UMUGABO NIYO ASINZIRIYE SIMPAGA KUMUBWIRA KO MUKUNDA💞IMYAKA 23 Tumaranye|iyo agiye ndarira😍
Vložit
- čas přidán 16. 02. 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
This is what i always ask myself , why this post not having a hundred comments and likes ? If this woman was telling us thats she hates her husband, you would see thousands of comments (why ? ) . Please lets promote love instead hate .
Uyu mu mama sinjya muhaga! Nange mfite umugabo ni gift ikomeye Imana yampaye Imana imukomereze amaboko imuhe kurama kandi Imana ihabwe icyubahiro ujye wumva amashimwe yange umunsi kuwundi. Mbonereho no gusabira ingo zose ziri mumarira Mana ubibuke ubahe kunezerwa🙏🙏🙏
Yes maman Annet. Haracyariho Ingo zibanye neza rwose, abantu b'Imana bakundana by'ukuri nabo nibaze bongere bahumurize imitima y'urubyiruko yahahamitse kuko abenshi baza bavuga uko batandukanye,uko bahemukiranye bigatuma umuntu yakwibaza ahari ko nta miryango yabana neza ngo bikunde. Bless u Ngondo
Nta kintu cyiza ku isi Imana yahaye abantu nko kugira urugo. Kutarwitahp ni ukwihombya igihombo gikomeye. Turwiteho kuko ni impano nziza Imana yaduhaye ku buntu kugira ngo tubone uko urukundo rw'Imana rumera.
Ntamugore numwe kwisi atakunda umugabo we amukundiye buriya abagore tugyira urukundo akenshi kwanka umugabo wawe akenshi bituruka kubagabo
Nyine birumvikanako mukunda ibikundika kd urukundo nyarwo nugukunda ikidakunditse, ex, uyu mugore impamvu ngo akunda umugsbowe nuko amuha ibyo amugomba biramutse bidahari yambwira uko bimeze!
Nanjye nkunda umugabo wanjye kuburyo nunva ntashobora kubisobanura uko bikwiye
Ubura gukunda Imana cyane ngo umugabo ?? Nawe nibyo mukunde arko Imana imbere nshuti yanjye
Ntiwakunda Imana utareba utabanje gukunda uwo ureba Imana ni urukundo iyo ukunda abayo rero na yo urayikunda
Gatarayiha Frank, iryo ni ihungabana
Totally agreed with you Mubyeyi mwiza. Nanjye nshima Imana Malaika Imana yampaye imumere imigisha imuhe ubuzima burebure iruhanda rwanjye kandi nidusaza izaduhe ijuru tuzayibanemo nubwo mwijuru namugore cg umugabo ariko tuzajye kuramya Umwami mwiza Yesu.. Ndashma Imana urugo rwiza yampaye nibyagachiro cyaneeee…Imana ibahe imigisha kwiki kiganiro kandi Imana ikomeze ibubakire Maman na Rose❤❤
Rose ndagukunda cyane kd imana ijye igukomeza uwo muntu imana imuhe umugisha kd arikuvuga amagambo meza
Ntureba umubyeyi muzima hano. Imana iguhe umugisha Mubyeyi mwiza .
Annet Imana ikomeze kuha ubuzima bwiza we na family ye
inyigisho ze ningirakamaro cyane nawe Rose Imana ikomeze kukwagura, sinzi ko inyigisho ze zinyura no ku ma radio kuko hariho batafite ubushobozi bwa You tube.
Kandi urubwiruko rwibaka ingo yarufasha cyane kuko divorces ziri hanze aho ni nyinshi cyane.
Muraho neza, urakoze cyane Mubyeyi Annet inama utanze ni ingenzi kd ntacyo usize mu kubakira couples ndumva naguhesha umugisha kuko uri umwana w’Imana
Mana we Mbonye uwo Duhuje nanjye nkunda Umugabo wanjye kurwego ntazi uko rugana niyo asinziriye mbamureba nkamusoma sinjya muhanga ntacyo phitr namuha uretse kumusabira umugisha gusa
Muravuga neza gsa ,Imana yacu ishimwe cyane ,nanjye numva nyigirira umwenda.😭😭 Birandenga .Imana ibahe umugisha
Ingo nziza zirahari
Les filles , Imana itanga umusaraba iziko ,uzawushobora !! Ubuzima bwarakomeye, buriwese acaha nundi agacaha mushaka ubuzima, ikingenzi nurukundo,nogukomera kwisezerano, kuko niba umugabo yagiye gushaka akazi kure yurugo ,bisaba ngo Umugore amubehafi ,asigare kurugo amusengera amwubahisha,…… atarugusigara umuca inyuma 😂
Rose ndagukunda pe!
Nkunda na Madamu Ngondo wadutumiriye,
Imana iguhe umugisha.
ARIKO wambaye nkuko isi ishaka, ntabwo iyo nyambaro ari iy’umudamu w’umukristo.
Rwose umbabarire ntabundi buryo nari kubikubwiramo ntakindi contact zanyu ngira.
Courage!
Kndi Imana igushyigikire muri byose!
Amen
Mbuze icyo mbavugaho gusa mbifurije umugisha kd lmana ibahe kukora ibiganiro byiza kurenzaho
Muzobazan barikumw numutware wiwe sha.mbega urugo rwiza
Yooo uyumubyeyi disi arakoze cyane imana imuhe umugisha
Wamubyeyiwe utanzimpanuro nziza iyabatwese murirusange
Twarikumva ikikiganiro
Ingo zakomera
Nta Divorce twazongera kubonape
Abanyamashyari baraguhitana.
Imana iguhe umugisha Rose and Annette urugo rwiza rubaho
Muraho neza nshuti z'Imana ,
Ndasabako ubutaha watuzanira Umugabo wa Annette akatubwira uburyo yumvise iki kiganiro niba yaragikurikiye nuko yiyumvise mumutima we.
Yesu ashimwe kuba nongeye kumva ijwi rya Anet bibaye ngobwa nabona nimero ye
Félicitations ma sœur. Imana yakugiriye neza. Uko ni ukuri kudakundana n'uwo mwashakanye ni uruhombo rukomeye
Nanjye ndumufana wawe cyane ndifuza gutera ikirenjye mucyawe murugo rwanjye Yesu mweza azanshoboze🙏🙏
Kdi nawe Yesu akomeze agushoboze 🙏
Wawuu Rose wanjye wambaye neza cyane nago ndiguhaga kukureba ndagukunda cyane
Uwo mudamu ndamukunda.Reka akunde umugabo ni mugihe Nawe NTA bwaki y'urukundo afite.Umugabo yararumuhaye none arimo kubikura ibyo yabitse(urukundo)
Yooooo uranejeje nukuri pe lmana igukomereze urugo pe
Nkunda uburyo uyumutumirwa aseka kd avuga Imana neza
Rose ndagukunda cyane nukuri
Bless you great woman
Ese nanje Imana yompezagiza urugo yoba ikoze cane
Icyamunyereka uko ameze uno mugabo w'umuntu mwiza ubulyo umugore we amuvuga
Buriy abantu beza barahari ahubwo abo bahura nabo akenshi bab ar indashima
Rose, wambaye neza cyane kandi icyi kiganiro ni cyiza cyane
Ariko burya umuntu mubyaranye musazanye kd naw agukunda ntampamvu yo kutamukunda
Annette ndamukunda caane kandi inyigisho ziwe ziramfasha cane.Imana ibakomereze urukundo murugo rwanyu. Nawe Rose komera couple yanyu ndayikunda caane.
Yego Imana ibikomeze, urukundo rwawe!!
Ndabakunda rwose
Nanjye nkunda Umugabo wanjye pee kandi uko dukura nyuma ya 15 ans birushaho peee 💘Gusa Sina koresha umupira ngombyandikeho 😂😂😂 Ntawundi nshaka kubyereka niwewenyine kandi j’arrête yokubimubwira nokubimwereka 🙏🏾Nibyo Dukunde ntaburya rya tugendewe sans réserve 👌
Muravuga amagambo meza cyane!Imana ihe umugisha uwomubyeyi🙏
Uyu mumama ndamukunda cyanee imana imuhe umugisha 🙏🙏
Nukudusengera natwe tukazarongora abadukunda byukuri with no condition actually and i pray God to keep strenghen you'r love.
Yoooo nusenga wizeye humura uzamubona
Mwakoze cyane, amazing, Imana ikomeze kubongerera imigishya.
Turabakunda cyane muzatwereke ngondo
Watching from Malawi nukuri urandijije😢❤❤
Mbaga byiza, Imana ibakomereze urukundo nukuri
Yooo nabo sibo spirtuellement baba baboshwe! Ubabaje mugenzawe bikugarukako! Urukundo n,urwambere!
Yoooo byiza birashimishije cyaneeee
Nanje. Ndakunda. Umutwarewanje.
Yego weeee uravuga Imana neza 🥰🥰
How I wish you can be my coach in marriage 😘you are so real
Rose na Anette ngondo mutanze inyigishp zo murwego rwo hejuru lmana ibongerere ubwenge nicyo tubifurije mushinge Chanel plz Anette tukurinyuma ujye uhora uduhugura
Yes! Love is still there❤also me,iknow that true love never grow old!
Nukuri uravuga ukuri
Yesu akomeze arukongerere Muvyeyi, ndagukunze pe!
Duhuje amashimwe mubyeyi mwiza
Uyu mumama ndamukunda cyanee
Yooooo ndagukunda maman Annette ufite impanuro nziz knd zubako imana izanfashe nze mere nkawe
Mubirimo neza kd muzabikomeze kugeza ikiremwamuntu kigiye gutura k' izuba!!❤
Uyu muma mandamukeneye cyane ngo ambere inshuti nubyeyi
Yooooooo Imana iguhe umugisha
Yoooo Mana we
She’s so beautiful with kind heat 🥰💕💕
Amen
ujye werekeza isengesho mu ngo zibanye nabi.urugo rubi rurababaza
Imana igukomeze wamubyeyiwe uwambere numvise
Umu Maman wubgenge bgimana
Shalom shalom❤🌹🌹
Arakabyara ndamukunze
Rose disi yiteze ❤️🥰
Thanks for good words
Gusa urumubyeyi Uzi gukunda dukeneye. Imiryango imeze gutyo
amen annete,
Usekanezape
Wawu. Ndagukunze. Inama. Zawe. Ziranyuze
Turagukunda maman Annette🇧🇮🇧🇮
Ako Mana
Ahhhhhh ntacyo narenzaho abanda mama
Wawooo ❤❤❤❤❤
You've my subscription because of this lady 😢ufite amagambo Meza nukuri
Mana turahuje pee gusa Abantu back intenge ngo Bizashira gusa urankomeje peee
Ujyè ukunda ĺmana nìyoyambere
Umuntu warezwe cyangwa umuntu worowe???
🥰
Uhezagirwe
Ni wewe umugore bita mu kirundi Koya Ka Mugabo
Ngize amatsiko menshi yo kuba nareba ngondo pe
❤❤❤❤
Nta mukenyezi n'umwe kw'isi adakunda uwo bubakanye mais hagera igihe bikanka
Wifuza utwuma two guterura, Imigozi ya sports,amagare ya sport, amatapi ya sport, yoga
Watugana Aho dukorera nyarugenge mumugi tukabiguha cg tukabikuzanira aho uherereye hose Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mugakandaho Mukazibona murakoz
Ngondo asa ate ? 😀😀😀
Burya uranezerewe iyo uhuje n'umugabo wawe n'abana bawe mugihe bafashe umwana nka Kizito Mihigo bakamubagagura uko bishakiye?, Ntwali Williams bakamucuruza ibice by'umubiri , cyuma Hassan,Aimable karasira, Barafinda,Tom,umuryango wa Rwigara asinapolo, bakabatabagura muri prison,? Ayo masengesho Yesu arayumva utamutabara?
Iyo hari akagwi kica abagabo cyangwa abasore babaturanyi ntabwoba wagira ko narwawe gashobora kumwica ? Nta mahoro ushobora kugira mugihe inzu yumuturanyi irimwo irasha. Ukora iki? Ujya kuzimya. Yesu yavuze ati nararwaye, nari nambaye ubusa,nari shonje ,nari muri prison,ntacyo wankoreye. Tuzabibazwa n'ubwo twaba tuvuga Nyagasani Nyagasani.
Rose pls ndashaka number yuyu mubyeyi
Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
Niba mudukeneye ko tubavura infections cg kumenya ibindi Tuvura Kanda ahanditse *dynapharm Rwanda* hejuru Aho comment itangirira urahita ubona nimero yacu kuri profile utwandikire''
uwakurongoye yarahiriwe mama imana iguhumugisha
Muravuga ntimuvura babwire bumve
Hari.abagore.babagome.baje.gushakabagabo.bajekwiba.badakeneye.kubaka.umwe.muribo.nuwanjye
Hhhhhh, abantu baransetsa cyane abagore ntarukundo rubaho ikibaho nugukenerana haba muri sex cg mumib ereho isanzwe ibyo rero iyo uruhande rwabeshyweko rukundwa rubibuze
Abagabo bahekwa kunda
Cyangwa Paul kagame agutwaye umwana umwe murabo wabyaye wacya wifata gute? None uza wibuka kwifadikanya n'imiryango yambuwe abayo?
Nkawe wagiye ujya gusindira hirya
Ariko nkawe kuki wemera ko Satani agucamwo mubintu bidasobanutse
Wigaye pe uratandukiriye
Kuki burigihe uvuga ubugaryi wamuntuwe!nyamara urarwaye nturi muzima
Iyumvire Paul kagame amwambuye ubuzima nkuko yabikoreye Adeline Rwigara cyangwa umugore wa Patrick karegeya cyangwa Gisa rwigema Fred , wacya umufata gute?
Bosco nizereko wamaze kwandika ukumva nikiganiro kuko uyumudamu yavuze Imana neza byatuma wihana ururwango ubiba no kuvuga nabi umukuru w'igihugu udafite nicyo watwara. Yigishije urukundo uzagerageze urebeko uyumwijima ubuditse mumutwe no mumutima wawe wamurikirwa nurukundo. Naho Kagame uvuga nabi ntibizamubuza kiba uwo ariwe ntibizasiba ibyiza yakoreye nubu agikorera igihugu ntanubwo bizigera bibuza abamukunda kumukunda ngo nuko wanyanyagije ayamagambo abiba urwango .ese wibaza ko uzasarura iki? Ibi ubiba nibyo uzasarura. Aha baravuga urukundo ukabiba urwango uyumutwaro satani yagukoreye uraremereye ndumva nkubabariye
@@vm-qo1jr urakoze cane nshimye uko umwishuye 🇧🇮
Wowe uraboshye ukeneye yesu Anette agusengere pepepe
Umva ufite indangagacironyarwanda kd lmana iguhe imbaraga zikomeye pe
Uwo uriwe wese waba umurundi , cg umunyarwanda ufite ikibazo gikomeye Kagame yatoranijwe n'Imana ibiwandika ninki kwikirigita ugaseka umwanya umara wandika ibi wakabaye ukoramo ibyagutunga nabawe bose. Kagame wita mubi iyo atitanga ntiwakabaye wandika ibi. Ndakubabariye nawe siwowe.
Votre numéro de téléphone mwoyiduha :imana ibahezagire
Uyu mudame nimwiza caneee avuga nezaaa caneee