Mu kiniga Cyinshi🥲| Barbara Avuze Agahinda Amaranye igihe🥲 Bambujije Kuririra URUPFU Rwa MAMA😭|
Vložit
- čas přidán 12. 07. 2022
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
Thanks a lot Rose, iyo life story ya Barbara inkoze ku mutima. Ndamukunda uwo mu mama kandi ndahamya ko nzamwigiraho byinshi cane. Samahani kwa kuandika vibaya Kinyarwanda. Nina jaribu kuandika kwa kuwa ninapenda sana kuongea kinyarwanda. Nawapenda sana kutoka Tanzania.
Imana ibahe umugisha
Barbara komera rwose wihangane nkuko wihanganye Imana ikomeze ikwiteho nukuri kubwibintu bitandukanye waciyemo.
Tubona abantu bagenda kweri tubona baranezerewe ariko hari byinshi bibarimo I’m really sorry to hear your story nzakigura iki gitabo
Nibyiza kugishyira kuri Amazon natwe kikatugeraho. Be blessed 🙏🏾
Nkunda iyo uvuze ngo warondogoye, cg muri make! nicyo nkukundira!! Jya wivugira Yesu yaguhaye umunywa 👌🏾Ndagukunda!!
Barbara uraho neza sha nukuri twarakubuze muri translation ya gitwaza pe kandi rwose niwowe uzi kubisemura bikomeye
Barbara igihe cyose nkubonye utuma nkumbura kukubona usemurira apostle Paul Gitwaza,nukuri Imana izamfashe nzongere kukubona usemurira apostle Paul Gitwaza 🙏🙏🙏🙏
Yes, nanjye ndamukumbuye kumubona asemura. Ndamukunda cane avuga neza English.
Babra ,ntiwimenye inda ibyo vuga nibyiza. Jyewe ibikomere mfite sinzi uko nabikira Imana yonyine.
Nukuri n'ishema Barbara, I love you pe. Uri umugore uzagera kure hamwe n'Imana
Yego murasa neza mwembi. Love you both
Babra ikibazo igitabo kiri mucongereza. Kidushirire vuba mukinyarwanda.
Barbara urandijije😢, impore. I need to get a copy of this book
The same to me.
Nukuri garuka kwagitwaza kuko waradufashaga cyane
Ndamukunda😘😘😘 komera
Mbaye uwambereeeeeee💃💃💃💃
Rwose uzadufashe ibishire no Mukinyarwanda. Nubwo icyongereza caba coroshye.
Urakoze kutuzanira uno mutumirwa chr
Dear Rose ikaganiro cyari cyiza
Ariko hari abantu bari kuganira iruhande kandi turi kubunva muzajye mubivanamo mbere yo kwohereza ikigsniro.Murakoze
Kurikira Nyurwa Family Tv Show
Ndamukunda Mana
ibintu muvuze njya mbitekereza ntamuntu urampa nakarabo 1 iyo mbabaye rero nibaza ukuntu bazazimpa ntazireba
Impore Kandi IMANA izaguha uzaziguha
Hora bambe gusa christo niwe ubirangiza byose Shuti
Mpa numero yawe nkugurire ururabo rwiza shahu!
Birababaza ark komera
😒😒
Courage
Nanjye nahageze , nkurikira kuri Simply YvetteU channel .thank you
pol
Kurikira Nyurwa family Tv show
Ariko Mana yanjye, kuki Barbara abeshya Koko?
Kagirinkuru 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😂
Yabeshya ate kandi ari pastor ????
Yesashimwe wampaye email ya Barbara
Ndarize pe mpise nkora subscribe kuri iyi Chanel