi batana nabi cyane Imana ikomeze kumurina we nabana numugabo.
Arakoze cyane kandi nawe Gerald urakoze cyane Imana ibahe umugisha.
Humura Mama Queen warabyaye !!! Uri umubyeyi warabyaye waronkeje kandi urahetse !!! Gira amahoro
Komera mama 🙏 , ntagikomere kibi kubaho nko gushaka nabi , umuntu akwangiriza future yawe , akagutesha igihe , ariko iyo ugize imana kare ukabimenya ko wayobye , jya wibihora vuba . Ushobora no kurwara depression kubera umuntu .
Ndetse no Gupfa kubera indwara zizanywe n’agahinda biba bishoboka cyane
Uwiteka ashobora byose, mubwire ikifuzo cy'urugo, umutware wawe arahari !
Musabe Yesu, il n'est pas trop tard !
Imana igukomeze mama Quen kandi irangurure ijwi ryawe kuko ni iryayo! Urugamba rw'isenyuka ry'imiryango ni rurugomba kurwanywa nta kujejenjeka kuko rujegeza imiryango na sosiyete muri rusange. Ibiganiro nk'ibi nibyubahwe! kandi namwe abari kuri uru rugamba Imana ibahe umugisha
Wouw
A beautiful and wonderful woman.
Uyu mugabo mwatandukanye icyo yahombye ntacyo Azi ntitaye ku mugore bari kumwe ubu!!!
Umugore mwiza nkuyu , wumugwaneza, Uzi ubwenge , wihangana,...
Kumubura mu rugo ukihutira gushaka undi ni igihombo kbsa.
Birababaje cyane. Mubyeyi ihangane ukomere. Imana ishobora byose ni yo ibasha kukomora ibyo bikomere.
Sha wa mubyeyi we rekera, wabaye imfura, ari wikomeza kumwereka ko washize. Kdi abavuga bareke ntimuhwanyije ubupfura.
Komera mubyeyi mwiza, urimwiza imbere n'inyuma ,ubugwaneza bwawe buzaguherekeze kugera kwiherezo ryawe wowe n'abawe ,kandi burya imana icyo yaguhitiyemo nicyo kiba arikiza kuri wowe, imana izi impamvu yabikoze ityo ,icyo gusabira niherezo ryiza kandi imana akongere iminsi yo kubaho umunezero n'amahoro waharaniye uzabibonere mubagukomokaho imana iguhe umugisha kandi igukomeze
Urumuvyeyi udasanzwe maman Quen warahezagiwe Imana izogushikane mu bwami bwijuru muvyeyi mwiza
Urintwari pe umuvyeyi wintashikirw
0
Mubyeyi wisaba umugabo wawe imbabazi uvuga ko atari wawe ! Vraiment nunva Imana ariyo ya Muguhaye kandi nzabasengera musubirane! Izera Imana umugabo wawe azagaruka Yjewe nza musengera kandi azagaruka peeee! Warakoze chane kurema urukundo mu mudyango Imana iguhe umugisha chane.
Sha,ndakwibuka mama Queen, warihanganye pe!!!!
Merci bcp Mama Queen. Wubahwe. Tuzavugane. Umwaka mushya
#EnjoyAfricatv Komeza wihangane. Imana Jyewe ndumva udasazwe pe. ABANA BANYU BANTEYE IMPUHWE.
Ariko disi uracyari mwiza mama Queen courage kunama utugira nubuhamya bwawe
Yegomana jerandumiwepe uwomumama ntasanzepe lmana izamuhe umugisa ikirutabyose izamuhe ijurupe
Uyu mubyeyi ndamubonamo agahinda kenshi cyane! Kandi disi ntikazakira! Icyo cyiniga no kwitsa ngo abanze asubize yiyoroheje bigaragaza kp memoire afite zimutoneka!
Sha nanjye mbona agahinda karamurenze. Yarakunze ahubwo yahuye n'umutekamutwe wamuprofise afite abandi bagore. Gusa narekere yaramwangirije. Ubundi ni aha Rurema, yamuhoza tukumirwa nibyo musabira
Sha agahinda karamurenze pe!
Biravurwa@@florenceuwineza139
Sinzi impamvu abantu beza bakunda kuruha pe 😔😔😔😔😭😭😭
N'ikibazo
Nanjye mbyibazaho Muvandi.
Gusa Imana izi Impamvu.
Nta mpamvu yondi ihari keretse iyi gusa(satanic abagabaho ibitero bitavaho by'umusubirizo kuko baramutse bagize umudendezo bakora ibyoza byinshi bagasenyera sekibi. niyo mpamvu ABA abahozaho intambara.)
uzarebe abantu bafite u wenge,u uhanga n'ibitekerezo by'imishinga migari itahomba bagabwaho ibitero by'ubukene.
Warabibonye nawe narumiwe gusa
@@ibyimanimpayeedisson9365 usubije nk'umunyabwenge rwose!ibi abantu besnhi ntabwo babisobanukirwa;satani agaba ibitero kubanzi be nyine;iyo ukurikiye Imana uba ushoje intambara kuri sekibi;kd ntampuhwe na nkeya agira we akubita ahababaza
You are amazing❤️. God continue to bless you🙏
Mama komera Imana izakomora izaguha ubugingo buhoraho niyo ngororano kwifurije Yesu ajye akuba bugufi murubu buzima uri Mama mwiza
Ahhahhhh abahanuzi nï abanyamitwe ibyo bintu bakunda kubivuga bagirango basenye ngo umuntu murikumwe siwe wawe rwose ntïmukabyemere birasenyapee
Iyo ukunda gusenga cyane ukundwa na bake,Satani yaraje arahahagarara nyine,Yesu wenyine wakurikiye umugumeho niwe uzaguhoza.
Abantu b’abakristo mujye mwitondera abantu bitwa abahanuzi surtout mu by’amago! Kuko hari abahanuzi b’ubwoko bubiri: 1. Ab’ibinyoma, 2. N’ab’ukuri.
What a beautiful soul!!!
Birababaje ariko bitanga amasomo! Mana weee! Mbega akaga! Ibi bintu kuki Imana ibyemera KO bibaho? Kuki umuntu aharurukwa uwo bigeze gukundanana koko? Nta byiza bya gatanya. Mama Queen ihangane ukomere! Waciye mu bikomeye ariko uracyariho komera Imana irakuzi. Ihangane Mama.
Right aho kugirango abantu bakore ibibi cyane mwahana amahoro kuko impano iruta izindi zose ni ubuzima/kubaho
Abraham yarongoye Hagai baranabyarana kandi atari umugore we, kuko atari umugore we, byatumye babyarana umwana utari uwisezerano.
Rero, birashoboka ko umuntu yashaka umugore/unugabo utari uwe. Pole sana mubyeyi. Imana ikomeze umutima wawe.
Uri umugore w intwari Mama.
Ihorere mukobwa mwiza
Uwiteka akomore inguma
Uwiteka aguhire kandi cyane
Yesu Christo twizeye niwe wenyine Uzi gukunda ntiwayobye pe humura araje agukundwakaze
Uyu mu maman ni mwiza, yifitiye umutima mwiza niba karma ibaho koko umugabo we rwose Imana izabimubaza guhemukira umugore witonda gutya.
Mama, divorce yayishakiye ko witonda cyane buriya wabaga wamuzanyeho amasengesho menshi, akabura nuko akwisanzuraho. Imana izakweze ni migisha Mama, ntako utagize!
Tu es une femme forte kbsa! uti wagiye gusura urugo rwabo! Jyew sinajyayo pee ! ubwo nyine byaba birangiye!
Nange nukop sinajyayo
Ubwo naba njyahe koko 🤷🤷🤷 uwo mutima ntawo nagira
Nanjye ntaho naja kuko hari igihe Wasanga umwe muri twebwe yishe undi kuko burya Umugabo yasabye divorce vuba baramaze gupanga ko bazahita babana
Ntacyo bamutwara mu gihe bazi ko atajya agira nabi . Gusa baba bamukinisha , banamuseka .
Kumwica ahagaze nibyo biryohera abagome .
Uri imfura maman Queen unyigishije byinshi cyane Imana ikuzigame ni ukuri
Inyuuma urakomeye arko mumutima warashize
No mu mutima arakomeye Imana irahari
Uri umubyeyi wihangana cyane Imana izaguhe umugisha
Ubuhamya bw'uyu mubyeyi bukora kumutima cyane,
Ariko njye haraho nagize ikibazo. Niba mwabyumvise neza, umugabo we, ntacyamushinja na kimwe uretse kuvuga ko yarumuntu ufite amacode, ntiyakunda abagore, ntiyarumusinzi, ntibamfaga gisesagura umutungo , yariyubahaga,
Umugabo ufite izi ndangagaciro atey'ubwoba kndi nareba uyu mubyeyi nawe arasobanutse, sumusinzi, n'umukritokazi, nibitekerezo bye urumva kwasobanutse lero ibyaba bantu Imana niyo ibizi
Gusa ntitugace urubanza rw'umwe kuko buriya umugabo nawe akubwiye ibye har''ubwo wasanga ukuri ariho kumenyekanye
GOD BLESS YOU MADAM
Pole sana mam kaliza gs nkunda ukuntu wihanganye muribyo bigeragezo wahuye nabyo gs Imana niyo nkuru
Mubyeyi Imana iguhe umugisha ibyawe birandenze ntawundi ndabyumvana byose ni ukubera ubuntu bw"imana
Ubyo avuga nukuri
Ntusanzwe mubyeyi. Nibake cyane bagira umutima nkuyu wokubabarira umuntu ataragusaba imbabazi. Imana izakwomore ibikomere.
Urakoze Mubyeyi usa na Mushiki w'umugabo wanjye.
Habaho umuntu w'umuntu rata💯, you're incredibly strong woman & Mother... and you deserve to be happy
A person’s person😂
Komera mubyeyi ❤️
Nubwambere numvise umuntu ufite umutima nkuyu ! Ese koko ibi bibaho ? Imana iguhe umugisha cyane Mama queen ntusanzwe waharaniye ibyiza
Ihagane mubyeyi ndumva bibabaje kubana batanu nihatari gusa nyagasani yabanye nawe aguha imbaraga pe, gusa ujyira umutima wokubabarira cyane nyagasani azaguhe ijuru
Yooooo urumama mwiza nukul IMANA ijye iguha umugisha kandi igufashe gukomera
Uyu mugore ni imfura kandi ni umutesi. Ahubwo umugabo we yari afite impamvu ze bwite atashatse kuvuga.
Wasanga arumushingwe
@@nsanzetito1453 ngo umuki ?
Mbabazi uyumumama wamuhase ibibazo kweli niwowe muntu ubashije kumukuramo amakuru macye👌
Warakoze maman gutanga Imbabazi kandi imana igukomeze rwose
Wa mudamu we komera! Jyewe ndakumva pe .Umuntu akujyana muri divorce ukumirwa ariko birangira ubyemeye. Reba imbere kandi ntuhungabane.
Ariko ibikomere byabagore mubyukuri tuzabyomorwa nande imana injye iturengera numvaga arinjyewe wasenye kandi ntakontagize ariko najegusanga turibenshi nukuri
Mpore bambe uwiteka niwe wenyine yomora ibikomere
thanks for being a strong woman
Shangazi komera turabizi ur'intwari💪
Sha mana mama queen ,jyewe nkusabiye umugisha kumana kuko ubuhamya bwawe burakomeye uri intwari gusa iyi nyigisho yawe ninziza pee ,ariko jyewe nkeneye kukubona imbona nkubone pee nanjye nkeneye inama yawe
Mbabazi nibyo hari igihe ubana nu muntu atari uwawe bibaho cyane ni nambyo bisenya ingo bakabyita ibindi umuntu mu kabyarana mugashyingira Ariko atari uwawe
Ahaa!
Ikiganiro cyiza murakoze cyane
Uwomudamu numu Christo ikirenzibyo numunyabwenge,windashikirwa muruhande rwabagore, thanks kunamanziza❤
Huuum,so sad 😥 story, komera muvyeyi ntago vyoroshe,kuruhira ubusa 20ans.Ni hatari.
Imana Imukize ibikomere abagabo benshi nabagome
Nihatari pe
Strong woman
Umva nshuti yanjye ntabwo abagabo bakunda abagore ba "yego mwidishyi" wowe waketse ko guca bugufi cyane biributume mwubaka kandi sibyo ihangane basi
Imana iguhe imigisha, binkozr kumutima
Ooooh sorry Maman 🤔🤔🤔 sha ukuntu uri mwiza mubyeyi weeeee ariko agahinda kuki kadahindwa ku byiza koko
Sha utumye numva ko nta gihe cyo kurangiza gusengera urugo
Ikibabaje waranamukundaga
Mbega Wweeeee Imana izakomore ako gahinda mwizaaaaa
Ohhhhh sorry mama queen lmana lrahari kubwawe
Ariko manaweeeeee lmana lzakunezeze mubyeyi mwiiza
Yeweee!!!urakoze cyane MQeen,gusa emotions ziranyishe rwawe nzi neza neza aho rwimukiye!!!Imana iguhe umugisha gusa!
Sha bibaho cyaneee.ubundi iyo inkweto Atari iyawe irakurya cyane
Imana igira imbabazi pe
Pole sana aho yarafite umuhabara
Ehhhh mbuze icyo ndebzaho peee abagore nkawe nibake kbs gusa imana izaguhe ijuru nisi kbs 🙏🥰
impore nukuri mama,ubuhamya bwawe buranyubatse imana ikomeze uwomutima wawe
Mama pole cyane uzihangane Waje kwisi wenyine uzahumurike ubwo uwo mugabo ariwe wa kwanze uza mwikuremo rwose uzamere kutarigeza kumumenya.Imana izaguha indi mugisha nti wamenya impamvu Imana ya byemeye Wenda yari no kuza kwica .
Ndagukunda cyane gusa mbabazwa nuko ibikomere byanze gushora ...gusa life goes on
No comment gusa Uyu mu mama Imana ikomeze imugende imbere muri byose 🙏
Imana iguhezagire kk warakiriye ishaka ryayo
imana ishimwe cyane kubw'Uyumubyeyi
Ndakubwiza ukuri umutima ufite ntawundi uwufite pe. Yesu wenyine niwe wawuduha. gusa Imana iguhe umugisha mwinshi kuko uratwigishije.
Baca umugani ngo Ntawamenya. Ndabona gahunda ya ntagikwe twakayishyigikiye ibintu bya mago kurubu bisigaye bintera ubwoba.
Ntagihombo kirimo wasanga Imana yaragennye kumuha urubyaro rukomoka murushako ruteye gutyo .
Yiyakire yikunde anyurwe nuko ari. Sinamugira inama yo kongera gushaka umugabo niyirerere abana nabuzukuru baraje.
Umugabo aramwemerewe kuko ataragira imyaka 60
Ibyo ndabizi bibaho cyane kwiha amahoro nibya mbere
Imana iguhe umugisha mwinshi ndahamya nezako umuntu wese uzumva ubu buhamya buzamwubaka
Nateze amatwiiii gusa icyonzi umugore sisura cg ikimero urugo sisura cg imicomyiza gusa haribindi byubaka urugo byingenzi urugero:muburiri ugombakuba ubyitwaramo neza naho ibindi birakemuka!!
Warakoze gutera abana gukunda daddy wabo bagakunda namurumuna wabo kyagwa mushikyi wabo
Imana izodoshoboze
Wooow!! No comments... God bless you maman...
Yooo mama nukuri bibaho pe uravuga ukuri cne iyo umuntu akundanye nundi ntibisobanurako bazahuza harigihe nyanga kd urukundo ruhari ngewe mbirimo ntanigihe kirashira nibutse ark harigihe ndakanya na madamu wange byahato na hato kd ndamukunda cne nae nuko arankunda nkuko kose natwe twanyuranye muri byishi mbere yuko tubana gs ngewe nzimwihangani kuko mubyukuri ikibazo utanasanga mubyaba intandaro yo gutandukanya abashakanye ntago ushaka kubaka byagusenyera kuko nundi mwabana ntibyabura kd ntiwahora mururwo ubana numuntu mukuru nae ukuze harigihe ibyo ufata nkibikomeye we abona byoroshye kd nae aruko
Imana iguhezagire
Ario Gerard 🎉🎉🎉. Uri umuntu mwiza w’umuhanga. Nkunda tes questions caane. Kandi wakoze kutuzanira umunmamman mwiiiiza❤❤. Nsanze agakiza kagoye pe!! Ni irembo rifunganye!!!
Nawel.mamugore.weee.ushyiramo.kubeshya.ngo.wamugiyeho.utabishaka.ngo.ntuzi.icyo.mwapfuye.ubwose.ubaye.utabizi.byamennywa.nande?
cyakoze uri igitangaza wamubyeyi we!!
Wa mu mama we Imana iguhe umugisha inezeze umutima wawe, nkunze ko utanamuvuze nabi... Kandi birumvikana ko umutima wawe ubitse byinshi.. IMANA IHAZEKWIFUZA KWAWE iguhe Umunezero pe... Sindashaka ariko ça fait peur.
Gusa t'es tombé sur un enfoiré blessé Imana izamwitura
Ubu buhamya burambaje cane, umvaa narize kweli. Uwo mugabo nawe Imana imuharire ku gikomere yaguteye . Buriya Imana ikunda abari mukuri , ww wicecekere gusa Mugore mwiza , niwaba uri mukuri uzobona igisuzo ciza kivuye kumana..
agahinda gashira akandi kageze ibagara nkeka ko nubundi nundi umuntu arongora aza afite ibye!!! ahubwo nziko azafuza kukugarura nyuma!! utwo twose mu ngo tubamo!
Imana iguhe umugisha.