UMUGABO WANJYE YANSIMBUJE UMUKOZI WO MU RUGO🥲 NARAKUBISWE KUGERA KURI DIVORCE🥲NI AMARIRA GUSA🥲
Vložit
- čas přidán 1. 02. 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
Mana we ikiganiro cyose ndikucyumva ndira 😭😭😭Gusa Shimye Imana ko umeze neza kdi usa neza ndagukunze cyane ❤️
Wa mu Mama we ndagukunze cyaneee wanze kwiyanduza muriicyo gihe kibigeragezo , uri intwari pe ! You're sooo smart and You're soooo beautiful ❤ kandi dwose nubwo lmana ibyo yakoze ari byinshi arko ntacyo urabona lmana izakomeza ikugirire neza , abana bawe bazamera nkibiti byinganza marumbo uzajya wicara wisetse setsa. lmana yo mwijuru izubakire abana bawe ingo nziza cyaneeeee birenze nibyo wowe wakumva ko bishoboka, maze wicare ukikire abuzuku na buzukuruza. Wabonye lmana pe ! Uri keza mana we 💕. Imana igukomereze amaboko . Icyampa tukazasengana nkuko wakomeje nogukoresha iryo jambo . Much Love dear Mama Aline❤ kandi nawe Rose you're so beautiful 🥰uri uwagiciro kandi ufite nindangagaciro may God bless the work of your hands.
She's beautiful lady nakunze ukuntu avuga Imana neza Rose nawe urimubamama nzirikana mwisengesho ryange ryaburimunsi
Urakoze cyane uri mwiza imbere n’inyuma Kandi utubereye umugisha ukomeye cyane, Uwiteka Imana Data agusubize imyaka satani yakwibye. Umugisha w’Imana ugendane nawe iminsi yawe yose mw’izina rya Yesu
Mbega umudamu uvuga neza disi. Imana ikomeze igusetse.
Uzi ko umuntu avuga ubuhamya bwe ngahita numva njye ntacyo nabaye.
Mama mwiza warukumbuwe ubuhamya bwawe buratwubaste canee Imana ikomeze ikwagura wabaye intwari tu es Famme exemplaire ❤❤❤
Uramfashije Aline kandi hari byishi ufashije umutima wange Kandi impanuro zawe zizangirira umumaro❤
Imana yarakoze kukurinda mubyeyi!! Abakobwa batarashaka bajye bigira mubiganiro nkibi maze bibahe imbaraga zokwiyubaka mbyere yogushaka.
Mama, kugera kure siko gupfa muri bible iti Imana" izahanagura amarira yose ku maso yabo Kandi urupfu ntiruzabaho ukundi, Kandi umuborogo cg gutaka cg kuribwa ntibizabaho ukundi kuko ibya mbere bishize."
Rose wambaye neza kandi ubimenyeko ngukunda cane
Mu ijuru hari Imana babyeyi,Aline komera rera abana kandi ubatoze ako gakiza niwo munyago uzatahukana mu ijuru.komera ntwali.
Nkunda uburyo Rose afasha umutumirwa kurira 😭 Kandi nkumva ngufitiye impuhwe pe!! Impore mubyeyi mwiza Imana yarakoze 🙏 kubana nawe mururwo rugendo rutoroshye. Ikomeze kuba muruhande rwawe nabawe bose.🙏🙏
Rose watuma umuntu abamwiza kd atarimwizapee kubera ukuntu ubivuga chr❤❤❤❤
She is beautiful in and out.
Aho ugejeje mbaye ngushimiye Mana kugira umugabo mwumvikana mukundana mutaryaryana muri inshuti mudahishana nibyagaciro mumyaka 7 maze ntacyo ngushinja
Mana iguhe umugisha guhagaciro ibyo yagukoreye kuko birakomeye
@@JaneMahoro niko kuri
Yooooo!!!Rose uyu m ubyeyi yarababaye pe,avuze kurunda ibiryo mudusashe nibuka ukuntu nogerezaga abanyeshuri amasahane twiganaga nanjye mbaho gutyo shaaa
Oh My God.ntacyokuvuga pe .
Courage maman !kwihangana bitera kunesha humura Yesu aragukunda kubwo kumukorera uzahembwa.
Yooo Komera Aline ndakuzi ariko sinarinziko waciye murubwo buzima! Komera cyane
Pole saana
Mubyeyi humura ibyawe birahari
Ko wamenye lmana ntutinye.
Stay strong mum ❤❤❤❤ nukuri Imana ijye igukomeza
Imana numukozi wumuhanga
Ndakwinginze wowe unyuze aha ima kanda kw foto ube umaye ibizantunga imisi sigaje kw isi lmana ihe umugisha wowe ubikoze 🤲🏿🥲❤️❤️❤️❤️❤️🫂🙏
Iyi message yawe ko uyinyuza ahantu hose ntabwo ujya ubona ko irimo amakosa menshi ngo uyukosore koko?
Uyakosore*
@@-xv7sonanjye nyibona ahantu hose .nukuvuga ko atajya yandika ahubwo akora copy and paste.kuko ntiyakandika amakosa asa burigihe.nagerageze ahindure imyandikire.
Ndumva aline yazaduhaye ubuhamya bwubu uko abayeho nimba lmana yamuhinduriye amateka nabyo nibyiza cyane kugirango abantu bongere kubona imbaraga z'lmana bitume natwe turibwo buzima butworoshye twongere twizere lmana muzaba mukoze cyane
Impore niyo ,mpamvu ntahubukira gushaka nkafata ibihe byo gusenga
Rose nisshimiye kuba watumiye Aline ! Muhabwe umugisha mwese
Beautiful Rose❤ umutumirwa yihangane😊
Nukuri yesu atanga ihumure ❤
Komera mubyeyi kuva waramenye yesu birahagije natwe ntimukatwibagirwe mumasengesho🙏
😢😢😢so sad, komera Mukudwa Aline.
IMANA Ishimwe cyaneee, yo yagutabaye.
Nanje kabisa ubuzima bg urugo rubi k umugabo nakunze namwimariyemwo igihe yansavye divorce nabifashe nka deliverance pe.Ndakwumva pe.Komera Aline wacu,Ur intwali pe.
Pole sana
Impore mubyeyi warakomeretse
Ark Rose nkwemera nkumuntu wumuhanga Kandi wasomye uzadukorere ubushakashatsi impamvu abagore amarira yabo abahafi kuruta abagabo murakoze 🙏
Impamvu abagore amarira yabo aba hafi, nuko bagira urukundo twinshi hanyuma abagabo bakunda nimbarwa rero impamvu barira cyane nuko baba bakomerekejwe nabo bakunda numutima wose.
@@muroramary3019 niyompamvu nabwiraga Rose nti azadukorere ubushakashatsi nkabakunzi be kuko hari abagore benshi bari imageragere kubera kwica abana babyaye ubwose urwo rukundo rurihe koko
Ko numva ubuhamya busa ku bahoze ari abasirikare no kwa Rweme Mbabazi mperutse kumva nkubu bafite ubugome burenze
Maman ALINE.Komera komera 😭😭😭😭😭 Yesu weee 🙌🙌🙌🙌🙏🙏🙏🙏🙏🙏❤️
Aline ihangane Imana irakuzi.
Warakoze kuzana Aline wacu 😍
Aline disi twitiranywa ❤amazina yose komera mama
Erega babyeyi beza,abagabo ntibitaye kubyo kurobanura abagore.Umuhaye umwanya niwe banyana n'iyo yaba ari uwo mukozi wo mu rugo muba muvuga.Bameze nk'abana.Hari ukuntu tubura umwanya bagasigara bitaweho n'abo bakozi dupinga.Umugabo nakubwira ijambo rimwe ribi,uzamenye ko yaguhararutswe no kukwica yakwica burya.
Mwihangane
Uvuze ukuri peee
Be more stronger
Mpole mwiza wanjye
Urasa neza mumy❤❤
Pole sana aline lmana igukomeze
Ahaa, ka nceceke nda, ayo marira n'aya bana bazayabazwa
she looks😭 exactly like my mother who pass away last year in December.
Komera mubyeyi
Mana ivyo naciyemwo nivyo ndimwo niwe ubizi,ndakwingize mfata ukuboko mpaguruke nanje.Ameen
Komera mubyeyi mwiza uwiteka azabisshyiraho iherezo🙏
Mw'Ijuru hari Imana
Amagambo umuntu akubwira burimunsi mabi arakwica cyanee😢😢😢
Impole mama❤
Nyagasani arahari kd niwe utamga byose izagushumbushe umugabo uzaguhoza amarira
❤❤
Ibintu byo kukubeshyera wavuga ukuri ngo uri Umusazi,wumva wasara koko ukababara
Iyo nunvise ibintu uvuga nunva dusa nibyanjye uvuga pe harimana itabara ababaye bihebye
Ihangane mami nzaguhoza
Neno weeeeeeeeeeeeee! Haleluaaaaaaaaa!!
Mpise ndira ubuzima ni ishuri
Mutubarize aho Asengera?
😭😭😭😭😭😭😭
Ndumiwe Nonese. Abagabo Nkabo babaho!!!!
Ohhh😢😢😢
Uyumugore wakunze umugabo umurutisha bana😅ni gute uburaza abana ngo ise aze arye abasigire ?? Ndumva arubwenge bucye abagore mubikora kabone niyo ise yaba ariwe ubihaha mubireke kuko niyo yareka gutanga icyo gitoki nubundi abana bawe ntibaba bakirya ho.
Yooooo Mana warakoze kumpa umugabo mwiza duhuza,unyumva ,dukundana ,twizerana ,❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Kabisa muje mushimira Imana mwa bagore mwe mwagize amahirwe yo kugira abagabo beza,muje mubishimira Imana.Kuko natwe twar abagore nk abandi ariko ayo mahirwe ntitwayabonye.
Nibyo ark uhabwa impundu utabarutse kk hari benshi bashima ariko bataramenya ibibera inyuma yamarido gusa bibaye byiza ntiwazabimenya kk akenshi twicwa no kubimenya
I managed ishimwe mukunzi
Usengere umugabo mwatandukanye azobone ibyo yagukoreye nawe yakire agakiza.
😭😭😭😭😭😭😭😭😭 yooo
Humura peeee utarashatse ntiyabyumva uko bibabaza kandi kubivuga biraruhura urimwiza peeee nzi numugore mwaciye muri byo peee ntazi kwicara aganire numugabo nijambo narimwe
Ohhhh❤❤❤
Ubwiza bwumugore ntibumubuza kuruha ahubwo abagorebeza bagera mungo bakumvako bihagije kuba rimwiza
Wivuga utyo sha kuba mwiza ntawe ubyiha hari nubwo uba mwiza uruvuyemo ntimukazize abantu uko basa kuko ibyago ntibirobanura nibibazo nuko
Aliko koko Abagabo bafite ikihe kibazo? Ese ubu uwo mugabo yumva ga umukozi akurusha iki?
Ntibanyurwa
Ushobora gusanga umugabo nta kibazo afite. Wasanga yaraburiwe umwanya, care ndetse n'ijambo ry'ihumure. Banza umenye [ku mpande zombi] uko byatangiye kuva mu ibiba kugeza mu isarura. Ntimugatwarwe n'amarangamutima y'umutangabuhamya umwe, please!
@@juruup8743uvuze Ukuri cyane,
Ibyiza nukuva impande zose,
Aline ashobora kuba ari mwiza ( isura) ariko.....
Twitonde Rero...
@@juruup8743yego nibyo but iyo murugo nta communication ihari byose birapfa haraho umugabo atitabwaho yaganiriza umugore aho kwihutira kumuharika ntimukarengere abagabo kk imitima ishenjaguwe niyabagore par rapport yabagabo abagabo bahemukirwa nabagore nibake rwose
Erega kibazo sugusimbuzwa umukozi womurugo ahubwo abakozi bomurugo babarusha ubwenge
Umugore se aba ari mu irushanwa n'indaya? Usibye irari ripfuye roho utubashye uwakubyariye ntiwaniyuba ubwawe
Abakozi bo murugo baturusha ubwenge?! Mana weeee!!!neza ndarengewe,burya hari igihe uvuga bikaruta naho wari kwihorera.
Rose tv
Dushakire numero de telephone za Aline
Unyandikire nyiguhe
@@ishimwebruce7989 Ndakwandikira kuyihe numero
Uyumugore duhuje ubuhamya neza neza 😭😭😭 , namubina gute Koko
Jya kuri Agape tv urabona numero ze
Komera Cher wange Imana iratabara
Impore niyo ,mpamvu ntahubukira gushaka nkafata ibihe byo gusenga
Yeee, bisengere cyane kuko, urugo nishuri rikomeye, ntihazagire umugore ukwirariraho, buri wese yiga ibye mu rugo rwe
Abagabo rwose baragakizwa bakareka kubabaza imitima u akunda.
Yooo, cgtz ubwo waruhutse imihari, Imana ni nziza, Aline uri mwiza, ufite ijwi ryiza, courage