Wari uzi uko wategura Menu y'icyumweru mu rugo iwawe?

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 2. 07. 2021
  • Tubahaye Ikaze ku Ijuru Rito Family Show.
    Ijuru Rito ni Urubuga rwo kuganira, kungurana ibitekerezo ndetse no kwigiranaho ku ngingo zitandukanye zadufasha kugira Umuryango Uboneye, Unezerewe ndetse ubayeho neza. Uyu niwe twita ko ari Ijuru Rito.
    Twashyizeho uru rubuga kuko twizera ko buri muntu ashobora kugira icyo yungura undi mu gihe bombi bemera gusangizanya byaba ubumenyi bungutse ndetse ari n'ibyababayeho mu buzima bwabo.
    Ingingo z'Ingenzi tuzajya tuganiraho zose zigaruka ku muryango ariko twibanda cyane cyane ku:
    Urukundo rw'Abashakanye, Imibereho n'Iterambere ry'Urubyiruko, Kurera abana bato ndetse n'urubyiruko.
    Tubahaye ikaze kandi umusanzu wanyu ni inkingi ya mwamba mu gufatanya kubaka Ijuru Rito mu miryango yacu.
    Mwifuza kutwunganira cyangwa kugira icyo mutubaza mwakwifashisha #Watsapp_0788643708. #IjuruRito

Komentáře • 72

  • @dianeuwitonze7203
    @dianeuwitonze7203 Před 3 měsíci +2

    Urakoze cyane pe! Uramfashije

  • @irakozechanella3653
    @irakozechanella3653 Před 2 lety +9

    Urakoze imana iguhe umugisha ariko Ube ubivuga muki nyarwanda vyos kubr hari abatumva urundi rurimi abavyumva nkanj bampe lk

  • @fabricefaregs6835
    @fabricefaregs6835 Před 2 lety +3

    nibyiza kitwigishya ariko urihuta.cyane kuvuga.bimwe bikaducika

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 lety

      hahahhhh nibyo! Pole basi nzagerageza ndebe ko bikunda kuvuga ntihuta!Ubu se bizakunda; hahahahhhhh

  • @irisleonciesinzabakwira3367

    Byiza cyane reka nkurikire

  • @jeromengarambe7943
    @jeromengarambe7943 Před 3 lety +7

    Uzabivuge ubikora,uduhe gahunda,kuwambere dufatanye guteka,kuwakabiri,gutyo gtyo naho ubu harinibyo uvuga ntitubimenye pe.

  • @jeanclaudedusabe3331
    @jeanclaudedusabe3331 Před 7 měsíci +2

    Thanks mam, very good idea for weekly home menu.

  • @annendayishimiye309
    @annendayishimiye309 Před 2 lety +2

    Wow!Hari ibintu mbonye duhuje,biranshimishije

  • @francinegasengayire9980
    @francinegasengayire9980 Před rokem +1

    Nibyiza cyane ariko dukeneye session ubikora byadufasha kurushaho

  • @happyangesk789
    @happyangesk789 Před 3 lety +1

    Urakoze cyane Doudou

  • @kantengwagrace5858
    @kantengwagrace5858 Před 3 lety +3

    Murakoze

  • @bizimanachristiane658
    @bizimanachristiane658 Před 3 lety +3

    Wooow ibi bintu wavuze neza wenda dutandukanyeho gato ariko nanjye niko mbigenza

  • @christineiliza716
    @christineiliza716 Před rokem

    Merci bcps

  • @niragiresamuel947
    @niragiresamuel947 Před 2 lety +4

    Ni byiza nabishimye ariko nabonye menu yanyu nta mafi ariho😅ikindi nuko amakaroni na viande haché biraryoha ariko biba digeré difficilement kubirya nijoro sibyiza kuko proteine animale zitinda kuva munda.(amakaŕoni muyafashe nimboga byaba byiza kurushaho. Murakoze j'ai bcp aprecié votre menu.

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 lety +2

      Merci bcp Samuel. Niyo mpamvu dukunda comments zanyu. Ibyo tubasangiza hano ntab wo ari ihame aba ari ingero z'ibyo dukoresha ariko kungurana inama ni byiza. Ku bijyanye n'amafi ndabizi ni meza, ndetse turanayakoresha gusa abana bacu bayakunda yokeje cg wayatetse muri four. Nyabakorera akenshi mfite umwanya cg se ndi bufate umwanya nkayabagaburira. Iyi menu nakoze ni rumwe mu ngero z'ibyo kurya umuryango wakoresha, ndi hafi no gukora indi na none kuko ntimwahorera imiteja na carotte n'indagara mwabirambirwa, hahahhhhh....

  • @urwagasabo.
    @urwagasabo. Před rokem +1

    Haribyo tutumva uvuga Mundial zamahanga. Ukeneye kubitwereka!!

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před rokem

      Murakoze kudukebura, ubutaha tuzajya dushakisha ikinyarwanda nubwo buri gihe bidapfa gukunda.

  • @byukusengeassoumpta5972
    @byukusengeassoumpta5972 Před 2 lety +1

    Doudu urakoze cyane kudusangiza ibi. Nibyiza.
    Gusa ubanza warumuhanga cyane.
    Mugusobanura usobanura nkaho twese tuzi ibyurikuvuga. Donc ujyewibuka ko inshuti zanyu harimo n'abagarukiye muri primaire gusa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 lety

      Oh la la..... nibyo se buriya hari ibyo mvuga bikabazimiza. Ariko uko iminsi ishira bizajya bigenda biza, namwe munsobanuze ibyo mutumvishe kuko mba nabishyizeho ngo bifashe abantu babireba. Icyo mutumvishe mujye mumbaza

    • @JoachimBigirimana-oe6hi
      @JoachimBigirimana-oe6hi Před 2 měsíci

      Ndunva murya ni

  • @landryrukemampunzi8982
    @landryrukemampunzi8982 Před 3 lety +1

    Iwanyu nta cyayi numugati murya

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 3 lety

      hahahhhh Landy uhise ubibona!Tuwurya muri week end cg se twawukumbuye kdi nabwo akenshi turya brown bread.

  • @theogenechinwa5816
    @theogenechinwa5816 Před 3 lety +3

    Dimanche fresh nahitamwo kujya ubugari ni nyama sa sita

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 3 lety

      Ugahita usinzira rero.

    • @theogenechinwa5816
      @theogenechinwa5816 Před 3 lety

      @@IjuruRito cyane

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 Před 3 lety

      Wowe twimereye kimwe burya nanjye ubugari naburya buri gihe. Si na dimanche gusa. Ariko kubera bose batabukunda tubuteka nijoro nta kundi.

  • @umuhozaassoumpta3031
    @umuhozaassoumpta3031 Před 2 měsíci +1

    Haraho wavuze isombe bucyeye bwaho ryagakwiriye kugarukamo kuko isombe iyo umuntu aritetse Riba ariryinshi ntiwariryaho rimwe gusa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 měsíci

      Hahaha mbega Assoumpta, good comment kabisa. Ako kantu uziko tutagatekerejeho. Ariko hari abarishyira muri firigo. Aho ngaho uhita wiyemerera kunyuranya na plan, ukongera ukarisjyiraho ejo. Bitari ibyo wazarigarura hashize icyumweru 😂😂😂

  • @mukabarangajeanne8403
    @mukabarangajeanne8403 Před rokem +2

    Ndagukunze ariko nuko uvuga mundi zamahanga gusa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před rokem

      Murakoze Jeanne n'inama turayumvise ariko ni ukuri hari ibintu uburira ikinyarwanda, cyane cyane nu by'imirire. Ngaho mfasha ukuntu navuga brocolli, olive oil, casserole a pression. Tuzajya tugerageza dushakishe ikinyarwanda cyabyo ariko sinkwijeje ko byose twabibona. VU.

  • @musabyemariyaappolinarie9510

    Cyane rwose!

  • @turahoamen4506
    @turahoamen4506 Před 2 lety +1

    Nibyiza pe, Ariko ibishyimbo byaburi umunsi , ahaaaaaaaaaaaaa

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 lety +1

      hahahhhhh, ibishyimbo se!Hewe iwacu rero turabyemera kubi n'abana bidahari bahita babona hari icyahindutse.

  • @magnifiquemunganyinka2868

    Muraho neza wadufasha ukatwereka iyo casserole en presion

  • @entrepriselaconfiance3173

    Doudu big up
    nonese mbwira :imboga za breakfast uzitegura ute? dusobanurire neza!!!! please

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 lety

      Imboga za breakfast harya ubwo ni izihe? uravuga izo dushyira muri smoothy se?

  • @urwagasabo.
    @urwagasabo. Před rokem

    Basis Jya ubutwereka niba utari uwavukiye Murwanda. Urunyamahanga nirwo Ruborohera.Ndi nkawe navuga ururimi Rumwe. Undi Munsi nkavuga urundi!! Ibyo uvuga Muruzungu Jya ubutwereka kuruta kubivuga!!!!

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před rokem

      Si buri gihe byoroha ariko tuzajya tugerageza. Hari ibintu bitagira amazina mu Kinyarwanda. Yaourt, pate jaune, brocolli,

  • @florencekanyana8034
    @florencekanyana8034 Před 3 lety +1

    Inanasi,epinard,umuneke,amata biraryoha cyane

  • @umutonialine2439
    @umutonialine2439 Před 3 lety

    Ese ubwo kurya akawunga cg pate jaune mw'ijuru ni ibyiza.Numvaga ibyiza umuntu yarya ibiryo byoroshye

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 3 lety

      Hello Aline, akawunga buriya na ko kari mu biryo bitagora umubiri mu igogora. Ahubwo ikintu abahanga mu by'imirire batangaho recommendation ni ukurya ibya nijoro hakiri kare mbere ya saa mbili. Ngira ngo urabizi ko ari ibigori. Ahubwo burya no ku bana bato karemewe ni keza cyane. Merci dear

  • @kantengwagrace5858
    @kantengwagrace5858 Před 3 lety +2

    Kubantu se bazindukira mukazi nka sakumi nimwe bakagaruka nimugoroba wabafasha gute gukora menu y'icyumweru?

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 3 lety +1

      Hello Grace. Inama nakugira ibyiza iyo uzinduka ibintu byinshi ubitegura yaba nimugoroba cg se muri week end. Doudou

  • @karemerahenriette911
    @karemerahenriette911 Před 3 lety +1

    Wiriwe neza wabwiye icyo wavuze mufata kuwagatatu kuri break fast

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 Před 3 lety

      Cornflakes ni zo navuze kuri break fast. Ni ibinyampeke baba bashyizemo ibintu bituma zigira akamaro (fortified cereals) ku buzima. Hari brands zitandukanye nka Kellogs, nka cornflakes yo ni ibigori, babirya mu mata. Niwumva utabyumvishe umbwire nkwereke foto. Watwandikira kuri 0788643708.

  • @dusabeange6385
    @dusabeange6385 Před 3 lety +1

    Sibyiza

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO Před 3 lety +1

      To fuel our wholesome, rea/lst/c goals, I'm
      sharing this round up of healthy breakfast I
      smoothies that are packed with all the protei
      fruits, and veggies you need to power your
      day.
      When recipes are as tasty as these, eating
      right is a delight, not a chore.
      If you've ever ventured to the smoothie
      section of my website, then you'll know just
      how much I love healthy smoothies. They
      taste like a treat but have incredible
      nutritional value.

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO Před 3 lety +1

      Ni byiza ahubwo cyane. Uzanyandikire nkwigishe uko bazikora. Kereka niba ufite source wabikuyeho nabyo ntacyo wabidusangiza. Urakoze. Doudou.

  • @niyonizeyechantal1366
    @niyonizeyechantal1366 Před 2 lety +1

    Iyo casserole twiyigurirahehe

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 lety

      Sha iyi nayiguze ku banyamahanga bazigendana muri za offices aba ari set irimo ibintu byinshi.. Ariko hariya mu mugi bacuruza ibyombo wazihabona zitandukanye.

    • @adabahizi4568
      @adabahizi4568 Před rokem

      Ahubwo wakayitweretse ntitunayizi

  • @dushimimanamartine7534
    @dushimimanamartine7534 Před 11 měsíci

    Ako ka liste ukanyoherereze nyabu 😂😂

  • @SN-wb3gm
    @SN-wb3gm Před 2 lety +1

    Wari kutwereka uko babireka rero

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před 2 lety

      Hari igihe tuzajya tubikora mu minsi iza Ishallah

  • @uwambayesylvie4470
    @uwambayesylvie4470 Před 3 lety +2

    Puree utitegura gute?

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 Před 3 lety +1

      Waramutse Sylvie! Puree akenshi y’ibirayi tuyitegura gutya: dutogosa ibirayi mu mazi aringaniye atabirengeye, hanyuma byamara gushya tugakaranga igitunguru mu mavuta noneho tugasuka cya gitunguru mu birayi n’utuvuta duke cyane, si ngombwa ko ayo wakarangishije igitunguru yose uyashyiramo. Ubundi rero ukabicucuma n’umumamiyo bikanoga cyane ku buryo bimera nk’ubugari ukayirya ishyushye inahumura neza. Doudou.

  • @urwagasabo.
    @urwagasabo. Před rokem

    Yivuga Mukinyarwanda tuyimenye

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před rokem

      Hari ibigorana kujya mu kinyarwanda. Tuzajya tugerageza

    • @IjuruRito
      @IjuruRito  Před rokem

      Hari ibigorana kujya mu kinyarwanda. Tuzajya tugerageza

  • @dusabeange6385
    @dusabeange6385 Před 3 lety

    Ikintu kimwe mwokosora imbuto ni mboga ntizihurira kwisahani imwe ndavuga ko utabivanga

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO Před 3 lety

      naa a source OI protein
      "Anything that contains a lot of sugar, such as
      smoothies, can make us feel very hungry
      again shortly afterwards", says Medlin,
      because "the sugar is absorbed more quickly"
      than from wholefoods. Adding protein to your
      smoothie helps slow the digestion ofthe
      sugar, so you stay fuller for longer.
      Witherspoon suggests adding nut butter and
      ground flaxseeds to her recipe of spinach,
      lettuce and fruits, and you can add whole nuts
      and seeds, such as chia, a tablespoon of(no-
      added-sugar) yoghurt or oats to any smoothie
      recipe for a protein boost. Dr Rupy Aujla's
      berry banana smoothie includes a milk
      alternative, nut butter, seeds and oats!
      Use an environmentally friendly straw

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO Před 3 lety +1

      Mugeni ntabwo wenda nzi source yawe ariko njyewe ibyo ni bimwe mu byo nkuzaniye nasomye kdi smoothie abantu benshi barazizi barazikoresha. Urabona ko aho banagira inama abantu yo kongeramo protein source aho washyiramo nka chia seeds, porici nk'uko tuyita inaha (chia seeds)bakanagira abantu inama yo kuyinywesha umuheha kubera amenyo.Sha smoothie ni nziza rwose ahubwo nzabigisha ubwoko butandukanye bwazo mfite igitabo. Wakoze ku bwunganizi uduhaye. Blessings

    • @VirgileUZABUMUGABO
      @VirgileUZABUMUGABO Před 3 lety

      Ni Doudou

    • @dusabeange6385
      @dusabeange6385 Před 3 lety

      @@VirgileUZABUMUGABO ok ubwo buri muntu yaja abakora uko abizi ariko nye nzi ko kubivanga atari byiza

    • @joselinemujawimana4938
      @joselinemujawimana4938 Před 3 lety

      Uzakore research urebe ntacyo bitwaye aho kubyanga gutyo gusa. Ubishatse naguha links zo kubisomaho. Thanks

  • @jeromengarambe7943
    @jeromengarambe7943 Před 3 lety +4

    Uzabivuge ubikora,uduhe gahunda,kuwambere dufatanye guteka,kuwakabiri,gutyo gtyo naho ubu harinibyo uvuga ntitubimenye pe.