đą MAMA na PAPA banze Kuza mu UBUKWEđ Nubwo Akennye ariko Arankunda†Mu Ijoro ry'Ubukwe twaraye Hasiđ
VloĆŸit
- Äas pĆidĂĄn 13. 03. 2023
- #Bahamagare_0788659545
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - ZĂĄbava
Injira muri group yo gushyigikira Sabrina na Gilbert youtube.com/@Izabayo_Uwera
â„ïž
Nabakunze cyaneeee niba bishoboka nabona number zanyu plz
Reba ikiganiro kirangira Gilbert yazitanze amaze gusenga
Numero bazishyizeho hejuru
@@irakozecledon-9892 singiyo Link ya Groupe yokubashyigikira se ? Yinjiremo urazihasanga unabavugishe unabafashe
Ndabakunda cyane Imana ijye ikomeza imihigo myiza muhizeđđ»đâ€
Ni beza cyane ! Bakomeze Bizere Imana Ni Inyambaraga Izabaremera byose nibomatana nayo .
Ariko wamuntu we wibwira nabi abageni rwose ntacyo babaye, ahubwo ntimurenganye ababyeyi kuko babonaga ubuzima buzabagora bakanga guseba, mubyukuri umuntu akwiye gushaka haribyibanze afite bizatunga urugo, uzi gukora ubukwe ngo ntana make mufite ngo abantu bazitanga byanze bikunze muhura nibibazo, mwagera mu rugo inzara, kwishyura inzu bikaba ikibazo, ubwo umwana nawe akaba araje
Ubwo bageze muri social media, ubu ubuzima bwamaze guhinduka
@@rosenyirahabimana60 đđđđ
Ariko mana ushimwe caneee kubukira urungo ruhire mukomere imana yacyu irakomeye iteka rwose dabakuda from mulenge đšđ©â€ïžâ€ïžâ€ïž
Oooooohhhhh,Mana weeeeee mbega urukundo,icyavuye mumasengesho kirindishwa amasengesho, mugume kuruwo mwami
Wao uvuze neza cane icuhawe nugusenga ucakwa nukudasenga so, mube abagabo muhamye Imana ,Koko niba ariyo yavuze ntimucike intege izabubakira ,natwe niyonzira ducamwo abavyeyi nubgo batorosha ibintu ariko turabndanya urugendo tuuuu kumera kumana gsa peeee
Mbega plaisir ngo abahungu barebare bakunda gutereta cyane,!!!!!!mbega ubushakashatsi
Mbega couple nziza Imana ibahe umugisha kandi muzatandukanywe nâurupfuđđđ
AMENđđđ
Ntaco Imana itokorera abayiringiye muyinambeho gusa abantu bobata Bose bakagenda ariko Imana nomurupfu niwayiringira muzoguman
Only God đ„° gusa njye ndabona mwabagira inama yuburyo babona akazi kuko bagize amahirwe yokwiga ubuzimza bazabuhindura kandi neza ikindi ababyeyi bazabagarukira ntimugahangayike.
Bambi sha disi muzarwanirane ishyaka ubukene singeso ubukire muzabubona muracyari bato igikuru nugushyira hamwe ababyeyi bazabagarukira
Ndabakunda imana ikomez kubaguraâ€ïžizabubakire
Turagukurikira kandi ndagusengera Plaisir.Uri amaboko y'Imana ikoresha mu buryo bwagutse.Nuhura n'intambara zihagurukijwe na shitani ntugacike intege Komeza..
Muzagire urugorwiza dix imanĂ izabane namwemuri byose
Imana izabubakira mureme nimba ariyo yabahuje ntakizobanyiganyiza kandi izobabeshaho ababataye bazobagarukira
Imana nimuyubaha ntimusubire inyuma muzaba abantubakomeyeđ„°
Oooooooh nukuri ndabyishimiye kdi ndabakunze ,Imana izamwubakire mama
Murasa cyane nimwikundanire ntakibazo ,amafranga azaza
Uyu mukobwa uretse nubwiza afite kwihangana nu mutima mwiza ni gihe gito nibindi muza bibona rwose mufatanyije gusa ni muzibagirwe imana mwizeyeđčđčđčđčđčâ€ïžâ€ïžâ€ïž
đđđ
Bana bacu imana nibagirira neza ntihazagire uhemukira undi kuko nibyo byeze
@@kabandaclaudette1634 Yego Ntabwo Tuzahemukirana IMANA Izadushobozađ
Yoooooo, mbega ababyeyi Batagira impuhweđđđ
Imana izabubakire disi.Natwe yaratwubakiye ,turi abanyeshuri.ubuhamya bwabo burasa n'ubwacu neza.
Oooooohhhhh,abeza sh muhumure urukundo nurwambere Christ azabashyigikira wowe mukunde imana Kandi muyikorere,mwange icyaha
Ndabakunze cyane muri couplé nziza Imana izabubakire kandi izabahe uburame muzabyare muheke ndetse mwuzukuruze
Mbega byiza ! Shimwa Mana yo mu ijuru ! Mwarakoze cyane rwose kutagira umutima n'amaso birarikiye ibintu ahubwo urukundo rmukarurekera gatsinda
Waoo vyiza cyan pleisir natwe turagusuhuje cyan. Mwizina rya YESU. ham shenge nivyiza cyan
Oh God,Uwiteka azabanezeze kubira ababyeyi ubafite ugakomera ntibyoroshye.
Mana uremere uru rugo rwihaze muri byose , uzarurinde ibyonyi , uzabahe imbaraga zo gukora , uzabagwirize abantu n'ibintu , uzahe abazabakomokaho umutima nk'uwabo , mbibasengeye mu izina rya Yezu
Yooo urakoze đ
AMENđđđ
Muzababarire abobabyeyi ntabwo barihejuru yimana imana izabagirira neza batangare
Shaa Ejo muzab Abantu Bakomeye Disi erg Disi izo Zibikaa "zari Amagii"Kndi Muhumure Ejo muzogaruk Mufis Iyi ndi Ntahe Ifadikaaa
AMENđđđ
Imana nurukundomuzabyare hugu nakobwa urugo nurukundo sibintu
Girbert yabaye umunyeshuri wanjye ndumva nubukwe bwe narabusengeye Kandi mubwira nicyo Imana yavuze Kandi iyo Imana yavuze ntiyivuguruza
Yego Nukuri N'IMANA Itabeshyađ
Ababantu imana ibafiteho umugambi mwiza mukomeze kubana ni imana igiye kubakorera ibintu byiza cyane kandi imana irabishimira muhumure
Thank you so much đ
AMENđđđ
Imana ibabe hafi guko mwarubashe ijambo ryayo
Gusa ndabakunze gusa musenge ababyeyi iyobatabahaye umugisha harigihe byanga pe ibyobavuze bikabasohoraho kd muzateri ntabwe munjyekubasabi mbabazi mwiyunge nibyobyiza muzaganduke
Uransekeje kbs! Ndakumenyesha ko Imana ari yo itanga umugisha
Oooooo congratulations đ thank Allah for giving me a baby đ¶ đ â€ïž
Mpora mbivuga bakanseka ngo ndikijuju ariko urukundo rurutq vyose kandi natwe ubuhamya nibunini ariko imyaka ibaye 10 ariko ntiduc8ka intege ndabakunzeđđđ
Urakoze muvyeyi amajambo aba menshi iyo ushakanye numukene ariko urukundo ruruta vyoseâ€â€â€
Wou mbeng byiza â€â€â€ ndagukunda
Uru Nirworukundo KBS Imana izampe umuntu Ufiturukundo Nyakuripe
Imana ninziza cyane!
Ariko disi Gilbert na Sabrina murasa cyane munafite no kwifata kimwe , imivugire na expression mukoresha wakwibwirako mwarerewe mu rugo rumwe
Imana ibashyigikire muzahirwe urugo rwiza
Yooo Imana Izabubakire shenge
Uziko musa wagirango muvindimwe
Data weeeee mbega ibintu bibabaje nta paa nta Mama ntaho kuba Yesu weee
Never giveup young couple,God is all we need.đ„°đ„°
Yoooo disi lmana izabubakire rukomere
Abandiiii bafise urukundooo yoo Muhunguuu vrt slt kwer
Ndabakunda
In God we trust nukuri Imana irakomeye
Imana ishoboye vyose
Mbega imana ishimwe p
Wampuje nabo koko nkeneye inama zabo nukuri imana ninziza disi
Imana yacu nurukundo iyabashyigikiye mubukwe bwanyu irahari ngwizabaremere impamvu yo guhora mushima , muyizere muzatungisha benshiiiiii bazagaburira amahanga Imana ntihemuka you bafitiye umugambi wo kubatetesha ngo muzateteshe abandi . Yeremiya 29: 11-13
AMENđđđđđđđ Cyane Turabyakiriye MWIZA RYA YESUđ
I love this bagyeniâ€
Imana ibashyigikire aba cher
Iyi story irankomeje peeeeeeđ„đąđïžđïžđđđ Imana ibkoze
Iyi couple ninziza disi!!!!! Watching from Kampala Uganda
Niyesu Yubaka Ingo Zigakomera
Niyesu Yubaka Ingo Zigakomera
Mukomeze Mukomezeee knd Vuba Imana Iraje kubagirira Nezaa
AMENđđđ
Yewe mbega Ibintu bindijije weđą gukora ubukwe udafite aho utaha đ Mukomere disi Kristo azabakomereze urugo
Sabrina, I am proud of you, my classmate
Imana ishimwe, nifuza tel- mobile ziyo family nzabafashe ukoshoboye. Ndabakunze. Ok
Numero twazitanze ikiganiro kirangiye
Bazishizeho ukanze kuri title yikiganiro urazibona
Sablina komera ababyeyi bazagaruka kd ndagukunda
She have nice eyes
Has*
Urukundo ruruta vyose kwiyisi
Ndabona, iyi kuri, arimpimbano.
Ooooooh mbega couple indyoheye iri poli Mana weeee sha nzajya mbasengera ntimuzacogore
AMENđđđ
Ico Imana ishatse nico ciza
Dusabe inema yokwemera
Uyu mukobwa azi abwenge pe urugo azarushobora ,kdi afite ikinyabupfura
Yooo mana we urashoboye nukuri icyubahire ni icyawe
Plaisir weeđ€Łđ€Łâ€ Imana ijye iguhe umugisha pe ugeraho ukanasetse ati nawe warufite kumva uzabahindura
Nice couple â€
Ariko abavyeyi batubera intambamyi rimwerimwe
Nukuri pe
Abakobwa barihambira pe , ariko tugomba kumenya ko umugisha Imana itanga ari ubukire icyubahiro nubugingo, ubutunzi ningombwa murukundo
Yewe ubuzima buragutse Muvandimwe.Yego biraryoha koko kuba ufite ubutunzi mukaba mukundanye.ariko ubu hariho abafite ubutunzi bananiwe kubaka urugo bikarangira banashenye...
Ubu se urya mugabo uheruka kwica umudamu we urwâagashinyaguro waba warumvise ubuhamya bwa bo?? imitungo bari bayifite ariko bayiburiyemo urukundo nâamahoro đą
Imitungo iraza kandi ikanagenda muvandi
Ahari urukundo ubuzima bwose mububanamo rwose.ibindi mba numva ari ugutekereza hafi bamwe bitetesha kandi turi mu isi ihindagurika ...
Yegorata urugero uyumusire haje umushugamami aamukubita inzu nagafranga ugizengo ntiyamuhemukira nuko atarabona amafranga unomusore ngowirebere nubukene burikubavugisha bareke
@@mucyecuru1399 mind zawe ntago arikimwe nizuwo mugabo knd you have to think twice ukaniyubaha
Congratulations,Gatete
Ngibi ibyo You Tubers mwakagombye kuzana kuko byakubaka umuryango , urubyiruko
yego shawe woe turikumwe
Young couple đȘnever give up â€ïž
Natwe turi Saudi Arabia đžđŠ turabakurikira
Thank you
Uwiteka niwe rubasha
Nyabuna mumpe Numero zababavandimwe
Banejeje cyane
Nifuza kotuba abavandimwe Nkazabasura
Bazishyizeho urazibona
â€ïžâ€ïžâ€ïž
Imana yarakozeâ€â€â€â€â€đđđđđ 1:41:12
â€â€â€â€đđđ
â€ïžâ€ïž
ntureba ahubwo ninkaba bogushyigikirwa ahubwo kuko bize abakire barebye ukuntu babarangirakazi ubundi bakore kukobize bazabahoneza
Ngo nubukwe bwumuruho urasekeje sana sis đđđ
Ntabwo byari byoroshye
Nta mwana w'umunyarwanda we (muhoza) discipline (ikinyabupfura) ni ngombwa mukubaho ku muntu.witoze kubaha abantu.đ€đ
đąđ„đ„Ndabakunze Cyaneeee be blessed, Yesu anawapenda gusa niba bishoboka nabona number zanyu
Twazivuze ikiganiro kirikurangira
Bazishyizeho hejuru murahita muzibona
Yoo pol san
Malawi natwe turabakurikiye
Uzampe number yumumama disi
murizera pe ntafite naho gutaha
Mujye muvana izo drama zanyu ahongaho, muhoshi
Umva ka Molly karikwiganiriza disi
Mbega ikiganiro cyinyigishije weeee mutuganirije neza pe kdi mwakoraga kumutima pe
Mwabana mwe Muge Mureka gushyuhaguzwa. Ko mbona mukiri abana bato mwari mukwiye kumvira ababyeyi. Mukabanza mukiga cg mugashaka nakazi. kwihutira gushaka Uri umwana muto udafite ubushobozi ejo hakazamo abana ni danger đź
Niko kuri rwose!
Yego rata abantu bitiranya urukundo ni rari ryabo utazi kubitandukanya rero ubwo wahubuka
Oooooohhhhh,abeza sh muhumure urukundo nurwambere Christ azabashyigikira wowe mukunde imana Kandi muyikorere,mwange icyaha
Imana ihe umugisha urugo rwawe lmana iriho kdi izahoraho ntimwite kubabaca intege kdi muhumure lmana izakoresha abantu bayo kdi muzamera neza ariko disi nifitiye akabazo ese ko numvise uvuga ko mufite umwana kdi mukaba uvuga ko mugiye kuzuza amezi munani mubana ese mwashakanye a twite cg mwabyaye igihe kitageze? this is my question ariko ndemeranya namwe lmana ntakiyinanira
Yesu mwizeye ntazabakoza isoni nukur nimukomere â€
Nanjye nahita mbivamo
Yoo pol san