Joe Biden - IJAMBO RYAHINDURA UBUZIMA EP230
Vložit
- čas přidán 7. 09. 2024
- #JOEBIDEN #IJAMBORYAHINDURAUBUZIMA
Joe Biden watsindiye kuba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahigitse Donald Trump warumaze imyaka 4 ayoboye iki gihugu cy'igihangange ku Isi.
Uyu mugabo uzwi cyane nka Joe Biden ariko ufite amazina Joseph Robinette Biden, Jr.
Ni umwana wa mbere muri bane, uvuka kuri Catherine Eugenia Finnegan Biden (nyina) na Joseph Robinette Biden, Sr.
Biden yavukiye muri Scranton ho muri Pennsylvania muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuka ku itariki ya 20 Ugushyingo, mu mwaka wa 1942, ibisobanuye ko afite imyaka 77 y'amavuko-bikamugira umuntu wa mbere ushaje/ukuze utorewe kuyobora Amerika.
Ubwo Joe Biden yari amaze kugera ku myaka icumi (10) y’amavuko, umuryango we wimukiye mu kandi gace kitwa Delaware.
Aha, bahimukiye ubwo umuryango warimo ushaka imirimo myiza, ahantu Joe bivugwa ko yaje no kwishimira ndetse akanahita murugo.
Yagiye mu mashuri, aho muri kaminuza yize aza guhabwa impamyabumenyi mu Ishuri ry’amategeko muri Kaminuza ya Syracuse.
Nyuma gato yo gusoza amashuri ye ya kaminuza, yahise agaruka muri Delaware aho yahise aba umunyamategeko, ndetse bidatinze yiyamamariza (bwa mbere) kuba umwe mu bagize akanama kayobora agace ka New Castle. Aha hari hagati y’umwaka wa 1970 na 1972.
Nyuma y’intsinzi Joe Biden yari akomeje kugeraho mu myaka ye y’ubuto, yaje kwiyemeza gukomeza ubuzima bwe n’uwo yakundaga, Neilia Hunter--we bashyingiranywe muri New York--ndetse baza no kwibaruka abana batatu.
Hadaciyeho igihe kinini, umugore (Neilia) we ndetse n’umwana we muto w’umukobwa (Naomi) bapfiriye mu mpanuka y’imodoka, ndetse n’abahungu be babiri (Beau, Hunter) bakomerekeramo bikomeye.
Uretse kuba yarimo anyura mu bihe bimukomereye (byo kubura umugore n’umwana, abandi bagakomereka), yari amaze igihe kigera ku kwezi atorewe kuba senateri, ku myaka ye 29 gusa.
Mu mateka y’Ubusenateri muri Amerika, Joe Biden yari abaye uwa 15 muto muri aka kazi. aho hari mu mwaka wa 1972.
Biden yatorewe ku mwanya wa senateri inshuro zigera kuri esheshatu kandi agatorerwa ku majwi arenga 90%
Mu kazi yari afite nk’umusenateri, Joe, yarebaga cyane ku mibanire n’amahanga, ubutabera mu byaha (guhashya ibyaha), ndetse n’ibirebana n’ibiyobyabwenge. Muri aka kazi yagatorewe ubugira gatandatu.
Mu mwaka wa 1977, Joe yaje gushakana na Jill Jacobs wari umwarimu w’Icyongereza, hadaciyeho igihe kirekire mu mwaka wa 1980 baje kwibaruka umwana wabo wa mbere w’umukobwa.
Yaje guhabwa amazina n’abahugu ba Joe, bamwita Ashley Blazer.
Joe mu mwaka wa 1988, Joe Biden yaje gutanga kandidatire ye ngo yiyamamarize kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko aza kuyikuramo bitewe n’uko byagaragajwe ko yakoreshejwemo amwe mu magambo yakuwe mu bikorwa byo kwiyamamaza by’ umukandida w’ishyaka rya Labour Party ryo mu Bwongereza.
Mu mwaka wa 2008 tariki 23 za Kanama, Barack Obama yatangaje ko ahisemo Joe Biden nka Visi Perezida baziyamamazanya.
Baje kugera ku ntsinzi yabo batsinze John McCain na Sarah Palin, hanyuma muri Mutarama, tariki 20, 2009, bahabwa indahiro zibinjiza muri White House.
Mu mwaka wa 2012, Obama na Biden baje kongera kugirirwa icyizere n’Abanyamerika batorerwa kuyobora Amerika kuri manda yabo ya kabiri.
Gusa Biden ntabwo yigeze yiyamamaza mu mwaka wa 2016 ku mwanya wa Perezida, bitewe n’uko mu mwaka wawubanjirije umuhungu we mukuru yari yitabye Imana kubera kanseri yo mu bwonko.
Joe Biden yongeye kwiyemeza kujya guhatanira umwanya wo kuyobora igihugu cya Amerika muri uyu mwaka wa 2020.
Ni urugamba rutari rworoshye aho yahatanaga na Donald Trump wari usanzwe ari Perezida w'iki gihugu.
Ariko byarangiye atsinze aya Matora, aba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Urakoze dashimu kutuzanira ijambo ryahindura ubuzima rya presindent joe biden
Dashima turagukunda cyane baho❤
Dashim ndakwemera kbs utugezaho inkingi zatwubakira ubuzima.
#challengerwandatv
#mamaby2facepopevictorandvivax
Turabakuuuunda%
Ndagukunda rama💯💯💯
courage kd merci kbs kumurimo ukora
@Umusaza ibintu ukora byuje ubwenge peeeee, turakwemera cyane God helps U and bless U
Uyu arahamye turamwemera. Wouw mbega amagambo meza.
Ndi muburundi ndaye ntumvise dashim ndumva umengo mbuze ikintu mihezagigwe bagenzi
Turabakunda
Respect to Joe Biden and u
Ndagukunda cyane Dashim ndifuza kuzakubona
Nicyo murusha abandi muzana ibintu mugihe nyacyo murakoze Imana ibahire muri byose.
Wauuuuu thx bro
Komeza turakwemera kbs
Asante cap! Icyi kegeranyo cyari gikenewe.
Mwana wowe turakwemera
Wy
Good 👍👍👍👍👍👍 Dashim
Amagambo meza cyane 🤏🤏
Dashim imana ikujyimbere kukuntu udufasha guhinduka uruwagacirope murakoze
Iyi channel ntabitutsi bibaho muri coment bivuze ko dash ibyo utugezaho bishimisha ababikurikira twese.
👍👍
Yo dashim turakemera fanya kazi
Ko iri jambo risa nkiritarangiye dashim
Part 2 vubaha
Ubuntu atigera aba décourager yokutubwira bishasha
Turakushimiy cane.
#Joseph Biden
Izina Rye Niryange Birahuye Wallah
#Dashim Dukeneye Contacts Zawe Kugirango Dukomezanye Nawe Kurubuga Twagushyiriyeho Rwo Kugushyigikira #Wattsap
Uzazane Chris brown niwe dusahaka
Halaaaa
Joe Biden nukuri Dash Dash nawe urategura ni vuba vuba
🇺🇸✈️🇬🇦
Biden numuntu mubiii cane, ntamwanyanta ndamwumviriza. Muri USA turamwanka
Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.
Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme)
Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu.
Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe.
REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea)
Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri.
Iyi nyunganiramirire ya Revive nta ngaruka itera ku buzima bwa muntu, ahubwo ifasha mu kurwanya ingaruka zaba zaratewe no gukoresha imiti irimo chemical elements.
AKANDI KAMARO ka REVIVE:
1. Ituma amaraso atembera neza.
2. Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
3. Yongerera ubudahangarwa amaso umuntu akabasha kureba neza.
4. Igabanya urugimbu rw'amaraso.
5. Irinda amaraso kwipfumbika.
6. Irinda imitsi gupfunyarara.
7. Irinda kujunjama n'indwara ziherekeza ubusaza.
8. Ivura guhorana umunaniro ukabije.
9. Irinda uburemba, ikanongerera abagabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.
10. Irinda kubyimbagatana ikabavura gusesa urumeza.
11. Irwanya cyane kurwara umutwe w'uruhande rumwe ikanarwanya asima.
12. Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro.
REVIVE ntigoranye kuyifata kuko ufata ikinini kimwe mu minsi ine, ibyo bigaragaza imbaraga ifite mu gufasha umubiri.
Tubafitiye promotion y'igihe gito aho twarakatuye kugera kuri 30%.
Dukorera I Kigali muri T2000, kandi tunayibagezaho aho muherereye.
Ku bindi bisobanuro
Call & WhatsApp:
+250788888963
N.B: Ku bari IKigali tuyibagezaho iyo babyifuje naho abari mu ntara n'inyuma y'igihugu turayohereza.
Wow mbega amagambo mezaaaa
Woow, kandi murakoze.
IGITSINAGORE TWITE KUBUZIMA BWACU.
Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
Gusa ibi biravurwa bigakira iyo ukoresheje HERBAL MAHARANI, FATIMA, FEMININE WASH na CHLOROPHYLL
Inyungu zo gukoresha maharani, fatima na Feminine wash:
✅ Byongera amavangingo mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina, ubushake n'ububobere.
✅Birinda kugira mu nda hanini (gutendera) bikanabikuraho burundu.
✅ Ikuraho infection urinaire cyangwa vaginale izo arizo zose kabone niyo waba warazivuje zaranze gukira.
✅ Ikuraho burundu kubabara mu gihe cy'imihango, kubabara umugongo, ndetse ituma imihango isubira kuri gahunda.
✅Ituma wisubiranya vuba umaze kubyara.
✅ Isubiza imihango kuri gahunda kandi igatuma ubona imihango niyo waba umaze imyaka utayibona cyangwa utarayibona na rimwe.
✅ ikuraho ingaruka zose ziterwa na onapo.
✅Ituma ugira uruhu rwiza.
9. abantu bazana imihango yavuze irabicagagura ikaza neza.
✅ Iringaniza imisemburo yose y'abadamu n'abakobwa ijyanye n'imyororokere.
✅ikuraho ingaruka zose zo gucura.
✅Ikura imyanda yose ndetse na infection mu myanya myibarukiro.
✅ Yongera ubushake mu kubonana n'umugabo.
✅ Ivura ibibyimba byo muri nyababyeyi bikagenda burundu batiriwe bakubaga.
✅ ivura kubyimbagatana kwa hato na hato.
Dukorera mu mujyi wa Kigali muri Nyarugenge, Musanze na Rubavu.
Ku bindi bisobanuro naho mwayikura mwahamagara cyangwa mukwatwandikira kuri WhatsApp:
+250788441279.