Makunzi ba my heart mbere na mbere dushimire Dady kuba uyumunsi atuga uriye kabiri ubundi niwowe wacu uzakuvuga nabi nzamwangaza mwarimuraho ariko🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤
Team of My Heart is doing amazing and great ariko the next Episodes Suzi agamafaraga gazamukoraho those episodes will fire 🔥 ❤️❤️❤️❤️❤️ keep up with the good work I always wait for the video
Ariko mana Bela na Devu baganira neza batuje ndabakunda kubabona bari kumwe mbona bananeranye cyane😊ababibona kandi banabikunda ko babana nka ba cheri mumpe like🤭
Abishimiye ko turiye Kabir kumunsi muzimpe like erega njye hari no kwisabato mbega Killa thank u 😢🎉😂
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Murakoze
Nana jya gusaba Yannick imbabazi
A@@Justhere1az
Abibuka wamusore wabwiye Suzi ko azakena musige Like
Icyombona nuko bigiye gusohorape
Ntegereje ko biba pe
@@Beata001ful noneho bikazaba Nyambo yarabanye na yanike maze mukase azajya kubikubita imbere asanga Nyambo murugorwizi akamusaba na beti akabayaramaze kojyera kumererwa neza nawe akajya ajyakumusaba ewana yaba arisho kbc
Sukwifuza ikibi kubandi ariko umuntu wese wirase kubandi aba agomba kubona isomo rimwigishako uyumunsi humuntu hatandukanye nejohe hazazape
Ese yagiyehe wamuhungu nari narabyibagiwe
Ababonako Bella yari yatangiye gukunda devu igihe yari yarashwanye na Benita musige Like 👍👍👍👍
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Killer man@@Justhere1az
Shn, njyewe nabibonye kera nukuri😂😂
Shalom Shalom umun wifuzak nana yasubirana, Na bob like 🙏
Number 5dady urakoze turiye kabiri❤❤❤❤❤❤❤abakunda Yannick nkange like👍
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Daddy atugaburiye kabiri Kanda like
Of course Daddy
Ese Daddy buriya Suzi haricyo amarira muzehe mucyumba cy' Ibanga?
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Rwose dushaka kubona suzi yahuye na Yannick ubundi tuzirebere umuriro 🔥🔥
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
rwose dady uyumunsi udukoreye akanu keza niyo mamvu nzaguhoza kumutima❤ ababyumva nkajye like iracyenewe
Abishimiye ko dady atugaburiy 2 nkange musig like Suzi we ibye ntag bizoroha pee!!
Dady dukumbuye mark ababyumva nkarye mumpe like
Mana yanjye rwose kasha azave muri runo rugo Jojo akwiranye ña Sankara ahubwo yari yaratinze❤❤❤❤❤❤❤
Suzy noneho arabamara gsa Yannick tubabariye kasha uzamuhane mbere Yuko amenya ukuri ko wamuvumbuye😢😢😢
Ndababazwa nukuntu nsabi yica umuti pe😢 yaretse kubyitambikamo sankala akitwarira jojo
Asante Daddy wacu Yannick AKA killer man and papa Malick we Loto’yu byinshiii blessings over blessings 🩷❤️❣️🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Harabacyinnyi bageraho ntitubumve bajye bajyerageza bazamure amajwi yabo gusa Yannick thx kuduha episode yakabiri twabyishimiye watwirije neza kwer courage kd turabakunda😍😍😍😍
Bijiyobija
Gose naforomina barancimishape
Ndabakunda cyaneeeeeee
Mwicumi bambere njemo abazanyuma mumpe like nayiraye kwibaba❤
Makunzi ba my heart mbere na mbere dushimire Dady kuba uyumunsi atuga uriye kabiri ubundi niwowe wacu uzakuvuga nabi nzamwangaza mwarimuraho ariko🎉🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤
Yannick ndamukunda cyane udukorera umunsi
Daddy uyumusi aradukoreye akantu keza kutugaburira kabiri nyagasani aguhezagire❤❤❤🎉🎉🇦🇪🇦🇪🇦🇪🇧🇮🇧🇮
Ni bon ❤❤❤❤❤❤ mushake ukuntu mwakosora akantu k'amajwi muri ep 2 zirangiye Hari ahantu bavuga gahoro cyane. Bijiyobija niwe uvuga ijwi rikaza Ari ruzungu👍🏽
Abanu mwishimyeko daddy atugaburiye kabiri noneho turahagapeee kakajwi wagatanazi nange ndahaga
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Abakunda ukuntu BIJIYOBIJA ya kanze Regis mumpe like
Byanyabyo x ur kakajwi original
Aboturi kugimfuntsi hamwe hano mu uganda mupe likes twimanukire
Turahari muzehe wacu tumirinyuma
Esewe muba murekereje uziko jyakuhagera nzingondimubahafi ngasanga ndibesha😂😂😂❤
Daddy nawe usigaye udusirimura uba wadukoreyumuti kbx thank you daddy
Daddy akaba adutayemo ibindi byishimo Thank you ❤❤❤ Daddy
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Kanda like daddy murankunda mubinyerekeeeeeeeeee
Ntabwo ariwe pe
Noneho tugiye kubyibuha pe turiye kenshi. Thx daddy 🙏🙏
Wawuuuu byiza cyane daddy A love you too abakunda daddy nkanjye mumpe like
Thank you papa urumubyeyi mwiza uzirikana abanabe pe!❤❤❤❤❤❤❤
Ntg nakwizerako aruduce 2 pe thanks daddy i love u
I"m the one mumpe like nyinshi cn❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
We really appreciate you work Daddy that's why we will stick on you forever ❤❤. thank you 💕
Mbaye uwambere gyysss abakunda daddy nkanje mundemere 🥳🥳❤️🩹❤️🩹
Daddy twishimiye ukuntu wumva abana nkumubyeyi kd umwana iyo ahaze arashima murakoze
Number one mume like nyinciiiiii
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Thanks Daddy kubwibikorwa
Byae byox p ndagushyigikiye
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
Wow Yanick aduhaye iyindi posho❤❤❤❤ thx suzi nayazane asange harimwo Yannick 😅😅😅
Thanks daddy umefanya vizuli Leo ubalikiwe nakazi yako lakini kunakashida kidogo ka sauti❤❤❤❤
I love you Daddy and your team ❤ in one min
Team of My Heart is doing amazing and great ariko the next Episodes Suzi agamafaraga gazamukoraho those episodes will fire 🔥 ❤️❤️❤️❤️❤️ keep up with the good work I always wait for the video
Haah bija asigaranye ubwibone yabaye inkira buheri wee ngobara kumunukira Sha nukuntu yajyaga amukopa koko ahaa sukubakorape rwose abatabawe bage birinda ubwibone nubwirasi kugirango batazasubirayo bikabagora nukuri
Ninde ukumbuye nzayino kk ngo akore like???
Njye simukumbuye pe
Noneho tugiye gushisha twumva urakoze 🥰 Daddy wacu ❤️💚💚
Ark muzadufashe bijiyobija amenyeko kasha ariwe wahemukiye Yannick
Umusa ndakwemera kbx udutekerezaho kbx
Ninde muntu ukunze ukuntu suzi aba ari confidence 😂😂😂😂
Ni overconfidence 😂😂
😂😂😂😂😂😂😂@@uwamurerafloride5172
Subwo mbaye uwambere ra abaza nyuma mundemere my heart hejuru ❤❤
Ark ndahaze pe dady wacu thank you so much imana iguhe umugisha 🎉🎉iyo abana bahaze barashimira rero nashimye ❤❤❤❤❤
Byaribyiza tuuh mump like ♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️🙏
Abasore bameze nka Yves ndabasuhuje🙌🙌🙌🙌
Basigaye hake hashoboka😅😅😎
@@alouettemakeuprwanda3012ahubwo se baracyabaho?? 😂😂😂❤
Yves weeee!!!!! Uri igifura!!!!!
Weekend nziza kubantu mwese mukanda my heart❤❤❤❤❤ dukomeze kugubwa neza
Uyumunsi twitaweho abishimye nkange like
Mbega byiza weeeee ❤kurya kabiri😂thanks dad❤
Nsabi na Claudia bazakundane turagusabye please 🙏 ndi Aline ndabakunda
Bijyiyobija weee ivugire make cya kasha nawe cya guhitana urebye nabi ,sinjya mumpenyera buriya arko Yannick ndamwizeye ararye Ari menge
Ariko murakina kweli!! reba ukuntu Suzi isura ijyanye nibyari gukina❤❤❤
😂😂😂madam my huni ihoho pucuri 😅
Nasure vuba azane amafaranga yakapanyi Kashi ndamwanga pe
Bija na Flomina mukinyenga cy,ubukire Sha , wawoooo❤❤❤❤❤❤
Mwarimuraho Ariko namba one1 ❤❤❤ mumpe like ubundi turebe amaherezo ya SUZI
Niba nawe gahunda ari kugipfuntsi nyihera subscribe gusa ubikore niba ntakugoye thanks 🙏 🙌🙌❤️❤️ njye igipfuntsi niyo ndoto🤷🤷
@@Justhere1az kontakintu mbona iwawe x ? Ubu waba ariyiki?
@@SINDIKUBWABOSteven chn wakibonye ahubwo wenda icyo wariwizeye nicyo utabonye shuu🙏🙏
@@Justhere1az yego nyine gusanyine njyiye kubigukorera nkumuntu wanjye shou
Urakoze kutugaburira kabiri
Ark Sankara ufite ijwi ryiza urakunditse ark wagirango uri musaza wa Jojo ndabona musa❤❤
Suzi muzamuhe igikombe pe ,ibyo akora arabizi
Arabizi pe
Urumubyeyi mwiza wita kubana be , Nyagasani akwagure muri byose
Ibaze ko ubuke ubukene burigusesekara kwa adlofe na Suzi ibaze Suzi namenyako Yannick ahari bizacuriki ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Kanda like mwe mukunda daddy. Nditonda
Nturiwe wibeshya toka
Waooow umwe rukumbi uduha ibyishimo❤❤❤
Abantu mwese mukumbuye kubona Mark arikumwe na pelliy musige Like 👍👍👍👍
yego mark turamukumbuye
Abakumbuye nzayino murihehe❤️
Mugire ijororyiza abakunda my heart nanakombona adatuje azarukurayo rekatubihange amaso turabakunda ❤❤❤❤❤❤❤😂😂😂😂❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Number one mumpe like
like zanyu ndazikeneye mbakoreye umutiiiii
Ngizo Daddy
Ntago ariwe uyu
Valensi azaze muri my heart
Hari part yakinanyemo na Jojo sinzi niba ubyibuka?
Háno ntanka cg ihene yaragira😂
Thank you Daddy you make my day
More blessings upon you 🙏
I am in love with this movie my heart
❤️❤️❤️
Daddy wakoze cyn pe waryowe twahaze nejo uzaronke utwiteho gusa bantu rurigusangi biraryo njyewe cyakoze nsekejwe nabijiyo bija ubukire nidanje mwaba mwabibonye namwe mugaseka mubwire muri link dukomeze kuryoherwa kandi murare neza ndabakunda cyn❤❤❤❤
Bobo wababariye Nana Koko 🙏mutege amatwi ntabwo azongera gukora ibintu ahubutse
Good 👍👍👍👍👍 brother niwowe wanjye peeeee ❤❤❤❤❤❤
Bro thanks uyu munsi kbs uduhaye ebyili ✌️ ✌️ ✌️ ✌️
Ye
Kuma second 10 mumpe Like ❤️❤️❤️❤️ mbaye uwambere
Thank you Team my heart for being there for our happiness ❤❤❤❤❤
Umva mbaye uwa 44 Zusi we naringukumbuye
abantu mubona ko bnana azicuza agashaka na devu akamubura munyihere like
Bsr
Mwampaye like nanjye koko
Ayeeee unvakomwigenje Najye ndahasesekaye thank you daddy ❤️🍾
Negerej killamani ahura na kasha🔥🔥🔥🔥🔥
Ooooooo hhhhhh nang e ndishimiye bwaki irashize❤❤❤❤
Urakoze cyane Daddy mwiza abana bawe turagukunda❤
Suzi ndanona yakaniye pe ❤❤❤
Ariko mana Bela na Devu baganira neza batuje ndabakunda kubabona bari kumwe mbona bananeranye cyane😊ababibona kandi banabikunda ko babana nka ba cheri mumpe like🤭
Yezu weeeee kd ubu hariho nyinshi zibanye nkuru rwa Adolphe na Suzie
Yezu mukiza tabara abana bawe
Kd nabazigezemo ukomeze uturinde satani atadutera uduhe kuba maso mwami
Ahwiiiiii
Mbega ijambo ribi numvise nyuma yogutongana ngo cheri ugire akazi keza Mana weeee mbega ubwoba
Thank you daddy wacu 🥰🥰🥰❤️🤍
wankandira kufoto pls
Mer it Dadi. ❤❤❤❤❤
Nukuri mbaye uwambere mumbabarire mume like
Umukinnyi Mushya Wallah Sankara Ndagukunda Mugusobanura kbs
Suzi asuranye umujinya,no kwinera birakurikiraho😂😂😂
Kolla ndakwemeracyane unsuhurize devu namubonagute nutambwira nzahorabigusaba
Merci beaucoup daddy ❤❤❤❤❤❤❤
Number one mumpe like❤❤
Dady thank you so much ❤️