UKIMARA Kumva iyi NKURU Ukamenya ko uno muntu YAKUYOBEJE Dore ibigiye KUKUBAHO/Wafungiwe IMIGISHA
Vložit
- čas přidán 12. 06. 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Ahubwo aba bantu Imana ibabarire cane nubwo batabivuga neza bagomba gusa nabemeza neza yuko Yesu yoba yaje kutubwira ngo amategeko ntituyiyumvireho cankese bagomba gusa nabavuga yuko Yesu yoba yaje kurekura gukora ivyaha. Abaroma 7:7 uhasoma aratahura igituma ibvyagewe bihari.
Waramutse pasta nizereko umeze neza ndakako uzapfasha ugategura ivugabutumwa kwisomo rijyanye nokororoka kumuryango waburahamu numuryango wagikristo wanone ubiheshejwe nokwizera kristo yesu esekoko Ababoneza urubyaro babakristo baba bishe banakoze nicyaha tsobanurira.
Amadini ari kuyobya abantu cyane😢😢😢turasabwa kwiga kwisengera tukareka kuzerera mu madini😢😢😢😢
Yesu nashimwe mukozi w'Imana Yesu akomeze akumpere umugisha mukujijura abakiri mubuyobe ekananjye nkufashe kubijyanye namategeko Abaheburayo 7:18-19 Nuko rero itegeko rya mbere ryakuweho ku bwintege nke zaryo numumaro muke. 19 Kuko amategeko atagize icyo yatunganije rwose, ahubwo yaribanze ryibyiringiro biyaruta biduhesha kwegera Imana ,22 Nicyo cyatumye Yesu aba umwishingizi w',Isezerano rirusha ryarindi kuba ryiza
Jean luc lmana iguhe umugisha.!
abahakanyi ntibabura nibasobanukirwa bazamenya ukuri , (ndabibifuriza)komeza icyo Imana yakuremeye
Icyazanye Yesu kwisi nugucungura umuntu ,nokwerekana inzira yukuri .
I number one lam like❤❤❤
We mugabo, ntawukunda Yesu atitondeye ivyagezwe kuko yaranavyivugiye, mur Yohana14:15 ati: Ni mwakunda, muzokitondera ivygezwe vyanje.
Ndakunda kugukurikirana ariko unomunsi ushizemwo ububeshi Yesu yavuzeko uzokwica itegeko rimwe azaba ayishe yose nonengo dukunde Yesu lmana tuyireke
Abagundira imyigishirize yidini batanga kumva ukuri abo amaraso yabo ntaza kubarweho ntacyo wabakinze mukubasobanurira byo ntibazi kidini rifatanije nareta aribyo byabambye Kristo Yesu bikozwe nicyinyoma bacuriye mubuyozi bwidini ryaririho icyo gihe niyompamvu niyompamvu nitudatahura icyinyoma cyomumadini ngotuyasohokemo tuzajya duhora twibambira umwami wacu tutazi ibyo turimo
Shallom Shallom YESU nashimwe muvandimwe muri KIRISTO YESU ndakwifuriza guhirwa nokulirwa mubuntu bwi MANA Amen
Yesu kristo akurinde Kdi akugirire neza
Urupfu nicyaha bakoze .
Uwo numuyobe akanayobya impumyi❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ayoboye❤❤❤❤❤
Mbega gitwaza arakotoye
Ndabaramukije mwese,
Buriya rero, ibyo gitwaza yavuze ushobora kubyumva uko ushatse bitewe n' ubumenyi usanzwe ufite
Kuba abantu batarashoboye amategeko ntabwo biyagira ikibazo
Ikibazo n abantu bayananiwe
Ikindi ntabwo amategeko yigeze avaho na Gato
Aramusubiza ati"Ukundishe Uwiteka Imana yawe umutima wawe wose, n'ubugingo bwawe bwose, n'imbaraga zawe zose, n'ubwenge bwawe bwose, kandi ukunde na mugenzi wawe nk'uko wikunda."
(Luka 10:27)
Iyo usomye uwo murongo ubona neza ko ya amategeko akubiyemo Uretse yenda Ay imihango.
Numuvuga ijambo Ubuntu ntimukaricurike
Ibyo gitwaza avuga jye ndabyumva muri ubu buryo
Ngo uzashobora gukurikiza amategeko azajyayo
Ibyose biteye ikihe kibazo?
Mubarikiwe sana
Erega inyigisho ziyobya nkizo urikwigisha zarahanuwe.ibyo ntabwo byadutungura
Good
Kandi inyigisho zawe zirapfashape uwiteka abongerere kumenya nogukomera ni nzayisenga imuhanga
Muri Yesu, nta tegeko na rimwe ryahavuye, ryaba iry'imigenzo canke arya cumi. Abantu mwigisha ko umusaraba wakuyeho amategeko, mwigisha amakosa.
Kuko mu mashengero yanyu ntimwemera ko abantu baza bambaye uko bashatse (Mufise amategeko y'imyambaro kandi menshi muyo mufise asa n'ayari muri amwe y'imigenzo). Hari amategeko mukurikiza nk'ayo kutiba, kutica, kudatukana, ... ayo yose ni amategeko amwe ya kera.
Muri Yesu (mu kwizera Yesu), itegeko ryavuyeho ni rimwe gusa: GUKIZWA IVYAHA CANKE GUHARIRWA IVYAHA MU GUTANGA IBIMAZI (IBIKOKO BIVA AMARASO). Ibindi vyose vyaragumyeho. Kuko Imana idahinduka, ntihindura n'ivyo yashinze.
byo ubanza gitwaza yaratumwe kuyobya intore niba bishoboka.
Hhhh Gitwaza kweli😂kubabwiriza biramunaniye.
I love you my brother ❤
Aha Gitwaza yinyuzemo
C est la grâce suiy nous faira vivre et non la loi
Seule la foi nous fera vivre c ewtyla gray et non la loi personne ne peut pr venir a la perfection par la lol
Ahhhhhhhh mbega Muvandi biragusaba byinshi. Ubwose ayo abiri avuze ko andi avuyeho! ? Amategeko nu mushorera utujyeza kuri Christo. Ntamategeko ntacyaha. Amategeko yereka icyaha. Amategeko ningobwa kugirango atujyeze kuri Christo iyo tumaze kumujyeraho nibwo dusigara tutajyengwa nayo tuba tujyengwa nu buntu bwa Christo.
Mbegaaaa Amahano😢😢😢😢
#JEAN-LUC, ariko ntabwo utanze igisubizo ku bapfuye batazi amategeko.
Abantu bapfuye batamenye amategeko bazarimbuka kubera iki?
Izo nyigisho zidafatiye kwigisha kwitondera Ivyagezwe Nizitsindwe mw'izina rya Yesu. bazana inyigisho zerekana gukura ivyagezwe, gusa bakanka kubirundura neza. Ehe uko Yesu yivugiye muri Matayo28:19 Nuko ni mugende, muhindure amahanga yose abigishwa, mubabatiza mw'izina rya Data wa twese n'iry'Umwana n'irya Mpwemu yera; 20.mubigishe kwitondera ivyo nabageze vyose....
Hano Gitwaza yarashe imbogo kweli. Ameze nka wa wundi wavuze ngo hashinwe satani wagukijije........ibyo Gitwaza yatangaje ni contre la bible rwose.
Witubwirako amategeko y'IMANAtudakwiye kutugenga Kandi Yesu yarayahamije muri matayo5 :17;48cy 1yohana2;3-6 ibyahishuwe14:12 ezek20:11-35 rekankubaze mbesewakubaha so wakubyaye utemeramategekoye nkanswe imana?
Nawe uzemeze neza ko ari Imana yagutumye kuko uhinyura inyigisho z'abandi icyaba cyemeza ko mwuka ukurimo ariwe w'ukuri ni iki ? So jya wigisha ibyawe ureke kwibasira abandi.
Nigiti kimenyeshya ikibi nicyiza
Mwiyobyabantu mubabwirako bajajya mw'Ijuru ritabamo amategeko mbese gusambana kwiba kwica nibindi ntibirimumategeko? Utazi amategeko Araho
Nawe mbona uri Jiji kurusha abandi kuki iteka wifashisha ifoto ya gutwaza ubwo ntubushaka kumuriraho ushaka views.mwese abantu bokumbuga mushaka indamu za you tube .wakigwari we
Wewe ndagutahura ariko nawewe urikwivamwo Ubu wewe iyonyigisho yawe yoshikana umuntu hehe ndakubaze wewe wamenyeko kwica aricaha gute utabumenyeshejwe na mategeko gusa gitwaza arigusumira inda kandi namwe murigushikuza kuko muriguca amahera kumbuga nkoranya mbaga mbese burya nawewe uhitondere kuko ntuzindukiraha kuvugivyo atarinyungu zawe
Dore mbasobanurire uriya murongo wo mu baroma wabayobeye mwese ngo "abakoze ibyaha batazi amategeko,bazarimbuka badahowe amategeko..."(ROM 2:12) Hasobanuye ngo " abasambanye bose batazi itegeko ntugasambane,nibaramuka barimbutse ntibizaba bitewe nuko basambanye" muri make,nubwo basambanye ariko ntubazarimbuka barimbuwe nubusambanyi bakoze" nonese niba icyaha umuntu yakoze atazi itegeko kitazamurimbuza,ubwo kurimbuka kwe kuzaterwa niki ko bigaragara ko bitazerwa nuko bicaga amategeko? Reka mbikwereke neza: handitswe ngo" amategeko ataratangwa,icyaha cyahozeho mu isi,ariko ntawe kibarwaho amategeko adahari"(ROM 5:13) bisobanuye ngo "Imana itaraha abantu amategeko, abantu bakoraga ibyaha ariko Imana ntibabareho ibyaha,kuko nta tegeko ribibuza ryabagaho." Bikongera gusobanurwa ngo " Imana itaratanga itegeko rya ntugasambane, abantu barasambana mu isi yose,ariko ntawe Imana yabaragaho ubusambanyi kuko nta tegeko ribibuza ryabagaho." Abo nibo bakoze ibyaha batazi amategeko bazahanwa hadashingiwe ku mategeko kuko mu gihe cyabo nta mategeko yabagaho. Urugero: itegeko riravuga ngo "ntukarongore mushiki wawe" nyamara abahungu ba Adamu barongoraga bashiki babo kugira ngo tubakomokeho kuko nta handi bari gukura abagore.nta wundi muryango wabagaho bari gusabamo abageni uretse bashiki babo!!! Muri iki gihe byaba icyaha,ariko mu gihe cyabo ntobyari icyaha. Aburahamu nawe yarongoye Sara kdi ari mushiki we bavukana kuri se.( ITANGIRIRO 20:12-13) Amuramu yarongoye nyirasenge babyarana Aroni na Mose.(KUVA 6:20) Nuko rero muri icyo gihe ntibyari icyaha kurongora mushiki wawe cg mwene wanyu wa bugufi. Ibyo nubwo abisiraheli baje guhabwa amategeko abibuzanya, nyamara mu yandi mahanga yose byakomeje gukorwa bitababera ibyaha. Abo rero iyo bapfaga,bapfaga nk'abakiranutsi kuko twabonye ko ibyaha byabo bitababarwagaho.(ROM 5:13) Nonese ubwo nibarimbuka bazaba bazize iki ko bigaragara ko amategeko atariyo bazabazwa? Bazazira kutizera Yesu!!!!! Yesu se we bamwizera bate kandi barapfuye Yesu ataraza ngo abiyereke bamwizere? Dore uko bimeze: Yesu amaze kuza yabambiwe abazima yasanze mu isi ariko abambirwa n'abapfuye batamuzi bose,kuko bapfuye atarahagera.nicyo gituma Yesu yitwa "umwami w'abapfuye n'abazima"(ROM 14:9) nonese ubwo abapfuye Yesu ataraza bamwizera bamvumviye hehe? Yesu yamanutse ikuzimu abasangayo abasobanurira umugambi Imana yatangije wo gucungura abaremwe bose,bitavuye ku mirimo ahubwo babiherewe Ubuntu kubwo kwizera.nuko abamaze gusobanukirwa,bizerera Yesu ikuzimu maze bazukana nawe.kuko handitswe ngo "Abapfuye nabo babwirijwe ubutumwa bwiza kugira ngo bacirwe urubanza mu buryo bw'amategeko agenga abantu,ariko bahabwe ubugingo bitavuye ku mirimo,ahubwo bivuye ku buntu bw'Imana" (1 PETERO 4:6)
Nkunze inyishu zawe
Ndagushimira cane ko wigisha ukuri kandi utarya umunwa. Ariko nkundira nkubaze utubazo duke:
Mbega abari muri Yesu, bariba (Itegeko ntukibe)?, barica (Itegeko ntukice)?, barasambana (Itegeko ntugasambane)? Ntibubaha abavyeyi (Wubahe so na nyoko)?.
Nimba abari muri Yesu bakurikiza ayo mategeko mvuze aho hejuru, kandi muri Yesu koko ayo mategeko ari mw'itegeko rimwe ry'urukundo, ni gute rero Abamwakiriye (Yesu) badasubira kugengwa n'amategeko?
Canke amategeko atagenga abavyawe n'Imana ni itegeko rya kane gusa ry'Isabato?
Ikindi ca mbaza, kuruhuka ku cumweru na ho, vyoba ari itegeko canke umwe wese ahisemwo umunsi ashaka kuruhukako biba bikwiye? Abaruhuka kuwa kabiri (Lundi) kubwo kwizera Yesu, hari ikosa baba bakoze?
Abamwakiriye bagwengwa n, umwuka wandikisjije amategeko abaroma 8:14 kandi abamwakiriye bakiriye kamere y, Imana muri bo kuko ariwe ishusho ya kamere y, Imana kugirango basohoze ubushake bw, Imana bitavuye mu mbaraga n, ubushake byabo kuko bashobozwa byose nawe
@@mutabaziolivier7985 (Yohana 14: 15) Yesu ntiyigeze avuga ko amabwirizwa aca akurwaho mu kumwizera no mukurongorwa na Mpwemu. Paulo mu Baroma 7:7-13 arerekana ko amategeko yerekana icaha gusa. Ariko ntabwo akiza umuntu. Kuko na kera umuntu ntiyakizwa no gutanga ikimazi ahubwo yakizwa no Kwizera (Abaheburayo 11). Kandi koko, nta tegeko rihari nta caha kibaho (Abaroma 5:13). None ivyagezwe (Ntukibe, Ntukice, Ntugasambane, Wubahe so na nyoko, Ntukipfuze, ...) ntaco bikimaze muri Yesu? Canke muba mushatse kuvuga ko amategeko, irya kabiri n'irya kane, ko ari yo yonyene yakuweho muri Mpwemu Yera (Yakobo 2:11-12, Matayo 5:17-20). Muri Yesu ivyagezwe bica bivaho (Abaroma 3:31)? Muri Yesu, ivyagezwe ntibigira ubushobozi kuko uwuri muri Yesu ntakora icaha (Ntarenga itegeko kuko icaha ari kurenga itegeko). Woba urongorwa na Mpwemu gute ukiba? Ukica? Ukambara iz'abagabo uri umugore canke iz'abagore uri umugabo?
Hari amategeko amwe mukura muri Yesu, ayandi mukayagumizaho. Ni muvuge gusa ko muri Yesu nta tegeko na rimwe rihari, hama mureke abantu bikorere ivyo bagomba kuko nta tegeko nta caha kibaho.
Woe kuba ntabihamya urigusoma muri bibiriya nicerekanako uri kwigisha ibinyoma.
Yavuze imirongo ahubwo woe ufite ikibazo
Ariko nigute ubundi uca imanza utarasoza ikiganiro
Ase wowe ubona koko uri mukuri? Cg ushaka views? Inyigisho ziminsi yimperuka ntabwo zadutungura
Many pastors will hate you because you are attacking the source of their bread