Kwizigamira make make ahereye ku noti ya 2000 Frw byatumye abasha kwigurira ikibanza i Kigali.

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 3. 04. 2024
  • IRANEZEZA ni umwe mu banyamigabane bashoye imari yabo mu kigega RNIT Iterambere Fund. Avuga ko yatagiye kwizigamira akiragiza amashuri yisumbuye, byamufashije gushyira imishinga ye mu bikorwa. Arakangurira by'umwihariko urubyiruko kugira umuco wo KWIZIGAMIRA kuko aribyo byabageza ku iterambere rirabye.

Komentáře • 6

  • @DushimeUrbain
    @DushimeUrbain Před 3 měsíci +1

    Nange njemo vuba gusa byarangoye kuko nimero ziri website biragoye kuzifatisha pe mushyireho nimero yo gufasha abatabizi cg abadakoresha website

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  Před 3 měsíci +1

      Mwiriho @DushimeUrbain? urakoze ku bw'igitekerezo uduhaye, tuzareba uko twakogera imirongo ya telephone, kandi urakaza neza muri rnit Iterambere Fund.

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  Před měsícem +1

      Murakoze kandi turabasezeranya ko icya numero turi kugikoraho vuba aha turabamenyesha imirongo irenze umwe mwakwifashisha.

  • @emmanueluwurukundo3768
    @emmanueluwurukundo3768 Před měsícem

    Ahubwo se batanga inguzanyo ntagwate?

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  Před měsícem

      Oya, Iterambere fund nta guzanyo itanga ahubwo amafaranga ufitemo banki zose ziyemera nk'ingwate, zi kayaheraho ziguha inguzanyo.

    • @RNIT-IterambereFund
      @RNIT-IterambereFund  Před 22 dny

      Oya ntabwo dutanga inguzanyo, ariko amafaranga wizigamoiiye mu iterambere fund banki zose ziyemera nk'ingwate. Murakoze