UMWANA WA ALINE😭PAPA yanjyaye Mu IRIMBI KUMVA Y'UMUKECURU😭BAVUGA KO Ndwaye SIDA Kubera ibyo YAKOZE😭
Vložit
- čas přidán 20. 12. 2023
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Imitongero yose y'umwanzi sekibi kuri Linda no ku bandi bana bose bo ku isi, iteshwe agaciro mu MARASO ya YEZU KRISTU; Alleluia alleluia, Amen!
Amen
Plaiisir!@Mu buzima bwanjye ni ubwa mbere numvise ubuhamya nikurikiranya ntasimbutse n'igice na Kimwe.Ndi Colette MUKANDEMEZO.Ndakwwmereye uzamvuge amazina.Aline yatumye nkizwa kurushaho!!!Mufite umurimo wowe na Aline muhabwe umugisha
Mukandemezo Collette Yesu ashinwe ndagukunda❤
Mukandemezo Munyamakury muraho
Muraho Colette ❤
Sijya mpaga kubumva nukuri ndabakunda cynee❤❤❤❤
Nyagasani uwampa ibifaranga, natwara abana baruhana na ba Maman wabo, nkabaha icyo bifuza, bakalya batagowe! Blessings to you, Iyabaremye irabakunda kandi izabahoza!
Icyonakeneye cyane namasengesho na affection sibifranga burya biza arinyomgera,,,Nonese ubu urunva Aline akeneye ibifranga?
jye nategeka ababyeyi bose gutanga indezo, byaba ngombwa hakaba TIG leta ikishyura, abandi bose indezo igakatwa à la source . Ntabwo umubyeyi umwe yahangayika wenyine atarabyaye wenyine. ni matter of responsibility
@@gracemartine6814nabyo biba arijyenzi guhangan nimbaraga mbi ukojyerah nibibazo byubushobozi ntibiba byoroshye cyanr cyane ko iyo shitani yumugabo yamushyizeh umwuk mubi wo kudakora
Ooooo!Courage Maman Rinda nanubu ndacyatega amatwi ngo numve gukora no gukomera kw'Imana yacu
nakomeje kumvamo ibyanjye byinshi ariko twe gucogora dukomeze twirike kuri Kristo azaturengera
Ubutumwa bwawe burimo imana isitoshe ntibunarambirana kubwanjye ahubwo numva wanakomeza byonjyeyeho univugira neza urshimishije yesu agume akuyobore kaza mwendo mama
Jewe ndi umurundi kandi nanje ndagusengera . Nukuri Imana irikumwe nawe Kuko yarakurinze caaaaane iragahezagirwa.Linda nawe Imana yarakurinze kandi izogukoresha uze uyikorere kibondo impera uzoyihabwa na Yesu.Halelua
Aline basi uzajye utwibwirira n'ibindi wibagiwe utavuze, mu myaka 17 habaye byinshi, jye simpaga kubumva, kuburyo nibaza niba hari ikindi kiganiro cyanyura nk'icyanyu.
Nanjye kumbwubutware nahawe Linda nakire mwizina rya Yesu
Amen
Amen Amen Amen
Dusuhuje Grandma,seeing her daughter and Grandchildren suffer,she suffers the most, wishe her to keep strong and Thanking her for always being there for them,I thank Uncle to be there all the times,He is such a unique person, keep praying mah!!
Komeza mukobwa mwiza, ukoze satani isoni, nicyo Imana iba yaraturindiye kugirango igihe kigeze ugukomera kwayo kugaragare.
Sinkikora akazi mba numva ubu buhamya iyo ntabumvise mba numva natanzwe nukuri ningenzi cyane kd buratwubaka buraduhumura turushaho kumenya ubwenjye no kumenya imbara z'Imana kd mukomere yesu arabakunda cyane nibitari ibi azabikora hashimwe yesu we wabyemeye❤❤❤
Plaisir nsuhuriza Linda na maman wiwe sha intahe yabo yanyigishije vyishi kumbe isi iberamwo vyishi amaraso ya Yesu yame abatwikiriye josée nairobi
BAhO lynda knd wongere ubeho yesu christo yarakurinze.
Mana uko ugenderera abandi ugenderere uyu muryango, hejuru y' umubabaro burya hari imibabaro. Mana nziko ngendana umusaraba ariko mbabarira mu bubasha n' ubutware ufite ukize Lynda mu izina rya Yesu Kristo.
Iyo ndwaje Umwana Icyumweru gusa ndananuka Mana data uzarengere ururubyaro🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Alléluia Alléluia ❤❤❤❤ ndishimye kubwa Chadia. Impundu mw'ijuru. Uhisemo neza Chadia IMANA iragukunda kandi izagendana nawe, wemerere Kristo ayobore ibyawe byose, umwimike mu mutima wawe nk'Umwami wawe, azakubera byose, rero umwanzi ari bugerageze kukwereka ko wahisemo nabi ariko ntumwemerere kuko Yesu niwe nzira, ukuri n'ubugingo ntawujya kwa Data atumujyanye. 🎉🎉🎉🎉❤❤❤🙌🙌🙌🙌🙌
ESE Aline yitwa Chadia? Waouh ni ryiza❤
@@uwizeyeclaudine3306 Ntabwo yitwa Chadia. Ni sms basomye bagitangira y'umuntu uri muri oman wakijijwe kubera ubu buhamya. Rero ntabwo ari Aline witwa Chadia😊
Komela chane Rinda na Mama Imana ishoboyebyose ibiyereke uwomugaga ntakinyabupfula yabivunganye mukubyi Rinda Iyonvugombi chane
Yoooo nejejwe na Shadia wakiriye Yesu Kristo nk'umwami n'umukiza. Aline Imana iguhe umugisha kubwo kumena amabanga ya satani benshi barigukizwa kdi abakijijwe nabo bakava mu miteto bakamenya ko barwana n'imbaraga z'umwijima iyo tutabaye maso ziradushobora. Turakomeza tubasengere.
Imana ya Abraham ya Isaka na Yakobo Se w'Umwami wacu Yesu Kristo, irahambaye mwijuru no mwisi , abayo yabamenye kera abayo yabamenye kera cane.
Muhumure Iyatanguje igikorwa muri mwebwe, ni nayo izogisozera haleluya Amen.
Linda kibondo,uri mwiza Kandi uri uw'agaciro gakomeye mu maso y'Imana,nta muntu n'umwe wabasha kurogoya imigambi y'Imana ku buzima bwawe,uzaba umukozi w'Imana numva mbyizeye,amaraso ya Yesu agutwikire n'abavandimwe bawe na Maman wawe Kandi erega n'uwo mugabo Imana yamuha agakiza akaba umukozi w'Imana akamena amabanga ya satani
Aline azaba umukobwa wigitangaza! Ariko Papa we ntago azakizwa Imana yabwiye Aline ko uwo mugabo azagwa kugasi
Plaisir, Ndabakunda , Mwuzuye
Ubwiza bwimana
Mwarahezagiwe, Turabakunda pepeeeeee, Igikorwa ukora giteye ishyimwe imbere yimana nabamalayika, Nabakerupi
Nibinyabugingo, Murakabaho
Tubifurijye ibyiza gusa bivakumana!!!
God be bless you so much ❤🙏
Mukomere cyane ndabasuhuje mu izina rya Yesu kristo mugire amahoro kandi uwiteka akomeze abatwikirize amaraso yumwana we nanjye mpora mbasabira ku Mana ngo izashyireho iherezo kandi turabyizeye kuko nibyo yakoze nibyimbaraga mukomeze muhumure
Humura mama Aline haraho inkuru yawe yankuye Kandi numva nongeye gukunda Imana Irakomeye cyane tuzayihoraho ibihe byose iyo ngiye kuryama mpora nibutsa Imana nti Mana yabanye na Aline nibibibazo byanje Urabishoboye Izina rya yesu rirakomeye
Imana ibahe imigisha kubw' ubutumwa bwiza mudahwema kitugezaho umunsi kuwundi ndi mubantu babakurikira. Bicece ariko inkuru ya Aline yatumye nongera gukorwa kumaso bundi bushya niga no gusenga mubundi buryo ,................
Yesu Ashimwe cyaneee, ubuhamya bwawe burandijije cyane, yewe muri abakozi b' Imana pe,
Mbega ubuhamya!!! Muri abantu badasanzwe, Imana Ibahe umugisha mwinshi cyane, nukuri. Aline Imana Izabagiria neza bidasanzwe, komera mama, Uwiteka Imana Irikumwe nawe, Izagukorera ibitangaza byinshi, wankoze ku mutima
NTA muntu numwe warambirwa kumva Ubu buhamya BWA Aline, N'UBWO bibabaje ariko buranerekana UBUBASHA N'UBUSHOBOZI BW'IMANA YACU DATA WA TWESE.
Aline njye mwiyumvamo cyane kukp iyo avuga ngirango no ibyanjye avuga. Ikindi mukundira n'uko atajya avuga nabi catholic, BURIYA gusebya Aho wavuye na BWO ni ubundi burwayi, .... Aline komera cyane rwose Imana yaragutoye kdi ICYO YATANGIYE MURI WOWE IZAGISOZA.
Shalom shalom
Amen
Bene Data mbabwire burya ubu buhamya bukanguye benshi aha nanj novuga vyinshi arik Imana inyongere inkomezi kuk nanj umwana ndeze yavyutse nsanga mumugongo asa nuwo naciye ururasago rumwe kand haramubabaza cane ariko Yesu yaranesheje ntabwoba mfise nanj kuba nkiriho ni Kristo ari muri je. Muvyeyi nuruvyaro rwawe Imana ibiyereke bundi busha
Imana yarahabaye icyo gihe cyose nubu irahari kandi birarangira vuba gutabarwa kurabonetse mwizere Yesu yaratsinze rukupfu na kuzimu Ubu nimuzima mukomere Yesu mirikumwe
Nukuri Imana ibahe ibihe vyo kunerwa ibibagize imiruho mwaciyemwo
Imana izica uwomugabo ntabwo abana bawe bazapfa ntabwo Imana yacu ikunda agasuzuguro kabarozi Imana yarirahiye Icyubahiro cyayo ntizagiha umwana wumuntu
Maman n'a mutoto munamasauti ya kuvutiy a Munngu nimwema nawapendavsanaa n'a ninazidi kuwaombeya❤❤❤
Uwatangiye ububuhamya wese abayumva akeneye kumenya amaherezo sishobora kurara ntumvise ibikurikira
Plaisir nukuri mukora umurimo ukomeye w'ivugabutumwa lmana ijye ibaha umugisha.nange nize isomo ryo kwiga kwiyiriza ubusa mbonye ko bifite umumaro munini kdi nange ngiye gutoza abana gusenga
erega umutima w'umwana kwikorera ibintu biremereye kuri uru rugero. ababyeyi bumve ko kwikoreza abana imitwaro bidakwiye aha ndavuga papa na mama muri rusange. ubundi iyo utiteguye kurinda umwana wirinda no kumubyara. babyeyi, babyeyi ndavuga cyane ngo numvireho nanjye ndi umwe muri mwe. murakoze
Imana ibahe umugisha, muri iyi episode 14 nizemo gusenga saa 15:00 ark zijoro niko umwuka abimpatiye
Jyenda Aline ubaye uwambere Kuri zaburinshya
Hari nundi witwa mama letitia nawe kuri zaburi shya yatanze ibiganiro muri episodes byari byiza
@@user-ot3bm9ex4l😊
Abo bakubuza kuvuga ubihorere
Ubuse hamaze kubohoka bangahe kubera ubu buhamya.
Komeza Aline mwiza, uri kudufasha cyane! Turi kurushaho kumenya ko isi turimo yuzuye umwijima kandı ko tudakwiye kugira ubwoba kuko Yesu ariho👌Uhabwe umugisha ukomerezwe amaboko kandi Zaburi Nshya niyagukeeeeee🙏🏽
Prasir Yesu ashimwe nukuri ubuhamya bwa Alone na Linda bwanzibuye amaso natwe mumuryango wacu baradutereranye ababyeyi bacu bamaze gupfa twabaye ibivume nta numwe utwitayeho ariko ikibabaje noneho Niko masenjye wacu Ari mubamwe abaturoga ,musaza wanjye yararongoye ariko ikibabaje amaze imyaka 4 atabyara bahora muburwayi bwa buri kanya ikibabaza Niko uwo bahaye uburozi ngo abuzane Ari umuhungu we yibyariye Imana idutabare natwe turasenga ariko ntabwo turagera kuri Leve ya Mum Linda Nukuri ariko Natwi twizeye Imana nzi neza ko Imana Izadutabara
Amahoro y'Imana abane namwe.
Naranejerewe n'iyi ntahe kuburyo mugusenga kumwe duhora tuvuga ngo Mana ya Daniel, Elite. Nsigaye mvuga ngo Mana yatabaye Aline nanje nkorera iki canke ukindi.
Mme Aline, Linda na Plaisir Imana ibahe umugisha mwinshi. Buno buhamya ndi kubukurikirana bwose ariko Imana yarabakoresheje cyane kuko bwankuye ahantu burya hari igihe umenyerana n,'ubuzima bubi satani aba yarashyize ku muntu ariko ku bw'ubu buhamya ndahagutse gukubita satani n'abana be ndetse n'abuzukuru be. Mana twambike imbaraga 💪💪
Ntabwo duhanga ubuhamya bwawe Maman Linda komeza wibereho twaritwategerejye part 14
Icyakoze aba bana bakeneye oncle wabo en plus de maman. Abandi bose bigaragara ko batazi kwihagararaho. Imana izabarinda ariko n’ubwenge bwo kwirinda burakenewe!
Yes Anjo, uburyo bwo kwirinda burakenewe. Uncle ntazahorana nabo aho bagiye hose, mama we byaramutenze. Gusa aya makuru akwiye kugezwa ku bashinzwe umutekano. kuba mu bwoba ubuzima bwose umutima ntiwabyihanganira igihe kirekire.
@@user-cm3nd7um3l yarabivuze ko bose babizi muri RIB, mu nkiko, Haguruka, mu nzego z’ibanze… Satani babanye acunga abana bavuye iruhande rwa nyina akaba arahageze n’imyuka ye y’ iterabwoba… ariko agatinya uwo uncle
@@Anjo23 nibyo ariko kwibutsa igihe cyose arenze ku byo urukiko rwategetse. Nta muntu numwe uri hejuru y'itegeko ry'igihugu.
Ibibazo mfite jyubwange numuryango wange cyane cyane abana bajye,nari narabyakiriye numva bitakinteye nikibazo ataruko atarikibazo,kuva uyumunsi ndabyanze mbonyeko harimana kora kumugaragaro
Imana yabanye naYobu mubihebyose bigoye. Ariko yakomeje kwihangana nyuma Imana iramutabara none natwe nidutabarire uyumuryango wa Aline
İyi famille irashimishije bafite amajwi meza bose kdi muzabaho neza cyane
Imana izabagira abakomeye cyaneee
I mpamvu ikikigabo cyuzuye shitani cyanze kujya gusezerana murusengero, urumva ko ntakuntu satani yari kwinjira ahera hi Imana.
Mama lmana iguhe umugisha,ubu buhamya buranyubaka,gusa ub urinzi bwayo bubabeho
M.Aline Imana yo mwijuru izaguhembe cyane!!! ukiri mwisi Yesu azaguhembe kdi no mwijuru Yesu azakwambike amakamba kuko urumubyeyi pe!!!
Ayiwee! Nahageze nakomeje gucunga Yesu abishimire ❤❤❤
Amen Amen Amen Imarakomeye cane Ubuhamya bwanyu nuzashikana benshi kukugororoka
Aline thank you wabaye umu star kuri zaburinshya. Nukuri Hari aho wadukuye naho utugejeje. Imana iguhe umugisha. Kandi Imana ijye ibakomeza
Ntabwo Ari ubustar sha nugushaka kwimana isumba byose
Maman aline yesu aguhe umugisha cn kubera intahe yawe irarokoye uyomuntu arimubihugu hanze knd yaratazi umwami yesu christo none afashe ingingo yokwihana biranezereje cn nukuri yesu aguhezagire cn
HALLELUYA HALLELUYAAAAAA Imana ishimwe cyane Yesu azabazana nabari kure bose Yesu azabazana
Ubuhamya bukebura abantu b'Imana.none nibarize gato,wamurozi yafatiwe hejuru y'inzu ivyiwe vyaranguye guté?Imana ishigikure uwo muryango.mwihangane ikirundi kiragoye.
Ndashima Imana yabarwaniriye kugeza uyu munsi
Ego kabisa nishimwe iyo mana🙌🙌🙌🙌
🥹🥹🥹🥹narintangiye kujyira ihumure muriyinzira yumubabaro ya mummy warinda 🤔ark nongeye kurira nokubabazwa narinda disi gusa imana irahari kd irababona pee kd turabasengera nshuti zumusaraba❤❤❤
Mana we narincunze.❤ Yesu abishimire❤
Yesu Christo arakora 🙏🏾
Humura uzakira Linda mwiza Imana igukize mu izina rya Yesu kristo winazareti
Abo bana bato bafite ukwemera gukomeye,maman wabo yabatoje gusenga biboneye 🙏 Imana ikomeze ibabohore kdi ibagilire neza
Sinaryama ntabwumvise, rwose mbashimira ko mutadutindira, God bless you all
Ntabwo ndambirwa kubakurikira ndimo ndarushaho kumva ubwiza bw’Imana no gutahura amabanga ya shitani God bless you and still protecting your family 🙏🙏💕🙏
Umunsi umwe Imana izomutabara ndabihamya neza Iyagiriye neza wanje nawe azakira nukuri ndafitiye icize Iyomwijuru❤❤
Data wa twese Mwizina rya Yesu uyu muryango wurengere uyu mwaka bazawutangirane amahoro n,Imigisha no kurindwa biva muri kristo Yesu Amen
⛔⛔ 🙌🏾 🙌🏾.
Mumbabarire, hano numva ari kurenga umurongo.
Kubaza umuvyeyi Aline ivy'abana afise, ndavyumva.
Ariko...
Kumubaza ko yanduye ego canke oya 🤦🏽🤦🏽🤦🏽. Iyo ni vie privée. Si ngombwa. Nti turi murukiko, please!!! Aho, murarenze akarongo.
Abivuga, ni kubushake...
Murakoze.
Uwo ukubwira ko uri kuvuga ibiteye ubwoba kuki yunvako Aline n'umuryango we aribo bariguhura n'ibiteye ubwoba bagaceceka???!!!😮reka IMANA irwanirire ubwoko bwayo
Uwo muntu azasome bible mu iyimukamusiri arebe uko IMANA yiyerekanye.
Nanditse nyishi muduce kugirango ntica ikinyarwanda mumbabarire kandi murakoze mpoberera Aline nabanabe
Yesu ashimwe, Aline yabaye umuntu w'intwari kandi aracyari ku rugamba. Nagira ngo mbabaze Aline yamaze imyaka ingahe muri ruriya rugo.
Imana Mushobora vyose ibahezagire, kandi ibongerereze n'ibindi vyinshi, kw'Izina ry'Umucunguzi wacu Jésus Christ yadufiriye kugira tube abavukanyi biwe muri Data wa twese wo mw'Ijuru .Amen ☝️☝️☝️
YESU abampezagirire muriko muraduhumura amaso
Maman Imana numukozi w,umuhanga pe,kuva numva Ubu butumwa bwawe,narumvise ihumure mumutima wanje Ubu mugusenga mvuga ati Mana ya Aline nunje imbere kuko ivyawe biratangaje Uriko uvyumviriza bisiga ubwenge bwacu,ariko muvyeyi uzoshire Imana imbere muri vyose kuko yagukoreye ibikomeye
Uyumuryago wambereye inkomezi narinacitse inejye ariko bwanyojyereye imbaga. Imana ikomeze ibarinde muryago mwiza
jye rero byabaye ikinyuranyo kuko namenye ko abantu babi bariho, ukaba mubi no ku muryango wawe wiremeye. ubundi umuntu aharanira gukomeza umuryango, akawuteza imbere. kuwisenyera kuri ubu buryo ni bishya kuri jye.
Ikindi nakuyemi ni abantu benshi bari mu mwuga ntubakore kinyamwuga ni benshi pe, ubu ni muganga ariko hari n'abandi...
Gusa mbonye imana ivuga kandi igakora ndushijeho kuyizera,ngiye gushikama mwisengesho ndumunyantegenke mugusenga mubusazwe ariko ijwi ryayo rinsaba gusenga rinyinginga rihora mumutima wange
Imana Ibarinde kuko ni Rubasha
Mana yo mw’ijuru tabara Rinda na family yee nukuri
Uyu muryango urarushye pee
Ariko hari lmana iruhura
Mwihangane yesu arahari’
Gusa izi eps ndazumva nkarira 😭😭😭
Imana ishiiiiimwe hallelujah hallelujah abana beza babanyamugisha
Yoooooo Yesu uri mwiza.courage Aline mukozi w'Imana
Amen amen 🙌🙌 mpaye lmana icyubahiro cyane Kuko ibasha gukoresha nabana bato
Icakora Imana numukozi wumuhanda nanje umusi Imana yankomeje ntagifite ubwoba ibihamya ko yesu akora birahari peeee nanje nakuze ntabona urukundo gwabavyeyi ariko ubungubu ndabishimira Imana ahigejeje ikora Imana ishimwe cane kuvyo igenda ikora murakoze yesu akomeze kubakomeza cane
IMANA mubwiza bwayo itabare uyu muryango.
Uko musenga mubohoka all the evil spirits are going back to the sender! Abadaimoni bashye me,Izina rya Yesu
Imana ishimwe nari ntegereje ikindi gice Aline humura Imana irabakunda
Niriwe ntegereje part 14 Mana yanjye. Ubu kuryama reka mbe mbiretse. ❤
Shalom shalom
Aline, Gubwaneza
Uwiteka, Abazigame
Turabakunda cyaaane
God blessed so much 🙏❤️
Plaisir turagukunda cyaane
Nijuru, Ibyunve, Ibihamye
Mwarahezagiwe peeeeee
God bless you so much
Somera:Aline
Yeremiya 33
Umurongo:3
Girimigisha
Ivuye kumana
Umwami arwana inambara nziza ❤mukore abera bazanesha
uwo muntu uri muri oman mumuhuze na Kanguka « Chriss Ndikumana kuberako yohereza ijambo ry’Imana rigafasha umuntu gukura mu gakiza kandi nta mukozi w’Imana bari kumwe amaso ku yandi
Uwo se ni Yesu mu muhuza nawe?
Aline komera kandi ukomeze uduha ubuhamya uko bwakabaye❤
Mpora ndeba ko partie yindi yaje noneho rero 13partie narafashijwe cyaane nizereko naka 14ème partie nizindi narafashijwe arko iya 13 byarandenze nsaba plaisir ko nimuhamagara azambabarire anyitabe azabakoze
Nukuri nanje ubuhamya bwawe nguma mfise inyota yo kubwumva.iyi partie ya 13 vyatumye ntinya IMANA kuruta kandi vyampaye gukomera muburyo bwipwemu.komeza gusenga muvyeyi mwiza.
Imana ibahe umugisha kubwubu butumwa bwiza mutugezaho
❤❤❤ komera Aline we n urubyaro rwa we na Plaisr ahabwe unugisha kubwo kutugezaho ububutumwa bukomeye butureba twese nkabanyarwanda. Aline we n umuryango wawe muli MIROIR TWESE TWALI TUKWIYE KWIREBERAMO NKABANYARWANDA UKO DUSA IMBERE Y IMANA, MAZE BIKADUFASHA KWICYEBUKA NEZA UKO DUSA TWITEGEREZA NEZA IMIRYANGO TUVUKAMO CYANGWA TUSHAKAMO
Plaisr
Mama
Wa
Aline kuko kwumva
Avugamukiganiro
Ariwewatumye Aline abananuriyamuzimu
Nukurintazonzere kuvugira mukiganiro.iyabamama wa
Aline iyabayuzura umwukawera ntiyarigushingira umwanawe kumudayimoni😢😢
Hashimweyesu akirinze rindanabavandimwebe
Na
Aline
Imana ishoboye byose nisaha itaragera
Isengeshorya Linda ririmo amavuta nubwenge
Nkuwo muriyi minsi ndikumva witwa kavamahanga disi ni mumuhuze nawe wenda babohoka uyu muryango uyu mwaka ukagira amahoro nawo plazir plazzzz ndagusabye ubutaha tuzashima Imana
Imana iri mu kazi✍️✍️✍️✍️
Iki gice nicyo cyambabaje bikageraho mpagarika mbuze imbaraga zo gukomeza kumva. Byatangiye nishimye numva gukora kw'Imana, bigeze mo hagati aho mama wa Aline yatangiye kuvuga, aho sekibi yaje ashaka abana, mama wa Aline arabatanga kd Imana yari yarababujije ngo niyongera kubashyikira ibizakurikiraho bizaba bibi, birangira bibaye.
Mana za nzira zawe zitari nki iza bana ba bantu utabare Aline nu muryango we. Ndabizi warabikoze gusa ndasaba ngo uzasoze neza imirimo watangiye. Uri Mana Ikomeye.
Aline muvyeyi mwiza komeza kubera uriko utuma abantu babohoka kandi umurimo w'Imana uwuriko kandi ubuhamya bwawe bugiye kuzana benshi kuri Yesu kandi wibuke ko ari iminyago yawe komeza komeza satani akorwe nisoni.Hanyuma Plaisirs Imana iguhezagire kuba yaraguhuje nuwo muvyeyi mwiza Aline kandi witegure kwakira nabandi
Manawe mbasabiye Imigisha myinshi
Aline n’umuryango wawe❤️
Blaisir be blessed man of God!
Imana y'amahoro ishimwe cyane ku b'wuyu muryango,kndi nshimye Imana cyane ku b'abakiriye Yesu nkumwami n'Umukiza mu ubugingo bwabo, Yesu abahe umugisha cyane,Amen
Tugukunda runini ndagukunda caneee
Jyewe ndacyaryoherwa pe!muduhe ikindi gice