God's Favor : Fleury & Jannet IBIBAYE NYUMA N'IBYISHIMO GUSA Wifuza Gushyigikira Uyu Murimo wanyuza Ubutumwa Kuri Iyi Number : +250788354447 Your Love and support to this ministry
Wowe Umaze igihe utegereje urubyaro THIS IS YOUR TIME , akira umwana uturutse k’Uwiteka mw’Izina rya Yesu !!!! Izere Imana ko ishobora kurema ibitameze neza munda yawe!!! Turasoza aya masengesho turimo ya 90 Days wabonye igitanganza cyawe !!! Abaheburayo 11:11 : Kwizera ni ko kwatumye na Sara abashishwa gusama inda nubwo yari acuze, kuko yatekereje ko Iyasezeranije ari iyo kwizerwa. GAHUNDA YAMASENGESHO ya 90 DAYS KURI ZOOM YA THIS IS YOUR TIME MUGITONDO 9H:00 , SACYENDA 15H:00 , NIJORO 21H:00 us06web.zoom.us/j/9108862811?pwd=AI0L2fwqeWHS2qJ2d4WwHX3ZR2aa0a.1 Meeting ID : 910 886 2811 PASSCODE : vJ41ba
Basi papa na maman Amora please munsengere nange mve kuruyumusozi wokwitwa ingumba nange basi ibibero byange nabyo bikikire ikibondo cg basi nange numve ikibondo gukina Munda yange please put me in the front of the lord I beg you guys
Why did you just play my story 😭😭😭😭😭 it’s hurting me I been one year & half of trying but it’s not working lord I pray please answer my prayers Jesus guys please pray for me and the people who are waiting please
Ndabyizeye mw'izina rya Yesu kandi nanjye uyu munsi nitandukanyije nakarande zo kwa data,kwa mama no kwa mama bukwe ndetse no kwa databukwe nukuri Yesu turizeye mw'izina rya Yesu,Amen
Amen amen nukuri imana ibahe umugisha mwinshi Hari benshi Bari busubizwemo imbaraga umugambi wi imana ni mwiza kuri twe turabakunda Papa amora yabikoze neza cyane❤❤❤
Nukuri iyi family ndabakunda cyane ❤️ Kandi ndabashimira kubwinyigisho baduha binyuze muri film❤ ok akandi kantu abantu mukunda thank you na Ohh My God ya Mama Amora munyihere like😅 ndabakunda cyane ❤️
Ariko iyi si iratangaje pe 😢 mugihe hari abari kurira bazuze urubyaro, hari abarara bakuramo inda😭 abababyara bakabajugunya Nyagasani nukur tabara abagaragu bawe🙏
This is my time❤this is our time🎉 Yobu 42:12 harapfasha cyanee ,Nuko Yobu ahirwa bwanyuma kuruta ubwambere ❤❤Ndatakambye nizeye Imana izange urubyaro kubamaze igihe badaheka ibaremere amashimwe afatika ndetse nabitegura kubaka mbasabiye abana mu izina ry Yesu ❤Gusa This is my time nukuri umutima wange wuzuye amashimwe 🎉🎉🎉Famille yanyu ndayikunda cyanee Imana ibahaze uburamo Murakunditse cyanee kubagira ni umugisha much love ❤Gusa nkunda uburyo mama amorah ibuzima bwose bumubera 😅😅😅😅😅😅
Wowe Umaze igihe utegereje urubyaro THIS IS YOUR TIME , akira umwana uturutse k’Uwiteka mw’Izina rya Yesu !!!! Izere Imana ko ishobora kurema ibitameze neza munda yawe!!! Turasoza aya masengesho turimo ya 90 Days wabonye igitanganza cyawe !!! Abaheburayo 11:11 : Kwizera ni ko kwatumye na Sara abashishwa gusama inda nubwo yari acuze, kuko yatekereje ko Iyasezeranije ari iyo kwizerwa.
GAHUNDA YAMASENGESHO ya 90 DAYS KURI ZOOM YA THIS IS YOUR TIME MUGITONDO 9H:00 , SACYENDA 15H:00 , NIJORO 21H:00 us06web.zoom.us/j/9108862811?pwd=AI0L2fwqeWHS2qJ2d4WwHX3ZR2aa0a.1 Meeting ID : 910 886 2811 PASSCODE : vJ41ba
Amen
Imana niyo.kwizerwa, tubyaye cg tutabyaye , twishimye cg tubabaye nabwo niyo kwizerwa, mbese Imana ihora yitwa Imana kandi yitwa ishobora byose
Gusa iyi move mvonye jeannette ari jyewe neza neza umugabo we nawe mbonye ari umugabo wange kuko neza mukinnye filime yajye nukuri
Gusa ndacyizeye Imana ko izabikora
Amen👏🙏🤲🤲🤲🤲🤲🤲🤲🙌🙌
Ibyo ntago bikora pe imitima yacu ntajambo rikiyihumuriza kko ikigeragezo kigezahogisharira
@@IradukundaProvidence shuti yajye ihangane najye ndacyarindiriye kuri 14/08 imyaka 3 izaba yuzuye rero.sinzi iyo.umaze ariko.hirya yibisharira ndabizineza ko.tizaryoherwa no gukikira
Humura natqe tuzashima Imana izabikora humura
Amen to me🙏🏽
Ibyo nibyo bihe ndigucamo bavandimwe musenga Imana munsabire ku Mana impe umwana inkure kumusozi wokubura urubyaro nkuko nanjye ndarushye🙏😭
Ndiho agutabare mwizina rya Yesu Kristo
Iyo wizeye ukomeze kuyigumako knd uyu mwaka uzohera ufise umubb munda yawe
Humura hari lmana itanga urubyaro,wowe yigumeho gusa
Uyumwaka ubone igitangaza.
Humura mwizere imana niyita ga bwose ntimuyiveko ahubwo mukomeze kuyigumako isorubaronsa n'a Sara n'a Hana yaramutwengeje namw mwizer izobikor
Iyi film wajyirango nijye bayikiniye ubu ni ubuhamya bwajye arko hamwe nukwizera kurarema nyuma y, imyaka itatu tumaze ubu maze two weeks byaye abana bipanga ba bahungu muntu ugitegereje komeza wizere nawe isaha y, Imana nijyera nawe uzabona ibitangaza by, imana
❤❤❤❤🎉
🎉🎉🎉🙌🙌🙌🙌
IMANA ishimwe ❤
Alleluiahhh
Nihabwe icyubahiro yarakoze 🙌🙌
Imana yo mwijuru ihe uruvyaro aba Maman Bose batarabaronka😢😢😢😢
Nukuri Imana ibyumve
Imana ibahe urubyaro mwizina rya Yesu inezeze imitima yabo kuko muri ubu buzima sinziko hari ikintu kinezeza kurusha umwana
Amen
Uyu musozi nywumazeho 6yrs Imana ituruhure hamwe nabafite iki kigeragezo
Imana iduhe gukomera
My God,mukomere nukuri ,kdi uwiteka ndamwinginze ngo ashyireho iherezo namwe munezerwe
Nanjye imana inyibuke maze imyaka 5 ntangiye uwa 6
@@Fa.ni5797yooooo.......mukomera mu Mwami .Aya marira n'isengesho rya Bagabo niryanyu kdi natwe twagirwe Ubuntu nukuri turabasengera mukomera Uwiteka arebe imibabaro yanyu abibuke mwese .kdi irumva
Nibatabare nukuri ibahe kubyara muheke kuko irabishoboye
Yoooooooooo, Imana ihe umwana buri muntu wese umwifuza nukuri
Yego nukuri njye ndabafite disi ahubwo nabuze Ibyo mbaha bihagije gusa nibwo bu Mana bwayo❤
Imana ibahe abana yumve gusenga kwacu mwizina rya yesu amen
Amen amen
Yoooo nukuripe imana Yi buke burumwewese wabuze urubyaro kuko birababaza cyane imana iduhane umugisha babyeyibeza.
Chn mana ndakwinginze utange urubyaro kubantu barubuze knd ndagushimiye ko njye warumpaye 😢
Amen 🙏🏼
Amen
Amen
Amen
Amen
Yesu ndakwizeye uwo wari warampaye waramukunze kundusha gusa sindacogora ndacyategereje isaha yawe
Simva mumasezerano imvura yimigisha iracyagwa
Murakoze kunkomereza umutima
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢Mana aho wansize nubu niho nkiri🤲🏼🤲🏼😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢ndacategerej umugisha waheeee😢😢😢😢😢😢 imyaka 12 ndacagutegereje Manaaa ntivyorosheee ariko ukomeze ungirire neza unkomeze
Nukuri humura harigihe uzaririmba indirimbo nawe ibwira abandiineza wabonye
Imana iguhe urubyaro mama, igusetse
Mana we!
Uwiteka Mana wantabaye nkaba nzahora ngutangarira, muri bwa buryo wangiriye impuhwe, ndagupfukamiye ereka umwana wawe impuhwe ugira ufungure inda ye umuhe ibyishimo.
Imana igusubize😢😢
Akira kubyara mw"izina rya Yesu.urugamba rwawe rurarangiye humura pe
Impamvu Imana iha Abana abadafite shinge na rugero ikaba itaruhaye Abifite rero nibwo bu Mana bwayo😢😢
Mbabarira wowe unyuze aha ndemera wakabyarawe nkandira kw foto Kandi lmana ihe umugisha wowe ubikoze 🤲🏾😰❤️❤️🫂🙏🏾
Nuko ari firme , ark iyaba aribyanyabyo nukuri Imana yariguhita iruguha , kuko ayo marirayawe nubwo avanze namaganya yageze kumana pe , gs bs iryosengesho rihagararire ababuze urubyaro in the name of jusus❤ ndabakunda cyane from Rubavu.
😭😭😭😭mudusengere umutwaro wubugumba urababaza
Maman Amora utumye igikomere cyange cyogeye kuba kibisipe agahinda karanyishe utumye nongera kwiheba😭😭
Kubera iki bambe Kandi bashaka kugusubizamo imbaraga
Mwijuru hari Imana Izere
Yesu akurabe ryiza nawe akwibuke
Oya mubyeyi Yesu ari ku ngoma humura tuza Yesu yaranesheje
Oooh Komera Adeline wee Yesu arakubona 😭😭😭 nyandikira inbox
Humura itanga abana irahari kd nawe iragukunda uzabyara uheke hungu na kobwa
Basi papa na maman Amora please munsengere nange mve kuruyumusozi wokwitwa ingumba nange basi ibibero byange nabyo bikikire ikibondo cg basi nange numve ikibondo gukina Munda yange please put me in the front of the lord I beg you guys
Yesu akurabe ryiza mukobwa wa Christo nawe akuronse ikibondo uyumwaka utarahera!Amen
Yoo!Imana ifise amatwi nikwumve imana ifise amaso nikurebe .Mana yo mw'ijyuru nukuri utwumve naho turi babi tudakwiye kuvuga ark utwumve amasengsho yacu agushikire wumve uyu mubyeyi kk n'imbuto zo mu nda niwo mugisha utanga tuzagushima tuvuge ngo niwawundi yahora aza imbere yawe yuzuye amarira agarutse kugushma.Mana turakwinginze wowe utanga urubyaro uziburure inda yuwu mubyeyi mw'izina ry'umwami wacu Yesu christo.Amen.
Mana yo mu Ijuru umpe umwana 😢😢😢😢😢
Imana yo mwijuru ikumve Iguhe Umwana🥺
@@igihozoleah3583Imana yo mwijuru ikumve imuguhe🥺
Urubyaro rutangwa nimana yomwishuru
Mana ndakwinginze ababyeyi bose babuze urubyaro urubahe Nukuri 🙏🏻🤲👏🏻
Why did you just play my story 😭😭😭😭😭 it’s hurting me I been one year & half of trying but it’s not working lord I pray please answer my prayers Jesus guys please pray for me and the people who are waiting please
Hung in there darling everything will be fyn trust God ,when the tym is right God will make it happen, sending prayers and love.
Sorry mummy😢 God is almighty
God’s timing is always perfect babess
🙏
May God hear you dear
Ndabyizeye mw'izina rya Yesu kandi nanjye uyu munsi nitandukanyije nakarande zo kwa data,kwa mama no kwa mama bukwe ndetse no kwa databukwe nukuri Yesu turizeye mw'izina rya Yesu,Amen
Amen
Yoooo iyi film ninziza ifite inyigisho ikomeye cyane imana ikomeze ibagure muribyose
Egoko uyumubyeyi ntasanzwe!!!! Uziko wagirango nibyanyabyo!!! Ababuze urubyaro mwihangane lmana lbirimo
Cyane rwose
Amen amen nukuri imana ibahe umugisha mwinshi Hari benshi Bari busubizwemo imbaraga umugambi wi imana ni mwiza kuri twe turabakunda Papa amora yabikoze neza cyane❤❤❤
Yoooo😢😢😢 ino film irimo inyigisho nyinshii pe!
Gusa Imana ihe urubyaro abatararubona bambe kuko ntibiba byoroshye habe namba 🙏🙏🙆
Byibuze mwebwe mwabonye urubyaro mushime kd mwibuke ntabandi mubasengere iyabahaye ihe nabandi
Ndabakunda caneeee na filin mukina nziranryohera caneee arik iyo filin mwakinye Ntabwo inryohey Kuko mwaravyaye muraheka uko nukumabuza imana ndasavy ndasavy iyo film siyany ndabinginz ntimuzongere ivyo sivyanyuuuu😭😭😭😭
Murakoz maman amora na papa amora,ikint munyigishij nanj ngiy gufat ayitatu nitandukany nazakarand zimiryang nanj uwiteka ancire inzir nshake nkaband mbon umugabo kuk ndashak umwana knd ndavyizeye nkashak nzohita mubon mwizin rya Yesuuu👏
Abakunzi ba mama amor like muzisige
ntakindi twavuga Imana irahambaye cyaneeee gusa idushoboze kwizera kdi iduhe inshuti nziza ziduhumuriza kdi zitugumisha mu kwizera Imana🙏🙏🙏🙏 murakoze cyane ku nyigisho nziza mutanze💓💓
Bavandimwe nubwo intambara zaba nyinshi ariko uko byajyenda koso uwizeye Imana aranesha twige kwikomeza kumwami nokumwizera nokumwirinjyira azatugirira neza tureke kwirwanirira nokwicira inzira yesu arashoboye
Papa amor wakinye neza cyane👊❤
God’s Favor Imana ibahe umugisha turabakunda cyaneeee
Yooo Mana nzinezako ushoborabyose nkweretse ababyeyi bose bategereje urubyaro uwiteka reka uzibure nyababyeyi zabo witamurure bakubone Mana ubatamike amashimwe nkayo wanamitse urakoze kubikoze Mana Amen niba urumubyeyi mwisengesho ryawe ryaburimunsi nihakaburemo isengesho risengera abatarabona urubyaro
🙏 Amen
Amen
Ooooooh wooow,Imana ni umwizigirwa ibihe vyose...thx so much ❤❤❤
Ndabakunda cyane ❤🥰 mukomeze gutera imbere muryango mwiza, film zanyu ziranyubaka 🙏🙏👏👏
Yoooo nkunda uburyo muzi gukina pe gusa biba bigoye pe ndabakunda cyaneee ❤❤❤❤❤❤❤
Ohhhh Mana urengere abantu babuze urubyaro tweseee. Amen
Mama amor❤❤❤❤❤❤Mana abantu babuze abana nabategereje nababyara bagapfusha ndabasabira kugirango igitonyanga kivuye kuriwamusaba kibatonyagireho mwizina rya yesu🙏Natwe abategereje kubaka duhabwe kugira amahitamo meza yabo dukomezanya ubuzima dusingaje kubaho kwisi😢🙏🙏🙏🙏🙏❤
Nukuri iyi family ndabakunda cyane ❤️ Kandi ndabashimira kubwinyigisho baduha binyuze muri film❤ ok akandi kantu abantu mukunda thank you na Ohh My God ya Mama Amora munyihere like😅 ndabakunda cyane ❤️
Ohhhh iyi ninyigisho nzima Rwose pee 💕 ndafashijwe mwizina rya Yesu. Amen
Bambiii, murakoze cyane nubwo nyirebye ndira nkarinda nyirangiza ariko ninziza cyane Imana ibahe umugisha
Nukur mwongey kunkora k'umutima no kunyobutsa ko gusengera karande ari ngombwa nng mfite karande yo kwa mm ngiy gusengera nzaza kubah ubuhamya iki mm amor warakoze gutegereza isah y'imana uziko nezaneza fleury wagirango gukina flm nibyo yize ubundi narinziko mm amor ariwe uzi gukina none nae nuko. Ark buriy ni bhv wakwigishije team jnt hejuruuu cyn!!!!!
Muduhereze ayandi masomo ndabakunda cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉
Wow🎉🎉🎉🎉mbay uwambere mufash kump like👍👍
Yoooooooooooo mpise mbabonamo Tante wanjye numugabowe bamaze 19ans batarabyara ariko akababaro burigihe kagaragara kumugore.
Nukuri ndabasabiye Ndizeye kubwabo Imana yomwijuru ibahe umwana mwizina rya Yesu .
Imana ibahe urubyaro ❤😢
Imana yomwijuru ihaze ukwifuza kwawe ababyeyi babuze urubyaro irubahe ikindi nimukumve amabwire yabanti inama nkizo uyu mumama Ari kugira jannet muzigendere kure please 🙏
Hahiye😘 ndagukund maman amora
Oy ana ibyo ukubwiye sibyo ahubwo twizere yesu gusa niwe ushobora byose knd niwe ubigena amen❤❤
Mana tabara babyeyi benshi bamaze igihe mubutayu bwo kubura urubyaro😢😢 tubaturiyeho ineza yawe maze imanukire kuri bo nabo bavuze impundu mumiryango yabo.
Tubisabye twizeye Amen❤
yooooooo nukur Imana ihe burimubyeyi wese ukeneye umwana
Ariko iyi si iratangaje pe 😢 mugihe hari abari kurira bazuze urubyaro, hari abarara bakuramo inda😭 abababyara bakabajugunya Nyagasani nukur tabara abagaragu bawe🙏
Imana ikomeze ibagure mumpano zanyu irinisomo rikomeye gusenga ningenzi cn
Imana ninziza najye yampaye urubyaro ❤ninzaza cyane
Imana ihereze kwihangana abantu badafite urubyaro nabakunda tim fleuly et jannet
Ubwose haruvuga koyantanze hano 🥰
Ntababesha mpise nicara ntekereza kumuntu ari muri bino bihe nkunva akababro afise bisaba Kuja mumwuka😢😢 kukwo nibazako ntakindi gikomere kibaho kwisi kibabaza kuruta kubura uruvyaro, Imana itanga abana. Ndayinginze igere Mungo ziri mumarira nkaya akakanya itange abana Kandi bazoyishima nayo bizoyihimbara, shimiye data watwese yampaye umwana mbikuye kumutima
❤❤nukuriii imana ibahe umugishaa muratang inyigisho bikwiriye peeee❤❤❤
Yooooo Jehovah nsenga yokabaho yo karama utanga urubyaro yongere kwibuka ababyeyi bose batarabona urubyaro nabo abasetse mwizina ry'umwana wayo yesu Christo .Amen
Mwami Mana ndasengeye abantu bose bakeneye ikigitangaza curuvyaro Mwizin rya Yesu amen 🙏
Ooooh!!!si mbabeshye munteye emotion❤😭😭😭
Imana iguhe icyo umutima wawe ushaka urindire ubushake bwi Mana ntujye mubapfumu
Imana yamahoro nisubize ababyeyi babayeho ubuzima nibasense kk igisensa nukuri nabonye abamaze 10na bayishima nukuri kd ndabashimiye gukomeza abaremerewe nicyi cyingerangezo gisumba byose ark cyira nsirwa❤
Waaaauuu nkuyemo isomo rikomeye lmana ibahe umugisha
Iyi film najye Niko narimeze nyuma y, imyaka itatu ubu imana ya impanga
Wao Imana ninziza ibihe byose mperuka uvuga ngo Imana igukure kumusozi umaze3 yrs none Imana yawugukuyeho niyo kwizerwa burundu
God s Favor😍may God bless Your family again🤩
Gusenga bigira umumaro mugihe gikwiriye Imana ninziza ibihe byose🙏🙏 mwakoze cne papa et mama Amora🥰🥰
Ntararaba vidéo mpita ngira commentaires abishimira iyi couples nkanje muze dushireko❤
Wow nukuri muratanze inyigisho nziza pe lmana yonyene niyo itanga umwana
Murakoz kutwigish kwizera Imana yonyene!❤
My couple chn nzaba nkamwe rwose kandi imana ikomeze ibagure nikuri ibahe amafaranga yamabara yose numugisha
Waouh murakoze cane kutwigisha kk ivyo vyose bibaho muhezagirwe cane Papa Amora & Maman Amora❤❤
Ark uzigukina peeeee jannet hejuru ❤❤❤
Yesu abahe umugisha muri abavugabutumwa beza munyigishije uburyo bwiza bwo gusenga.Imana itabare buri wese uri ku musozi wo kubura urubyaro
Yooooo imana ihumurize abababaye kand family fleury and Jannet imana igibaha imigisha nukuri nitukihebe imana irahari irimuruhande rwacu imana iradukunda guy ndabakunda cyn peeee muhumuriza imitima yababaye
Praise Lord all the time amen 🙏🙏 ndagukunda ❤❤
Yesu weeee nibutse ibihe biraho kweli ashimwe Yesu yishurira kugihe
Hhhhh aka kantu ko kurya umwana urwara karasekeje gus turabakinda ❤
Imana ibahe umugisha mulimu gukomeza imitima yabantu benshi ariko birababaje pe ❤
Murakoze ejo aho bukera nugutangura amasengesho yogucagagura karande zose 😂
Ariko Mana weeeeeee ibi Mama Amora ibi ari kwibaza nibyo niriwe nibaza😢😢😢 Mana tabara
Aha hantu harimo ubutumwa rwose ni mwamamze kristo kuko ni uwo kwizerwa God bless u family ❤
My role model mam amoraaaa❤❤
😭😭munteye kurira pe Imana ihe inshuti yanjye umwana nabandi bababuze Imana irasubiza
Inshuti nka anna zireze kandi ziragwiriye muribibihe abagabo bihangana nabo Imana igibaha umugisha kubwo kwihangana uyumusozi uraryana abagitegereje Imana ibahe gukomera f&j murakora cyane Imana igibaha umugisha ikomeze ibagure ibagwirize ubwenge n'imbaraga❤❤
Erega abagabo nibo babyara abagore twebwe tubona ko aritwe tubyara bataguteyinda ntabwo wobyara kandi nimana niyo ibikora kandi ngo bamwe babuze abana abandi babafite nibwo bumana bwayo 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Family muri abantu beza iyi nkuru ni nziza ifite amasomo menshii cyane muzakore igicye yakabiri cyokwigisha abantu byimbitse ingaruka ziva mu kwigwanirira courage courage Imana iri kubakoresha iby"ubutwari
This is my time❤this is our time🎉 Yobu 42:12 harapfasha cyanee ,Nuko Yobu ahirwa bwanyuma kuruta ubwambere ❤❤Ndatakambye nizeye Imana izange urubyaro kubamaze igihe badaheka ibaremere amashimwe afatika ndetse nabitegura kubaka mbasabiye abana mu izina ry Yesu ❤Gusa This is my time nukuri umutima wange wuzuye amashimwe 🎉🎉🎉Famille yanyu ndayikunda cyanee Imana ibahaze uburamo Murakunditse cyanee kubagira ni umugisha much love ❤Gusa nkunda uburyo mama amorah ibuzima bwose bumubera 😅😅😅😅😅😅
Ndabakunda nukuri imana ijye ibaha umugisha kd imana itange urubyaro ku batarufite ❤❤❤❤❤❤❤
Imana ishoboye byose ntacyayinanira pe turabakunda cn ❤❤❤
Mbega icirwa gikomeye nukur gusenga ntaco uba uhombye murakoze cneee 🙏❤️
NDABAKUNDA CYNE❤
Oooh Mana warakoze kumpa umwana kandi nkomeje kukuragiza abatarabona urubyaro ubahe kwizera kandi ubashumbushe bumve kuruyumunezero mwizina rya Yesu
Mama Amora uzi gukina pe🥰Imana igukomereze amaboko uri umugisha kuri benshi
Nanjye nkirikuruwo musozi naravugaga nti Mana nyica😢 gusa Imana ikuboko kwayo nikurekure.yibuke abantu bose bagendana iyo nkota ityaye kuriya
Mbakunda uko mutavyibaza ❤
Akantu kogutera neza Ppa Amora yongeyemwo ubwo karingombwa wee😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂😂😂🎉🎉
Mbakunda rwinshiii ❤❤❤❤
Yooooooo 😭😭😭😭sukubabeshya nukuri amarira niyose mbese mbega agahinda nukuri Mana fasha abantu babaye gutyo kuko birababaza cyane 😢😢😢 gusa mubyukuri iyo wizeye Iman byose irabikora muhumure abantu batarabona arubyaro nukuri Iman ihari kubwayu kd Iman irabakunda cyane murakoze muryango Pp Amora na Mm Amora nukuri ibi mukora hari benshi bifasha kdi Iman yo mwijuru ijye ikomeze ibarinde babyeyi beza❤
Woooow courage beaucoup
Muri gufasha imitima yabenshi
Ndabakunda cane 🫂🇧🇮
Mbaye uw1 mumpe like
Fleury nukuri kose uransekeje cyane pe, ngumwana wa3 mois Arya umufuka w,umuceri 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!! Mbakunda ntanebwa
My story too😭😭😭😭it’s been 3years but I believe in God I will back with testimony and I manifest triplets 🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿🙏🏿
Niba ushaka kwandika ibitabo bivuga ku buzima bwawe, cg uri gutegura inyandiko zitandukanye zijyanye no gushaka akazi, ishuli, visa. Uri gutegura ikizamini cyo kuvuga icyo aricyo cyose. Ukeneye inyandiko iyo ariyo yose yanditse kinyamwuga. Kanda kuri iryo zina cg iyo shusho urabona uburyo twavuganamo, ubundi tuvugane dukorane neza. Murakoze kudushyigikira.....