Wamukecuru wintwari watabaye abana yababaje benshi | burya atunzwe no gusabiriza | Biteye agahinda
Vložit
- čas přidán 16. 02. 2020
- ibyishimo byamurenze wamukecuru warokoye babana batawe nababyeyi babo bicuruza ubwo twamusuraga, disi yarabayeho nabi cyane mubuzima bwo gusabiriza, harigihe yaburaraga nabana.
#AfrimaxTV #NabilaFaundation
Oya ihene ngewe nzakugurira inka kandi vuba cyane
yego sha mutoni uzaba ukoze cyane
diane umutoni uwiteka aguhe imigisha bazina
Mubuzima muranyubatse mbega ukuntu lmana ikora!!! Imana ibahe umugisha mwese mwagize uruhare kuriki gikorwa kuza cyane kintashikirwa. Murabona ukuntu uyu mubyeyi yishimye nutu twana disi, M Nabila komereza aho Kandi Uwiteka akwishimire nabo mu fata nyije boseee. Afrimax number one
Amen
Uwiteka Mana uhabwe icyubahiro gikomeye abo waremye mubyukuri nibi waturemeye Uwiteka ngusabye imbabazi kdi umugisha wawe ukomeze usakare kuwo ariwe wese waremye mwishusho yawe kuko twese imbere yawe turangana nibenshi bababaye kdi urabizi nanabenshi bafite byinshi wabahaye ndagusabyengo uducishe bugufi uduhe umutima wogufashanya nkiyi Nabila foundation Amen
Ndarize cyane kubera ibyo mukoreye uwo mubyeyi
Imana ibahe umugisha rwose.uyu mukecuru nintwari pe.birabaje nukuri.ariko bihe isomo babandi bagenda begamye bahaze ariko bakaba batagira icyo bamarira abakene
Yoooo mashallah Mama Nabilla Imana ibakomeze iyo groupe Allah ashishikare kubaha iburyo bwogukora icociza nkivyo muriko mukora turabakunda mugire umugisha ndetse mwarahezagiwe🇧🇮🇧🇮🇧🇮💞💞
Aba babyeyi bakoze igikorwa Cyiza imana gusa igifasha 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏 maman nabila ndagukunda cyane
Yewe nimukorere ijuru muri dukeya mufite naho abafite ibyamirenge birirwa babiririramo bicana gusa . Imana ibahe umugisha mwinshi cyaneeee
Afrimax muli aba mbere 👍🏽 umutima mugira .. ibyo mukorera abandi ,mana we Imana ikomeze ibongerere imigisha 🙏🏽 .
aba bana biragaragara ko bashonje nukuri,ntibakura kubera Inzara,Imana ibahe umugisha cyane pe!!!!!imbere yImana murandikishije.
Benenkaba nibobogufashwa yooooo umukecuru ufitumutima disiwe😭😭💖💖💖iyo Foundation Imana iyagure bambi
Uwo mukecuru Nyagasani azamuhe kuramba kandi umugwirize umugisha amuhindurire n'ubuzima. Thanks Bac T
Mama nabila urabona ko ibyawe birimo umugisha sha imana yabonye umubabaro wawe kandi humura uzaba icyirangirire kubera ibyiza fondation nabila mulimo gukora amahirwe masa nshuti
Muraho neza nkunda kubakurikira ngakunda imiromo mukora Imana ibahe umugisha
Mama Nabila, Jack, Bact, nukuri no we Yesu yavuze, ngo abayoborwa n'umwuka Wera bazabambwirwa n'imbuto bera!!! Mbega ukuntu abana bambaye imyenda myiza barishima!!! Ariko Afrimax tv, Afrimax tv, Afrimax tv : Komeza utsinde, Dianne nawe aho uri Nyagasani ahe Umugisha imirimo y'amaboko, Bact hamwe nabo bashiki bawe Imana ibishimire!
Imana ibahe umugisha ibi nibyo binezeza Imana ,Mama Nabila nabo mufatanyije courage p
Imana ishobora byose ibongerere isubize ahomwavanye nukuri kko uyumubyeyi yarababaje.
Imana ibahe umugisha mwinshi birandenze uwiteka yagure iyo foundation nu kuri
Imana ibahe umugisha byumwihariko uyu mubyeyi ,kuko nabafite za V8 , baba bishyize hejuru ntibibuke ko ntaho Imana itakura umuntu, nari abantu bagifite umutima pe uwiteka azabahemba
Afrimax Tv Blt urumusore mwiza imana izaguhe imigisha yose yangeneye amagizi baneza uko kwitanga kwawe sukubusa peeeeee We love you so much handsome 🙏
Imana ni byose God is able .mama nabila nuwo mudamu nabandi bose mukorakazi kenshi Kandi gakomeye nawe bact ndakwemera urabizi ukoranubushake natwe turikumwe hirya nohino halleluyah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah 🙌 Amen
Mama nabilla ntabyinshi nakuvugaho gihambaye hamwe na foundation yawe gs Imana ibahe umugisha utagabanyije kd ibakomeze amaboko natwe tubari hafi kd Imana idufashije twakomerezaho🙏bac-t big up kbs afrimax mukomeze akazi kbs namwe Imana ibagure muri byose
Yooo agahinda karanyishe uwitanzr wese imana imuhe umugisha utagabanyije ndababaye ahavuzengo gutya nukwiyorosa
Am crying, this is exactly how I was picked en brought up.
Oooh nooo.
God bless you Allllllll.Jesus
Coulage maman Nabilah Imanijye igukubira aho ukuye nukuri ntugacike intege
Imana ikomeze ibahe umugisha Bac T hanwe na maman Nabila mukoze igikorwa gikomeye kintashyikirwa nukuri
Nukuri Yesu akoreshe abaherwe bo murwanda bafite ubumuntu bafashe uyu mumama
Mana Yanjye ubahe umugisha, kndi uzabahe ijuru.
Abana baragwingiye disi kubera inzara. Ntimwibagirwe uwo mukobwa we ubyimbye amaguru. Muzamuvuze
Kabsa umukobwa we nawe arababaye
Mama Nabillah nabantu bawe Bose bahize uruhare murikigikorwa imana yomwijuru izagume ibareba kandi izabahe imigisha ibigega byanyu bizagume byiyongera 📖🙇🙇🙇🙇🙇🙇 AFRIMAX turabakunda cyane mukomerezaho 🙋🙋😘😘💕💕
Nshima ibikorwa vyanyu Afrimax TV. mukomeze ibikorwa nk'ibi. Turabi ezerererwa.Imana ihezagir uyo mu kecuru..
Ntakintu gishimisha nko gufasha umukene kdi mama nabila buriya uba ukorera imigisha myinshi cyane .nanjye ngusabiye umugisha
Ese mwazanshyize muri Nabila fondation niba hari group iriho mwanshyizemo niba ntakibazo mrci bcp
Rwose imana ibahe umugisha natwe tubarinyuma nubwo turi mumahanga ariko iryozina dinemeraywa naryo puuu
Mama Nabila, ntacyo nabona nakubwira, Imana yivange mu buzima bwawe Muvandimwe. NGO hahirwa abagira impuhwe kuko bazazigirirwa.
Arkose uwo umutima mwiza gutyo imana yawumuhereye Ubuntu?simbyumva!
Yooo Imana ibahe umigisha mwinshi
Mama weeee! Iyo fondation n'abayishigikira bose Imana ibahe umugisha, mwamane uwo mutima
Imana ibahe umugisha kd izabibahembera
Birashimishije cyane kubona umukecuru aseka kubera ibitangaza by'Imana kandi umuntu asarura aho yabibye koko, na Foundation Nabila nayo iri kubiba buriya nayo igihe nikigera izasarura naho Bact we already iyi comment cg comments zagiyeho na Views ziramusarurira, Mukomereze ahongaho guyz, but mwashakira uwo mukecuru phone ajye muri system ya mobile money abagira neza tuzajye tumwoherereza amafranga niyo yaba 500 ariko azajya atangwa nabenshi ubundi yigirire amasaziro meza y'ibyo yabibye,thanks guys.
Asalam alaikum mm nabilla zewe ndumurund vyandeze ibintu ukomeze ukor imana izaguhemba incuro 1000 komerezaho ezobundi wararize nanze ncandarira igihe wasura zampanga zi3 aflima× namwe mukomere bgit
M.Nabila Imana yaguhaye akazi kenshi kndi gakomeye cyane nzineza ko nijya kuguhemba itazakuvangiramo amazi courage cyane ihemba neza ntiyambura
maman kundwa imana iguhe umugisha n ukuri ndagukunda cyane ufite umutima utabara kbs uwo mubyeyi yarakwiye ubufasha p
Yooooh mama nabila courage nshuti bact mukomere kugikorwa cy urukundo. Jack imana ibahe byinshi byo kujya mufasha ingorwa nkizo imana ijye ibagenda imbere
Maman NAbi Imanaizabafashe mwese abafite umutima wo gufasha
Mwese Imana ibahe umugisha ubabyeyi beza
Nukuri mwakoze M. Nabila Imana ikongerere uwo mucyecuru ndamuzi disi arko muzi akiba wenyine atarafata abobana
Njyewe amarira yumunezero yandenze nagirangu mbwire iyo fondasion NGO imirimo yabera irandikwa nagirango mbabwire ko iyo nimbuto itabora IMANA yo mwijuru ibahe umugisha ibaguure IHAZE KWIFUZA KWANYU Kose💖💖💖
😭😭😭😭✋💞💗Iyigroup Imana ibahumugisha
guys nibyiza yabonye aho arambika umusaya arko twamushakira inzu ye iri permanent kd twabishobora mu cyaro inzu ya 1M yaboneka niyo yaba icyumba kimwe arko ariye kuko ni intwari pee
Igitekerezo ciza
Maman Nabila mu gufasha uyu mukecuru w'intwari wanambiye bariya bana batatu adafite aho ahuriye nabo, ukoze igikorwa cy' indashyikirwa Imana izabiguhembere.
Mama Nabil kora kubyima ntukore kubwabantu kora ukorere ijuru
Mwese mfashije uyu mutamakazi mwakoze jane ijuru ni gwanyu
Nibyo nukuri
Nukuri bakti namama Nabila imanibahezagirecane
Ndishimye cyane Mama Nabila wakoze mugore mwiza cyane mubaze niyo nzu iri kwisoko nangahe ?
Imana niyo izo bariha kumutima wanyu wokwitanga😭😭🇧🇮🇧🇮
Imana ibahe umugisha
Ari abakoze ubuvugizi, ari nabitanze bagafasha uyu mubyeyi. Be blessed all
Afrimax tv na maman nabilla lmana ibahezagire kugikorwa mukoreye uwo musaza ndabakunze .
Abanyagwanda mwubahwe nukuri kuk mufite umutima mwiza nyagasani niwe azobahemba akabah a umugisha
Imana yomwijuru ibahe umugisha utagabanyije kandi isubize aho mwakuye muri ipfuraaaaa
Nukuri abagira uwo mutima nibacye.gusa nyagasani amuhe kuzarama akazababona barakuze byazaba ari byiza cyane.Imana imuhe umugisha.kandi abo bagize icyo bamuha nabo Imana isubize aho bakuye ibakubire 7.
Imana ibahe imigisha myinshi 🙏🙏%%%%%
Nukur numv amarira anyuzuye yesu ahezagire mama nabila ndagkunze caaane 😭😭 uzobihembegwe imbere Y'Imana
Wamubyeyiwe warakoze cyane wakoze igikorwacyiza Imana izaguhe ijuru
Gukorera imana sibintu bihambaye gusa Jack mugore mwiza ndagushimiye kubana na Mama Nabila iminsi mumaze mwarataye ingo nzanyu sweetheart God bless you
Murakoze cyane
@@jackyuwase2250 turabashima
Ibyo mukora. Koko gufasha ntibisaba ibyamirenge. None umuntu ashaka kwinjira muri foundation yabigenza ate?
@@viviiri7117 wakwandikira maman nabila akagushyiraho 0788696555
@@viviiri7117 thx
@@jackyuwase2250 urakoze cyane
Iyo nimero nari nayibonye ariko nta what's up ifite kandi ndi hanze y'igihugu kuyihamagara byangora. Thanks
Jacky na M.Nabilah Imana irababona kdi irabishimira&courage
Imana yomwijuru ibongerere imbaraga nubushobozi mwakoze kugikorwa cyubutabazi nange ndabyishimiye ndashaka kwifatanya namwe muri iyo foundation murakoze
Imana iguhe umugisha
Iki gikorwa kinkoze kumutima,#NabilaFoundation Imana ikomeze ibashoboze ibyo mufashisha.Gusa byari kuba byiza iyo haba hari ubuyobozi .
Imana ibahe umugisha utumye nkorora Amosozi 👏👏👏
Maman Nabilh, courage ma chère ! Uri gukora ibikora inka. Ico gikorwa kirandenze kabisa ! Uyo mutamkazi imana imwongere imigisha kabisa. Kurera abana 3 utagira uburyo. Nabafise uburyo birabagora. Ariko maman Nabila, uzosubireyo urabe ko ivyo bintu mwamuhaye amenya kubikoresha, uzasanga arya mavuta yo guteka yayoze yibaza ngo n amazi ! Canke akayanywa.
Bac t na m.NABIRA IMANA IBAZIGAME IBAHE KURAMBA MUBIKORWA VYANYU
kbs mama nabila na fonationnye lmana imuhe umugisha
Biteye emotion vrment. Imana ibahe umugisha pe
Imana ibahe umunjyi shya. Nuwubywyu ibahe umunjyishya
Mubyey Iman iguhezagire iguh byinsh byokubarer Iman izaguh iherez ryiz waeritanz pee
🙏🙏🙏🙏 Alhamdulillah never give up bro and sisters may Allah give you more ❤❤❤😍🤗❤❤
Nyagasani ajye Abaha umugisha kweli
Imana ibahe umugisha kugikorwa cyiza mwakoze cyogufasha umucyene nguyumuntu warukwiye ubufasha rwose
Mama manilla Imana iguhe umugisha myinshi
mana we cyakora abantu bata abana Imana izabibaze rwose disi duteye impuhwe
Beautiful Nabira foundation
Ariko arine gahogayire katagaragara
🤲 Imigisha y Allah izameho ibihe vyose💋💋💋
Good work bro inshaalah paradise. Kenyan watching from saudi
Mbegabantubeza imana izabakomeze kumutima wurukundomufite
Mama nabilla imana iguhe umugisha disi muzashake office nundi wifuza gufasha ajye amenya aho abasanga a
Ababantu nibahabwe umugisha
Imana ibahe umugisha mwinshi cyane
NABILLA EST VIVANT VIVANT
Wow imana isubize aho mwakuye p
Mwakoze uwiteka abahe umugisha
Jacky coulage nawe maman abamamn Imana yishimira,foundation mwese mugwirizwe imigisha
Imana yo mu ijuru ibahe umugisha pe ku gikorwa cyiza mwakoze
Waoh foundation Nabilla imana izabahe imigisha
Mama anabe ndumva ngiza amatsiko yokukubona kuko aho nkubonye umutima wanjye numva nkukunze kdi urumubyeyi wumutima Imana izakwiture.
Ngusabiye ijuru mama Nabila wee imigisha iguhandagareho
Komera mama nabilla
Bac T wew sinzi ico ntokubwira
Genda mama Nabila uri ntwari Imana iguhe umugisha nabari muri fondation Nabila mwese ntibagiwe bact na afrimax tv
Imana ikomeze kubashoza guhoza ababaye
Uhezagirwe Maman Nabilu
Imana ibongerere nukuri Kandi isubize ahomukuye ndabashimiye cyn😭😭😭😭😭 birandeze kd ndikuyireba pe
Shagufasha nibyiza Ariko mujyemwirinda kurya amafranga yimbabaretubatwabahaye mushobora kubahakimwecyakabiri cyayotwafashishije mwitondo ayomafranga nimabicyane kuyarya ndavuga mamanabira bact ntarimo siwemvuga nahubundi nimukomeze nigikorwacyiza Ariko numuvumokurya amafranga yimbabare
Nibaza ko batayarya kuko iyo ibiryo biheze baraheza bakabazanira ibindi canke amakara aheze nukonyene baraheza bakogurara ayandi
Qui benção na vida desta família que tanto precisa Deus abençoe estás pessoas de que tánto ajuda este povo
Mbuziconavuga ndarira Imana ibandany ibahumugish utagabanij
Maman Nabila Imana izaguhe umugisha
Murabyeyi bumumaro uyumunsi nimwe dukeneye kdi ndabakunda cyane
Ahubwo muza mubyire muntwari nipe 👍
Ooooh my ,this is so sad ,may God bless this foundation and Afrimax tv for this kindness and love they are going to show that hero mother
Imana yo mwijuru ibahe lmigisha itagabanijeho nagato