Happiness yaragakoze pe ndumiwe kuva kubwa Adam na Eva nibo baduhemukiye Reba nk"uyu Maman ukuntu yakijijwe aribyiza ariko biragoye kubyemera kuryamana n"abagabo bangana😷kubivamo burundu ni Yezu wenyine wabigushoboje pe
Muraho neza nshuti z'Imana . Hari igihe nshidikanya ko nta mwana w'umuntu ugira urukundo buretse Yesu Wenyine. Ariko aha mundemye umutima ko urukundo rubaho .
Birashoboka ko byaba ari n imyaka ariko niyo ariyo Imana yo irakwakira kuko Satani umugambi we nukukubuza ubugingo jusqu à la fin. Wibuke igisambo kumusaraba cyabonaga nubundi byarangiye kizera Yesu kirakizwa. So Imana yo impamvu izarizo zose ziyikuzanaho irakwakira. Ikindi bibiliya iravugango muze abarushye n abaremerewe....ibibaremereye ibyaribyo byose Imana ntibitoranya ....upfa kuyamanika tu....
Gérard afite umutwe we na we ufite uwawe. Ikindi, ntiwumve ko ari ngombwa gutanga iyo nama, kuko wasanga nta cyo imaze. Niba iki kiganiro nta cyo kikumariye ntiwumve ko n'abandi nta cyo cyabamariye
WAMUVUGISHA KURI 0784040235
What I know on bitches they never changed their characters, wabona uwabivuyemo wabaye muzima!,,
The headline is also for WorldCup 😂😂😂
Yoooh Imana nimutabaz Kko ikura kure
NGO MUBAZE IKI C NK'UYU YAKUGIRA IYIHE NAMA KOKO ?
@@hitamungujeandamascene5710 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Umuntu uri kubona asa na Sunny Rwanda mumico mumivugire no mumyifatire😆Mumpe like✋🏻
Woshobora kutuzanira abigumije nabo tukumva ko bariho bibaho nicabibafashijemwo! N'ubwo nzi ko arubuntu bw'Imana! Vyoba vyiza bavyivugiye!
Hallelujah hallelujah hallelujah lmana ikura kucavu mana warakoz kurokora umusavyi waw
Happiness yaragakoze pe ndumiwe kuva kubwa Adam na Eva nibo baduhemukiye Reba nk"uyu Maman ukuntu yakijijwe aribyiza ariko biragoye kubyemera kuryamana n"abagabo bangana😷kubivamo burundu ni Yezu wenyine wabigushoboje pe
Ngahoreeeee ihangane Ma'am komera disiii, ariko urisekera wariyakiye Imana ishimwe
Muraho neza nshuti z'Imana . Hari igihe nshidikanya ko nta mwana w'umuntu ugira urukundo buretse Yesu Wenyine. Ariko aha mundemye umutima ko urukundo rubaho .
Gusa Imana igira amaboka pe.
Ibyo byose wanyuzemo ukaba ukiri muzima yewe gaaa!
Kandi ababurinda bagakenyuka
Mgegaweehh !!! Sha waciye mubuzima bugoye kweli .imana ishimwe yakurinze ntiwandura sida
Ahaaaa iyi si ibitse byinshi.akumiro karagwira.ni byiza ko wabivuyemo.Imana ishimwe
Bantu mucira urubanza abantu bakora uburaya, ubusambanyi, kuba mu biyobyabwenge n ibindi bigusha, baba bafite ibikomere bigoye kubyakira.
Niba mwumvise mu ntangiriro yafashwe kungufu mu buzima bwe bwa mbere bwo guhura numugabo.
Komera wa mumama we komera.
Kuvugisha ukuri ni byiza, abana bawe uzabaganirize wenda bizabafasha.
Kubagira urubanza ,ni ubuswa
Ariko amaduka aragwira aha gucuruza utaranguye pe eh mwijya mubeshera ubukene ubwose ntamaboko warufite?nonese amaboko namaguru nibindibice byumubiriwawe byagenewe kukubeshaho byari byagiyehehe aho kwicuruza ukirya? Aha Imana iborohereze pe
Kuberiki Abantu batuye muri Afrika mutinya kuvuga ukuri ? Testimony y’ umuntu ntibwigisha uwabikorewe ahubwo byigisha abakobwa naba mama bitarabaho kugira ngo bazabyirinde ndumva bizateye isoni stay strong 💪 mum you will be okay
True
Yoooo disi Imana ishimwe ko wakiriye YESU
Umudamu afite ubuhamya pee!! Imana igukomeze rwose!!
Imana ishimwe cyane nubuhamya bukomeye bwimirimo ylmana .
Imana yonyine niyo yagukiza wamubyeyiwe. Uyu ni Rahabu wo muri bibiliya.
Iyi title insekeje ntarumva ikiganiro😂
Ego Mukama 😂😂😂😂 mbega ubuzima icyakora Umwami agira amaboko koko
Internet never forgets...how can you make this ? What is your editorial line ?
Amen uwiteka guhumugisha kandi azabagirira neza
Abo babivamwo aruko babonye bashaje. bagaca bavuga ngo ni Imana ibahinduye.
Ariko n’Imana yamurinze kuko ntiya bipfiriyemwo.God is Good 🙌🏿🙌🏿🙌🏿🙌🏿
Nukuji jera harabantu baba bivugishwa utugambo kandi iyinkuru bayirebye baba bijijisha gusa harabantu baba bigiraho kandi batari bacye ndagukunda cyane
I agree God changed her life. Amen! But some testimonies as a parent why not keep it to yourself? How do you expect your children to take this in?
Abana se ntiwumvako babizi!? Amateka ntahishwa! Ntakundi byagenda
@@twungukeubwenge6659 painful
@@twungukeubwenge6659 rwose uvuze ukuri
Nibyo pe ntibikwiye
Iyo utanga ubuhamya uba ukoza satani isoni,ikindi harigihe yatanga ubuhamya bugahindura benshi.isoni umuntu yagira nizibyaha bye.Yesu agukomeze mugakiza🤝
Imana ishimw cyanee yaguhinduriye amateka..ubungubu uriumwana w'Imana.
Yoooo imbabazi z,Imana ntizizirondoreka!
Kwihana nibyiza ariko ugomba kuzinukwa icyaha n,igisa nacyo, humura izakugirira neza
Imana ishimwe cyane
Komera ushikamebntakinanira Imana nakiruta gusenga , nkwifurije kurushaho gukomera kuko ntakinanira Imana nukuri
Komera mama ariko disi uwo mugabo wawe yaragukundaga
Banyarwanda bavandimwe, nitwumve ubuzima bwo muriyi si kuko nuruvange, dufite umuco uhishira cyane, unegura, kandi siko ari mwiza kurusha iyindi mico
Uvuze ukuri
Ibaze we, abana bose yabyaye muri bwabuzima bw'ibiyobyabwenge bakavuka ariko izo asamye ari muzima zikaba zivamo
Hhhhhh uri very innocent cyakora ndasetse,mama ikintu cya mbere ni ugukora uburaya butere umwaku yesu ntatoranya muhungireho abagucira urubanza bareke
rahira! dore aho ndi bose bameze nkawe nuko batavuga nyamaranyamara. nimvugako nubu ubikora ntuntere amabuye ntabyo mvuze mama😣 komera
Abantu muzi guca imanza pe
Imagine yesu arakora koko
Ngahore ndumva aridanje gusa ubuzima nukotu kd ndabona wariyakiriye .
Ese ubwo abo bana wanyweragaho ibyo bintu babaye bazima.
Maze ijambo ngo abagabo baragukundaga.
Ntago bagukundaga.Apuuuu
😭Uzarama mama, Maskin Allah akulinde
Iryo jambo bavuga rijyanye no kwihagarika buri gihe ndikanga kuko ababyeyi batubwiraga ko atari kinyabupfura aho twabaga tutarataha. Byarancanze.
Mbega ubuzima weeee.
Wagira ngo ni filme pe.
Cyane parti yanyuma afite umugabo umutunze ,afite n'undi ufunze
Harigihe rero umuntu akora ikintu bitewe ni myaka agezemo.akakivamo nanone bitewe nindi myaka agezemo.harinigihe yesu Koko akuvanayo.nge nemerako yesu yagukuramo hakiri kare.ark agukuyemo Ushaje mbambona ko byanze wenda ukabona ntabuhungiro uretse kuri yesu.
Oya hano nkeka iyo bene bano bantu bakora uyu mwuga ntago babiterwa n imyaka bagezemo, ahubwo ubu mu kugenda umuntu asobanukirwa dusanga benshi bakora umwuga w'ubujura, uburaya, kwiyahuza ibiyobyabwenge n ibindi, babitetwa n'ibikomere by umuttima bitandukanye.
Ibyinshi mu bihugu nk ibyacu bikennye, nubukene, kwifuza birenze, ubupfubyi n ibindi.
Hoya, indaya isaza ari indaya si imyaka yatumye avayo ahubwo ni Yesu wamuhinduye.
Nubundi ntamahitamo dufite yandi twaba dushaje cg dukuze amahitamo yonyine, nubuhungiro bwonyine ni yesu
Birashoboka ko byaba ari n imyaka ariko niyo ariyo Imana yo irakwakira kuko Satani umugambi we nukukubuza ubugingo jusqu à la fin.
Wibuke igisambo kumusaraba cyabonaga nubundi byarangiye kizera Yesu kirakizwa. So Imana yo impamvu izarizo zose ziyikuzanaho irakwakira.
Ikindi bibiliya iravugango muze abarushye n abaremerewe....ibibaremereye ibyaribyo byose Imana ntibitoranya ....upfa kuyamanika tu....
@@didi-dr1mj
Ntimukabe aba negativist
Kuko Agakiza gasanga UwImana yarambagije
Ntibisaba imyaka.,
Naho ubuzima bwose bwurupfu ntawubuhitamo
Ni satani ubukururiramo abantu
Biciye mubikomere
Nizindi mpamvu nyinshi tutarondora
Gusa Imana ishimwe kuko ikunda kandi ikagirira ibambe abatagira shinge na rugero
Kandi ikabona abababaye nabatotejwe numwanzi ariwe satani
Komera kandi ukomeze urugendo
Yesu ntareka abo yafashe mukiganza
Hallelujah Yesu!
Ahwiiiii😥🤦🏼♂️ Mbega inkuru, mbega ubuzima ni Movie! Yarongowe kurwego mpuzamahanga🤣, Icyakora Imana irihangana, kdi itwihanganira idashaka ko hari ni umwe urimbuka, komereza Aho Imana izakwambika imbaraga uzatabaruke gitwari.
ARABIVUGA ASEKA UKAGIRANGO NI IBINUTU BIZIMA ARI KUGA REGA !
@@hitamungujeandamascene5710 none niba byaramuryoheraga uragira arire?
@@Queen-ze1tm ABA BANYAMAKURU SINIBAZA INYIGISHO BABA BASHAKA GUTANGA KURI SOSIYETE MU GUTAMBUTSA IBITERASONI !
@@hitamungujeandamascene5710 Wareka njye mba narumiwe, niba aribi twari dutegereje muri vision abana bacu bafite ibibazo peee gukura bumva ibintu nkibi. 😢
@@Queen-ze1tm banarangiza bagashyiraho tel .ngo umushaka amuvugishe ! hahahahah ,narumiwe KANDI mINISITERI Y'UMUCO IREBERA
Ntawukira ahoyaturutse nubundi yabisubiramo cg mubana be hakazavamo umukurikiza age asenga cyane kndi asengere cyaneee nurugo rwe
Abaana se ubazanye ute
JYE NDABONA ARI KWIVUGA IMYATO KUKO UNAMWITEGEREJE KU MASO NTA GAHINDA NO KWICUZA IBYO YAKOZE BIRI MU MVUGO YE
imana inzaguha ibyushaka
Amen
Birababaje kuba Gerard yakira umuntu nk'uyu ntanamugire inama. Murahemuka pe ibaze abana bane Bose bagiye kugenda mu gisebo batewe na nyina. Iki kiganiro mbona ntacyo kimariye abanyarwanda uretse abo gisenya. Niba yarakijijwe wakamugiriye Inama agashaka conceller
Gérard afite umutwe we na we ufite uwawe. Ikindi, ntiwumve ko ari ngombwa gutanga iyo nama, kuko wasanga nta cyo imaze.
Niba iki kiganiro nta cyo kikumariye ntiwumve ko n'abandi nta cyo cyabamariye
ese icyo gihe hari ryali kobishobora kuba hari kera?
Izi number ze ntizicamo kuri wattupp plz nagejoho turamukeneye nkishutize
Ngo ka ki? Yegoooooo ndumiwe.
Yesu weeee
Yezu kristu ngo 😷reka mbanze mve muri ukraine 😂nze numve iki kiganiro ahwiii
Mbega
biteye agahinda ariko harimo ubuhamya bukomeye imana izakomeze kumurinda pee
Mbega ubuzima bukakaye !
Harya nkubu byubaka iki!bimaziki?
Njyewe ndabona usa na sanny
hhh kbsa
Abayoseso 3'20 ibashagukoracane ibyodusaba nibyotwibwira
Nokujyira icyuti mbii sinyiza
Ibi ntibikwiye kuvugwa numunyarwandakazi pe.
Mbabazi weeeeeeeeee
Yesu numugab uhindurir amatka umuntu pe
Ark mwabonye ibyo mwamamaza ngo warindaya
Ndumiwe! ngo mva hejuru ka nyoko! ....
😆🤣🤣🤣
Gerard najyaga nibeshya ko ari umugabo kumbi ni wouwouuuuuuu
Arko musigaye muhimb,injury uyu siwe mwavugaga ho ko abana n,umugabo w,umukarane.?
Gushirahanze ubuzima private sibyiza uzasenge ntibizagire ingaruka kubana bawe.knd umenyeko iyonkuru izabaho itekaryose yu tube ikiriho
Thank you!
🥱🤣🤣🤣🤣🤣ndumiwe kko abantu bavakure
Kwihana nu kwanamuza kuko uri umunyabyaha
Ari no guseka kdi biteye agahinda.
Yegoko nyagasani
Nonese konjyantumva bavugango iyozirenze ijana urasara biba arukubeshya
Akaga karagwira mwa bantu mwe. Agati kamanitsweho imbwa ntikabura urubwejaguriro, nugusenga cyane satani ni mubi. Niba ukunda imigani isobanuye wakanda ku ifoto yange ukabona video zitandukanye.
NGO yarongowe ku Rwego mpuzamahanga🤤😄😄😄😂😂😂😂😂😅😅😅🤣🤣🤣
None ko harimo abazungu,abashinwa,abahinde, nabirabura etc ..urumva Atari impuzamahanga 🤔🤔🤔🤔
@@mbindigafifi1849 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😭pe
Yegoko,n'akumiro!erega ico gikecuru kiranatwenga kiriko gihomvagura ibiterasoni!
Hhhhhhh abagore yee!!
gerard titles zawe zirimo umwands wabihinduye kweli
Njye mbona hari ibidakwiye kuvugwa kubera abana pe
He , ntakibazo Niba ariko ubyumva. Nicyo kimunze inyoko Nyarwanda : ikinyoma !!! Ibiriho biravugwa byoseeee uku biri.
Ariko banyagwanda mwagiye mushiramwo imiyaga mukuvuga ibintu vyanyu yemwe kk mwaribohoye ariko mumenyeko murabwanisi yose
Ubu nanjye narumiwe
Mubabajwe Niki ko ariwe wivuga
Reka yivuge imyato
@@lolitaimena9782😁😁
@@marcelinemukandutiye80 hhhhhh
Noneho mbabazi weeee urandenzeeee
NIBAKUBWIRA KO IMANA IZI ABAYO UJYE UBYEMERA
Nibyo kabisa. Nyumvira ibyo bintu pe.Ariko akaba ari muzima we
Ariko se kuki utirindaga gusama koko.
Ningombwa koko ko wagombaga kujya usama
Ariko se ubwo wari ugiye gushaka abagabo wumbaga babana wahaye nyoko bameze bate?
🤣🤣🤣 yanyoye ganja noneho aravugishwa 🤣🤣🤣 eka nubu asa n’uwuvuye kugafata
Yesu akubabarire kuba umuciriye urubanza pe ntimuri kumwe yaje gutanga ubuhamya wowe urinde wokumucira imanza
Niyo wakizwa ufite kamere mbi kandi ntipfa urwana nayo nagutinye Imana ikubabarire
Sha we kombona wibasiye uyumugore mufitanye ikibazo?
Ayiwe ayiwe ndumiwe pore mama wavuye kureweee 🙆🙆🙆🤣🤣
🤣🤣🤣🤣🥱🥱abanya gwanda muranyica abangabo barenga igihumbi🤣🤣🥱🥱
@@joserinhatungimana1456 ubwoc birarenzr
Niba warabyaye umukobwa umuteje abantu, ubu umugabo we azajya ahora amucyurira ati uri indaya nka nyoko
Uvuze neza
Hhhh
Reka sha ibyo ntaho bihuriye, kami ka muntu ni umutima we. Uwo Mugabo uzamucyurira ibyo ntawe nta Mugabo uzaba umurimo
@@uwamaliyadorothy4549 ni ibintu bisanzwe kuko ntawudakosa ariko iyo ukosheje kamere muntu ihita ishakira impamvu naho zitari yagira amahirwe akabona impamvu igutera gukosa. Iyo umwana yibye( kdi nta mwana udakubagana agafata akantu kundi) akagira ibyago se akaba yari umujura tayari bihuzwa nabo akomokamo. Mujye mwitondera gushyira ubuzima bwanyu nkubu bw'uburaya kuri social media cyane ko ntacyo bifasha.
@@Alex-cb4rt Ariko aratanga ubuhamya bw'ukuntu yaciye mu bibi, nyuma YESU akamugirira ubuntu agakizwa! Kandi abavuga ibirenze biriya, bavuga ibibi bakoze nyuma bakabireka ni benshi!! Gusa uwo ubu buhamya bwafashije nawe wari mu ngeso mbi, bimubere urugero rwo kuzireka.
Abagabo bahisemo kugura indaya bahisemo nabi mubiveho rwose
Ibaze bakagukuraho utarangije 🤣🤣🤣
Kandi Wenda wanasize umugore mwiza murugo wari kuguha ukaranjyiza ukanonjyera😂😂😂
@@umutonililiane9881 sivyobibabaza se sh ntabwo tunyurwa
Irari rigiye kuzatumara🙆🙆🙆
42:17
Disi wanakoreraga make😅😅😅😅😅😅😅
Lolita urakwiye kuva muvyo urimwo ukakira Yesu nk'umwami n'umukiza
@@bihometv2854 wowe c wibwira ko undusha agakiza ndagushinyitse urambwira uko uranzi wowe nosense Uzi mpagaze gute mu gakiza
Hhhhh
@@brotherdrjoshua3722 NIBYO pe
Ati"😀😀😂😂😂
Nturimuzima ubuse ibintu mwihaye ubu abanabawe🏃🏃🤔
Cadette uraho neza
Ndagusabye wowe uri gusoma comments ngo ukande kwifoto yanjye umpe SUBSCRIBE Murakoze cyane!
maybe pu...... is like a rubber, when u leave i, it return to the original shape!
Sure it is
Yewegaweee ndumva waranacaga make rwose
Ndumva urenze
Burya ngo nta mugore utagira amavangingo bipfira kuburwayi aba afite cyane cyane nka Infection n'ubundi cg kuba umugabo atazi aho bakoza ngo Umugore anyare.
Byose byavugiwe muri iki kiganiro nawe iyumvire 👇👇👇👇👇 czcams.com/video/eQhkIKicbEQ/video.html
Umva mbabwire bafana ba Gerard turashaka 100K subscribers byihuse dukore akazi banyakubahwa.
Imana igiraneza hama wew bitakugoye ukore kwinofoto umpe subscribe uzobukoze
URWANDA IRI JORO RURONGEYE RUGABWEHO IBITERO BIKOMEYE N'ABATAVUGA RUMWE N'UBUTEGETSI
czcams.com/video/FUniuNS7_RIh/video.htmlttps://czcams.com/video/FUniuNS7_RIh/video.htmlttps://www.youtube.com/watch?v=FUniuNS7
Umutima urandiye😷😷😷😷😷😷😷😷😷😷
Ko mbona mukorogo igikomeje kumwangiza?Afite amabara menshi ku ruhu?
Wagana muganga w'indwara z'uruhu akagufasha?
None c ubu wamenye yesu gute kdi wikoroga
Wowe umuzi ntuzikoroge
Yesu se ahuriyehe na mukorogo? Niba anayisiga byagira ingaruka mbi ku ruhu rwe ariko sinumva aho bihurira na Yesu.
Umva bwabwenge burihasi
@@umulisafrancine3415 hhhh
@@lbm3234 suko
ibi biganiro rwose ntacyo byamarira abanyarwanda
Ntimukavuge mutyo , bifite icyo byigisha kandi nawe araruhuka
hoya birigisha abakiri muri uwo mwuga bibatera kumva ko nabo babivamo
Kereka niba uhagarariye abanyarwanda bose ukaba ubona ntacyo bitumariye
.
@@inor8458 urakoxe kumusubiza
Kabisa ntamumaro wiyi nkuru.