Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
So lovely! Ariko Mpinga iyo ahaba byari kuba akarusho😂😂 kuko yari kutubwira nutsundi tsunu wowe utatubwira😜
EGO ,WATUBWIYE KO UTARI WAMWITAYEHO,UTAMUBONYE.ARIKO WARI WABONYE ISAHA UKABA UTIBUKA UNUNTU UKIBUKA ISAHA,UKANAMENYA KO YANAYIHINDUYE.UBU MBA NUMIWE MU NKURU.
Oya wowe!!! shaaaa ibibintu ntabwo wabidukora nukuriGusa Mpinga arakuniga icyo nzi cyoGusa umpamagare ngutabare
Ooohhh I like your love story chry ngwino ndebe we loveee you deeply,❤️
Ubuse Mpindanzima arihe Koko,twika ngwinonde azasange hagurumanye♥️💞
Munjye mucishamo mukore na prank ziri muzizamura Cano
Poupou ntago wabinkora maze kuza wenyine naringiz ng ni Mpinga😆 iyo uri wenyine birancanga kweri. Ariko naza ntimuzakiranuka. Thank you wabikoze bien😇❤️
Ngwi uziko ugisoje ataje koko😅 ndabakunda cyane❤️❤️
Uziko narimbonye uri MPINGANZIMA 🤭
Yoo mercii bcp kutuganiriza! Nukuri uzagaruke utuganirize mothethood journey♥️🥹 Be blessed
Sha byari kuryoha iyo Joselyne AKA kavuyo😀🤗aboneka ark nubwo ntaribi gusa i like her vibe kbsa
Iyo ugashirako at Guibert wumurundi🇧🇮😂🤣
Much love ngwino ndebe mwiza
Ndashaka kubabaza mwese honestly icyababaje cyane mumibanire yanyu yokubaka urugo????
I love you Jumelle 💕💕💕Imana ikomeze to protect you and to Bless you
You’re so funny😂♥️♥️♥️..much love Ndebe♥️
Ndabakunda ...ariko nubu sindamenya kubatandukanya pe keretse iyo murikumwe ariko musetse
Ntago tubyemeye 😂 muzasubiremo mpinga ahari
Nimba Maputti mutongeye ngomubisubiremo ahari ntituzabyemera! Ubwose atarimo ngo akubwire ngo urasimbutse ubwo byaryoha Gute?
Ibaze ko ikiganiro kirangiye ataje 😂
Ndabakunda setu 👌❤️🤞🏾
Kuba uduhaye love story Mpinga adahari birambabaje😂😂 haribyo yari kujya akwibutsa akanaseka😂😂 Petit turabizi yitwa Olivier🤣
Ndebe dis ❤❤ndagukunda koko
Ndumva navuga izina rye weeeeeee
Natwe turagukunda! Umugabo wawe yitwa nde ko wakomeje ku mutsinda😅😅😅
Wallah crush wanjye mpinga yabuzemo but ntakundi
Wabikoze neza chuchu💞unambaye neza 😊
Mukora neza cyane kd mukomerezaho
Gwino we your husband uziko muzi ntashidikanyaga arko uvuze muri bank mpita mumenya muri Equity bank🙊🙊🙊🙊❤❤❤❤wowwww ndushijeho kugukunda cyneee❤❤y
Ndabakunda cyaneee setu
Yoooo ndabakunda pe
Love you from ug🇺🇬Ngwino...
Ndabakunda cyane
Much love ngwinondebe
Ninde wapfuye ninde love you Ngwino
Sha ukuntu uri mwiza👌👌 ntuzongera kwimyoza cyangwa kuvuga ngo ahreeeee🙈🙈🙈uhita uba mubiiiii sha,anyway ndabakunda muribeza😘😘😘nkunze love story yawe numvaga itarangira shenge
Complicated, ntacyo bitwaye rwose
Keep up.........
Je vous amour aba twins😍😍😍😍
Ndagukurikiye 5kuri gatanu
Much love Ndebe ❤️❤️❤️
Uri mwiza cane
ESE wabaye iki kumunwa cherie
Chr wanjye ❤
Uri mwiza bambe ura natuje mpinga arasetsa çyane iyo muri kumwe ndaseka birenze nago jyantuza
Look nice
you look good💞
Ni woe wange chou love you 💋💋♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Urakoze
Hhhhh cyaze🥰
Ilove ur love story
Mana uzabahe kurambana
guibert yakinaga neza nibyo. Ni uwo muri IPRC Kgl
Nabwo mbakunda ariko nizereko muzi ko kwerekanako urukundo rwawe rwari rugukeneye utarukeneye bibabaza
subu kui mutazanye koko🥺🥺🥺
Love you more ❤️💓💓
wamugurishije umwana wacuuu😂😂😂
😂😂 adusobanurire
Love you much❤❤🌹🌹🙏🙏🙏🙏
Love 💞💕💞💕💕💕
Yoooo❤
Humura urabikora neza chch
🤩💯
❤
❤❤❤
❣️❣️❣️
🥰🥰🥰🥰🥰
♥️♥️♥️♥️👌👌👌
uwo mutype yahuye nuruva gusenya haahhahahahah
Hahahahahha
Mana we cyakora ntuzongere gukora ikosa ryogusiga mpinganzima
Ubundi nta mpinga ntacyabaye ndabakunda koko
Butoya 😂😂😂
Ntukagakore ikiganiro mpinganzima adahari ntibiryoha nkiyo murikumwe jyewe nibyo nkunda
🥰🥰🥰🥰🥰🥰💝💝💝💝
🎉❤❤❤❤🎉
❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Courage bato beza ababaca intege mubime amatwi na amaso❤️
Munjye muzana woweee kuko ubu mpinganzima ayizi kukurusha
🤣🤣🤣
Uwo mutype arihangana ndake!!!!? Nonese please uzansubize nko mukwezi kwabiri gushize niwumvaga urukundo rugiye kuza!????????? Please uzansubize muri commentaire
Ni nkuru nziza ariko harimo kutwereka ko yamwirutseho cyane.yabikabije cyane.niba se utaramushakaga kuki wemeraga invitation ze.yego hari igihe umuhungu umuhora gato.NKA MPINGA YABIVUZE NEZA. URI KUTWEREKA KO KO KO.NTUSHOBORA KUBA UDASHAKA UMUNTU NGO MUMARE AMEZI 2 CG 3 UTAREMERA.ANY WAY.INKURU NKIZO NDAZIKUNDA.
@@kamikazi477 Ikibazo nibaza !!? Kuri uyu musister byageze nibura kukwezi kwa gatatu nakantu kurukundo Kari kaza!?????? Nabasore bake bakwihangana kugeza kuri ruriya rwego!!!!anyway ngewe mpinga niwe nakunze ibye
🇧🇮🇧🇮🌹🌹
Uba wiriye cyane
Nonese bitwayiki?
Sha ntabwo uberewe uri wenyine😔
Bank yabaye Bank ariko...
🇷🇺🇷🇺🇷🇺
Ibibintu byokuza mwirya ntaco bimaze
SUKOO.
Wowe wakwiriye se
❤️❤️❤️
So lovely! Ariko Mpinga iyo ahaba byari kuba akarusho😂😂 kuko yari kutubwira nutsundi tsunu wowe utatubwira😜
EGO ,WATUBWIYE KO UTARI WAMWITAYEHO,UTAMUBONYE.ARIKO WARI WABONYE ISAHA UKABA UTIBUKA UNUNTU UKIBUKA ISAHA,UKANAMENYA KO YANAYIHINDUYE.UBU MBA NUMIWE MU NKURU.
Oya wowe!!! shaaaa ibibintu ntabwo wabidukora nukuri
Gusa Mpinga arakuniga icyo nzi cyo
Gusa umpamagare ngutabare
Ooohhh I like your love story chry ngwino ndebe we loveee you deeply,❤️
Ubuse Mpindanzima arihe Koko,twika ngwinonde azasange hagurumanye♥️💞
Munjye mucishamo mukore na prank ziri muzizamura Cano
Poupou ntago wabinkora maze kuza wenyine naringiz ng ni Mpinga😆 iyo uri wenyine birancanga kweri. Ariko naza ntimuzakiranuka. Thank you wabikoze bien😇❤️
Ngwi uziko ugisoje ataje koko😅 ndabakunda cyane❤️❤️
Uziko narimbonye uri MPINGANZIMA 🤭
Yoo mercii bcp kutuganiriza! Nukuri uzagaruke utuganirize mothethood journey♥️🥹 Be blessed
Sha byari kuryoha iyo Joselyne AKA kavuyo😀🤗aboneka ark nubwo ntaribi gusa i like her vibe kbsa
Iyo ugashirako at Guibert wumurundi🇧🇮😂🤣
Much love ngwino ndebe mwiza
Ndashaka kubabaza mwese honestly icyababaje cyane mumibanire yanyu yokubaka urugo????
I love you Jumelle 💕💕💕Imana ikomeze to protect you and to Bless you
You’re so funny😂♥️♥️♥️..much love Ndebe♥️
Ndabakunda ...ariko nubu sindamenya kubatandukanya pe keretse iyo murikumwe ariko musetse
Ntago tubyemeye 😂 muzasubiremo mpinga ahari
Nimba Maputti mutongeye ngomubisubiremo ahari ntituzabyemera! Ubwose atarimo ngo akubwire ngo urasimbutse ubwo byaryoha Gute?
Ibaze ko ikiganiro kirangiye ataje 😂
Ndabakunda setu 👌❤️🤞🏾
Kuba uduhaye love story Mpinga adahari birambabaje😂😂 haribyo yari kujya akwibutsa akanaseka😂😂 Petit turabizi yitwa Olivier🤣
Ndebe dis ❤❤ndagukunda koko
Ndumva navuga izina rye weeeeeee
Natwe turagukunda! Umugabo wawe yitwa nde ko wakomeje ku mutsinda😅😅😅
Wallah crush wanjye mpinga yabuzemo but ntakundi
Wabikoze neza chuchu💞unambaye neza 😊
Mukora neza cyane kd mukomerezaho
Gwino we your husband uziko muzi ntashidikanyaga arko uvuze muri bank mpita mumenya muri Equity bank🙊🙊🙊🙊❤❤❤❤wowwww ndushijeho kugukunda cyneee❤❤y
Ndabakunda cyaneee setu
Yoooo ndabakunda pe
Love you from ug🇺🇬Ngwino...
Ndabakunda cyane
Much love ngwinondebe
Ninde wapfuye ninde love you Ngwino
Sha ukuntu uri mwiza👌👌 ntuzongera kwimyoza cyangwa kuvuga ngo ahreeeee🙈🙈🙈uhita uba mubiiiii sha,anyway ndabakunda muribeza😘😘😘nkunze love story yawe numvaga itarangira shenge
Complicated, ntacyo bitwaye rwose
Keep up.........
Je vous amour aba twins😍😍😍😍
Ndagukurikiye 5kuri gatanu
Much love Ndebe ❤️❤️❤️
Uri mwiza cane
ESE wabaye iki kumunwa cherie
Chr wanjye ❤
Uri mwiza bambe ura natuje mpinga arasetsa çyane iyo muri kumwe ndaseka birenze nago jyantuza
Look nice
you look good💞
Ni woe wange chou love you 💋💋♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Urakoze
Hhhhh cyaze🥰
Ilove ur love story
Mana uzabahe kurambana
guibert yakinaga neza nibyo. Ni uwo muri IPRC Kgl
Nabwo mbakunda ariko nizereko muzi ko kwerekanako urukundo rwawe rwari rugukeneye utarukeneye bibabaza
subu kui mutazanye koko🥺🥺🥺
Love you more ❤️💓💓
wamugurishije umwana wacuuu😂😂😂
😂😂 adusobanurire
Love you much❤❤🌹🌹🙏🙏🙏🙏
Love 💞💕💞💕💕💕
Yoooo❤
Humura urabikora neza chch
🤩💯
❤
❤❤❤
❣️❣️❣️
🥰🥰🥰🥰🥰
♥️♥️♥️♥️👌👌👌
uwo mutype yahuye nuruva gusenya haahhahahahah
Hahahahahha
Mana we cyakora ntuzongere gukora ikosa ryogusiga mpinganzima
Ubundi nta mpinga ntacyabaye ndabakunda koko
Butoya 😂😂😂
Ntukagakore ikiganiro mpinganzima adahari ntibiryoha nkiyo murikumwe jyewe nibyo nkunda
🥰🥰🥰🥰🥰🥰💝💝💝💝
🎉❤❤❤❤🎉
❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Courage bato beza ababaca intege mubime amatwi na amaso❤️
Munjye muzana woweee kuko ubu mpinganzima ayizi kukurusha
🤣🤣🤣
Uwo mutype arihangana ndake!!!!? Nonese please uzansubize nko mukwezi kwabiri gushize niwumvaga urukundo rugiye kuza!????????? Please uzansubize muri commentaire
Ni nkuru nziza ariko harimo kutwereka ko yamwirutseho cyane.yabikabije cyane.niba se utaramushakaga kuki wemeraga invitation ze.yego hari igihe umuhungu umuhora gato.NKA MPINGA YABIVUZE NEZA. URI KUTWEREKA KO KO KO.NTUSHOBORA KUBA UDASHAKA UMUNTU NGO MUMARE AMEZI 2 CG 3 UTAREMERA.ANY WAY.INKURU NKIZO NDAZIKUNDA.
@@kamikazi477 Ikibazo nibaza !!? Kuri uyu musister byageze nibura kukwezi kwa gatatu nakantu kurukundo Kari kaza!?????? Nabasore bake bakwihangana kugeza kuri ruriya rwego!!!!anyway ngewe mpinga niwe nakunze ibye
🇧🇮🇧🇮🌹🌹
Uba wiriye cyane
Nonese bitwayiki?
Sha ntabwo uberewe uri wenyine😔
Bank yabaye Bank ariko...
🇷🇺🇷🇺🇷🇺
Ibibintu byokuza mwirya ntaco bimaze
SUKOO.
Wowe wakwiriye se
❤️❤️❤️
❤️❤️❤️
❤❤❤