UMWANA WA ALINE😭 Ibyo PAPA Yankoreye😭Yasambanaga Ndeba💔Yazaga Nijoro Yambaye UBUSA😢Ngo Nzaba INDAYA😭
Vložit
- čas přidán 14. 12. 2023
- #PART 10
#SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Nejejwe n'lmana mumutima wanjye kuko ndumva imirindi y' lmana ije gutabara uyumuryago Amen🙏
Amena
Linda uri umwana w' Imana Isumbabyose! Ntago uzaba indaya! Uzakorera Data wa Twese mwiza! Uri umukobwa wa Ndiho! Uzakoreshwa imirimo ikomeye n' ibitangaza! Uzaba Umuyobozi ukomeye! Uzakorera Data wa Twese ndetse n' igihugu mu izina rya Yesu Kristo wa Nazareth watsinze rupfu na kuzimu!
Aminaaaaaaaaa
I can't hold mi tears😢 ngo sinashobora kurya jyenyine kandi tuvukana disi😭 ark kuki inyamaswa nkizo zibaho koko. Ububahya narabutangiye ark narumiwe cyane kuko sinajyaga nemera kwibyo bintu bibaho. Numwana arabivuga neza cyane rwose nyumvira ubuhamya umwana ungana gutyo abitse. Wamugabo we nudakizwa nyagasani azakugenere ibihwanye nibyo wakoze
Subu plaisir wapanze amasengesho yiminsi nkitatu twese uko twumvise iyinkuru tukiyiriza ubusa buriwese aho ari akayakora tugasengera iyi family bakabohoka Burundu ibitero bikarangira kubuzima bwabo igihe bamaze kumusozi kirahagije dukore nkayabayuda batabarwe
Nanjye numva twabikora
Nukuri mureke twese dutere igitero satani, tumucyahe ave mu muryango wa Aline!! Kd duhagurukiye rimwe byashoboka pe! Yesu Kristo ashoboye byose
Nukuri
Plaisir ntakeneye gupanga aya masengesho, ahubwo wowe yapange usenge, wiyirize personnellement. N’ubundi harya no hino turasenga🙏
Hoya wimuvuguruza amasengesho mwasengeye hamwe afite intego haricyo akora gifatika
Bagenzi uko abitorero bingingiye Petero akava mumaboko yaheredi mureke natwe duhuze umutima kubwuyu muryango
Ego tusen tubikore. Imana ntacamunaniye
Imana izababohora rwose,kuko n,Imana ishobora byose.
Jesus! Iyi temoignage ndayirangiza😢 Gusa uyu mugabo utaramenye faveur y’abana mw’ijuru!! Tu t’en prends aux enfants c’est déjà une guerre déclarée au ciel. Ntimugire ubwoba Imana iracyari ku ngoma. Aline nukujya uhora ubaturaho amaraso ya Yesu ubarambitseho ibiganza mu butware bw’umubyeyi ku mwana uzababohoza!
Porepore sana😢
Ibibintu ninkuye umutima mbega satani!!!
Mu Rwanda huzuye ibigabo byibidayimoni
Bakobwa namwe bagore mukanure amaso😢😢
Wamubyeyi we wampumuye amaso.Imana iguhe umugisha kuko uriguhembura imitima muburyo budasanzwe
Imana yaduhaye Yesu Kristo izabuzwa niki kumuduhana nibindi vyose? Aline mubacunguwe nawe urimwo nabana bawe bose. Kugihe cayo uzabona ubutabazi bw'Imana.
😭😭😭 Linda Linda Linda ma fille NDIHO agukomeze caaane,Aline Yezu akurengere caaane , union de prière pour cette famille,mais 2024 ndabona fise imbaraga nyishi zugusenga nivyo nzosengera
Denise bite ma fille? Ndi Maman Jackson mu Kamenge. Amakuru?
Cyokoze uwomwana yarakamiritse kweri!!
Mbega amagambo avuga weee
Aravuga nkumuntu ukuze cyane pe!😢😭😭😭😭😭
Plaisire leka nkomeze kugitekerezo nazanye cgse cyo kwandika igitabo cyaza kwitwa "zaburi Nshya
Ubuhamya bwabAline"
Kdi icyo gitabo kiza sesekaza imigisha mwinshi muri uwo muryango wa Aline na abana be❤🙏.
Ndumva uwagiha izina ari Aline kuko amateka ari aye et non a ya zaburi nshya
May God bless Aline and her children! Rwose amaraso ya Yesu abatwikire. Ndabasengera nanjye. Kandi bajye rwose basengana na Kanguka ya Samedi. Batayizi, ndabizi neza ko wowe Plaisir uyizi. Imbaraga za Yesu ziri hejuru y'abarozi.Cyane rwose! Yesu utabara..Amen!
Humura mubyeyi tuguye kujya tugusengera nabana bawe, icyo Imana ibavugaho nicyo kizasohora kubuzima bwanyu mwizina ry'a Yesu kandi humura jya usenga ubundi wizere.
Imbaraga z’Imana ziri muri Kanguka zibitwike mu Izina rya Yesu Christo watubambiwe. 🙏🙏
Plaisir nanjye nagusaba ko twozagira kwiyiriza imisi itatu tukabohoza Linda. Abasenzi bose tuze tugire iyo misi tubohoze uyu muryango
Yesu akomeze kubarwanirira.ntago byoroshe ariko Imana irihagije
Uwiteka nyiringabo nkweretse uyumuryango wewe ukuraho ibyananiranye ukureho burundu izingoyi ziri kubanaa bawe ubafiteho umugambi mugari kandi wewe wemeyeko baduha ububuhamya ninako kuboherwa kwabo kuriyo myuka mibi bashyizwemo Yesu turakwizeye tudashidikanya kuko ushobormye byose nibi bikivugwa wababohoje murizo mbaragambi Mwizina rya YESU CHRISTO winazareti Amen
Nyagasani Mana Ishobora byose. Wambabariye ugatabara uyu muryango koko ? Tuzashima Izina ryawe Yezu Kristu 🙏
Ayiweeeee, amarira nagahinda biranyishe weeee, Nyagasani turakwinginze tabara aba bana ndetse nutumubyeyi
Manaweee!Aline uri umubyeyi mwiza nukuri.ubuhamya bwawe buriko bunkura hamwe bunjana ahandi.menyeko imbaragaz'lmana ziri hejuruu cyan n'a none.ukomere cyaan mubyeyii lmana yaduhaye uriko ukomeza umutima yabenshi.lmana ikurinde n'urubyaro rwaw gose.Lynda mwanaze mwiza,ukomere cyaan Yesu arikumwe namweee kd arabakunda cyaan.Plaisir lmana iguh'umugisha nukuri ❤❤❤from🇧🇮🇧🇮❤❤
Yewe ALINE ihangane gusa najye nubwo papa yapfuye iyomaze imisi ndota ibyo papa yankoreraga hanyuma umugabo tubana yamvugisha njumva ndamwanze nkavuga nani nkamutuka gusa ubuhamya bwawe bwogeye kufugura amaso noguhagarara nemye kuko nifura yajye yakorewe nkibyarinda gusa ndashimako IMANA yigaragaje ubuyaragije kwiga mwizina RYA YESU
À la sexième minute,iyo message Plaisir yasomaga nibyo,burya umuntu mudafitanye isano akuroga cg agukorera ibi byose kuberako aho ukomoka naho bigeze kugira cg bafite umuntu ukorana niyo myuka,ashobora no kuba aruwo mugisekuruza cya 4 kuko bafite imbaraga bakurondora utaranavuka!!!
Mbega ishyano weee,mbega akaga kageze kuri Aline,mwa bantu mwe Hari ibyo umuntu yumva amatwi agacura injereri,satani yaramusabye pe ariko Yesu ararwana akaneshwa ntajya atsindwa.Uko nsenze nsengera Aline,Imana imutabare imuremere ibyiza nawe yumve icyanga cy'ubuzima Imana imuhoze amarira.Plaisir nawe ngusabiye imbaraga z'umutima kuko kumva ibi bintu ntago byoroshye.
Kosora iyi comment Sha Yesu Kristo ararwana akanesha not kuneshwa
@@gasagasajeanne6756 arik kwihenda bibaho mubuzim ncuti
Vyukuri twumvishe icyo yavuze kuko yaciye yongerako "ntajya atsindwa"
Aline na Linda mujye mwatura amaraso ya Yesu kenshi kandi buri kanya Yaba mbere yo gufata Telefone ,kwakira umushyitsi,mbere yo kuryama...Yesu azabatsindishiriza ,mufate nka 2jrs mucyumweru yo kwiyiriza buri gihe kandi mukoreshe cyane kwatura kuko nawe aricyo akoresha,mujye mwaturako muzabaho,Mwature cyane amagambo y'ubutsinzi,umwana ajye yisegura bible kandi mukore igitaramo mucyumba mbere yo kuryama muririmbe musenge
Shalom sicko ubabwiriza barabizi rwose, kuko yavuze ko afata 7days atarya atanywa mu bindi bice byatambutse
Aline azigishe abana be kuvuga ngo yesu izina yesu rirakiza bazatsitwa mwizina rya yesu
Yego pe! Rirabohora cyaneeee hamwe n,amaraso ye ugahora uyatura ko akiza knd abohora
Uwomuntu uvuzeko umuntu atambwa nimiryango nyuma agahura nabandi barozi ibyavuze nukuri byambayeho pe, Aline ndetse nabandi babona intambara zibakurikirana mujye mwitandukanya n'a karande zo mumuryango uvukamo, birafasha kubohoka kumyuka mibi, turagukunda Aline
🙆🏻♂️ niyo itera uburushyiiiii🙆🏻♂️
Nta kurambirwa ahubwo biguma ari bishya. Ko umwana muvuze amazina ye yose ? None se Aline nawe ni ko yitwa bya nyabyo ? Bibaye ari byo byaba biteye impungenge kuko si byiza ko hagira ubamenya rwose
Iyi nkuru njye yaranyubatse cyane kuko nabaye mu buzima.bujya gusa n"ubu wenda twe nta myuka mibi yarimo byeruye ariko umugabo uhohotera umugore yagukingiraho ijuru kubera kuguhoza mu mibabaro nawe mukazajyana ikuzimu. Bagabo muhohotera abagore rwose mubireke kuko ni inzira igana kurimbuka.
Nyagasani Yezu Kristu abatabare muryango mwiza 🙏
Dada yangu Aline, Mungu akubariki Temoigne yako inanipa nguvu ya maombi, tunaishi nawa Bwana walozi bila ku juwa Linda unanililisha sana 😭😭😭😭 mulikuwa na Baba kilulu
Aline kuwa unawaombe naunawafurika na Damu ya Yesu popote walipo. Tena piko bitu Aline alisema muko ndani byenye na Mimi naishi ndani Mungu atuwezeshe. Tutakuombea Mungu wetu siyo kipofu
😢😢nagum inza kurab uyumus ho wagirang bahantumy kur zabur nsha Iman ishimw ❤❤❤
Ayiweee! Mbega umwana mwiza! Ibibazo biragwira pe!! Uwiteka agutabare nabana bawe,
Ibyo najyaga😂mbyumva ibugande ngo niho haba abantu babyara ibisimba Maze ugasanga biba aho babyubakiye mugikari ngo bikahirirwa ntibijya hanze none murwanda hari abafite amajini yabantu arisha nkinka?disi hari ibintu uba wumva biba mumahanga apana irwanda
Mubyeyi ihangane icyonzi n'uko Imana ihoza amarira ikamara agahinda kose nubwo ibyo wanyuzemo ndetse nanubu bitoroshye ariko hejuru y'ibyo byose hari Imana ishobora byose yitegereze ntakiyinanira irihagije gusa wowe yitegereze
Mungu wangu tabara uyu muryango. 🙏
Imana ibatabare nukuri satani yarabasabye!ariko hejuru yimbaraga zabazimu Hari Imana alleluia alleluia alleluia alleluia alleluia
Plaisir ,Imana iguhe umugisha cyaneeee ,uyu mubyeyi wakoherereje message yavuze ukuri ,abenshi barwana n'imbaraga za gishitani badasobanukiwe cyangwa birengagiza
ese ubugome bw'abantu kuki mubutwerera satani? uzi ko nayo ivuga yabihakana. les narcissiques babaho, iyo babavumbuye barushaho kuba babi...satani nawe yaragowe
Biterwa nubumenyi umuntu afite, ubwawe ubwo nuko bukubwiye, nubivuga ukundi afite impamvu
@@user-cm3nd7um3l
Ndumva ushaka kumuburanira
Satani niwe se w'ibibi byose
@@triphosemukamisha9902 satani ndamuburanira kabisa. Ntuzi ko kami ka muntu ari umutima we, abagome bamaramaje bikuraho responsability bakabwitirira satani. wowe se ntiwumva ko ntaho bihuriye. Icyaha ni gatozi bave kuri satani nayo izabihakana.
Ndarize 😰😰😰mbega agahinda we!Gusa mu ijuru hari Imana isumbabyose 🙏
This unbelievable story created to make us delivered from the hand of evil
God is good all the time we are waiting for the next episode
Mbega imyuka mibi we.Aline humura Yesu ariho.ikindi Heba kwitaba amaphon urazi.
Ikindi kuki mam wa Aline kuki atamufash kugwana intambara.kugezaho bamutwar kumufunga mam we ntiyitambik ngo Baja e basi.
Ariko humura urugamba nugwimana
Ako mama ka Linda ndumva ari akana keza knd avuga nka Mami wiwe disi ❤
Yooo birandenze ariko hejuru y'imbaraga zose zo mwisi n'ikuzimu hari imbaraga z'Imana
yoooooooooo uyu mwana yarahungabanye birenze ukwemera pe
umwanzi satani mukomeze mumusenyere,mumutwike....ntaruhare adufiteho...
Hashimwe Yezu Kristu urimo ubatabara🙏
Zaburi 150:2 nshimiye Imana Ibyimbaraga iri gukora Imana Ikaba yakugaruriye abana ntivyari vyoroshe,Imana yatangije umurimo izawusohoza neza, murabakozi bImana muzofasha benshi❤❤
Plaisir ntiwumvise neza ibyo uwo mubyeyi yavuze mûri message, yashatse kuvuga ko uba wararozwe muburyo bishobora kuba bituruka no mu bisekuru atari direct wenda ntanamakuru ubifiteho, cg unayafite byarakozwe n'a ababyeyi bawe hafi aho, noneho biba bimeze nkaho bagushyizeho icyapa kibasha gusomwa nabandi bantu bose baba bafite iyo myuka mibi, mbega birakururana, kuburyo wasanga ari nacyo cyatumye uwo mugabo agenda kuri aline ngo babane, wibuke ko yamubwiye ngo yagize ibyago avuka aho atagombaga kuvuka, jye numvisemo byinshi mûri ayo magambo yamubwiye akimubona
Mpore cane Aline mwiza wa Kristo .Warababaye warababajwe ariko mw'ijuru hari Imana Itabara .Amaraso ya Yesu Kristo abahishe ikibi cose
Yooooo! Nejejwe nokumva uyumwana, rwose Murakoze kuduha ikindi kiganiro
Imana ishoborabyose turayinginze ibohore Aline n'abana be. Ibatandukanya n'imiryango y'iwabo wa se mu isi y'umwuka mu izina rya Yesu. Amina
Mana weeeee tabara isi, noneho numvise impamvu Daniel mu iyerekwa yarabye akamara 3weeks 😢😢😢 ikinejeje nuko Imana isumbyabyose amaboko!
Uhoraho we tabara isi mu izina rya Yesu! Amen
Nukuri nta na kimwe Imana ijya Ikorera guhomba, mwarababaye cyane, ariko hari benshi bazatabarwa kubera mwe. Imana ni nziza ibihe byose🙏🙏
Disi nshimishijwe no kubona ikiganiro mubambere.
Plaisir,mumbabarire niba nanditse izina ryanyu wrong.
To be honest,this Aline's story touched my heart so so much,you have no ideal how I really wish our Lord in Heaven to help Aline and her children to get out from devil 's spirit.
Aline don't worry,you are in this stuation to make people understand the power of Heaven.
Gusa urakomeye mubyeyi ,sinzi ko narigushobora iyo temptation you are in and your children.
Other way you helped me to open my mind and back to the Lord for really.
God be here for both Aline and her babies,you now how much she loved them,please in your holy name I recommend the Heaven power to cover this family with Jesus's blood.
Uri intumwa y' Uhoraho hano kwisi ngo duhumuke amaso.
Imana iguhumure ubwenge kandi iguhe amaso areba kure umenye ikibi kije hanyuma ukirinde.
Plaisir,God bless you for all your emissions.
Yoooo Mana birandenze noneho😢 none gahemwe uyumugabo aracariho
Ariho cyane
@@user-ik7ir1ui4hAriho wasanga mwaranahuye
Kristu Yezu akuzwe,nyagasani,akomeze uwo muvandimwe Aline nyagasani akomeze kumuba hafi no,kumurinda izo mbaraga mbi maze iminsi nkurikirana ubuhamya bwe nkumva naboroga,hanyuma niba ,bikimeze gutyo,ndagirango,atitaye aho asengera,ambabarire ,kucyumweru cyambere cy ukwezi azajye ajya Muruhango mwisengesho ryo gusabira abarwayi nyagasani ukiza nzi neza ko izo mbaraga azitsinda pe yizere ko ashoboye
@@user-ik7ir1ui4h ngo arahari cyane
Abana barahungabanye shenge😭😭😭😭
😢😢😢😢
Yooooooo komera mama Imana iriho 💪Linda kibondo humura Imana Izabagirira nez ndakuzi chry naguhkundaga ntazi urugamba warwanye igihe cyose nsenze ntabwo nzaza nibagirwa iyi famille
Imana ikomeze kubarinda Yesu ni inyishu. Imana mushobora vyose yo itabura uko ibigenza ibakize imyuka mibi yasatani.Amen
Mana yanjye ndakwinginze igihe cyabo gisigaye kwisi bahumurize banezeze babeho amahoro ndumwana wumuntu nkanjye numva nifuza ko uwomugabo we yapfa bakagira amahoro pe NUKURI MANA batabare weeee mbega ubwoba nagahinda bafite
Ntukifurize umuntu ikibi nubwo Yaba umwanzi wawe ahubwo wamusengera agahinduka agakizwa
Urakoze nukuri ark ababantu barambabaza@@tvteguraneza2195
Muraho nezaa Nshuti za Yesu,uyu muryango muwushakire abantu baba korere Deliverance bateshe agacyiro amagambo mabi umumbyeyiwe yamwa turiyeho Dufite Imana iri hejuru yimbaraga zose kandi Baza bohoka hamwe namasengesho yabera bose.
Abantu b'Imana banakata "cordon ombilical" mu buryo bw'umwuka, bagatandukanya abana n'ababyeyi babo, bakatura ko Se ari Yesu na nyina ari Yesu, ko batembamo amaraso ya Kristo! Na Aline agomba kubikora, akitandukanya n'uwo mugabo, akatura ko umugabo we ari Yesu! Nyuma iyo bitandukanyije, nta connection demonique yongera kubabaho! Cya kigabo n'imiryango barababura, kuko baba baritandukanije nabo! Hamwe n'ibyo, "KANGUKA" ntikabave mu matwi, harimo ubushobozi bw'Imana bubohora! 😅😅😅
Mubyeyi ndakumva cyane gusa komera kandi nukuri mpamya ko ibyo Imana yakoze nibyo bikuru
Yesu Kristo Ntama w'Imana nari naragerageje kwihangana ariko ubu ndarize pe gusa Imana itabare uyu mubyeyi n'aba bana kandi nukure ubutabazi buraje
Nshimiye Imana yo yaboherereje uwo mukozi kubera igitambo uyu mwana w umukobwa kuko byari gushiboka cyane rwose ko asambanya uyu mwana we nkuko yabikoraga kubandi yareze.
Mbega imbaragaraga za shetani wee 🙆🏿Ariko iziMana zirazisumba canee.Jesus have mercy. Ikindi Imana ikwiye kugarukira iyo shetani iri muri papa Linda .
Imana ishobora byose,lmana iri hejuru yimbaraga zabana babantu,uwiteka wowe wumva gusenga,nsengeye iyi famille yirengere,mu izina rya yesu nyitwikirije amaraso ya yesu kristu nyitandukanyije nimbaraga zabarozi tesha agaciro ibitongerano byose,babohore mu izina rya yesu,nsenze nizeye mu izina rya yesu AMEN
Wa mubyeyi we wahuye n'isi weeee ariko se koko mama kuki ibi biba ku mwana w'umuntu 😢pole Aline amarira yanze gukama nanjye, Aline weeeeeee
YESU CHRISTO wanesheje 😭😭😭
Linda komera mukobwa waYesu woe na Maman n'abavandimwe base Imana yiteguye kubatabara, muhumure gutabarwa kuri hafi. Mukomeze mwizere gusa muzabibona. Imana ibahe umugisha.
imana iri muri operation mwebweho miri ibishitsi bitanyeganyezwa byuwiteka muhumure mwimenyere iyomwijuru gusa
Imana wandika gutya Ni iyihe se iti mu kazi?
Tuyubahishe by'ukuri
Imana nyirububasha bwose ,ibabature mububata bw'abadayimoni kdi mwizere Imana mugihe gikwiye izabasubiza
Kristo ashimwe, Nakurikiranye ububuhamya bwa Aline, narinziko imbaraga z'umw'ijima zihari ariko ububuhamya bwongeye kunyemeza cyane ko hari abantu babaye imbata z'imyuka mibi, gusa natangiye gusengera uyumuvandimwe Aline kuko ubuhamya bwe bwankoze k'umutima, numva ngize umutwaro wo kumuheka mungobyi yamasengesho itekaryose nabigize ibyange.
Ayiiiiii mbega agahinda ngize, Aline uretse Imana yomwijuru yakakumara ntamwana wumuntu wabona nicyo uvuga ariko humuraaa nge birandenze.
Ndababaye ariko nejejwe nuko Yesu Ari muzima Atari umuzimu ndabyibutse Koko. Nemeye Kandi ko iminsi1000 ugaragara nk'umunsi 1 uyu mubyeyi iminsi amaze mu itabura ni myinshi cyane nyamara ku Mana si ko ibibona gusa Icyo yagambiriye kuri twe twumvise ubu buhamya turinginze ngo ibakure muri iryo tanura muri bazima duciye bugufi kuko gukomera kwayo twese twakubonye.
😭😭😭 Kuki wabyemeye Mana Nyagasani ibyakababaro nkibi kuki wabyemeye ? Iyindirimbo ya Ambassadors ijya inkomeza kweli Imana yabyemeye kugirango bitubere akabarore tumenye Imana ntahantu nahamwe itagukura kabone nibwo haba murupfu Halleluia Imana yacu irakomeye cyane ninyembabazi n' inyembaraga irahambaye njyanibaza umuntu utizera Imana ibyarimo
Kuvuka nabi biragatsindwa n'Imana 😭😭😭😭😭 gusa hashimwe Uwiteka urinda abana be bagakura😢😢😢😢
Humura mubyeyi Imana ishoboye byose pe izashiraho iherezo kandi ntizabahana ntizabareka izakomeza kubana namwe
Nashomeje kutita kuyiyinkuru natewe amatsiko nabantu basaba Plaisir igice gikurikira numva ngize amatsiko.Narayitangiye numvaga ari inkuru ariko weeeeee😭😭😭😭😭ntabwo aka gahinda nzagakira iki gice kinteye umubabaro undenze!Linda mukobwa wa Yesu ntabwo nkuzi ariko humura Imana izakuremera ibyishimo uri umukozi wImana uri umwana w'amateka.Mama Linda humura nawe ahari kurira kwararira umuntu ariko bwacya impundu zikavuga.Ngeze kuri iki gice ndakomeje
Mbega inzira y'umusaraba! Ihangane Maman Imana niyo yomora, niyo ikiza. Ijambo rya nyuma rihora ari iryayo.
Manawe yesuweeee Njyewe kuva natangira kumva ubu buhamya nazarangiza kubwumva amarira yarashije mugihanga kuko biteye agahinda manawe
Amayobera yokurisi😢😢😢ariko Imana yakoze ibyambere uzakora nibindi bikomeye gusa uwo mupapa n'umugome birenze ibyo tuzi
Uyumusi nari nagumye mbategereje
Uwiteka Mana yacu ushoboye byose 🙏🙏 rengera uyu muryango wa Aline 🙏🙏 bigeze ahobyumva amatwi akarya pe!! Mbega satani mubi waraneshejwe uzahore utsindwa mw,izina rya YEZU mwiza 🙏🙏
😭😭😭😭😭😭😭 Mbega ALINEWE, NIMUHUMURE YESU ARIKUNGOMA KANDI NTAKIMUNANIRA. KANDI IMANA IMENYA IHEREZO MWITANGIRIRO, KUBIZERA IMANA BYOSE BIFATANYIRIZA HAMWE KUTUGIRIRA NEZA. ABANA NABO NIBAKOMERA, IGISHIMISHIJE NUKO MWAMENYE UKURI
Njye byandenze ibyo nunviye aha gusa ndagukomeje binyibukije témoignage y’a joyce mayer muzayunve uyu mwana Imana izamukoresha azi no kuvuga neza
Uwiteka ni muzima, Aline komera hejuru yavyose har'Imana
Komera, shikamo Yesu ari kungoma
Plaisir, umuntu abitekerejeho neza uri Yosuwa kurugamba kandi ukeneye Aroni na Huri kugirango amaboko ya Mose agume azamuye maze nawe wamanutse kurugamba Yosuwa we ukomeze utsinde kuko washoje(gushoza) intambara mwisi yumwuka. ariiikkkoo don't be afraid na gato kuko God Himself will fight your fights for you are fighting His. you are covered in the power of the Blood of Jesus, your families, your loved ones and all tangible things that you've been blessed with, are hidden in the Most High's Wings. keep it up and may your boldness be an awakening lesson to every Christian. we love you
Ababana na maman wabo maskini baciye i Golgotta, neza neza babonye Calvari, Imana ibatabare 🙏🏽🙏🏽🙏🏽So hard to believe 😭😭😭Ko ubugome nkubu bubaho!!!
😭😭😭 linda mukobwa wa YESU Kristo ntabwo uzaba indaya yomumuhanda mwiza rya YESU Kristo uzakorera uwiteka
Aline komera
Yesu arimutuhande rwawe nabanabawe❤❤turagukunda intahezawe zirafasha nubwozibabaje kandi ziteyubwoba.nawe blezire uhabwumugisha
Nimana
Egoko weeeeee mwabega mweeee turashize noneho😳😳😳😳umwana wawe kukwibonera wambaye buri buri mwizina rya Yesu Christo ibibazo biragwira wamubyeyi wee Imana yaguhaye ikigeragezo cyiruta ibindi byose peeeeeee,
Nomuminsi yawe yokugushimisha izagukubire icumi ibyo yagucishijemo kuko yarinabiziko uzabishora ni Umuhanga ndayemera rwose
Mubega biratangaje buriya ra?
@@ninatunga2609ugize ikihe kibazo c?
Buriwese agira uko atangara ndumva utakabitinzeho ahubwo ugatega amatwi inyigisho barikuguha
Abega gus x?
Nakurikiranye ikiganiro from part 1
Lord, have mercy 🙏
Muraho neza Plaisir ! Ubwo buhamya usomye neza neza nsanze wagirango uwo muntu ubutanze ninjye ! Ningirirwa Ubuntu nkaguhamagara uzambabarire untege amatwi kuko njye sindagera igihe cyo gutanga Ubuhamya nzabutanga UWITEKA namara kuntabara ! Mumfashe mw'isengesho wowe na Aline
Linda Mwana Wanje,humura,wihe Yezu,burundu,uyo Muvyeyi gito,yaratsinzwe mwizina Rya Yezu,Mukuryama wambaza Amaraso ya Yezu,uti Yanyogeshe,Mucunguzi Wanje nsinzirire Mumaboko Yawe Yezu Amen.uce wisinzirira Yezu Azogutabara kibondo.Aline wee humura Yezu Nimuzima,Aracakora.nanje nzogusengera . ariko,ntamvura idahita n'a yobu yarasubijwe humura cane Urintwari Ya Christo Muvyeyi Mwiza.
Muhumure Yesu yaranesheje kd Imana izabanezeze ibibagize imiruho nimihate
Mana we mbega umwana uzi kwihangana nka Nyina, ariko Mana uraho wewe ukora I utangaca abana b’abantu badashobora gukora Watabaye uyu muryango.
Rinda na Mama humura hejuruyimbara zabadayimoni harimbaraga z'Imana ivyobakwatuyeko Imana izabibindura ubusa Kandi uzasubira kwishure Hama ikindi nimwaba haribintu mukora kumibiriyanyu muravyiyambura nibaribisuko cankese amahereni guko nivyabadayimoni mwigumire ukw'Imana yabaremye Hama mwikurikire Imanayacu kandirikumwenamwe izabatabara ntakiyinanira amaraso ya Kristo Yesu abekuimwebwe amen.
Nonese mukozi w'Imana Plaisir, vyashoboka ko 7to famille yazasengera kwa Profet Fiston ko njya mbona abantu bahabohokera rwose
Ikibazo n'abiyita Abakozi b'IMANA benshi muribo bakoresha imbaraga zidasanzwe
Humura yesu clristo yaranesheje naweyesu azakuneshereza
Nari ndacategereje merci
yesu wee uyu mugabo arimurozi waundi wokuguruka nijoro niyompanvu amenyaga bintu byawe byose ugendaga ukora kuko akuboneraga muiriya maso ye yuburozi
Muhumure Imana numurengezi Kandi iza bomora ivyo bikomere yongere ibahindurre izina Kandi nawe azakizwa
Mwiriwe,Aline uzarehe kuri Beulah ubaze Pamphille numero z'umuntu witwa Kavamahanga azagusengere nabonye afite Imana pe knd nkwifurije amahoro ava kumwami
Imana ikomeze ibarinde ❤
Ubu buhamya narabukirikitanye neza ngerageza kwiyumanganya NGO mfate amarangamutima yanjye ariko kuriyinshuro ndarize bitagira ingano
Umuntu uhemuka agahemukira abana nagahinda gakabije
Hanyuma yezu nyirimpuhwe yiyereke uyu mujyango azajye muruhango mwisengesho yezu akuraho iyimyuka yose mibi
Aline waratwubatse pe, twabonye Imana mwububuhamya n'a Satani, urakoze kongera kudukomeza Ubu wantinyuye urugamba