Uwiteka yaramukumbye Kweli ...arko mana we ...uratangaje nukuri.....ohhhh .... Gerard sinnjya nkukurikira ariko nguhara nonaha Mega za nzajya nzigusaranganya Wowe na Yago.
Tekereza koko umwana w'imyaka 9 mu buraya!?!! || Gusa ntimusoze umwaka musesagura nk'uko muri iki kiganiro biri czcams.com/video/HxcYNIXMlM8/video.html
Mu bigaragara Koko!!100 ryararenze. Gusa ibyo kuvuga ngo yari umukobwa mwiza wapi rwose mu bana n'abakobwa beza muri quartier iyo biba bitera uburara siwe wari kuba cyo pe!!!Hari abana beza bavuka ahantu hari frw basa neza kdi we rwose yavukaga mu bakene.njye sinjya nanamenya igihe yaboneraga umwanya w'ibyo kdi ari we wabaza yita kuri barumuna be benshi yari afite. Umuntu ni mugari
Musebeje ngo iki se??ntabwo undusha kumumenya. Icyo nashatse kuvuga ni uko ubwiza avuga butarutaga ubw'abandi bana bari mu kigero kimwe Ku buryo aribwo bwatumye yigira ikirara!!!ibyo wise kumusebya se ni ibihe?nushaka umbwire nkubwire abana beza bo mu bakire kdi batigeze biyandarika. Njye mbona icyamuteye uburara ari ukutanyurwa n'ubuzima bw'iwabo tout simplement ahari no kutabona umwitaho kuko nyina yabaga ari kwishakira ibitunga abana cyane ko ari benshi
Abaye icwende ntikoga,niyo koze ntigacya; imvugo yawe iragaragaza ko ukiri yo pe!!Niba ari ibyishimo ko uri imbere ya camera simbizi,ariko urashimishije maman courage komeza urugendo watangiye
abumva uyumubyeyi afite ijwi nkirya gihozo joziyane nimundemere
Mbega ma Fabrice,ndagukunzeeeeeeeee cyaneeeeeeee bitavugwa, uvuga ukuri ,urirekuye, Kandi wifitiye amahoro ya Yesu
Ubu buhamya buratangaje cyane nejejwe nukuntu amabobo yishyirahamwe agafashanya ariko harabo twita bazima batabishoboye
Nubundi uri mwiza ariko wo kubaha Imana
Imana ishoboye byose iryo nisengesho rya mama waweryakurokoye uzamukunde cyane kd nkuze ko Wumviye ijwi ry Imana ntaho itagukura ntanaho itakugeza niyo kwizerwa nabandi bakiriyo izabagarure yokabyara abahungu nabakobwa bayubaha 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Yooooo Imana yarakoze disi icyubahiro kibe icyayo🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙌🏾🙌🏾
Wa mu mumama we unkoreye umugoroba !!!! Uranejeje , uransekeje mbese ubuhamya bwawe buranejeje
Nawe ndabona wavamo umunyamakuru mwiza KBS inkuru yawe uyivuga Neza
Mbega byiza weee...
Ibi nibyo Imana ikunda.
Changement radical.
Urakoze cyane Maman Fabrice mwiza kdi nawe G.Mbabazi urakoze.
Ndabakunda mwembi.
Mbega mama ndagukunze nukuri Imana ishimwe ko ihamagara kwinci 🙏🙏
Yesu we mbega ufite ubuhamya nukurii
Amazing mother, u are so shine
Pole sana. Ariko IMANA ISHIMWE KO WABIVUYEMO. KOMEZA UHAMYE UBUZIMA. From #Izingiro
Imana ihabwe icyubahiro...Thank you mama Fabrice kuko ubasha gutanga ubuhamya
Imana ishimwe kuko yagukoreye imirimo ikomeye wowe n'umuryango wawe!
Imana ishimwe. I love this woman
Her truth is everything.
Blessings to you mama Fabrice ❤
Waaaaui umu maman mwiza disi aryoshe courage mur Kristo hara ryosh cane
Mbabazi ugira uzi kuganiriza abantu 👍
Sawuri yabaye Paul wowe uri pauline nshimyimana ivana ahakomeyepe
Ndashima Imana yaguhaye urubyaro ubwo abaganga babonaga utazabyara Imana niyo ivuga rimwe byose bigatungana nishimwe🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Ufite,ubuhamya
Bukomeye, nakwikundiye
Mbabazi ngukunda mumabara yose peeeeeee nukuri Merry Christmas and Happy new year
Imana nishimwe Aho igejeje ikora tuyiragije nibirimbere
Yesu aguhe umugisha Gérard & maman Fabrice YESu agukomereze muri we ahe urugo rwawe umugisha
Imana iguhe umugisha
MANA uragahore usingirizwa imirimo ukora irahambaye
Nguhaye icyubahiro MANA 🙏🙏🙏
Urakoze cyane. " Harimo inyungu"
Wagirango hari icyo apfana na Gohozo ukuntu babara inkuru kimwe ndetse n'igitwenge cyabo
Nanjye ryohewe niki kiganiro Gérard lmana iguhe umugisha kuzana mma fabrisse nkunda ubuhamya bwe bugaragazako yakize kurwego rukomeye lmana ishimwe kumushyiraho mugihe gisa gutya murakoze
Uyu mumama ndamukunze pe 👍🥰👍👍
Uwiteka arakora thanks Lord we are waiting for you .....
Nkicugurura video, naciye numva difference. Sound nziza, amasanamu meza👍👍👍
}∆
Yesu nahabwe icyubahiro yakoze ibikomeye
Avugisha ukuri
Yooo Imana igukomeze cyane ntacyo idashobora
Wawuuuu Imana ikora bitandukanye
Ndagukunda cyane ubuhamya bwawe sinjya mbuhaga, c'us ntubusondeka👍❤️
Mbega umumaman mwiza shenge. Ubwana bwe disi ntibwabaye bwiza. Ariko disi ubukuru bwe nibwiza kuko yifitiye Yesu muri we. Ninde muntu uzi aha hantu bari gukorera ikiganiro. Niheza cyane weee. Hitwa gute koko. Uhazi ambwire. Amahoro kuri twese.
Sunday park kacyiru kuri SOS
@@phoibemurekatete9156 Oh! Urakoze cyane. Imana ikumpere umugisha.
Yesu weeee,ntahutokura umuntu
Maman Fabrice disi.
Sweetheart God bless you so much
Umugore wumusinzi ruharwa
Amen Amen Amen
You're amazing
GLORY TO GOD
Amena
Uwiteka yaramukumbye Kweli ...arko mana we ...uratangaje nukuri.....ohhhh .... Gerard sinnjya nkukurikira ariko nguhara nonaha Mega za nzajya nzigusaranganya Wowe na Yago.
Mama Fabrice we narinkukumbuye ndanakwikundira nkurikije na story yawe kuko urirekura kbs gusa mana shimwa kuba waravuye mubibi
Jamaaaaa!
Ndumiwe koko
Disi nimwiza
Uyumumama uwite yaramumbye pe.....
Mbashimiye ububuhamya
Rwose ubuhamya bwa mama Fabrice bunkoze ahantu. Akabazo k'amatsiko umutware we ntabwo arakira agakiza?nitwa Nshuti Andac. Kdi Imana imukomereze mu biganza byayo
Tekereza koko umwana w'imyaka 9 mu buraya!?!! || Gusa ntimusoze umwaka musesagura nk'uko muri iki kiganiro biri czcams.com/video/HxcYNIXMlM8/video.html
Ibyo bakwigishije ni discipline ntabwo ari ugukizwa,kandi ntabwo bisaba ko ubikura mu idini
Ambiance
Gerard nanjye wampaye ikiganiro please
Uri na keza rero!
Disi abana bacu bitwa amazina ajyanye nibihe, Fabrice bivuze ikinyendaro
Ibyo byose aba abeshya nkuranga ndamuzi neza ibyo byose aba ari kubeshya
Ngewe mbona gushyiraho intebe abantu bakicaraho aribyo byiza. mbona byorohera uvuga kwisanzura atavunitse. Iminota 40 uhagaze ni uko uba ufite umugongo. Ari amasaha abiri hari abatabishobora.
Niko babishatse
Ndamukunda mama Fabrice
ndakuzi nago nari mbizi ko wabikoze urumumama mwiza
Mbega ngo wasambanye nabagabo 100 mbega agahinda
Yewegayewee ngo ntatako ngo ntufadikaa🤭🤭
Uyu mugore ninamwiza kbs gsa nibyiza kuba warabivuyemo uri ntwari
From wive
Uzaduhulizw Mama fabrice na Mama Debord turahamya ko hali Imitima Izakizwa
Bene data tube maso kuko aba bantu mba mbona batarabivamo sinsi impamvu babivuga gusa kuvuga ibibi wakoze uri confidence birimo ikibazo
Christophe, ukurikire neza si confidence y'icyaha yanyuzemo, ahubwo ni confidence y'agakiza ka Kristu umurimo. Yaniseguye kandi, yavuze ati ushobora kumbona gutya ukagira ngo...... anasoza yavuze password y'ubu buhamya bwe.
Si uguharanira gutwika nk'uko hari undi wabivuze, kuko aho batwikira bishimira ibyaha naho harahari.
Igumire mu gakiza neza muvandimwe Mukankuranga Jacqueline, ntugasubure inyuma, kandi uharanira gukiranuka muri byose.
Ntanahutomugeza
Mama we
Mabeshu warakize? Ahaa! Amatako ntiyamugaye ni mazima??
Aha hantu mukorera ikiganiro ni he ko ari heza ?
ntago wari indaya.umwana wimyaka 9 aba ari umwana.abagusambanyaga nibo bagome.
Nta gatako nta kabuno mbese udafatika.Abagabo basinze ntibajya batoranya.😋😋🤣🤣🤣
😂😂😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣karibu kumeza mutware
Ayiwe unteyubwoba 🤦🤦🤦🤔🤔
Wahinduye coiffure Gérard. Ariko irakubereye
Yesu weeeee
You're so funny
Ndabona ubu niga butarakuvamo
Muraho amakuru ndabasuhuje mwese abakurikiye hano uburara nibubi ariko hari igihe buba buri mumaraso cgamumuryango. Ni karande.
Ibyo byose nkuranga avuga arabeshya abanyamakuru namwe mujye mubanza mutare amakuru ko ibyo umuntu ababwiye koko ari byo mbere yuko mubishyira kuri social media ngo imyaka icyenda kweli🤔🤔 ntukabeshye ku myaka icyenda twarigana ga ndakuzi ntukabeshye wari umwana nkabandi ubwo sinzi ibyo uba ushaka
Oya wisenya umurimo rwose.
Nawe haguruka uvuge ubuhamya bwawe kuko mwiganaga ku manywa ariko utazi aho arara n'ibyo araramo. Duhaguruke duhaguruke dushakane Imana umutima umenetse uzira uburyarya cg kwishushanya kuko Uwiteka we atuzi mbere y'uko tubaho ni nawe umenya aho tujya n'aho tuba nyuma y'uru rugendo.
Munteye ubwoba imyaka 9 ugukoresha imibonano muhurirahe nimuntu ki?ikindi kd kutamenya umubare wabagabo mwahuye byo birankonjesheje pe.
La femme bouge trop. On pourrait penser qu elle a une certaine instabilité quelque part.
Kamikazķ
Ariko gerad urantungura peee !!!
Nkuranga koko kuki ubeshya ubwo uba ushaka ngo utwike koko? Nta mitwikire ntubizi ko twari duturanye umuryango kuwundi? Ubwo uzi ko ibyo byose uba uvuga biba birebwa nisi yose? Ukisebya mbene ako kageni ntasoni ngo 12ans jya ureka kubeshya rwose turakuzi
Mu bigaragara Koko!!100 ryararenze.
Gusa ibyo kuvuga ngo yari umukobwa mwiza wapi rwose mu bana n'abakobwa beza muri quartier iyo biba bitera uburara siwe wari kuba cyo pe!!!Hari abana beza bavuka ahantu hari frw basa neza kdi we rwose yavukaga mu bakene.njye sinjya nanamenya igihe yaboneraga umwanya w'ibyo kdi ari we wabaza yita kuri barumuna be benshi yari afite.
Umuntu ni mugari
Wasanga umuzi
@@bmkabano9119 Of course nanjye iwacu ni mu Gatsata
Nimwiza
Wimusebya
Ndamuzi
Mugatsata.
Musebeje ngo iki se??ntabwo undusha kumumenya.
Icyo nashatse kuvuga ni uko ubwiza avuga butarutaga ubw'abandi bana bari mu kigero kimwe Ku buryo aribwo bwatumye yigira ikirara!!!ibyo wise kumusebya se ni ibihe?nushaka umbwire nkubwire abana beza bo mu bakire kdi batigeze biyandarika.
Njye mbona icyamuteye uburara ari ukutanyurwa n'ubuzima bw'iwabo tout simplement ahari no kutabona umwitaho kuko nyina yabaga ari kwishakira ibitunga abana cyane ko ari benshi
@@mukensengiyunvaodile4484 Ubwo se kumusebya birenze ibyo yivugaho kwaba kumeze gute?
Haha Gerald urindaya ibaze icyo kijambo urengeje ijana kweli
Abaye icwende ntikoga,niyo koze ntigacya; imvugo yawe iragaragaza ko ukiri yo pe!!Niba ari ibyishimo ko uri imbere ya camera simbizi,ariko urashimishije maman courage komeza urugendo watangiye
Nonese ku myaka icyenda anywa ibimogi wumvako imihogo ye itahangirikiye? Nonese buriya Pasiteri Theogene(inzahare)ko ijwi ryanze kugaruka ushaka kuvuga ko nawe akiri indaya cyangwa ko akinywa ibiyobyabwenge? Tujye tureka guca imanza kuko umucamanza aracyakishoboreye
Ntimugace Imanza ubwose umurushijiki,aravuga Yesu ariko wowe uravuga ubujajwa
@@turibamweali8661 mureke, umwana wumuntu akunda guca imanza. Iyaba Imana yaziduciraga gutyo twashira.
Waretse guca Imanza muvandi!!! Hari abavuga nkabamarayika kandi bayogoje isi. We yagize ubuntu ahura na Yesu, hababaje ibyawe! Nawe kandi ntarirarenga Yesu yagusanga !
Bible iravuga ngo mugume uko mwahamagawe!
🤣🤣🤣gerard rwose uti ntagatako ntufatika🤭🤭🤭🤭
Nanjye karansekeje 🤣🤣🤣🤣
Ibi nukwangiza society nyarwanda, nta masomo arimo hano rwose
Wewe ataco bigufasha reka kubiraba which problem do u have??? wibazako yatumiwe kubera ww??harabazagufashwa nibi shaa ww tekana
Rata nibyo kuku Ubu afite abana Bari muri 15 ans ntibakwiriye rwose kubona nyine muri iyi mirror!!!
@@ulrichalbannsavyimana6743 Impamvu ya comment yanjye irumvikana, ibibera kuri youtube hari byinshi bibi kuruta ibi! cyari igekerezo cyanjye nawe watanga icyawe, gusa hari amakosa tuba twarakoze bitari ngombwa ko abana bayemenya koko society irayabiyitirra batore dore bya byana by indaya niko byabaye, birangira abana babaye abarakare, ntakintu nakimwe kiri positive cyo gutangaza uko wasambanya kuko nigikorwa cyibera mubwihisho sibyiza kubizana hanze, ari nko kunywa urumogi, kwica, kwiba nibindi bibera hanze wasabira imbabazi society! gusambana rero biri ukwabyo byakagombye kumenywa gusa nabasambanye
Ibyo nibyo byica abirabura guhishahisha ibyanyu, abana niyo babyumva hari icyo bizabigisha igihe runaka
Urabeshye wenda wagiye muburaya ufite nka cuminitanu namwenimurebe 9 ntanubwo abayibuka ibyabaye kumyaka icenda kukontanuwakureba ufite 9 ahubwo wagirango utumuhungu uziko naringizengurumuhunguwigize umukobwa
.
Ubwo umugabo apfuye wasubirayo kuko urumvanta cyizerewifitiye munacyenye ntiwabwihanga nira
Ntamamvu yo gutekereza uko rwose yafata nindi myanzuro myiza
Ntacyo wigisha ahubwo zaguteshe umutwe! Zarenze 100 wahise usara biragaragara!
Ntawamenya ibibera mu bwihisho nibyo byinshi kandi niba warebye ukiganiro singombwa ngo utukane kandi abanyarwanda baravuga bati akami kamuntu numutima we.
Sebarinda ubwo ibyo uvuga urabizi reka umuntu yivugire ibye wimukoma munkokora disi
Mukomere mukomere !mwumve niyi message czcams.com/video/jikQjhfbETQ/video.html
Uwiteka amufshe
Amena
Ariko gerad urantungura peee !!!