UMUKURU W'IGIHUGU ABIJEMO😥Pst RUTAYISIRE ntakurya indimi insengero suku zagafunzwe ko mudafunga utub
Vložit
- čas přidán 8. 09. 2024
- UMUSARUZI MINISTRIES INSTAGRAM: www.instagram....
UMUSARUZI MINISTRIES TIKTOK: vm.tiktok.com/...
Yesu ashimwe!
Tubahaye ikaze k’ umusaruzi ministries ni Umuryango wa gikirisito udashamikiye kw’ Idini iryariryo ryose. Dushingiye kukubwiriza ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo mumahanga yose kuko ariyo nshingano Yesu Kirisito yadutumye (Matayo 28:19-20). Gufasha abatishoboye (Luka 18:22). Telephone #☎ +250 784485533 Whattasp #0781727044 ADRIEN
Pastor Antoine rwose Imana iguhe umugisha uri umushumba mwiza.
Umumaro w'insengero urahari ndetse n'abatawubona igihe kizagera bawubone
Mubihe byanyuma, amasengero azugarwa, abachristu bicwe , hazabaho guhamwa kwabemera Christu ! Dusenge cyane pe🙏🏻🙏🏻🙏🏻
Ibyo niterabwoba rikuzuye
None c Ibyo bihe bizabera murwanda gusa Hhhh
Nta bihe byanyuma muvandi,ahubwo tujijuke dutekereze umwanya wose duta Kandi dukeneye kubaho neza. Twe ntiturarengwa tugomba kumara igihe kirekire dukora aho kukimara mu nsengero zitanujuje n'ibisabwa.
@@jafetbizimungu2150uyu nuwahe 😢
@@jafetbizimungu2150Icyo mbona nuko nta buzima bwiza ufite kuko ubufite ntabwo yaza guta umwanya muri comments za CZcams nawe wukoreshe neza ukore ibyaguteza imbere. Naho abasenga barekere uko bahisemo.
Rwose nibyo ibisabwa bifite umumaro ariko se abantu bazi umumaro wo gusenga?
Gusenga Icyambere kuba bizi neza birinda abayobozi nigihugu kikaba amahoro!
Iyo mugabanya gusenga mwumva muba mwerekeza he ibintu?
Nyamara Imana yigeze kubwira sameeli ngo di wowe banze ahubwo ninjye Mana banze!
Ubuntu bw'Imana bubane n'abakunda gusenga
Nibatange igihe tuzabyubahiriza
Yesu nawe yaribeshyaga noneho we wajyaga mubutayu arinawe ufatirwaho urugero rwo kujya mubutayu? Ahubwo Ubuyobozi bw' Urwanda buraje busogongere kumujinya w' Imana!!!!
Yesu baramubwiye ngo bwira. Abantubawe baceceke? Arababwira Ati, Nabwira ,Amabuye ,Akavuga!
Pastor antoin komereza aho,barikwikururira umujinya wimana ,
Gusa birababaje cyane kobadafunga turiya tubari ducuruza turiya tuyoga twica abantu,
Haracyari n'ibindi biruta ibi films iracyakomeza ariko n'uko gusa satani ariwe uzatsindwa muri iyi fills uwiteka IMANA ikegukana itsinzi iteka ryose
Barebe urubyiruko rw'abasore n.inkumi bangirika kubera turiya tubari bafunguye impande zose leta turayisaba ngo idufashe P.Rutayisire abivuze neza
Natwo badufunge cg babihe umurongo.
Inzoga Ijye zigurirwa muri super market zinywererwe murugo.comme ça ubwomanzi n,uburaya bibera muri ziriya sodoma z,utubari twaba tubikize .
Byose birasa simbona buzura ibyo bita umwukawera bagasara nkabasinze😂
Byose birasa simbona buzura ibyo bita umwukawera bagasara nkabasinze😂
Hhhh
Pastor Antoine Imana ikurinde Papa wacu. ❤
Iki nigihano cy'Imana kuko mu nsengero harimo uburyarya nuburiganya
Aho bitari ni hehe?
Wiyibagije ko tukiri muisi?
Nibagera k'utubari uzabigenza ute?
Amadini yataye umuhamagaro yayo.
Ubumwe bwaba Christu bwubahwe Kandi ibibaho byose bikomoka kumakosa shitani yashyize mubantu Bada sobanukirwa neza Bibiliya bahora bashinga insengero zitubakiye kubumwe bwaba Christu bakumva ko bagomba kwishyira bakizana
@@ugirashebujajbaptiste2368
Ubona iyo bahera kuri turiya tunyagwa tw,utubari😢😢n,utu logdes😢😢
Mbona aribyo bizatumanuriraho umujinya w,Uwiteka
@@PhillipNtahobavukiye
Yes.igihugu cyacu kiyoboreshejwe umwuka wera
Ibitagenda neza rero bigomba gukosorwa.
Murajye mubone iyo mwimuye Imana! Ifite amaboko yo kwirwanirira gusa ntizaceceka!
Ahokurwanya ubutinganyi , hararwankwa insengero z'Imana!!! Birababaje
No mu idini ariko abatinganyi barimo ninaho bihishe.😂😂
Yego bari madibi switorero rya christo, idini nitorero biratabdukaba
Bene data ntidutwarwe namarangamutima abashumba bubu ntibahamije ukuri kumurimo w'Imana ahubwo byabaye ubucuruzi bwibanga
@@mugeniharriet2345 Uzi abatinganyi baba mumadini? Ntekerezako batarwanyije abasenga ahubwo bafunze Izitujuje ibisabwa. Hari izidafunze niho mwakomereza imirimo yanyu
Ubu bafunze itorero yuwitwa past Claude baba bagize nabi???????
Abantu bemera ko uwo waba uriwe wese uri icyibumbano CYIMANA niyo mpamvu abantu bagomba kumenya ko IMANA ariyo yabaremye umwuka bahumeka iyo iwufite mugipfunsi kandi iyo ihamagaye umuntu ntarara mwisi mwirinde guhangana Nuwakubumbye
sinzi impamvu batabona ko Imana ariyo nyiribyose
Imana igiye kugaruka kandi irahera hejuru murimwe mufunga insengero aho gufunga utubari twangiza urubyiruko, satani azatsirwa iteka ryose
Imana tubana nayo hose rero bazifunge cq bazihorere .
Ubwo barashaka amabandi kurusha abasenga,ariko uziko abantu barwanya Imana bakagira barayiremye,Rutayisire ndamukunze cyane nibura aratinyutse avuga ukuri ntabwoba
Mureke murebe iyumuntu ashatse guhagana niyamuhanze imucisha bugufi amarere agashirap
Nibareke dusenge kuko niho twabonye ibisubizo nyabyo nyuma y,ibindi byose twanyuzemo
Utubari tudukozeho abasore babyibye ibirenge namatama kuberituyoga
Abakobwa nababyeyi barigusinda kumugaragaro utwotubari ntidufugwa?
Ariko isengero zibazana kuri Christu
Bakareka ibiyobyabwenge
Bakareka amacyimbirane mugo
Bakareka kubibisari bagasanga Christu zigafugwakoko
Mbere mwasengeyese byatugejeje kuki?
@@mukantwalidonatille832 nukujya muzuzuje ibisabwa mugakimeza mugasenga nubundi ntago bazifunze zose
@@thamarmukasharangabo2344 arikose ubundi ibisabwa ibyo nibiki??????? Kwitorero nziko aririmwe mubyigisha umuco zikubahiriza gahunda za lata nikuki lata ishyira amananiza kunsengero. Ayo namananiza sibisabwa
@@mugeniharriet2345ibisabwa ntibyabura nshuti nonese urusengero niba rufite aba christu 50000 bya bantu bakagira toillette 1 ijyamwo abagore na bagabo urunva yujuje ibisabwa urwo nu rugero
Nababitekereza Nkawe Bari hasi cyane Mumyumvire
Dufite umubabaromwishi nka bakritso munzuyimana nahokuruhukira
Ibyo nkabikunda cyane,uyu mugabo ndamunezerewe pe!!! aravuga akavuga ukuri pe!!! icyo nzi cyo Uwiteka tuzamubonera no mu ngo zacu!!!
Mushumba Imana igukomereze amaboko
Mwihangane mukomere murahirwa komurengana babahoro izina ry,Imana nimuciki intege Imana irabakunda
Abandi bashumba bararuciye bararumira, aumoins vous, mutubwiye ikibari kumutima❤❤
Nubundi abayobozi bayo madini kuvugira IMANA no kwita kuntama bashinzwe byarabananiye bahugiye mubya cumi namaturo ariko nkuko dannyeri yarahagaze mukuri akazamura ibendera RYIMANA abwiza umwami nebukadineza ukuri anamuvuga mwizina hano muri ino minsi yimperuka hakenewe abantu bahamya kristo ibi biri kuba nuko indanga gaciro za gikristo zaravangiwe kubona umuntu uhamya biragoye buriya satan Yarahembesheje IMANA imuhemba ubwoba ubu isengero zirafunze abo bashumba bacecetse ariko ibihe turimo biragoye kubuza umukristo gusenga nawe akabyemera nikibazo ariko tuzi inyungu iba mugisenga nubundi ukunda IMANA niwe umennywa nayo
Good,ukunda lMANA niwe umenywa nayo rata
Nibande batemerewe gushakanac cg nibande babyemerewe bwana mukuru wigihugu cy’urwanda
Yesu tabara urwanda
Uwiteka aguhe umugisha mukozi wimana❤
Tres Bien pastor Rutayisire ni mubabwire ukuri ni bashaka bazatwange kukobarigukabya batangiye gutandukira
Umurirowa pantekote ! Mwafunze? Imana yumuriro wapantekote,murwanda ,Muraje murebe lmana bakorera!
@@IRADUKUNDANepomuscene-x8y ijyo ni terabwoba nti mukavange Nico gituma Imana itabumva
Namahano rwose. Niba udakunda kujya gusenga ha abandi amahoro please iki nigitugu rwose
Yezu Araje Abijyemo. Roho Mutagatifu Atuyobore.
Abantu basenga cg babaho bafite amakuru Bari babizi rero mureke murebe abantu bafashe iby.Imana babihindura uko bashaka Imana iri kuguhana mwisakuza Ikora uko ishaka mwubahe Imana
Erega Imana ntiba munzu zubatwe namaboko yabantu
Nzaba ndeba. Pee.Imana niyo nkuru nzaba ndeba ntitukibagirwe ibyo. Yadukoreeye .
Pastor turakwemera❤
Pastor ndagukunda cyane!
Antoine Imana igihe Imigisha kubwijwi ryawe ndizerako Imana nayo ibireba ese kuki bafunze insengero ntibarebe kutubari, ibibiga byimipira nahandi hose hahurira abantu niba ikibazo Ari Umutekano wabantu Gusa Imana iraje yiheshe icyubahiro mugihe kitarambiranye murareba ingaruka ibi nizagira zaba nziza cg Mbiii.
Ngaho ngaho dimanche!
Apotre ruutayisire Imana Iguhe umugisha mwinshi cyane.Ibi badukorera,ntabwo aribyo pe buracya umuyobozi akarota abo abangamira agakanguka,ajya kubabangamira,ese koko byose bizajya bikemurwa na nyakubahwa? Ese ubwo abo bajyanama,abadepite,abaminisita,inzego,zose,kuki bemeza,badateguje?nuko ntamuvugizi,wabaturage,dufite?cg nuko abaturage batagira ubunganira?mumategeko?
Yesu Christu ahimbazwe. Hari mpamvu zatumwe batata angamba zi kakaye. Lta ntabwo yahubutse. Banyarwanda mwitonde
Imana nitabare umurimo wayo bakristo benedata ,mube maso kd musengeee!! 18:20
Urumuhanga pastor turagukunda gusa abapasteur barihanzaha nakumiro
Imana imuhagarareho paster avuze ukuri
P Rutayisire
Ukuli kuratsinda.
Vuga abatazi Imana .
Bakurwanye .
Imana izirwanirira
IZINA LYAYO LILI HEJURU YABASE
Mwabayobozimwe mwaretse kudukururira umujinya w, Imana
@@steveigiraneza-vp4mc Ninde wa kubeshe ko Imana igira amaranga mutima
Kandi ahubwo abayobozi bari kubakiza umujinya w,Imana😂😂😂
@@nduwayezuancille6506 barikuwudukiza gute? Uko sukurwanya imana?
Mureke,gucumura,ntarisengero,rutafungiwe,mwikwitwaza,amadini
Baraaduhemukiye abafunga insengero
Matayo 24 :1-10 yesu yavuzeko ntbuye rizagerekwa kurindi ,ariko mumuhanda kohahoramo aba polici bitumahataba impanuka .
Urakoze cyane papa wigihugu cyacu
Muhumure Imana ntaho ihuriye no gufunga aya mazu nubundi yo yari ibizi ko zifunze.
@@MugenziDamour harabantu bakiri abana mugakiza bakenera kugaburirwa kuburyo amaze ukwezi adaterana satani yamuhuta akamumira bunguri
Amasengero ntagikenew,hasigay umwe wese ko yirwariza.ntakitavunzwe ntacyo tutunvishije.ahubwo mwuka adufashe gushikama kubyo tuzi
You are right. Mr president
Uwiteka mureke akore umukwabu mugihe gikwiye arongera azisubize kumurongo gusa uwiteka nyiringabo abagusengaga byukuri tutakubangikanyije utwambike imbaraga
None se nkirirero umuriro wa oantekote baravuga ngo banze inkingo ngo banze igaburo amabwiriza yinkingo yavugaga ko kwikingiza ari ubushake igaburo naryo yesu ariha intumwa basangiriye kugikombe kuba barahisemo kugendera kukuri kwijambo RYIMANA sinibaza ko byavamo gufungirwq itorero nange sinemera ko wankingira ntabihisemo sinemera uko igaburo ryera ritangwa kuko bihabanye na bibiliya kandi sindi uwo mumuriro wa pantekote ariko ntabwo nakora ibinturanye nijambo RYIMANA ngo nezeze umuntu uzapfa
Baririfunze? Hariya ikibagabaga?
Imana ni nziza ibihebyose
Mureke ibyahanuwe bisohore!
Imana niyo nkuru
Inama nabaha mwacyecyeka ikibazo kirareba yesu wenyine mutuze konabihanuye sinabizize😂😂😂😂
Warabihanuye rwose bihorere siwababwiyeko kuyumwaka arisakwe sakwe bakaguhindura umusazi
@@NibishakaTheogene-g2s ntu kavange dore nimwe mutuma nibi bigera kuri eglise
Noneho nange nemeye Imana ukorera
Siwowe wenyine wabihanuye imana yabivuze kenshipe umuntu akibaza aho bizaca
Niba ntacyo byari bimaze, tuzabireba mu mitsi iri imbere.
Yego rwose Doct Rutayisire avuga ukuri nkandira kuriyo FOTO inkunga yanyu ningirakamaro kuri njye 📖📚👈✅
Nukomudasor
Insengero zabaye ubucuruzi murwanda umuntu afata inguzanyo iwabo akaza gushinga urusengero kubwo gushaka fr ubwose nukutwigisha uko tuzabona ijuru cg nugushaka fr
Yesu weeee ibi birabab😢😢aje pe ubu c ko utubari nijye
Aha past mubanze mwe mere amakosa mwakoze ni murangiza muje gutakamba kuko iki nziko cya vuzwe guhera 2019 hashize imyaka 5 none kuki mu tashize mu bikorwa ibyo mwa sabwe niba byaranze ko mutegereye RGB muyibwire ngo dore ibi bya ratugoye mwa dufasha iki bigaragara ko namwe mwa bigiyemwo bi guruntege
Ububari ntibufungwa bubabwuzuyemo indaya zirirwa zicabantu nareta ikatakariza byishi murimwene abobantu, none insengero zirwanya ibyaha ,ahubwo zikwiriye gushyigikirwa
Iyiri codi niyakera ?
Ese Wamugani ibibuga byumupira nutubari kobatabifunga bagafunga inzuz'Imana koko nukuberiki?
Ariko se ninde wababwiye ko ariya matafari ari inzu z'Imana koko? Ubwo nabwo ni ubuyobe. Umutima w'umuntu niwo rusengero nyarwo kandi nta muntu wapfa kurufunga. Ayo matafari nubundi anytime yasenywa cg wa mugani izo nyubako zikanafungwa. Ahubwo ikibazo ni ababeshejweho nazo.
Musenge kuko Imana irigushungura, ariko Imana yohereza nebukadenezari. President of Rwanda send by God. Murazana ubutinganyi mumatorero mugirango nebukadenezari ntahari kandi nintumwa y'Imana.
butetse Gato iyo mukora mujisho muzayibona tu
Yewe uwo Nebukadineza arabamara
Ndibaza ibibintu poul kagame arabizi cg abirimo over again l give my life over again l give my sol
Ahaaa
Nta ngaruka zo gusenga mwa bantu mwe, niyo mpamvu igihugu cyacu gihora kinukamo urunturuntu.....gusa sicyo cyihutirwaga mushakire ahandi.....
Murakoze kubwibibiganiro
Aka ni akarengane k'uba Kristo ntibyumvikan ukuntu :
1) Wasaba ibikoresho bisaka ibinyabiziga n'abantu mu mazu ya leta bitaharangwa; no mu masoko kandi bidahari kandi ariho hahurira abantu benshi
2) Gusaba amatorero kshyiraho za soundproof mutubari ariho haba akavuyo n'imizika ibangamira abantu ntizikorweho;
3) birababaje gufunga parking mu cyaro kandi nta muyoboke warwo ufite ikinyabiziga
4) Gusaba za kizimyamoto mu nsengero ka mu mazu akorerwamo inzego za leta (Imirenge, utugari) zitaharangwa
Aka ni karengane gusa !!!!
2)
Mureke ibyanditse bisohore kuko bidasohoye lmana mwayita inyabinyoma! Mu minsi y'imperuka gusenga bizafatwa nk'icyaha!
Hehe reka dutegereze imana ntikinishwa
Utubari tuba mwabasinzi nangwiburumogi kotabifunga nukurwanya aberabimana ariko reta irategeka amashuri bize barabahemba izompiwe ntawamenya
Nibasigeho rwose peee kuba abanyarwanda 🇷🇼turi mwiterambere dukesha Imana
Guterimbere nugukora ntabwo biva mugusenga ahokubaka insengero nihubakwe inganda
@@muhireedisonahubwonigisubizomu
Ndasetse
Mushumba wacu❤❤
Nibasigeho rwose gufunga insengero si umuco w, abemera IMANA.
Gusa pe Hari insengero zikorerwamo amarorerwa zirimo abahanuzi b ibinyoma Bari gusenya ingo.Hari n izindi zikora neza.
Niba abantu biringira ubupfumu bakabushyura imbere bakaburamya ngo bubahe gutsnda no kubaho abayobozi b amatorero bicayaho ntibagire icyo babivugaho ,bimuye Uwiteka nibafunge ntacyo bamaze barajijisha abakristu Abazi Imana yabo bazakomera kandi bazakora ibiruta Kristu atuye muri twe turi insengero za Mwuka Wera imirimo yImana irakomeje Yesu arahari
Amen amen turinsenjyero zuwiteka rwose kandi turacyahari
Namwe mwarabibonye ukuntu imbaraga zabarangi zaria zinjiriye amatorero bene data twe gucika intege kubwifungwa ryi nsengero ahubwo buri wese wakurikiye imana byukuri nakomeze isengesho ryo kwiyiriza nutarikoraga aryitoze imana iraza kubijyenza neza
Kandi ibyuwiteka yavuze bigomba gusohora ahubwo nukuri tube maso p
Nukoninsengero zomucyaro hataera icyinya
Biziga barazifunze ngonta
Parikikigi ihari
Nyakubahwa reka sha abantu basenge ntacobitwaye
Ibisabwa nibabivuge batange igihe urebeko bitarubahirizwa 100%
@@habumugishaemmanuel1418 vuguti ayomananiza nibayavuge ntabyo gusabwa biraho, insengero nizo zikwiye gukorera under condition , ububyiniro buhinduye abantu ibirara nububari busenye amago bihari
Imana nitabarepee
Gusenga Aho ariho hose biremewe muce inkoni zamba dusenge kuko ndakeka ko nta mupaster ubwiriza ibintu bitagira umumaro
Harizikwiye gufungwa pe ariko sizose
IMANA IFITE IGISUBIZO CYIKIKIBAZO. KUBA UTUBYINIRO TUDAFUNGWA, UTUBARI NTIDUFUNGWE AMAZU YA BE THING NTAFUNGWE KANDI YUZUYEMO UBURYARYA NUBURIGANYA BIVANZE NUBUJURA, NTIBAFUNGE INZU ZIMYIDAGADURO BARANDIZA BAGAFUNGA INSENGERO NIMUTEGEREZE MUREBE AKARABIKURIKIRA.
Insengero z,Akajagari bikomeze kuko Bidahije batabihuje n,Imipira y,Amaguru
Nibibazo bikomeye cyane
Ako kantu umurimo w’Imana barangiza bakareka ububari Natwe rero turasaba ko ububari bwafungwa kuko burikudusakuriza
Wirwanisha mubiri
Urusengero rwajye ntawarufunga kuko ndarugendana numutima wajye ark gusenga birakenewe
Niko kuri rwose
Bwana munyamaku urabaza pasitoro kubyinsengerokoko ubuse yakubwiriki ariho akazike gashingiye ahubwo njyewe ntanarumwe nasiga kuko twamenyeko aramasenga yabambuzi
Rwose insengero zifitiye abanyarwanda runini uruhare zagize mwisanamitima rurazwi nanubu harabantu benshi bafite imitima yariboshye bageze munsengero irabohoka nonese twishimire kobasubira ahobahoze?oya nimushishoze babyeyi.
Ase ubund mbere yo kuzamura amagambo mwe banyiri madini murabacuruzi ku buryo usanga itorero rimwe rigira insengero zirenga 10 mu murenge umwe kandi mwitwa ngo musenga Imana imwe.
Iyi ni gahunda yo korohereza abakristu kudakora ingendo ndende
Ibyahishuwe byokuminsi yimeruka birigusohorera murwanda.
Eh! Mureke dukurikire umukino.
MOYOBOZEMI WARAGIBI TURAKWINGIZE IBIBINTU BIKOSORE ESE AHANTUHOSE UMUNTUYASENGA .
Muzagere nyamagabe wingugu basengera mukigega
Ni muri KITABI?
Ntakiriho gushya byose byahozeho ahubwo nukuba maso 👁️👁️ abahagaze birinde batagwa
ark nanone harinsengero zamabandi birwa babeshya abantu babarya utwabo umuntu arateka imitwe agashinga urusengero kugitike habeho amabwiriza agenga insengero