Sabin na maman Angelique ikiganiro nikiza ariko hari aho ntemeranya namwe mwafashe urubyiruko murushyira mugatebo kamwe ! Nkaho bose bangiritse ndakubwiza ukuri mu Rwanda hari abana babasore n'inkumi Bazi gukora bari guhiga cash badafite n'umwanya wo kuza kuri iyi mihanda ngo bigararagaze. Hari abana bakiri bato muhurira za china za Dubai turkey umva bafite imyumvire irikurundi rwego niyo muri gukorana cyangwa muganira mundege baba Bazi amasoko abarizwaho buri cyose abandi bamaze kwaguka bari gukorera mubindi bihugu byo muri afrika abandi kuyindi migabane ! Hari abandi bari mutuzi kandi batanga umusaruro uri excellent! So mwikora deliberation kurubyiruko rw' u Rwanda mugendeye kuri izinkozi zibibi nimukore research muzabona itandukaniro nibyo hari abashaka gukira bakoze ibidakorwa ariko hari nabarigutera imbere Kandi batarize Harvard n'ahandi nkaho ! Nibyo gutanga alert hakiri kare ariko ndababwiza ukuri This country has best future Kandi ishingiye kurubyiruko ruzima Kandi ni inshingano zacu kwigisha kugarura no kurwanya iyimyumvire idahwitse yo gushaka gukira abantu batakoze! Ariko aho guhagarara cyane kubakora ibibi no kwibwirako abayobozi bejo hazaza bazaba bafite abaturage ba fake I Don't agree with you! We have to stand for the future of this nation please! Munteye imbaraga ahubwo zo gukora iyo bwabaga nubwo nahindura imyumvire y'umwe nawe azahindura inshutiye gutryo nabumva nkanjye muhaguruke ntabwo ejo hikigigihugu hari abaturage ba fake rwose ñdabihakanye ndabihakanye !
Nanjye, uyu mugore aranshimisha, sinanamuzi, sindanamubona...Uretseko nta handi twahurira atari mu rusengero... Ariko wow! C'est super bien, Imana ikomeze imukorzshe kuko hari ababuze iyo favor..
Kwivuza n' ibyatsi nta kibazo kirimo as long as uzi the right dosage nibyatsi ukoresha. Njyewe nka grippe isanzwe cange inkorora nta binini mfata , nkora Sirop ya menthe, feuilles de laurier , ail, tangawizi, miel, na vinaigre de cidre kandi bikiza vubavuba kuko birimo Vitamine C , Zinc pour supporter le système immunitaire.
@alphonsineuwamahoro2748 Ariko indokore murironda mukanikunda koko 😅😅umuhungu wa Bikiramariya arasengeye ntago rosarie ntagatifu yayirekura❤️ubwo se aho asengera uhanenze iki? Ko yakira buri wese uva mu madini yose atarobanuye ubwo urarebye uti ntibihagije uti reka tumwikubire Kandi ari umurokore Ufite Isimbi tv yari kwironda ati sinakira abatambaye ingutiya or agakiza none afunguriye amaboko buri wese bahuye Wowe ntubiguhagije😀😀😀😀
Uko n'ukuri pe! Njye ndi umuhamya wo guhamya ko nasengeye muri KANGUKA ya Chris NDIKUMANA, ngakira kandi nari maze imyaka 4, nivuza uburwayi bwaranze gukira !
Abantu bavuza ibyatsi nta kibazo kirimo nagato. Mu bihugu biteye imbere babita aba Naturopaths , baba bemewe na Leta kandi bafite Licence. Gusa mu bihugu byacu nuko abo bavuzi bamwebamwe babivanga n' ubupfumu then bigatuma tutabizera. Sinon kuvuza ibyatsi byamyeho kuva isi ikibaho , none se la médecine moderne itaraza , abantu ntibakoresha médecine traditionnelle. Gusa na médecine moderne yabaye ubucuruzi, il y a beaucoup de médicaments synthétiques kandi zifite a lot of side effets on people ' s health
Niba ugira amatsiko cyane reba iyi link🤣: czcams.com/video/EQYBnsaoCdQ/video.html
Beautiful video by last trumpet choir SDA
Sabin na maman Angelique ikiganiro nikiza ariko hari aho ntemeranya namwe mwafashe urubyiruko murushyira mugatebo kamwe ! Nkaho bose bangiritse ndakubwiza ukuri mu Rwanda hari abana babasore n'inkumi Bazi gukora bari guhiga cash badafite n'umwanya wo kuza kuri iyi mihanda ngo bigararagaze. Hari abana bakiri bato muhurira za china za Dubai turkey umva bafite imyumvire irikurundi rwego niyo muri gukorana cyangwa muganira mundege baba Bazi amasoko abarizwaho buri cyose abandi bamaze kwaguka bari gukorera mubindi bihugu byo muri afrika abandi kuyindi migabane ! Hari abandi bari mutuzi kandi batanga umusaruro uri excellent! So mwikora deliberation kurubyiruko rw' u Rwanda mugendeye kuri izinkozi zibibi nimukore research muzabona itandukaniro nibyo hari abashaka gukira bakoze ibidakorwa ariko hari nabarigutera imbere Kandi batarize Harvard n'ahandi nkaho ! Nibyo gutanga alert hakiri kare ariko ndababwiza ukuri This country has best future Kandi ishingiye kurubyiruko ruzima Kandi ni inshingano zacu kwigisha kugarura no kurwanya iyimyumvire idahwitse yo gushaka gukira abantu batakoze! Ariko aho guhagarara cyane kubakora ibibi no kwibwirako abayobozi bejo hazaza bazaba bafite abaturage ba fake I Don't agree with you! We have to stand for the future of this nation please! Munteye imbaraga ahubwo zo gukora iyo bwabaga nubwo nahindura imyumvire y'umwe nawe azahindura inshutiye gutryo nabumva nkanjye muhaguruke ntabwo ejo hikigigihugu hari abaturage ba fake rwose ñdabihakanye ndabihakanye !
Niba mawe ukunda uyumubyeyi wankandiye kwifoto nkabasha gukura Imana ibahe umuhisha bavandimwe❤
Maman Angelique beauty and brain❤. Mme Bahavu Jeanette ndamukunda cyane Kandi nubaha akazi akora she is a queen. ❤
I Sabato nziza umusi wumunezero wauuuuuuuuuuuuu ndabikunze❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Courage chr wanjye abakunda bahavu nkanjye munkandire kwifoto abakunzi ❤❤❤❤❤
Ndagukandiyeho humura
Erega bahavu numwana wisezerano kandi mama we afite amakuru Yuko umwanawe arimunyungu zimana
Ndabakunze. Saben yubaha abadventisiti. Ndagukunze kurushaho❤❤
I’m Muslim but i love and enjoy her words of wisdom ❤️🫶🏽❤️
Welcome to the family of Bahavu
Ndagukunda mama Angélique ❤❤ setu.
Ubwiza, ubwenge, ikigundiro cy'Imana bikugumeho mubyeyi mwiza❤
Mama Angelique ndagukunda cyane.. Janet bahavu Keep going girl ❤we love you
Hero isimbi tv aaa!! Nitwa devothe ndaba kunda cyane icyo nshaka kuba bwira ndabizi ko mudakora akazi koguhuza abantu ariko nda girango mbabaze ko mwamfasha guhura n, umuntu mfana ukina mu mpanga nukuri ndamukunda cyane kuko kenshi iyo ryamye ndota munzozi nfikumwe nae ariko nakanguka nkamubura none ndagira ngo nukuri mumfashe kumubona kuko bahavu ndamukunda cyane nimimfashe gushaka uburyo namubona nukuri pe ndabinginze nimumfashe
Oh bahavu Imana imuhe umugisha❤❤❤
Amen ubarikiwe beautiful 😍
Wambaye neza cyane and make up on point kbs ❤❤❤❤
Buri gihe iyo nkurikiye ikiganiro cya Mama Angelique ndishima cyane kuko nigiramwo byinshi. God bless her
Yeah I love her too ❤
Maranata. Umwami yesu naze wawuuuuuuuu
Nshimye Imana cyane ko ari Imana ikomeye ❤mama Angelique ndagukunda ❤niba namwe ari uko nkandira ku ifoto ❤
Biteye ubwoba weeee😢ngo Imana yavuze itavuze!!!?Imana itubabarire idutabare
Sabin. Imana iguhe umugisha kubw'ibiganiro byiza uduha
Mana bahavu ndagukunda cherie😭😘🙏🏾
Mama Angelique yambaye neza Cyane ❤❤❤
Nanjye, uyu mugore aranshimisha, sinanamuzi, sindanamubona...Uretseko nta handi twahurira atari mu rusengero...
Ariko wow! C'est super bien, Imana ikomeze imukorzshe kuko hari ababuze iyo favor..
Maman Angelique, muraho neza.
Nkeneye, igitambaro cyo mu mutwe, wambwira ukuntu nazakibona.
Urakoze.
Yoooo ndagukunda maman amora❤❤❤❤❤❤😢😢😢😢😢
Mama amora ndamukunda❤❤Kandi akomerezaho niyite kubabisha basatani bashaka kumuca intege imana imuhe umugisha amen 🙏
Amen💗she is very talented🌹
Mana umugisha Yesu atanga ntamubabaro wongerwamo❤
Nibyo ntamubabaro yongeraho
Kwivuza n' ibyatsi nta kibazo kirimo as long as uzi the right dosage nibyatsi ukoresha. Njyewe nka grippe isanzwe cange inkorora nta binini mfata , nkora Sirop ya menthe, feuilles de laurier , ail, tangawizi, miel, na vinaigre de cidre kandi bikiza vubavuba kuko birimo Vitamine C , Zinc pour supporter le système immunitaire.
Aba bantu Bose ni beza imbere n' inyuma ❤, yaba Angelique, Bahavu, na Sabin . Mwese rwose ❤❤❤
Sabin ndagukundape ❤❤ Ariko ndagusabye nukuri njye numva iteka ryose ubabazwa nabantu babuze urubyaro none wagerageje ukadukorera ubuvugizi reta igashyiraho ikigega kidufasha kwivuza ko benshi ntabushobozi tuba dufite kd kobihenze cyane
Ugirango se abenshi ntibivuza bagasanga Ari ntakibazo bafite,ahubwo nukugana ijuru ugasenga ubundi Imana ikagusubiza ,ngewe nakubwira kuzaza Kwa yezu nyirimpuhwe muruhango benshi bahaboneye abana why not wowe wasigara Kandi waje bisa kwizera gusa ubundi ukirebera .
Be blessed Maman Angelique
Ndagukunda cyane uhora usaneza urasenga❤❤❤
Rata mukorere Imana neza izabahemba , abantu bazira abimereyeneza ? Arko harabantu babaga bafite uducano twamafuti birirwa batekimitwe.
Mama Angelic ngukundira ukuntu ugira ukuri muri wowe❤❤ nukuri uri umukozi w' Imana 🙏🙏 mama Amora ❤nakomereze aho ibicantege abyime amaso abyime amatwi akomeze yamamaze umwami wamuhamagaye yihanganire imijugujugu ya bisi nukuri iyinzira irimo amahwa bisaba kumvira mwuka wawe ❤❤
Kabisa barikiwa
Maman Angelique, kweri uzaba Pastor ryari? ijambo ry'ukuri rikurimo kandi ryuzuye ubwenge, watorejwe kubirenge byiza, wavuga Imana kurundi rwego nukuri. Imana izakoreshe intumwa Paul Gitwaza akwimike rwose kuko urabikwiye cyane.
Ndagukunda janet
Nabonye nabambara bakikwiza bakageza hasi imyambarire ariko sha itiku ryabo ahaa imitima irwanya abandi se ni hatari Mureke Imana yitwe Imana😢😢
I love you the wisdom of God in you Woman of God🙏
Urimwiza pe❤
Niba ukunda ijambo ryimana wakurikirana mugeni tv
Maman Angelique ufite ukuri pe👌abo badiaspora akenshi ntibakurikira no kuba muri milieux z’abanyamahanga baratwifatira pe😢
Yesu ntahantu twigeze twumva yakira amaturo ngo nuko yakijije abantu. None abapastori bamwebamwe bubu ngo tanga ikiguzi ngusengere. Abakristu mwavuye mu bujiji mukamenya Imana nicyo ivuga ku bijyanye n' amaturo n' ibitambo
Ikindi galaxy bampaye service mbi, abakozi baranyiba barandenganya, na mafacture ndayafite, uzababwire bikosore, urabamaririza, ariko mu gikari habera ibintu bibi cyane!
Ngewe nikundira ukunt Sabe atangira akomeza abantu kandi buri kiganiro cyose arabanza akatwibutsa kwihangana ☺️Imana ikuzurize 2m🙏
Ntiwandusha kubikunda p hari igihe mba ndushye nkumva nduhutse ho gato❤ God bless him
Amina❤
Twaherewe ubuntu dutangire ubuntu. ntampano y'Imana igurishwa! abantu babisobanukirwe Bareke guhora kubabeshya! amaturo aturuka ku mutima ukunze
Uyu mu mama mukunda by'indani.
Amen
Amen❤
❤
❤❤❤❤❤❤
❤❤❤
❤❤❤❤
Reka ntere isongabugari daaaa😂😂
Genda ureke guteka imitwe 😢😢😢
Bagavu mukunda cyaneeeeee❤
Imyenda nta hantu ihuriye n'Imana kdi bimwe. Ibyinshi hano muri nama principles yamadini adafite aho ahuriye n'Ibyo Imana ishaka ku bantu.
bajavu. Jeannette ndagukunda
Jeannette wambaye neza
Sabin azabe umurokore Nyamara akunda abarokore Kandi baramwinjiriza pe ibiganiro byabo birakurikirwa cyane🎉🎉
Naho ari mubagatulika nabo nabarokore bemera imana numwana wayo Yesu
@alphonsineuwamahoro2748 Ariko indokore murironda mukanikunda koko 😅😅umuhungu wa Bikiramariya arasengeye ntago rosarie ntagatifu yayirekura❤️ubwo se aho asengera uhanenze iki? Ko yakira buri wese uva mu madini yose atarobanuye ubwo urarebye uti ntibihagije uti reka tumwikubire Kandi ari umurokore Ufite Isimbi tv yari kwironda ati sinakira abatambaye ingutiya or agakiza none afunguriye amaboko buri wese bahuye Wowe ntubiguhagije😀😀😀😀
@@denisekubwimana3855: ❤️❤️👏👏👏
@@denisekubwimana3855 mubwire rata
@@KiraboCyimana-bl8hySabin arenze abarokore, kuko n'abasilamu arabakira!
Sabin uzatubarize Maman Angélique ko ariwe wambika Apôtre Mignonne ?
Nta cyiza nko kuba neza mu buzima bwa gipentecost ukijijwe neza
Nonese Angel imikenyero ugira iyo ugurisha
Mwareka n'iki babyeyi? umwana akwigiraho nabi,ugahana,guhana bikavaho ugahendahenda bikanga,uburaya akabukora,urumogi rukanyobwa umubyei areba yarabuze icyo akora,akiherera agasenga,ugatinya kuvuga menshi ngo utabura intama n'ibyuma yijyanye kunkundamahoro.
ariko Aho kuvuga ibintu kumuntu bitamwubaka bitanubaka society ,mwagiye mwicecekera bikabigumiramo !
😂😂😂son excellence PKagame yaravuze ngo Niba Imana yavuze cg c ikabatuma yaba yarahereye kuriwe 😅😅ngo murahanura mureke guta umwanya wanyu
Uziko nta makuru ufite pe Imana iravuga naho umuntu atabyitaho
@@user-dy3oe6xo5u 😂🤣🤣😂😂😂pole
Zaburi94:19
Igihe amaganya yari yandengeye, warampumurije wongera urampoza.
Zaburi65:2
Wewe wumva amasengesho, abantu b’ubwoko bwose bazoza iwawe
Ariko imyambaro yabantu tuvugira lmana kombona Isa nabiyita abatubaha lmana haba mukwisiga kera abasenga bakwambara amagunira bakisiga iminyota none abandi muhindura uko lmana yabaremye inzara ingohe nama pantalo
Amafranga atakubaka inzu uyubakisha umubiri😝😝😝!!
😂😂😂😂 mujya munyisekereza Abakristu
Gumamo rata ndagukunda rata njya nza kuri zion ngo ndebe ko nakubona ariko byaranze
Uzaze nzamukwereka
Na Chris Ndikumana Iburundi arasenga atakoze kubantu kandi rwose abantu barakira.
Uko n'ukuri pe! Njye ndi umuhamya wo guhamya ko nasengeye muri KANGUKA ya Chris NDIKUMANA, ngakira kandi nari maze imyaka 4, nivuza uburwayi bwaranze gukira !
Abanyarwanda mwaracanganikiwe 😂😂
Jya mubindi
Sha turi muminsi ya nyuma pe ese wowe uvuga ngo abantu wowe uri iki kweri 😂😂😂
Reka mfate agatebe numve
🙏🙏
Kkl
Abantu bavuza ibyatsi nta kibazo kirimo nagato. Mu bihugu biteye imbere babita aba Naturopaths , baba bemewe na Leta kandi bafite Licence. Gusa mu bihugu byacu nuko abo bavuzi bamwebamwe babivanga n' ubupfumu then bigatuma tutabizera. Sinon kuvuza ibyatsi byamyeho kuva isi ikibaho , none se la médecine moderne itaraza , abantu ntibakoresha médecine traditionnelle. Gusa na médecine moderne yabaye ubucuruzi, il y a beaucoup de médicaments synthétiques kandi zifite a lot of side effets on people ' s health
Hhhhhhhh Sha ubuse uramutangira ubuhamya iyo kayanja yawe kweri hhhhhhh uwiteka niwe Uzi imitima yabantu
Bahavu atangiye gusara 😅😅
😂😂😂 😂😂😂😂😂
😮😮😮😮😮😮😮nusara nkAwe uza ba uhirwa nshuti YANGE
😂😂😂😂😂
😅😅😅😅 mureke zari wacu agere ikirenge mucya mignone.
Hahirwa abasarira mu by'Imana
😅😅😅😅😂😂😂
Muzatuma tureka kubizera Imana murayirushya pe.nta nicyindi ushaka pe ni cash iyo utavugako murinshuti twari kubyumva pe
😂😂😂 mbese nyine amatwi yawe hombye ibyo yashakaga kumva . Ushidikanya kuri bahavu nutazi Aho avuka I mean utazi family yiwe bahavu numunyuhamagaro Niba warakurikiranye kuva kera wumvagako afite ibintu apfukirana abanyamwuka barabibonaga
@@rosemushimiyimana4879 bhhhhhhhhv ngo hazaza benshi bavuga izina ryayo ariko ntaho bahuriye nayo .yes ko atabikoze kare abikoze kko ivuta rimaze kumufata ubundi business zunguk nkukubeshy abantu nizihe kko
Iyo nimitwe nayitekere abo hanze nibo bagowe
Ariko se igihe cyose Umuntu akirijwe icyangombwa nuko icyo gihe nigihe cye mwirebeho mureke kureba kubandi nibwo Imanza zizaba nkeya@@UwinezaAline-em2ue
Ariko disi na Yesu ntiyemewe na Bose burya
Ariko mwaretse gutekimitwe?😂😂😂 mujye mureka kwibonekeza niyonyine noneho uraje ube pastori 😂
Ko ariho hasigaye business se bagire bate.ntawabarenganya.
Ababaye abapasitori sebosabantu
@@rwandamum8323 mujy mwirinda mutazakora icyaha cyo gutuka mwuka wera icyo Imana ntikibabarira p
@@user-el2ds7on1u ni abantu ariko burya hari indangagaciro.niyo mpanvu uwo acyemangwa.
@@rwandamum8323nawe wayigiyemo se ko mtawanga busness yinjiza? Ntimukabe judgemental cyane kuko simwe mana
Ntibikakurakaze nibyavuzwe bigomba gusohora
Rekana nuwo mugore ubwo abahaze
Bahati ni umujura mubi abonyeko mignon bimukijije bitewe.nubwiza ati nanjye bino nabikina
Bahati Ninde se? Niba ari Bahavu se Yibye nde? Ubundi se akennye iki?
Imana imukomeze imugeze Aho imushaka
😮😮unvambese ntuzamuyoboke
Shyuuuuuu nabikine tumuyoboke, bitway'iki se? Nkunze ko ubizi ko yambaye ubwiza bw'Imana 👍👍👍
@@lolitaimena9782uzi ukuntu BAHAVU agira n'urukundo n'ub'umuntu! Ndibuka ukuntu yafashije Evangeliste Elianne Niyonagira arwaje Happy, niho twamumenyeye!
@@dorotheuwamaria5107 Yego
Ubworeronawe uraje umazekubona minyoni ageze kurwegorwisi utangiye kumwigana wowe vuga ibyawe ntanubwo urumupasiteri byihorere ntampanoyabyo wifitiye
Amen❤❤❤
❤
❤❤❤
❤❤❤❤
Ariko imyambaro yabantu tuvugira lmana kombona Isa nabiyita abatubaha lmana haba mukwisiga kera abasenga bakwambara amagunira bakisiga iminyota none abandi muhindura uko lmana yabaremye inzara ingohe nama pantalo
we wambara gute??ubahanuye rero kwambara ama gunira mu ntumbero yo gukorera Imana neza?
Amen❤