Avuze abaministri yanduje SIDAi|nishyuye miliyoni 5 ndoga ministri😭nkoresheje amasohoro|nishe benshi
Vložit
- čas přidán 31. 08. 2021
- #ImpanuroTv
Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788211501 - Zábava
Ntabwo waba warakijijwe ngo utange ubuhamya nk'ubu kuri social media! Uracyarwaye cyane! Baganirije umusazi ahubwo bazakuvuze ariko bizagorana ko wakira kuko warangiritse cyane!
Urakoze mam nyagasani akomeze agufashe
Gukomeza inzira ya gakiza
Twasabaga abashumba bakubebe hafi cyane
Ubashe gukomera munzira ifunganye
Imana yariko irakwigisha kugira umusi ugeze uzuyikorere.utange ubuhamya buzofasha beshi. Imana igukomeze
Ababyeyi baragowe nkuyu akaza asaba akazi ko murugo ukamusigira umwana wawe
Kurera ntibyoroshye
Urakoze cyane mama urimwiza urasa neza wambaye neza nshimye Yesu wagutabaye numubyeyi wacu wukuri, ntiwite kubagutuka , kuko iyo tumwaje satani arasara agatukana akarakara cyane komera nshuti ya Yesu.
Oya ubu yarakijijwe ariko avuga ivyo yaciyemwo ncuti yanje
Sinzi ariko ndabona atarakizwa pe
@@nicoleumulinga3851 ubirebesha iki?
Ry
Nge nkugire inama komeza utitirize YESU Niwe uzakurwanirira Kandi niyo izakuyobora kuko haribindi ufite gukira cg kwiyambura ugakurikira IMANA yonyine ikaguha umwuka wear akakuyobora ushake nitorero rikurere naho ubufasha uzabukura kuri Yesu wenyine naho ukeneye kurerwa ugakizwa neza naho izaguha imbaraga ariko wongere wisuzume uyisaba ubwenge naho izagushoboza
Yoooo Imana ishimwe cyne kuko yarahabaye
Kwanduza SiDA abantu ubizi kandi ubishaka ni icyaha gihanishwa amategeko. Bazagufate bagufunge warahemutse.
Yarihannye, kandi yanasabye imbabazi, ikindi ijambo ry'Imana riratubwira ngo "uri muri Kristo Yesu aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bibaye bishya"
@@assielkaruranga6330 oyaa, akwiye guhanwa n amategeko yanditse mugitabo c ubutabera.
@@ritza3452 Ariko se koko ko yisabiye imbabazi hama nabo vyabayeho bamubabariye mwe bibarabaho iki? Ni mumuveho yikomereze urugendo rujya mw'ijuru!
@@manirakizadeosamuel3192 oya niyemere igihano, yikorere umusalaba, hama asabe imbabazi, ataraho ntaco bimaze kuko atinye igihano
Haphungwa benshi hasigara wewe atacaha ugira😀😀
Imana ishimwe ko wabivuyemo nta ndaya itaroga indaya uburozi ubwicanyi ubujura ubugome ntacyo indaya itakora
Mbabajwe nabandi boose bakimeze batyo nukuri 😭😭😭😭😭😭😭Imana ikize Benewacu
Enzira z ‘ Imana nibihumbi 🙏🙏🙏
MANA tabara iyisi kuko igeze aharindimuka🙈
Impanuro t v izagufashe kubona umwana wawe . N'ubwo waciye mu ibintu bitari byiza , bimwe ubifitiyemo uruhare runini, ibindi ukabigwamo uzira ubusa , uri umubyeyi bazagufashe baguhuze n'umwana wawe .
Imana ishimwe ko yaguhinduye Kandi I ibiganiro bibabicyenewe kuko bizakiza benshi, Impanuro yesu abahe imigisha myinshi
Aho mugenzi ureke abariko baramutuka,nyimba yagiye akoramwo udokosa yavuzeko atagize amahirwe yokuja kwishure
Hy
Wowe ntiwari indaya gusa ahubwo wari ninterahamwe kuko wanduzaga abantu kubushake🙏🙏🙏 Imana ishimwe cyanee ko wakijijwe niba warabishoboye .
Yarumugome
Kurikira neza uyumukobwa, arabesha none ko nzi kwatize yagira check gute. Atazikwandika numubeshi kandi kandi numunyacaro wanguvu.
Ntiyari gusa yarimwo imizimu
Uwo Mukozi w'Imana wakurondoye, washatse abo wanduje, ukabajyanayo?
Bagabo Basore mwirirwa musambana muragowe ,😭ibi kuki bitababera isomo😭😭mbabajwe n'qbagore babyu mwanduza
Iri n'isomo
Kuki uvuze abagabo gusase ntubwire abagore nabakobwa kdi aribo basigaye basambana nkamasazi
Abagabo nibo batanga amafranga bagura indaya, gusa birababaje kubona abantu baragize uburaya nk' umukino kandi baba bakina n' ubuzima
Ikirenzeho n uko uyu yakoranaga n imyuka mibi abagabo bakaza biruka Ndumiwe koko!!!
@@theogenepackson9862 hhh barisambanya se ntibasambana n'abagabo?
Uhoraho atabare abantu nkaba bariho cyane?kdi ntiwabamenya.
Ahaaaaaaa!
Burya Hari abantu bakizwa baravuye kure Koko!
Sugukizwa nukwiyorobeka
Ubu uyu urumva yarakijijwe!!!
Yoooo !!!!! Ihanganemuntuw'Imana ntagobibabyoroshye
Imana ishimwe kuntahe aduhaye Imana imukomeze hose
Ariko sivyiza kuvuga amazina yabo mwakoranye ivyaha,imana iratubuza gushira ivyaha vyumuntu kukarubanda.kuko natwe iduhishira vyishi
Gukizwa n,ibyiza Ariko ahantu asengera bakwiye kumurera akerekwa uburyo bwiza bwo gutanga ubuhamya bugatanga umusaruro kdi nibyiza ko yatanga ubuhamya atavuga amazina y,abantu.
Imana ishimwe kuko ntakiyinanira
Hari indirimbo njya numva igira iti " Yesu arakiza,Yesu arakiza,Yesu arakiza,ni we wancunguye". Ndayikunda cyane,n'ubwo ndi catholique.
Imana ikubabarire
Wagerageza kwumva cyane,ukavuga gake gashoboka.
Imana igukomeze
Imana ishimwe yaragutabaye nukuri
Imana ikura kure,nishimwe.
Arikose ninde udacyumura????ntimukamucyire urubanza kuko .Imana ntabwo izababwirango naramukijije oyaaaa
Imana igira amaboko
Ngo abagabo baguha ama chèques nawe ukayaha abandi. Kandi udafise compte bancaire.!!! Mensonges!!! Bêtises, charabias !!!!
Birashoboka nshutiyanjye, hari ubwoko bwinshi bwa Cheque. Bitewe n'ubwoko bwa Cheque yahabwaga byashoboka. ukore research kuyobita Bearer Cheque cyangwa Cheque au Poreteur bitewe n'ururimi ukoresha.
Arabeshya kuby'amasheke, yavuze ko bamuhaga amasheke nawe agakorera abandi amasheke, yarengeye mu buhamya
Ubu buhamya ndabishidikanya cyane. Nigute umuntu bamurongora ntabimenye?
Gusa warindaya. Wenda wabivuyemo!!
Yoo nukuri pe imana Ikurwanirire
Imana ninziza
Uyu mukobwa azahava akora ibara muzamwigishe kuvuga aziga 🙆🏽♂️
Subhanallah 😭😭🙏🙏🙏 y,Allah turokore pee uzaduhe iherezo ryiza 🙏
😭😭😭😭😭
Ameen
Aha nokubeshya birimo milioni 5
Amena nshima lmana Koyagucyijije iyo Sida
Naho abo yanduje ? Ab'isi nta mpuwe kbs.
Ndashimye Imana Yesu aguhe ivyumutima wawe wifuza
Impanuro ndabakurikiye cyane
Ubuhamya buragwira
Urumukobwa cyangwa umugore?
👤Mwizina rya yesu😥😥
Yesu Aracyiza
Imana igira amaboko nakwambia!🤐🤔
Ubwose wakoze byiza kuburyo uje kubivuga Imana ikubabarire kwanduza abantu ubishaka uri umwicanyi 👊
je abatwaza imana mumafuti muza munsetsa, ese se, kwanduza abantu ubizi, yezu tabara
Ni nde wakubwiye ko yishimiye ko yabanduje ? Ubuhamya nk'ubu buba bukenewe kugira ngo abantu bamenye ko ibihembo by'ibyaha ari urupfu bihane bahabwe ubugingo buhoraho.
@@isaiedushimimana6628 ndumva umushyigikiye
🧐may God save this world
Uyu afite misiyo mbi kuko no mumaso bigaragara ko ari intumwa ya sekibi
Ndabona asa nababandi bavuye ikuzimu bakagaruka kwisi bafite mission zokumara abantu pe
Indaya mubeshya kubi
Wawuuuuu
IMANA ishimwe mubyukuri hari ubuzima umuntu acamo ari IMANA yabishatse kandi ishimwe kuko haricyo yagukijije kandi bibere isomo abantu bacana inyuma nabasambanyi
Imana nishimwe kuko yamuhaye agakiza🙏🙏🙏🙏
Ariko yagaritse benshi kandi nubu abonye urwaho yarimbura
Uri no kwiyemera gusa niba ibyo uvuga aribyo Imana ishimwe
urabeshya
Yoooo ariko satani wee uragapfa gusa
Wahisemo neza Imana ikomeze igushyigikire. Kandi ntuzasubiremo.
Mu Mana ni ho dukirizwa,ni ho dusanga ituze n'umunezero udashira.
Imana ihabwo icyubahiro peeeeeeee
ese icyo ntago ari icyaha gihamywa na amategeko kwica abantu ubizi kandi ubishaka
Mwirinde cyane kuko ahubwo wasanga ari umukozi wa satani watumwe kuyobya benshi
5millio.vyabayekugirukwizwe.nabunvubuhamyabwawe.bihane...kukonizomillio.ntacozakumariye..kundayesu.yaguhayekubivamwo.umunambeho
Egoko mana ese iyo izo million waziharura gute utazi nogusoma nihatari kbx mureke imana yitwe imana
Umuntu wese unaniwe no kwivuruguta mu byaha ntanakimwe atakoze iyo ashaka kuba mushya ngo atangire urundi rugendo ahimba ko yakiriye agakiza kugirango abamuzi mu byaha bakeke ko yahindutse mushya mu gakiza! N'uburyo bwiza da kumva ko wahindutse! Ariko nuko uba wageze Ku gasongero ntacyo ushigaje ugomba gutangirira hasi nyine! Umugore wese cg umukobwa wakiriye agakiza aba afite ibyo yanyuzemo yakijijwe! Ahakize hitwa "inkovu"!
Uko ni ukuri
Twika wimanukire,izi nkuru twamaze kumenya ko inyinshi muri gukina film
Abamenyesha makuru baze bakata ayo mazina avugwa yabo bakoranye ivyaha
Arko ko nduzi usa numuntu nabonye kukarugira murusengero rwaho?
Kwatarijijwe na miriyoni yariye atazi koreye
Nubundi nturakizwa uzakizwe neza urabona ukuntu watangiye wiryagagura
Niwihane vyukuri.
Ubuse ububuhamya buri serious , ikinyoma 🙅
Ntago aribyiza guvuga ubuhamya ukavuga namazina yabantu kuko zubuhamya nukubasebya pls jyawivuga wowe ubwawe
Mpore kubijanye n'uwo mwana
Safari nyubaha ntukajye uvuga nkurubura ruguye kwibati🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😂😂😂cyokora wakozumunwa pe uzakizwe nyabyo
Impanuro TV bajye batega amatwi ibyo batangaza babyita ubuhamya
Reka nisabire abantu bakurikira ubuhamya rwose mujye mureka gutukana kuko bitanga ishushi itari nziza. Ahubwo niwumva bitagufasha jya ureka kubikurikira biruta kwirirwa mutukana. Sibyo?
Abanyarwanda dusigaye tuzi gusaba pe kujya kumuhanda ntibikigezweho
Nange hari uwonzi yakijije Sida.
Jye ndabona harimo nibikabyo. Gusa harabakizwa bafite nibyo bakizwa ndumiwe pe. ubu se bwo warakize koko? Nakumiro
Eeeee yewe gusa afite umunwa ,Arabesha, sagira ni banga
Ese paccy iyonkuru yawe yarageze kuri nyabugogo aboroga abona umugorewumugande uhita ushyiraho ngo haje umugabo nokubengana haribyowasimbutse wana
Ndabona ari kubeshya kuko nago warikubeshya teo ngo waramwanduje kdi na muntu numwe ubizi komwahuye ahurwo woe wapanze numunyamakuru nagasebye umuntu nago Ari sawa
Yoooo lmana ninziza pe
Iyo nkuru irimo amasuka menshi nudutebo twinshiii🙈🙈🙈
🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂🤣😂 Amasuka yimijyojyo nimitiba ahubwo sinudutebo Kweeeeeeeeeeeé
Esther rwose😂😂😂
Ndumiwe nukuriii ukanduza abantu ubizi koko imana ikugirire neza
Ikibazo sibyaha wakoze igishimishije ijuru nuko wihannye ukabibabarirwa. Nuyumunsi haracyariho abarozi bakora ibiruta ibyo wakoraga kandi nukuri Yesu arabategerejeabategeye ibiganza byuzuye imbabazi, nurukundo kuko nabo yarabapfiriye, agakiza rero nakumwami niwe ugatanga , lzina ry’lmana Datawatwese nirishyirwe hejuru ryubahwe.
Biragoye kwizera umuntu nkuyu guhinduka kwe biri kure pe
@@manzilouise8114 ubwo waba uhinyuye imbaraga zumuhindura🥺🥺nanjye narahindutse narimubi kurusha uyu 🤷🏻♀️
@@manzilouise8114
Wowe ntuzi iyo IMANA yagufashe
Gukizwa birashoboka cyane
@@jesusismylifelovefamily5917 amen
@@manoaisac6060 yego rata mubwire yumvireho
Alice part 2
Safari Safari nyubaha!!!
Wa mugabo w'umujura mwabyaranye, wamusabiye akazana n'umwana, bagakira SIDA?
Hhhh marine rero zararakaye kurenza indaya
Ariko se ni nde wababeshye ko abakijijwe by'ukuri batanga ubuhamya bavuga ibintu nk'ibyo ntibibaho.,! Ntimukabeshye nta Mwuka w'Imana yakwemerera kuvuga ibintu nk'ibyo kuri kamera, Umwuka w'Imana afite ubwenge bwinshi akoreshamo mu guhamya Kristo. Ntimumuzi, ntimwamumenye, musenge Imana nayo Izabaha ubwenge buva mw'ijuru
Ameenn Ameenn
Ego Mana ibyo bigambo ntibimeshe Imana ishimwe ko yamutabaye.kuki avuga igitsina cyanee abakozi b'Imana bamusengere abohoke kubyokuvuga ibitsina buri kanya.biteye ubwoba ngo millioner 2 na mobil zakwirwamo?🙈🙈🙈
Nubwo
Wacyijijwe
Ark
Ufite
Nubujiji
Nukubivugamo
Biri
Ntacyigenda pe
Abantu Bose iyo bahejj kuvuga intahe yabo ko bagwaye sida birangira bavuzeko imana yayibakijije,ese ivyo biza bibaho?
Ubwo subuhamya nugutomeretsa imitimayabantu muguhamya wivuga wewe apana kuvugabantu.kandi uriko uvugana ubwibone .
Abantu mutuzanira 😢😢
Nukuri banateye ubwoba 😔😔😔
Munyamakuru ugire uwo mu mama inama izakoreshe controls yo mumutwe
😁😁😁😁😁😁😁😁😁😁ndabona ntazi icyagamije nge
Uvuzukuri urabona atononekaye mumutwe
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Nimuzima kandi aruzuye ahubwo ibyavuga birakurenze kuba utabishyikira rero Ntakibazo ufite hari ababishyikira kandi mwese Ntakibazo mufite.
@@abewe7494 amen
Usubije neza cyane 🙏🏿
Buca usambana n'aba pasteur nabo
Izo nyine nyine nizo zivamo kubeshya🤷
Ibi ni byabindi byo gutwika!
Ese kwihana no gutanga ubuhamya biza gute kuvuga amazina y'abandi bantu!
Man wabimenye,izi nkuru zisihaye zihimbwa 100%nabimenye ubwo mperutse gufungura inkuru nsanga niyu mujama duturanye avuga inkuru yibyamubayeho kdi ukuri nkuzi,nahise mbwimwereka araseka ,ariko byahise binyereka ko izi zose ziba zateguwe
Uyu aracyafitikibazo mumutwe
Izomilioni ntabwozavaga mubantu bazima.kuko nubundi ntacyo yamumariraga.
Ntagure ntakamodoka basi
Ntaninzu yo kubamwo
uyu mukobwa afite ubuhamya ariko arashyiramo ibikabyo . icyambere cheque ntabwo bayikorera Endorsement , nigute bamusinyira cheque nayitware kuri bank ngo ayibikuze ahubwo nawe akayisinyira abandi kandi bitemewe? ndabyemera ko yakoze uburayi ariko amafaranga avuga bamuhaga ntabwo ariyo.
Hhhhhhh narumiwe
Erega Nta nisoni ararize Ari no gutaranga abantu
Gwino muriyesu biremera
Hatari