![RWANDA NATIONAL INVESTMENT TRUST Ltd - RNIT](/img/default-banner.jpg)
- 48
- 31 236
RWANDA NATIONAL INVESTMENT TRUST Ltd - RNIT
Registrace 6. 11. 2014
RNIT Ltd ni Ikigo gishinzwe gucunga ibigega by’ishoramari ry‘abishyize hamwe. Cyashyizweho na Leta y‘u Rwanda muri 2016 hagamijwe guteza imbere umuco wo kwizigamira, mu rwego rwo kubaka ubukungu burambye kandi abaturage bakabigiramo uruhare.
Ni mururwo rwego RNIT Ltd yashizeho ikigega RNIT-Iterambere Fund, Ikigega gihoraho kandi gitanga amahirwe aboneye y’ishoramari ku bantu bose. Ubyifuza wese ashobora kwizigamira icyarimwe umubare runaka w’amafaranga afite, cyangwa se, akajya azigama amafaranga make make, uhereye ku
FRW 2,000Frw
Ni mururwo rwego RNIT Ltd yashizeho ikigega RNIT-Iterambere Fund, Ikigega gihoraho kandi gitanga amahirwe aboneye y’ishoramari ku bantu bose. Ubyifuza wese ashobora kwizigamira icyarimwe umubare runaka w’amafaranga afite, cyangwa se, akajya azigama amafaranga make make, uhereye ku
FRW 2,000Frw
Bimwe mubyo ugomba kwitaho niba ushaka KWIZIGAMIRA Amafaranga bitakugoye - RNIT ITERAMBERE FUND
Bimwe mubyo ugomba kwitaho niba ushaka KWIZIGAMIRA Amafaranga bitakugoye - RNIT ITERAMBERE FUND
zhlédnutí: 368
Video
NI KALIBU MURI RNIT Ltd Christian BANGUMUKUNZI / RNIT Customer Relations YITEGUYE KUBAKIRA NA YOMBI.
zhlédnutí 275Před 14 dny
Christian BANGUMUKUNZI n'Umukozi wa RNIT Ltd ushinzwe kwakira no kwita ku batugana, avuga ko kimwe mubyo yishimira mu kazi ke kabumunsi arukubona bamwe mubo yakira RNIT-Iterambere Fund ibafasha guhindura ubuzima nabo bakiteza imbere.
IBYINGENZI WAMENYA KU MIKORERE YA RNIT Ltd NI KIGEGA RNIT-ITERAMBERE Fund
zhlédnutí 660Před 21 dnem
IBYINGENZI WAMENYA KU MIKORERE YA RNIT Ltd NI KIGEGA RNIT-ITERAMBERE Fund
DORE INZIRA WANYURAMO NAWE UKAGIRA ICYIZERE CY'EJO HAZAZA HEZA. #RNIT-ITERAMBERE FUND
zhlédnutí 829Před měsícem
KWIZIGAMIRA bigufasha: *Kwigirira icyizere *Kwiteza imbere wowe n'umuryango wawe *Kugira uruhare mu iterambere ry'igihugu... Ushaka ibisobanuro birambuye by'uko wakorana n'ikigega cya Leta RNIT-Iterambere Fund wa duhamagara kuri 0787900207 cg uka dusura aho dukorera mu mugi wa kigali munyubako ya Cogebank mu nzu ya 6.
RNIT Ltd MU UBUKANGURAMBAGA MU TURERE TWA MUSANZE NA RUBAVU KU MIKORERE YA RNIT-ITERAMBERE FUND.
zhlédnutí 87Před měsícem
Mu rwego rwo kugeza ku banyarwanda amahirwe n'inyungu ziri mu gukorana n'ikigega rnit-iterambere fund, ubuyobozi n'abakozi ba RNIT Ltd bakomeje ubukangurambaga hirya no hino mu gihugu. Niba namwe mwifuza gusobanukirwa n'imikorere ya RNIT Ltd ndetse n'inyungu mwakura mu gukorana n'ikigega Iterambere Fund mwadusura aho dukorera mu nyubako ya cogebank munzu ya 6, cg muka duhamagara kuri 0787900207.
IBIHE BYINGENZI BYARANZE INAMA RUSANGE Y'ABANYAMIGABANE MU KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND YA 2024.
zhlédnutí 93Před měsícem
Inama rusange y'abanyamigabane b'ikigega rnit-iterambere fund n'inama ngaruka mwaka, aho ubuyobozi bwa RNIT Ltd bugeza kubanyamigabane ibyavuye muri raporo y'umugenzuzi w'imari wigenga y'umwaka uba wabanje. Muri iyi nama kandi abanyamigabane bagira uruhare mugufata imyanzuro y'ibikorwa bizaranga ikigega cyabo mu mwaka ukurikiyeho.
UBUHAMYA BWA BAMWE MU BAKORANA NI KIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND
zhlédnutí 699Před měsícem
Aba ni bamwe mu banyamuryango ba rnit-iterambere fund bivugira ibyiza ikigega cyabagejejeho kuva batangira gukorana nacyo.
ABAVUGA RIKUNVIKANA BO MU ITORERO RY'ANGLICAN-KIVU BASOBANURIWE IMIKORERE YA RNIT-ITERAMBERE FUND.
zhlédnutí 85Před měsícem
INAMA YO GUKANGURIRA ABO MU ITORERO RY'ANGLICAN DIVOSEZI YA KIVU KUBYAZA UMUSARURO AMAHIRWE ATANGWA N'IKIGO CY'IGIHUG CY'ISHORAMARI "RWANDA NATIONAL INVESTMENT TRUST - RNIT" RUBAVU, TARIKI YA 07 GICURASI 2024
ABANTU BUBAHE IMANA ARIKO KANDI BIGE NO GUTEGANYIRIZA EJO HAZAZA. Musenyeri Augustin AHIMANA
zhlédnutí 388Před 2 měsíci
Ibi ni bimwe mubyo Musenyeri Augustin AHIMANA wo mw'itorero angirikani ry'u rwanda diyosezi ya KIVU yatangizaga inama yo gukangurira abo muri iyi diyosezi kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n'ikigo cy'igihugu cy'ishoramari "RWANDA NATIONAL INVESTMENT TRUST - RNIT". Akaba yaraboneyeho gusaba urubyiruko gukoresha imbaraga bafite ubu biteganyiriza ejo hazaza heza kuko ejo n'ejo bundi batazaba bazi...
IMIBARE YEREKANA KO MU MWAKA WA 2023 IMARI Y'IKIGEGA RNIT-ITERAMBERE FUND YAKOMEJE KUZAMUKA.
zhlédnutí 172Před 2 měsíci
Iyi mibare iri muri raporo umuyobozi wungirije ushinzwe imari mu kigo cya RNIT Ignace MUNYANDINDA, yagejeje kubanyamuryango b'ikigega RNIT-Iterambere fund munama ngarukamwaka ibahuza. iyi roporo ikaba yarerekanye ko Ikigega gihagaze neza, aho mu myaka 7 ishize inyungu yazamutse iva ku 9.77% kugera kuri 11.55% ; umutungo uva kuri miliyari 1.46 ugera kuri miliyari 40.88 z'amafaranga y'u Rwanda nd...
NI GUTE WAKWIZIGAMIRA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND
zhlédnutí 325Před 2 měsíci
Ushobora Kwizigamira, Kuzigamira Undi ndetse ushobora no Kwikurikiranira uko konti yawe ya Rnit Iterambere Fund ihagaze KANDA *589#
"NASANZE NTA HANDI WABONA INYUNGU NK'IYO RNIT-ITERAMBERE FUND ITANGA". Mr. Moise Nkundabarashi
zhlédnutí 2,9KPřed 2 měsíci
Mr. Moise Nkundabarashi, ni umwe mu banyamuryango bashoye imari yabo mu ikigega RNIT-Iterambere Fund. avuga ko akurikije ubushakashatsi yabanje gukora mbere yuko atangira kwizigamira muri RNIT-Iterambere Fund nta handi yabonye bamuhaga inyungu ingana niyo mu Iterambere Fund, by'akarusho kandi yishimira ko amafaranga yashoye muri RNIT- Iterambere Fund amufasha kugira uruhare mu iterambere ry'igi...
HAMWE NA RNIT UBU BYOSE WABYIKORERA
zhlédnutí 113Před 2 měsíci
HAMWE NA RNIT UBU BYOSE WABYIKORERA, Ushobora Kwiyandikisha, Kwizigamira, Kuzigamira Undi ndetse ushobora no Kwikurikiranira uko konti yawe ya Rnit Iterambere Fund ihagaze
"TWISHIMIYE KUBA UBWIZIGAME BWACU BWARIYONGEREHO HAFI MILIYARI 13 " Dr. Joseph NZABONIKUZA Chairman
zhlédnutí 250Před 3 měsíci
Mu Ijambo umuyobozi mukuru w'Inama y'abanyamigabane mu Kigega Rnit Iterambere Fund Dr. Joseph NZABONIKUZA, yagaragaje ko nk'abanyamigabane bishimiye iterambere ikigega cyabo cyigezeho, aho muri 2023 imari yiyogereyeho asaga miliyari 13Fr, ndetse ashishikariza abanyamigabane kogera amafaranga y'ubwizigame bwabo no gukomeza gushishikariza urubyiruko kugira umuco wo kwizigamira.
2023, TWABONYE ABASHORAMARI BASHYA IBIHUMBI 7, UMUTUNGO UVA KURI MILIYARI 29 UGERA KURI 41. RNIT/CEO
zhlédnutí 293Před 3 měsíci
Mu Ijambo ry'ikaze umuyobozi mukuru wa RNIT Ltd Jonathan GATERA, yagejeje ku bitabiriye Inama rusange ngarukamwaka y'Abanyamigabane ba Rnit Iterambere Fund, yabagaragarije ko umwaka wa 2023 washije Rnit Iterambere Fund ihagaze neza, aho uyu mwaka wasize yungutse abanyamigabane bashya ibihumbi 7 naho imari ikava kuri miliyari 29 ikagera kuri miliyari 41 z'amafaranga y'u Rwanda.
Uko leta y'u Rwanda igenzura imikorere y'ibigo bicunga ibigega by'abishyize hamwe nka RNIT.
zhlédnutí 238Před 3 měsíci
Uko leta y'u Rwanda igenzura imikorere y'ibigo bicunga ibigega by'abishyize hamwe nka RNIT.
Kwizigamira make make ahereye ku noti ya 2000 Frw byatumye abasha kwigurira ikibanza i Kigali.
zhlédnutí 2KPřed 3 měsíci
Kwizigamira make make ahereye ku noti ya 2000 Frw byatumye abasha kwigurira ikibanza i Kigali.
MU MYAKA 7 GUSA UBWIZIGAME BW'IKIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND BWAVUYE KURI MILIYARI 1 BUGEZE KURI41
zhlédnutí 634Před 3 měsíci
MU MYAKA 7 GUSA UBWIZIGAME BW'IKIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND BWAVUYE KURI MILIYARI 1 BUGEZE KURI41
MENYA UBURYO NAWE WAKWIYANDIKISHA MU KIGEGA CYA RNIT ITERAMBERE FUND UKORESHEJE TELEFONE YAWE GUSA
zhlédnutí 778Před 5 měsíci
MENYA UBURYO NAWE WAKWIYANDIKISHA MU KIGEGA CYA RNIT ITERAMBERE FUND UKORESHEJE TELEFONE YAWE GUSA
RNIT HIGHLIGHTS OF ANNUAL GENERAL MEETING ON 31ST MARCH 2023
zhlédnutí 511Před rokem
RNIT HIGHLIGHTS OF ANNUAL GENERAL MEETING ON 31ST MARCH 2023
AKAMARO KO KWIZIGAMIRA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND
zhlédnutí 853Před rokem
AKAMARO KO KWIZIGAMIRA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND
Rwanda National Investment Trust Ltd : UBUKANGURAMBAGA 2022
zhlédnutí 143Před rokem
Rwanda National Investment Trust Ltd : UBUKANGURAMBAGA 2022
Rwanda National Investment Trust OUTREACH CAMPAIGN 2022
zhlédnutí 67Před rokem
Rwanda National Investment Trust OUTREACH CAMPAIGN 2022
🔴 BIRAVUGWA RNIT: URUHARE RWO KWIZIGAMIRA MU KWIHUTISHA ITERAMBERE RY'UBUKUNGU , #RNITIterambereFund
zhlédnutí 109Před rokem
🔴 BIRAVUGWA RNIT: URUHARE RWO KWIZIGAMIRA MU KWIHUTISHA ITERAMBERE RY'UBUKUNGU , #RNITIterambereFund
SOBANUKIRWA N' IMIKORERE Y'IKIGEGA 'ITERAMBERE FUND , #RNITIterambereFund
zhlédnutí 557Před rokem
SOBANUKIRWA N' IMIKORERE Y'IKIGEGA 'ITERAMBERE FUND , #RNITIterambereFund
GUSHORA IMARI MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND BIKORWA BITE?
zhlédnutí 3,5KPřed rokem
GUSHORA IMARI MU KIGEGA RNIT ITERAMBERE FUND BIKORWA BITE?
Sobanukirwa imikorere y'Ikigega #RNITIterambereFund ndetse nuko Washoramo imari
zhlédnutí 164Před rokem
Sobanukirwa imikorere y'Ikigega #RNITIterambereFund ndetse nuko Washoramo imari
UKO KWIZIGAMIRA MU KIGEGA ITERAMBERE FUND BYAKOROHERA BURI MUNYARWANDA
zhlédnutí 2,3KPřed rokem
UKO KWIZIGAMIRA MU KIGEGA ITERAMBERE FUND BYAKOROHERA BURI MUNYARWANDA
SOBANUKIRWA UBURYO WAZIGAMA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERA FUND
zhlédnutí 168Před rokem
SOBANUKIRWA UBURYO WAZIGAMA MU KIGEGA RNIT ITERAMBERA FUND
Iyo umuntu azigamye harimibare batwereka hariho, imigabane umaze kugira bisobanuye ik?ikndi agaciro kubwizigame byo nibik mudusobanurire kbx murakoze.
iyo wizigamiye amafaranga tuyabara mu migabane tugendeye ku gaciro k'umugabane kuwo munsi, ibi bidufasha kumenya inyungu amafaranga y'abanyamuryango agenda agira kuko nkuko uzabibona agaciro k'umugabane gahora gahinduka.
Naho agaciro k'ubwizigame ni yamafaranga yawe washyizeho yose wogereyeho n'inyungu zayo, ushobora gufata agaciro k'umugabane ugakuba n'umubare w'imigabane yawe yose ukabona amafaranga umaze Kwizigamira. Murakoze
Ikindi waribagiwe umubare banga wakoriki?
Niba wibuka Username biroroshye, uranyura kuri www.shora.rnit.rw ushyiremo Username hanyuma ukande hasi kuri forget my password. ni byanga utwandikire kuri whatsapp 0788608652.
Muraho? Nigute umuntu yakwizigama arihanze akoresheje telephone ?
Muraho Salama? niba ufite Account muri bank zo mu rwanda wakora Transfer, amafaranga akava kuri Account yawe ajya ku y'ikigega iterambere Fund(wazibona kuri web yacu www.rnit.rw)
Mfitikibazo ndifuza kuzigama uko mbonye ubwizigame arko mundangire aho mukorera nzaze munsobanurire kuko ndabikora kuri tel ntibyemere nitwa bugirimfura innocent mundagire aho mukorera cg mumpe numero nzababarizaho murakoze
Mwaramutse Innocent, ni kalibu Dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank muri etaje ya 6, wana duhamagara kuri 0787900207,cg 0788608652. Murakoze
Umuntu arihanze yakwizigama gute akoresheje momo?
So valuable! 👍
Nakoranantamwe gute mumenimero 4ne .
Mwaramutse? gukorana natwe biroroshye ushobora kwiyandikisha unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit.rw, arko wanaduhamagara kuri 0787900207. Murakoze
Muduhe number ya Whatsapp
@@SalamaUwase niba hari ibisobanuro ukeneye wavugana n'umwe mu bakozi bacu bo muri Marketing 0788608652. Murakoze
Ese ntabundiburyo umuntu yakishyura atanyuzekuri*589# kuko hano baradukata. Wenda mukaduha nka code .
Ahubwo se batanga inguzanyo ntagwate?
Oya, Iterambere fund nta guzanyo itanga ahubwo amafaranga ufitemo banki zose ziyemera nk'ingwate, zi kayaheraho ziguha inguzanyo.
Oya ntabwo dutanga inguzanyo, ariko amafaranga wizigamoiiye mu iterambere fund banki zose ziyemera nk'ingwate. Murakoze
That is true 100%
Njyewe nahamagaye umokozi nsaba ubufasha ambwira ko agiye ku mfasha hashize icyumweru nategereje niba azamfasha simbizi
Muraho? mutwihanganire, birashoboka ko yabyibagiwe, ariko niba mukeneye ubufasha byihutirwa mwaduha nimero mubonekaho tukabihamagarira cg mukogera mugahamagara. Murakoze
Muraho ? Nabazaga umuntu ahera kuri Angahe yi Tegenyiriza.... Ayo musaba kugirango umuntu Abe umunyamuryango ??
Muraho? Kwizigamira mu kigega rnit-iterambere fund bihera ku mafaranga 2000 Frw gusa, kuba umunyamuryango byo icyo bisaba nu kwiyandikisha gusa (unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit.rw) hanyuma ugatagira kwizigamira. Murakoze
Umuntu nibura abikuza hashize igihe kingana iki?
Babikuza gute?
@@byukusengejoseline5423 Iyo ukeneye kubikuza unyura kuri www.rnit.rw ukuzuza fomu iriho yitwa ''GUSABA KUBIKUZA" ukayohereza, cg ukaza aho dukorera mu mugi munyubako ya cogebank munzu ya 6 tukagufasha. Murakoze
Nibyiza cyane murakoze kuduhugura,gahunda n'ukubagana vuba cyane.
Ni kari rwose
Muraho neza. Iyi *589# ndabona idakora. Ihita iba application down
Mwiriweho? yego bijya bibaho. mwakongera mukagerageza ariko mu kagerageza kwihuta iyo mwandika (urungero: nomero y'irangamuntu) Murakoze
cg Mukaduhamagara kuri 0787900207 tukabafasha kwiyandikisha. Murakoze
Ese umuntu ushaka kwiyandikisha bisaba iki?
Ntakindi bisaba ni ugukanda *589# ugakurikiza amabwiriza.
Ukuneye ubufasha waduhamagara kuri 0787900207. Murakoze
Mumpe no nahamagara kugira ngo mbone ubufasha
Mwaramutse? mwahamagara kuri 0787900207
Iyi nimero se ko itabaho
Muraho neza umuntu yizigamira ate? Muri iki kigo ? Ese amafaranga umuntu atangirira kuri angahe?
Muraho? kugirango wizigamire mu ikigega rnit-Iterambere fund urabanza ukiyandikisha (ni ubuntu) unyuze kuri *589# ugakurikiza amabwira. iyi nzira igufasha no kuba wakwizigamira. Ku ibindi bisobanuro waduhamagara kuri 0787900207.Murakoze czcams.com/video/x01j4IT8LWg/video.html
Abatari mu Rda se bacahe?
Mwaramutse? kwizigamira muri RNIT-Iterambere Fund bisaba kubanza kwiyandikisha unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit. amafaranga uheraho ni 2000 Frw. ku bindi bisobanuro waduhamagara kuri 0787900207
Biyandikisha gutex
Icyo bisaba ni ukubanza kwiyandikisha unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit.rw ugakurikiza amabwiriza, numara kwiyandikisha baraguha konti, ubundi wayikoresha wizigamira. ku bindi bisobanuro waduhamagara kuri 0787900207. Murakoze
Good
Aha ni ok!
Ko nibagiwe code yanjye mwamfasha iki?
Mwaramutse? wahamagara kuri 0788587824 ni umukozi wacu ushinzweikorana buhanga, aragufasha. Murakoze
@RNIT, Mukora mute ku buryo umuntu yizigama ntibigaragare ndetse yabahamagara ntimumwitabe?
Mwaratseho? muratwihanganira hari igihe telephone muyihuriraho muri benshi cyane, ariko niba warizigamiye ntubone ubutumwa bugufi wahamagara 0788587824 (umukozi ubishinzwe). aragufasha
Nigutese ubikikuza amafaranka?
Mwaramutse, iyo ukeneye kubikuza amafaranga yawe, unyura ku rubuga rwacu www.rnit.rw ukuzuza fomu iriho yitwa GUSABA KUBIKUZA. hanyuma amafaranga tukayashyira kuri konti uba wujujeho. ariko unabishoboye waza aho dukorera mu mugi munzu yahoze ari iya Cogebanque muri etaje ya 6 tukagufasha.
ESE ko number yanyu idacamo
Mwaramutse? 0787900207 wahamagara kuri iyi, ariko hari igihe umuntu ahamagara muri weekend cg iri gufasha abandi. Murakoze
Mwaramutse? number inyuramo ariko birashoboka ko hari igihe uhamagara turi gufasha bandi, wakogera ukagerageza Murakoze
Ntizicamo
Kuba umunyamigabane bisaba iki?
Mwaramutse? kuba umunyamigabane wa RNIT-Iterambere fund bisaba kwiyandikisha gusa ubundi ugatagira no gushora imari yawe muri iki kigega. czcams.com/video/JlRqHUZLsSU/video.html
Mugize neze kunsubiza. Kandi namaze kwiyandikisha no gushora. Kugeza ubu ntawurampamagara. Nashakaga kumenya uburyo nakwandikisha umusimbura nkongera nkabaza niba mbikuje nyuma y'amezi 3 mbikije hari inyungu nabonaho. Murakoze
@@josephinemumporeze8926 Mwiriwe Jose? urakaza neza muri rnit-iterambere, niba ushaka ibisobanura birambuye waduhamagara kuri 0787900207 mu masaha y'akazi tuka gusobanurira cg ukaba wanadusura mu mugi mu inyubako yahoze ari iya Cogebanque muri etaje ya 6. Murakoze
Mwiriwe neza Nitwa olive Niyigena ndi umunyamigabane wa RNit iterambere found nifuzaga ko mwashyiraho urubuga like nka group watsapp umuntu ufite ikibazo akabona uko abaza murakoze
Mwaramutse? urakoze ku gitekerezo uduhaye, turi kwiga uko twakoresha whatsApp tuzabamenyesha. ariko ushaka ubufasha waduhamagara kuri 0787900207 cg ukanyura kuri social media zose za rnit turagufasha. Murakoze
Aha bikora bite?
@@aumwali3426 urabyikorera ukoresheje telephone yawe, icyo bisaba ni ukwiyandikisha unyuze kuri *589# ugakurikiza amabwiriza, ugatangira KWIZIGAMIRA. kubindi bisobanuro wa duhamagara kuri 0787900207, murakoze.
Mwaduhaye uburyo twababaza nkuhuye nikibazo kubantu tuba MURI diaspora kuko email tubandıkira mtımuzısubıza
Mwiriho? mutwihanganire email yacu yari ifite ibibazo, ariko reka turebemo tubasubize. niba uri muri diaspora, watwandikira inbox kuri social media zacu (twitter, instagram, Tik Tok na Facebook), aha twaguha number y'umukozi wacu wagufasha. Murakoze
None se KO tubandikira kuri email tubasobanuza ntimududubize
Mwiriwe @esperancenyirandagijimana4521? utubuze kuri email, waduhamagara kuri 0787900207. Murakoze
Muraho! Nanjye ndi umunyamuryango ,turasaba ko system ya *589# iyo ubikoresheje ntibikunda ko umuntu abona balance na % y'agaciro ku munsi, twasaba ko byanozwa.
Muraho @gitatv1003? ubu noneho wakongera ukagerageza ukareba, kandi Murakoze kutwihanganira hari igihe ikoranabuhanga rigira utubazo.
Mwirewe none ko iyo ukanze *589# ubona uburyo bwo kubitsa ark ntaburyo bwo kubikuza bugaragara mo iyo umuntu akeneye kubikuza byihuse abikuriza hehe?
@@Dantonio_move Mwiriweho? iyo ushaka kubikuza unyura kurubuga rwacu www.rnit.rw ukande ahanditse KUBIKUZA, wuzuze iyo fomu aho gusinya ushyiramo amazina yawe yombi ukohereza. amafaranga tuyashyira kuri konti wujuzeho. Murakoze
Mwiriweho? ubusanzwe birakunda winjira muri sisiteme ukabona uko konti yawe ihagaze, wagerageza ukogera kureba
Muraho @gitatv1003? ubu noneho wakongera ukagerageza ukareba, kandi Murakoze kutwihanganira hari igihe ikoranabuhanga rigira utubazo.
Muraho! Nanjye ndi umunyamuryango ,turasaba ko system ya *589# iyo ubikoresheje ntibikunda ko umuntu abona balance na % y'agaciro ku munsi, twasaba ko byanozwa.
Nifuza gushora ariko ntaho gukura amakuru cg ubufasha,nanimero ntizicamo
Mwiriweho? ushobora kuba uhamagara uhamagara turi gufasha abandi, wakomeza ukagerageza, nibynga uduhe iyawe turakwihamagarira. urakoze
Nishyuye 2000 kuri ya momo ntegereza ko mumpamagara ndaheba, kandi na helpline yanyu nticamo
Mwiriweho? niba warizigamiye wabanje kwiyandikisha, ubwo ubwizigame bwawe twara bwakiriye ariko niba utarabanje kwiyandikisha turayafite ariko, wabanza ukiyandikisha unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit.rw . Mugize ikibazo mwahamagara kuri 0787900207(RNIT Phone number)
Murahoneza?Mwafasha shaka kwinjira ariko ntamakuru ahajyije mfite . Uko umuntu yakwiyandikisha nuko yashora, ndetse niba harinuburyo kumunyamuryango ashobora kureba uko ubwizigame bwe buhagaze
@@PPGJeanPaulUNIQUE Muraho? Ushobora kwiyandikisha unyuze ku *589# cg www.shora.rnit.rw ubu buryo bwombi bwana gufasha kwizigamira no gukurikirana uko amakuru ya konti yawe ihagaze
Mwiriwe ho? helpline yacu yari ifite ibibazo ariko ubu waduhamagara tukagufasha. Murakoze
Nibwo nkitangira kwizigamira arko nategereje ko mumpamagara ndaheba
Ese iyi code ntag kuyikoresh byemew *182*8*1*000800#??? Mwayivanyeho?
Nange njemo vuba gusa byarangoye kuko nimero ziri website biragoye kuzifatisha pe mushyireho nimero yo gufasha abatabizi cg abadakoresha website
Mwiriho @DushimeUrbain? urakoze ku bw'igitekerezo uduhaye, tuzareba uko twakogera imirongo ya telephone, kandi urakaza neza muri rnit Iterambere Fund.
Murakoze kandi turabasezeranya ko icya numero turi kugikoraho vuba aha turabamenyesha imirongo irenze umwe mwakwifashisha.
Kuki nta contract baha umuntu wafunguye account
Yes, @josephh6880 amabwiriza atuyobora avuga ko iyo umaze kuba umunyamuryango wacu ubwo tuba twagiranye contract ariko abifuza ko byandikwa nabo ntabwo twabaheje, baza aho dukorera tukabishyira munyandiko. kubindi bisobanura waduhamagara kuri 0787900207. Murakoze
❤arko mugice cyibanza amajwi yanze gusohoka mukosore,ntituri kubumva.
Mutubarize abantu bagiye barungurakonti online password bazazibona gute?
iyo umuntu adafite password cg yarayibagiwe anyura kuri www.shora.rnit.rw akayihindura ariko wa naduhamagara kuri 0787900207 tukagufasha.
Nonex abatazaboneka munama izaba
On 28.03.2023
Tuzabibona cq tubimenye gt?
Nyne twebw tur muntara
Muraho neza nge mwamfasha uko nabona password narayibagiwe.
iyo umuntu adafite password cg yarayibagiwe anyura kuri www.shora.rnit.rw akayihindura ariko wa naduhamagara kuri 0787900207 tukagufasha.
Nanjye ni uko narabandikiye nararushye urandika ntibasubiza!? Kandi nta option batanga yo kuyihindura!?
Mwiriwe iyo ushaka inguzanyo muri bank ukoresheje ingwate yimigabane ufite muri rnit muha iki umu client wanyu ajyana kuri bank
Mwiriweho? icyo dutanga n'icyemezo cy'abanyamigabane
Salut, ese utagira kubona inyungu ryari uhereye igihe wagiriyemo mu kingega?
Salut @sheikhmixtureislamiclibrar567 ?, inyungu zitagira kubarwa umunsi watagiye kwizigamiraho kuko amafaranga duhita dutagira kuyabara mumigabane kandi agaciro k'umugabane gahinduka buri munsi. iyo tuvuga ko m'umwaka 2023 inyugu yari igeze kuri 11,55% bwo tuba tuvuga inyungu k'umwaka. kubindi bisobanura waduhamagara kuri 0787900207 cg ukadusura aho dukorera mu mugi munzu yahoze ikorera mo Cogebank
Mwaramutseho jyewe mwansobanurira neza uburyo bwo kwiyandikisha kuko ndikugera ahasavwa ijambo Banga nkaribura kdi ndashaka kwiyandikisha
Mwaramutseho? wakogera ugasubiramo unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit.rw. czcams.com/video/JlRqHUZLsSU/video.html nibidakunda mwaduhamagara kuri 0787900207 tukabafasha. Murakoze
Mwambwira Banque ikorana na RNIT i Musanze n’uko umuntu abigenza ngo yizigamire. MTN okays menshi cyane
@@josephinemumporeze8926Mwaramutse? RNIT-Iterambere Fund ifite konti muri bank hafi ya zose. urugero: Bk: 000400069647144, Equity: 4002200526181, BPR: 400408154310191. n'izindi wagana wababaza konti ya RNIT-Iterambere Fund bazikubwira, ariko biba byiza iyo mu gushyiraho amafaranga hamwe bandika impanvu wanditseho ''KWIZAGAMIRA, ugakurikizago izina rya konti yawe yo mu Iterambere Fund rimwe ritanginzwa nijambo RIF''. Murakoze
Nonese kubikura botangira ryari?
Igihe icyaricyo cyose wakenera amafaranga yawe ukandika uyasaba turayaguha, ariko kuko ari ukwizigamira kandi ugamije inyungu burya biba byiza iyo amazemo igihe.
Okey, ubwox mwumva kubikura byaba nkanyuma y igihe kinganiki?byibura!
Hallo, nanjye ndumunyamuryango wa rnit
Ariko ubu mbaye nazayakenera nyuma y umwaka nazayahabwa?
Mutanganinguzanyose
YOYA. ariko amafaranga ufite muri RNIT Iterambere Fund banki zose ziyemera nk' INGWATE. hanyuma banki zo zikaguha inguzanyo.
herro mwungukira abanu neza kbx muzadushyirireho uburyo wareba brance ukoresha mobre maney
hello @Nshizirungu-ox3ug urakoze cyane,uburyo wakomeza gukurikirana amakuru ya konti yawe y'IteranbereFund bwashyinzweho, wakanda *589# kubindi bisobanuro waduhamagara kuri +250787900207 Murakoze.
Ese umuntu yakizigamira akabasha kumenya ubwizigame bwe
yego rwose, ku ibisobanuro birambuye wahamagara nimero ya RNIT 0787900207
Nukutwibutsa uburyo twanjya dusura Account zacu murakoze
kureba uko Account yawe ihagaze wanyura kuri *589# cg www.shora.rnit.rw
RNIT turabakunda gusa mugerageze mukoreshe ikorana buhanga kuburyo umuntu abasha kureba ubwizigame amaze kugira mukigega. Murakoze
Muraho neza, Byaratangiye mwakoresha *589#Yes , ugakurikiza amabwiriza. Cg www.shora.rnit.rw
Murakoze gusa mfite ikibazo cyuko ubwizigame bwanjye ndikubona Ari zero Kandi maze igihe kirenga ukwezi nizigama mumfashe
Muraho neza, mwaduha tel number yanyu tukabikurikirana cg mukatuvugisha kuri 0787900207. Murakoze @@zufelix0093
Ndabaza niba nshyizemo 10 000 000 Frw inyungu ku kwezi ni Frw angahe? Ese nemerewe kuvanamo inyungu ya buri kwezi kugira ngo mbashe gutunga Umuryango wanjye?
Iki kibazo nanjye nari nkeneye igisubizo cyacyo
Iki kigega ni cyiza cyane. Ariko ntekereza ko bibaye byiza abanyamuryango bareba niba hatashyirwaho % runaka umuntu yajya asigamo igihe bibaye ngombwa ko akenera frws ye imyaka 3 itarashira.