MAMA NABILA Yaturitse ararira | Yabyaye abana batatu kumunsi umwe | Kubyakira byabanje kumunanira
Vložit
- čas přidán 13. 02. 2020
- Byari ibyshimo namarira ubwo twasuraga wamubyeyi wabyaye abana batutu umunsi umwe, yatubwiye ko kubyakira byabanje kumunanira kubwo kwibaza uko azabarera.
#AfrimaxTV #Kubafasha0783297428
Niba ushaka gufasha uyu mubyeyi numero yuriya mupapa ni 078 3 29 74 28
None c ko mutaduhaye nber ya Maman Nabila? Nkumuntu ushaka kujya muri Foundation Nabila yayijyamo ate?
Phone yande???????????????????????????
Iyi numero iri kuri watts up?.thx
Imana iguhe umujyisha mama abatukana namwe rwose munjye mwiyubaha
Afrimax mushyireho grp yogufasha uwomuryango .
Ubwo mwahageze mumuvuganire muri gahunda ya girinka kdi mama nabila God bless u
Wowe Gerard ,Konumva ushaka kubiha ngoniba barabyaye abatabafite haricyoba,bivuzeho kukwavuze ngumuntu wese wonkeje yagirimpuhwe Yegonyine nindewaku,beshyeko umubyeyi nutarumubyeyi bagirimpuhwe kimwe nimbarikubizi Uribeshya cyane nimbutarabyara tegereza igihe Nyagasani yaguteganyirije nikigera nawizagu humwana ariko wishitinga abakoze inkuru kuko ntaruhare bafite mukigera gezo cyawe mama Nabila komerezaho tukuri nyuma uwumvuno mubyeyi mubwijukuri ampe like
Dire nuko witangirira umutima wurukundo bakakwinjirira mama nabila we humura lmana irakureba komeza umutima wurukundo tukurinyuma I've udufungurira inzira ❤️🔥
Uuu!! Mujye mukurikira ariko!
Bravo mama N jyambere ubikuye k umutima ntaburyarya ntanikindi wubakiyeho kitari ububasha bw Imana kd usengere foundation ywe izagere kure abanzi bazakugarukira mwarakoze cyneeeeee🙌🙌❤❤❤👏
ALLAH arimkumwe nawe chrie love u so much maman nabila .naje ndi muri sauza africa nitwa Emelyne present .naragukuze cane naje nkora ibikogwa nkiryo uko vyogufasha abatishoboye love more kisssssssssss niza mu rwanda zagusha
Nukuri ndumva binshimishije cyane kubona aba Mama bishyize hamwe bakumva bagomba gufasha pe Imana ibahe umugisha utagabanije nukuri🙏🏻🙏🏻Courage bagore beza💕🙏🏻
C
Abantu badashima ibyiza biba byakozwe nibura bajye bareka no kwanduza ibyo abantu baba bakoze.Maman Nabila rata Imana yo mu ijuru iguhe umugisha utagabanije.Kandi Imana ikwagure mubikorwa byawe by'urukundo.
Afrimax tv IMANA Ibahezagire,uyo mu mama nawe IMANA Iguhezagire pe,ugira umutima wubuntu caane,ark nibarize afrimax tv,mwaja muja gusura nabarundi bahungiye rwanda konzi ari benshi,mukaja mahama mukaduha amakuru yabo,none mwebwe muraba abanyarwanda gusa?cnk kuko mbona mufise umutima mwiza muraraba abari mugihugu canyu bose?murakoze turarindiriye inkuru zivuye muri camp de refugié mahama
nizigiymana Gédéon uri sabiy kugire wumv abi wanyu?.😂😂😂😂
Ikigitekerezo ndagishigikiye.
Urakoze kwisabira Bact akumve
Rwose pe bact azabikore nabanyarwanda twabayeho impunzi ibibazo aba Ari byinshi
Mama Nabilla courage mukomereze aho😘😘
Mama Nabbilah komerezaho imana izakwibuka kandi nabagenzi bawe mukorana ibikorwa byiza nkibi imana izabongere kumutungo mufite kandi izabahire murukunfo muffitiye abatishoboye 📖🙇🙇🙇🙇 AFRIMAX murabambere kbs 🙋🙋😘😘💕💕 Mama N love U cyane 🙋🙋😘😘😘💕💕💕
Komera maman Nabila umutima w'urukundo ufise Imana iguhe umugisha. Bac T ibikorwa vyiza ukora birandenga kimwe Ndiho aguhe umugisha. Afrimax mukomere. Abana batatu nabo gufashwa twitange uko umuntu ashobojwe.
Ndabakunda pe!Kandi imana ijye ibafasha mumurimo mukora kd ijye ibongerera aho mukura uwo mudamu agira emotion nkanjye pe!
Iyo umuntu yabyaye arahembwa,akavugirizwa impundu,ku mukene no ku mukire ibindi bikaza nyuma! Ntabwo niba umukene abyaye yakagombye gusanganirwa amarira! Pls MWAMUHEMBYE, ubundi mukazamufasha. Ku bisigaye Imana yo ireba ibyihishe mu mitima, igire icyo ibakorera
Murwanda umuntu wabyaye abana batatu Leta iramufasha ninka baramuha uwomubyeyi azafashwa ahubwo ngira ntabuvugizi bamukoreye.
Nikiniga yagize kubera ukoyabasanze ntakuntu utarira p
Sha birabbaj nanjy amosozi yaragiy kuz gus imana ishimw yo itanga ititangiriy itama
Abana3 numugisha nubwo bavukiyemubukene ,m Nabila nturirire kuruwomuvyeyi ahubwo vuza impundu
@@carinemanirambona2708 vraiment!
masha allah.Allah atakulipa zaidi na zaidi kwa mapenzi na hurumayako zidi ya viumbe we mahitaji.
Abana ni umugisha! Kurera abana batatu icyarimwe biravuna pe! Mama Nabile wowe gira umutima ukomeye ntucike intege Nyagasani muri kumwe, Afrimax Tv ndabemera mwaziye igihe!!! Mufite akazi kenshi kandi gakomeye, natwe tubarinyuma, kubatera ingabo mubitugu! Munshyire muri groupe yo gufasha uwo mubyeyi. Nomero yanjye ni 0788417081 Imana ibidufashemo !
Sister Jack uvuze neza pe bavukiye mubukene ariko bazakura Imana iguhe umugisha
mama nabila disi agira impuhwe, courage bambe .
Yoo Wakoze cyn mama na billa ntuzacike intege
Mama nabila imana by ukuri iguhe umugisha caneee nukur iguh iherezo ryiza ❤️❤️❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Nukuri nyagasani azaguhe ijuru
Foundation Nabira ... Mbona aliyo amafaranga yacaho kuko nago afasha umuntu umwe nabantu batandukanye uretse no gufasha uyu mubyeyi Kugiti cye nabyo nago aribibi .
Allah akongerere mam Nabila knd ntuzacike intege turagukunda 😘
Mama nabilla wakoze cyane kuba wagarutse mu bikorwa nkibi ukarenga ibyatambutse
Mamanabi Imana lguhe imigisha kandi izaguhe ijuru mwese uwomutima uzawuhorane
God bless you, you did well. Does anyone else loves the instrumental musical in the background like me?
Mukomere cyane mwese ❤❤😥❤❤
Mama Nabira ndagushuhuje na team yawe ndunva nangye wansura nshiti ese umuntu ya joinning ate NABIIRA FAUDDATION
Imana ibahe umugisha mama Nabila nkwifurije kugera kure haza nukuri nawe BA CT komeze utsinde
Maman Nabilla God bless u my dear,utumye ndera.
Mama nabila ihangane mama mwijuru. Hari lmana ishoboye byose izagushumbusha kd uwomutima uzawuharane
God bless mama nabilah
Great job M Nabilla
Nukuri mama nabila ndagukunda cyane kandi imana izaguhe imigisha myinshi cyane pe uzakomeze uwo muhati
Mama nabilah Iman ishishikar kuguh imigisha uronk byinsh I nabo mukoran bos
Mama nabila .turagushimiye igikorwa cyiza nkicyo abaguca intege ntubumve komerezaho rwose.kandi imana iguhundagazeho imigisha myinshi cyane
ahubwo nashime Imana abandi barababuze
Imitwe yanyu wowe nagahongayire yaramenyekanye muge mtanga inomero ya nyene ubwite tumufashe ayitorera
Mama nabirah Allah ajye akongerera ndagukunda
Maman nabilla I wish you a lot of blessings of God 🙏🙏🇧🇮🇧🇮
Mama nabila Allah akwishimire agutere inkunga gusa ndasaba leta yurwanda ko yaha uyu mubyeyi inka ikamwa igakamirwa abo bana kuko nabijyihugu ubuyobozi bubikurikirane pe kuko abana barindwi ntibyoroshye nufite ubushobozi
Musabyimana Nadia wapi dii nshuti yanje! Jewe sindi umunyarwanda ariko ndi umunyamahanga yumva ururimi rw'ikinyarwanda, rero gahunda ya gira inka munyarwanda nubwo bikenewe ariko no gutunga inka ni umuzigo ukomeye kuyironkera ibiyitunga kugira ikamwe, nabyo bisa nogutunga impanga utagira ico uzigaburira! Abafise umutima wo gufasha nibarabi ibindi bamufasha kugira aronke ikimutunga nabo bana biwe
Ese ubwo mama nabila ararizwa niki?? abana numugisha batange number ziyo famille kuko ibintu byogufasha barangiza bakayashyira munyungu zabo wapi.
Mama Nabila jyewe mbona arumunyamitwe
Cyereka amafaranga ariwe anyuraho ariko banjyiye gufasha nkuku bagasiga nimero bazabasangaho ntawundi mutima urimo
Iteye ubwoba
Mama Nabila na Jacky Imana ibahe umugisha mwakoze igikorwa gishimishije cyane🙏🙏🙏🙏
Amen
Imana ibahe umugisha cyane,uwo murimo mukora Jehovah azabakomeze amaboko yanyu
Numugisha nanjye mbishaka cyane
Afurims.murabantu.babagabo.imana.izajye.ibagurira.ibikorwabyanyu.imana.ibahe.umugisha.mama.wabana.nahumure.bazabaho.komera.imana.irahari
Imana izaguhe ijuru kubwibikorwa ukora byurukundo, ururugero rwiza kuri benshi nubwo imitima yatwese idahura Nyagasani akomeze arinde intabwe zawe aguhe ibyo gutanga kubadafite
Abantu bavuga nabi mama Nabira ,banarwanya nabafite imitima mibi kdi ntibabura tukiri muriyisi , mama nabilla komereza aho rata
Abana numugisha
Ndagunda mama nabila Imana ijye igukomeza muri byose
Imana izakwihembere komereza aho rata ureke abapinga ibyo ukora
Abantu kugira umutima wo gufasha wafasha ark ibyo gukora grp ngo boherezeho amafranga nujye mutanga numero ya nyirikibazo kuko nimwongera gushyiraho numero zanyu muzaba murimo guhagarika ubufasha bwabantu kuko byateye induru hagati yabo bagore
Byo nibyo bajye batanga num yà nyiri ikibazo.naho undi byakwongera bigatera unduru.
Nawe aje gukuramo aye da hhhhhhh
Iyabaguhaye Izabimenyera abana numugisha utarwa n Imana yomwijuru
Izabimenyera? None c yabaremye itabyimenyeye ariko kuki abantu bamwe bagira imitima ntazi ubwoko bwayo nkawe rwose bigaragara ko ntanuwo wakwihera igiceri 50 Hari abo Imana yaremye ngo bagirire abandi umumaro ariko ndabona wowe utarimo
Murakozei.imana
Imana izabigufashemwo maman nabila
Nibyiza pe Imana ibahe umugisha
Mama nabira nabomurikumwe imana ibahumugisha
Maman Mabila Imana iguhe umugisha
Wallah bro allah atakulipa kazi uyifanyao allah pekey
Amen 🙏🙏
Imana iza ku girire neza maman Nabil
Imana ibahe umugisha
Imana iguhezagire cherie
Mukorogo irarenze
Umutima wurukundo ntako USA. Ubwiza bwumuntu buba kumutima. Mukorogo ye, ndabona ari ikimuri cyamuguye neza wangu!!!
@@kamwenubusainnocent8123 abantu mugira ingorane pe mukorogo yagiziki?
@@mugishalahay6050 😂😂😂😂
@@kamwenubusainnocent8123 mubyakozwe byose nicyo ubonye koko
Nukuri Imana ikomeze abo Bana
Basi mwarakoze. Mufite umutima mwiza.
Allah akbar
Mu Burundi tubita"ubushuri".mama nabila uhoraho abakumpere mukuguhoza
Humuha Imana irahari
M nabila ubarikiwe sana.tukuri inyuma
Wow keep it up my dear you are doing so great Job.and thank you so much Afrimax TV I love you so much guys 💝💝💝💝💝💝💝💝💝💝
Thank you very much afrimax
Can I have WhatsApp number please? thank you
Imana ikongerere
1 st to watch
Imana izabakuza imana yagizeneza kumpano nziza yabahaye
Nimuhezagirw ncuti zacu lmana ibahezagire kurico gikorw mukora
Yoooo Allah akworoherez murugendo utanguye mamy I love you so much
Imana ibahe imigisha peeee
Yoooooh mpore muvyeyi wa nabila. Biraboneka ko igikomere ca. Nabila kiracari kibisi.
Good bless you
Urwand nirwiz nabarutuyemw nibez bafit umutima wurukund kk baritanaho knd barafashany🙏🙏🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ndabakunda mwamfasha mukampa nimero ya maman nabila
Mn nabilah 0788696555
Uhezagirwe mama Nabila
Mama nabira kwiyugaza kugira ntusubire kuvyara nikosa nicaha kumana kuko imana niyi yabishatse
Ohhhh my God
Cool
Iyi nkuru irababaje kandi kwifata ntibiba byoroshye gusa tujye tugerageza kwihangana imbere yababaye kugira ngo tubahe imbaraga kuko iyo umuntu arize imbere yabo babara kurushaho ndazi ko yego biba bitoroshye ariko byashoboka.
Strong woman, Inama y' umunsi
Rekakumuza kubyara nicha kumana umwana numugisha
🙏🙏🙏🙏🙏
Imana ifashe aba babyeyi
Mureke mbabwire abantu bose barikurwanya mama nabila nsinzi uko mwabaye murashaka kumugaruraho ibibazo byabaye 2019 oya ubu yatangiye 2020 ni mu mureke yikomereze ibyoyiyemeje kandi kuvuga ko yatanze ibyobintu kumugaragaro ntabwo ariwe abaye uwambere gutanga I fashanyo agafotorwa nabandi niko nabonye babikora ubworero mushyire ishyari hasi uhubwo namwe mutangire gufasha
Nukuri maman Nabila yakoze iciza Imana niyo izobigushimira ntiwite ku majambo yabaguca intege kuba warize ntibobiguhora imitima iratandukanye komera muvyeyi.
Ntacyo bazamutwara mu izina rya Yezu! Imana iri kumwe nawe!
e ndorimana nibatahure ibintu gufotora nikugira abandi babibone babafashe kuko batavyerekanye ntibamenyekana
Zady Daïyati yego disi weee
Yooo disi Mama nabila bibabyamurenze nikoinosi imera 😭😭😭
Nkumuntu akora dislike kuri nkuru ubwo murumva muriwe afise ubumuntu kweli 🙁🙁🙁
Cyane
Bagenzi 257 hari abantu batazi insiguri yavyo sinibaza ko hari umuntu yobikora abitahura
abo naba haters, jyubareka buriya ntabwo biba byabafasheho.
Yooo uhezagirwe Maman na billa
Mama NABILA ,uramugiriye inama nziza yokuboneza urubyaro. Abagabo baragoye kuri gahunda yo kuboneza urubyaro
IMAN ibahezagir babyey bez nawew mumenyesh makur ndakwemer ukunt witang pe
Murakoze cyane
Birashimishe
Jewe na somye comment zose ariko aba nyarwanda mura tukana 🤔kira muntu niko imana ya muremye mbega ubu murazi inzara yu muvyeyi?raba ingene abana bambaye .uyo muntu yavuze ngo mama nabila ngo nashaka abireke gufasha 😥😭ahubwo imana imwongere umugisha mama nabila akomeze umutima wurukundo .from🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Abanyarwanda bajyira ururimi rubi.ntacyo bajya bashima.bahora bavuga ibibi.
Abanyarwanda twararozwe niba badashaka kumufasha babireke mama Nabila yigirire umutima ibyacu byose nukurwanya ibyiza ,Imana ibabarire abatukana
Ariko abantu nabo bajye babyara abo bashoboye kurera, ubuse nkuyumuryango Koko kuki babyara abana benshi kandi bibagora nokubona icyokubareresha. Muge mureka kubabaza abana mubyara mubaha ubuzima bubi mwitwazango abana numugisha.
Njyewe ababyeyi nkaba bantera umujinya, mujye mugabanya ubujiji nukuri
Dutange amafaranga twitange tumufashe mwabantu mwe
Umutima wihangana, umutima wurukundo, umutima ugira Ubuntu kwitangira abandi cyane abakene, ABO bakeneshwa, imfubyi, ABAPFAKAZI, Ababana nubumuga, nabandi bose batishoboye ibisa bityo ntabwo wabona ikiguzi kibyishyuye, amafranga ni eliminati cg frimason... Ariko kubana numutima wakimuntu, bihesha agaciro ni cyubahiro cyibi he byos. Thanks ma brother!
Allah akbar
Nukuri imana ibayobore mubutabazi mukora kandi ibonjyerere ubushobozi bwlkukora nokuguma muruhande rwiza
Arikose Maman nabilah ntiwafasha umuntu utajyanye camera ukabamenyesha bact akazabasura abakorera ubuvugizi rero wivuga ngo ugatanga ubishaka udashaka kobagushima ntiwarijyana camera
Ariko se mugaya ibintu vyose,mushimire kuvyo akoze, Hama camels ninziza kuko nawe ubibonye wagira icukora
Yooo Ndarize Gusa lmana Igufashe
Atayijyanye se twamenya gute ko hari abantu bababaye bakeneye ubufasha?
Ariko narumiwe koko camera se ni bac t uyemerewe gusa
Mwebwe mwamusuye imana izabahe imigisha imana urikumwe nobo bana imana izabakuza
Abana batatu numugisha udasanzwe, maman Nabila, yacurira ahumbwe mwibande kugaburira cane mama wabo bana, abonse. Iyo formula ( amata yifu yabana mukunda) akunda guteza Autistic mubana. Wobura mubakamishiriza amata yinka.
Aliko ye shimira Imana yo iguye abana ibidi bizikora
Il faut sous titrer svp en français
Uyu mugore m.nabira si amarira ni uburyarya! Mbona urinryarya ibimazemo igihe
Nanjye mbona yarapipanze samarira myamarira yakababaro.
Amavuta Amavuta 😂😅oya Sha ni emotion ziba zamufashe
Subwambere natwe iwacu mukuru wacu yabyaye abahungu batatu bavutse 2011.
Awiiii humura,mamy wihangane shange weeee
Matayo 5
Uwomuyeyiimanaizamujanhane