Dr Bucyana: Ese uburyo bwiza bwo kuryamishamo uruhinja ni ubuhe?
Vložit
- čas přidán 12. 04. 2024
- Dr.BUCYANAYANDI Jean Pierre, ni umuganga w´abana. Afite uburambe mu buvuzi burenga imyaka icumi mu kuvura akaba by´umwihariko yarize kuvura abana. Yakoreye mu bitaro bitandukanye bya Leta n´ibyigenga mu Rwanda n´ubu akaba ariho agikorera, ndetse yanakoranye n´imiryango itegamiye kuri Leta harimo n´umuryango w´abibumbye (UN).
Afite umwihariko wo gukunda kwigisha no kuzamura ubumenyi bw´abandi,akaba ari nacyo uyu muyoboro wa CZcams ugamije.
Tugamije gusangira ubumenyi bwerekeye ubuzima, tukamenya uko twabubungabunga tukanabungabunga ubw´abacu.
Ukeneye inama cg ubundi bufasha yatubona kuri
Follow this link to join my WhatsApp group: chat.whatsapp.com/Ek8IeAjdiss...
Ufite ikibazo cg igitekerezo injira mu muryango mugari wa BAZINZOBERE,ukakitugezaho tukazagisubiza.
Muhawe ikaze.
Mwanadukurikira kuri whatsapp.com/channel/0029VaGk..., inama zitandukanye zerekeye ubuzima.
Ibitekerezo ,ibibazo ´inama mwabiduha muri comments tukarushaho kubazanira inzobere zifite ubumenyi zikaduhaho.
Turabibutsa kandi gukanda subscribe ku batarabikora. Like and share nabyo mubidufashemo kuri buri Kiganiro.
Courage Dr uradufasha cyane nukur
Murakoze.Mubitugereze ku bandi
Thank you Doctor ahubwo ubwo mpise ngira ikindi kibazo
Uzatubwire kuri posters zo konsa kuko abantu benshi bavugo ko guha umwana ibere uryamye ari byiza ubwo muzadusobanurire dukomeze kurera neza
Murakoze
Murakoze tuzabigarukaho neza.
Murakoze cyane Dr
Muzadusobanurire impamvu impinja zimwe nazimwe zipfuka imisatsi yo kumpande.ngo ni ukwezi ukwezi n,iki ?
Murakoze,tuzabigarukaho mu kiganiro. Namwe turabasaba kudufasha bikagera ku bandi.
Mudufashe mudusobanurire Impamvu umwana yihagarika( kunyara) yikanira. Murakoze
Ibyo bishobora guterwa na infection,ibyiza mwamuvuza.
Badusubize pe
Mudufashe kukibazo cyo kuba uruhinja rwa funga rukamara nka 2days rutitumye kd nkuko bivugwako ibyo mamawe yariye aribyo yonka akaba yirinda ibiryo bikomeye mutubwire ubwo burwayi
czcams.com/video/mpEA1Mg5vrE/video.html
Muzakurikire kuri iyi link,muzasangaho amakuru arambuye.
Nimubona biri kumara iminsi myinshi,mwamuvuza.
It’s normal ntakibazo umwana yamara niminsi 3
Uzadufashe kuko Hari abafite imyumvire ko uko uryamisha umwana aribyo biha forme umutwe w'umwana
Ikindi ngo umutwe w' umwana ukivuka urawukanda ukawuha forme😂
Murakoze. Tuzabigarukaho birambuye.
Mudufashe kukibazo cyo kuba uruhinja rwa funga rukamara nka 2days rutitumye kd nkuko bivugwako ibyo mamawe yariye aribyo yonka akaba yirinda ibiryo bikomeye mutubwire ubwo burwayi
Iyo asiba rimwe kabiri ariko akituma,ntaruke ntabwo biba biteye impungenge. Ariko niba aruka cg akaba amara iminsi irenze iyo wavuze haruguru,ugomba kujya kwa muganga bakakurebera neza.
czcams.com/video/mpEA1Mg5vrE/video.htmlfeature=shared kuri iyi link wahaboana amakuru