Kujya kwa boy friand gukora zmasuku .ubxo se ubyita ko ari ibiki .uxo musore utazi kxisukura se numara kubayo bizqgenda bite .niba akiri umwana wo gukorerwa isuku azasubire kwz nyinz zmwigishe .umugore se ni umuboyi déjà hari ikibaeo nibz ujya gukorayo amasuku
Mwazazanye abagabo banyu😍
Nukuri batubabarire
Badufashe 😄😁🙃😉
Bombi baraberewe nurugo 😘😂😂 ni mbye 👍👍👍👍👍
I can't waaaaaaait on 19th March 🤗nkababona nukuri ndabakunda vraiment😘
Mpinga wajye ndagukunda
iki kiganiro ndagikunze cyane peuh , chia muzi ubwenge kbx❤❤❤
This crazy one MPINGA I lobi you kbs 😂😂❤️❤️ energy zae ndazemer mbanumv twaganira ntituryame🤣🤣🤣🤣
Mana weeee!!! Bavuga kimwe, bose bari very fun incwiiiii🥰 Ndiho nawe abaha kubaka neza shenge, birandyoheye, muribeza Ngwinondebe & Mpinganzima mbafana cyane
Sending love and hugs from🇺🇸
Ndebe ko wabaye Keza cyane🥰🥰🥰
Shn nukur mwese murahakwiye kuhaba pe ndabakunda❤️
Wawoooooooooooo aba chou ndabakunda cyaneee
Rwose mwese muberewe ni urugo
Rwose mumara stress
Wow saben urafatany shahu nibyiza
Ndabakunda aba ch ark muge mugerageza kwambara imyenda igeze wenda kumavi nahubundi muraberwa Kandi muri beza
Sh muzatumire ba Pamela 🙏🙏
Marayika ndagupepeye ✌️, nyiragasazi I ❤️ you🤣🤣🤣
Akantu kamaga nimyate niko Karenze mpinga wanjy😹😹😹😹😆😆😆😆😆
Anw murasa neza abaChou ❤️
Nukuri murakoretse kd ndabakunda cyane mwese nzabasura nyamata
Ahwiii
Sabin Imana ijyikomeza umutima wawe😁😜lol.....
Wow ❤
Nkunda iyo musa kumitwe cyangwa mwambaye ibyenda isa cyangwa yenda gusa
Ndakunda cyane🇺🇬
Bombi baraberewe Sheng mwubahwe❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
We love youu♥️
Mbega Mpinga
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣uti wamunebwe wee 🥰🥰🥰
Ark kucyi ngwimo aba yakomeje umutsi Cyn weee😅 GSA mpinga wanjye nzakugwa inyuma kuko urwo nkukunda ntirubaho
Ndabakunda abachou uzikoninkono ishirira ngondikubareba
Welcome back nari niriwe njyenda kureba ko ntakiganiro mwa uploadinze nahebye
Wamunebwe wee😂😂uti ndagayitse pe😂ndabakunda ladies
mpise nikora kugitsi ngo ndebe niba ntanyate😂😂😂🤣🤣😆
Nukuri mpinga yarasaze wee😁😁😁😁😁😁😁😁😁💕
Mpinga ubanza ataza rakara Sha hahirwa uwakurambagije
Nkunda ukuntu muba mwasomye comment Sha nubwo kutampa like ariko ntacyo good mwahinduye ibyicaro
Gwinondebe ndakwibuka kwariwoe wanyijyishije kotsa ubunyobwa mwivu peee ubuse uracyabwibuk😅😅😅😅
Ntamuntu urugo rutabera kereka iyo rukunaniye nibwo ubutaberewe narwo mugihe REO Bose barushoboye rurababereye
Mpinga numusazi😂😂😂😂😂😂😂😂
Ngwino ndebe abereye urugo Mpinga agakurikira
Great courage
Nrwinondebe afis ikinyabufura disiii
Ngwino ndebe ubereye urugo uri mwiza
Muranshimisha saana
❤❤❤
Bombi baberewe n'urugo !
Ndebe yambaye neza p!
❤❤🔒
Mwambaye neze
Shan nukuri Bose babereye urugo
wamunebwe weee ikomange k’umutima uvuge ngo ndagayitse 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Ngwino wambanye neza chr
Bombi baraberewe
Ni ibisabo
Boose babereke urugo, umwe wese uko AMEZE. Ngwino ndebe, ni calme, intelligente, respons le nawe nyene, akaba avuga make. Ariko ntidutegerezwa twese kure wa kumwe!
Muzatubwire ibanga ryo gusubira kuri taille nziza nyuma yo kubyara
Bjr. Turaba kunda beza, bana b Imana. Ariko mwige kwambara impuzu nydende. Nayo bavuga ngo mpinga arafyina. Wapi Mpinga ni Madame pe, intelligente, responsable
Ni Bose
Bose babereye urugo. Ariko ngwinondebe ashobora kuba bitameze neza murugo rwe.😀😀😀
Ututwana nitwiza kd nudutesi
Mana nyagasani niba harabantu nkumbura nimwebwe ndabakunda bidasubirwaho !!!!minga we nurundi rwego nsozakubareba natembagaye nukuri gusa mbasubiriremo ndabakunda
Ariko noneho muranyishe
Ni Ngwinondebe
Muri ku twicisha irungu pe mujye muduha video nyinshi
aba bagore sha bazi ubwenge kandi ari bato ndumiwe
Noneho mwarakuze pe!
Murasa neza p
Ndabakunda abamama beza,ariko mujye mugerageza mwambare neza,murihafi kwambara ubusa,mujye mwambara nkabagore babagabo.
Nukwicaza ikibuno cyonyine pee
Iyo barikuganira ibyo mucyumba bambaye ubusa imbere yumunyamakuru,bakabwambaye imbere yabagabo babo nibo bakeneye......kubareba abamama ntibivuze ngomwambare,nkabakecuru ariko ntibivuze kwambara,,,
Maze ngwino haraho ahindukiye ikariso iragaragara gsa mukunda kubi😄
Murababyeyi beza mugira inyigisho nziza nabigiyeho byinshi.gus munjye mwambara kabamama wenda kumavi.ndabizi abenshi ntibamyumva kimwe nanjye kd nubwo abatware banjyu baba babikunda sibyiza kubizana kuri camera
yew
Mwembi miberewe nokubaka urugo barumuna bange ndabakunda
Bose
Tubafitiye products zizewe Kandi zitagira ingaruka kubuzima zigabanya umubyibuho byihuse
Uzikeneye nawe watugana Aho dukorera nyarugennge mumugi cg tukazikuzanira Aho uherereye hose Numero zacu wabarizaho ziri Muri profile yacu iyo irimwibara ritukurra mwajyaho mukazibona murakoze
Amazi y'i Kigali aba arimo ibinini nimyunyu😂😂😂😂😂😂😂😂
Umva hariya hantu nahokuruhukira I ibibazobyose wirirwanye.iyonaho haribibazo usangabamwe biganyira Gutaha bagashaka aho bagorobereza kubagoreho gahunda ni mubashyitsi
Muri beza pe ariko mwambara ubusaa
Umva numara stress nkabakunda kbsa 😃😃😃😃😃😃
nibose sab
Bose babereye urugo pe💞💞
😂😂😂😂
Weekend nziza!bantu nkunda.
Yebabawe ari nkubu mba ndi hehe koko🙈
Gusa barahena🤦🤦
Turibakuru sabe ntamwana ureba you tube areba ibitente
Umve se muzaze mbakorere inzara
Nkora neza arko ndabakunda
Ikiganiro cya Sabin se ko mwagishimuse mutamusabye uburenganzira
Ubutaha muzazane uburiri muburyameho turebe kuruta kubuvuga mutatwereka practical
Numero yokwishyura ticket yokuza mugitaramo please
maze nibyo, gusa kuri sport view Hotel
muri CHIk kugisimenti ziri yo.
Aba chou harikintu ngiye kubasabako mbakunda muzabinfash ngize iminsi mbona abana babakobwa bazahano barira ngo bagiye gukorera ba boyfriend amasuku murugo bashika bakabasambanya ese ningobwa kuja gukora ayomasuku ntabokundana badakora ayomasuku cank kuguma kuja kwa boyfriend wawe ningobwa muzatuganiriz kuriyo sujet
Kujya kwa boy friand gukora zmasuku .ubxo se ubyita ko ari ibiki .uxo musore utazi kxisukura se numara kubayo bizqgenda bite .niba akiri umwana wo gukorerwa isuku azasubire kwz nyinz zmwigishe .umugore se ni umuboyi déjà hari ikibaeo nibz ujya gukorayo amasuku
Nakataraza muzakazana
Abo ntago babashaka baba arababoyi kuko final bashaka abatarakoze ako kazi ntago aribyo,ntanimpamvu umwana w'umukobwa kujya murugo rw'umuhungu niho haturuka ibibazo byinshi niba bakeneye kuganira nibahurire muri Restaurent ahantu hari abantu benshi pana kujyayo.
Nukuri urakoze ku bwa topic nziza kuko abakobwa duhura ni ntambara zikomeye
@@kundwa4978 baragukomye ahogukosora urasakuza
yemwe babye mwihuse mwibagirwa kwambara👎
Turabakunda ariko.mwambara nabi😂😂
Kucyipfizi sha murahibuka nubungubu amazi yaho araryoha kurusha ayi kgl
Ndabakunda aba ch ark muge mugerageza kwambara imyenda igeze wenda kumavi nahubundi muraberwa Kandi muri beza
Mbakunda kubi peeee mpinga nzima anyiza stress kbs love u