Dr BUCYANA: Kuryamisha umwana itara ryaka hari ikibazo

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 17. 05. 2024
  • Dr.BUCYANAYANDI Jean Pierre, ni umuganga w´abana. Afite uburambe mu buvuzi burenga imyaka icumi mu kuvura akaba by´umwihariko yarize kuvura abana. Yakoreye mu bitaro bitandukanye bya Leta n´ibyigenga mu Rwanda n´ubu akaba ariho agikorera, ndetse yanakoranye n´imiryango itegamiye kuri Leta harimo n´umuryango w´abibumbye (UN).
    Afite umwihariko wo gukunda kwigisha no kuzamura ubumenyi bw´abandi,akaba ari nacyo uyu muyoboro wa CZcams ugamije.
    Tugamije gusangira ubumenyi bwerekeye ubuzima, tukamenya uko twabubungabunga tukanabungabunga ubw´abacu.
    Ukeneye inama cg ubundi bufasha yatubona kuri
    Follow this link to join my WhatsApp group: chat.whatsapp.com/Ek8IeAjdiss...
    Ufite ikibazo cg igitekerezo injira mu muryango mugari wa BAZINZOBERE,ukakitugezaho tukazagisubiza.
    Muhawe ikaze.
    Mwanadukurikira kuri whatsapp.com/channel/0029VaGk..., inama zitandukanye zerekeye ubuzima.
    Ibitekerezo ,ibibazo ´inama mwabiduha muri comments tukarushaho kubazanira inzobere zifite ubumenyi zikaduhaho.
    Turabibutsa kandi gukanda subscribe ku batarabikora. Like and share nabyo mubidufashemo kuri buri Kiganiro.

Komentáře • 8