Nyuma yo kuva muri Gereza umugore wumukinnyi GANGI yaturitse ararira | Yasanze abana be barabatwaye
Vložit
- čas přidán 26. 02. 2020
- Nyuma yuko uwahoze ari umukinnyi wikipe yigihugu Amavubi Hategekimana Bonaventure waruzwi nka GANGI yitabiye Imana , Uwari umugore we yarafunzwe, Nyuma yaho afunguriwe twamusuye, Atugezaho ubuhamya bwuvuzima bushaririye yabayemo nyuma yuko umugabo we yitabye Imana.
#Ubufasha_0785403193 #UmugoreWaGANGI
Hamagara 0785403193 niba haricyo wafasha uyu mugore wa Nyakwigendera Gangi.
its a pity to pass through such life with three kids non of them going to school but FERWAFA needs to wake up and lift up this family as we followers of Afrimax do our part
Ibi bintu leta igomba kuzabikemura..ntamugore wo guhora azererana abana kd umugabo yarafite imitungo ngo nuko batasezeranye..nyamara musubire mumategeko..kera iyo mwashwanaga umugabo yaragendaga agasiga umugore murugo..mugakena ariko ntimwandagare..ariko birababaje cyane..kubona umuntu aba un STAR DU PAYS..yarangiza agasiga abana n umugore mumuhanda..mubyo mukemura nibi bikemuke..kuko kubyara abana wisimye..warangiza ugasigara uririra mumyotsi wenyine..i cant beleave it..
sha nange uyu nunvishe namufasha kbs
Yoooo komera cyane Mama nukuri nkuziho kwihangana cyane ariko kuba wemeye kuza hano nuko bikomeye,Imana igutabare disi.
Uwo muryango Imana iwube hafi .Gusa dukwiye gukuramo isomo izina waba ufite ryose icyo waba ukora cyose ujye uzirikana ko dukorerera famille .inkuru ya gangi ikwiye kwigisha abantu cyane bakinnyi !!!!!
Yoooo Charlotte we nari narakubuze disi yebabawe nuko byagenze kanze ndagushaka disi imyaka myinshi
Thanks Afrimax,mukora akazi keza kandi I know they will get that help soon
Birababaje cyaneee
Ariko Mana weeee...sha birababaje cyane
Afrimax kbsa we thank u for supporting many people
this story makes me cry seriously thanks bro bact match respect you make a difference to youtubers
Yaaa turikumwe mubufasha
Gusa uri umuvyeyi mwiza cane wita kubana biwe, Imana ntiyakwibagiwe rindira igihe cawe wihanganye
How touching,,,plz don't worry kid.keep faith,God will provide.Hey Rwandans out their;do something,the guy did a good job for our Nation's name in the football world.And REB;you help this kids go to school.Plz,plz,,,,,,,do something! look out for their cry.
Yooo disi uyu mu mama twaraturanye disi I remera sinarinziko yafunzwe. IMANA ishimwe ubwoyafunguwe
Ohhh my God umukinyi wagize ibigwi nkabiriya koko !!
Nge ngendeye ko Gangi yakiniye iki gihugu Nyakubahwa President wa republic Akwiriye kugira icyo akora mwizina ryabanyarwanda Bose family Gangi bakabona ubuzima bakwiye. @ presidency office plz do something
Yooooooo. Mbega weeeeeeeee imore mama
Am so touched, I admire her courage. Getting in touch to help. Thanks #Afrimax, good work.
Yooooo bihangane peee gusa imana irahari kdi irikumwe namwe peee
Yesu wee
Imana izaguha kunesha humura kdi byose ni Imigambi yayo
Nukuri ndabinginze mufashe ababana pe
Amakipe yakiniye yakagombye kumufasha rwose
Aba bantu nabo gufashwa kuba uyu mu mama yarigumije ntaje mubusambanyi ndagushimiye cane. Wizere ejo ni heza Imana izoguhoza ayo marira.
Birababaje apr narayon bazategure umukino wa gishuti wo kubafasha kandi ferwafa izabibashemo ndetse numuryango wakatawuti muzatumenyere amakuru yawo
Its a Sad moment, But God bless them
Ahubwose mwakoze group mukanshiramo ndumva aribyobyiza maze tukitanga
Yoooo!! Mwihangane lmana izabafasha.
Ubusanzwe singira sentiment pe ndi ikinya ariko ndababaye kubwa Family Gangi Imana iborohereze kd ibaze kwifuza kwimitima yanyu
Yoo disi samantha asa nka se cyanne gsa mwihangane maama
Yooooo Pele birababaza cyane
Yooo disi Imana ibarengere disi
Aba rayoooon Mumbabariye mwokabyaramwe dutabare abana bumuvandimwe.....yebabaweeee....agahinda karanyishe pepepe.....
Samantha asa na Gangi cyane.
Komera maman Samantha byose bizashira, ni ukuri imana ishobora byose ibacire inzira
Nukuri maman uwiteka azakurengera harigihe buzacya neza ukava murubwo buzima ukajya ubwibuka nka mateka komeza ntiwitere ikizere
Arashaka amafaranga make maman yoo
Birababaje mama. Komera imana irakuzi
Gangi yabaye umukinnyi mwiza cyane haba mu Kibuga no hanze y'ikibuga. Banyarwanda, mureke tugire icyo dukora nkuko gufashanya tubisanganwe. Samantha nabariya bana ndababona aba Lawyers, Doctors, Scientists, Engineers bejo.
Afrimax TV (Mesiya w'abababaye) waziye igihe!!! Bac-t Imana ikwishimire, Yooo mama humura Nyagasani muri kumwe! Nomero twazibonye, kurera abana nta bushobozi byambayeho, ndabizi biravuna, ariko gira umutima ukomeye uratabawe. Komera mubyeyi!
Komera baT
Uyu mwaka dufte kazi keshi kandi gakomeye
Yoooo,ihangane
Mwihangane shenge isi ningome...
Yoooo ntibyoroshye ariko mwijuru hari imana muhumure
Reka reka ibintu byubugeni birahenda nukugushakira 3millions..
yoooooo!!mwihangane cyane nukuri
I Mana yakire papa yangu mwijuru
Ferwafa yatumye nzinukwa football y'urwanda. Mu kuri abakinnyi bakiniye amavubi abo basize ntibagafashwe gutya.
Bact usigaye ubanza kuvuga ibintu byinshi, Sha uyumudame abonye udufranga yakikorera pe nintwari
Hum gupfusha ugahita ufungwa maman wawe warusigaranye agahita afungwa ndabona birenzeeeee imitekerereze yanjye
Uwomumama namufashn ute ndihanze ark munfashe muduhuze plz wanyohereza nomerozawe nibantabirenze bro
Munguweee
Apr na Rayon nibakine match amicale maze cash zizavamo zizahabwe abana nuwo mudamu
Umukinnyi gangi harabo yashimishije imitima igakira, mufashe umuryango we ,ndetse namwe muri mukibuga ejo nimwe isi ihindura system nawe wakwisanga, mukore iyo bwabaga banyarda
So sad kbx Gangi nukuri uyumuryango witabweho peeee
Ariko Mana mbega ubuzima babayemo weee,nukuri nku muntu wakiniye ikipe yi gihugu ntago famille yakagombye kuba iba mubuzima bumeze gutya.nukuri muze dushake ukuntu bava mubuzima bubi,aba bana nabo babone uko babaho neza.
Yoooo
Ibaze umuntu wakiniye abanyarwanda!! Nakumiro, Ariko ugasanga radiyo zose mu Rwanda bivugira imiti, imipira imipïiiiiiira nta na rimwe abantu nkaba bavugwa. Ba bwenge buke gusa.
abanyarwanda tujye tugira urukundo, dutekereze abantu batumye izina ryacu rimenyekana ku isi Ganji yabaye mu bakinnyi b'Imena baduteje imbere , yagakwiye kuvugwa rwose , n'abo yasize nk umuryango twagakwiye kubaba hafi nk'abavandimwe!!!!
Ariko bahindure n imico yo kutirukana abagore n abana mumitungo yabo.
Bajye basohoka bagende..ariko basige abana babo mumazu..iyi nimico mibi cyane gusiga abana ntabuzima..kd ari abastar..so what??
Hakenewe ubufasha kabsa abana bagasubira kw'ishuri gusa FERWAFA igomba kugira icyo ikora kko abana bagomba kwiga kko ni Uburenganzira bwabo
Rwose ijyire icyikora
😭😭😭😭😭😭😭😭l have been crying since l started watching this vedio up to now oooooh God
Me too
Me 2
Uburyo umuntu yabafashamo nubuhe
Divix Ephraim wamuhamagara kuriyi number ye 0785403193 muvugane
Ihangane 😭😭😭😭😭
Ariko mana urupfu nirubi wee😭😭 ndababaye mwihangane nukuri
Erega banya Rda iyinkuru irababaje arko harimo nisomo when I novice this story I was crying up to end .
So, ndibaza nkumuntu nkagangi wahembwaga arko without guteganyiriza family kweri arko nta sports tugira my Rwanda habe nogufasha arko nano umunyarwanda ati umugabo nuwigira bivugengo haranira kwigira ejo utazanduranya narubanda ingobanze kugufasha .impamvu uyumumama agahinda kiyongeye kdi mubonako sport murwanda ntabufasha itanga nuko ntakintu bigeze biteganyiriza. Ntamuntu bitabaho niyo nzira yatwese arkose abantu tuzana kwisi future yabo bite every one can think her or him self.and then plz abantu dufite ubushobozi mufashe this family. Imana izaduha umugisha arko mukuremo isomo
Wamugabo we wakwicecekeye? Uzi igihe yivurije? Uzi amafaranga byamusabye kugeza apfuye? Uzi Imiti yanywaga? Man imitungo yose Waba ufite iyo ugerageje gukiza ubuzima bikanga ugapfa ntacyo warenganya kumuntu. Kdi bariya bakinnyi ntibanahemvwaga neza nkubu
İ beg this special person colled HEMEDİ to work together with thos e teams mentined and all AFRİMAX friend i think we are going to organize for doing something to this Mumy
ivyo nivyo biba bikenewe.nayo ivyo kugwa gitumo baduhenda ntibitunezera
Yoo sha Charlotte ndamuzi twari duturanye kucyamitsingi Muduhe numero sinabura ayumuceri .
Wampaye nimero yacharlotte mbabarira
Yeweee
Gang was my favourite defender in APR . SORRY ,may you please give us his family's contact?
This is so sad..
Humura
so sad kbs! MINISPOC na FERWAFA bagire icyo bakorera iyi famille kuko gangi ntacyo atahaye umupira w'amaguru wacu hano murwanda
Ntewe impungenge ko nyiri iyo simcard azayikwaka cyangwa akayikorera swap inkunga zikajya ziyoba. Ahari abantu bage babanza bakubaze ko ukiyifite.
Backt uzajyi ubwira kamera man wawe ko abizipe umva akamera neza cyane umuntu kuwundi nezape!!! Miger kuraje urabasha backt ndakwemera ariko twaraburanye
Hemedi we warereye Gangi nawe Imana izakwitura mama
birababajeee nukuri
Very sorry
Imana nibyose.
Yoooo
Yoooooi
Ferwafa ubuntacyo yakora
Yo courage bizagenda neza
Hakenewe ubufashakabisa abobanabagasubirakwishuri .kandibihangane
Hello my dear Brother BCT Imana iguhe umugisha pee.
Ndabinginze ufite umutima wa kimuntu atange icyafite uwo mumama azaduhe phone number ye hagire icyo dukora
Number iri hejuru mu nkuru,
Numero ye ni +250785403193
Mugabe Julius 0785403193 niyo akoresha
Nimubona abakinnyi benshi bihakanye ibihigu byabo bagakinira ibihugu byifite ntimuzabarenganye. Ferwafa muheeeeee???
Ahubwo undi mutoya baribafite wa 2ans we kobatamuvuze. Cg ntibakibana nawe?
Iyi #Campaign igeze he?
yoooo birababaje ariko ntaco bari guhindura nibihagane 😢
Manawee
ariko @ferwafa ubu ntacyo yakora ra?
Ubwo c umuntu wakiniye igihugu kweri arapfa bagaceceka , ntibarebe abana asize
Nicyo kibazo iyo ubanye numuntu mudasezeranye ngo leta ikumenye, iyo yigendeye ntawukumenya
mumpe nimero yuyu mu Mama rwose ndebe ko haricyo namufasha nange
KAMIKAZI Josephine iri kuri screen Reba bayitanze
Abafana ba APR FC dushyize hamwe naba Rayon Sports na Ferwafa, haricyakorwa. Na Hemedi nakomerezeho uyu mubyeyi nareke guheranwa nagahinda. Naba bana basubire ku ishuri.
nimwihangane ntakundi isi ni ngome
Yoo😰😰😰
Yoo birababaje kbc nkumu rejanderi wurwanda FRWAFA nikore akazi kk yaduhaye ishama
Ubwo bamuhaye twatuzi twa MZ, apfa aborera indani. Umudamu nabana biwe bihangane
Uragapfa rubi wa mutindi we
cyore!!!!!!!!!!!!!!!!
@@hategekimanarosine2070 Rosine, kubera iki mwanka ukuri?
ndatangaye sinahakanye muvandi
Hano nta kigoranye kirimo abana 3 gusubira ku ishuri byashoboka dufatanyije tugashyira hamwe abafite umutima wa kimuntu
Ubu turi muri ibi bihe buri wese abitekerezeho noneho nyuma yaho abana bazarebe ko batangirana n'abandi
So sad.
Birababaje
ese ubu nk umustar savings, investments, insurance n ubundi bwiteganyirize bwose nta na kimwe kiba cyarateganyijwe kuba cyafasha urubyaro rwe igihe apfuye??? nge ntago mba mbyumva pe.
Suko se sha ubu kd kumushaharawe buri kwezi bakuragaho ayumbwishingizi none dore abana be bananiwe kwiga
Mk_ Regis ikibazo cyiza keretse niba afite undi mugore wisezerano uyu bakaba barabanye bitemewe namategeko?
@@bettymusumba8033 yea byashoboka buriya, ariko se ku buryo abana batabona na kimwe kandi ari abe bamwanditseho... i still doubt 🤷♂️
@@regisdekisqo ntawe yavuze ko ahari
Family Gangi mwihangane ariko Gangi yakinnye imyaka myinshi kd yarahembwaga ariko koko apfe nta saving na nto kuri Family yesuuuuuuu
Ubwose URUMVA ntasoni woe
Yoooo mwihangane pe Imana ibagirire neza Nonese twamubona gute can I have her phone number please
+250785403193 numero ye niyo
Thank you
yooh!! nukwihangana 😭😭😭😭
😭
Impa contact umuntu yamuboneraho
HYRALY UMWALI yirebe iri kubiganiro aho byenda kurangirira
😎