ABANTU BUBAHE IMANA ARIKO KANDI BIGE NO GUTEGANYIRIZA EJO HAZAZA. Musenyeri Augustin AHIMANA

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 7. 05. 2024
  • Ibi ni bimwe mubyo Musenyeri Augustin AHIMANA wo mw'itorero angirikani ry'u rwanda diyosezi ya KIVU yatangizaga inama yo gukangurira abo muri iyi diyosezi kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n'ikigo cy'igihugu cy'ishoramari "RWANDA NATIONAL INVESTMENT TRUST - RNIT".
    Akaba yaraboneyeho gusaba urubyiruko gukoresha imbaraga bafite ubu biteganyiriza ejo hazaza heza kuko ejo n'ejo bundi batazaba bazifite.
    Ati "Imana y'ifuriza umuntu ubuzima bwuzuye ntabwo ari ubuzima bw'igice, abantu babwirize ijambo ry'Imana,bubahe Imana bave mubyaha ariko kandi imbaraga bakoresha bibeshaho bige no kuzigama bunguka kandi bateganyiriza n'ejo hazaza".

Komentáře • 2

  • @onesme1137
    @onesme1137 Před 2 měsíci

    @RNIT, Mukora mute ku buryo umuntu yizigama ntibigaragare ndetse yabahamagara ntimumwitabe?

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  Před 2 měsíci

      Mwaratseho? muratwihanganira hari igihe telephone muyihuriraho muri benshi cyane, ariko niba warizigamiye ntubone ubutumwa bugufi wahamagara 0788587824 (umukozi ubishinzwe). aragufasha