Dr BUCYANA: Kuryamisha umwana itara ryaka hari ikibazo
Vložit
- čas přidán 17. 05. 2024
- Dr.BUCYANAYANDI Jean Pierre, ni umuganga w´abana. Afite uburambe mu buvuzi burenga imyaka icumi mu kuvura akaba by´umwihariko yarize kuvura abana. Yakoreye mu bitaro bitandukanye bya Leta n´ibyigenga mu Rwanda n´ubu akaba ariho agikorera, ndetse yanakoranye n´imiryango itegamiye kuri Leta harimo n´umuryango w´abibumbye (UN).
Afite umwihariko wo gukunda kwigisha no kuzamura ubumenyi bw´abandi,akaba ari nacyo uyu muyoboro wa CZcams ugamije.
Tugamije gusangira ubumenyi bwerekeye ubuzima, tukamenya uko twabubungabunga tukanabungabunga ubw´abacu.
Ukeneye inama cg ubundi bufasha yatubona kuri
Follow this link to join my WhatsApp group: chat.whatsapp.com/Ek8IeAjdiss...
Ufite ikibazo cg igitekerezo injira mu muryango mugari wa BAZINZOBERE,ukakitugezaho tukazagisubiza.
Muhawe ikaze.
Mwanadukurikira kuri whatsapp.com/channel/0029VaGk..., inama zitandukanye zerekeye ubuzima.
Ibitekerezo ,ibibazo ´inama mwabiduha muri comments tukarushaho kubazanira inzobere zifite ubumenyi zikaduhaho.
Turabibutsa kandi gukanda subscribe ku batarabikora. Like and share nabyo mubidufashemo kuri buri Kiganiro.
Murakoze cyane. Hari icyo nsobanukiwe kurushaho
Thanks Dr.
courage
Thanks for your initiative Dr
It's my pleasure
Thanks Dr
Welcome
Nkomeje kubashimira kuko haribyo dukora tutaziko Ari bibi