UFITE UBWENJYE AGIRE VUBA Kuko ibi BIMENYETSO aho usengera BYAGEZEMO/Uzarimbuka KUBWA BANO BANTU

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 5. 07. 2024
  • #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
    #AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
    #DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
    Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
    Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
    chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
    👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
    NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga

Komentáře • 44

  • @user-hb8cd5ri8i
    @user-hb8cd5ri8i Před 23 dny

    Hallelujah,ubu noneho abantu mugejejwe kumarembo y'agakiza.ushaka kwinjira yinjire kubwubuntu.ubutaha muzanyigishirize abantu iby'amategeko no kwizera n'ubuntu n'imirimo.mukomereze aho igihe gisigaye Ni gito yesu akaza.

  • @mmc190
    @mmc190 Před 27 dny +2

    Bitewe numururumba abana babantu bafitiye impiya kubabwira ngo bagende banjye kwigisha abantu ubutumwa bwiza bwo kwihana ibyaha byabo nokubereka ko Yesu christo yiteguye kubababarira ibyo byose barabiretse ahubwo bahamagarira abantu gutanga amaturo nibyacumi ngo Imana irabakorera ibitangaza ,none rero nshuti z'Imana muribuka ko ngo niyo twese twareka kuyikorera yahagurutsa namabuye akayikorera ,gusa ibyo bita amatorero byahindutse ibigo by'ubucuruzi abareba hafi ntibabibona !gusa abafite umwuka wera barabibona .abihana mwihane mwakire umwami Yesu bigishoboka kuko vubaha muzamushaka mutakimubonye.

  • @user-sh8pm2mj2b
    @user-sh8pm2mj2b Před 25 dny +1

    Imana iguhumugisha

  • @NkurikiyimanaJackson-o1r
    @NkurikiyimanaJackson-o1r Před 27 dny +1

    🙏🙏🙏Uvugisha ukuri rwose! Abantu benshi bari mubuyobe kubwibitangaza bizezwa nabashumba babo bibinyoma.

  • @GikundiroNikore
    @GikundiroNikore Před 27 dny +2

    Minyoni akorana n,imyuka mibi Kandi n,inshuti ya adepr imwohereza abavuga butumwa n,abaririmbyi na korari jehovayire yagiyeyo kuririmba aha adeper yarivanze bikomeye

  • @Germando777
    @Germando777 Před 23 dny

    Ibihe biraje abari kurunde rwa satani bagiye kugaragara, abari kuruhande rw'Imana nabo tuzarabagirana nk'inyenyeli! Birababaza cyane abantu benshi bari gukurikira inzira ya satani. Ukuli tubigisha ntibagukozwa namba!!! Komera kumuheto ubabwize ukuli kutavangiye.

  • @UzabakirihoDamacien
    @UzabakirihoDamacien Před 24 dny +1

    Ndasaba twajya tubana mw'ijambo ry'imana. Mu nyemerey? Yesu kristo abakomez.

  • @blandinembonigaba4285
    @blandinembonigaba4285 Před 27 dny +1

    Mugaragu w Umwami Mana komeza Usobanulire Abantu kuko benciii bamaze gupfa muBugingo Kristo Akulinde

  • @NSANGIRANABOJeanPierre
    @NSANGIRANABOJeanPierre Před 26 dny +1

    Komera.
    🖐️🖐️

  • @AlphaMugisha-zo6yd
    @AlphaMugisha-zo6yd Před 27 dny

    Muhabwe umugisha Pasta, ahasigaye agapfa kaburiwe ni impongo

  • @ConfusedCatfish-jh3vv
    @ConfusedCatfish-jh3vv Před 27 dny

    Yesaya8:20,Luka16:17mujye kuri Yesu ibinyuranye nibi birayobya.ugize neza Imana iguhe umugisha

  • @user-hr7mm8cx7v
    @user-hr7mm8cx7v Před 27 dny

    Yesu aguhe umugisha waziye igihe abantu nibahumuke

  • @user-hz3re2ig1t
    @user-hz3re2ig1t Před 27 dny

    Urako ze kunduhugura cyane imana iguhumugishya

  • @rutahasteven2683
    @rutahasteven2683 Před 26 dny

    Ndagukunda mukozi w'Iman

  • @MbabaziAlicia-vj1fu
    @MbabaziAlicia-vj1fu Před 22 dny

    Ibyuvuga nibyo rwose ibintu bisigaye bibera munsengero biteye ubwoba

  • @josephOfficial01
    @josephOfficial01 Před 27 dny

    Ni ukuri

  • @kwidengemvyaesaie458
    @kwidengemvyaesaie458 Před 27 dny

    Komera bakozi beza b’lmana muramfashije ndahezagiwe

  • @ntihemukagilbert9874
    @ntihemukagilbert9874 Před 23 dny

    Ivyuvuga birimwo ukuri nubwo atari vyose.Abashigikiye iki mumpe like"ngomba gusengerwa gusa n'umupatiri catholique, abandi nshobora kwisanga mu myuka mibi"

  • @john.worship
    @john.worship Před 26 dny

    Amena

  • @sugiradeogratias6778
    @sugiradeogratias6778 Před 27 dny

    😊😊

  • @user-wp5sk6mh3c
    @user-wp5sk6mh3c Před 6 dny

    Oya nawe uvanga ukuri nibinyoma

  • @ReginaBendantaho
    @ReginaBendantaho Před 27 dny

    Ibyobirezeniboneye,inzokamubitare,mubiyita,abanyamashengesho

  • @Sego_comedy
    @Sego_comedy Před 27 dny

    Ehh Bira babaje

  • @UwinezaAssinathe
    @UwinezaAssinathe Před 15 dny

    Murwanda musengerahe nihe muteranira

  • @kayihurajohn7347
    @kayihurajohn7347 Před 27 dny

    babaye abacuruzi munsengero

  • @kwidengemvyaesaie458
    @kwidengemvyaesaie458 Před 27 dny

    Nintahaga bazooka rubi bigira ivyamamare mw’isi ariko mw’ijuru ntibanditswe mugitabo c’ubugingo

  • @NdimurwankoVianney
    @NdimurwankoVianney Před 27 dny

    😅😅

  • @ishimwejoseph6545
    @ishimwejoseph6545 Před 23 dny

    Nonex nkumuntu basize ariya mavuta yakora iki ngo abohokeho biriya bitongerano

    • @nadratirankunda3052
      @nadratirankunda3052 Před 21 dnem

      Ugomba gusenga amasengesho yokwibohora. I mean delivrance prayer.

  • @user-vz6eu3iu9v
    @user-vz6eu3iu9v Před 27 dny

    Watayumuywe 😂nibukora ibirenzibyabo tubwire ahuri tugusangeyo utu wire nibyukora

    • @marcellinemushimiyimana7301
      @marcellinemushimiyimana7301 Před 26 dny

      Uburyo wandika biragaragaza ubugoryi ufite

    • @GagaNyawe
      @GagaNyawe Před 26 dny

      Ngewe icyo ntumva neza nukuntu muvuga kuburyo insengerozose zifite ibibazo ark NTIMUTUBWIRA AHO TWAJYA.NONESE TUREKE GUTERANA?

    • @MbabaziAlicia-vj1fu
      @MbabaziAlicia-vj1fu Před 22 dny

      Mwamutuka mutamutuka aravuaga ukuri kd ufite amatwi yokumva yumve

  • @gajuselaphine3054
    @gajuselaphine3054 Před 26 dny

    Niba koko apstle Mignone yarakarabye amavuta agatira abantu hasi ntabwo ari umwuka w'Imana. None nawe abantu bave munsengero bajye hehe? Bamume murugo? Sobanura neza

    • @pulcheriendinkabandi3092
      @pulcheriendinkabandi3092 Před 25 dny

      None mu rusengero ata guhinduka kuriyo, wogirayo iki?
      Urusengero ni wewe nyene, kora neza, ibihesha icubahiro Imana, uzorarwa ubwami bw,imana.
      Wewe utereje amaso mu masengero, ntubona ko vyacanganye. Jewe narasezereye kandi ndasenga nkumva ndujujwe.

    • @MbabaziAlicia-vj1fu
      @MbabaziAlicia-vj1fu Před 22 dny

      Ufite umwuka wera ibyavuga arabyumva mujye gusenga ark mumenye ubwenge mumenye uwo mukurikiye

    • @MbabaziAlicia-vj1fu
      @MbabaziAlicia-vj1fu Před 22 dny

      Ubundi ngo umwenda watabutse kabiri ngo buriwese yigerereyo burya nawe wakisengera utagombeye kujya gukorerwaho iriya mihango ya anti christo

  • @user-ob8mh2pp7o
    @user-ob8mh2pp7o Před 27 dny

    Ese ko itubwira ngo tuveyo ntutubwire aho tujya ? Ese guterana kwera tubireke? dusobanurire rwose

    • @iyakaremyeisaie3463
      @iyakaremyeisaie3463 Před 27 dny +1

      Nimuveyo muhungire muri Christo Yesu. Idini yukuri nirifasha impfubyi n'abapfakazi kdi rikirinda icyaha nigisa nacyo

    • @hombre44
      @hombre44 Před 27 dny +2

      Jya usengera iwawe,Imana iba muri woe ntabwo iba mu rusengero

    • @hrprwanda
      @hrprwanda Před 27 dny

      Banza usobanukirwe aho uteraniye niba bari munzira zikujyana mu ijuru.

    • @emmanueldukizwanayofabien5659
      @emmanueldukizwanayofabien5659 Před 26 dny +1

      Kristo yateraniraga he?

    • @pacificmugiraneza7315
      @pacificmugiraneza7315 Před 26 dny

      Harya Yesu ahishura amatorero yigeze avuga ko bayavamo!!! Cga yababwiraga aho baguye akabakangurira kweguka.
      Ibyah 2:4-5,7,14-17,20-21,24-26
      [4]Ariko rero mfite icyo nkugaya, ni uko waretse urukundo rwawe rwa mbere.
      [5]Nuko ibuka aho wavuye ukagwa wihane, ukore imirimo nk'iya mbere kuko nutabikora nzaza aho uri, nkūre igitereko cy'itabaza cyawe ahacyo nutihana.
      [7]“Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero.“Unesha nzamuha kurya ku mbuto z'igiti cy'ubugingo kiri muri Paradiso y'Imana.
      [14]Ariko rero mfite bike nkugaya, kuko iwanyu ufite abakomeza inyigisho za Balāmu, wigishije Balaki gushyira igisitaza imbere y'Abisirayeli kugira ngo barye intonōrano kandi basambane.
      [15]Nawe ni ko umeze, ufite abakomeza inyigisho z'Abanikolayiti nka bo.
      [16]Nuko wihane kuko nutihana nzaza aho uri vuba, ndwanye abo mbatikure inkota yo mu kanwa kanjye.’
      [17]“Ufite ugutwi niyumve ibyo Umwuka abwira amatorero.“Unesha nzamuha kuri manu yahishwe, muhe n'ibuye ryera ryanditsweho izina rishya ritazwi n'umuntu wese keretse urihabwa.
      [20]Nyamara mfite icyo nkugaya, kuko ukundira urya mugore Yezebeli wiyita umuhanuzikazi akigisha imbata zanjye, akaziyobya kugira ngo zisambane kandi zirye intonōrano.
      [21]Icyakora namuhaye uburyo bwo kwihana, ariko ntiyashaka kwihana ubusambanyi bwe.
      [24]“ ‘Ariko mwebwe mwese abasigaye b'i Tuwatira, badakurikiza izo nyigisho kandi batazi ibyo ba bandi bīta ubwiru (ari bwo bwiru bwa Satani!) Ndababwira nti: Nta wundi mutwaro mbīkoreza keretse uyu,
      [25]ko mukomeza ibyo mufite mukageza aho nzazira.’
      [26]“Unesha akitondera imirimo yanjye akageza ku mperuka, nzamuha ubutware bwo gutwara amahanga yose, ....
      Turebye muri ayo matorero haraho ubonye Yesu Kristo yigeze avuga ngo bayavemo? Cga yababwiye ko uririmo agakiranuka kubyo agawa (akazanesha) ariwe uzahebwa.
      Tube maso, tutazanyagwa nibyo twari dufite. Twibuke ko Itorero ari njye nawe n'undi.
      Kujya mu ijuru si ikivunge rero, buri umwe ku giti cye nakizwe neza, kdi nasanga aho yateraniraga batavuga ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo ahubwo bamamaza satani ahave ashake aho bavuga Kristo wazutse.
      Naho ibindi byo niba bikorwa n'abantu ntihazaburamo ibigawa n'Imana kuko Uwiteka niwe Wera wenyine, Niwe ukiranuka wenyine kdi niwe Mwiza wenyine.
      Turebe intumwa: harubwo zigeze ziva mu masinagogi cga zajyagamo zigahamya Kristo wazutse nubwo idini y'abayuda itabemeraga!
      Intu 17:1-4
      [1]Banyura muri Amfipoli no muri Apoloniya bagera i Tesalonike, hariho isinagogi y'Abayuda.
      [2]Nuko Pawulo nk'uko yamenyereye yinjira muri bo, ajya impaka na bo mu byanditswe ku masabato atatu,
      [3]abibasobanurira abamenyesha yuko Kristo akwiriye kubabazwa no kuzuka mu bapfuye, kandi ati “Yesu uwo mbabwira ni we Kristo.”
      [4]Bamwe muri bo barabyemera bifatanya na Pawulo na Sila, n'Abagiriki bubaha Imana benshi na bo ni uko, n'abagore b'icyubahiro batari bake.