Urarira nawe😭Nateruye IMBUNDA y'umugabo ngo NIRASE|Nari ndambiwe INKONI💔ibyo GUSHAKA undi/ALINE Prt2
Vložit
- čas přidán 25. 01. 2024
- #AGAPETV
Injira muri Whatsapp Group ya AGAPE FAMILY👇chat.whatsapp.com/CGLJaW7dWLo...
Ganira natwe #250782196087 (Whatsap)
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...) - Hudba
Nimero ya ALINE +250 786 784 120
Ndumva nakomeza nkumva uyu mubyeyi , kuko arushaho kunkundisha Imana ,be blessed maman Aline
Ariko abagabo nk’aba bigaye rwose , dushimiye H.E wahaye abagore agaciro ❤❤ 🇷🇼
Rwose abantu ntibagahuze ubukristo n’imyumvire nimihango bakuriyemo.
Ibyo Bible itavuze ni amagambo y’abantu , Courage maman Aline ❤❤❤
Yeweeee Mama Picu rwose ndongeye nsubiye muribyabihe sinarinziko wangiriraga neza muburyo bumeze kuriya warababaye bene ako kageni yewe Nukuri njye Uyu mumama twabanye mugipangu anyigisha Imana akamfasha muri byinshi ark ntamuntu numwe yajyaga abwira ubuhamya bwe ntawabashaga gukekako yababaye gutya Mama Aline komera nukuri pe turagukunda
Maman Ngabire wange,hashimwe Yesui wakomoye ibyo bikomere kweli
Yooooo Mana cyakora uretse kristo wenyine urinda uwo yaremye harabantu bababaye kandi babazwa na bantu bakunda cyane gusa Imana mucamanza utabera ujye ukomeza kurengera ababyeyi bameze gutya ubarinde buri munsi
Mubyeyi komera igihe numucamanza utabera byose byiza wagenewe mubuzima bwawe Imana izabiguhe ukiriho knd nantu bose bajye babonako Imana ikiriho ndetse nabagukomotseho babere ibihamya abandi bajye bakubera abumugisha buri munsi gusa uwo mugabo imana izamutamaze kuko nabumuntu afite muriwe
Ubu nibwo buhamya ureke babandi baza bitamamaza ngo bari indaya ngo imbobo ngo abasinzi mbese ibintu butagira icyo bitwigisha.Imana Iguhe Umugisha mubyeyi
Ndafashijwe ya MANA yakoranaga nabakera nuyumunsi iracyakora
Merci Maman Aline pr ce témoignage ,inteye umuhate wo gukomeza gushaka mu maso h’Uwiteka.
*Yooo disi, hashimwe cyane **#NENO** watumye utiyahura👏👏👏*
*ALINE Urakoze cyane, ubuhamya bwawe buramfashije.❤*
*GUMAMO NEZA mukobwa wa Yesu Kristo!❤*
Cyakoze mu bigeragezo nabwiye Imana ko ntaza handling gukubitwa birimo...no way😢
Imana imuhumurize imwibagize ibikomere yahuye nabyo
Ni byo koko ni muri Yesu turuhukira kdi nta kigeragezo kitagira iherezo kdi byose bigasigara ari ubuhamya🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Ohhh mbega umaman wumukristu urakijijwe pe kd Imana iguhe umugisha mwishi kd ishyigikire intabwe zawe zose na abana bawe bose kd Imana yo mw ijuru izahe agakiza uwahoze ari umutware wawe kuko Yesu ashobora byose ntakimunanira
Mana we, uyu mubyeyi afite ubuhamya pe,Imana imukomereze amaboko,imuhe umugisha imwagure cyaneee
Komera mubyeyi mwiza, Yesu niwe womora ibikomere❤❤❤
Ariko nimba two mugabo akiriho, Azagusabe imbabazi.Ikindi Niko Imana yaguhaye gukomera, yarakwiye guhwera mumunyororo.
Welcome back my dear narimbakumbuye
Ibyarikukwica byarashize rata ntampamvura idahita yego sha akokantu kigihe Sha nanjye ibintu byose mbihereza igihe ubundi Imana igakora ibyayo
Imihango yidini nogukizwa abantu benshi ntibazi ku bitandukanya, urasa neza cyane kandı urumukozi w’lmana 🌺❤️
Imana ikomeze iguhe imbaraga n'amavuta
Ni Imana yakurinze nshuti nziza kugirango ugire umumaro mugihe gisa nk,iki abantu Bari guca mubisa n,ibyo waciyemo.Kuko uri gufasha imitima myinshi.Kandi ndashima Imana yagukomeje ikakugarurira ubuzima ukaba uri gukomeza abandi nk,uko Ijambo ribivuga ngo nitumara gukomera dukomeze abandi.
Aline wanj ubuhamya bwawe banumva noronder Imana gusuvya uko...namye bwira Imana ati ugendane nanj nkuko wagendamye na Aline nanj Yesu ugendana nanj unyigishe...
Maman Imana izaguhoze amarira yose iguhe ivyo wipfuza vyosee mu minsi yose usigaj kubaho kandi ngusabiye ni iherezo ryiza.
Mwanyubatse kuburyo bunini pee uwo mumama ndamukunze cyanee ninkotanyi pee gsa gusenga nibyiza ❤❤❤
Tugoswe n'igicu cyabahamya benshi ❤ courage mama❤
Allah akomeze akomere ibikomere kuko biracyari bibisi gusa uraganira mukinyabupfura.ntamuntu wikomye.Muri macye nakubonyemo ubupfura bwinshi.
Imana ikomeze kukugirira neza ikugeze kuvyo wipfuza vyose amarira warize azohîduke umunezero 👏👏 ikogereze amavuta yogusengera abababaye🤲🏻
Urasa neza rwose , uyumubyeyi aratuje lmana isumba byose ishimwe ko yatumye udapfa kugirango ikigihe uzabe urikuvuga gukomera kwa kristo
Ngewe narakwikundiye cyane.
Gomeza urabagirane kuko igihe warize kirahagije shenge❤❤❤❤❤
Mama Imana iguhe Umugisha mwishiiii cyn rwose unkundishije Imana birenzeho hashimwe yesu wakurengeje umunsi mubi 🙏
Mbega mama mwiza Imana ikomeze kugutwikiza amababa yayo ❤❤
Warakomeretse cyane wa mubyeyi mwiza we. Ariko nibyo haracyari ibyirungiro
Ubuhamya utanze ufashije benshi kuko harimo inyigisho ikomeye imana iguhe umugisha cyane
Uzahorewikunda mama mwiza urimwiza ugomba kwiyitaho imana yakurinze byishyi nagukunze birenze ❤❤❤
Imana ikunda Abasirimu kumu biri nokumutima
Urakoze cnee mama .kudukomeza Imana iguhe umugisha kd natwe turi mu ntambara nukuri kristo yaranesheje
Nkaba bagabo koko imana yagiye ibatembereza nukuri nkuyemo inyigisho pe
Ndagukunda caneeee umubyeyi wimana❤❤
Mama Aline urakoze kunkomeza
Komera chr mwiza yooooo ndababaye cyaneeeee
Imana ikomeze kukubahafi mubyeyi
Ubuzima wanyuzemo buhuye nubwa mama wange rwose,ariko hashimwe kristo utajya ababaza umuntu iteka shenge
Nukuri imana izaguhe umugisha urawukwiye mamaboyi yuganda
Courage mubyeyi mwiza ❤
We love you so much ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Buri muntu ahura nintambara zingana nimbaraga afite..
Ntakigeragezo kitari rusange mubantu..kandi ishuri ryi Imana iyo ryaje numwarimu niyo imuguha...
Ibanga nukumenya
Niba arishuri?
Cyanga ari ikigeragezo kuko nibintu bibiri bitandukanye.
Ishuri ni Kristo urikuraho.
Ikigeregezo urasenga Kristo akaguha imbaraga zogusenga nokwiyiriza kikavaho...Uba wigishwa kurya ifi wirobeye🙏
Duhumure Yesu numwami🙏🙏
Uravuga ukuri muvandimwe
Wamubyeyi we uranyubaka
Hari ikintu nakongereraho , yego nibyiza nkumugore kwikunda ndetse no kwiyitaho ark abagore twe gushaka wibwire ko kuba Uzi kwiyitaho nibindi byose wakorera umugabo byatuma ataguca inyuma oyaaaa , oya rwose ahubwo igituma umugabo ataguca inyuma nuko yizera Christo gusa kuko byonyine uko waba uri kose bituma agukunda kubera urukundo akunda Christo gusa
Imana yamahoro itwongerere imbaraga pe
Imana ikora ibyayo
Maman Aline ikomeze igushyigikire
Yoo ufite amagambo meza ahumuriza be Blessed
Ndagukunda cyane
Nukuri imana ikomeze ku kurinda
Uramenye ntuzarenganye mama wawe ibyo yakoze b'ingenzi ku buzima bwubuhamya bwawe.biba bategetswe n'Imana kugirango wige ishuri ry,Imana usome Zaburi 119:71 burya nyoko yahungaga imirindi y,Imna wari utangiye kugendana nayo
Yooo Mama ubwiza bw'Imana bukuriho pe
Imana ntago yanga imirimbo ! Murekereza se ko abahamya ba yehova badasenga imana yukuri? Kdi se ninde ubarusha kurimba?
Amen Amen!!!
Mana yajye ndumva nakomeza nkakumva mpaka mpfuye🙌🙌🙌🙌😘😘😘
Ngyewe mbona umugabo wawe yaragiraga zanyabingi muriwe, kuko numusazi atinya nyina pe
Imana y'amahoro iguhe umugisha urasa neza cyane ❤❤
Urakoze rata Aline,umugabo cg umugore araguhemukira ukumva urazinutswe igitsina gabo niyo yaba yisize iki,utarakomeretse ntiyabyumva ariko ndakumva100%
Nkunze ko ufite amagambo akomeza imitima yabafite intimba. Imana iguhe umugisha
komera mukunzi wanjye Aline arko disi umfite amagambo akomeza abandi njye twavuganye naragukunze pe
Ese ingene wari mwiza disi Imana izogukize ibikomere
Ufite amavuta pe , uri mwiza. Kandi Imana izagushimisha ukiriho
Arine urakoze cyane muncuti mwiza imana ikurinde
Imana niyo nkuru
Uzakomeza wiyite ho! Gusa neza nibyiza Kwambara neza nibyiza ubaye ubishoboye. Imirimbo ntaco itwaye rwose ahubwo yjewe nabigukundira. Erega Imana si Mana Wu Mwanda Kandi umugore aberwa nu bwiza
nukuri nanjye uranyubatse
Ariko nanjye Neno yantabaye ngiye kwiyahura ampa agakiza gafite ireme disi
100%kwikunda n imbaraga z umugore pe.Har igihe abagore dusunikira abagabo bacu hanze sometimes.
Amen 🙏
Gusa Aline ntasazwe pee
Numubyeyi mwiza kandi utije
Ndamukunda
Pole sana mammy
Sha ubuzima wanyuzemo nikubwo nanyuzemo gusa ntiyankubise inkoni ngewe nikomere byinshi mbananabyo nange yaru muporisi nge ibikomere biracyari bibisi twari tumaranye imyaka 25 gusa umuntu ni mugari
Mukunzi wa kristu,kizire kwiyica,uba usohoje umugambi wa sekibi:kwica,kwiba,kurimbura,ariko kristu yaje ngo intama zironke ubuzima kandi ubuzima bwuzuye.Humure,Gusenga ni kizimyamwoto,ni urupfunguruzo,ni intwaro y'umukristu
Yoooooh lmana niinziza
Abagore twarashize💔💔💔😭😭😭 ariko Imana iratuzi tu
Pole shuti abanu nibikoko
Uvuze ukuri mubyeyi, ntamukristu utagira intambara muriwe
Igirire icyizere nibindi izabikoraaaa mubyeyii shikama uzagire Amaherezo mezaaaaa❤❤😅
maman arine komera imana yarakurinze urintwari
Yoooo komera mubyeyi, Imana izomora inguma! Nari ntegereje iyi partie❤
Nyabuna ndabona ibyo mungo ari dange!harakabaho umubyeyi wacu nyakubahwa Paul kagame we watumye byibuze umusonga ugabanuka,uko biri kuba yarashyizeho uburinganire nubwuzuzanye
Nukuri iyo umuntu agihumeka byose birashoboka.
Ikijyanye nimirimbo harumubyeyi wasejyewe naratewe ndatabarwa naje kumubaza konumva nasejyera murusejyero rwwnyu kd nkaba fite amaherena ahita ambwira ntarakomezako ataricyaho gusa ninumva biciriye urubanza nzabireke ariko Imana ntiramubwirako aricyaha
Imana ni shimwe ko burikintu kigira iherezo Uwiteka aguhe umugisha kubw'ububuhamya burangomeje cyane kandi nawe akomeze abane nawe
Yooooo 😭😭😭😭
Amen Amen
Abarokore kuki bita ku muntu winyuma ayo ni amahame y'idini icyo Uwiteka yitaho ni umutima umenetse
Yooo impore maman
Rwose ku bw’abantu ibintu by’urugo hari aho uzinukwa. Keretse Imana gusa
Abatazi urugo rubi ,baba bumva ur igicucu.Ndakwumva mukobwa wacu.Komera cherie.
Byandenzeeeee
Ntibyoroshye pe GBV isigira ababyeyi benshi trauma. Imana ijye ikomeza kukomora kandı iguhe gukomeza kuyikorera no kuzabona ijuru.
Wihangane mubyiye imana irikumwe nawe
❤❤❤
Nsengera kuko ndi mubigeragezo binkomereye byinzara peee nubukode by inzu bingayo kdi nta hepfo ntaruguru ingufu zimaze gushira