Joe Biden - IJAMBO RYAHINDURA UBUZIMA EP230

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 7. 09. 2024
  • #JOEBIDEN #IJAMBORYAHINDURAUBUZIMA
    Joe Biden watsindiye kuba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahigitse Donald Trump warumaze imyaka 4 ayoboye iki gihugu cy'igihangange ku Isi.
    Uyu mugabo uzwi cyane nka Joe Biden ariko ufite amazina Joseph Robinette Biden, Jr.
    Ni umwana wa mbere muri bane, uvuka kuri Catherine Eugenia Finnegan Biden (nyina) na Joseph Robinette Biden, Sr.
    Biden yavukiye muri Scranton ho muri Pennsylvania muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuka ku itariki ya 20 Ugushyingo, mu mwaka wa 1942, ibisobanuye ko afite imyaka 77 y'amavuko-bikamugira umuntu wa mbere ushaje/ukuze utorewe kuyobora Amerika.
    Ubwo Joe Biden yari amaze kugera ku myaka icumi (10) y’amavuko, umuryango we wimukiye mu kandi gace kitwa Delaware.
    Aha, bahimukiye ubwo umuryango warimo ushaka imirimo myiza, ahantu Joe bivugwa ko yaje no kwishimira ndetse akanahita murugo.
    Yagiye mu mashuri, aho muri kaminuza yize aza guhabwa impamyabumenyi mu Ishuri ry’amategeko muri Kaminuza ya Syracuse.
    Nyuma gato yo gusoza amashuri ye ya kaminuza, yahise agaruka muri Delaware aho yahise aba umunyamategeko, ndetse bidatinze yiyamamariza (bwa mbere) kuba umwe mu bagize akanama kayobora agace ka New Castle. Aha hari hagati y’umwaka wa 1970 na 1972.
    Nyuma y’intsinzi Joe Biden yari akomeje kugeraho mu myaka ye y’ubuto, yaje kwiyemeza gukomeza ubuzima bwe n’uwo yakundaga, Neilia Hunter--we bashyingiranywe muri New York--ndetse baza no kwibaruka abana batatu.
    Hadaciyeho igihe kinini, umugore (Neilia) we ndetse n’umwana we muto w’umukobwa (Naomi) bapfiriye mu mpanuka y’imodoka, ndetse n’abahungu be babiri (Beau, Hunter) bakomerekeramo bikomeye.
    Uretse kuba yarimo anyura mu bihe bimukomereye (byo kubura umugore n’umwana, abandi bagakomereka), yari amaze igihe kigera ku kwezi atorewe kuba senateri, ku myaka ye 29 gusa.
    Mu mateka y’Ubusenateri muri Amerika, Joe Biden yari abaye uwa 15 muto muri aka kazi. aho hari mu mwaka wa 1972.
    Biden yatorewe ku mwanya wa senateri inshuro zigera kuri esheshatu kandi agatorerwa ku majwi arenga 90%
    Mu kazi yari afite nk’umusenateri, Joe, yarebaga cyane ku mibanire n’amahanga, ubutabera mu byaha (guhashya ibyaha), ndetse n’ibirebana n’ibiyobyabwenge. Muri aka kazi yagatorewe ubugira gatandatu.
    Mu mwaka wa 1977, Joe yaje gushakana na Jill Jacobs wari umwarimu w’Icyongereza, hadaciyeho igihe kirekire mu mwaka wa 1980 baje kwibaruka umwana wabo wa mbere w’umukobwa.
    Yaje guhabwa amazina n’abahugu ba Joe, bamwita Ashley Blazer.
    Joe mu mwaka wa 1988, Joe Biden yaje gutanga kandidatire ye ngo yiyamamarize kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko aza kuyikuramo bitewe n’uko byagaragajwe ko yakoreshejwemo amwe mu magambo yakuwe mu bikorwa byo kwiyamamaza by’ umukandida w’ishyaka rya Labour Party ryo mu Bwongereza.
    Mu mwaka wa 2008 tariki 23 za Kanama, Barack Obama yatangaje ko ahisemo Joe Biden nka Visi Perezida baziyamamazanya.
    Baje kugera ku ntsinzi yabo batsinze John McCain na Sarah Palin, hanyuma muri Mutarama, tariki 20, 2009, bahabwa indahiro zibinjiza muri White House.
    Mu mwaka wa 2012, Obama na Biden baje kongera kugirirwa icyizere n’Abanyamerika batorerwa kuyobora Amerika kuri manda yabo ya kabiri.
    Gusa Biden ntabwo yigeze yiyamamaza mu mwaka wa 2016 ku mwanya wa Perezida, bitewe n’uko mu mwaka wawubanjirije umuhungu we mukuru yari yitabye Imana kubera kanseri yo mu bwonko.
    Joe Biden yongeye kwiyemeza kujya guhatanira umwanya wo kuyobora igihugu cya Amerika muri uyu mwaka wa 2020.
    Ni urugamba rutari rworoshye aho yahatanaga na Donald Trump wari usanzwe ari Perezida w'iki gihugu.
    Ariko byarangiye atsinze aya Matora, aba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Komentáře • 41

  • @NkomeziGasore
    @NkomeziGasore Před 3 měsíci +1

    Urakoze dashimu kutuzanira ijambo ryahindura ubuzima rya presindent joe biden

  • @user-lk9qn8xe1p
    @user-lk9qn8xe1p Před 9 měsíci

    Dashima turagukunda cyane baho❤

  • @akimanaemmanuel3137
    @akimanaemmanuel3137 Před 2 lety

    Dashim ndakwemera kbs utugezaho inkingi zatwubakira ubuzima.

  • @challengerwandatv6424
    @challengerwandatv6424 Před 3 lety +3

    #challengerwandatv
    #mamaby2facepopevictorandvivax
    Turabakuuuunda%

  • @user-so7sk8fn9z
    @user-so7sk8fn9z Před 7 měsíci

    Ndagukunda rama💯💯💯

  • @ibigwibyapresidentkagamepa5396

    courage kd merci kbs kumurimo ukora

  • @niyomukizajeanpaul4629
    @niyomukizajeanpaul4629 Před 3 lety +1

    @Umusaza ibintu ukora byuje ubwenge peeeee, turakwemera cyane God helps U and bless U

  • @mukeshimanamarthe3043
    @mukeshimanamarthe3043 Před 3 lety +1

    Uyu arahamye turamwemera. Wouw mbega amagambo meza.

  • @Richard-nz6mx
    @Richard-nz6mx Před rokem

    Ndi muburundi ndaye ntumvise dashim ndumva umengo mbuze ikintu mihezagigwe bagenzi

  • @michelngeze8213
    @michelngeze8213 Před 2 lety

    Turabakunda

  • @aimabiz8393
    @aimabiz8393 Před rokem

    Respect to Joe Biden and u

  • @nsabuhorahoonesme1448
    @nsabuhorahoonesme1448 Před 3 lety

    Ndagukunda cyane Dashim ndifuza kuzakubona

  • @grow648
    @grow648 Před 3 lety

    Nicyo murusha abandi muzana ibintu mugihe nyacyo murakoze Imana ibahire muri byose.

  • @chanellemutoni1691
    @chanellemutoni1691 Před 3 lety +1

    Wauuuuu thx bro

  • @rugeropatrick5443
    @rugeropatrick5443 Před 3 lety +3

    Komeza turakwemera kbs

  • @isman250tv9
    @isman250tv9 Před 3 lety

    Asante cap! Icyi kegeranyo cyari gikenewe.

  • @isaacnshimiyimana2512
    @isaacnshimiyimana2512 Před 3 lety +1

    Mwana wowe turakwemera

  • @udushyatvsubscribe8153
    @udushyatvsubscribe8153 Před 3 lety +2

    Wy

  • @akimanaangelique6603
    @akimanaangelique6603 Před 3 lety +1

    Amagambo meza cyane 🤏🤏

  • @teophianenshimiyimana6259

    Dashim imana ikujyimbere kukuntu udufasha guhinduka uruwagacirope murakoze

  • @kabwakeza252
    @kabwakeza252 Před 3 lety +1

    Iyi channel ntabitutsi bibaho muri coment bivuze ko dash ibyo utugezaho bishimisha ababikurikira twese.

  • @intaragahangakurimurandasi5986

    👍👍

  • @shsportsnews7516
    @shsportsnews7516 Před 3 lety +1

    Yo dashim turakemera fanya kazi

  • @intoretv3029
    @intoretv3029 Před 3 lety +1

    Ko iri jambo risa nkiritarangiye dashim

  • @bienvenusemaronko873
    @bienvenusemaronko873 Před 3 lety +2

    Ubuntu atigera aba décourager yokutubwira bishasha
    Turakushimiy cane.

  • @JoeLove-ef2ry
    @JoeLove-ef2ry Před 3 lety +1

    #Joseph Biden
    Izina Rye Niryange Birahuye Wallah
    #Dashim Dukeneye Contacts Zawe Kugirango Dukomezanye Nawe Kurubuga Twagushyiriyeho Rwo Kugushyigikira #Wattsap

  • @esmediahouse5142
    @esmediahouse5142 Před 3 lety +1

    Uzazane Chris brown niwe dusahaka

  • @niyongabochretien2171
    @niyongabochretien2171 Před 3 lety +1

    Halaaaa

  • @mugabojeanlucremy3224
    @mugabojeanlucremy3224 Před 3 lety

    Joe Biden nukuri Dash Dash nawe urategura ni vuba vuba

  • @whitedoverwanda3416
    @whitedoverwanda3416 Před 3 lety

    🇺🇸✈️🇬🇦

  • @lovepeace5460
    @lovepeace5460 Před 2 lety

    Biden numuntu mubiii cane, ntamwanyanta ndamwumviriza. Muri USA turamwanka

  • @Ikinamiconyarwanda
    @Ikinamiconyarwanda Před 3 lety

    Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
    Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
    Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
    Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
    REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
    Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
    Iyi nyunganiramirire ya Revive nta ngaruka itera ku buzima bwa muntu, ahubwo ifasha mu kurwanya ingaruka zaba zaratewe no gukoresha imiti irimo chemical elements.
    AKANDI KAMARO ka REVIVE:
    1. Ituma amaraso atembera neza.
    2. Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
    3. Yongerera ubudahangarwa amaso umuntu akabasha kureba neza.
    4. Igabanya urugimbu rw'amaraso.
    5. Irinda amaraso kwipfumbika.
    6. Irinda imitsi gupfunyarara.
    7. Irinda kujunjama n'indwara ziherekeza ubusaza.
    8. Ivura guhorana umunaniro ukabije.
    9. Irinda uburemba, ikanongerera abagabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.
    10. Irinda kubyimbagatana ikabavura gusesa urumeza.
    11. Irwanya cyane kurwara umutwe w'uruhande rumwe ikanarwanya asima.
    12. Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro.
    REVIVE ntigoranye kuyifata kuko ufata ikinini kimwe mu minsi ine, ibyo bigaragaza imbaraga ifite mu gufasha umubiri.
    Tubafitiye promotion y'igihe gito aho twarakatuye kugera kuri 30%.
    Dukorera I Kigali muri T2000, kandi tunayibagezaho aho muherereye.
    Ku bindi bisobanuro
    Call & WhatsApp:
    +250788888963
    N.B: Ku bari IKigali tuyibagezaho iyo babyifuje naho abari mu ntara n'inyuma y'igihugu turayohereza.

  • @Lafoot2023
    @Lafoot2023 Před 3 lety

    IGITSINAGORE TWITE KUBUZIMA BWACU.
    Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
    Gusa ibi biravurwa bigakira iyo ukoresheje HERBAL MAHARANI, FATIMA, FEMININE WASH na CHLOROPHYLL
    Inyungu zo gukoresha maharani, fatima na Feminine wash:
    ✅ Byongera amavangingo mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina, ubushake n'ububobere.
    ✅Birinda kugira mu nda hanini (gutendera) bikanabikuraho burundu.
    ✅ Ikuraho infection urinaire cyangwa vaginale izo arizo zose kabone niyo waba warazivuje zaranze gukira.
    ✅ Ikuraho burundu kubabara mu gihe cy'imihango, kubabara umugongo, ndetse ituma imihango isubira kuri gahunda.
    ✅Ituma wisubiranya vuba umaze kubyara.
    ✅ Isubiza imihango kuri gahunda kandi igatuma ubona imihango niyo waba umaze imyaka utayibona cyangwa utarayibona na rimwe.
    ✅ ikuraho ingaruka zose ziterwa na onapo.
    ✅Ituma ugira uruhu rwiza.
    9. abantu bazana imihango yavuze irabicagagura ikaza neza.
    ✅ Iringaniza imisemburo yose y'abadamu n'abakobwa ijyanye n'imyororokere.
    ✅ikuraho ingaruka zose zo gucura.
    ✅Ikura imyanda yose ndetse na infection mu myanya myibarukiro.
    ✅ Yongera ubushake mu kubonana n'umugabo.
    ✅ Ivura ibibyimba byo muri nyababyeyi bikagenda burundu batiriwe bakubaga.
    ✅ ivura kubyimbagatana kwa hato na hato.
    Dukorera mu mujyi wa Kigali muri Nyarugenge, Musanze na Rubavu.
    Ku bindi bisobanuro naho mwayikura mwahamagara cyangwa mukwatwandikira kuri WhatsApp:
    +250788441279.